😭Guma murugo iragarutse Kigali ibe amateka😳 musenge cyane //twifashe kumaso uyu muhanuzi ni simusiga
Вставка
- Опубліковано 21 лют 2023
- / header_photo
tvCZaMbgSl...
Kanda SUBSCRIBE ukore SHARE ku Bantu bose.
Mwatuvugisha kuri 0788605044. 0728222220
Mwifuza gushyigikira Umurimo dukora w’Ivugabutumwa nokutwungura
Inama ndetse n’ibitecyerezo byanyu n’inyunganizi.
Ubane natwe mu Biganiro byiza by’Ijambo ry’Imana.
Tukugezaho ibiganiro byiza kandi
1. UMUHANUZI NYAWE.
2. IHUMURE.
3. UMUHANZI N’UBUHANZI.
4. IJAMBO RY’UKURI RIBATURA.
5. UBUZIMA BWIZA N’IMIBEREHO MYIZA K’UMU KIRISTO.
Turikumwe n’Abakozi b’Imana bafite Inyigisho nziza Cyane aho
usobanukirwa Ibyanditswe,
Ubuhanuzi ,Amateka ,Ubuhamya,Indirimbo,Ibiterane.
Ndetse n’amahame nyayo yo Mugakiza.
Ndetse Ukanasobanukirwa Misiyo yazanye YESU Mu isi.
Ndetse Usobanukirwe Isezerano rya Kera n’Isezerano Rishya.
TURAKUGEZAHO N’INKURU ZITANDUKANYE KU Kinyamakuru cya
GIKIRISITO cyitwa WWW.IHUMURE.RW.
Imana ibahe umugisha Murakoze Turabakunda.
#IkuzoEmmy_0788605044_0728222220_IHUMURE_TV_ / header_photo
ua-cam.com/video/11EBanXem40/v-deo.html
Ubundi butumwa azanye nonaha
@@IkuzoEmmyep
Ariko iyo uri umunyamakuru,wakiriye umuhanuzi,,,NTUGOMBA KUMUROGOYA!Ibyo bigambo bimwe umubaza Ni USILESS.Wagombye kureka AGAHANURA IBYO AHANURA,Nushaka gusesengura uzafate UMWANYA wawe,USESENGURE!. Ibyo BYO kumutera UBWOBA ngo baramufunga,SIBYO kuko wowe ntushinzwe guca Imanza.
Umunyamakuru, ntukavugire mubuhanuzi, mureke avuge. Kandi kumubaza iwe sibyo bikenewe.
Uyu munyamakiru ni umwirasi umwibone afite ururimi rupinga rusuzugira . Imana ize ikwereke ko ari Imana ivuga wa mupinzi we.
Iyonimamereyawe kamere YiMana itandukanye nakamereyawe
Komeza uvuge ubutumwa, muntu w'Imana. Abwirwa benshi akumva beneyo. Buriya uwumva yumvise, kandi ntabwo uvunikira ubusa. Imana ya Yesu Kristo iguhe umugisha kandi n'uyu muyoboro uhabwe umugisha.
Fidèle
Ngewe ndumva tudakwiye guhakana ibyo aba bantu bavuga! Abantu mwihaye gupinga mukwiye kugenzuza umwuka uva kuwiteka abemera umwuka mwitonde abatabyera namwe mwotwararike ibyumwuka bikwiye kugenzurwa n'umwuka nibyimubiri bikagenzurwa n'umubiri murakoze cyane
Ibintu bibi se wabipinga🙆ahubwo nibaza icyo Abanyarwanda bakoze 😭
Urakoze cyanee Imana iguhe umugisha
Urakoze kwumvira ugatumika, Imana iba itanganje ibyayo, na TB JOSHUA yavuze ko ubuhinzi n'ubworozi aribyo bizazahura ubukungu!
Ivyo uriko uravuga nivyo, gusa hari abagenewe kuvyunva. abatavyunva ntakundi nukubihorera.
