UMUSORE TWAKUNDANYE IMYAKA IWABO BANYANZE KUKO MBYIBUSHYE!! ABANTU BARANTOTEZA KANDI NTAKO NTAGIRA!

Поділитися
Вставка

КОМЕНТАРІ • 587

  • @mugabeyvette3610
    @mugabeyvette3610 2 роки тому +30

    Uwo muntu Ntagukwiriye, rwose kuko ukwiriye umuntu ubona ubwizabwawe, koko urimwiza Imbere ninyuma, wagize Imana ikurinda uwomuntu nawe utiyizi!! Mukutisobanukirwa yaribuza gutere agahinda!! Humura haruwo Imana yaguteguriye👌Umuntu nkuwo ntazakubabaze kwagiye, ahubwo uzishime kuko, haribyo yatumye wiga, harizindi mbaraga yatumye ugira, niba uza kuri camera ukatubwira histoire yawe nuko haraho yakugejeje, ushaka gusangiza abandi. Tu es belle et courageuse 👍👍🙏
    Gusa Ngenabaza uwomu type nabandi bafite mentalités nkiye, ushaste Umugore ananutse, mwamara kubana akabyibuha wamushyirahe??????????????? c'est dingue ça 😳😳

    • @sophietoni7940
      @sophietoni7940 2 роки тому +2

      Exactement...
      Et merci de tt dire🙏

  • @kayesuannah3307
    @kayesuannah3307 2 роки тому +25

    Jessica your so beautiful Don't stress yourself ngo hot water , lemon and etc
    That guy didn't deserve you my dia there's the right person for you out there and he is waiting for you baby 😘 ur so pretty 👌

  • @ArletteUk
    @ArletteUk 2 роки тому +19

    uri mwiza cyane Jessica!
    Abantu nibo bafite ibibazo bakirebera umuntu inyuma. iby'igiciro bihishe mu mutima....
    Tanga ubwo butumwa hose bakumva rwose.
    Thanks for sharing...
    God bless you abundantly

  • @heartonfirechannel8638
    @heartonfirechannel8638 2 роки тому +13

    Ihorere kibondo. Uwiteka Azi ibyacu, iyo agukuyeho ibyanduye haba hategurwa iby'umugisha. Courage rukundo❤️

  • @drlovemc7709
    @drlovemc7709 2 роки тому +48

    Mama,, Jessica uri mwiza pe! Some people don’t know how to see beauty and that’s not your problem my dear! What I can tell you’re gorgeous, and wonderful made. I love you!!❤️❤️❤️❤️❤️

  • @nyabyizajudith
    @nyabyizajudith 2 роки тому +27

    You are beautiful just the way you are. You don’t have to change anything to fit someone’s standards’ of beauty!! Love you girl♥️♥️♥️ you’re wonderfully and beautifully made hon

  • @lilianeruzindana1436
    @lilianeruzindana1436 2 роки тому +17

    You're so beautiful Jessica, charming, beautiful skin. May the Lord bless you abundantly for speaking out and encouraging others out there

  • @clementinemahoro1437
    @clementinemahoro1437 2 роки тому +27

    Icyakora rwose ndabona hari abasore bareba Imirari pe. Jessica rwose kuri njyeww ndabona ntacyo ubaye!! Ukomeze wigirire confidence. Ushimire Imana kandi igihe ugihumeka. Imana iragukunda cyaneeeeeee❤❤❤❤❤❤❤kandi igufitiye surprise🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏Naho ubundi nyina wuwo musore uzamwihorere we n'umuhungu we sinzi ibyo bikiraga🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭 Nshimira Imana ahubwo kuko umugabo wanjye yankundiye ko mbyibushye👍👍👍COURAGE JESSICA👍👍👍👍

  • @User.k146
    @User.k146 2 роки тому +31

    Njyewe ndabona uri mwiza cyane Nukuri 🥰❤️

  • @simoncussonet9981
    @simoncussonet9981 2 роки тому +16

    Tu es très belle en plus naturelle! Tes cheveux naturels j,adore!

