'NDENDA GUSARA'😭 UMUGENI YAFASHWE ARYAMANYE N'UNDI MUGABO|Mike avuze UKURI KOSE|Amezi abiri gusa...😭

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 5 вер 2024
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri #IsimbiTV_0784838126

КОМЕНТАРІ • 1,6 тис.

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  2 роки тому +136

    Niba wifuza kuvugisha MIKE MUHIMA: +250 788 572 570

  • @bady144
    @bady144 2 роки тому +18

    Wamugabo we numviseko warufite undi mugore mbere ibintu byo guhemukira abagore mukajya gushaka abandi bizajya bibagarukaa🤭

  • @iradukundaedison1413
    @iradukundaedison1413 2 роки тому +18

    Apu uri umwescolo woe!ntamugabo ukurimo numvise ibyawe wap rwose hashimwe Imana yo yahaye uriya mugore ubwenge

  • @softskills9228
    @softskills9228 2 роки тому +6

    Nkurikije uko urimo uvuga wowe Mike. Ndakubonamo ibinyoma gusa gusa. From the little mentorship skills I have banza wige kuba umunyakuri Kandi ujye urya duke uryame kare. Kuko isuri isahira byinshi ikabura na duke igeranayo

    • @YvonneKaligirwa
      @YvonneKaligirwa 2 роки тому

      Noneho wumve ikiganiro cya Odette uwo mugore bari barabanye. Urahita wumva ukuntu uyu Mike ari umuswaganyi. Mike akwiye kwivuza.

  • @anithaumukundwa2510
    @anithaumukundwa2510 2 роки тому +9

    Uyu mugabo ndabona nakwizera ibye mukurikirane neza gusa uwafashwe niwe gisambo

  • @amanirutson6339
    @amanirutson6339 2 роки тому +10

    I don’t know this man ark uyu mugabo afite ikinyoma nuburyarya mumamaso ese ubundi koko mwebwe mushyize munyura bwenge urumva umugabo yagiye kuryama murugo rwundi mugabo inkweto akazisiga murisoro koko mutekereze kubintu byuyumugabo ubryo uvugamo ibintu birimo ibinyoma cyane

    • @mutabazididier1883
      @mutabazididier1883 2 роки тому

      Urasekeje koko abantu arega bararangiye rimwe c cg kabiri ese noneho umugore uhakana marriags ye ngo ni aniversaire urumva ariwe urishyashya

  • @muhammednaveed6813
    @muhammednaveed6813 2 роки тому +43

    Uyu mugabo yihangane ntakundi 🤦‍♀️🤦‍♀️🤦‍♀️ahubwo ashimire imanako atishe umunu mururya mwanya😭😭😭😭

    • @user-me7lu4sj1u
      @user-me7lu4sj1u 2 роки тому +3

      Muhammed naveed bandika ,bavuga,UMUNTU .
      Umunu ntibibaho “nt” n igihekane.
      Umuntu,intama,intimba…..

  • @iraguhaaline6202
    @iraguhaaline6202 2 роки тому +6

    Ntacyo mvuze wa mugabo we gusa nyuma yo kumva impande zombi washatse imitungo uyibuze utangira kwiyeza kumugore kdi amahane si ikintu kiza kuko umugore yemeye kugukunda akanakuzana mukabana mu kibanza cyu umugore izo 11M wari kuguramo ikibanza cya 2M ruguru ibweramvura hari hahendutse ubundi 9M mukazamuramo inzu nziza cyane plzzz murekere aho kwishyira hanze kuko hari amarangamutima ya bamwe muri kwangiza ibyabaye wabigizemo uruhare rukomeye

  • @floriennemugisha1704
    @floriennemugisha1704 2 роки тому +8

    Ahaaaaaa wamugabowe nawe nturi shyashyaaa ndumva ntizeye ukuri kwawee🤩🤩

  • @rohosafirohosafi3384
    @rohosafirohosafi3384 2 роки тому +4

    Icyo cyigabo nigitekamutwe

  • @jopraize1436
    @jopraize1436 2 роки тому +11

    Kujya guhuruza mudugudu, police n'itangazamakuru ni ikigaragaza ko ivyo wakoze wabipanze ngo usebye umugore wawe wibagirwa ko ukuri kwawe kudahagije nyawe afite ukwe. Washatse gutwika birarangira uhiye! Ayo mateka adafututse mwibuka ko abana banyu bazayareba bakabagaya??!!

    • @gira110
      @gira110 2 роки тому

      Wowe uri njiji mu rda Niko bigenda utabikoze hubwo wafungwa wowe uravuga byiwanyu burundi

  • @ijwiryabatavuga6710
    @ijwiryabatavuga6710 2 роки тому +43

    Komera Mike Muhima ,Imana Irahari kandi ntabwo ari impera z'ubuzima.
    Inama nakugira nuko wakwicecekera ntukomeze kujya mubitangazamakuru singombwa,nubwo ubabaye.

    • @odetteniyomusaba4789
      @odetteniyomusaba4789 2 роки тому +9

      Rekasha na bagabo bajye berekana ibibabaho kuko abagore baza biyita beza bose burigihe kubitangaza makuru sorry indaya nkuriya arazakuntuka

    • @mariejeanne4958
      @mariejeanne4958 2 роки тому

      @@odetteniyomusaba4789 Nivyo p

    • @aimefamily8848
      @aimefamily8848 2 роки тому +2

      @@odetteniyomusaba4789 ushatse kuvugase ko abaza bavuga ibibazo byabo bose baba batababaye? Vuga make uri umugore ejo utazayabogoza uri kwishongora. Ese ubu tuvuge ko utajya ubona abagore bagowe bifuza no gupfa? Ako kuki muzira bagenzi banyu aho gushyigikirana? Ese wari wabona abagabo bandagaza bagenzi babo ko ariho mubera injiji? Ibyabaye kuri uyumugabo biteye agahinda gukunda indaya uzi ngo ni umuntu muzima. Ariko uyu ni umugabo umwe ubabaye kimwe nabandi bake cyane ugereranije numubare wabagore bagowe hafi yo kwiyahura. Uretse ko nabo ntabashyigikiye. Umuntu mukuru utabasha kwifatira imyanzuro mpaka arinze kugirirwa Nabi. Mike ihangane wahuye nuruva gusenya muvandi. Abashakanye bacana inyuma baba ari ibivume. Abantu bafite nabana koko?

    • @fifi6737
      @fifi6737 2 роки тому +1

      @@aimefamily8848 suko se sha

    • @odilleodille5306
      @odilleodille5306 2 роки тому

      Ntagoyare kakubi vuga kuko nibyobi muruhura mumutwe

  • @haineei5737
    @haineei5737 2 роки тому +33

    Wakurikiye ibintu baragucyura hama hamwe wumve. Ariko ntacyo wumva kuko icyo wishakiraga nibintu.
    Nigute umugabo muzima washatse agamije kubaka bamubwirango ntutahe nawe akarara mugasozi.

