Dr Kalinda François Xavier yatorewe kuba Perezida wa Sena || Umuhango wo kurahirira imirimo mishya

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 10 вер 2024
  • Ku wa 6 Mutarama 2023 nibwo Perezida Kagame yagize‬ Dr. François Xavier Kalinda, Umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda. Yasimbuye Dr Iyamuremye nk’umusenateri, kuko na we yari yarashyizweho na Perezida wa Repubulika. Nyuma yo kurahirira imirimo mishya nka Senateri muri Sena y'u Rwanda, Dr. François Xavier Kalinda yahise atorwa ku bwiganze burunduye n’amajwi 26 ku mwanya wa Perezida wa Sena.
    Camera & Editing: Richard Kwizera

КОМЕНТАРІ • 8

  • @iradukundajeanpierre8703
    @iradukundajeanpierre8703 Рік тому +1

    Dr Kalinda ni umuhanga ndibizi azabishobora aritonda Imana izamushoboze

  • @mandela2145
    @mandela2145 Рік тому +3

    Ibyo byose biba byapanzwe nimukabeshye rubanda

  • @MUGANGA-dynapharm
    @MUGANGA-dynapharm Рік тому +1

    🇧🇮🇨🇩🇬🇦🇱🇷Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
    Niba mudukeneye ko tubavura infections cg kumenya ibindi Tuvura Kanda ahanditse *ubuvuzi gakondo* hejuru Aho comment itangirira urahita ubona nimero yacu kuri profile utwandikireo

  • @SympapaHope
    @SympapaHope Рік тому +1

    Aba senateri Bose bangana kurya nabiki?

  • @habinezaisaie3023
    @habinezaisaie3023 Рік тому

    Ariko ndibaza iyi ndahiro,na Bamporiki yari yarayirahiye