  • @amahoromurwanda5177
    @amahoromurwanda5177 2 роки тому +3

    God blessed Jessica and gave her all natural beauty, everything about her makes her outstandingly beautiful!

  • @epiphaniebatalingaya9232
    @epiphaniebatalingaya9232 2 роки тому +9

    Mana we uri igitangaza ahubwo, umutima wawe wonyine ni zahabu. Uzirinde ayo ma régîmes atanakurwaza. Uwawe Imana iramufite♥️

  • @rwampororosamuel2329
    @rwampororosamuel2329 2 роки тому +5

    She is real beautiful indeed.
    Looks kind hearted plus beuty

  • @annetsessanga2361
    @annetsessanga2361 2 роки тому +4

    Your such a beautiful girl, believe in yourself, have confidence. God will bring the right person for you.

  • @Sewingfreely
    @Sewingfreely 2 роки тому +18

    None se uri munini utarwaye, undi akaba muto ariko arwaye wahitamo iki? Sinzi igihugu urimo gusa ndakumva ku rurimi nkumva twumvikana. Gusa rero kurige sinkuboha mo ubunini bubi , uri umuntu ge nshima uko umeze kandi ufite umutima w, ubumuntu.abo rero baguca intege ukabemerera, ndabashyira mugatebo kamwe, ntimwemera Imana.unyemerere ufungurire yesu umutima wawe yesu, azakuringaniza.impamvu mbikubwiye ha4i ababyibuha cg bakananuka bitewe na stresss. Reba yesu bizarangira.ndagukunda yesu akandusha.

    • @ornella1800
      @ornella1800 2 роки тому

      Ikiza nuko wabyibuha utarwaye ikibazo nuko umubyibuho ukabije uko byagenda kose birangira bizanye indwara zitandukanye hari naho bigera iyo bikabije cyane umuntu akananirwa no kuva aho ari

  • @nsengiyumvafrancois523
    @nsengiyumvafrancois523 2 роки тому +10

    U can’t believe me, I really like these types of ladies. Jéssica is beautiful

    • @benjaminmukeshimana968
      @benjaminmukeshimana968 2 роки тому +1

      You are like me. Nagize amahirwe uwanjye agira size nkunda nkiyi kabisa. Abananutse shwi daaaa

  • @mignonneraissa2270
    @mignonneraissa2270 2 роки тому +10

    Ukuntu urimwiza nibyo bitangaje ntanubwo ukabije nkuko bagutesha umutwe arikubundi kucyi tuvunwa nimitwaro batadukoreye Koko twajyiye duha abantu amahoro 🙄🙄🙄😚😚😚narishakiye ndinanura mbishaka mpageze ntaranamara umwaka ngurugo rwaracanze ndumagara ubundi murwanda haba abantu benshi bavuga Koko,ntibazi icyo navuganye numugabo wajye bati urugo rwabaye imvajye ubundi Koko turwaye iki,urashaka bakakubarira azabyara ryari ese ntayajyanye mana jyeww noneho ntinya abantu bavuga ninkuru batazi byanteye akantu kokwihisha nkumva sinshaka kwegera abantu cyane

  • @tayebwastephen6803
    @tayebwastephen6803 2 роки тому +3

    Sometimes people want to keep ur mind captive just because of their negative attitudes but I want to openly tell u that u so beautiful and elegant, size is nothing, actually in Uganda we applaud it

  • @hillgift7773
    @hillgift7773 2 роки тому +7

    She’s so beautiful 😍 don’t minds about the blinds people with their 🤯🤯
    You’re not fat baby coz there are some people they can’t stand where they are ! Don’t blame God’s for His work! He created you in His image and you’re lovely 🥰 just love yourself don’t mind the weaker with uncourageous mindset!!

