Numvishe abandi ngo bafite udukundi nanjye uwanshyira muka Niyo Bosco byaba bimpagije❤❤❤ Love you brother and don't ever think to make a mistake we are with you❤❤
😢 ndumva Mfite Uhishurirwa Yuko Kristo Azakora ku Maso ya Bosco vubaha Uwiteka Ashoboye byose Azareba mu izina rya Yesu Vubaha Guys.Akira gukira mu izina rya Yesu Amen 🙌
Niyo! Uwaha aba producers n'abacuranzi bawe umudiligent waririmba neza kirenza aho. Igitumye mbivuga ni uko ufite impano itagira ubagarukiro. Wowe muri music wanarema. May God take this useful talent to another sphere. Please we need you back. You used to give us the the top most show ever. Bless you.
Rom 6:1-2 [1]Nuko tuvuge iki? Tugumye gukora ibyaha ngo ubuntu busage? What shall we say then? Shall we continue in sin, that grace may abound? [2]Ntibikabeho! Mbese twebwe abapfuye ku byaha, twakomeza kuramira muri byo dute? God forbid. How shall we, that are dead to sin, live any longer therein?
@brainimpact6596 Ibyah 22:12-17 [12]“Dore ndaza vuba nzanye ingororano, kugira ngo ngororere umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze. And, behold, I come quickly; and my reward is with me, to give every man according as his work shall be. [13]Ndi Alufa na Omega, uwa mbere n'uwa nyuma, itangiriro n'iherezo. I am Alpha and Omega, the beginning and the end, the first and the last. [14]“Hahirwa abamesera ibishura byabo kugira ngo bemererwe kwegera cya giti cy'ubugingo, kandi banyure mu marembo binjire muri rwa rurembo. Blessed are they that do his commandments, that they may have right to the tree of life, and may enter in through the gates into the city. [15]Hanze hazaba imbwa n'abarozi n'abasambanyi, n'abicanyi n'abasenga ibishushanyo, n'umuntu wese ukunda kubeshya akabikora. For without are dogs, and sorcerers, and whoremongers, and murderers, and idolaters, and whosoever loveth and maketh a lie. [16]“Jyewe Yesu ntumye marayika wanjye guhamiriza mwebwe ibyo ku bw'amatorero. Ni jye Gishyitsi cya Dawidi n'umwuzukuruza we, kandi ni jye Nyenyeri yaka yo mu ruturuturu.” I Jesus have sent mine angel to testify unto you these things in the churches. I am the root and the offspring of David, and the bright and morning star. [17]Umwuka n'umugeni barahamagara bati “Ngwino!” Kandi uwumva nahamagare ati “Ngwino!” Kandi ufite inyota naze, ushaka ajyane amazi y'ubugingo ku buntu. And the Spirit and the bride say, Come. And let him that heareth say, Come. And let him that is athirst come. And whosoever will, let him take the water of life freely.
@brainimpact6596 Yh 5:14 [14]Hanyuma y'ibyo Yesu amubona mu rusengero aramubwira ati “Dore ubaye muzima, ntukongere gukora icyaha utazabona ishyano riruta irya mbere.” Afterward Jesus findeth him in the temple, and said unto him, Behold, thou art made whole: sin no more, lest a worse thing come unto thee.
Irene sinkuzi ariko nifuza kuzahura na we mbere yuko mva mu buzima. Njya mbona ufite umutima nyamutima w'umuntu uri real. I wish ko wasubira ukamanajinga uyu musore kuko yarakubuze arabura. He is something else. ChrisAime
Nejejwe cyane no kuba Niyo Bosco yaramenye ubutumwa bwiza bw'ubuntu bw'Imana Ibyo bintu urimo kuvuga ni ubuzima kubakijijwe ariko ni ubupfu kubarimbuka We love you sir.
Abakunda Niyo Bosco 🎉mumpe like
Niyo bosico twaritugukumbuye uzakorane indirimbo na meddy gospol urumuhanga abemeranya nange Kanda like❤❤❤❤
Yoooooh aleliyaaaaa
Cq ba dorcas na vestine kuko ajya anabahimbira indirimbo❤
Irene watubabariye ukagarura niyo bosco mukazi sibyo rata
Nukur vyoba vyiza
Nukuri mugarure irene dore ntakigaragara nkakera murikimwe
Yego rata 👍👍👍
❤❤❤
Kandi atariwe yamwirukanye..ahubwo nabimusabe koyagaruka
Njyewe kubwanjye murindahabi yakagumanye nuyu mwana kuko ni umugisha kuriwe kandi imana ikunda abafasha abantu nkaba yesu agusange ubitekerezeho murakoze
irene ibibintu ubitekerezaho rwose
Rwose
Nigisambo niwe umugejeje aharindimuka!
