MESHAKE WEE IBYO WERETSWE NIBYO MAGAYANE YAKUBWIYE BYOSE KO BIJE, NKABA MBONA URYAMYE? MALAYIKA
Вставка
- Опубліковано 3 тра 2024
- MESHAKE TV7: Amasengesho, Ubuhanuzi, Ubujyanama, Impuguro, Ubuhamya, Iyobokamana, Ivugabutumwa, Inyigisho, Ubufasha & Ibikorwa bitandukanye.
Imana yongerere imigisha buri wese USHYIGIKIRA uyu murimo w'Imana mu buryo butandukanye kugirango dushobore GUFATA AMASHUSHO, GUTUNGANYA IBIGANIRO n'ibindi.
Nawe watanga INKUNGA yawe ukoresheje:
-+250 785 524 820
- Cyangwa se : WorldRemit, Western Union.
WADUHAMAGARA cyangwa WATWANDIKIRA kuri Whatsapp:
Urakoze mukozi w'Imana Imana iguhe umugisha. Sengera madam arwaye umutwe bikomeye cyane yitwa Uwera Diane
Ntawahisha cg ngo aburizemo imigambi w'Imana.mwebwe mukoreshe impano mwahawe Kandi neza bizaturokora.
Uwiteka ashimwe.
Mbarinyuma.
bizabarokora habaye iki?
Uwiteka aturengere atwimane mwi izina rya yesu Kandi uhabwe umugisha mukozi w,Imana
Muhanuzi Meshaki, komera! Nkwibuka uvuga amaboko ya Malayika!! Komeza usenge, kandi ukomeze gukizwa neza isi na UA-cam ntibiguhindure Mwishakirandamu, utubwire icyo Umwuka abwira amatorero udaciye kuruhande cg c ngo utinye abica umubiri batashobora kwica ubugingo, uburire abantu be kurimbuka
Imana iguhe umugisha
Unuhanuzi iyo ababajwe nibyo yeretswe, afite uruhushya rwo gutakambira Imana ngo Igire Impuhwe nibambe, Ikureho ibihano kandi Ifashe abantu kwihana neza bamaramaje. Icyo nicyo dufatanye Kugisengera.
Murakoze kurububuhanuzi imana ibshyikire
Imana iguhe umugisha Muhanuzi Meshake
Ndabizi ko byose abizi. Ariko ubwoba ntibwabura. Kuko benshi barashaka kubwirwa amahoro kandi nta mahoro y abanyabyaha. Uyu musaza azi ukuri.
KWIHANA niwo muti nta kindi
Uramenye ntutubeshye. Unavuge ibyo Magayane yahanuriye ingoma Ya FPR.
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana,imbaraga namavuta bikugumeho
Uyu mukozi w'Imana ibyo avuga Nibyo duhinduke
Muzehe wacu muhanuzi lmana ikomeze ikwambike imbaraga, abantu benshi bahinduka kubwubutumwa bwiza bwa Yesu utanga
Imana ikomeze igushyigikire
Meshake nawe usigaye uruma uhuha kuko iyo ngoma yakunyonga byo
IMANA y'AMAHORO IJYE IBANA NAMWE IBIHE BYOSE TURABAKUNDA MUHANUZI
Ndakubaze prophet Meshake: Hariho ubwami buzabaho imyaka yose? Wew urazi ubwami bwa Otmani, abaromani, pharaoh? Ubu ubwo bwami byose buri hehe?
Imana idushoboze kwihana tureke ibibi
Ndabakunda cyane Imana ibashyigikire cyane
Murakoze cyane kubw 'iki kiganiro cyiza.
Mukozi w 'Imana ikomeze ikwishimire.