  • @rwabugiri4317
    @rwabugiri4317 2 роки тому +8

    You are so beautiful and so smart and we should know that the beaty is not what we see outside but inside 😍

  • @divineingabire8359
    @divineingabire8359 2 роки тому +2

    OMG,She is so beautiful❤

  • @kuradusengepetronilla9159
    @kuradusengepetronilla9159 2 роки тому +4

    Egoko Mana!urimwiza pe!très sympatic ndetse!Iturize rwose uge ushima Imana Imana uko uri

  • @umwanahajati1231
    @umwanahajati1231 2 роки тому +6

    Sweetheart you're a very beautiful woman in and out. Be happy and enjoy yourself, brush off people's attitude towards you off your shoulder. Reba who ugya/imbere don't look back. Bless your heart. You go girl

  • @kiberinkaaline
    @kiberinkaaline 2 роки тому +8

    You are very beautiful, and you will get someone who appreciate and love you the way you are... the impossible does not exist my dear , the impossible is the possibilities that you dont undersand yet,,,..ibyo ushaka byose uzabigeraho...!

  • @gatesiyvonne6017
    @gatesiyvonne6017 2 роки тому +10

    😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭pole sweetheart urimwiza cyane nukur ukwangira uko ungana ninjiji

  • @agneskayitesi
    @agneskayitesi 2 роки тому +4

    Umva urimwiza cyane rwose, urumukobwa mwiza pe, ntukite kunjiji

  • @buzimanubeho
    @buzimanubeho 2 роки тому +4

    Umubyibuho urarwanywa 100% bigakunda,ububi kwi isura bijya bihinduka,ariko umutima mubi ndakurahiye ni aha Yezu na mama we ,ndagukomeje ntugakomereke mukobwa mwiza....😇

  • @blackuniverse2662
    @blackuniverse2662 2 роки тому +2

    You are lovely just the way you are and you don't have to change a thing😍

  • @alicemunezero7635
    @alicemunezero7635 2 роки тому +6

    Courage mwiza,,,,,ntago biba byoroshye,,,,batwima n'akazi ngo turabyishye. Turi beza uko twaba tungana kose.

  • @amahoromurwanda5177
    @amahoromurwanda5177 2 роки тому +1

    She is really beautiful! It seems she has a golden heart this sister of mine!

  • @gen.e.israel508
    @gen.e.israel508 2 роки тому +3

    Dear Jessica, I have one word for you, "God who is your maker has a perfect plan for you 🙌".

  • @mukazananellystella6997
    @mukazananellystella6997 2 роки тому +5

    Fat or skinny, tall or short...every girl is beautiful in her own way
    Above all you are beautiful 😍 Jessica
    Don't mind them... people will always talk and you can't stop them 💯💯

  • @mutoniwasedenyse6718
    @mutoniwasedenyse6718 2 роки тому +4

    Girl you are so cute let those people talk just be your self 😍 somebody' son go love you one day🥰

  • @thierryshema2898
    @thierryshema2898 2 роки тому +13

    Ark bambe nukuntu nikundira abantu banini! Courage kdi izo complex enferiorite ntiziguherane kuko abantu bagira type bakunda especially nkanjye nkunda ibibaju

  • @jpmanman1570
    @jpmanman1570 2 роки тому +9

    Nukuntu urikiza, he doesn't know what he is missing.

