🛑DOCUMENTAIRE: AMABANGA AKUBIYE MU GITABO CYA KOROWANI | TUZAHEMBWA AMASUGI MU IJURU
Вставка
- Опубліковано 20 жов 2024
- Niba hari amakuru, ikiganiro cyangwa ikindi wifuza ko twasangiza abakunzi bacu, watumenyesha uduhamagara kuri 0785455520. Ntukibagirwe gukora SUBSCRIBE niba utarabikora, kugirango ujye uba mu ba mbere bakurikira inkuru yacu.
Muby'ukuri mbabajwe n'abantu batumva ikinyarwanda ngo babashe kumva documentaires zawe. Amafu, amafufu n'amafaranga bijye bihora bigufubitse👏🏽
❤
Wibagiwe namafunguro
Nkumuryango mugari wa primo media Rwanda twahageze ngo twiyumvire byinshi tutazi nabandi nimubanguke . Primo media Rwanda 💜 💜💜💜
Yego Bazina❤
Twahageze❤❤
Uri intwari kko uvuga ukuri ataho uhengamiye . Kimwe mubigora Abana babantu. Allah aguhe kumenya vyinsh Kandi ubisangize nababikeneye❤
❤❤❤Rwose nkunda ibyegeranyo byawe biba birimo ubwenge bwinshi kandi nkunda ukuntu utarangwa n'Amaranga Mutima ayari yose
Ahubwo uvuga ubushakashatsi bucukumbuyeee
Waruziko ari wowe munyamakuru wenyine utagendera kumarangamutima good
Allah akuyobore munzira igororotse ! Man sh Allah
Inal islamul diin
Allah ntawubaho
@@umuhungu201 nuko nizerako imana yanshiye kwisi kugaragaza icyiza cyihishe murindye mbicishije mugucisha bugufi imbere yabishira hejuri gs nshuti urakosheje sinumva uburyo umuntu wize kwandika kugira ngo uzandike ko imana itabaho kereka niba udasobanukiwe ko Allah bisobanuye imana yakuremye
Amin
Amin
Wazadukoreye Icyegeranyo kugitabo cya henoki,ibivugwamo,nabantu bahitamo ibitabo bijya muri bibiliya,murakoze❤❤❤❤
Uvuze nez nanje ndashaka kumenya ivyigitano ca Enock
Ndagushimiye kubw'umuhati ugira. Unkundire gusabe, niba utaravuze kuri MARTIN LUTHER wadukanye ubugorozi bwa Giporotesitanti, uzategure amateka n'ibyo yakoze. Usanga ABADIVENTISITI bagaruka ku byiza gusa yokoze. Ntekereza ko, nk'umuntu, hari aho yagize intege nke. Ese yabaniye ate abatarakiriye ibitekerezo bye? Abayahudi bo yabanye nabo ate? Ese ntanyungu za politiki zarizihishe inyuma y'ibitekerezo bye? Amafu Amafufu n'Amafaranga BIGUFUBIKE❤❤❤
Uyu nugabo azapfa vuba
Ntimunyumve nabi ba diiii
Twese nk'uko tumaze kubibona twemeranywe ko uyu #Karinijabo ari urundi rwego rwohejuru
Nonese nyine nk'uko twagiye tubibona nimuzi ko ukuri kose cg hafi yakose ndavuga ukuri kutajya kuvugwa
Ark rwose uyu muchofeur, umugashi/umusare, nako pirote utwaye iyi #primomediarda murabona adakabije kuduhumura kdi bamwe nzi neza ko bitazabashimisha
Mucyo twese tumushimire cyane
Maze tumusabire ubuhanga ubumenyi n'amafaranga maze Imana ishobora byose imuhe ubuzima buzira umuze ubukene bumutinye
Maze koko amafu n' amafrs binufubike❤❤❤❤❤
Ndemwranya nawe kbs kugirango Karinijabo arambe nuko atakomeza kuvuga ukuri gusesuye kuko is y'iki gihe ikeneye abanyabinyoma (Niko iyi si irikwiywara) ariko njyewe uko mbibona, Uba umunyakuri ukabizira, waba umunyabinyoma nabwo ukabizira.
#muzahitemoibyomukwiyekuzira
Njyewe nshigikiye ukuri
#Karinijaboprimomedia❤❤❤
Akantu ko gupfa kanteye ubwoba
Twinjiye mungabe y'umucyo. Ubu rero umucyo uhari urayegeka kuvuga ibyumucyo nabumva nafite inyota yo kumva ibyumucyo. Imbaraga z'umwijima ziri gucika amaxi!! Uhoraho aduhoreho!!!
