Urupfu nicyo kintu Cyiza Imana yaremye / KARASIRA Aimable

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 14 чер 2020
  • Mu myaka ya 2010 nibwo Karasira Aimable uzwi nka Professor Nigga yamamaye cyane mu Rwanda mu ndirimbo ze zirimo Carte Rouge, Cishwaha, Shikareti n’izindi nyinshi.
    Indirimbo ze zabaga zirimo ubutumwa bukakaye adatinya no kubwira ab’ibikomerezwa bakoresha ububasha bafite mu bitari byiza.
    Icyatunguraga abantu benshi ni uko uyu mwarimu wo muri Kaminuza y’u Rwanda yagaragaraga bitandukanye cyane na bagenzi.
    Yari yarateretse ubwanwa n’umusatsi mwinshi cyane, amataratara yijimye mu maso, akambara imyenda minini cyane bimenyerewe ku baraperi ku buryo uwo bari guhurira mu nzira cyangwa ahandi atari gukeka ko ari ikigega intiti z’i Ruhande zavomagaho ubumenyi.
    Mu mashusho y’indirimbo ze amwe n’amwe Karasira Aimable ntiyatinyaga no kugaragaramo atumura itabi, ibintu byatumaga hari abamukekeraho no gukoresha ibiyobyabwenge.
    Mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru Dashim kuri uyu wa 14/06/2020 yahishuye byinshi ku myemerere ye ndetse agira byinshi asobanura mu buzima bitangaje.
    Subscribe to my UA-cam Channel:
    / @dashdashtv
    IG: / dashim250
    Facebook: / dushimimana.dashim.9

КОМЕНТАРІ • 116

  • @irambove
    @irambove 4 роки тому +15

    Urupfu ni rwiza kubateguye iherezo ryabo bakiri mw'isi. Receive Jesus Christ as king and saviour to prepare your after death life. Life is spiritual my brother.

  • @niyotech6267
    @niyotech6267 4 роки тому +11

    Mukunda kubi kuko imyumvireye ihura niyange cyane peeee

  • @simpungajpierre8614
    @simpungajpierre8614 3 місяці тому +1

    Komeza ukomere bwana karasira

  • @greenmountaintv7884
    @greenmountaintv7884 4 роки тому +13

    Abanyafurika dutinya urupfu cyane tugahemukirana tukagambanirana bamwe bakanicana kandi amaherezo twese tuzapfa hari abantu badatekerezako mumwaka wi 1900 isi yarituwe na milliards zabantu ari abakomeye abaciye bugufi mumyaka 120 gusa wambwirako hasigaye bangahe icyokintu burimuntu mbere yogutoteza undi cg kumvako undi yapfa akabaho yagombye kugitekereza. mubuzima bwu umuntu ukuyemo imyaka yubwana n imyaka yu ubusaza asigarana imya ingahe? Mukundane mubane mumahoro kuko nubwo tutazanyura munzira zimwe twese duhuje la destination finale mbaye mbifurije kuzaruhukira mumahoro d' avance.

  • @pesponsablekeursoeur811
    @pesponsablekeursoeur811 4 роки тому +3

    Aimable vous êtes très aimable... reka kwikomeza cyane ushake umugore bizahindura ubuzima bwe. Donne toi la chance d'avoir une famille. Merci

  • @janempende8317
    @janempende8317 4 роки тому +4

    Warakomeretse pe. Humura Imana izakomora.

  • @josianemukeshimana6647
    @josianemukeshimana6647 4 роки тому +3

    Karasira ndakwumva, ariko Imana ntukayitere ikizere uko byagenda kose. Nkwifurije ko urukundo rw'Imana rukwiyereka🙏😘

  • @divinevuguziga5590
    @divinevuguziga5590 4 роки тому +5

    Wakoze brother Aimable, Uba wabivuze uko ubyumva kdi sitegeko ngo abantu bose babyumve kimwe!✌️

  • @memefts
    @memefts 3 місяці тому +1

    Karasira is the real Gangster. The Man.