  • @morioxmedia
    @morioxmedia 2 роки тому +3

    You're so beautiful Jessica

  • @clementineu4409
    @clementineu4409 2 роки тому +14

    Bantu mudukomeretsa NGO nuko tubyibushye
    Imana ibahe imbabazi

    • @TheBizuzu
      @TheBizuzu 2 роки тому

      Imana Ijye Ibababarira gose😥

  • @bigdealer9762
    @bigdealer9762 2 роки тому +5

    Ngewe abantu muransetsa pee kuba ubyibushye se bitwaye iki koko🤔 ngewe nagukunze nuko ntari umuhungu ariko nzaguha musaza wange😂😂 nako u deserve more bby umva ur beautiful❤❤❤😘😘

  • @alphonsengarambe4276
    @alphonsengarambe4276 2 роки тому +16

    Jesca:
    1. Unanutse cyane nibyiza hoya!!!
    2. Ahhhhh kubamunini sicyaha ni ibyiimana yaguhaye
    3. Bumukristo
    Wihamire mumana
    Ufite300kg
    Psychology:
    Bavugako picnic:
    Numuntu ubyibushye cyane
    Arangwa numutima mwiza
    Akundabantu
    Ntabwo agira inzika
    Please niba mutari mubizi umuntu nka jesca:
    1. Buriya ni sans lancune: ntanzika
    2.buriya akunda abantu
    Unanutse:
    Benshi ni opposite ya picnic
    Unanutse ni :
    Leptosome
    Uri moyenne bamwita atlethique

    • @heartonfirechannel8638
      @heartonfirechannel8638 2 роки тому

      Ndabikunze

    • @lrutagengwa2875
      @lrutagengwa2875 2 роки тому +1

      Ngo maman we ntakunda uko ungana? Egoko ! Hari abakecuru bajya mu bitabareba. Umubyeyi akunda uwo umwana akunze. Kubuza Umuhungu gukunda umukobwa mwiza nk uyu ? Ni abaswa babi . Ntukababare na gato .

    • @lrutagengwa2875
      @lrutagengwa2875 2 роки тому

      Ibiro Bivaho gake gake, uzagure umunzani, ubundi ujye ugabanya ho Duke ku byo urya ( kugabanya cyane ntibyakunda) ,

  • @Texas-w7s
    @Texas-w7s 2 роки тому +6

    Uzababyireko twedukunda abantu banini ❤❤

  • @gwizagiftnana4233
    @gwizagiftnana4233 2 роки тому

    my Jessica love you just, you are very beautiful with great heart, very humble, kind and hardworking etc...

  • @niyoyitacharles1104
    @niyoyitacharles1104 2 роки тому +1

    Wauuuuuuuu urashimishije kuko nanjye ndimunini cyaneeee nukuri harigihe uhura numuntu akaguca intege nanjye nariyakiriye

  • @nyiresthertv8572
    @nyiresthertv8572 2 роки тому +1

    Uzakureho icyo gikuta imbere yawe Jesca ! Uri mwiza cyane ntibakururire ku mubyibuho wawe , uzikunde uko uri unakura mu nzira yawe abatakubona ko uri mwiza !

  • @phionamurekatete6466
    @phionamurekatete6466 2 роки тому +1

    Sha yo beautiful enough 😍ahubwo ntubizi nokubyibuha uvuga nibenshi bakuruta cyaneeeee kandi bikunda bakanakundwa naho uwo ntiyaruwawe kbs sha uraberewe ufite ubwiza budasanzwe ibyabahungu nabagabo byo namayobere gusa uwawe azaba ahiriwe azagira mom wabanabemwiza pe

  • @vickynzabonimpa2765
    @vickynzabonimpa2765 2 роки тому +4

    Jessica. Uri mwiza cyane. Imana iragukunda kandi igufitiye imigambi myiza cyane. Ma fille compte surtout sur le Seigneur Jésus-Christ qui tout payer pour toi. Kundwa n'Imana cyane. Abantu nibagukunda Imana itagukunze ntacyo bimaze. Uzakomeze gukunda ntuzagane abatagushaka uzabihorere ukomeze ibyawe uko Imana ikuyoboye. Komera mukobwa myiza ibyawe birahari. Sois bénie abondamment.
    Nshimiye na Gérard cyane. Uzabwirire abavandimwe ko kuvuga amagambo atari meza kubwira umuntu bibungura iki mubuzima bwabo?? Ikindi amagambo meza abambura iki mubuzima bwabo?? Babyeyi, bavandimwe, abana bacu n'inshuti duhorane icyubahiro kuri buri muntu wese igihe cyose , ikindi urukundo rutavangura abantu. Mugire amahoro y'Imana mwese.

