Iyo umwuka wera aje nibindi byose biraza by UWAMBAJE Emmanuel
Вставка
- Опубліковано 2 чер 2023
- Mariko 16:15
Arababwira ati “Mujye mu bihugu byose, mwigishe abaremwe bose ubutumwa bwiza.
Mar 16:15
And he said unto them, Go ye into all the world, and preach the gospel to every creature
Email: gospel_1@yahoo.com
/ gospelofgod4
/ @gospelrwanda.
#gospel #inkurunziza
#bible #bibiliya - Фільми й анімація
Uvuze kumw'Umwukawera ndaryoherwa Imana ikongerere ndakwibuka wambereye mwalimu iremera gucabugufi kwawe byatumye Imana igushyira ejuru.
Isomo ryiza kubandi
Mugumemo mushumba wange nange ndashakumwuka.wera kandi w ubwenge mudufashe gusenga
Ame ame
Imana ibahe umugisha cyane kubw'Ijambo ry'Uwiteka Imana muduhaye
Uwo Mwuka wera amfatire abana nabavandimwe mwizina rya Yesu!!!
Imana ibahezagire cane murampezagiye cane
Umuntu agomba kuvuha Imana uko yayibonye ntimukavuguruzanye ibyo uzi urabizi nundi nawe nuko
Amen Amen, Umwuka Wera ni mwiza ndamukunda cyane njya mbona imirimo ye mu buzima bwanjye
Mubyifuzo mfite nongeho icyo gusaba umwuka w ubwenge, Mushumba mumfasha kubyereka Iyo mu Ijuru.Murakoze🙏🙏🙏
lmanishimwe,Murakoze nange nemereko aho Mwuka wera ari nubutunzi buraza .aho Ubwami bw'lmana buri buhamagara byose twifuza.
Muraho neza mwese?iyo umwuka wera abasha rwose guhindura ibintu kumuntu pe, ariko Hari ubwo Imana ishima KO umuntu ayikorera mugihe kigoye kuko iba ishaka kwigisha abantu banga kuyikorera kandi Imana yarabahaye koroherwa muburyo bwinshi!! Uwiteka akomeze kutugwiriza imbaraga z'Imana no kugira umugisha mwinshi w'impande zose
Ndagukunda pastor lmana ikwagure muri byose
Yesu Nashimwe!umuntu yakora iki kugirango yuzure umwuka wera!
Amen amen
Amen
Ese muhuza mute ibyumubiri n ubugingo ,gukira wuzura Umwuka nibyiza ark no gukena Wawuzura kd Imana igahabwa icyubahiri.
Erega umwuka atuye mumubiri gute utabihuza kandi bibana se?ese ubundi Imana yaduha ubutunzi bwijuru ikatwima ibyisi tubamo???
Uzi ibigeragezo umuntu wuzuye umwuka ashonje yambaye ubusa ahura nabyo ntago ubizi ,aravangirwa ariganyira iyo awuvuyemo atangira kureba abatawufite ukuntu bamuruta akabona ntacyo umumariye
Amen 🙏
Imana iguhe umugisha kd izaguhe ubugingo buhoraho
Imana ibahe umugisha 🙏🏽
Ndakunze nanje umwuka wera
Urakoze cyane
Amen Hallelua
Amen
Umucyo clearing butama
Ibi byigisho ngomba kubitunga ngahora mbyifashisha.
Umwuka w,iMANA arahindura ariko biterwa n,isezerano icyo yakuvuzeho sibose 😮
Petero na yohana ko nabuze fr baha ikimuga kibasabwe
Umwuka wera si garanti yo gukira kuko hanze aha hari abafite umwuka wera mwinshi kandi bakennye cyane kandi bakarinda bataha bagikennye hakaba nabandi bawufite bagakira.
Buriya rero ntago uba wumvise neza icyo yagendereye kuvuga avuzeko aho umwuka ari ibintu byose birashoboka ibyo tubonako bidashoboka dufata nkinzozi mubuzima biremera nicyo yavuze.
Kandi iyo wakiriye message nabi ntakintu ikora mubuzima bwawe
Umwuka wera ni muganga ukomeye
IMana ni nziza
Umwukawera ningenzi mubuzima
Sesengura nezauzatubwirei iyo amafranga aje haza byinshi ADPR. Uzarebe mbere na nyuma. Ese ayo mafranga aboneka muburyoki seko ubwo bukire. Akenshi utasanga bwavuye munzira itunganye ngo umwuka wera abisinyire ese izo ntambara zivahe.......
Harya razaro namwuka yarafite?
Amen
Razaro ni umugani. Intumwa zimaze kuzura umwuka wera ndetse zikanakorana na we? Bibiliya itubwira ko nta mukene wababagamo!
33 Kandi intumwa zagiraga imbaraga nyinshi zo guhamya kuzuka k'Umwami Yesu, nuko rero ubuntu bw'Imana bwinshi bukaba kuri bo bose.
34 Nta mukene wababagamo, kuko abari bafite amasambu bose cyangwa amazu babiguraga, bakazana ibiguzi by'ibyo baguze
(Ibyakozwe n'Intumwa 4:33;34)
Aha ho ndifashe😷
@@marcuwayesu7819 oya papa kuvuga ko nta mukene wababagamo nuburyo bwo gufashanya gukemurirana ibibazo uko bashobojwe kuko gusangir kwabo ntibyabahinduye abakire.
Reba intwari zo kwizera mu bahaburayo 11, na pahulo ubwe yakubera igisubizo cyiza uramutse umuzi neza.
Iyi myigishirize ni system ya satani yitwa dominionism yinjije mu idini yerekena ko kuhizwa no gukira bigendana kd aya ni amayeri ya satani akoresha yifashisha ingirwabigish
Umwuka agabira umuntu wese ukw'ashaka
Nibura Abantu Bagiye Gushaka Umwuka ngo babone ubukire ariko Mubanze Mwihane a