    • @uhfvf1083
      @uhfvf1083 2 роки тому +2

      Ubwose urumva ibintu yaramukurukiyeho aribihe Koko? Ako kazu kendaga kugwa cg ntago wumviseko uyu mugabo ariwe wayubatse

  • @nlambert69
    @nlambert69 2 роки тому +11

    Kugeza numvise version y'umugore nta kintu na kimwe nafata nk'ukuri mubyo Mike avuga kuko ntawivuga amabi ameza nayo ahari!Uriya mugore yakoze amakosa nibyo ariko ntekereza ko hari icyabimuteye n'ubwo atari impamvu yo gukora ibyo yakoze.

    • @mutabazididier1883
      @mutabazididier1883 2 роки тому

      Ukeneye kumva iki umuntu ahakana ibyabaye ngo ni aniversaire

  • @Peacelover-z
    @Peacelover-z 2 роки тому +30

    Si ugushinyagura ariko story yuyu mujama sindi kuyizera. Sabin uzadushakire version yuriya mu mama kuko nta mugabo muzima birukana kuriya akagenda. Simbyemeye pe. 😞 😔

    • @CarpeDiem-kb3tp
      @CarpeDiem-kb3tp 2 роки тому +1

      Nanjye ntyo

    • @uwasesifa7563
      @uwasesifa7563 2 роки тому +1

      Biranashoboka harabagore nabo bikundira abagabo bahora muri mpa numve.Ikosa umugore yakoze rikomeye nukuzana umugabo murugo rwumugabo yashatse nahubundi ibindi nibisanzwe abagabo nabo baca inyuma abagore babo.

    • @Peacelover-z
      @Peacelover-z 2 роки тому +3

      @@uwasesifa7563 erega hariya niwe. Uriya jama nawe aracumbikiwe nka Simeon mu mategeko kuko they're not married legally. Anyway dusengere igihugu cyacu kuko imishyukwe iri kuguza ubuhuha 😆 🤣 😂 😹 😆 🤣

    • @benignebizimana2342
      @benignebizimana2342 2 роки тому

      @@uwasesifa7563 yamuzanye iwe hhhhhh hhhh hhhh

    • @allonzo11
      @allonzo11 2 роки тому

      Simbyizeye nange

  • @uwasesifaofficial4655
    @uwasesifaofficial4655 2 роки тому +77

    Ndashima uwo mugabo kuko byibura,yabwitwayemo neza ntihagira amaraso ameneka.

    • @phionahmugisha3267
      @phionahmugisha3267 2 роки тому +1

      Amaraso nyamara nabagore bazi kuyamema,ntiwibwire ko wagira Icyumukora ngo apfekukureba gusa,wakwikanga yakuvuniye umuheto

    • @uwasesifaofficial4655
      @uwasesifaofficial4655 2 роки тому

      @@phionahmugisha3267 @ Nanjye icyo navuze nuko hatabayeho kwihanira ku mpande zombi.

    • @zoepaul2463
      @zoepaul2463 2 роки тому

      Kurikira umugorewe ibyo ya vuze🙏

    • @uwasesifaofficial4655
      @uwasesifaofficial4655 2 роки тому

      @@zoepaul2463@ Nabikurikiye rwose,ark na none ndakomeza gushima Imana ko hatabayeho kwihanira ku mpande zombi.ubu tuba tuvuga ibindi naho ubuzima n'ishuri ritajya rirangira duhora twiga

  • @ikirezirehemu2528
    @ikirezirehemu2528 2 роки тому +4

    Ikikigabo nikimyamitwe rwose

  • @jeanafazari1864
    @jeanafazari1864 2 роки тому +26

    Yebabawe ibi birakabije Mike we Imana irakuzi uri mwiza uriya ntiyari uwawe

  • @angekam7874
    @angekam7874 2 роки тому +12

    uyu mugabo si shyashya nawe,,,, ngo yanamukoye amafaranga menshiiii, nta mugabo muzima wavuga ibi, nta n umugabo muzima wavuga umugore we mu itangazamakuru....

    • @ndayisabamodeste282
      @ndayisabamodeste282 2 роки тому

      Unva maik umuntu warongowe nabagabobeshi ? Niyowamuha ibyisibyose? Ntanyurwaaa ahorararikiye
      Abandibagaboooo

  • @annegatari8765
    @annegatari8765 2 роки тому +6

    Ati ndayubaka 😂😂Niba ushoboye kubaka inzu kuki wagiye kuba munzu yumugore ark abagabo bikigali mwakize gukora mukareka kuba abescro koko

  • @danmgakwaya2876
    @danmgakwaya2876 2 роки тому

    Hari abantu bagaye cyane Mike kuko ngo yabishyize hanze arko njye Mike namubonye nk'umugabo wihangana cyane. Sikubwawe Mike Ahubwo Imana iragukunda yanze ko urengana kabiri kuko wakabaye wishe uwo mugabo cg ugakora agatendo kabi bikagukoraho nawe.
    Ibi bintu bibaho cyane njye nzi ibintu bisa nkibyo gusa abakobwa bibirara batwiyoberanyaho tukabibeshyaho, bazadukoraho pee!
    Gusa rubyiruko dukwiye kwitondera cyane abo twibwira ko dukwiye kubana nkumugore n'umugabo
    Hari abantu babatesha mutwe badafite gahunda yokubaka bakeneye Address gsa ngo barubatse cg se nabagore cg abagabo bubatse arko ari ibyo kwizina gsa ntamutima muzima wUrukundo, kubaka no kurera urubyaro rwabo neza ndetse no guharanira iterambere n'ubusugire bw'umuryango.
    Imana nsenga ndayisaba Itabare imiryango nukuri kuko birababaje pee!🙏😢
    Niba umuntu azi neza ko afite ingeso y'uburaya agumane uburaya bwe ariko areke kwangiza ubuzima bwamugenzi we cg ngo abyare abana bo kuvukira mukaga nkako n'amahoro macye mumuryango ashobora kubazanira kutitabwaho kugungira cg se kuba inzererezi zo mumihanda naza~mayibobo😢😢
    Mike Sorry kabsa warahubutse gushaka Umugore nkuwo Urukundo rwaguhumye amaso
    Gsa Imana idutabare pee

  • @umwaliclementine4791
    @umwaliclementine4791 2 роки тому +14

    Kubwanjye uwo mugabo namugira inama yo kwisunga Yesu kuko niwe wamuha urugo ruzima rw'umunezero,ndetse n'ibindi birenze ibyo atekereza.