  • @francoiseakayezu3954
    @francoiseakayezu3954 2 роки тому +5

    Immana ishimwe kuko yakurinze uwo mukecuru kuko yari kuzakunywesha amazi nikanya kdi ntaho wamushyira elle fait partie de ta vie(ta famille),ariko byihorere mwijuru dufite Immana reka nkubwire akantu my dear when you are not ready to be ashemed you are not ready to receive from God ok nuko ntahantu nakubona ngo nkubwire kandi bazakwifuza in God we trust

  • @ericnshimiyimana5320
    @ericnshimiyimana5320 2 роки тому +3

    Jessica is beautiful with a great personality ❤️❤️

    • @nkurunzizaprince1871
      @nkurunzizaprince1871 2 роки тому +1

      Jessica uri mwiza gusa abantu bakomeretsa bandi baba bagomba no kujya mu gihome kuko si byiza

  • @richardbrangis972
    @richardbrangis972 2 роки тому +3

    Gérald i love your job,ndakwemera man love from🇹🇿🇪🇦

  • @niyonzimajeanpaul2613
    @niyonzimajeanpaul2613 2 роки тому +1

    Jesca Urimwizaaa!!!! Ahubwo Murwanda Turacyafite Ibibazo Sha Jesica Uwakwereka Ukuntu Imana Igiye Kugukorera Surprise Nuko Utanyemera ngo Nkwihoreze Gusa Wumveko Urimwizaaa cyanee kd Byumwihariko Imana Iragukunda Kurusha Abo bakwangira Ubwiza bwawe

  • @bigirimanahussein6493
    @bigirimanahussein6493 2 роки тому

    Yooooooooo ndababaye pe she's beautiful and then be strong my dear sis

  • @mmmuge3822
    @mmmuge3822 2 роки тому +10

    she is so pretty in & out

  • @niwemugenielyserosine9293
    @niwemugenielyserosine9293 2 роки тому +2

    You are so beautiful Jesca
    Urakoze cyane kubivuga Hari benshi ufashije 🙏🙏

  • @rukoranyangabo9128
    @rukoranyangabo9128 2 роки тому

    Ariko shahu n'imwiza mana.... more than beautiful...
    I like the color.

  • @theodosiesiboniyo8050
    @theodosiesiboniyo8050 2 роки тому +5

    Ubwo umwami Yesu agukunda! Uri amahoro!!!!!!!!!

  • @kanyamunezagrace3686
    @kanyamunezagrace3686 2 роки тому +3

    Oooh uri ikibajoux sha, yre so beautiful 😍😍😍😘

  • @muhimpundunourah6438
    @muhimpundunourah6438 2 роки тому

    Uri mwiiiiiza ma cherieee,urimwiza cyaneeee,rebera kuri trecy,akurusha ubunini nimwiza,yabonye umugabo mwiza cyane umufata nkumwamikazi,so igirire icyizere wikunde kuko uwawe arahari...

  • @nduwayezuemmy4098
    @nduwayezuemmy4098 2 роки тому

    Mbega mbega, Igikobwa kiza! Sha ntabwo Arukuguhumuriza pe, Urimwiza kdi Ubunini bwawe burakubereye! Abakwifuza cg bifuza Abakobwa banini nkawe turibenshi cyane!. Urimwiza Cyaneeee nanakwikundiye😍

  • @Isookoyibyiza
    @Isookoyibyiza 2 роки тому +2

    Urimwiza cyane peee don't mind what people say about you, abantu ntawushimwa nabose be proud of who you are again you're so beautiful #lucky tv1 from Nairobi