@@NoNe20203akaba akiza gukora ik kugisambo? Mwagiye mureka gushyanuka mukuze
@@KamikaziEsther-fg8rvUrakoze cyane mwana wange naringiye kugiha nyina nsanga wankoreye umuti
Amina Amina Amina!! Singicuranwa udusigazwa kandi kwa Data hari ibimpaza! Niyo Imana igushyigikire
Numvishe abandi ngo bafite udukundi nanjye uwanshyira muka Niyo Bosco byaba bimpagije❤❤❤ Love you brother and don't ever think to make a mistake we are with you❤❤
Amugaruye kubera umuriro bamucanyeho
Abongeye kwishimira Niyo Bosco na M.Irene hejuru cyane🔥💯💝
Bavandi Nyamara wasanga mwararemewe gokorana 🎉 mushatse mwakongera mukaduhembura pe🎉
Ntarumva ikiganiro gusa kubabona murikumwe ndanezerewe pe,Irene nzakugwa inyuma pe,Imana injye ikomeza kukuzamura
Nangye kabisa
Nanjye kbx
Irene Imana iguhe umugisha utagabanyije kubwo kuzana Bosco❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤Bosco I love you so so much 💕
Irene nkunda ko utajya ucika intege kubera ubugambo bwabantu wowe ujye ukora gusa ubereke ibikorwa ubundi ubareke
Niyompamvu gang yabo nzayifana kugeza kwiherezo ryubuzima kbs ubugambo ntanakimwe bubatwara kd ntuwabumva mubugambo nkaziriyanjajwa zabagabo😅
Irene nkunze ijwiryawe cyaneeeeeee❤❤❤❤❤ duhe indirimbo kabisa muri kumwe na Bosco 🎉
😢 ndumva Mfite Uhishurirwa Yuko Kristo Azakora ku Maso ya Bosco vubaha Uwiteka Ashoboye byose Azareba mu izina rya Yesu Vubaha Guys.Akira gukira mu izina rya Yesu Amen 🙌
Abakunda niyo bosco na Irene mumpe like ❤❤❤
We wanted this Chemistry
Nabisoje binkorere ♥️♥️♥️♥️♥️
Yes, Ubuntu ntibuduhesha gukora ibyaha.
Irene nukuri tugukunda turitaye kumatiku Ari muri social media kd uko yaba angana yose turazi ko wumva ijwi ry'imana kd uyikorere please tuzarurire niyo Bosco ababyumva nkanjye twangiye ❤❤❤❤❤
Arikose koko kuki urwago rubaho kweri
Nutumva arareba twagiye ndushima abantu bakiriho ibi sibyo kwishimira wagezeho abirirwa basakuza ninde batweretse uruta niyo bosco. Ibyabo nukwirirwa bacyurira abo bafashije gusa
Terimbere umugisha w Imana ukugendeho abamashyari tubihorere 👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍
Niyo! Uwaha aba producers n'abacuranzi bawe umudiligent waririmba neza kirenza aho. Igitumye mbivuga ni uko ufite impano itagira ubagarukiro. Wowe muri music wanarema. May God take this useful talent to another sphere. Please we need you back. You used to give us the the top most show ever. Bless you.
Yoooooo nibyiza nukuri nibyiza niba ibyombona aribyo pe❤❤❤
Ndabanezerewe
IRENE kangusabe Akantu Kamwe pe Wakongeye ukamanaginga Niyo Bosco Nukuri Ndabigusabye Tubabarire pe Kandi Imana izabigufashamo
Wawooo Niyo bosco uzi ubutumwa bwiza kbx
M irene ukwiye kumenya ubutumwa bwiza
Ntbwo intungane icumura
nibyo bavuga ngo bwira icumuye karindwi
sibyo, ni ikinyoma
nukuri niyo bosco uravuga ubumwa Bwiza
uwabyawe n"Imana ntabwo akora icyaha
ibi kubumva birabagoye ariko niko kuri.