  • @umutesiclementine3985
    @umutesiclementine3985 2 роки тому +3

    Uyu mugabo numwesikoro cyne pe ninikirara gikaze umuntu wahuye nibintu nkabiriya ukibasha kuvuga yisetsa

  • @dukundepatience7142
    @dukundepatience7142 2 роки тому +73

    Nuko dukomeza kumirwa!!

  • @masterphil5457
    @masterphil5457 2 роки тому +4

    Pole sana Mike,gukunda ibintu udakunze umuntu niko birangira,Shakira ibyawe

  • @ajbgroup250
    @ajbgroup250 2 роки тому +24

    Ahaaa numiwe pe mbegumugore washizisoni cyakoze Imiryango yikigihe nukwiyambaza nyagasani tugasenga nahubundi nahotugana pe

  • @jehovahispowerful7835
    @jehovahispowerful7835 2 роки тому +53

    Bagabo namwe basore mumbabarire, ntabwo nishimiye ibyabaye kuru mugabo, ndamukomeje pe, ariko abagabo bubu nabasore bose barashaka abagore ngo bateye neza barebera kubwiza bwinyuma gusa, mugasiga abakobwa beza mwarangiza mukagaruka murira.

    • @alphonsinekarangwa6651
      @alphonsinekarangwa6651 2 роки тому +4

      Babwirire ,ibitomati kbs ngo bagezweho

    • @umutonichance8556
      @umutonichance8556 2 роки тому +3

      Ibyo nukuri

    • @Fofo-wb6gh
      @Fofo-wb6gh 2 роки тому +7

      Wasanga yari yarakurikiye depo ya mazirantoki(ndavuga amabuno )Dore ko mbona uyu mugore afite manini ya murushije ubwenge

    • @beckythehustler2981
      @beckythehustler2981 2 роки тому +3

      @@Fofo-wb6gh amabafure yimisuzi🤭🤭

    • @asheyyykaali6091
      @asheyyykaali6091 2 роки тому +4

      Nimba aramabuni naho ubundi ukwasa imbere ni nako asa inyuma , ni mubi pe.

  • @familymn5958
    @familymn5958 2 роки тому +107

    Abandi twabuze abagabo abababonye nabo bakifata batya koko ntaheza hisi rwose 🤣🤣🤣

  • @barakadonat5692
    @barakadonat5692 2 роки тому +21

    Pole Mike.Shima Imana ahubwo usimbutse urupfu. Byanashoboka ko n'uwo mugabo we waburiweirengero Wasanga Uwo mugore na Simeon baramwishe bakajunya Mu musarane Dore aho nibereye! AHUBWO RIB NIKORE ITOHOZA NEZA

    • @nyiratungawatunga106
      @nyiratungawatunga106 2 роки тому +1

      Si uko.

    • @donathauwizeye4779
      @donathauwizeye4779 2 роки тому

      Uragaragara nkigisambo pe ndabona utoroshye

    • @barakadonat5692
      @barakadonat5692 2 роки тому +1

      Murabeshya amaraso ya Jean de Dieu araje abagaruke!!!ahubwo nawe niba warabigizemo uruhare ba wishyikiriza RIB.

    • @barakadonat5692
      @barakadonat5692 2 роки тому +1

      Mbese mujye mwihererana abagabo banyu mubice ubundi ngo baburiwe irengero. Let ibyitirirwe ngo ishimuta abantu, Arimwe mwankunguzimwe ziri gukora amahano. Mike si ikibazo ahubwo iyo nzirakarengane Jean de Dieu.😭

  • @wisdomtvrwanda1227
    @wisdomtvrwanda1227 2 роки тому +5

    Ntimukavuge mutarumva impande zombi, numvise umugore n'umugabo nsanga umugabo yivuga ameza gusa!!!!!!!

  • @alphonsengarambe4276
    @alphonsengarambe4276 2 роки тому +38

    Ibyingo mwami yesu! Tabara imiryango

  • @allonzo11
    @allonzo11 2 роки тому +4

    Ikibazo uyumugabo ninjajwa akantu kose yahamagaraga famille yumugore,ibyo nibiki banyarwanda,uyumugabo ndamukemanga arigukabya

  • @godaible8936
    @godaible8936 2 роки тому +13

    Murabona ukuntu Uyu mugabo Ari Mwiza dii🥰🥰 Gusa Intandaro yabyose Nuko Iyo turi Murukundo ,amarangamutima asumba Ubwenge bwacu 😭 Gusa pole bro mwiza Uracyari muto Urugo rwiza rurahari Imana ikurinze byinshi Mugihe gito

  • @chema5961
    @chema5961 2 роки тому +16

    Igihugu cyamahoro c kikwemerara Kuba indaya ugaca inyuma uwo mwashakanye

    • @mutesimarcy8943
      @mutesimarcy8943 2 роки тому

      Muraho neza!!ndababaye ikimbabaje ngo wedding ya mukoreye ni birthday party koko ndababaye 🤔 gusa mike ihagane !I mama izakuburanira peeeee !!arandusebeje abagore twabaye ibindi bindi😩Yesu weee

  • @upendo1
    @upendo1 2 роки тому +7

    Mike uri ikirara setu.
    Bakobwa mwitonde kuko ndabizi ubu abenshi mwishyize mu myanya ngo mugiye guhoza Mike amarira muririwe ntimuraye!
    Iki kigabo ni igitekamutwe bya bien

  • @patrarwanda685
    @patrarwanda685 2 роки тому +20

    😂😂😂Mbega umugabo ubeshya weee, uziko bigaragar ko abeshya mur interview nyuma yo kumenya ukuri 😂🙃😂mpise nseka

    • @leonnejancy8590
      @leonnejancy8590 2 роки тому +1

      Nanjye nuko😆😆😆😆😆😆😆

    • @agnesbwiza7601
      @agnesbwiza7601 2 роки тому

      Nanjye kabisa 🤭 ndumiwe 🙈

    • @izerejosiane1945
      @izerejosiane1945 2 роки тому +1

      Story yiwe ntifashe, harimwo flou gusa kabisa

    • @k_____p
      @k_____p 2 роки тому +1

      Umvugiye ibintu rwose uyumugabo nikigoryi rwose numutekamutwe nigisambo Umugore akaba maraya numupfapfa numupfapfakazi bahuye

    • @uwasenadine4336
      @uwasenadine4336 Рік тому

      Ntabwo umuzi shaaaaa, nuko twicecekeye tubishatse twamushyira hanzee🥲ndamuzi cyane Mike, nareke kuvuga ubusa, ndamuzi

  • @Gasaro-jt1yk
    @Gasaro-jt1yk 2 роки тому +1

    Jyewe ndumva uyu mugabo yararyohewe cyane nikuma uriyibagirwa,dore ko ugikunda kubi nicyo cyabashobora,ahubwo iyaba abagore bose bameraga nkuwonguwo🥰

