Igiterane mbwirwaruhame cyaberaga mu Biryogo ahahoze isoko igice cya 2
Вставка
- Опубліковано 28 вер 2024
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV
I like the swallow and mechanical way of how these Muslims explains the bible! And they’re confident in their swallow bible know how!
Uwo mugande turamwinginze ajye areka gusebanya age abeshya ibye ave mugusebanya kd agire uburere mumyigishirize ye
imyigishirize ye uyumugande azayivugurure.nta discipline agira
Allah akbar
Imana ibahe imigisha bi siram
Allah akupige lana
Allah Akbar 🙏🙏sege ndakwemera cyane Allah akwishimire
Allah akbar hagji Kamana seige ndakwemera Imana izaguhe jana.uwo mupastor mumubwireko impamvu mukoresha bibiliya aruko aricyo gitabo abachrito bakoresha kd aba postor bagakinga ibikarito abo bigisha ntibabasobanurire neza nibemere ukuri be kwinangira imitima,Ikindi kuba yaravutse kubwumwumka sumwuka kuko natwe tuvuka kubwintanga kd turi abantu ntituri intanga
Uyu pasteur arikutwita ababeshyi ngo kuko dukebwe ubwo na Yesu amwise umubeshyi kuko na Yesu yarakebwe Peter yarabavangavanze
Assalam alaykum warahmatulluh wabarakatuh sheikh turashakako muzadusura Rubavu gisenyi mukadukorera igiterane ibugeshi
Takkbir. Allah akkibar
Kamana sulaiman sege aratangaje Allah akwigishe
Mwinyuraguramo gusa
Allah abahe ibyiza ba sheihk bacu mukazi katoroshye.
Uyu mugande yarasaze
Mubwire intumwa zose zarapfuye hasigaye yesu apfe nawe atazaza kubaho igihe ce Allah yamubikiye acapfa nkabandi eregabo barabakoreyeko barabayovyubwenge nivyo mwabigishije vyuko Alla yaremye abantu namashetani nibikoko nibindi tubona ubwenge ko nabwo butuma wahitamwoneza wapi ntibatahura namba
Disorganized pastors
Na iyo sema yategekwa mutume wacu MUHAMMAD S.A.W irimuri bibilia ko azategekwa vuga kandi hazazururimi rumwe igitabo kimwe idinimwe itazohinduka muri bibilia sasa bazebajakushabarya nyene mumashengero apanumwisiramu yizeye akanigicarico MUHAMMAD nidini
Asaalam alaykum walahmatullah wabarakatu nukuri batibiryoshye
Hano umusiramu aratashye😂
Ikindi nakongeraho aba bapaster ntibigisha ahubwo barasebanya nimba dukoresha bible ngo tubahe ukuri bo bagiye bakoresha quoran bigishaka bakareka gusebya intumwa yacu Muhamad s.a.w
Subuhanallah .Allah Akbar.ariko niyo waba udasobanukiwe uyumurongo ahudasobanutse nihe? kuba Allah yaraziruriye Muhamadi s a w.bariya bantu batotse ibere rimwe mugihe haruwo ashatse gushaka muribo ikibazo kirihe? ese kugirango twororoke ntibaziko Adam a s yabyaraga abana bamapasa umuhungu numukobwa ariko umuhungu akazashaka uwobatavukanye.ese tugaruke twe ubwacu ntabantu barongora babyara babo.....kuba Allah yaraziruriye Muhamadi bariba bose bivuzeko nikose yaryamanaga nabo hadji ndababaye abadamu bintumwa yi Imana Muhamadi s a w barazwi ntampamvu yokumwita umusambanyi.umupasiteri utagira adabu ngewe namubonye karekose.numva kumugarura wapi.ntago bazamuyoboka yirirwa asebya abandi.Allah niwe uyobora mubyukuri aduhe kugira subira.twinjiye idini ya Allah ntagahato.tuyijira muburyo butandukanye Allah aduhe gukomeza kuyishikamo.sindarangiza ikiganiro mpise cika intege pe ndababaye
Assalaam alaykum warahmatullah wabarakatuh wicika intege muvandi kirebe cyose ukirangize kiraryoshye
Nagishoze muvandimwe.najekuryoherwa
21:46 nk'ubu ngubu uyu mugabo w'agatwe kabi nk'aka kanjye muba mwamukuye he koko?!🤣🤣🤣
Mayibobo
Mureke kutubeshya mwa bafariseli mwe
Arikosha abisramu bomurwanda bamwazatumiye abakristo biburundi bakaba jijura
Tijijure wowe
This Man in black Suit! He is a good planner of a serious LIE. Arafifika mpaka gusaaa tuuu. Allah amuyobore kuko We ubwe arakabije pe.
