Abahungu bivugishwa kuriya biyandikishwa kuriya ngo yago ngo iki niki se ubundj mubona mudakwiriye kujy mumenya ibybo bitiriwe binavumbuka? Syigariwe! give them Bras
TK,ibyo uvuga kuba utabyumva ntabwo ari uko uri umuturage,certes isi ya none itandukanye ni iyo hambere ...mais ibintu muri kubona ubu ni ibimenyetso by'iherezo ry'isi...biranditswe....Abantu bari proud yo gukora ikibi !Naho ubundi inama utanga turabyumva kimwe....Thx Chita
Uru mu byeyi mwiza knd wintangarugero Tk gusa akantu ko kuvuga ngo nibakababeshye ngo babavangira Amavuta niko kabi knd nawe barakuvangiye wabaye Umunzungu
TK & CHITA ibya social Media bizasaza abantu nukuri🤔😭😭Sha uriya mugore NGO ni pastor Fanny yararengereye kuko niwe uherutse kwita abantu ibigoryi uriya discipline ye niyo yamukuye mu kibikira PE 🤮🙆
Numéro ya TK COSMETICS: +250788314638
Uyu Mukadde ntago ajya asaza cyakoza ndamukunda ♥️ ameze nkumuntu uzi ubusobanuro bwurupfu nokuramba
TK tokosssss ❤❤❤big up on yourself mama Africa ❤️❤️❤️
Tunakupenda sana🇹🇿
Chita nkukurikirana niturije ariko kankubwire konkwemera ikindi mfite umu family Musa cyane
Abahungu bivugishwa kuriya biyandikishwa kuriya ngo yago ngo iki niki se ubundj mubona mudakwiriye kujy mumenya ibybo bitiriwe binavumbuka? Syigariwe! give them
Bras
Mubyeyi impanuro zawe rwosee ni umugisha kukugira Imana ikwagure muri byose knd ikongere imbaraga nu bwenge uri uzi kuba umubyeyi icyo aricyo ndagukunda inama zawe ni umumaro ❤
Abantu benshi ubu bihisha mw'ijambo ry'Imana, arabasambanyi gusa
Simbizi niba iyi message izakugeraho cz zabaye nyinshi ariko kubwanjye :
1. Ndashimira TK ku nzira yereka abasitari n'abataribo , ko nta mpamvu yo gushaka kwemeza Outsiders mu gihe ugifite ibyo gushyira Ku murongo ibyiwawe.
2. Benshi nyuma yo kugira izina ,yisanga asohora amafaranga menshi mu gihe yagombye gukoresha iryo zina aronka amafaranga.
Yago ukundwa na benshyi. Witege inkombwa nyinshi zizoguteza ibibazo
ibintu uvuze nibyo kuko abamama benshi bigana bagenzi babo kandi batanganya ubushobozi.
Umumva nshuti TK isi irarangiye dusenge cyane nimpero y’isi biteye ubwoba mbega génération yo mubihe byanyumaaaaaaa Mana🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Yego rwose ❤️❤️❤️
Jyewe mbona ko Yago baramugambaniye bamugize nka Ministre wurubyiruko Bampoyiki namashyali Yego niyihangane
Mama Afrique niwowe nkunda Cyane ❤❤❤
TK ndamukunda cyane n' umugore uzubwenge cyane,......ugira inama nziza.❤️
Niyompamvu sha nzakunda aka moto 🏍 mpaka akana akange kagume gasomere ngume ndihe 500k school fees mugume muri za iPhone 14 pro 😂😂😂😂😂😂😂😂 tkx Tk
Uyu mubyeyi ndamwemera agira amagambo meza yubaka yiba twumvaga kabs.Ureke bamwe nirirwa numva bashyirana hanze kandi ari ababyeyi bakibagirwa ko ejo nejobundi abana babo aribo bazabigwamo .
Uvuze ukuri mukundwa ❤️❤️❤️
Uvuze ukuri mukundwa TK, ubukene bwinshi umuntu agira bitewe no kutaba we ashaka kwereka abantu batamukunda batanamwitayeho.
