Pasteur Bizimungu avuga ku nyubako ye yahiye i Kigali

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 28 сер 2024

КОМЕНТАРІ • 21

  • @user-Pascalntambara
    @user-Pascalntambara Місяць тому

    Bizimungu yarashaje disi !!!! Muri Gereza nihabi cyane haramuhindanyije! Pole pole,Ubu se nkumukuru w'Igihugu wacyuy'Igihe,Harikintu Leta imugenera burikwezi nkuko Itegeko nshinga ribigena? Munsubize The New times (Ikinyamakuru cya Leta) please 🙏

  • @ishimwejadoishimwejado3157
    @ishimwejadoishimwejado3157 3 роки тому

    Barayikojyeje muze

  • @EmanuelNshimiyimana-fq9sb
    @EmanuelNshimiyimana-fq9sb 3 місяці тому +1

    INKOTANYI NI HATARI

  • @user-jc3du4pd8u
    @user-jc3du4pd8u 5 місяців тому +1

    Mbega umugabo wikigwari nawe wabayibwa nkabandibox 😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢

    • @Goodman.600
      @Goodman.600 4 місяці тому +1

      Gusa azwiho kwiyoroshya !!!!!
      Gusa afite amafaranga ni pusi itasimbuka !!!!
      afite na Hotel Rubavu izaba irenze Serena kure !!!!!!

  • @GSP__
    @GSP__ 8 років тому +4

    Papa Carine disi

  • @xy328
    @xy328 7 років тому +1

    ooh ...Mana we,ni hatari

  • @ironman5034
    @ironman5034 Рік тому

    Ntari rye ariko, ntacyo abaye, sinzi impamvu muvuga gutya

  • @mpumyiroraiyamakenga1927
    @mpumyiroraiyamakenga1927 4 роки тому +2

    Aho kuva kubu Prezida nkaba nka Bizimungu napfa .Genda Habyarimana yatabarutse bya Kigabo utandavuye

  • @sb.tvofficial
    @sb.tvofficial Рік тому

    SB

  • @australiarwanda2510
    @australiarwanda2510 7 років тому +3

    yewe ga Ex Presida bizimungu Pasteri uteye agahinda disi ariko ibyobyose bituma wicuza kandi isaha yarenze. ahandi uvuye kubu presida akomeza kugira uburenganzira nagaciro nkakumuntu wategetse igihugu ubuse koko wumva urihe? birababaje pe

    • @alphaandrea6664
      @alphaandrea6664 6 років тому

      Hahahaha! Hahahahaha!😁😁😁😁

    • @niniarutek7257
      @niniarutek7257 6 років тому +7

      Australia rwanda kuba warahinduye namazina nuko ugenda wububa ariko Bizimungu uvuga ari mugihugu yaharaniye wowe na huri witwa impunzi kandi niwowe wabyiteye because of evil heart u've shame on you

    • @Goodman.600
      @Goodman.600 4 місяці тому +1

      Ubuse amafaranga afite uzapfa uyatunze cg uko Ari gusa nibyo bigushutse ???
      Uzaze I Rubavu urebe Hotel agiye kuzuza Iruta Serena naho wowe uri kwikorera amakarito cg uri mugihuru usakuza gusa dore ko aribyo musigaranye 😂you

  • @udakangwa6091
    @udakangwa6091 8 років тому +4

    BIZIMUNGU ARANZE ABAYE IMBWA KBS......YOBOBOOO.....UBUGAMBANYI BWAWE MPAKA NI KUZIMU TU

    • @erwin5us
      @erwin5us 8 років тому +8

      wowe umwita imbwa uhereye kuki? niba uri umugabo gerageza ukore ibyo yakoze tukurebe. ese kuki wihisha kuri internet utavuga amazina yawe nyayo niba uri umugabo? nta mwiza wabuze inenge ariko uyu mugabo ntabwo ari imbwa iyo aba imbwa yari kiba akiri muri ya myanya bari baramuhaye nta mbaraga afite. Yanze amafuti aharanira ukuri, ntiyigeze ahunga, wowe uri he?

    • @udakangwa6091
      @udakangwa6091 8 років тому

      udakangwa jean paul niyo mazina yanjye....sina vukiye murwanda rero kurubamo nacyo bivuze...mba aho navukiye sha!

    • @erwinntakirutinka837
      @erwinntakirutinka837 8 років тому +6

      +UDAKANGWA muvandimwe ntugatukane, ni ngombwa ko wubaha umuntu mudahuje ibitekerezo nibura. uyu mugabo yabaye president w'igihugu cyacu, akwiye kubahwa, ibikorwa bye ni byinshi, ugiye ureba ibyo yagiye akora ntabwo yakwitwa imbwa

    • @rukundoemmanuel8275
      @rukundoemmanuel8275 3 роки тому +7

      Imbwa ni so Hari nzu nkiyi afite ?