MUHUMUKE💔AMAVUTA YIKUZIMU BAHAYE|IMYUKA IRI KUZENGURUKA/MUBE MASO💔KURI APOSTLE MIGNONE SINACECEKA💔
Вставка
- Опубліковано 13 лют 2024
- #ImpanuroTV
Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788211501
Pastor Fanny nagukundaga ariko ubu ngukunze kurushaho! Abarokore aho iwacu baracyahumye cyane ariko bysgera mubapentikote byo bigakabya ubujiji bafite mu bintu byo mu buryo bw'umwuka birakabije niyo mpamvu nta numwe uzahabwa izi mpano za, deliverance ziri gukorera ku mugarsgaro! Ni mukanguke mwemere ko impano nka ziriya ziriho nubwo mwe mutazifite kuko muzipinga Kandi Yesu ubwe yarigishsga yarangiza akazi koresha akongeraho ati ibi mubona mugiye kuzabikora ntagihari Kandi muzabikora mundenze! None se na Yesu na we yabaga yagiye ikuzimu kuzigura? Ibintu byo gupinga ibyo mutazi ni mubihagarike mureke ababyemera nabo bikoreramo bibagirire umumaro naho ubundi mwe mwaratakaye! Well done Apostle Mignone Kandi thank you to pastor Fanny uhora ashyigikira umurimo w'Imana adafite umwuka wo gusenyana
Mureke ukuri kujye kujya ahagaragara! Elyse ni umukozi w'Imana! Kandi uvuze ko nyirurugo yapfuye siwe uba umwishe!
Urakoze kukiganiro utanze ubwo nawe tumenye umwami ukorera.
Mbega umugore!
Cyakoze ndagusetse.
Ubwose ni inshuro urimo guca kuri Mignone?
Ugende ayiguhe nubundi asanze ayiguha!
Va kuri Elysé umukozi w'Imana y'ukuri.
Ibyo yavuze byaragaragaraga ntacyo yabeshyeho.
Nubundi nawe ntiwizewe!
Inzara izakuvugisha amangambure!
Mwizina rya yesu ,mbega ibihe byanyuma weee abantu b,Imana muyobya Imana izabibabaza pe umwuka w Imana nta sapoti yindi akenera ngo akize abantu,ayo mavuta yanyu yibipapirano ntabwo tuyemera 47:22 47:58
Elyse mukozi w Imana komera, mubahanuzi ba Baari na Ashera 850 ntibyabujije Eriya guhamya ko Uwiteka ariwe Mana
2 Timoteyo 4:3
kuko igihe kizaza batazihanganira inyigisho nzima, ahubwo kuko amatwi yabo azaba abarya yifuza kumva ibibanezeza, bazigwiriza abigisha bahuje n'irari ryabo,
Erega ingano n'urukungu byareze ubu nyirumurima ari kubicangura, ndasaba abana b'Imana gutuza bakitegereza ibyo Uwiteka ari gukora. Imanza zirarimbanyije.
Imana ishimwe ikomeje kuduhumura amaso. Intama mwavuye mu biraro by'ibirura bitarababaga mukanuye ngo muri mu gisirimba,mukurikiye ibisa na zahabu imbere ari imva zinuka😢
Oyaaa wa mubyeyi we rekera rwose korera Imana neza uvuge ibitajyenda nkuko umwuka w' Imana akurimo amarangamutima oya! Niba koko biriya uriya mubyeyi abikora ngo na mavuta s' umwuka w' Imana
Yesu Ashimwe Elyse Avuga Imana neza Ubwo rero Ceceka wimwiha Kuko ntawe turaseng Arko benshi muyoboye Amatorero Mwataye umurongo ibyo muvuga ko mwakoraga kera mugihamagarwa ubu kotutabibabonaho????