Nukuri nukuri
IMANA iguhezagire cane mukozi wi MANA naho uwo mumenyesha makuru akubaza nabi twebwe twakunvise cane
IMANA igukomeze ikwongere inkomezi
We wa munyamakuru we ukwiye guhinduka ugahindura iyo nvugo yawe iriko iratubangamira
Invugo yawe iradushaririye
Afitagasuzuguro cyane kdi ubuto nubusore nubusa Niko bible imbwira jyawubaho bose
Mwihorere azabibona
Turi mubihe bikomeye,ntampamvu yo gukerensa ibyo Imana utuma Ku Bana bayo
Ikuzo Emmy,Jya witegereza ubunararibonye mukazi bwa Plaisir...on ZABURI SHYA tv,
Jya ureka gukanga ABANTU ,,, nubwo BAVUGA ibyo utifuza Kumva.
Rwose uyumunyamakuru azisubireho aramukanga aramuvugiramo sibyiza rwose niba wamuhaye umwanya ubwo ubawiyemeje jyutega amatwi
@@africanuru2151 unva umunyamakuru ananije abatumirwa nabakurikira ikiganiro pe!!
Bantu mwihaye kunnyega uyu muntu mwibuke ijambo rivuga NGO ntimugahinyure ibihanurwa ahubwo mugerageze byose ( mushishoze)
Munyamakuru ujye ugira ikinyabupfura niba wahaye umuntu umwanya umureke avuge ibyo yatumwe utamurogoye kuko uwo uvugana nawe yatumwe n'Imana
Imana ibahe umugisha
Ntaco lmana izakora ,itatubwiye Yesu nashimwe cane
Gusa hari kintu nibaza buriya niyumuntu yavuga ibintu ukumva yarayobye iyumututse ubawumva ariwowe uri mukuri? Bavandimwe ntankuru ivugirubusa umuntu wese yihane ibyaha bye kuko wabyanga wabyemera imperuka izabaho kandi no mu minsi yahise bararimbutse ititaye kubwinshi mijyi bubatse rero twimusuzugura ahubwo dusenge cyane ngo natwe Imana itwigaragarize.
Bareke twikomereze Umwuka Wera atuyobore kumwumvira ❤
yego rata ibihe tugezemo birakomeye
kandi abantu ntibabyitayeho pe
Yesu atabare ahubwo
Narumiwe koko? Abo bantu Uwiteka Imana ibasange,...............
Ibi bintu byigishijwe cyane mu b,adventiste igihe kirekire.ariko birakomeye sinzi ukuntu abantu bazabaho iryo faranga niriza.lmana itwiyereke kuko ntibyoroshye.
Wa munyamakuru we ntuzongere kwakira umuntu w'Imana ngo nurangiza upinge ibyo avuga ujye utega amatwi utazakubitwa n'Imana
Ubutumwa bubwirwa benshi ark haba hari bene bwo,jyewe mbasabiye umugisha kk ibyange nabikuyemo.
Akwigishe muvandimwe.
Kwihana no gucika ku byaha tukagira imico ya Yesu ibindi niwe ufite ingashya
Amena
Yesu christo aguhe umugisha mukozi w'Imana ,
Turakumva kdi uravuga ukuri
Turi mu minsi yanyuma .
Uwo kumva arumva .
Hari abandi baavuze ubwo buhanuzi mubyitondere.uwo si we wa mbere.
Kuvugwa na benshi sibyo byemeza ko ari ukuri
Ntanduru ivugira ubusa
Aba bana b'Imana Imana ibahe umugisha. Uwo kumva azumva nk'uko byanditse mu Ibyahishuwe2:29; 3:6 ngo "UFITE UGUTWI NIYUMVE ibyo Umwuka abwira amatorero."
Ushaka kwiga icyongereza n'umwarimu wibereye murugo kanda hano: ua-cam.com/video/u66dswiroSU/v-deo.html
Munyamukuru ko uri umwibone cyane, urumva ukuntu ubaza ibibazo wasuguye abakozi b'Imana ?
Imana ibabarire abantubose barikubigaya ubWobuhanuzi si ubwambere buvugwa nabantu batandukanye
ESE WAGIYE UREKA UBUTUMWA BUGATAMBUKA UKAREKA KUBUVUGIRAMO NO KUBUHINYURA.