isi yose ikineye ubutumwa bwiza kuko
beshi barayobye bigishijwe nabi
dukwiye kumenya ukuri nyako
ariko Yesu Kristu
I'm happy 😂😂😂right now cuz mbaye uwambere ntanumwe untanze nzabaho nanjye mbaye uwambere abaza nyuma murihehe mwese nabatanza biratangaje ❤❤❤wamba like niba ntacyo bigutwaye 😂😂❤❤l 👍 👌 😄 😀
Aka kanya mfite 35 wowe 33 min😂😂😂
Urabeshye 😂😂😂 anyway 👍🙌
@uwitonzemartin5409 reka reka oe waje unkurikiye rero ndi number one ♥️ ❤️ 👌 mwe ku mubimbe, so stop it
Agakiza gasobanuye gukizwa ikuntu runaka. Rero, Kristo yaje mu isi, akiza abantu urupfu ruterwa n'ibyaha. Ntago yabakijije gukora ibyaha, ahubwo yabakijije ingaruka zicyo cyaha(arizo urupfu rw'iteka ryose). Rero, uwemeye igikorwa Kristo yakoze akizera igitambo yatambiwe ku musaraba, bimugira umukiranutsi ku mana, kuko aba yaranesheje urupfu ruterwa n'ibyaha. "Kuko Imana yavuze ko igihano cy'icyaha ari urupfu, ariko amaraso yera n'ameneka, icyaha kizababarirwa." Kristo rero yakuyeho urupfu akoresheje amaraso ye yera, yatambwe rimwe bihagije iteka ryose kugirango dukizwe urupfu twari guterwa n'ibyaha. Niki rero cyabuza umuntu kujya mu ijiru? Ni ibyaha cg ni ukwinangira? Kristo amara gukiza umuntu yamusabye Kwizera ko yababariwe by'iteka ryose. Ndetse anamusaba kwakira izo mbabazi akizera ko ari umwana w' Imana nkuko nawe ari(Yesu). Uwizera wese ntago azacibwaho iteka kuberako, nubwo mu maso y'abantu aba ari umunyabyaha, ariko ku mama aba akiranutsi. kubera ko yakuriweho igihano yagombaga guhanwa kubw'ibyaha bye. Ubwo kristo yadukijije, ntampamvu yo kwibara nk' abazarimbuka? Yego. Kuko twababariwe habayeho igitambo cyera cy'ibyaha, Kandi biba rimwe risa bihagije iteka ryose.
NB.Uwizera ibi, ntateka azacibwaho. God bless you.
Rom 6:1-2
[1]Nuko tuvuge iki? Tugumye gukora ibyaha ngo ubuntu busage?
What shall we say then? Shall we continue in sin, that grace may abound?
[2]Ntibikabeho! Mbese twebwe abapfuye ku byaha, twakomeza kuramira muri byo dute?
God forbid. How shall we, that are dead to sin, live any longer therein?
Wawooooooooooooooooo ibyo uvuze nibyo ijana ku ijana
yaba bose babyumva bakareka gukurikiza ibyo bigishijwe kera
aribyo binyoma bikomeye
Tito:2:11
@brainimpact6596 Ibyah 22:12-17
[12]“Dore ndaza vuba nzanye ingororano, kugira ngo ngororere umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze.
And, behold, I come quickly; and my reward is with me, to give every man according as his work shall be.
[13]Ndi Alufa na Omega, uwa mbere n'uwa nyuma, itangiriro n'iherezo.
I am Alpha and Omega, the beginning and the end, the first and the last.
[14]“Hahirwa abamesera ibishura byabo kugira ngo bemererwe kwegera cya giti cy'ubugingo, kandi banyure mu marembo binjire muri rwa rurembo.
Blessed are they that do his commandments, that they may have right to the tree of life, and may enter in through the gates into the city.
[15]Hanze hazaba imbwa n'abarozi n'abasambanyi, n'abicanyi n'abasenga ibishushanyo, n'umuntu wese ukunda kubeshya akabikora.
For without are dogs, and sorcerers, and whoremongers, and murderers, and idolaters, and whosoever loveth and maketh a lie.
[16]“Jyewe Yesu ntumye marayika wanjye guhamiriza mwebwe ibyo ku bw'amatorero. Ni jye Gishyitsi cya Dawidi n'umwuzukuruza we, kandi ni jye Nyenyeri yaka yo mu ruturuturu.”
I Jesus have sent mine angel to testify unto you these things in the churches. I am the root and the offspring of David, and the bright and morning star.
[17]Umwuka n'umugeni barahamagara bati “Ngwino!” Kandi uwumva nahamagare ati “Ngwino!” Kandi ufite inyota naze, ushaka ajyane amazi y'ubugingo ku buntu.
And the Spirit and the bride say, Come. And let him that heareth say, Come. And let him that is athirst come. And whosoever will, let him take the water of life freely.
@brainimpact6596 Yh 5:14
[14]Hanyuma y'ibyo Yesu amubona mu rusengero aramubwira ati “Dore ubaye muzima, ntukongere gukora icyaha utazabona ishyano riruta irya mbere.”