TK,ibyo uvuga kuba utabyumva ntabwo ari uko uri umuturage,certes isi ya none itandukanye ni iyo hambere ...mais ibintu muri kubona ubu ni ibimenyetso by'iherezo ry'isi...biranditswe....Abantu bari proud yo gukora ikibi !Naho ubundi inama utanga turabyumva kimwe....Thx Chita
Mwagiye mureka kuvugiramo abatumirwe banyu ko aba aribo dukeneye kunva
🤭🤭🤭🤭
Chita urabe👂🏾
Ubundi Mman Afrique niwewanje kunyigisho nkuramubiganiro vyiwe burigihe😍Chita vuba ndabasura nukumpuza numuvyeyi peee🙏🙏
Uzadushake tuguhuze na TK, Nta kibazo... Gusa wamwandikira kuri Instagram: @dadakabendera_250_255
Yewe nanjye mwigiraho byinshi ❤️❤️❤️
@@CHiTAMAGIC7 none ga Chita !!! Ko usibiramwoo amajwi yabantu!! Buriya Yagoo ntibamusubiy amajwi??? Koko Yago yakora ibintu nkivyo? Washats Yago ukamubaza iyo dossier?
@@floflokanya3512mureke Atuze Yagoo nibihe hariginihe wosanga aragatwiko bibaye vyo Yagooo turamukunda ntacatuma tumwibazaho vyishi kuk numuntu afise umubiri ikindi vyaroroshe uburyo uryamukobwa numv yaryamanye nabenshi ntiyomwegekako umwana ukonyene azokoresha DNA kuk uryasumugore wogushira mumago
@@CHiTAMAGIC7🙏🙏🙏😍
Mureke ngewe nzigaye mbona isi icuritse ubusazi nibwo bwahindutse ubusirimo pe😅😅😅😅😅😅😅ngo ni tree Sam 😅😅😅😅😅😅
Very powerful and inspiring speech from TK. I'm really grateful Chita 🙏❤️🍓
Chita magic on top ❤️🇦🇪🇷🇼
❤️❤️❤️
Honestly I was so shocked too sinarinzi ko yago yovuga ibintu nkabirya 😭😭😭💔
I really love this lady.
Tk we love you so much
Queen of the mic🎤 ever.
Mm Africa yahageze 💗💗💗💗💗💗🔥
Ndagukunda cyane mama kuko ibiganiro vyawe haraho binkura naho bishikana 🤲🤲
YAGO❤️❤️ turamukunda cyane 🥰🥰🥰 Ibyo mwamuvugaho abamukunda still tuzabikomeza iriyandaya yumukobwa
Barayishuye
Ariko se man kariya gakobwa buriya gafite ubwonko mu mutwe??
Kazi ngo karigusebya yago kandi ariko turikota
Chita, ibyo nabyagiye hanze, gusa nku muntu w’umubyeyi biteye ubwoba, abana babakobwa n’abahungu bariyandarika cyaneee eeeeeeee
Jyewe nabaye abantu Hari abasore bameze gutyo pe. Gusa nugusengera urubyiruko
Reka kuvuga kuri cote y’umukobwa gusa, bose nikimwe.
Abana ba bakobwa mutege amatwi uyu mubyeyi. Hari umucuranzi w'iburundi yarimbye ngo: ubuto burahenda cane.
Chita tubarize ari hanze yu rwanda twaronka izo products gute?Thx love from 🇺🇸
Saba contact ye umubaze
Chita 😍😍hejur kubona utugarukaniy uwu muvyeyi ❤️❤️💋
Cyakora Nanjye Imana yampaye ingabire yokunyurwa pee Nkanabishimira ababyeyi babidutoje 🙏🏾👌 Ndakora numugabo wanjye ,icyotubashije kwigezaho nicyo ,ntabyo kubaho bisumbije ubushobozi bwacu👌
Ubwo nibwo bukire nyabwo kuko iyo underwater nta nubwo uhemuka kuko abenshi bahemutswa no kwifuza kubaho ubuzima butari ubwabo rimwe na rimwe abo bantu bakaba batanashaka no gukora ariko bakeneye ubukire ninaho bahera babeshya kugirango babone amafaranga batakoreye bikabaviramo ubwo buhemu nyine ariko iyo wanyuzwe ntushobora guhemuka kuko nyine waranyuzwe kandi Imana ibahe gukomezanya uwo mutima muzawurage nabana banyu
@@turibamweali8661 Ibyo uvuze nukuri kwifuza ibirenze ubushobozi ufite ,cyangwa kubana bakifuza ibirenze ubushobozi ababyeyi bafite bituma uhemuka , Cyangwa bikagushora mungesombi 🙇🏾Urakoze cyane 🙏🏾Imana iguhe umugisha 🙏🏾🫶
@@mimibe4206 ndawakiriye Amen ariko uko niko kuri kukuri twige kunyurwa kuko nubundi byose tuzabisiga kuriyi si muvandi Imana ikurinde nabawe 🙏🏻
Ubironkemwo umugisha ubundi wotoragura amashashe nabatabifise bavyige nanj nuko ndabishimira Imana
Chitta say Hi to me Tk umubwirire ko Mukunda from Rwanda to Oman
❤️❤️❤️
Ubundi uyu mubyeyi niwe wanjye,sinagotwa ikiganiro cye
Arankomeza nanjye ❤️❤️❤️
Hewe cyera habayeho umuhungu yitwa yago ndakurahiye yewe Gaye!!!