  • @irakozeshakiru1131
    @irakozeshakiru1131 2 роки тому +54

    Eliane ababgira kohariho abagabo bagowe mukaharira 🇸🇦🇧🇮

    • @aimefamily8848
      @aimefamily8848 2 роки тому +3

      Barahari sha bagowe. Gusa abagore bagowe nibo benshi cyane. Rero urumva ko Kuba haba hariho nabagabo bagowe ntagitangaza kirimo kuko kubabara ntibyaremewe bamwe. Eliane we default ye nuko avugira uruhande rule. Aba avugira abagabo gusa aba abafitiye urukundo rwinshi hhhh. Umuntu utavugira bagenzi be se Kandi ari nabo benshi babazwa akavugira abandi arentse bagenzi be, njye mbifata nko kwibonekeza

    • @urunanatvrwanda7446
      @urunanatvrwanda7446 2 роки тому

      👏👏👏🔌

    • @fortunecadette8919
      @fortunecadette8919 2 роки тому +1

      @@aimefamily8848 tubibona kimwe

    • @aimefamily8848
      @aimefamily8848 2 роки тому +1

      @@fortunecadette8919 merci Fortune. Proud of you

    • @fifi6737
      @fifi6737 2 роки тому +1

      @@aimefamily8848 nubundi uriya aba yibonekeza ntakindi

  • @ingabirejoyeuse1586
    @ingabirejoyeuse1586 2 роки тому +6

    Sinzimpamvu ndikubona mike hari side ye ariguhisha🤔🤔basi sorry😊nyagasani aguhe ibyo urikumusaba akakanya

  • @clarissemukankaka2505
    @clarissemukankaka2505 2 роки тому +8

    abagabo b'abanyamitwe baragwiriye, niba ibyo avuga ari ukuri, nk'umuntu w'umusore ufite nubuzima, yajyaga kwinjira kubera iki? ububwa bwe bwagaragaye aho ajya kuba umwinjira, kuki atakoze fiancalle yitonze akanazana umugeni iwe aho kumusanga, defaut ya madame agira urukundo rwinshi yamwakiriye vuba (yarihuse)

  • @delavillelevrais7141
    @delavillelevrais7141 2 роки тому +113

    The man is so honest. I feel sorry for this guy

    • @JackSon-sl3ct
      @JackSon-sl3ct 2 роки тому +5

      Good men always marry "turushavumbi"

    • @KundaEstate
      @KundaEstate 2 роки тому +14

      This guy is not honest. Maze gukurikirana inkuru zose, videos zisanga 6, nasanze uyumugabo ari "Igisambo" kabuhariwe ndetse sinatinya kumwita "injiji". Yashakaga kurya imitungo yumugore nabana. Umugabo utinyuka akaryama munzu yubatswe nundi mugabo, akayiraramo hafi umwaka. Akagera naho ayivugurura kdi nyirayo atarapfuye, cg ngo atandukane numugore we, sinatinya kumwita injiji. Ni igisambo kabuhariwe. Yakoze imibare nabi. Icyantangaje nuko ngo ntanubukwe bakoze, ngo barifotoje gusa 😂😂.

    • @COOKINGTYPES
      @COOKINGTYPES 2 роки тому +4

      @@JackSon-sl3ct He's not honest at all , please watch out the interview of that innocent mom

    • @ednahtje
      @ednahtje 2 роки тому +1

      Innocence y'umuntu ibonekera hé??? Imana yo mu ijuru niyo ibizi mu mitima y'abantu. Wumve version y'umugore nayo!

    • @daniellamonorina9504
      @daniellamonorina9504 2 роки тому +2

      @@COOKINGTYPES innocent woman caught cheating with another man in bed😊😊😊

  • @zigzag1772
    @zigzag1772 2 роки тому +11

    Simeon akurusha ikofi,wasanga akurusha no kurongora!! mumurecyere maze wowe ushake abo mungana sibyo Mike✌🏿✌🏿

    • @vivinenibitanga8529
      @vivinenibitanga8529 2 роки тому +1

      Nivyo kko abakobwa nabagore bo muRwanda bakunda kurongorwa cane!!!Mike nawe usanga arumuntu akunda gukora cane donc kurondera ubuzima abagore nabo 🙆🙆🙆🙆😭😭

  • @uwahodar4155
    @uwahodar4155 2 роки тому +2

    sha wamudamu we uwomugabo turamuzi twese kumuhima niho yabanje gutura ahubwo Imana iragutabaye.

  • @truthbytruthsimba1810
    @truthbytruthsimba1810 2 роки тому +15

    Ntabwo yagukunze kabisa urumva ko nibintu yapanze neza, inzu yari kumubare uwo mugore numugome.

  • @mukankuzijolly3913
    @mukankuzijolly3913 2 роки тому +14

    Pole wamugabowe indaya yumugore irakwahagije

    • @cyusajohn6513
      @cyusajohn6513 2 роки тому

      witukana yibakoza icyaha uyu mugabo ntabwo ari serieux

  • @uppsala7212
    @uppsala7212 2 роки тому +24

    Ubuse ukoziki ? Ujyayo ntiwatubwiye ,none birakuyobeye uje kuvuzinduru ,gusa mbonereho kubwira abantu bubatse bose ,ibibazo byurugo nibyabantu 2 kuko mujya kubana ntimugisha inama abantu ,rero mugomba kubikemura muri 2 gusa abo bitahiriye mwihangane ,inama nyayo kdi Yesu kristo niwe wubaka rugakomera kdi atariwe wubatse abubatsi bakubakira ubusa ,rero abobyayobeye mwese nimumusange arabaruhura kuko yavuzeko abarushye nabaremerewe mumusange ni karibu kuri Yesu kristo Amen

  • @cassierbugingo4794
    @cassierbugingo4794 Рік тому +1

    Mike uri umwinjira rero uko waje ninakomugenzi wawe yaje kwiha akabyiza
    So rero kuba waramurushije power ugasaba ukanakwa nawe haribyo warukurikiye

  • @floumutoni1046
    @floumutoni1046 2 роки тому +14

    Wowe ubana ute numugore wasinze pee uziko ufite patience peee Tu étais vraiment amoureux

  • @madein250tv6
    @madein250tv6 2 роки тому +2

    Pole sana bro!
    Uhombye arabyimenyera ark Insh'Allah uzabona undi mugore mwiza pe! Ndabikwifurije.