  • @josianemukeshimana6647
    @josianemukeshimana6647 4 роки тому +3

    God bless you Karasira, ntukihebe mfura y'u Rwanda. Blessings from above🙏

  • @francekaitesi2353
    @francekaitesi2353 4 роки тому +2

    Karasira ndakwemera WA mugabo we! Ikindi Dashim your voice is amazing

  • @nikezaalice334
    @nikezaalice334 4 роки тому +3

    Uri umuhanga cyane Karasira ndakwemera

  • @banamwanasandrine9531
    @banamwanasandrine9531 4 роки тому +8

    Karasira numuntu, wumugabo avugukuri kd kuracyewe murikigihe.(babinoxi)THE

  • @mugungagodfrey1126
    @mugungagodfrey1126 4 роки тому +3

    Legend Karasira ibitekerezo byawe biri kurwego umuswa atabyumva ntago buri wese yabyumva kuko ni ihishurirwa

  • @VENUSTVRwanda
    @VENUSTVRwanda 4 роки тому +12

    Ku bemera Imana, urupfu niyo nzira ituma tuyisanga. Niyo mpamvu bavuga ngo "Runaka yitabye Imana"!

    • @payzzo
      @payzzo 4 роки тому

      Barababeshya

    • @letsevolve4907
      @letsevolve4907 4 роки тому

      @@payzzo 😂😂🤣🤣🤣😂😂😂

    • @turibamweali8661
      @turibamweali8661 4 роки тому

      @@payzzo ok baratubeshya rero nawe uzavuge iyindi nzira itari ukwitaba Imana ?(gupfa)

    • @Alex-cb4rt
      @Alex-cb4rt 4 роки тому

      Kubemera Imana niba urupfu rutuma muyisanga harabura iki ngo musange Imana mubeho mu mahoro y'iteka ryose?

    • @payzzo
      @payzzo 4 роки тому

      Arukwitaba Imana twese twaba tubishaka ahubwo babyita kuba mumubiri wang

  • @foietpsychologie
    @foietpsychologie 5 місяців тому

    Ibikomere vyaramukomantaje . Pole sana

  • @RAPGAKONDO
    @RAPGAKONDO 4 роки тому

    Umusaza ni philosopher wa dange kbsa . Dash dash TV is number one

  • @nsengiyumvaclaver7298
    @nsengiyumvaclaver7298 4 роки тому +4

    Keep it ma grand brother Dashimu Ek-ek Dabody.
    Ndakwibuka mugasenyi wari so talented kbxa. Keep it bro!!!

  • @d.r.5350
    @d.r.5350 4 роки тому +3

    Karasira ndakwemera sana

  • @banamwanasandrine9531
    @banamwanasandrine9531 4 роки тому +10

    Ibyizabyurupfu nibyinshipe.ntirurya ruswa ntirurobanura nibindi........

  • @kevinmugambi6463
    @kevinmugambi6463 4 роки тому +2

    Njyirango ninkubutumwa ubutanga kubagukanjyisha urupfu wowe na ingabire ntimubaho muteyubwoba

  • @alexandrebazimaziki778
    @alexandrebazimaziki778 4 роки тому +2

    Dihuj’Ibibazo Papà !

  • @vuguzigatheophile2158
    @vuguzigatheophile2158 Рік тому

    Karasira pore sana grafre isiniyo nyine😢✋😭

  • @nikezaalice334
    @nikezaalice334 4 роки тому +1

    Karasira rwose ibitekerezo byawe ndabyemera ukuntu usobanuye ubuzima bwiza cg ubukire 100% nanjye Niko mbyemera kbsa mbese uri umuhanga pe

  • @mutsinzieric5445
    @mutsinzieric5445 2 роки тому +1

    I miss this guy

  • @mutagandomoise2738
    @mutagandomoise2738 4 роки тому

    Ndakwemera kbsa turahuje

  • @espoirejane446
    @espoirejane446 4 роки тому +10

    Mvuga iki ndeke iki,komera grand frère

  • @alineuwimbabazi9634
    @alineuwimbabazi9634 4 роки тому

    Mukomere Aimable, ndagukunda cyane nkunda ibitekerezo byawe ariko koko ntubonako Imana iriho? Birambabaje, none se ni kuki ukiriho? Ese kuba ugeze aho kandi hari benshi iruhande rwawe bapfuye ntabwo ubona ko hari impanvu ? Umva rero nkubwire Wasigaye kubera ko Imana hari ibyo ikigushakaho hari umurimo yashatse ko ukora nibi utubwira ni umurimo w Imana yashatse ko ugirira abandi akamaro, ikindi kuki se ugira akazi ugahumeka ukagira ubwenge hariho abandi batagize ibyo byose kuki utabishimira uwaguhanze, uhumure kubwibikomere wagize ariko ugarukire Imana izagufungura amaso