  • @uwamahorodevothe8593
    @uwamahorodevothe8593 2 роки тому +1

    Sha uzarebe umuntu witwa Tracy Gasaro, agukubye nka 3, kdi icyo mukundira yariyakiriye

  • @murekeziful
    @murekeziful 2 роки тому

    Ibisore by' iki gihe sinzi iyo biba bireba, uyu mukobwa namutwara ibindi bikazaza nyuma!!! Mbega umukobwa mwiza!! You are so beautiful

  • @erica9758
    @erica9758 2 роки тому

    Imboga zibona abana walayi. Naturel nkiyi kweri so beautiful. But inama namugira azajye kumu nutritioniste. bifata igihe ncuti yanjye kdi courage ukoze sport ukita kumirire byaza mukobwa mwiza.shaka incuti zikunda sport ziguha courage.good luck

  • @immaculeenyampinga1070
    @immaculeenyampinga1070 2 роки тому +2

    Yooooh uri mwiza cyaneee. Ibisatsi byiza skin nziza. Ntawe musa ahubwo

  • @bigwifranco5624
    @bigwifranco5624 2 роки тому

    Nimwiza yakajara abana beza😍😍😍😍🥰🥰🥰😍😍😍🤩🤩🤩🤩🥰🥰👌👌uwo musore ugendera kumarangamutima yanyina mubyukuri urimwiza Kandi Kuba munini harababibuze

  • @beatamukabahire5214
    @beatamukabahire5214 2 роки тому

    Ukuntu uri mwiza weeee! Natural beauty, so wow

  • @mudahungajeanbaptiste1249
    @mudahungajeanbaptiste1249 2 роки тому +2

    Umutima niwo muntu, isi ikeneye umuntu ufite umutima nkuwawe uremaibicantege mo ibyishimo ndetse ni inama ,Murakoze. Imana ikomeze ikwiteho.

  • @mbayihafabiola105
    @mbayihafabiola105 2 роки тому +3

    Uri mwiza maman ndetse cyaneee uzakore natation just pour ta santé ma fille ariko uziko utabyibushje cyane ntucike intege mama kora natation inanura vuba ukagira na bonne santé mon enfant uri cyizaaaa

  • @Cyubahirojanvier
    @Cyubahirojanvier 2 роки тому +2

    Jessica you’re so beautiful jyewe ndabonye ntamuhungu utongukunda just be proud of you baby love

    • @nantaleasia8648
      @nantaleasia8648 2 роки тому

      Jessica nukuri ndabisobanukiwe inyo uvuga chr bibaho bimbaho nyane kubera ukongana ndabizi nyane ariko imana ituri hafi Jessica humura muvandi turafatanyije🙏🙏🙏🙏

  • @samuelintwari5850
    @samuelintwari5850 2 роки тому +3

    You girl you're beautiful and anazing, njye ndabona ntacyo ubaye kandi wigirire ikizere uri mwiza pee

  • @jalba1458
    @jalba1458 2 роки тому

    Ese jyewe kombona urimwiza cyaneee chrie, niba aruko uri bazina. U really beautiful don't stress yourself again utazagera aho urakaza Imana kuko yaguhaye uburanga buhebuje pe🥰🥰

  • @uweralouise5109
    @uweralouise5109 2 роки тому +1

    Uwomusore nubwo Yitwaje Mama we nubundi yakwihishagamo ahubwo ntinkimana yamukoresheje kugirango yivemo yitwajibyo abasore babeshya ukagirango nukuri barihope Shimimana haricyo yagukijijepe ubundi yagomba nokugutesha time ninipe kuko harabasore bakunda abakobwa banini rwose😍😍😍

  • @laetitiaumunyana7459
    @laetitiaumunyana7459 2 роки тому +1

    You are simply beautiful...!