Umunyamakuru w'umwiyemezi cyane. Ca bugufi sha!
Nukuri pe
Byihorere yandakaje umwibone nta discipline mbese uwamunkurira mwitangaza makuru
Mbega ubuzimire!!
Umwami YESU amutabare n'ukuri! N'akumiro neza.
déserteuD2dddddddddfffdddddfffdddddFdr Qu'à ex des fusée resserrée réfère du xdqqqwxc
Seeree
Ntabwo yazimiye ahubwo nabantu badashaka kumva
Imana ikomeze abayiringira nabagendera mugushaka kwayo gusa twiringiye kuzabaho ubugingo bw'iteka Mwami Yesu ngwino Amen
Uretse umunyamakuru uri ku murogoya. Ubutumwa uvuze nibwo 100%. Na njye byanjyenzeho mbwirwa gusohoka muri kigali. Pee ubu narikuye rwose kumvira biruta ibitambo. Kdi mumwumve neza yavuzeko Imana yamutumye ngo abana b’Imana kuve mu migi mwerekere mucyaro Imana ifite impamvu yabivuze. Mwibuke ko cvd mwahungiraga mu cyaro
Nawe uzaze utubwire
Wamunyamakuruwe uwomurimo ntukubereye
Cyane
Pe!
Mbega ko bitoroshye mwabantumwe yewe buri wese uwiteka amugenderere amubwire icyo gukora kuko ubwenge bwacu ntibwapfa kubyumva atari mwuka wera utuyoboye mana udushoboze kukumvira kuko dushobozwa na kristo uduha imbaraga
Wa munyamakuru we, utumye nanga iyi chanel yawe. N'aho aba bantu baba bavangiwe, ariko wowe ubishya ikiganiro. Wagombye kuba uwa mbere ujya mu cyaro guhinga kuko aka kazi ko ntako ushoboye.
Mbega ubuyobe weee😭
Imana Ibatabare Ibahe gusoma neza Bibiliya aho kugenda mwikoreye ibitabo n’imizingo bya Ellen G.White.
Mugenzi wange n'ighe cyo kumva maze umuntu agatoranyamo iby'ingenzi.
Ni akaga Muvandi.
Hari ibyo umuntu yumva akabura na Comment abishyiraho.😭
Ibyo yavuze Wumvisemo ubuyobe gusa?
@@mwihaneisiigezekwiherezo3465 Yego bufite inkomoko kwa Madame Ellen G.White
Imana idufashe kuko abahanuzi bariho Mana natwe dusabye ngo ukore kumaso
Uyu munyamakuru,yatuma adatanga ubutumwa uko atabuhawe,,,,uri kumubaza nku umucamanza,,,gusa turabizi lmana iravuga,,,,reka dutegereje,gusa abana bi imana ababyumvise dusenge ndibaza yanabikuraho murakoze cyane
Wa munyamakuru we ukora nabi ubaza nabi, uzabikosore
Ndabyizera 1000% Uwizera Imana yerekwa byinshi,...Gusa Intumwa z'Imana zirarengana si ubwambere.
Ariko munyamakuru we wamubazanye ikinyabupfura gike cyaneeeeeeeee peeee urumva ukuntu umushihura ???
Ese ari nka ministre ikwicaye imbere watintuka kumuvugisha gutyo ?
Uzige kuvugana ubunyamwubwa nikinyabupfura ntacyo bitwaye rwose.
Urakoze
Nukuri uziko wagirango si umuntu mukuru abaza
@@mirasiredeborah4194 numiwe nanjye. Niyo umuntu mutabyumva kimwe ntabwo ari ngobwa kumubwira nabi. Ariko nizereko azikosora atazongera
Wamusorewe lmana iguhe umugisha
Munyamakuru wisubireho
Ihumure TV , mwakoze kudusangiza ububutumwa. Gusa Emmy imvugo na critiques zawe zirimo akabazo.
Kosora, uburyo ubaza mo ibibazo.