  • @ishimwebruce7989
    @ishimwebruce7989 2 роки тому +12

    Ibi bihe isomo urubyiruko rwacu mukurikira abagore batandukanye mutabanje nokubamenya abeshi mukurikira imitungo gusa uriya mugore afite umutima wibuye kuko niyo waba ufitanye ikibazo numuntu ntiwatinyuka kwinjiza umugabo muburiri bwundi

    • @aimefamily8848
      @aimefamily8848 2 роки тому

      Nukuri birababaje. Mbega ababyeyi babo barebesheje amaso ibyo bintu

    • @fifi6737
      @fifi6737 2 роки тому

      Kiriya ni ikimenyetso simusiga cyereka umugabo ko atamukunda atigeze anamwubaha

    • @nyiratungawatunga106
      @nyiratungawatunga106 2 роки тому +1

      Ni umugaba urara mu buriri bw'undi mugabo aba ari gica

  • @nduwadesire2819
    @nduwadesire2819 2 роки тому +2

    Uwu mugabo ni ikigoooooryi Mana .
    Ububeshi ,gukabya ,ubujura ........!!!!

  • @Msnk952
    @Msnk952 2 роки тому +12

    Ariko mubyukuri wa mugabo we uretse ko nyine umugore iyo akoze ibintu nkibi aba arikibazo wowe ntacyo wumva utuzuza nkishingano zawe nkumugabo? Ese waba wowe utamuca inyuma warahira?? Tujye tumenya gitera tureke kwita cyane kucyabiteye!! Jye nziko abagore baturusha kwihangana mubyurukundo cyereka iyo arindaya wakuye kumuhanda

    • @estherhope600
      @estherhope600 2 роки тому

      Uyumutype nibamwe bateye barya imitsi yabagore none yahuye nakasha yumugore.mwese ndabona mutyaye

  • @solangemukashema3005
    @solangemukashema3005 2 роки тому +10

    Ariko se kuki nta mugabo ushaka kwubaka ubona umugore muzima ,nu mugore ushaka kwubaka ntabona umugabo muzima.
    Ariko rero wa mugabo we urugo nurwawe kuki utatashye ngo urare iwawe?

    • @Fofo-wb6gh
      @Fofo-wb6gh 2 роки тому

      @Solange Mukashema
      Wasanga na we hari undi yari yagiye kuraza hahahahah

    • @agnesbwiza7601
      @agnesbwiza7601 2 роки тому

      Ibaze nawe 🤭

  • @morganangel3063
    @morganangel3063 2 роки тому +7

    Man Cyaze warahuritse ariko ihangane usenge cyane Allah azaguhe undi muzima 🙏🙌

  • @iragenactnthia1757
    @iragenactnthia1757 2 роки тому +21

    Hey Mike! Mbanje kwikwihanganisha komera, ntakintu kibabaza nko gucibwa inyuma kubashakanye! Ariko nawe uri umunyamakosa, uri umunyamakosa aho wemera kuba munzu y'umugore utazi niba umugabo we ariho cg yarapfuye, ndabona uzababara kabiri ubwo urabura umugore ukabura nibyo wamutakajeho 😢ikindi ukemera gushakana numuntu ugira amanyanga ubibona ubizi ukabyirengagiza, nge kano kanya sinavuga ngo Imana iragufasha ahubwo iguhe umutima ukomeye naho yagufashije mbere uhuma amaso! 😭😭😭😭

    • @emuw2916
      @emuw2916 2 роки тому

      Wimukabiriza yarumvise sibyo. Ahubwo mukomeze twese hari aho tugira intege nke ariko ubuzima bugenda butwigisha. Ubu yarumvise

    • @millionsofreasons9806
      @millionsofreasons9806 2 роки тому +5

      Uyu mugabo njye ndumva ari umwescro nkuko umugore we yabivuze! Ngo yagurishije ikamyo ngo ashaka inkwano!! Uyu mugabo arabeshya! Nuko twumvise uruhande rumwe ,gusa uriya mugore avuze wasanga uyu mugabo abeshya

    • @mutegarugorivanessa6556
      @mutegarugorivanessa6556 Рік тому

      Wakigabowe uricyesikoro ahubwo wagaragaye ntamuntu uzo jyera kibeshya

  • @k.judith5584
    @k.judith5584 2 роки тому +18

    Akumiro niki,ni ugukora ubukwe nyuma ya mezi abiri,uka divorca

    • @lilianeumurerwa3675
      @lilianeumurerwa3675 2 роки тому

      Baza divorca iki ko batasezeranye mu mategeko. Uyu mugabo niyihangane ntacyo yaregera

  • @kalisacharles6002
    @kalisacharles6002 2 роки тому +33

    Bazatumire na Madame avuge ibye, Wasanga nawe yari yaragowe, ntanumwe natera ibuye, ibijya gushya birabanza bigashyuha.

    • @oliveruwa4560
      @oliveruwa4560 2 роки тому +11

      Kuburyo wazana undi mugabo mubiriri bwumugabo wawe nubwo yabatari shyashya??

    • @phionahmugisha3267
      @phionahmugisha3267 2 роки тому +4

      Urakoze ubaye kure mbangufashe muntoki. Abagabo baraduhemukira bakadutera gukora ibitabaho. Narabahaze!! Mumyumvure yabo bunva badukora Ibyo bishakiye twe tugasigara dukanuye gusa. Twamenye agaciro kacu muzajye mukonkobokera hirya niba muba mutazi icyo amago asonuye ntimukazajye mututwangiriza umwanya

    • @jamilairakoze6600
      @jamilairakoze6600 2 роки тому +1

      Bari gupfuma baja mwihotel

    • @kiberinkaaline
      @kiberinkaaline 2 роки тому +1

      Yeah ntawakwivanga mubyumugore numugabo

    • @nshimiyimanaalexis2706
      @nshimiyimanaalexis2706 2 роки тому +1

      Uko wagorwa kose ntiwakora biriya yari gusaba gatanya basi kariya ni agasuzuguro ka fooo

  • @fridahmurungi1789
    @fridahmurungi1789 2 роки тому +2

    Ingo zikigihe ni film kbsa🤔🤔🤔🤔🤔

  • @frankminani2265
    @frankminani2265 2 роки тому

    Pole sana ndugu yangu,bibaho mu buzima si wowe bibayeho bwa mbere si nawe wanyuma,ibintu byo uzaca ibindi haguma ubuzima nshuti,naho iyo ndaya yo yitambuke,ahubwo ushimire imana imugukijije,erega ni akumiro,umugabo muburiri bw'undi mugabo!
    Humeka gato wongere wisuganye,usenge,imana izaguha undi ukubereye,ntubabare ahubwo shima ko ukize satani!

  • @jeannemunezero8074
    @jeannemunezero8074 2 роки тому +8

    2021 !! Eee umugabo wambere ngo yaburiwe irengero !! Ahubwo ni wowe warutahiwe ushime imana !!

  • @dajoliemakutano4914
    @dajoliemakutano4914 2 роки тому +4

    Pole sana muvandimwe. Nje ndugu felicita, imana ishimwe yahagukuye urimuzima. Iyonda ntabgo yariiyawe. Ihangane imana igufitiye umufasha ugukwiye.

