UMUSIRIKARI GUSANGA UMUGORE ATWITIYE ABANDI BIMUVIRIYEMO URUPFU
Вставка
- Опубліковано 4 бер 2024
- GANZA FILMS
UKENEYE KUTUGEZAHO IGITEKEREZO DUHAMAGARE CYANGWA UTWOHEREREZE UBUTUMWA KURI #0798479414 WADUSANGA NO KURI WHATSAPP NDETSE NA INSTAGRAM : ganza_films - Розваги
Le premier I Burundi. Mumpe like
Ese komutavu ga twebwe abagore dusiga abagabo
Abagore bakunda gutanga imibiri yabo bazana urifu rukomeye chane KBS😭😭🙏👏
Umugore niyihangane niwewabiteye iyoatamucainyuma bibabiye❤❤❤❤
Mbs zange mwarazimaze p
Ndabemera❤ arikose natwe twabafana muga mutwibuka gendikwisabira kanimba and Eric tuzahure nda❤
Birababaje pee abagore. Bisubireho
Oooh Kanimba wee.Mukande kugafoto nanjye murebe ibyo mbafitiye
Ibibyo birogeye ark nukuri bagabo namwe bagore musiga abomwashakanye mukamara igihe kirenze ukwezi mutarikumwe nukuri mufate isomo Gus byababyiz mwirengagije aba ex mukirinda kubaha time gx burimukinyi wex ukinye kuriyi flm mwakinye nez cyn nabakunze❤
Byigishe beshi
Nyamara umugabo wanjye naza azampa igikombe mwibaze kongiye kumara imyaka 4 mutegereje rata sinkwiye ibihembo?
Yoocyanepee
Cyane rwose
Ukwiye igihembonukuri couragechr
Derick ww ushoboy gtongoz kl usanez umez nez ndakunduknt ukin ubtuj ❤❤❤❤
Eee wamugabowe uranyejepe uzicyogukota
Unomusaza aboneyehope arahita agucyura
Sha nukwigangana umusirikare birambabaje byadanje
Yalaaaaaaaaaaaaa mbeg weeeeeeeeeee!!!!!!!!!! Bibaho gukumbur!!!
Nukuri iyo wubutse urugo Uba wubatse ntampamvu yoguhemuka mwakoze cyane
Yoooo nukuri na nge ndababaye
Murigisha kabs ndabakunda caaane knd bizotuma mpinduk
Lekaye
Sanyu ntukazajya ukina izo role ntizikubera , ahubwo umukobwa w'umucyo myiza or like police ahoho ni sawa naho abakobwa b'ibyomanzi nooo
Ariko ubusazwe rwema sindaya ubunomubuzimabusazwe ntafatabana.
Ubundi se ko kidashira niyishire yizane.
Nange nayikunze ,wowe?
Nanje ndayironke delic i Love you so munch nkundukuntu ukina neza
Abashakanye cyangwa abitegura gushinga urugo tujye twihanganirana kuko urukundo nyarukundo ntirushira no mubihe bikomeye rurakomeza.
Ubuse kwapfuye ahimye nde? Tuge twiga kwihanganiribigeragezo byose duhura nabyo muriyisi
Mn urakabije pee reka aba cher babandi brother
Ariko nukuri murategura pe ! Bizarangira buri wese abonyemo ibimureba kbs❤❤❤
Abasirikari, abaporisi, abajya muma missions zakazi mwese mukomere muzina ryuwiteka
Derick ubu ndi wowe uri shitani nukuri peeee!!,gusa wamugore we,ikosa rya mbere wakoze nugutuma yinjura mucyumba cyumugabo wawe!!amakosa akomeye cyanee!!
Ft q2 rÀ
Inote tuba dushaka zizarikoraa❤️🩹❤️🩹❤️🩹🔥
Yego
Mbega umugore gito sa nukwisubiraho pe
Thank you so much for your story
Sanyu rwose ihangane
Iyo wahaye umuntu igihe cyawe nibindi byose wabimuha!