Habwa umugisha jeune homme Émanuel, urimo neza 👏🏾
Intumwa irarabirwa ntiyicwa niba koko ar 'Imana yamutumye nimutegereze. guhunga yavuze nukwihana ,abayobowe numwuka nibo bazabitahura murakoze
Umunyamakuruuu Ngo Imana irashaka kuku vangira, tekereza 2 Imana ntivanga cabugufi wumve ubeho. Hano kwisi siwacu abera bagomba gutaha, isi nibyayo bigomba gushira.
Wamunyamakuru we urakwiye gukizwa kugira wubahe kiremwa muntu
Emmy umenyeko ubyo wavuze byose Imana izabikugarurira muribanza, jya usenga cyane usabe Imana guca bugufi.
Reka mbabwire abiha gupinga nzabareba mu minsi imbere. Nimushake mwihane hakiri ibyiringiro
Nukuri kose
Nyamaze mugihe cya Nowa yarababwiraga bakamwita umusazi ,bakamutuka ariko igihe kigeze birutse bashaka kujyana nawe mungujye Kandi uwakinze urugi si Nowa ahubwo Ni Uwiteka Imana ,Bantu mube maso Kandi mwihane ,mwikwemerako ibyisi numunezero wabyo bibatwara mutazamera nkabo mugihe cya Nowa ,kuko igihe. Kiribugufi Kandi mwihanire kureka murakoze 🙏
yebabaweee!!! umva wamunyamakuruwe rwose uyu numuhanuzi wukuri ahubwo abantu ntibabyumva kko bari mukinya cyubuhanuzi bwubuzimabwiza gusa wowe wamuninuraga ariko abumva bumvise knd IMANA IKUBABARIRE IGUHUMURE AMASO
UWO WITA MUTO MUGAKIZA AFITE UBUTUMWA BWINGENZI BWIKIGIHE TURIMO KND BOMBI UBUHANUZI BWABO BURUZUZANYA CYANE IMANA NUMUHANGA NDATANGAYE PEEE
Ndi umudive ubirambyemo nize byinshi babonye byinshi Ariko amagambo y'uyumugabo muyitondere cg musenge Imana ibasobanurire Aho gupinga nokuvuga ibyo mutazi nkutiiije ubusabonuro atanze kubadive na Adpr agasaba imbabazi koyoshe iaabato Mana uduhe ubwenge bwokubara iminsi yacu
Gusa Emmanuel we mumibarize yawe ujye ukoresha ikinyabupfura no kwicisha bugufi kuko ibuye ryanzwe n'abafundi ryaje kuba inkomezamfuruka. Ubwose wagaburira abandi ibyo kurya byiza ukiyibagirwa muvandi? Waba uri indangare muzindi!
Nugusenga cyane pe kuko isi yarahindutse pe
Uyu munyamakuru afite iterabwoba !
RIB yarikwiye kujya ibajyana bakabisobanura ,nukuri gutera abaturage ubwoba nacyo ni icyaha pe
@@edissanyirahabineza445 uransekeje nimusenge mwezwe muve mubugome
@@patience2577 mureke nawe nuko imyunvire ye ireshya muribyo. hhh gufungac ni wo muti ?
Ahubwo ntakinyabupfura agira yuzuye nagasuzuguro nubwibone ntabwo yubaha gige kubaha
Uwiteka Imana ishobora byose ibahe umugisha
Ese mwaba mwarasomye ibi byanditswe byera:
1Jean 5:19 "nous savons que le monde entier est sous la puissance du malin."
Umutingito wabaye Turquie wakurikiye inkomoko yawo ?
Erega nitudashaka kumenya amakuru Uwaturemye yadutumyeho, tuzayoba !
Kristu niwe nzira!
Hahirwa abumva magambo y,ubuhanuzi.birakwiye kwumvaneza,tugashungura,tugahuza ijambo n,ibivugwa.
Imana izabihakana shahu imana yakubwiye nimanayahe? Wogakizwawe ishakire viwus ureke kubeshyera lmana
Urimo uramubaza ibibazo nkaho wamupinze nawe wamunyamakuruwe !