Uwo mugambo nta ndero afite .abayeho nka mayibobo.
Muravuga ngo Muhammad yemerewe kubarongora, mufite ahagaragaza ko atabarongoye?!!
Uyu muhubiri WE ko arenze arimo kubikura hehe ngo yesu yaribye hhhhh
Uyu mugande ni injiji ya mbere yibereye ku isi
Injiji ni Sege utazi gutandukanya abahanuzi n'abami
Umuntu babaza abahanuzi ati Dawidi?!
Baba banyoye
Asalaam wa'alaikum, byerekana ko Yesu yavuze ko hazaza abemera ukuri bazasenga berekeye maka. Hari verse ibisobantura neza muri bible
Aslam alikm warahmaturullah wabarakatuh ALLAH abongerereI MAHAMA CAMPturabakurikira Muzahare naho muhamyonyore
Imana ibahe imigisha basheikh back,much respect
Noneho gusambana murabyemeje kuko muhamadi yabikoze?? Mwibuke ko uwo bafashe asambana bakamuzanira yesu nubwo atamuciriyeho iteka, yaramubwiye ngo URABABARIWE ARIKO NTUKONGERE GUKORA ICYAHA.
Jesus Christ is the lord and savior believe in him and you will be saved
Ntabwo mutwigisha ahubwo ndabona ari ungutukana.ibyo muvuga byose ntanaho mbiri
Allah akibr ndabakunda cyane
Numero yawe muvant
Uyu pasteur arikutwita ababeshyi ngo kuko dukebwe ubwo na Yesu amwise umubeshyi kuko na Yesu yarakebwe Peter yarabavangavanze
W2
🤣🤣🤣simbabeshye aba bapaster ni duseke pe
Non nkuyu mu pasteur ntamaramara kwel?
Takibirr Abo bapasiteri baraparamiyaa bible ntayobazi bible irimwo imvange babavangiye mutakare barabokeje mukiribazima urya oaulo na yesu yaramuvuze kwazazaguhinduramabwirizwa yahise yongeraho injili azana bishasha kandi na yesu yarivugiyeko atagishasha kizaza ivyamyeho bizakwamaho yesu yamuvuze MUHAMMAD S.A.W kwazaza nase wamuhamadi ataravuka yesu yaraziko kibla kizajimaka
Ese ko mubuzivyomusigura ati nabami nabami atarintumwa? Ee wiziroma nyene ntamuntu afisumuka wera umuka weruvakwa Allah mwe meicare murye amahera yabaroma nabongereza mubeshivyomutazi muzoyangara kumpera y'isi Allah azababazivyo indimi zanyu namaboko yanyu vyahiye birabeshabantu mwongera muhindura amahambo ya Allah
Ese ko sara wa Aburahamu yamurongoye mushikiwe nabibilia ibivugaho
Numvaga abasiramu bavuga bible nkagirango barabyumva. Ntabwo bazi gutandukanya Abami (kings) nka Dawidi,Saloon, Sauli hamwe nabahanuzi nka Eliya, Elisa?!
Hadji arantunguye
Imana ikuyobore. Niba itarakugeneye kuyoboka ntuzapfe utabonye.kasajya gwe uliko ekikolimo
Allah abahe umugisha🙏
Muri kwikorera dosiye
Asaalam Alyikum warahmatullah wabarakatuh bavandimwe aba ba pastor 🧏🏻♀️ wapi pe 😂😂😂😂
Sindayigaya Musa Asante San kunyigusho nziza uwumva yumvise. Mansha'allah
Ndabakunda ba Sheikh bacu Allah abishimire.
Nyagasani abongerere
Bo kubwenge bwabo bibazako yesu kuberako arigitangaza ngo niwe Mana oya da Imana ntiboneka