RIZIKI Chantal, wa mukobwa muzi utagira ubwoba na gato, NONEHO ABWIJE UKURI ABAROKORE BABIVANGAVANGA
Вставка
- Опубліковано 13 бер 2019
- #RIZIKI_Chantal
Yesu ashimwe ! Muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Розваги
Uhimbazwe mwami wacu komeza uturindere mu buntu bwawe Ukomeze uturinde kwibagirwa aho wadukuye uhabwe umugisha mukozi w 'Imana
Uravuga ntuvura!!!
Umuntu wese yumvise ubu butumwa bwawe akigendera muvyaha akwiye gupfukama akihana kugira nawe azobone ijuru," Imana iguhe umugisha".
Imana iguhe umugisha.Tugaruke Ku musatsi,Ijambo ry'Imana ritubwirako twahawe umusatsi mucyimbo cy'umwambaro w'umutwe w'umugore,umugabo niwe utawemerewe. Kogosha umusatsi umeny3 ko ari bibi kumugore.
Yesu aguhe umugisha. Utubwiriza ukuri kwose abakozi b'Imana benshi batinya kuvuga batinya kwabakritso basohoka mwitorero.
Imana yo mwijur ikumpere umugisha nkunda cane ukwigisha kwawe kuzima nimwe bigisha badacakuruhande dukeneye mwikigih canyuma
Who is still watching this in 2020
Don't be fool like that!
@@mukamanafransine7462 aaqaàààààaààaaaàaàaàaàààààaaaàààaaaaààaàaâ22àààààà
I can't be tired for hearing this
Umwuka w'IMANA akugume ho ibyo uvuze ni ukuri kw'ijambo ryayo.Kandi izaguhe iherezo ryiza
Amena ndafashijwe Imana iguhe umugisha kandi igukomereze amaboko uwo muriro uhore waka ntukazime!!!!
Ndashima Imana yo yibikiye abakozi b'Umwuka Wera bakora mugihe nkiki. kuva kumusi wa pentecote ugashitsa nubu umuriro wa Mpwemu Yera uracariho.
Ukomere amen amen
Imana ijye iguha umugisha uko bucyeye nuko bwije
yesu ashishikare kukwuzuriza uronke ivyugaburira ubwoko bw'Imana nabatarakizwa bakizwe Amen
Yesu aguhe umugisha abumva ububutumwa bwawe bose bazabashe guhinduka mubyumwuka nibyumubiri
Riziki unkorerumuti sinaryama ntakunvise ngo nyurwe 😘😘😘😘😘😘😘
Imana Iguhe umugisha RIZIKi,abakozi bImana nkabo nibo dukeneye murikino gihe
Yesu uturengere kuko turafatwa muri vyose
Bivuge byose,Imana iguhe imbaraga
Kbs mbigiyeho byinshi muranyubatse Imana ibahe umugisha
Ubu njye kubera ijambo ndumva ndushijeho kumenya
Ububutumwa n'ubwukuri nyako
Riziki turagukunda ubwiriza udacakuruhande imanizaguhe kuba umudivantiste wumunsi wakarindwi
Buriya mwamutumira ahubwo
Byaba byiza cg nawe ukaba umu pantecote "ADEPR "
Imana iguhe imbaraga ndagukunda cane
IJURU nigwawe ISUMBA VYOSE Ikundindire uzubone UBWAMI bw, IMANA
Riziki lmana yaragutoranije mubantu. Komeza utwigishe turikoturahinduka kweri.wewendakwikundira kk uhanura bose
Isi ikeneye abameze nkawe riziki kugirango bahinduke mumitima yabo iyaba bose bamerega nkawe bavuga ukuri nyamara twazabona Imana
UMWAMI YESU Akomeze kukuzigamira kumubera ubwoko nishyanga ryera.
Umuriro wa DATA urimuri wowe ntukegere uzima iteka Amém.
Icyongukundira uvugisha ukuri
Amen bibe bityo
amen
Amen
Yebabawe bibabujije ijuru pe inaha ho Imana iturengere nukuri Muraho yemwe😭😭😭😭😭
Kora riziki imana ikurinde
nukuri uyumuntu arimo imana abandi bahanura babeshya gusa ntibaduhe ijambo rizima ribohora ariryo jambo ry'Imana
Amahoro kandi mukobwa wa KRISTU YESU nari mbakumbuye! Muranyigisha caaaane rwose. Ego cane hateye ubwenge kweli!! Yesu Adutabare cane.
Imana iguhe umugisha urampumuye umwami yesu Kristo anyambike imbaraga
Imana iguhumugisha ndagukuricyirana cyaneeee
Mwoshobora kuduha nmero y'uyu mukozi w'Imana
IMANA idutabare cane nukuri
Imana ijye igukomeza
Nkunda Chantal birenz 😍😍😍😍UWITEKA ajye akumpera umugisha mamy
Ark manayanjye uranyuzuza nukuri nkwifurize iherezo ryiza
Imana ikomeze kumuba hafi. Akomeze atubwirize, naho Ijambo Muraho ntacyo ritwaye. Ikizima ni Ijambo ry'Imana.