  • @Blackrwander
    @Blackrwander 2 роки тому +2

    😂 Hoya reka kwiyemera aho uri inzazame wa rutwee We , Simeon niwe mugabo ahubwo.

  • @nduwadesire2819
    @nduwadesire2819 2 роки тому +1

    Umugore ivyo yavuze birimwo une grande partie de verite.
    Uwu mugabo ,yari yateguye kwiba umugore,kubwo kumenyera ubuzima bwa high!!!

  • @ndagijimanacyprien3388
    @ndagijimanacyprien3388 2 роки тому +6

    Ubutaha azazane n umugore we kugirango hajye hamenyekana ukuri mu byo bavuga!!!!

    • @balancedlifetv
      @balancedlifetv 2 роки тому

      Umugore na we yaje, umwumvise wakumirwa!!!

    • @mutabazididier1883
      @mutabazididier1883 2 роки тому

      Umugore c wakumva ibye iki yarihakanye marriage ngo ni aniversaire

  • @uwasevanessa3710
    @uwasevanessa3710 2 роки тому +1

    Mvuye kumva ikiganiro cyiriya ndaya yawe mbonye akubeshyera nubwo nawe mbonye utari shyashya Nimana Yaguhannye kuko wataye abana wibyariye ugasanga abindaya Isangire Yesu Niwe Wenyine kdi nawe mbonye wiyemera mbese nawe urumuswahili mwahuye muhwanye

    • @Hano_kuri_Twitter
      @Hano_kuri_Twitter 2 роки тому

      Uwo Yesu uvuze ntabwo yavuga amagambo nkayo yawe wowe urinde wo gucira abandi imanza

  • @murekatetesarah6520
    @murekatetesarah6520 2 роки тому +6

    Sabin ko utamutubarije icyo yapfuye n umugore wa mbere batandukanye?

    • @oliviernkomezi4468
      @oliviernkomezi4468 2 роки тому

      Ahhhhh bose nabanyamujyi @sarah bose ni ba second hand ahhh niko bimera

  • @venerandamukarugerinyange7769
    @venerandamukarugerinyange7769 2 роки тому +1

    Pole Sana kabsa, umugore arakwakije Sana kumbe yanzu ntinakwanditseho? Ohhhhh pole Sana Mike

  • @nadiaumurerwa6548
    @nadiaumurerwa6548 2 роки тому +30

    Sinzi impamvu ndi kubona uyu mugabo nawe Atari shyashya

    • @josephineumuhire258
      @josephineumuhire258 2 роки тому +5

      Yewe nubwo ataba shyashya ububwo ibyo yakorewe byo ni agahomamunwa🤓🤓

    • @nadiaumurerwa6548
      @nadiaumurerwa6548 2 роки тому +1

      @@josephineumuhire258 uyu mugore yakoze sakirirego pe ark rwose nyuma tuzamenya ukuri kose

    • @fofo_Amigo254
      @fofo_Amigo254 2 роки тому

      Nshuti nubwo Yaba Atari shyashya Ark nukuri ntibikwiye pe. Umugore agasambana, en plus muburiri bwabo bombi vraiment

    • @nyandikira
      @nyandikira 2 роки тому

      Nta mugore wakora biriya gusa n ubundi

    • @happytuyizere2976
      @happytuyizere2976 2 роки тому +1

      Hanyuma uyu mike we uburiri baryamyeho ntabwo bwari ubwa nyiri rugo inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo

  • @rmf222
    @rmf222 2 роки тому

    Harimo ibinyoma byinshi. Birababaje. Abagabo biki gihe bashakisha ingo zabagore bimitima yoroshye bafite ibintu ngo abe aribo bababeshaho. Ni ijambo ry'Imana...Mube menge Yesu azaza nkumujura,.

  • @darcyandaisha3870
    @darcyandaisha3870 2 роки тому +3

    Disiii Mike ihangane jye ndazi ukwo bibabaza,iturize vrt uwo ntiyari uwawe uzabona undi w'umutima knd agukunda gusa ikimbabaz nuko Abo bagore aribo batuma tutibonera abagabo🙈😔

  • @roseb8052
    @roseb8052 2 роки тому +1

    Ihangane ndis waragendesheje erega uwarose nabi burinda bucya ntuhahanyazeutazanahasiga ubuzima vanamo akawe karenge ndabona usobanutse ihangane cyane

  • @fu6569
    @fu6569 2 роки тому +6

    Mike?????????????????????????????????????
    nzashyiraho commentaire nimumara kuvugisha umudamu

  • @patricknzamurambaho-rt2ic
    @patricknzamurambaho-rt2ic Рік тому

    Mike Pole sana kbsa komera nkumugabo ntakundi gsa ntiwihebe imana izaguha ibindi.

  • @khadidjakn.7806
    @khadidjakn.7806 2 роки тому +21

    Kurijyewe wagombye kumwihorera ,ntibyoroshye ariko uzabona undi ugukunda byukuri bro ihangane ibintu nibishakwa rekana nabo rwose 😢😰

    • @fifi6737
      @fifi6737 2 роки тому

      Ntamugabo winzererezi wubaka urugo.cyokoze ashake amafrw nibura abe ariyo ajya ateretesha abagore nibura abe ariyo bakumurikiraho naho rwose kubaka abyihorere si ibye.urusaza rufite abana n'abuzukuru kweli rukaza kubeshya hano

  • @alainmirimo9619
    @alainmirimo9619 2 роки тому +1

    Gusa Police ntiyitwaye neza pe Umunyacyaha atwarwa nkumuyobozi???????

  • @rems.partyofficially957
    @rems.partyofficially957 2 роки тому +13

    Kandi ubwo wasanga abanditsi ba films 🎥 bagishakisha ibyo kwandika🤷🤷, gusa sugushinyagura, I'm sorry my man Mike abagaabo bahura nabyinshi be strong

  • @vestinemukamurenzi5265
    @vestinemukamurenzi5265 2 роки тому

    Alors Mike pôle Sana humura Imana muri kumwe kdi yesu aragukunda mubo yapfiriye nawe urimo kdi Ingaruka azazibona Imana izaguhorera ibyoyakuriye byose kdi nakariya gasaza kazagwa kugasi ihumurire usenge cyane allah azagushumbusha

  • @kiri-za-2023
    @kiri-za-2023 2 роки тому +8

    Ngo "ninongera Imana izampane" 🙈 none isengesho rye Imana yaryumvise.
    Imana ni yo yonyine izagukiza iki gikomere 🙏🙏🙏. Ihangane muvandi. Birababaza cyane

    • @kiberinkaaline
      @kiberinkaaline 2 роки тому

      Imana ntago yaguhereza byo , iyo wongeye isubiza ibyo wivugiye , hahahahha

  • @rosygisa8746
    @rosygisa8746 2 роки тому +2

    Mu munye mike ni umuhwe mwagiriye mwakumirwa nawe ejo tuzabona bagufugiye kuryama nabana bato ubu wari wabipanze ngo umurye inzu yeeeee humura nawe imana izakwereka nuko yerekanye uwo mugore wawe

  • @juventinemujawase8901
    @juventinemujawase8901 2 роки тому +5

    Yewega! Yewega! Icyo bano bagabo bose barimo na Mike ni uko bose ari ba victime ba uriya mugore. Ahubwo I wonder what happened to the first husband lol lol! RIB weee urakurikire nyamara!

