Hari uwavuze ngo Gratien azarebe uko atangira gukina mu zindi ndimi ariko ikibazo ni uko aho byaba bindukiriye ku ntego afite yo guteza imbere ururimi n’umuco nyarwanda. Ntekereza ko abanyarwanda n’abarundi bafite isoko rihagije (havuyemo piratage) umuntu ashobora kudominamo ntiyirirwe akenera views zabanyamahanga, cyane cyane ko diaspora yabanyarwanda n’abarundi iri active cyane mu kureba video ziwacu . Njye namubwira nti komerezaho natwe abatuye hanze aho kugura ya modoka nshya tuzarebe uko dushora amafaranga muri enternment yiwacu. Njye ndumva nta soko ry’abanyamahanga dukeneye!
Iyi niyo Interview ukoze wirekuye neza neza!!!! Ubyemeye akore like kbsa!!!!
Kbs papa sava ndamwemera numuntu mukuru azubwenge bwinshi
Papa Sava, usibye no Ku mukunda by'umwihariko ni umuhanzi wujuje ibyangombwa
Gusa azabanze yizere Imana nkumwami numukiza wiwe.
Wow very smart guy ever my kids love you ever their don't understand kinyarwanda ❤❤❤❤❤
Yaragafashenyine yaburakwishimase nushake uzareke umugire namamvu yokukugora ndagushyigikiye
Yaan papa sava uko makini sana umejibu vzr sana hongera sana
papa sava turakwemera cyane filmé zawe zirigisha
Papa sava,turakwemera. Komeza kbs.mwongeremo iminota.
Ndakwemera Kandi kuva kiriyagihe wavuze,ca 2004,mûri FIAB i Butare, wavuze poême yitwa "Caje casaze"iyo yari Sida.
Ugacuraranga kw'izosi,vyari biryoshe cane,Abarundi twahora duhurira mûri ziriya Festivals twazanye umurisho w'ingoma twaranezerwa cane.Inkuburwa za ULK, Indangamuco za UNR,aba Université Busogo,n'Inyamibwa za KIST nabo baraduhimbara.Tera imbere nk'umuzinga
Urabyumva kabisa!
Komereza aho Ngenzi
Papa sava. Buri episode numva mwajya muyishyirano mundimi za mahanga
Komera papa sava iburundi turakwemera
Ndakwemera
Oya,nanjye nkunda papa cava2.n umukinnyi mwiza
Uwavuga ko uyu ariwe MUHANZI uRwanda rufite ntiyaba abeshye
Komerezaho ibyiza birimbere
Ndakwemera papa sava
Hari uwavuze ngo Gratien azarebe uko atangira gukina mu zindi ndimi ariko ikibazo ni uko aho byaba bindukiriye ku ntego afite yo guteza imbere ururimi n’umuco nyarwanda. Ntekereza ko abanyarwanda n’abarundi bafite isoko rihagije (havuyemo piratage) umuntu ashobora kudominamo ntiyirirwe akenera views zabanyamahanga, cyane cyane ko diaspora yabanyarwanda n’abarundi iri active cyane mu kureba video ziwacu . Njye namubwira nti komerezaho natwe abatuye hanze aho kugura ya modoka nshya tuzarebe uko dushora amafaranga muri enternment yiwacu. Njye ndumva nta soko ry’abanyamahanga dukeneye!
Abumva indimi zacu, kandi bafite ubushobozi bwo gukoresha internet ni bake ugereranije n'abakenewe ngo abahanzi bagire amafranga aturutse ku gushyira ibihangano kuri UA-cam. Guteza imbere ururimi bitandukanye no guteza imbere umuco. Umuco wacu ushobora no gushyirwa mu ndimi z'amahanga. Nkeka ko nka Kansiime nubwo adakina mu Kigande, ariko akina umuco w'abagande. Ibyo Gracien akina bibaho no mu yindi mico, bityo bashyirwa no mu ndimi z'amahanga ngo yagure amarembo y'abamureba kandi ngo ubuhanzi bwe bumuhe amafranga akenewe ngo atere imbere. Ubuhanzi butazi kureba no kwiga isoko butera ubukene.
Mubintu vyose nagukunda mbabajwe nuko utagira idini kweli
Amasaku aroroha cyane
Wowese izuru urizute
ariko ntakuntu papa Sava yakoryera iminoto kururiya mukino?
maze papa sava uzayigire nka 15min byibura
Gracien, nkunda ubuvanganzo bwawe n'abandi bahanzi b'igihugu cyacu. Numvise wifuza kugira abakureba benshi, kandi nibyo, unatanga ingero ku bahanzi bo hanze barebwa n'abantu benshi mu gihe gito, wavuze nka Kanssime n'abandi bakoresha indimi z'amahanga nk'icyongereza. Biterwa n'uko abo bahanzi bakoresha indimi zumvwa n'abantu benshi, kandi bafite ubushobozi buboroheye bwo gukoresha internet na za msocial media, abenshi bari hanze y'u Rwanda, wenda ntibumva n'i Kinyarwanda nkatwe. Nakugira inama rero, wowe n'abandi benewacu mushaka kumenywa n'abantu benshi, kwitabira no guhimba no gusetsa mu ndimi z'amahanga zivugwa n'amailiyoni menshi aruta amamiliyoni y'abavuga i Kinyarwanda.
uri umuhungu nako umuhanga
umuhate wawe si uwubusa rata urumva ukuntu disi ni umusiri koko
WivugA amasaku yarampabuye nigeze kubona4/20 nitwako ndi umunyarwnda nabwo bari bankopeje
Ahaha
Ese Imirasire Club washinze Rilima iracyariho?
Uracyari umuhanga nka kera twiga I Rilima muhungu wanjye, ndakwibuka mu ikinamico y'umuntu umwe twishyura 50frw ngo tukurebe
Ndakwemera
Uri umuhanga kbs
Ahhhh,YUDA bazamuhembe noneho Petero bazamuhane bande?
Njyewe nkunda cyanee , hamwe amubwira ngo nakuremo iyo shati ye atayica .😂😂😂😂😂😂😂
jye nkunda kakandi arikurya ibirayi n'avocat
hahahaha nihatari
yayaya umugabo nihataripe
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Umuntu utuka Sekaganda arakajya mukuzimu aragakubitwa n'inkuba yo muzuba
Yuda Eric uratukanye urakabya rwose nawe
Aka kagabo ndakemera sana gusa kanyaraga kuburiri sana kakiri akana🤣🤣🤣🤣🤣🤣
naho kurongora byo azaba ashaka umugore umukwiriye atari umukurikiriye ibyo akora kuko abagore n'abagabo basigaye barongorera ibintu nta rukundo après buriwese azabazwa ibye ntaribose ababikora bariyizi
hhhhhh uyu mugabo afite impano yo gusetsa
Poa
😅😅😅😅
Arasobanutse papa sa va
jyewe mukunda byasaze uwaz
ampa tugahura byashimisha kurushaho.
Kbs papa sava ndamwemera numuntu mukuru azubwenge bwinshi