Bravo sister, akazina kawe ko mubwana ntabwo nakavuga. Naho ubundi kuborozi ibyo muvuga barabizi neza kumatungo. Ikimasa gikurira munka gihandira, kigera aho kimya iyarinze, kigagera aho Inka irinduka cyananiwe kuyimya. In summary likewise to the people. God bless you
Bravo sister, akazina kawe ko mubwana ntabwo nakavuga. Naho ubundi kuborozi ibyo muvuga barabizi neza kumatungo. Ikimasa gikurira munka gihandira, kigera aho kimya iyarinze, kigagera aho Inka irinduka cyananiwe kuyimya. In summary likewise to the people. God bless you
Mmmmmm
Murakoze kunama nziza zokubakingo
Arabishaka nyine urabona atakiri muto?
Hari impinduka bishobora kuba zituruka no kundwara zimwe na zimwe bamwe babana nazo,,,bikabangamira icyo gikorwa
Murakoze cyane ariko nabato bibabaho
(F.R)ndabakunze pee!! mutanga inama nziza!
Murakoze kukiganiro cyiza utugejzaho ariko nawe uteye neza biragaraga ko wabiryoshya
Ni sawa
Ndabashimiye cyane
Muduhe nimero zamuganga,ubishoboye,gupima,iyo misemburo.
0791504912
Dr.Edmond
🙏🏻🙏🏻
Iyindirimbo ninziza
Very good dialogue God
Ubusake mugikorwa ntibirenga 10M
Ndabasjimiye cyane, inyigisho zanyu ningenzi cyane
Ese hari ingaruka zo kudakora imibonano mpuzabitsina?
Ese ntakindi cyanezeza abantu atari sex.?
Cyakora uravuga nka sexologue.
Erega umugabo urongora indaya kumugirira appetit biragoye.aba azanye imyanda n,abadayimoni.
Uvuze ukuri umuntu uca inyuma uwo bashakanye azana imyanda murugo
Murakoze
Abobaganga baboneka kuboneka hehe bapima iyomisemburo ?
0791504912
Dr.Edmond
+250 782 749 660 mwabariza hano
Murakoze,mwaduha nomero zumu genecologe umuntu yakwifashisha
0791504912
Dr.Edmond
Football. Ce. N. Est. Pas. La. Guerre. Il. Faut. Savoir. Faire
Cg. Savoir. Vivre. Imyaka. Yose
Iyo. Imitsi. Minini. N uduto. Cyane. Mu mubili. Dukora. Neza
Nta. Myanda irimo. Kandi. Ufite. Yesu. Ni. Ijuru. Rya. Mbere. Aba. Yiniyemo
Kaminka,, ntukame ihene
Mirskoze
Ndabashimiye
Mutange inama kubakunzi banyu, ese umugabo ufite imyaka 53 akaba afite umugore wimyaka like 27 ese wakoresha izihe styles kugirango umwemezo
Yesuu abahezagire
Nta muntu wemeza undi ahubwo uramunyura
Wakurira ako gasaza ukakemeza
😂😂😂😂😂😂😂
Mwigeshe nokulongola abaso ntabyo Bazi nkumi zilembeje abasaza
icyo igitekerezo nikiza. Tuzabitekerezaho mugihe kiri imbere
Sex positions- it's normal kuguturuka inyuma ntuzagire ubwoba.
Dukeneye ko mwaduha nimero zabadufasha
0791504912
Dr.Edmond
Ese ibyo gukora imibonano umugore umuturutse inyuma mbese nkakuriya amatungo abikora birakwiye
@Nizeyimana biterwa nuko bo bombi babyumvikanaho. nta itegeko ribyemeza cg ribihakana
Niba amuturuka inyuma ariko agaca ahabugenewe ndumva ntakibazo pe!
Good kbs ku nyigisho nziza, ariko harindi mpamvu idatuma abashakanye batagera kumunezero muricyo gikorwa, kuko umwe ageraho gushaka yarabaye inzobere mukubikora mugenziwe ari intama! Nk,umugore yamenye abagabo akibyiruka yabikoze incuro nyinshii ,doreko harinabambuka imipaka bajya za Kampala na Goma muri Monusco kwicuruza nkuwo uwobashakanye azamunyura Koko!!!?
Cyane biryoha bibi
Njye numva position ibaryoheye mwembi ntacyo biba bitwaye
This is not Topic for public.
Iyo ukuze uba uri inararibonye. . .
You know better.
Next time, Change the topic 😅..😅
Kombona usa nu wabishatse se Madame😅
😂😂😂😂
😅😅
Mbega wowe😂😂😂😂😂😂
Nonese wamurenganya kubivigaho ubwabyo bizamura ibyiyumviro
Ikiganiro cyanyu ni cyiza cyane pe. Mukorera mu kahe karere ?
Ko mutatanga Aho abo baganga baboneka
0791504912
Dr.Edmond