Afterward Jesus findeth him in the temple, and said unto him, Behold, thou art made whole: sin no more, lest a worse thing come unto thee.
Niyo bosco ubu yasubiranye na irene koko
Irene sinkuzi ariko nifuza kuzahura na we mbere yuko mva mu buzima. Njya mbona ufite umutima nyamutima w'umuntu uri real. I wish ko wasubira ukamanajinga uyu musore kuko yarakubuze arabura. He is something else. ChrisAime
This guy his music machine welcome back 🎉🎉🎉🎉❤❤
Wow mn this Boy is very talented in Gospel songs ahubwo yabagahe???
Niyo Bosco twari tumukumbuye cyane nizereko yagarutse
Muri Yesu byose biremera Bosco uhisemo neza mwana wamama ❤
We want him back in MIE, please!!!🤲🤲🤲
Ukobiri kose iyondirimbo isobanuye byinshi gusa Elene ukwiye gukora igikwiye nkumugabo ndabakunda cyane❤❤❤❤❤❤
Irene ihangane ugumane na niyo Bosco
imana ni dada we are happy to hear this decision to follow jesus 🎉
Nkunda niyo Bosco ibirenze nuko yizeye christ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
How happier I am today, watching this young man a very talented one with the best journalist ever..
Matching 🎉
Music machine is back I really love you broo!!
He got a talent 💯
Welcome back our bright talent, Niyo Bosco ❤
@MIE Empire! Dukeneye ibiganiro nk'ibi kuko twe bidufitiye umumaro. Bosco hejuru. Ariko hagati aho niba bishoboka mwanafasha Tonalite kuko afite impano nk'iyi. Irene indirimbo ye yitwe Bucura urumba uko ubuhanzi buryoha. Thx a lot
Twaritumukumbuye cyane kd turagukunda ❤❤❤ abakunda niyo Bosco mumpe like ❤🙏
Musubire gukorana akazi ndabiginze❤❤❤
Comeback in music as before bro Niyo Bosco Imana iguheze kuramba
Rwose Erene nawe Niyo ndabakunda cyane bikunze mwakogera mugakorana byimbitse maze mukarushaho kushimisha abakunzi banyu❤❤❤❤
Mana wee narinkukumbuye kuk bona ariko ubundi ninde wabatera nyije koko cyakoze abanu Banga abimereye neza pee ❤❤❤❤ ndagukunda 🎉🎉
Namukundaga akiri muri Secular none aje muri Gospel noneho birikuba 100 times. God is always great, welcome in the family of God brother Niyo.
Up brother many blessings to you ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mana uzajyubera maso Bosco
Uyu niwe muhamzi twari dukumbuye knd tugukeneye kumva 🙏
Wabyanga wabyemera niyo bosco numuhanga
Irene hari umuntu uza mubuzima bwawe akagusiga igikundiro aka kuzanira umugisha uyu mwana yari umugisha wawe ni nawe watumye benshi tugukunda kubera aho wamukuye none kuki ushaka kwikuraho umugisha uyu mwana nukomeza kumutererana n,Imana izamukubaza Niyo tumuzi nk,umwana wawe none ni gute wakwikuraho umwana wakuye hariya hantu ukemera ko ajya mu maboko yabatamushoboye gerageza ugire ubumuntu wite kuruyu mwana please
Irene ntuza tenguhe abakunzi nka Sabin plz rero garura niyo bosco mukazi
Niyo yazadusohoreye indieimbo itarimo izindi instrumental ari guitar gusa kuko arashoboye Imana ibahe umugisha wowe na irene ndabakunda cyane❤❤❤❤❤
Ntakiri uwo uheruka ntagicuranwa udusigazwa kandi ku Mana hari ibimuhaza bravooo bosco 🙏🙏🙏
Nukuri isi niyakungura gwi juru riguhobye imana igukomereze mugakiza🙏🙏
Irene wasubiranye Na Niyo Bosco ko mbona mukundanye❤❤❤❤❤
Yebabaweeee aracyari wawundi kuri music ntakosa kbx❤❤
Nshimye cyane imana ko umugambi wayo ntacyawuburizamo!! Bosco ndamukunda cyane ariko niba hari ikintu cyambabazaga ni ukubona aririmba ibintu bitandukanye na identity ye( ndavuga identity namubonanye akiza) Bosco welcome kbs. Kandi Ntacyo isi yatanga kiruta impano y'imana.