🤣🤣🤣
Nukuri wamubyeyi we nange mbona abantu bishyira hanze sinzi icyo batekereza🙆♀️
Njye Izina nkunda iyo nkubonye kuma Yb ati: Dore "Dada waTaifa" 🥰🥰🥰🥰🥰
Uyu mu mom ndamukunda abubu ngo bari mwiterambere
Utekereza nkanjye neza pe nanjye ntamuntu ndeberaho cg nibonekezaho
Nibyo rwose
Nibua
Me too
Ukajya kwigisha kndi baraye bakugaragura nka kawunga Hhhhhhh akabi gasekwa nkinda yuruvu mwihangane rwose abantu mubigishe banyurwe mungo zabo plz plzpl. Banyurwe bubake abantu bakuru bave mubupumbafu rwosepepepepep
Ibihe tunyuramo bavandimwe jay polly yubahwe
"I'm not perfect nange nabikora...."😂
50:37 ntabwo ari Dj Brianne yazanye arya ma VN… urya mukobwa yari muri space niwe yayatanze
Jewe nkunda ukuntu uyu muvyeyi aduhanura Kandi akirinda guhengamira kuruhande rumwe,jew ivya yago nta comments nimwe novuga kuk ukuri kuri muri bo.Chita merci bcp kutuzanira uyu muvyeyi😘
Uyu nawe ni gafaranga nr 2, ejo tuzumva yarongoye naho gucuruza umunwa ngo umuntu amwumve isaha irenga?????
Yego Aha Saudia 🇸🇦 tubakurikirana 5/5 Muratumara stress ndetse muduha nimpanuro nyishi Mukomez Turabakunda 🥰🙏 mwibereho Mutababay
❤️❤️❤️❤️❤️
Chita jewe ndakwikundira cane cane wakoze kutuzanira TK umuvyeyi ndukunda kndi nubaha ❤❤❤❤❤
URAKOZE CYANE 🙏
❤️❤️❤️❤️
❤️❤️❤️❤️❤️
I love you queen dada❤️💙🙏
Uru mu byeyi mwiza knd wintangarugero Tk gusa akantu ko kuvuga ngo nibakababeshye ngo babavangira Amavuta niko kabi knd nawe barakuvangiye wabaye Umunzungu
Tidjara ndagukunze peee iki kiganiro ningisoza ndonjyera ngisubizemo kiraryoshye bihebuje, respect Mama Ti ka
Umuntu nimugari yogatsindwa bihambaye
Urakoze TK ,Yago yatubabaje rwose😭
Nakupenda sana mama Tk ❤️❤️
Wow Chita uyu musi uzanye byiza .Komereza ngaho wubahwee.Ejo unisubirire mumisozi gushaka amakuru mezaaa .Wubahweee .
Murakoze
TK rwose ndagukunda cyane, uri umubyeyi mwiza, Uzi ubwenge hari ibyo unkosoye peee.Imana iguhe umugisha
Tijala wubahwe 👍🏾
Mwiriwe amakanzu ya ma djuba ayagurusha gute?
Ntimubitindeko! Depression Iva kubyo muvuga! Nukuri RIB nikureho abantamakuru batabifitiye imyuga! Ata masomo cyangwa guhumiriza ! Babakureho! Plzzzzz! Si non nukugwiza dépression kandi bayisanganywe plzzzz abategetsi haguruka! Urwanda ruteyimbere muburyo bwo hejuru! Kirazira ko ibipinga bibajagararamwo! Interahamwe ntaho zagiye!!! Umugambi wazo Nuko bakomeza kubica bacecetse ! Plzzzz L etats haguruka🙏🙏🙏
Ndashima ra Papa kuntoza kumenya ndetse no kwemera uko ndi 🥹 Rip papa😭
Pole sana, Imana iguhumurize 🙏🙏🙏
Yooo guzu pole bambe
Pole sana warakoze kuzigendera uzogera Kure kubwukumvira umuvyeyi🙏
@@balancedlifetv merci❤
@@shamilele8998 Asante sana❤
TK & CHITA ibya social Media bizasaza abantu nukuri🤔😭😭Sha uriya mugore NGO ni pastor Fanny yararengereye kuko niwe uherutse kwita abantu ibigoryi uriya discipline ye niyo yamukuye mu kibikira PE 🤮🙆
Ngo "ubwenge burarahurwa"! Harya ubwo Chita we ntacyo yatoramo kimureba muri izi mpuguro za Tijara? Kuko atangiye urugendo rubi rwo gutungwa mikoro avuga iby'abandi, aho gutunga mikoro abo bandi ngo bivugire ibyabo anabafashe kubigorora!