Ceceka Elyse avuga ukuri.ariya mavuta wayasobanura wowe fanny? Ntukayobye abantu niba nawe waratakaye witkaza abandi
Pastor Fanny,mumenye ko ntacyo yavuga ku ba pastor bagenzi be , ,ibintu ahakana ,cyangwa ashigikira ,mu mwitondere. Umudaimoni ntiyuraknwa nariya Mavuta ,cyangwa no gutura Abantu HASI , f
Maman Pasteur muhezagirwe turabakunda, arik'umuco mutanze ku mavuta akoreshwa mu ma dini ntitwokwemeranya kuko n'abayiherewe baravuga ukw'aboneka, kandi Yesu ntiyakoze mw'isezerano rishasha
Apotre Mignone,ndakwikundira,nzi ko uyoborwa n'umwuka, wicecekere ntiwisobanure ku banyatenayi,bareke bari mu kazi kabo.
Se buriya muba mucinya inkoro ngo bigende bite???
Ama cash hariya aruzuye.😊
Élise mumuhe Amahoro, vidéo ya mignonne yijandika mumavuta twaramubonye,ntago ari amabwire rero muvane fanatisme muby'IMANA ntago ari umupira urigukinwa
Reka Élise akorere iyamuhamagaye .
uwo mukozi w'Imana nareke gukoresha iyo mvugo yo gukurura umunwa. Ni ukuri ku bakozi b'Imana ni byiza no gukoresha imvugo ikwiye kandi inoze. Twiheshe agaciro kuko turi inzandiko zisomwa na bose.
Ahubwo urakoze kuduhishurira ko Mignone yahoranye na Kayanja kuba kera. Reka kuducurika kuko ntaho Paul yigeze asengera abantu akoresheje agatambaro ahubwo abantu bakoraga kuri we bagakira kubera Yesu wari umurimo Nimwitondere isezerano rya kera ritubwira amateka n’isezerano rishya ritubwira iby’ubu n’ivizaza. Nimureke kugumisha abantu mu bya kera mubavanamo imibereho. Natwe ntacyo wageza ku bantu muvane aho ubujanjwa no kirengera abayobya imbaga. Baratonda kwa Mignone kubera ibyo abaha.
Sha,aho,urabeshye,abasenga,abarangi,nibo,babuzuyemo,niwanyu,murusengero,barimo,,kandi,ntuzabamenya,,Imana,nikubabarore,wakabimenye
Elyse ntabwo ari umukozi w'Imana rwose ahubwo maze kubona ko ari umunyeshyari muminsi yashize yari yikoreye Bishop Rugagi none ageze kuri Mignone
elyse ni umunyeshyari rwose ,umuntu yagusha ntiyaba nubundi areba
ARKO MADAA.
WAGIYE UREKA ABAVUGA IMANA BAKAYIVUGA MUKURI NO MUMWUKA.
UBWO KOKO IBYO UVUGA URABONA UTARIMO KUREMEKANYAA KOKO
Ariko turabarenganya, umuntu atanga icyo afite. Ntabwo makwigisha abantu Yesu ntawe mufite. Mugengwa n’ababaha imibereho mugakora ibyo abababeshejeho bashaka. Bakigumira mu byaha kuko mutinya kubikirwa imbehe. Iyo mwuka uvuga rero niyo yaheze mu Rwanda
Wowe twari tutarakumenya neza
None uje kurwanirira aba Erymynate
Dukeneye ijambo,kd tuzabamenyera ku mburo zabo ,muve kumuntu ukorera Imana byanyabyo,niba anazifite azazidushyiremo twe tumukunda,mumuhe amahoro.Apostle turagukunda rata
Ark se Imana yabahamagariye guterana amagambo bakozi bimana mwabwiye abantu ubutumwa bwiza bwokwihanama ibyaha k oko!!!
Abakozibimana muratuvanga sinagaya abavugako bazajyabasengeramungozabo erize turamwemera weho ufite icyurwananacyo
Mwuka muziranenge ataraza Nibwo Abantu bimikwaga n'amavuta ,yatoranyijwe,muyandi,Ayo Mavuta si nkayo mukoresha ubu. Ikindi Yesu yitwa Messiah, kuko yasizwe ,ariko se yasizwe Iki ?? Ni amavuta cyangwa ni Umwuka Muziranenge ?? . Igihe cyacu nicyo gusigwa na Mwuka muziranenge, si Icyo kuzana iyo myuka mibi mubeshyesha abantu
Elysé ni umukozi w'Imana.Ivya Mignonne navyo nimba ariukumubeshera tubirindire mu kwezi kumwe gusa Kuko vuba araja kuri terrain none KO bitazomukudira kwiyumanganya .