  • @mbabazijacky493
    @mbabazijacky493 2 роки тому +9

    Ariko ndabona ntacyubaye ubundi inkumi zohambere zingana nawe nizo zagiraga isoko umugore nubyibushye rwose

  • @tuyishimireteddy7046
    @tuyishimireteddy7046 2 роки тому

    Ukuntu uri mwiza gusa iba babibonaga nibura💜Imana Imana niyo izi icyo yakuremeye kdi courage uzabona ibyiza👏

  • @Munezero3525
    @Munezero3525 2 роки тому

    Sha ibyo twabikuriyemo tunabisaziyemo!! Ubwo c urangana ute? Uri kurya iki we? Ubwo c urahazamuka?... Bibazo byinshiii kdi kubikuriramo birangiza cyane cyane umwana agakura yitinya, atisanzura... Mubwire abantu ko buri wese atagakwiye kuba judged nuko angana!

  • @kecurukecuru5901
    @kecurukecuru5901 2 роки тому +1

    Urimwiza cyane , ufibyose nkumunyarwandakazi, imisatsi, visage, umubiri usa neza unoze. Ntihazagire nuwongira kugukomeretsa

  • @kapasakitengewalumweno9448
    @kapasakitengewalumweno9448 2 роки тому

    Kubyibuha ntabwo ari ikibazo, Hari abashaka kubyibuha nkawe bakabibura. So, shima Imana, you are unique muri byose.

  • @loveelsaa1264
    @loveelsaa1264 2 роки тому +6

    Mama se niwe wamuhitiragamo😂😂😂 . banyirabukwe babantu ndabasuhuje kwivanga mubuzima bwabana banyu mubizi kubi

    • @vennyblessed3813
      @vennyblessed3813 2 роки тому +1

      🤣🤣🤣 kanisa Imana igenderere bene abo babyeyi!

  • @hirwamariemichelle2072
    @hirwamariemichelle2072 2 роки тому

    Umuntu asa n umutima we!!! ( Uko usa inyuma ni nako usa ku mutima) uri mwiza ,mwiza cyane , rero ukwiye umuhungu uha agaciro ubwiza bwawe Imana yaguhaye. Wibabazwa n.........(mbuze uko mbita, abahungu bavuga ngo maman ya..., Ngo bambwiye,....ngo numvise ...) Ntabwo Imana izagusondeka. Humura.

  • @karisasam5413
    @karisasam5413 2 роки тому +2

    Mukobwa mwiza ndagusabye ntuzamarwe Imbaraga n'umwana w'umuntu uko umeze niko Imana yabishatse ninabyo biyinezeza rwose

  • @niwemuhozaalexandre8345
    @niwemuhozaalexandre8345 Рік тому

    Mana we mbega umukobwa mwiza kdi w'umuhanga ❤, uri tellement belle

  • @kekeann4449
    @kekeann4449 2 роки тому +1

    Ntabwo ubyibushye nshuti yanjye rwose uruwo pe ntacyibazo ntugacike intege uzukuntu urimwiza ahubwo courage

  • @Bianca-vo6yg
    @Bianca-vo6yg 2 роки тому +1

    Egoko pole shenge you're beautiful rwose abaku vuga sinzi ibyabo. Unanutse nabyo byabikibazo love yourself aba guca intege rekana nabo

  • @ngirababyeyieric3730
    @ngirababyeyieric3730 2 роки тому +9

    U don't have to be skinny to be beautiful beautiful is the size of ur heart not the size of ur waist

  • @theamukeshimana6071
    @theamukeshimana6071 2 роки тому +1

    Uwo musore ntabwo yabeshyeye Nyina ko ariwe utagukunda! Ahubwo ni we utakigukunda.. urukundo kubera impamvu runaka ruragabanyuka! Ibyiza ubyakire kdi murekana uzabona ugukunda ukuri🍀

  • @nyirasafarigaudance338
    @nyirasafarigaudance338 2 роки тому +1

    Rata uzabona uwawe ugukwiye nukuri nanjye ndabyibushye gusa bigorana cyane mumyambarire iyo ugiye mwisoko ukarizenguruka wabuze umwenda

  • @joeniserukira3391
    @joeniserukira3391 2 роки тому +1

    Uzegere Tracy akwigish kwikunda Kandi agiy gukora ubukwe! Uri mwiza cane,Uri cutie gose!