  • @ntirenganyapatrick6747
    @ntirenganyapatrick6747 4 роки тому +3

    Karasira ararenze

  • @kjc5430
    @kjc5430 4 роки тому +3

    So intelligemt!

  • @NZABAVUMA
    @NZABAVUMA 4 роки тому +2

    Niyo mpanvu umuntu wakugiriye nabi ntukamwifurize gupfa. Ahubwo gufungwa. Ikindi gupfa usize umugani mubi, amagambo akurikira gupfa kwa buri wese afira ettets mbi k'umupfu. Nugira neza nkawe karasira ntukibaze k'urupfu rwawe, peu importe uburyo wapfamo: ijuru urarifite.
    Hari abo njya nibaza nyuma y'urupfu rwabo, imivumo izabakurikira, iza affecter ipfa ryabo n'ababo.
    Urugero: Umuryango ndetse n'abanyarwanda muri rusange ba Kizito Mihigo bazanezezwa ni uko umwana wabo ndetse w'igihugu ibikorwa bye byamugize intwali.
    Hari abandi bakurikijwe cyangwa bazakurikizwa imivumo.
    Karasira wacu turagukunda, uri intwali mu ntwali. Komera komera

  • @antoinentagwabira9137
    @antoinentagwabira9137 4 роки тому

    Uyu mugabo Ni umuhanga Ni umunyakuri! Pe!;

  • @placidekwizera36551
    @placidekwizera36551 4 роки тому +1

    Ibi turabihuriyeho

  • @nsengiyumvajeanpierre3838
    @nsengiyumvajeanpierre3838 4 роки тому +3

    Muzamugarure

  • @stevenfabius1497
    @stevenfabius1497 4 роки тому +2

    Urupfu nicyo cyintu cyiza cyibaho cyiruta ibindi byose bisigaye

    • @esperancemujawiyera7986
      @esperancemujawiyera7986 4 роки тому +1

      Kubivuga birakoroheye ariko rwagusatiriye washaka aho uhungira ukahabura 🤔 Niba aricyo kintu kiza se wazarushatse ukareba ko urubura 🤔🤔

    • @stevenfabius1497
      @stevenfabius1497 4 роки тому

      @@esperancemujawiyera7986 nararushatse ndarubura Kuko nziko kwiyahura aricyaha iyaba ataricyaha ntago narushywa niyisi itagira icyiza

    • @stevenfabius1497
      @stevenfabius1497 4 роки тому

      @@esperancemujawiyera7986 nararushatse ndarubura Kuko nziko kwiyahura aricyaha iyaba ataricyaha ntago narushywa niyisi itagira icyiza

  • @emmanuelmungwarakarama8357
    @emmanuelmungwarakarama8357 4 роки тому +1

    Who is right between him numuhanzi wavuzengo urupfu nicyo cyibi cyiruta ibindi. Karasira akabavuzeko urupfu aricyocyintu kiza. Ukuri nukuhe

    • @turibamweali8661
      @turibamweali8661 4 роки тому

      Yavuze ngo nikibi kiruta ibindi kumaso yumubiri ariko rutubera inzira igana icyiza kiruta ibindi kubizera rero ntabwo imyumvire yabo bari batandukanye cyane nuko bose bakoresha imigani cyane

  • @user-rr1gp3cj2v
    @user-rr1gp3cj2v 7 місяців тому

  • @intaragahangakurimurandasi5986
    @intaragahangakurimurandasi5986 4 роки тому

    👍

  • @jesuskwizera8578
    @jesuskwizera8578 4 роки тому +2

    Urukpfu koko ntirurenganya kd ntanuwo rutinya nico ciza carwo,ikibazo nuko benshi bibaza kwar ukuruhuka ark wosanga ibibazo ck ingorane ari nyinshi gusumba uwukiri mu muzima

    • @urabonamana3504
      @urabonamana3504 4 роки тому

      GUPFA kubakiranitsi
      Ninyungu.nibyiza cyane
      Ariko kubanyabyaha ruragatsindwa.
      Kurimbuka iteka.