Uzadutumirire sheikh na padiri badusobanurire kumateka y'ibyo bitabo byombi,namwe mumagambo akunze kugirwaho impaka.
Urakoze
Gusa buriya uzasome neza muri Bibiliya harimo ko Yesu ari Umuhungu wa Dawid ahandi ngo ni Umuhungu wa Yozefu
Buriya kuba umwana wa cg se mushiki wa bivuze byinshi cyane ninkuko navuga ko wowe uri mukuru wanjye cg se murumuna wanjye
Mpora mbibasaba ,wazatubwiye amaherezo yabana ba kadafi numugore we
Mubyukuri nkoroye amarira..Mr Kalinijabo ukoze igikorwa gikora kumitima yabenshi....Arafat
Urumuhanga tugushimiye Kuba ukora iyo bwabaga ushakisha ngo uduhugure❤❤
Karinijabo uri umuhanga cyane kd ndemezako uri mu banyamakuru bakora ibintu neza cyane .
Amahoro y'Imana Mushoboravyose abane namwe. Murakoze cane kuri uwo mwihwezo mudushikirije.❤❤❤. Tubakurikirana 5 kuri 5 i Burundi.
Brother you always doing your best ❤❤
Asante sana gusa uzashake uryokosa kuri aroni nago uria Aron Ariwe waruhari kubwa Musa
First and second in all Rwanada's documentalist❤❤
Uri umuhanga cyane lmana izakugire umuislam ikwihere ijuru kuko uvuga amagambo meza p
Thank you brother, Imana y'amahoro iguhe kuramba mwana wa Maman.
Allah abishimire Karimwijabo uri umuhanga cne Allah azakutobore inzira igororotse
Twayobotse inzira igororotse kdi Nyagasani akomeze intambwe zacu kdi ayobore nabandi kuri iyi nzira yukuri
Ameen yarabiii
KARINIJABO ndagusuhuje ndi umuntu ukunda kumva documentary zitandukanye numvise nyinshi nabenshi mubazikora ariko woe wazanye itandukaniro uburyo uzikoramo bituma umuntu asobanukirwa kurushaho noneho iyo uvuze ibitabo wasomye ukatubwira naho twabisanga bituma numva neza ko ibyo uduha uba wabikoreye ubusesenguzi n'ubucukumbuzi buhagije bigatuma tukwiyumvamo kurusha abakubanjirije muri iki gisata cyabakora Documentary
Ubundi ntavuze menshi Ndagushimiye kuko waziye igihe utuma twiyungura ubumenyi kurushaho.
Thanks 🙏🏻.
Kbsa uyu mugabo atandukanye nabandi pee abivuga nkugituma nguzabibwire nabandi
Cyakoze ukurusha binobintu azigaragaze ❤❤❤
Wazadukoreye...kubijyanye...na wamugezi Imana yafungiyemo amadayimoni azarekurwa kumunsi wimperuka
Bitakwiye rwose
Ese ubundi man wowe urikimanuka !Imana iguhe amahoro nimigisha 😂gusa uzakore ikiganiro ugereranya nyakubahwa Paul Kagame na wu Rwanda na nyakubahwa Ibrahim traore wa faso mbona bafitanye isano Bose nintumwa zimana !ndabakunda tuzabahe isura yabitiriwe❤❤❤❤ndabakunda❤❤
Number one kbs urashoboye
Coup de chapeau Brother!! Uri uwambere kuri documentaire kabisa
Imana izaguhe ijuru wowe karinijabo urumuntu mwiza ❤
impamvu Mariyamu yiswe mushiki wa Aroni nuko mu gihe cyabo umukobwa wese witwaraga neza ku mategeko y'Imana bamwitaga mushiki wa Aroni
Wow, byiza cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤uvuze ukuri.
Uzi impamvu iriya surat ariyo yabanje? Ni ukugirango buri wese yumveko kugirango amenye agomba kwiga
Allah atworohereze.!
you have did great ❤❤❤❤❤❤❤❤
Allah akwimire ashire Barak mubyo mukora
Imana iguhe umugisha
Thank you❤
Asante ❤❤❤ bro Courage nukur Allah aguhe umugisha
Umva Qur'an ni igitano ntamacyemwa mugabo
Ibyibuvandimwe bwa marym nu muvandimwe we
Icyo cyibazo ntago arigishya
Intumwa y'Allah muhammad S.A.W yarakibajijwe
Kandi iragisubiza Kandi neza
Aho winjiye hatandukanye cyane naho uba igitabo cy'Allah nibindi bindi muntu wacu
manshaAllah ndakwishimiye cyaneeeee bro
Mwakoze cyane❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Courage bro rwose uzi ibikwiye
Uburyo usobanuye Izi Ayaa byongera amatsiko yo kugutega amatwi .Uwiteka akwishimire brother ❤
Muhezagirwe 🙏❤🇧🇮
Amahoroy'imana abane nawe bro komereza tukurinyuma bro courage 🙏🙏🙏 urantunguye documentary man imana ikomeze kukurinda nabawe
Amiin
Imana iguhe umugisha n,uburambe ndagukunda.
Umva bro uzasome neza qoran ntakosa irimo gusa uragerageza komereza Aho rero shakisha neza
Sha brother uranyemeza pe from burundi
Nitwadjuma ndagushimiye allah akwaguremubumenyi nomuma funguro
Ehhhh narasigaye😢😢😢😢...ngo ndikumva amatiku yo ku MIHANDA...
Ubundi Karinijabo n'umuhanga mu mivugire ye
Respect to you bro we're always listening you keep it up ❤❤
Keep moving forward Brother KARINIJABO thanks for your documentary
Masha’Allah Allah akuyobore brother man
Bro urarenze kumugabane wa Africa ❤❤
Byiza kbsa
Murabanza mu kanikurikira ❤
Karinijabo urumuhanga peee!!! Top5 y'abanyamakuru ba Documentary uri number 3. Nyuma ya Ismael mwanafunzi, na Alphonse muhire munana.
KABISA Niko ndikubibona nanjye 👏🏾👏🏾👏🏾n'umuhanga
Urumuhanga pe!
Bro urumuhanga numukozi Imana igukomeze.
Imyemerere yabasiramu Iyihuza gute nokubona Imbaga nyamwinshi Muribo bakunda Ubushabitsi (Gucuruza) kubu hafi yabasiramu bose twiganye ntibakoje za University bakeya twakomezanyije University nabo ntibibihutiye gusaba ibyakazi cg gukomeza Masters,
ahubwo Bose mbabona mubucuruzi.
yewe nibihugu bijyendera kumahane ya Isiramu usanga bakomeye mubijyanye nogukora Business.
Ese haraho Byigishwa mugitabo cyabo?
Ark rwose wamugabowe ndagukunda p!
Thanks kbs ❤❤
Thx kijana , gusa amadini yose nubukoroni byaba Zungu naba Rabu abanya Africa tugendera mukigare 😂😂😂
Allah akongerere bro
Uzaduhe Part II y'iki kiganiro
Nagukurikiye cyane NGO numve Aho ushyira amakosa cg ugoreka cg ukarengera
Courage nawe uzaze
Muraho primo media rwanda ndasaba mwarimu bwana kalinijabo akazadukorera documentaire kumadeni ibihugu bya afrika bihatirwa gufata ndetse namabanga yihishe mukugena politike zubukungu bwa afrika bituma bidatera umutaru
Courage wanjye
Aho nisawa cyane.
Twahageze hanoniwaneza
Iki kiganiro ni cyiza cyane
Mashallah
Uzatuganirize kuri topic yibyangombwa bikenerwa kugirango umuntu yiyamamarize kuba president cyangwa umudepite hano mu Rwanda ndetse n'imishahara bahembwa, uzaducukumbururire. Urakoze
Surat Al Insaan ntabwo bavugaga umugabo ahubwo bashakaga kuvuga ikiremwa muntu nkuko bavuga Human mururimi rwicyongereza
Wallahu A'alam
Ndagushimiye ku kazi katoroshye, gusobanura Qur'an mu minota itageze kuri 30,
Maze nuhuguka uzadushakire amateka y'ikwirakeizwa ryubuslam ku is uhereye igihe Muhammad yaherewe ubutumwa kugeza nibura mugihe cy'imyaka 100!
Ahari bizadusfasha kumenya ukuri kubivugwa!