  • @kalyka4107
    @kalyka4107 2 роки тому

    So beautiful inside out

  • @esperancemukabera8377
    @esperancemukabera8377 2 роки тому +1

    Incwiiiii !!!!! Jesca, njye ndakwikundiye, ufite umutima mwiza wagutse kandi nibwo bukungu bw'ukuri

  • @niyigenanadia4589
    @niyigenanadia4589 2 роки тому

    Ngaho ndumiwe koko ko utarinqmunini cyane se njye ndabona rwose umeze neza cyane ahubwo se urashaka kunanuka yewe amagambo yabantu nimabi kbs uyitayeho ahubwo wakwibuza nubuzima pole kbs.

  • @mpumurizanguhumurizemntv2241
    @mpumurizanguhumurizemntv2241 2 роки тому

    Urimwiza Disi 😍 abantu mubandi biba bikomeye 🥺
    Turabararikira gukurikirana Mpumuriza nguhumurize tv hari ibiganiro byiza cyane 🥰

  • @gatetesarah5194
    @gatetesarah5194 2 роки тому

    Incwiiii your so beautiful Jessica keep shining,Gerard keep winning bro😘

  • @perusimusabwasoni5204
    @perusimusabwasoni5204 2 роки тому +5

    Impore mukobwa mwiza ubunini bwawe ntago bukuyeho ko urimwiza urimwiza nukuri uge wiganiriza wibwire ngo ndi mwiza ❤️❤️

  • @orukde5062
    @orukde5062 2 роки тому +1

    Bambi kyikazi🥰💕
    U look btfl.....
    Abantu nimpumyi pe
    Urimwiza in and autside

  • @mugaboedmon2305
    @mugaboedmon2305 2 роки тому +1

    Naba ndi mwiza nkawe nkiheshwa niki koko? Uri mwizaaaaaaaaaa+mwizaaa+mwizaaa💜💜

  • @mukanemavalentine1913
    @mukanemavalentine1913 2 роки тому

    Ibaze kuntu uyumukobwa ni mwiza imbere ninyuma kweli impore Jessica amagambo ntacyo atwara umuntu nange narinanutse cyane kuburyo bavugaga ko ndwaye sida ark ubu narabyaye ndabyibuha mfite ibiro 80 ubwo c ntibagiye kuvugako mbyibushye cyane kwikunda nibyo byambere be strong my lovely daughter

  • @jackyngoga1977
    @jackyngoga1977 3 місяці тому

    Nibyiza ko ukunda kwisekera. Nibavuga jya ubifata nko kuba batazi igikwiye cyo kuvuga.As long as you feel healthy and you are living a healthy life.

  • @DjOliviermugoyi
    @DjOliviermugoyi 2 роки тому +3

    yoooooo sha birababaje kuba abantu bafata umuntu nkuko akabuzwa amahirwe . gusa you are so beautiful girl

  • @uwishemalosine4252
    @uwishemalosine4252 2 роки тому +2

    Nukuntu uri mwiza Koko,ntibakaguce intege uri mwiza,icyambere uziyakire wikunde.ukore sport ufate legime,kandi njye ndabona utanakanije

  • @mukamuligobeatrice9403
    @mukamuligobeatrice9403 2 роки тому +1

    Ko uri mwiza se! Nyamara uri mwiza si no kukurema umutima Imana ntiyibeshye mu iremwa ryawe.

  • @emmanuelRuvusha8938
    @emmanuelRuvusha8938 2 роки тому

    Jessica humura imana irakuzi pe kd irikumwe nawe ntukihebe urimwiza ndetse cyane