  • @abegadarl4716
    @abegadarl4716 2 роки тому +29

    Mike wee waretse tukibanira kureba abo twashakanye badashaka kubaka🥴
    It's a joke ariko birababaza gukunda umuntu ntagukunde 😭

    • @bj2907
      @bj2907 2 роки тому

      Nimwihangane nukuri😭

    • @rushayigiperpetue9821
      @rushayigiperpetue9821 2 роки тому

      Fatiraho rata maze ndore

    • @abegadarl4716
      @abegadarl4716 2 роки тому

      @@rushayigiperpetue9821 maze ndore 😂

    • @user-me7lu4sj1u
      @user-me7lu4sj1u 2 роки тому

      @@abegadarl4716 nyamara nanjye niko mbitekereza!aje tukibanira yakwibagirwa ibibi byose uwo mugore yamugiriye

    • @ashimwemariehortense5343
      @ashimwemariehortense5343 2 роки тому

      Yoooo
      Pole bro
      Urukundo rubaho kbs

  • @r.filsjoe6225
    @r.filsjoe6225 2 роки тому +45

    ABAGORE BAHAWE INTEBE AHO KUYICARAHO BAYIHAGARARAHO . ihangane

  • @mugisatv5301
    @mugisatv5301 2 роки тому +32

    May God keep you strong and safe 🙏

  • @umutonialine4182
    @umutonialine4182 2 роки тому +23

    Ça c'est pas facile but be stronger 🙏

  • @nagasengeimmaculee9127
    @nagasengeimmaculee9127 2 роки тому +27

    Uhombye arabyumenyera Mike umugore yarakubaze yagushakagaho ejo heza habana be kd warahamushakiye nta nuburenganzira ufite bwo kumuhururiza no kumutangaza atazakurega kumwandagaza kuko niba mutarasezeranye mu Murenge ubwo uri Mariyo bitewe nuko 1st uri mu rugo rwe, 2nd nta sezerano mufitanye kuko iryo mwidini ritemewe namategeko none rero hambira utwawe witonze uceho nkuko waje. Pole sana Mike

    • @hansbwanakweli1646
      @hansbwanakweli1646 2 роки тому

      Hhhhhhh ibaze barasezeranya 😇

    • @inyangeconsolatrice688
      @inyangeconsolatrice688 2 роки тому

      Umubwije ukuri kwizaaa peee.nubwo kuryana.

    • @mutabazididier1883
      @mutabazididier1883 2 роки тому +1

      Cyokoze ntabwo byantangaza kuko urumugore wikigihe uvuze utyo mwitwaza ngo mwarashyigikiwe none c gusezerana mu mategeko nibyo bikugira umugabo n' umugore harya abatarasezeranye ntacyo umuryango nyarwanda ubateganyiriza! Ngo ntaburenganzira amufiteho ewe ishyano ryaraguye peee

    • @cleopatra8481
      @cleopatra8481 2 роки тому

      @Immaculee, bwo byaba ari inzu yumugore se, ndetse bakaba bataranasezeranye ibyo uvuga, bimukuraho ko ari umugabo babana ndetse babyaranye? Ubusambanyi urabushyigikiye kuger’aho azana umugabo wundi mucyumba cyabo? Kuri wowe wunva ntakibazo?

    • @agnesuwizeye
      @agnesuwizeye Рік тому

      Sha ihangane lmana usenga izaguhoza amarira gusenga bitanga amahoro

  • @dorotheenimbona7061
    @dorotheenimbona7061 2 роки тому +11

    Oya raba umugore wawe niwe kirara. Uwo mugabo ntiyihamagaye

    • @Hhhhhjjdd
      @Hhhhhjjdd 2 роки тому

      Yeah umugore nicyomanzikabisa

  • @munyeshuridiane7624
    @munyeshuridiane7624 2 роки тому +2

    Ndumva ubeshya nkurikije uko utangiye uvuga ngo umugore yarakiguye maze asimbukira hanze ngo kd wabonye uwo mugabo arimo yambara ngo urworugi ngo washakaga kurukuraho ngo kd ufite umuhoro mucyumba ngo yashakaga kigutema ibirenge .Sha urabeshya ahubwo urumugabo mubi washakaga kwangiza uwo mugore .Reba nawe umugabo muzima amazimye ufite

  • @bernadettemukahirwa7600
    @bernadettemukahirwa7600 2 роки тому +14

    Cyokora disi wifitiye umutima mwiza ihangane ariko ndabona muzasubirana tu

  • @matalpha04
    @matalpha04 2 роки тому +22

    Papa Mike abakobwa bazi ubwenge bakuze baryoshye barahari humura reka mayibobo...Abasambane be bazisortinga ...ariko bano ba kivanvari baba baryoshya igituba cyane kuburyo ugiyeyo nta bwenge agira ahorayo akazakurayo imbwa yiruka...Iki kigore si kiza mu maso ariko reba ukuntu giteje induru buriya kumbasi yake ni mama aake....

    • @lyricsworld7533
      @lyricsworld7533 2 роки тому

      Hhhhhjjjj 🤣

    • @lyricsworld7533
      @lyricsworld7533 2 роки тому

      Hhhhhjjjj 🤣

    • @annej.i5028
      @annej.i5028 2 роки тому

      Abagabo benshi ubwenge bwanyu bw'imukiye mu pantalon Kuvuga ubusa bakamuha liké nkizi mufite igikoma mu mutwe🙀🙀🙀

    • @matalpha04
      @matalpha04 2 роки тому

      @@annej.i5028 Icyo wita ubusa sinkizi...Sinzi niba abari muri kiriya kibazo ari abagabo gusa nta mugore ubirimo ? Muzira kutavuga ukuri ese icyo tuvuga kitariho ni ikihe ? Shame on the wife uzana UNDI umugabo murugo aziko rutahamo umugabo yita nyirurugo...Shame on the man ujya mu rugo azi neza ko harimo undi mugabo nyirirugo....Dupfa ubusa nyamara nabonye iyo umuntu avuze ibintu mu mazina yabyo ab'ubwenge buke barakara....None ibi wabisobanura ute niba umugore ataryoshye ni iki cyatuma umugabo ufite ubwenge afata risk ingana gutya akajya kurara mu buriri bwa mugenzi we ...Come on ..Si nkeka ko abagore aribo bafite ubwenge bwinshi kuruta abagabo....noneho....Uko abagabo bakunze ijipo niko n'abagore niko mwasariye imboro.... Gute umugabo akubabaza ugahamagara undi mugabo ngo akurongore ? Gushwana mu rugo noneho bitera umugore gushyukwa ? Ariko noneho ndumiwe......