    • @Queen-ze1tm
      @Queen-ze1tm 4 роки тому

      @@urabonamana3504 ikibazo nta gihamya kiryo rimbuka ufite , ntawagarutse ngatubwire uko byari bimeze mumuriro 🥺

    • @Alex-cb4rt
      @Alex-cb4rt 4 роки тому

      @@urabonamana3504 Nta mukiranutsi ubaho kuko nta muntu ndumva adatinya urupfu

  • @hakizimanairene4873
    @hakizimanairene4873 3 роки тому

    Hatar

  • @mugaboemmanuel2468
    @mugaboemmanuel2468 4 роки тому +3

    Ndemeranyanawe ikizanuko buriwese ahuranarwo ntirurobanurirakubutoni

  • @fabmaz928
    @fabmaz928 4 роки тому +1

    Tupac ntiyavukiye muri gereza mama we yarekuwe, abyara nyuma yibyumweru 2

  • @callixtesibori7049
    @callixtesibori7049 4 роки тому +1

    Ntekerezako badashim bo mubinyejana bizaza bazaba babwira isi bimwe mubitekerezo by'uyumugabo yagiye asiga kuko ba Socrate ntacyo bamurusha usibye ko bo ari abazungu

  • @mukungeriathanase6726
    @mukungeriathanase6726 4 роки тому +2

    Umusa uransekeje kbx nikiganiro ndagihagarika pee ngo guhuma huma wibeshya ntibyakujenye ahubwoniyo sms wahisemo ntukabeshye

  • @Queen-ze1tm
    @Queen-ze1tm 4 роки тому +2

    Uyu mugabo wihishe UHUMAHUMA bintera ikintu. Iri Huma rye sinzi impamvu atumvako rijenana

    • @intuntu7863
      @intuntu7863 4 роки тому

      Kuki wumva guhuma aho kumva ibivugwa?

    • @Queen-ze1tm
      @Queen-ze1tm 4 роки тому

      @@intuntu7863 urumva icyo kibazo koko? Ntagihe nata ngusobanurira pee.

    • @mukungeriathanase6726
      @mukungeriathanase6726 4 роки тому +1

      Hh umus uransekeje kbx nikiganiro kugikomez birananiye peee ngo guhuma humaa wibeshya ntago byakujenye ahubwo niyo sms wahisemoo ntukabeshye

    • @turibamweali8661
      @turibamweali8661 4 роки тому +1

      Nonese waretse kumwumva ukumva ibindi ko ari byinshi biri kuri UA-cam?!

    • @Queen-ze1tm
      @Queen-ze1tm 4 роки тому

      @@turibamweali8661 Nonese niba nshaka kumva karasira ibyo avuga? You tube ureba ibyo ubonye byose? cg ureba iby'ukunda? Anyway niba wowe ihumahuma rye rikugwa neza, twe ritugwa nabi mumatwi.😦

  • @tonnyclose9589
    @tonnyclose9589 4 роки тому +1

    Dash ufite ijwi ryiza cyn

    • @DashDashtv
      @DashDashtv  4 роки тому

      Tonny Close Urakoze cyane pe

  • @simbabawearsene7603
    @simbabawearsene7603 4 роки тому +1

    uvuga ko umuryango ukomeye, ariko wanse kuwu shinga, urumva atari ikinyuranyo?