Pastor isezerano risha ritangira ryari neza na neza?
Imana iguhe umugisha fani
Imana itange ubwenge pe
Uwiteka arihagije kugira ngo akore ibitangaza nta bindi bikenerwa murebe mu byakozwe n'intumwa murebe akazi ka Mwuka Wera. mwitubeshya rwose
Ahubwo amavuga bajandika intoki mumavuta bisobanuye iki gewe ntawatsengera apfashe mumutwe
Ubwo ura defenda ibiki🤣
Urakonze cyane mubyeyi
Iriya niyamyuka iyobya biriya byagaragaje uwo Minyoni akorera wimukingira ikibaba
Ziriya nimbaraga zumwijima.....
Mubyeyi mwiza uvuga ukuri
Mwese turabakunda tubona muri abakozi
Yesu weee, ubwo uri kurengera ubucuti n'smarangamutima yawe aho kurengera abakristu
Kandi abantu bagukurikiraga aribeshi ariko ntawe muhujije kuribyo uri gushyigikira ese mugirango ni mwe umwuka w' Imana urimo gusa niba abantu bose batabyemeranwaho kuki arimwe muri kuyobya abantu mwagiye mwicecekera mugatuza ba nyirubwite bakisobanura ibyo bintu Imana izabibabaza mukomeze muyobye beshi
Rwose Elise ni umukozi Imana ariko yoye gusebya bagenzi be Kandi ntiyabasanga aho bakorera ngo abibibwirire
🎉mungu wa uruma tufungure maco kbsa,ndabona basubiranamo
Ntahubeshye twakumenye???
Mbega injiji mbega nawe bagucunge urumwe murabo
Ahubwo wihane mukecu
Uyumudamu numukozi washitani 😮😮😮😮 kdi wamugorewe wirirwa witwaje Imana uzabona ishyano, ese urimo gusabiriza kwa Mignone ra?? Nibudafite Impano irondora ikamenya aharimbaraga zahanohepfo twebwe dufite izompano harimo nuwo Elyse urimo kuvuga, tuza twarabamenye ntanakimwe muzatubeshya keretse abatarabamenya!!! Urumva ngo uravugubusakoko😢😢😢 imbaraga z'Imana ziturabantu hasi zibaho 😅😅😅😅😅 ariko yeee mwatugize ibicucu
Uratubeshye uzabanze wige amateka y' abacwezi neza, umenye abarimo kimwe nuwo ryangombe na nyabingi . Twicwa no kutamenya. Turiho kubw' abatubanjirije batarabayeho natwe ntitwaba turiho
Nonese nyagatare simurwanda ?
1 Timoteyo 5:24
Ibyaha by'abantu bamwe bigaragara hakiri kare, bikabakururira mu rubanza, naho iby'abandi bizagaragara hanyuma.
Abakozi b lmanaaaaaa
Mignone we tumuzi ataranakoresha ayo mavuta
Ese buri wese yafashe icyo yamenye,ubundi mukareka guca imanza,ntimuzamukurikire,buri wese yumve inyigisho zuwo ashaka,mwe kwishyiraho urubanza,Umuntu wimikishijwe amavuta ,Uwamwimitse niwe uzamubaza ibyo yakoze.
Ec mwagiye mutegereza imana ikavuga , mwirukanka mushaka gukora ibitangaza imana itaravuga amaranga mutima yawe sibyo imana igenderaho!
Elyse mwihorere kuko nawe njyankwibuka kuri kakantu wakoze usesereza pasteri Mutesi,kubyerekeye Bikiramariya.
Ibyanyu byaragaragaye,
Ikindi ,Ryangombe ntiyari Imana , kandi Nyabingi nawe si Imana ,,Ahubwo Bari nka abahanuzi b'Imana ,kuko nabo bigishije Abantu ,babereka ko Hari IMANA. Rero Ryangombe na Nyabingi si imana, .birashoboka ko Fanny y'aba atazi amateka yabo neza nubwo numvise agerageza kubavugaho.
