Abaturage Barakaye bahagarika ibikorwa bya WASAC
Вставка
- Опубліковано 1 жов 2024
- Abaturage batuye mu kagali ka Sovu
umurenge wa Huye ho mu karere ka Huye,
kuri uyu wa kane biriwe bahagaritse ibikorwa
byo kubaka ikigega cya wasac biri gukorwa
n’abashinwa mu ntangiriro z’umusozi wa
Huye. Ibi ngo babitewe n’uko barambiwe kubeshywa
ko bazishyurwa ingurane y’ibyabo babeshywe
ariko bagategereza bagaheba.
Muve mu bwoba mwirwaneho👌🏽👌🏽👌🏽👌🏽☑️👌🏽👌🏽☑️✊🏾
Abaturage batangiye guhumuka, barambiwe guhora bubikwaho urusyo
Babishyure Nukuri Cyangwa babahingurane
Babishyure Nukuri Cyangwa babahingurane
Mwabahayibyabo kwaribyo byaribibatunze
Uburenganzira bwabo nibwubahirizwe.
Abaturage nibarenganurwe rwose
Ariko kandi kutishyura abantu birarambiranye rwose, abayobozi bo ntacyo barenzaho.
Rubanda bariye icyo bita karungu.
Uwapfuye yaruhutse byinshi pe!
Nuko bitashoboka ngo agaruke arwbe ibikorerwa muri iy'isi yanank, yagwa igihumure akicuza impamvu ahagatutse
Hhh,
Barenganurwe ariko banibutswe ko badafite uburenganzira bwo gufunga Umuhanda