Nukuri imana nishimye kumva ububutumwa burashimishije
Imana iguhezarire,urigisha neza.Imana yo mwijuru ikongereze amavuta.nakwikundiye
Imana itubabarire cyane
Imana ikomeze kukwagura muri byose uzunfasha kbs
Yego yivugire yitumikire yiteguyekuguhemba uwiteka ushimwe amen
I just watched this preacher ! I love ❤️ it 🇨🇦
Ndakwemeye kbx ijambo ubwiriza rifasha burimuntu uko ari kose Imana iguhe umugisha
Love you from 🇧🇮
Ndabakunda caaane kuko muvuga ukuri kwinshi kandi kwabuze mumatorero yikigihe
Liziki God bless u forever Amen
Ndagukunda Imana ikumpere umugisha
Ndafashijwe nukuri
Riziki ndagukunda nukuri IMANA iguhezagire caane.warasizwe amavuta
Nuko muvanga ijambo ry'Imana nutundi tudafite umumaro. Uramutse uretse ibidafite icyo bivuze wafasha abantu
Nkibihe?bidafite umumaro wowe ubikora neza byose?
Narinkumbuye kkumva kko ibyuvuga nibyo nukuri peee Imana iguhe umugisha 😃😃😃😃👍
IMANA IGUHE UMUGISHA
Amen narinkumbuye ubutumwa bwawe kuko ukuri kwawe kuranyubaka Uwiteka azakumpere iherezo ryiza
Komera risiki songa mbere Yesu agukomereze mu mbaraga ze
komeza utange ubutumwa mukuri no mu mwuka uwiteka aguhe lmigisha
Ndagukunda cyane Riziki uradufasha cyane
Cyakoze uvugibintu mumazina yabyo!!!
AMEN NISHIMWE CANE KUMVA IJAMBO RYI MANA IMANAIGUHEUMUGISHA CANA
Riziki NGO numukobwa
God bless you so much to the word of God
Uwiteka agukomereze amaboko kugeza kundunduro pe
Ntamuntu nkunda nka Chantal Riziki aranezera
Amen, ndagukunda mama, ariko se, hagize unsobanurira, ko ndi muri KRISTO cyane akaba ari mugenzi magara yanjye, nkaba mwubaha mubyukuri kose ngeragije mumbaraga nke zanjye, ubu se twatandukana gute ngo kuko mfite ibisuko? Ko ntabyirinbishana, yewe nambariraho nigitambaro, ntawabibona usibye njye nabomuhira na KRISTO! Kugira imisatsi yanjye yanjye iidacika,koyoroshye cyane, Ahubundi nabura Ijuru gute ngo nuko mfite ibisuko?!Hari uwansobanurira ? yabakoze!
Nonese burigihe uhozamo igitambaro? Nibyabindise urazamo kugirango ubone uko usokoza? Ntabindi byunzehose, ni umusatsi wawe wonyine uba wasutse? Ntatundi tuntu wongeramose? Ex: produit? Niba arumusatsi wawe gusa ntakundi wongeyemo kd ukaba usuka kugirango ubone uko usokoza, wajya kuva mu rugo ugasokoza kubwanjye ndumva ntacyo byaba bitwaye.
Buri wese afite uko Imana yamuhamagaye nukora ikintu ukumva umutima ugucira urubanza uzabireke kuko ni mwuka wera uzabarimo kugucyaha!Ubusabane ugirana n'Imana nibwo bukwereka inzira ugomba kunyuramo
YESU KRISTO ntabwo abikunda nanjye yarabimbujije ,ndi umugabo wo kubihamya
UWITEKA ni Imana imwe idahinduka uko yari igihe yaremaga isi niko n' uyu munsi iri,ntabwo ihindukana n' ibihe cg abantu nukuvugako idatwara umuntu uko ari,ahubwo umuntu niwe witwara uko ashaka bikaba byaba binahabanye n' ibyo Imana ikunda,ahubwo ibuka ijambo rivuga ngo "ibyo urabikora nkakureka ikibwira ko mpwanye nawe ariko nzaguhana.....soma zaburi 50 umurongo wa 21 "
Usuka nusuke uzobimenya Kumisi yawe yamahirwe make
Amen Imana oguhe umugisha
gumamo
Imana igukomereze amaboko. Kdi izaguhe iherezo ryiza
Imana iguhe umugishya ngukundira ukuntu uduhanurire mukuri udacya kuruhande
Kalibu utubwirize!
Imana iguhe umugisha uramfasha cyane chantal
God blessed u.