Chita thanks for TK for sure she's the motivator,,,from Uganda
Muzaze mbereke umwobo yolo the queen abamwo hano ku muyumbo nabwo akodesha nkibaza ariya madorari yirirwa afashe atwika ari ibipirate sha ngo babikorera 10$bakaguha ibipapuro bisa nkayo 😂😂😂😂
🙈🙈🙈🤣🤣🤣yewe ubaye uwambere numvise uvugako uzi yolo the queen amaso kumaso ukabuzi nahaba yewe tubwire ahariho pe
Tidjala🤣🤣🤣 buriya yunvise ibya three some😂😂😂😂😂😉ahui
😁😁😁😁
@@CHiTAMAGIC7 TWESE twumiwr ivu rihoze niryo ryotsa inzu ndibuka uyu musore yiha abantu ntavuze urabyibuka chita😉😂😂😂
Uwazampa nkahura namwe tukagendana
Dutemo ngukurikiranye ndi king Dom of Bahrain 🇧🇭
THANK YOU JULIUS
❤️❤️❤️
Tk ndagukunda ibyo uvuga byose nukuri ntaho iba waciye ku ruhande Allah akomeze akubungabunge
TIJARI NDAKUNDA UKUNTU UBUGA UKURI
Yampayinka!Burya Tijara ni umwana wa Shinani!!!Oooh ni famille y'ivyamamare disi
Mukunda tijara kuva cyera nkirimuto namwigiyeh igiswahiri kunda cyaneeeeee
Ino mikyino irasanzwe ni copy ya bimwe bya Davis d na Aisha byigeze kuba trending mu Rwanda hose.
Ibyuvuga ntukuri
Ntuzi ingene ndagukunda TK❤️🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Urumubyeyi mwiza hose nkunda ko ugira ubwenge mubyuvuga iyaba ababyeyi bakoresha socials media bakwigiraho
Inyuma hazoba imbga n'abarozi n'abashakanyi n'abicanyi n'abasenga ibigirwamana, n'umuntu wese akunda kubesha akabikora.
Ivyahishuriwe Yohana 22:15
I m the first
🤗
T.k. ndagukunda cyanee 💞
❤️❤️❤️
@@anithamugabekazi1254 ❤️❤️❤️
Tk ndagukunda sindumufana uhubwo ndumukunzi nifuza kumubona
❤️❤️❤️
Mama wa Africa ❤❤❤
Tk ndagukunda
Chitta👍🏽🇴🇲🇴🇲🇧🇮🇧🇮🙏
Love ❤️ from BURUNDI 🇧🇮 Nakubali chita
ASANTE 🥰🙏
❤️❤️❤️
Nizo za Pranks rero baharaye nizo mubihe vyanyuma abazikora bamenye ko zizabarimbuza nobatazihana. Ivya views bazirondere mubundi buryo kuko kubesha nicaha kandi gihanwa
Urasa neza
Yago 😭😭 Ako mana
Niho twiberey Chita magic from Saudi 🇸🇦
Mbe ga umuvyeyi mwiza uvuga ivyibaka utanga ni impanuro nziza ndamukunda Imana ikurinde maman ❤️❤️❤️❤️
🧏🧏🧏😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Gushaka isoko babyita gutega indege bikorwa nabakora umwuga w’ubulaya
Mana wee ndakunda uwo mu maman canee. Imana imuhezagiree caneeee
Murakoze baraturembeje ntacyinyabupfura babwize ukuri
🇳🇴🇳🇴
❤️❤️❤️
Abakobwa n’Abagore bihorere utabazi azababarirwa mwana
Tk uri impfura peeee yabaye ababyeyi bose bamera nkawe❤❤
Hoshi
😊👏👏👏I agree with you TK. 👌🙏🏿
Ndagukunda mamy nukuriiii nkunda inama uduha ndagukundaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa birenze mamy nukuriiiiii
Ndagukunda utugira inama zubu buzima ducamo, imana ikuzigame mama.
Ubundi TK niwe wanjye mukunda cyane ❤️❤️💕👍nkunda inama ze nyinshi zingirira akamaro kanini pe much respect to her
😍😍
❤️❤️❤️