Niyo bosco niwe muhanzi naho abandi sinzi basa nkabatubeshya ❤❤❤❤
Subwokoko Irene mwasubiye gukora koko ❤❤❤❤
Wow thank you so much twaridukumbuye niyo Bosco❤❤❤❤
Bring back niyobosco to MI empire
Nejejwe cyane no kuba Niyo Bosco yaramenye ubutumwa bwiza bw'ubuntu bw'Imana
Ibyo bintu urimo kuvuga ni ubuzima kubakijijwe ariko ni ubupfu kubarimbuka
We love you sir.
Respect mukuru wange
❤gukizwa nukwakira kristo nkumwami numukiza ukamwemerera ko akuyobora,kd ukemera ko wababariwe kd iyo wemeye kristo nkumwami numukiza iyo icumuye ugira doute yicyaha ugasaba imbabazi
It's amazing I love niyo Bosco and molodekayi
My favorite niyi Bosco imana ikomeze kumwitaho kd twari tumukumbuye
Niyo Bosco Afite Message nziza 🎉❤️❤️
Cyakoze urankomye papa ndakwemera xan
NIYO Bocso twaritugukumbuye❤️❤️❤️
Irene turakwingize NIYO BOSCO , DORCAS &Vestine ndakwibutsa ko ari abana bawe dufashe aba bantu bawe ubagumane Abanshyigikiye mushyireho like🙏🏼
Yashyize imbere vestine na dorcas Kandi uyu niwe warukwiye ubufasha gusumbya bariya bakobwa kuko uyu niyo ni nawe ufite impano kubarusha cyane ko Ari nawe wandikiraga bariya bana bo bakaririmba gusa
Wauu narinkumbuye niyo bosco mana yanjye😢😢 Iren❤❤
Irene nukuri tubabarire wongere ugarure niyo bosco nukuri Imana kd izabiguhembera,umuhuze na Dorcas and vestina mundirimbo imwe🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Man nibuka niyo irene amuzana ku isango star uyu mujama araririmba ukabyumviramo indani kbs ❤❤❤
Not only interview but also the word of God thank you irene
Naringukumbuye pp imana ukomeze ikwagure
Yiooo kumbe aracabaho!!
Ndamukunda Can numuhinga pe
Mbega byiza Imana ishimwepe Niyo amahirwe menshi rwose
Uyu mwaka twuzuze 1M subsribers kuri MEI in the name of jesus Amen❤❤
Uzagumane nuwo mwana kuko Imana izaguha umugisha
This is something else to me. God bless you Niyo Bosco I am your biggest Fan
Niyo yaramurikiwe yamenye ubutumwa bwiza bw'ubuntu bw'Imana ari nabwo butumwa bwonyine bukiza,we need to hear more from him❤
Agakiza ni ukukizwa si umuntu ubyikorera kuko igikorwa cya kristo niko gakiza ibyo waretse cga utaretse ni kubwawe,kristo yakoze byose ku bwacu.
Oooh God bless you brother real talented one ❤❤
Welcome back music machine 🎉🎉🎉🎉❤❤❤
Very talented Bosco..wahisemo neza gukizwa, IMANA iraje igutangaze bikurenge ..amen
Thank you morodekayi twari tumukumbuye
Wow I love this chemistry for really ❤❤🎉🎉
Irene please!!! Garura Niyo Bosco mukazi pe!!!
This guy is so talented ❤
Thank u mie familly
Irene, uyu muhungu ni wowe watumyw tumumenya, turamukunda abanyarwanda twese. Reroo mugumane yongere akore nka mbere.
Kandi ntekereza ko ukuntu Ari gusubira inyuma yirukanka , nawe bitagushimisha nkumuntu wavunitse umuzamura.🙏🙏
Nukuri uyu mwana ni umugisha kuri Irene nakomeze amube hafi
Mwe n Imana Yabahuje Ntimuzongere gutandukana
Mwahisemo neza ❤kutijandika mumatiku nkabandi
woooooow this boys is special ❤🎉
This talent😊
Bosco courage ! Na Irené nukudutamwo ufite ijwi ryiza.
Bro brother wanjye nukuru wikitesha umugisha cg amahirwe bro wituma uwo mwana agenda
Welcome back our brother Niyo Bosco 🥰🔥🥰🥰
Mie kariyo imuzana ikongera ikamunjyana
Ariko rwose murindahabi we gabanya ubugome wongere urukundo knd nugiruko uzabona umugisha
Imana ibahe umugisha bambe nukuri niyo Imana ikwagurire imbago twari tugukumbuye❤
Urakaza neza mu muryango wabana b'Imana yesu aragukunda kdi afite gahunda yokutugezayo amahoro🙏🥲🙏🥰🥰