Turabemera byahatari❣️💋
Kanimba love 💕 man
Muraho! Ni ukuri ndabakunze episode zanyu zitanga ubutumwa rwose,mukomereze aho turabakunda
Mbega umugore abagore nasoni bagira❤❤❤😊
Leçon ikomeye caaaneee. Nibaza ko vyama vyabaye. Abagore bahura navyinshi 😢😢😢😢
Wamugorewe niwoe ubyiteye gx byigishe benshi kbx
Mureke tubishyireho .😢😊😊
Mbega umugore nawe niyumve pe
Kanimba Amajije kwamamariko majeje kumubona muri frim3 gusa rwose ndakwemera kani
Mbega abagore
Nkomeje abasirikare bariburebe iyi film batarikumwe nabagore babo bashobora kurwara ihahamuka.
Oya vocation yabo ibatuma bakomera biteye akoba.barahezagiwe.bubahweee
Rata muhumure kdi mukomere sitwese turabakunda cgane
Sha mubabarire kuko akazi dukora tutaba mungo zacuu ni dangerous 🔥🔥
Arko nimuhumure nukuri sitwese harabanambana nabagabo babo
cyaze shaleef courage kbx
Ibintibyambabaza kuko ugira amahirwe ayisama arinomurugo ukahamusanga abandi bazisama banasahura ukazasanga numutungo wose wararengeye munshorecye ark ñtaribito mubaduduhumura.
Uwabonyeko umutima wa Christian urigutera nampe like 👍
Urabona aribyo Koko ? Ubu nubuhemu kbsa😊😢
Mukomeze kuduha izindii
Yesu nda babae pe gx uyu mukobwa ubona asa nkuwitonda ni frm kbx
Mbega umugabo windaya😅😅
Mbega umugore
Ese kanimba Abba umugabo? CG numusore? Urrumugorewe ntitwagura Amahoro pe
Nivyo abagore nkabo babaho kandi nibo benshi ivyo ndabishingira intahe kuko umugore aba akumaramaje aba agusuzuguje aba akugayishije
Ex muzitondere bakobwa 😢
Abagore dufite abagabo baba mukazi nidukomere kwibanga ryurukundo bitabaye ibyo imana izatubaza amaraso yabana bayo
Nibyorwose mama
Kanimba disi
ndumiwe
Ihangane
😢😢😢ndumiwe
Mbaga umugore gusa asa nikiraya pe uwomugabo araharenganiye
Turabakundaa
Turabakunda
Abagore beshi ntibihanganira kuba ntawumurihafi icara wige😊
Mbega agahinda,.. abagore mwisubireho murakabizhe..
Sha nibyoroshye Arik ndabakund kbx
Nu bwo uyumugabo abikozr ariko arihombeje kuko umugorewe amusigiye abandi bagobo
Bitubere isomo abagore mwese
Derick weee sh urashoboe.oe numubuzim busanzw nuko ukora
Derrick na cristie nubwo bakina nabi nabwo nabibona😂😂😂,courage.
Mbega umuhungu we!
Umubiri uraryana ikosa nugutwita nokumuzana muburiri bwumugabo naho iyo ajyahandi ntrb uzikumara umwaka wose we
Iyi film ni nziza.
Kanimba we kuraje
Doctor ufite amagambo meza yinkomezi ❤
😮
Muduhiyindi episode please
Mbega umugore gito wiyishiye umugabo 😢😢
Ntibyoroshe wenda iyo umuca inyuma ntasange utwite nimbakwifatabyara kunaniye gusanti byoroshe bishobora bake
Mbega umugore wajyaga kumuraza iruhande rwawe waruziko ari musaza wawe? none uririza umugabo wawe arambabaje disi ukuntu aje azanye indabyo Manawe ndumiwe koko
Wilson I love 😊❤❤❤
Hello
Good
None Derrick ntacyindi akora atari gusambanya abagore b'abandi?
bzaze,nage
Nario hejuru cyane❤❤❤❤
Abakibwa bakunda abagabo babasirikare mwige
Gs akunda gusenya Ingo zabandi
Ebana ntakundi tu
Ubundi nimwe banje
isomo kabisa
Birakabije
Gucana inyuma nicyaha gitera n'umwaku
❤❤❤
Nice
Alupfa ndakwemera niga uburi kumicyoo brooo
Ese Wedding Day yarangiye Gute?
Mumahoro
Yo ndababaye gusa iyi film yigishe abantu bakomeza kwikururira aba ex
Ark mubuzima busanzwe dreck nikombona ameze nikiraya biramusa