Fanny ndagukunda ariko ndabona ufite gahunda yo kugura ibivuta rwose, akaba ugirango hatazagira ukwibazaho warumufana nubundi
Wa mugorewe sobanura ibyo ubazwa wica kuruhande?????
Nubundi njye aba pasiteri babagore banjya banshisha pe nbemera gake
Ubu ntakeka umwami ukorera turamumenye
Ariko birimo urujijo nigute amavuta akubita abantu hasi kandi witegereje amufashe kurutugu
Iyi minsi irabagaragaza bidatinze.
Uranenga abirukana abacwezi,abarangi ,urahakana ko ntababa mu Rda n'umubare w'indembo zihuzuye
Minyoni na mukundaga ariko birakaze byabifaru birasegera natwe abihe ku mavuta natwe badusige birakaze
Gukurura umunwa Niki? Pasteri utukana ?
Ceceka uvuge ko ntacyo ubivugaho ark wihakana ngo uvuge ko ari montage! Uriya mugore sinzi ibyo yabahaye
Madam Uri umuntu mwiza ariko uwo uriko uravugira yarahushije ahubwo muragowe kuko mwarinjiriwe ntimwabimenya. KO mpwemu year yakumanukiye, subira usenge uhishurirwe kukoYesu ntiyavuze NGO benshi bazoza mw,izina ryanje!!! Humuka mwarinjiriwe
Uyu mu pastor Fanny nemera umugabo we ariko we mbona yari kwibera nk'umudiyakoni gusa ntakigishe.sinzi impamvu nta mavuta mubonamo.
Pastor ugize neza gutwikira umuntu wlmana
Atwikira?muzatwikorwa hamwe mukomeze mifane
Nyine nimukomeze mushyigikirane mumafuti yanyu niyompanvu Élise abagaragaza Atari namabwire mukamuhagurukira atandukanye namwe azi YESU wamuhamagaye Abandi muri kuri Stade mwogeza umupira.
😭😭😭 Umukozi wande kiretse uwa Kayanja! Ariko Imana wapi
Gusengerwa seniki ??? Niko gukiranuka sha urababaje
Ngewe biranyobera rwose kuko abiyita abakozi b,imana bahusha intego Koko umugabo witwa Yesu yatangiye umushinga wo gukura abantu mubyaha Niki gituma abantu barwanira muri company batatangije
Erega amadini yabaye business companies, ntimutangare abo bashumba nabo baragenda bagaragaza uwo bakorera. Imanza z'Uwiteka zirarimbanyije.
Ko mbabaye se niba ari ukuri
Erise yavuze ukuri ubwo nawe waracishije niyo mpamvu uburana mufite ibyago mukomeze murindagize abantu
Nagukundaga arko ukivuga ko Bible ari inyanja kdi uyibwirizamo... Ubwo se tuyishyire hasi? Nsobanurira undi mutambyi uriho ubu ngubu
Tumuhe amaturo n'ibitambo ko nziko Yesu Kristo yabereye rimwe igitambo n'umutambyi kdi isezerano rishya rikaba ryaramuvuze muheze mugishushanyo mukora iki
Pauvre femme! Cyakora ugaragaje icyo uricyo! Umunyamakuru arakoze kuko atumye tumenya ibikurimo!!!
Plus que pauvre
Et son mari aussi ( pauvre pasteurs ) !
Nawe yavuze ko ari ishyari bafitiye Mignone !!
Turabamenya bose erega un par un 😂
Baba bihahira
Inflation izarikora
the struggle is really
Fanny ntashaka kwiteranya n'a bagenzi be .urabeshye Aho Fanny,Abantu ntibahirikwa nibibarimo Ahubwo ibyo mubashizemo ,nibyo bibakaraga hasi kugirango bbyemeze Abantu ko mufite imbaraga
Nukuri mufite ibibazo
Muranduhonda ntitumoga mureke babivuge bwo ni wowe tabyemera utahiwe kujyayo
Itorero uvuga ñirihe. Ko ari amadini
Ese wowe Fanny ko ntawe usengera ngo agwe ni uko ntambaraga zikurimo
amavuta nayakoramo biza za!😅
Puuuuu
Ese ubwo uraburana iki koko
Ntabwo urahumuka, intambara uje kurwana sniyasatani fanie izo simbaraga z lmana
None areruye
Amavuta ataraza agakiza Kari kariho.utubwire aho byanditse ibijyanye n amavuta
NGo nta barangi baba murwanda Ndagusetse.