    • @hellesenscruz7881
      @hellesenscruz7881 4 роки тому

      Rega gushaka ntibibabyoroshye niba abona yimereyenabi akababona umugore yamutera stress kurushaho ntampamvu

  • @esperancemutigerwa3739
    @esperancemutigerwa3739 4 роки тому +1

    Hahaha

  • @ishimwerwandatv6180
    @ishimwerwandatv6180 4 роки тому

    Nahoraga nihebye ariko Yesu yambereye byose wibuke subscribe#share and like👍
    👇👇👇
    ua-cam.com/video/X9t_4hgpMeQ/v-deo.html

  • @gabrielespinosa1939
    @gabrielespinosa1939 4 роки тому +2

    Tu sais Aimable urazubwenge bwinshi mais tu es fous!! Imana niyo abantu banditse??? Ibintu uvuga biteyubwoba ariko ico mbona co nuko uri umuhakanyi. Hah nizere ko ata muntu yokwirikiza ivyo vyiyumviro vyawe bipfuye. Umupagani tuu!!!

    • @mukamusoniliberata4065
      @mukamusoniliberata4065 4 роки тому

      Yes, La Bible ni gitabo cyandistwe n abantu bagamije gutegeka cg kwiyoborera abatabizi nkintama!!!?

    • @nolanmckain2061
      @nolanmckain2061 4 роки тому +3

      @Gabriel ubanze utamwumvise neza, ntahakana Imana ariko uko Imana tuyibwirwa nibyo avuga ko bihabanye n’uko iri, Imana abantu tuyandika kandi tukayisobanura bitewe n’inyungu. Niyo mpamvu uzasanga hari amadini ahabanye kandi yose avuga ko yigisha Imana imwe. Ni iyo yavuze yanditswe cg yaremwe n’abantu. Pastor Mpyisi wanagize uruhare mu gusemura bible mu kinyarwanda nawe uzumva ko ari nk’ibyo avuga. Imana dusoma cg twiga itandukanye n’Imana nyakuri.

  • @kadogo7712
    @kadogo7712 4 роки тому +2

    Umuti wamenyo karasira 😂😂. Ese nguhaye $1 billion wakongera ukavuga ko urupfu ari rwiza?

    • @hknn4838
      @hknn4838 4 роки тому +2

      Abayafite se babaho ubudapfa?

    • @esperancemujawiyera7986
      @esperancemujawiyera7986 4 роки тому

      Ubuse uziyuko abivugishijwe no kubura amafaranga 🤔 utazamwibeshyaho wa

    • @munyambibiephreum1988
      @munyambibiephreum1988 4 роки тому

      Kandi akubwirako bamuhitishijemo kumwica no kumuha zabillion yahitamo gupfa kuko asanga aribyo biruta byose kuko zishira

  • @sawarero5015
    @sawarero5015 4 роки тому +3

    Uyu ni mwalimu wanjye ark mba mbona murusha ubwenge. Ese ni muzima ntakibazo afite?

    • @inkalavache3687
      @inkalavache3687 4 роки тому +7

      Utazi ubwenge ashima ubwe

    • @patricksemana6632
      @patricksemana6632 4 роки тому +5

      SAWA RERO ko wumva ubumurusha se, we akaba ari ku mugaragaro, wowe nkaba mbona uri kwihisha inyuma ya za SAWA RERO! Wagiye ahagaragara aho kuvugira mu ndaki?!

    • @japhetnsabiyumva5998
      @japhetnsabiyumva5998 4 роки тому +1

      Ukurikwawe kuntera kugukunda urumugabo kandi nakubuzemo irondakoko

    • @hakuzimanamoise3643
      @hakuzimanamoise3643 4 роки тому +4

      Akwigisha ibyo uzi noneho hhhhhhh ahubwo nubwo ufite ntibutekereza nexa pr🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣

    • @SunShine-rq9yy
      @SunShine-rq9yy 4 роки тому +4

      Aho niho ugaragarije ko ntabwo ufite, kuko utasobanukirwa ibyo avuga udafite ubwenge buhagije 🤣🤣🤣🤣

  • @nikezaalice334
    @nikezaalice334 4 роки тому +3

    Uri umuhanga cyane Karasira ndakwemera

  • @banamwanasandrine9531
    @banamwanasandrine9531 4 роки тому +3

    Karasira numuntu, wumugabo avugukuri kd kuracyewe murikigihe.(babinoxi)THE