Buriya kuva kubwa Adam niba wibuka neza Niho Islam yatangiriye ntago Islam yaje kugihe cya Muhamadi ahubwo kugihe cya Muhamadi nibwo yagutse cyane naho twe abantu tuziko Abakristo baje mbere yaba Islam siko bimeze
Cyakoze uzi gusobanura kbx
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ma shaa Allah ❤❤❤ Allah akongere muvandi
Erreur ziboneka muri coran ntayo rwose wabona ndakurahiye
Ibyo bitonore by'amasugi azira icyasha atumye mwenyura
😂😂 Nanjye pe
Make respect bro for document.
Nago icyogitabo kigira ikosa narimwe muricyo habe nagato GS niwabyumva utaracyize ngugisobanukirwe
Mn urankoma bro but uzadukorere ikegeranyo kuburyo isaha yavumbuwe n'uburyo yabaye applied
Muraho neza kalinijabo ? Wazadukoreye icyegeranyo kuri France francs amafaranga akoreshwa mubihugu nka central Africa,Chad,Cameroon nibindi byomuri middle Africa ,ubundi byagenze bite ngo bakoreshe ifaranga nkyekako ariryabafaransa? Ese ubundi bifite izihe ngaruka mbi kuribyo bihugu na Africa muri rusange? Ikindi ubufaransa bwungukiramo iki? Gute?
Salama uzabe umuyislamu niba waranyuzwe nibyo wasobanukiwe
Mubyukuri sinabona amagambo asobanura ubuhanga buri mubyegeranyo byawe, gusa navuga ko uzi ibyukora kandi ubikunda (you're passionate). Komeza kutubangi turi kumwe nawe 💯 kwi💯. Nasabaga uza dukore ikegeranyo kuri Sadio Mané. Ni muntu ki? Niki kimutandukanya nabandi ba footballer? e.t.c.
Ibi bintu bya amadini ya abarabu na abazungu ntangazwa no kubona abirabura bari kubidefenda🤔🤔🤔 ubu ho basigaye bibwirako babirusha ba nyirabyo!!!
KABISA 😮😮😏🥺🤭🤭🥱
Aaron (Harun in Arabic) was the brother of Moses (Musa), both of whom are prominent prophets in Islamic, Christian, and Jewish traditions. Mary is referred to as the "sister of Aaron" in a figurative sense, indicating her belonging to a righteous lineage. This is similar to how people of the same community or lineage might refer to each other in familial terms, even if they are not direct siblings. The phrase emphasizes Mary's piety and connection to a noble and devout family. Aaron wavugwagwa nuwo ntango ari musaza we wamaraso ahubwo yari musaza we mukwemera
Ntabwo quran yavuze ko mariam ari mushiki wa Haruna, ahubwo kubera uburyo abayahudi bakundaga cyane haruna kubera imico ye myiza byatumaga abantu bose babaga bazwiho imico myiza baritirarwa Haruna.
Ikindi kandi icyarabu ni ururimi rukungahaye cyane muri vocabulary bituma ijambo rimwe riba rishobora gukoreshwa ahantu hatandukanye kandi rikagira ubusobanuro butandukanye bitewe nibihe cyangwa igihe ryakoreshejwe
Ntakosa ririmo , iyo uzabona harimo ikosa izaba Atariyo
Ikhlas ni oneness/uniqueness not Unity of Allah. igamije gusobanura kubavuga ko Imana ifite umuhungu w'ikinege, na babandi bavuga ko umuntu aremye mushusho y'Imana.
Muhadjiroona= nimvugo isobanura abimukira bavanye na Muhammad(saw) i Makkah. Nukuvuga bari amatsinda 2 , abimukira na abasangeabutaka ba Madina.
Haroon/Aaroon, yari imvugo/concept...not a person.
Wagerageje arko, nibyo gushimirwa, Harimo utuntu twugukosora ark
My brother, I like your reaserch more & congelations
Ngukurikira umusi kuwundi from Burundi
Umuryango mugari wa Primo media ark ndakwemera brother uru wacu
kubijyanye nabakobwa beza bamasugi ndumva byashoboka kuko hari nibyo imana yaduhaye birenze ibyo imana itanga ingororano uko ishaka
Ntakosa uzasangamo rwose gs uri umuhanga bro
Kalinijabo kweli ko nifuza kukubona imbona nkubone
Ayat (imirongo)za Qor'an ni 6236.
Allahm'ma bark
Udukorere kuri ELEN G-WHITE
Uyu mugabo numuhanga pe 🙏🏽
Umuhanga🎉