Mana tabara abomuri congo kuko bose siko ara banyabyaha
👍
Muzehe meschak ndamukunda cyane rata ujye unyibuka unsengere nitwa clementine ndi south
Uri umuhanuzi mukuru imana igukomeze ikongerere imbaraga n'amavuta gusa icyo nagusaba cyo ongera uvugire imana ushize amanga ntugire icyo uca hejuru utinya !kuko umuyoboro yaguhaye ni uyu .kanguka ukangutse rero natwe turagisabira kugirango rohomutagatifu akuyobore
Yeremiya 9:20
kuko urupfu rwuririye mu madirishya yacu rukinjira mu manyumba yacu, rwica abana bari hanze n'abasore bari mu nzira.
Turagushimira muhanuzi wacu uvuga mumarenga ariko turabyumva pe tutabeshyanye ubugome buragwiriye nukuri ni bake bahinduka birarenze nawukifuriza undi ikiza.
Yeremiya 9:20
Dore urupfu rwinjiriye mu madirishya yacu, rwinjiye mu mazu yacu meza. Abana rwabatsinze mu mayira, abasore rubatsinze mu mihanda migari.
Suko se? Barumva se? Ariko ntabwo bazanga kubona
Ngewe ndashaka ko unyigisha gusenga byukuri murakoze
Yego Meshake ndakwibuka cyane utubwira ibigiye kubaho nibigiye gukurikira kandi byarabaye nibindi bisohora gake gake
Uwiteka akomeze kuguha umugisha
Yego umusaza wacu ndumva noneho watangiye gushira ubwoba ,ni umwuka y'Uw'Iteka Uri kukumara ubwoba komereza aho na kizito yemeye kuvugisha ukuri kugeza naho abizize Nyagasani akurinde muhanuzi wacu
Sha rwose nibyo ubanza Umuremyi yamukoze ku mutsi w’itako cg nka kumwe kwa Yesaya !!
Nta mahoro ahari kuko ntabwo twihannye ahubwo twarushijeho gusuzuguza Uwiteka !!
@@bravekis9095Nta mahoro y abanyabyaha erega.
None se ko Imana irimo gutuma ku ba Pasitori ngo bihane,aho ishyamba ni ryeru?
Imana itubabarire Mana ngarura garura buriwese
Ndabashimiye guhamya/nange Imana impamagariye mumwuka wo guhanura ibi uvuga icyampa abantu bakomatana nayo bagakundana Kandi bagafataya kirwamya ikibi,izarwanirira uwicishije bugufi munzego zose kd uharanira ukuri izamurwanirira ariko urangije akazi arataha/abandi bazasigara barera abasigaye.Urwandarwo ni urwayo,abantu Bose bayihe,bazarore ibyo izabakoresha,utazihana azaba ibishingwe;yeremiya8:1-13.Izongera irere abantu uko yoroye nowa.
Mwaramutse umuntu ugushaka akubona ate
Icyo gitabo muzagishyire mukinyarwa turabinginze
Iyo nimero ntabwo icaho kuri ecran
Hey muraho amakuru yiminsi
Ndumva uhanura ibyo FPR ishaka kumva !!!! Nonese amahoro murwanda rwuyumunsi arihe uvugako barwanya ??????😮😮
No ye ntabwo uyiduhaye
Umva rero nakundaga ubuhanuzi bwawe ariko reka kuvugana ubwoba utinya tinya,ngo U Rwanda ni Israël !!!??noneho Israël yo ikaba u Rwanda !??Turi abanyarwanda reka guhakirizwa rwose utubeshya
Erega baba barakanzwe mayee
Mukomere ndabakurikiye imperezo ntizikaburemo amavuta
Yeremiya 9:20
hanyuma tukanasengera igihugu cyacu kikagumana ayamahoro dufite
Ese wemeza ko urwanda ubu rufite amahoro, aho abatutsi batengamaye abahutu barya imbwa,aho abatutsi bikwijeho ibyiza by,igihugu abahutu bagahinduka abacakara n,abaja. Ni byo wita amahoro
Gatonde ubu irimukarere ka gakenke
ahubwo ndifuza kujya nsengana na we Meshake
Mwaramutse umuntu ugushaka akubona ate
Mwaramutse umuntu ugushaka akubona ate