Rata uravuga ukuri
❤👍👍👍
Erize abura ubwege bwokwikorora
Ubu se ko mutangiye kutumvikana Kandi nabakundaga mwese?,mucunge neza umwe muri MWe yarinjiriwe ,ubu se ibyo nabonye nibyo Koko Ra?????!!!!!
Ntimugashigikire ibibi,ubwose icyo video itatweretse niki.ahuko tube masooo😂
Erega ntimwamuvuga muratinya kuko imishumi ye ntiwakoraho ahubwo mucinye 😅Elyse nawe navuge igihe atarajya ahagarara
Guca incuro!! None se ashyigikire ibyo Biblia idashyigikira? Ark ko umuyobora dukurikira Biblia ibyo uvuga wowe urabikura he
Fanny Uzi KO ukunzwe n'a benshi nanje ndimwo pe,ariko Aho ngaho uhitondere ubwo imyampi ya satani Nawe yakugemyeho,ukaba ushigikiye ivyabaye kuri mignonne nkubwijukuri Nawe duca tukuzinukwa,ufite ubwenge Niko ariko nizera neza kutakwifatira abantu mugahanga,ubivuge ukwuvyumva natwe dufite ubwenge ubundi,ivyanyu bisigaye bigoye pe!
Abagore bigize abapasteri , ubwo waje kuburanira Minyone rero hhhh???
Kuko warahumye niba ushima abasenga bagushij,abantu rwose n,umwuka WA satani dukura urugero kuri YESU no kuntumwaze. Tubwiriza kwihana no kubabarirwa ibyo gukora kubantu bagahita bagwa mwese muzabibazwa
Hhhhhhhhhh
Mwese turabakunda tubona muri abakozi
Ibyo nukuri mushumba
Uramudefanze minyoni kndi ataribyo
Yego rata Phanny wacu Umwuka w'Imana umenywa n'abanyamwuka. Iby'Umwuka bigenzurwa n'umwuka ntibigenzurwa n'ubwenge bwa kimuntu. Abantu babona ibyo badasobanukiwe bakavuga ngo ni ibya Satani
Nimwitondere Fanny ko nawe yaravangiwe kuko ibisobamuro bye n’ibipapirano. Ngo kuba yarakoze mu mavuta si igitangaza. Ahaaaa murabe menfe tugeze mu mahina…buri wese nahamge Yesu Kristo amaso. Nk’uko ijbo ry’Imana ribitubwira ko mu minsi ya mbere y’uko Yesu agaruka hazaduka abiyita abalozi b’Imana nka na Fanny, Mignonne n’abandi nk’ano
Yebaba we Fanny nawe uzamue ibya dady ko…aba Gitwaza barasobanukiwe…
Ngo ntabwo bize iby’ivugabutumwa…ba mentors bakoze kabatakura mu Mwuka Wera. Ese muziko Prophet TD Joshua ariwe wari mentor wa prophet Kayanja. Ayo mavuta yanyu niyo alangwa mu isezerano rishya. Intumwa zaramburiraga ku bantu ibiganza….
None se ko wabasengeje jari amavuta wabasize…erega mdapfa nawe kuvangavanga amadini..ukuri kw’Inkuru Nziza ya Kristu irimo gute?
Yego rata munyamakuru mubaze niba tugomba gujishira abakoresha imbaraga imyuka miki??!!!
Doctrine ya Miracle Center….hahahah.. Muhinge benedata.. Uriya mugore agira impano….akura hehe..? Hahaha
Abasenyeri bari bahari atanga inkoni..bo ki se? Erega bose barashaka kubajyana muri yra dini rishya… ivigabutumwa buanyu ni prospeity gusa…nta murimo w’Imana bica n’umwe kuko nyawuhari…ashobora kuba afasha abantu ariko nta Yesu afite