    • @matalpha04
      @matalpha04 2 роки тому

      @@annej.i5028 Ese ubundi mushiki wa ?Ibitsina twahawe bimaze iki atari uguhura ? Ko mu binyabuzima byose iryo rarikira rihari ? Ese i Imana yabiremye ikabishyira mu bantu yaribeshyaga ? Imyumvire igaragaza ko mu guhuza ibitsina ari umugabo wunguka umugore agahomba iba muri africa gusa.....twese tworoherana...Kwifuzanya ni both sides...agapira hafi diii ahubwo mwumvikane and be happy

  • @imfuratvshow8043
    @imfuratvshow8043 2 роки тому +5

    Wanga uguguna igufwa ukazana urimira bunguri

  • @simoncussonet9981
    @simoncussonet9981 2 роки тому

    Ntimukicwe n,agahinda mujye mutobora muvuge ibyo byomanzi bitazatuma musara mwa bagabomwe! Maman wawe yubahwe yakureze neza yari yaguhaye n umugisha ubwo wari uvuye kumureba! Habwa umugisha kutaganzwa numujinya na kamerembi. Imana izakumwenyuza reka uwo mu benshyi ngo si ubukwe mwakoze ni anniversaire? Kudakora ubukwe se nibyo byatumye aguca inyuma. Abagore bamwe ni uducakura ! Indaya si abantu! Komera.

  • @umuhozasandra2138
    @umuhozasandra2138 2 роки тому +9

    Yooooo pole Sana mike!!!!! sad story 😭arko kuberik abantu bahemuka kweri....ntago warebye kure kuko yakomeje kukwereka signe zuko atagukunda peeee burya urukundo nimpumyi koko... Imana iguhe umutima ukomeye ntibyoroshye 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭

    • @Mapuwa
      @Mapuwa 2 роки тому

      Aba nibo batuma urukundo rubura

    • @cyusajohn6513
      @cyusajohn6513 2 роки тому +3

      arabeshyera umugore pe, nukuri ntimukihutire kwemera ibyo umuntu avuga kuruhande rumwe. uyu mugabo nimwumva ibye mukumva n abana yihakanye muzumirwa

    • @IsimbiN
      @IsimbiN 2 роки тому

      @@cyusajohn6513 😂😂ndabona nawe ushobora kuba wahereye kuri interview y umugore nkanjye!😂😂ka numve nuyu mugabo ibyo avuga

    • @umuhozasandra2138
      @umuhozasandra2138 2 роки тому +1

      Bose sishyashya.gusa uko byagenda umugore numunyamafuti menshi...ntiyagombaga kwinjiza umugabo muburiri bw,undi mugabo... urukundo rwikigihe ni Business

    • @yvonneayinkamiye7130
      @yvonneayinkamiye7130 2 роки тому

      Ibyurugo bimenywa nabanyirabyo

  • @smjl1516
    @smjl1516 2 роки тому

    URUMUTETSI WUMUTWE EREGE, Nkurebye nabanje kureba iya MADAMU

  • @niwemugenidonatille6433
    @niwemugenidonatille6433 2 роки тому +3

    Mike rwose pole sana!gusa nigeze kumva ukuntu umuntu ngo ashaka ari business nkagirango ni ukubeshya none ndabyiboneye! kurikirana ibyo wamutanzeho!nakwihakana nawe azerekana amafranga yakoresheje yubaka iyo nzu aho yayakuye!quand meme ntabwo waviramo aho ubutabera burahari bwiza mu Rda!gusa jya kure ye udatakaza ubuzima kko uwo si umuntu wo kubana nawe mu nzu!ariko yakuzijije iki koko!??gusa akweretse ko ibibonerana byose atari zahabu!ati ndatwite yavuyemo,ntwite indi!yabonye ukennye abana arakuragira!uwo ahubwo aboneza urubyaro niba utabizi ntamwana akeneye uko namwumvise!ariko se koko waraperereje usanga umugabo we wa 1 yaraburiwe irengero?

  • @kuradusengeismael
    @kuradusengeismael 5 місяців тому

    Abubwo simeo nimfura yafashije uyu mudamu cyane warumurangije

  • @bravotonic4486
    @bravotonic4486 2 роки тому +17

    Shima Imana nubundi wamurushaga ubwiza rata

    • @Niyiturinda
      @Niyiturinda 2 роки тому +1

      Umusore mwiza cyaneeee.yazize urukundo......rwinshi..ntitukurenganye....birababaje

  • @ramsonmugisha961
    @ramsonmugisha961 2 роки тому +1

    Pole sana Mike ,. Ubundi abagore bameze nkuwo wawe ni benshi buzuye muri Kigali , ubwo nyine urize ubutaha uzahitemo neza nubundi gukunda umugore nk'uwo wari kuzasaza nabi ukennye , usuzuguritse . Courage bro abagore beza bariho mureke akomeze ubuzima bwe .

    • @shekadiane7194
      @shekadiane7194 2 роки тому

      Arikuvuga nkumuteka mutwe mumurebe mumaso neza c un farceur

  • @bisteven101
    @bisteven101 2 роки тому +3

    Pole muuvandimwe, ariko ushimire Imana kuko hari icyo ikurinze gusa komera. Ndizera ko Uwiteka azagushumusha undi mugore ugukunda.

  • @gogouwineza5704
    @gogouwineza5704 2 роки тому

    Uyu mugabo yahuye nuruva gusenya pe
    Iyo umugore abaye mubi aba mubi pe niyo mpamvu burya tujye twemera ko ni ihohoterwa rya abagabo rihari .pole sana Mike.

  • @jeannegakinahe3596
    @jeannegakinahe3596 2 роки тому +20

    Ndakeka uyu mugore yarishe umugabo we wa mbere, rib ikwiye gukora ankete !!!

    • @shumbushomichael
      @shumbushomichael 2 роки тому

      😂😂😂😂😂 Wasetsa wasetsa koko! Rib?😂😂😂

    • @ntihemmy
      @ntihemmy 2 роки тому

      Duhuje iyo common sense!

    • @YvonneKaligirwa
      @YvonneKaligirwa 2 роки тому

      Uramushinje pe! Kandi yasobanuye uko yabuze kandi ntiyabeshya kuko Police ifite iyo dossier ntiyabeshya.