Riziki Chantal
JTM mw Izina rya YESU
Umwana wabyinaga neza namwikundiye mu materaniro yo mu mibyizi Kiruhura nagiye imbere nsiga isakoshi akuramo tel arigendera nkomeza kuryoherwa nzi ko yatashye wenda asubiye ku kazi nabyibutse nsohotse ngeze hanze ngiye guhamagara nshatse tel nsanga yagiye kareeeee
Nukuri byo yarabuzeho Chantal,be blessed
Amen amen hezagigwa
Imana iguhe umugisha rwoseeeeeeeeeeeeeeeeeeeee
Uwimbabazi Donatha: Uwiteka lmana nikwagure Mwizina rya Yesu Ameee. Mudusengere uwiteka adukomereze umutima ukiranutse tuzabone ijuru .
Muraho yemwe!nanjye nari mukumbuye
Imana idutabare
Ubwenge nyakuri nibwo nkeneye.
Imana izaguhe ihezo ryiza
Ariko niba hariho umuntu muri mwe ubuze ubwenge, abusabe Imana iha abantu bose itimana, itishāma kandi azabuhabwa.
Yak 1:5 BYSB
Amen
Niwowe utubwizia neza ureke abishakira amafranga
Gumamo nshuti
Imana ikomeze kukwagura
Ndagukunda. Lizik. Imana iguhezagire
Amen Amen
Amina 🙏🏽
Abavugabutumwa bamabandi abahanzi bamabandi jyutubwiza ukuri kwawe amaraso yacu uyakarabe
Rwose🙋🙆
Imana igukomeze RIZIKI.
Imana iduhubwenge nyakuri
Uhetse ubutumwa uwiteka agukomerezemo
Amen, Amen, Amen
Ariko Chantal ndagukunda uvuga ubutumwa3.neza
Corona
Ese imyenda harimo no gutega ibyo bitambaro byageze bwa mbere muli afrika ryari ? Noneho Munakore ubushakashatsi mumenye igihe imyenda yatangiye kwambarwa mu isi ! Muri butuze! Agakiza si ibitambaro !
Igisebe gikira neza ni icyo bakanze batababarira! Iki nicyo kibura muri ADEPR. iyaba abavugabutumwa bose bavugaga ukuri nka we
Imana iguhe umugisha uranezera cane
The word of the hour
Haaaaa ngo abavuraguzi nabazamu. Reba ubyutse ukumva acuragura wahita utitirana nikiringiti hiiiiii
Narinkumbuye kukumva
Imana ibe muruhande rwanjye cyane
Vuga ukuri nubwo kurya bamwe muritwe ariko kurakiza. Hanura nka Yeremiya uwumva yumve utumva azashye.
Nangye narimukumbuye?
imana iguhezagire cane
Nukuri mama yesu akufashe akwambike imbaraga
Nonese Mukoziwi Mana kuvuga amapantaro nkanjye kukazi twambara amapantaro yuzagira dute ko batwangiye kwambara amajipo
Ni mu kazi nyine
Amen
Komera umukobuawimanaliziki
Amen amen
Ndafasizwe
Uri umukozi w'Imana.
Kuki akunda gukenyera igitemge kimwe nk'uri mu mirimo yo mu rugo? Yajya yambara yikwije kuburyo ataraka ntiyambare ubusa. Ariko gukenyera ihikwembe kimwe ntibijyanye no Ku ruhimbi.
Nk'uko utajya kwa Perezida wambaye n'imbere y'Imana tujye tuyubahisha uko twambara mu nzu yayo
Murakoze kumuhugura uvuze nezaa cyanee
Mubuhamya yavuze ko ari Imana yabimubujije kujya kuruhimbi atacyambaye
Ni Imana yabimutegetse,ngo aho azajya kubwiriza hose ajye agikenyera. Byavuye ko kera papa we yamukubise ngo yambaye igitenge cya Maman we ahita agihurwa hanyuma Imana imusabako ahubwo azajya abwiriza acyamambaye.
ibyinshi uvuga ni ukuri mukozi w'Imana usigaje gusobanukirwa bimwe na bimwe ubundi ukajya ukiza ubugingo bwa benshi.
Imana ishaka ko umwanya wacu wose tuyiwuharira kurusha ibyo bindi bidafite icyo bitwongerera cyane ko uwo musatsi ibizi ko yawuguhaye kandi ishaka ko unyurwa nawo
Amen 🙏
Yesu ashimwe icyampa nkagira ubwengenyakuri amen
Bibiliya ivuga ko umugore atagomba kwimyoza umuzatsi ,ko aba akojeje isoni umugabo we ,ko agomba kwitwikira mu mutwe agiye kubwiriza .None imisatsi itarimo aga produit ko umuntu ababara iyo ari gusokoza ,ntinasokoreke neza .Kandi gusuka umusatsi bituma tudakererwa turi kuyisokoza
Uwiteka arahamaga areza itorero umugeni
ko udaherutse kuduha ubutumwa
Ese Umuntu agushaka ngo tumusengere yakubona ate?