Ko tubizi neza ko nta mahoro ybanyabyaha kuki babasaba kwihana mugatukana mbese icyo nicyo gisubizo niyo uyu yaba koko ari inzara imuvugisha nkuko muvuga mwumva ibyo avuga ari ubwa mbere byaba bibaye. Mushatse mwakwihana nyamara.
Nukuri ntacyo Imana izakora itamenyesheje Abantu bayo, nuko umunyamakuru aguca mwijambo anakubaza ibibazo byubufpafpa, no gupinga kwinshi, Imana Imuhumure atazaba icyapa
Komera cyaneeeee Emmy courage
Ubu buhanzi mubwitondere .birare ze Imana ntiyabyemera .abantu Bose bamaze kwigira abahanuzi😂😂😢😊
Naho iby'uwo muhanuzi we ndumva agikeneye Yesu ngo amuvangurire rwose biracyavanze ,kuko ibyo arimo nawe ntabyo azi ntanicyemeza ko ari Imana yamutumye rwose.Ntibisobanutse.
Bantu bimana mube maso ibihe tugezemo kiraruhije abashaka kurokoka urupfu rwakabiri muze twihane ibyaha ubundi..twunvire umwuka nibyo tudasonanukirwa.tuzabisobanukirwa
Imana idutabare. Yaba yarayobye yaba ari mukuri ntacyo atavuze cy'imfabuza. Uwiteka atweze kdi duhore twiteguye.
Mukozi w'Imana nujya kuvugana numunyamakuru ujye usenga usabe Holly Spirit akuyobore ku munyamakuru yatoranije nkumuyoboro yahisemo.
Uko Niko Kuri
Amena Imana ishimwe kubwo kutubonekera no kuturinda. Iduhe Imbaraga numugisha.
Urakoze, komereza aho bazamenya ko umuhanuzi yahoze iwabo.
Uyu munyamakuru aragorana umuntu unganutya yavuye mucyaro kubw' imitwe koko basi wamuhaye umwanya
Narakaye cyanee pe
Uyu muvugabutumwa uwamuhuza numunyamakuru ufite mwuka wera iyinyigisho yarigutuma benshi bakira kuKo ibivugwa nukuri Siwe wambere ubitumwe pe
Mbege imvugo y'umunyamakuru 😢😭
Numiwe
Uramubaza wamupinze mwubahe Abakozi b'lmana
Muzajya murota ngo imana yaberetse ko muba murota ibyo mwitekerereza ntimukabeshyere imana dore ko yarushye
This guy with the t-shirt is more bold and uses scriptures,and preaches christ ni umuvugabutumwa rwose.Gusa akeneye umu mentor mwiza arimo umusaruzi mwiza.
Bene Data nikome mumwami Kandi mushikame cyane kamuribyose duhanga amaso yacu mw'ijuru kuri Data, tubarinyuma abo musangiye kwizera no gutenjyereza umwami yesu.
Yooo ndisi nabana mugakiza Amen umudive
Mwizina rya yesu uwiteka naturengere kandi aduhe kwihana ibyaha byacu
Imana idutabare da
Imana idufashe!
Emmy turakunenze ntabunyamwuga ufite uwo mu #hanuzi #akurusha imyaka jyawubaha ntugapinge#kd jyawemera gukosorwa.Umwami abigushoboze
Ubu butumwa bwo nibwo rwose nuko yabuvuze afite ubwoba,
Erega yahuye numunyamakuru witera bwoba 😂😂😂😂yahaguye kbs😅
Uyu munyamakuru azasubire kwihugura kuko akora ibitandukanye numwuga Kandi areke uvuga ubutumwa aburangize ibibazo ni nyuma ya message plz
Ntimukajye mupinga ibyavuga nukuri uwo kubyunva arabyunva abatuye mumujyi muzabibona igitero cyikoranabuhanga cyiraje
Nimwe bahanuzi mbonye kuva nabaho 150/100 ububuhanuzi nibwo muhabwe umugisha nUwiteka lmana ibaakomereze maboko
Uyu munyamakuru nawe uko abaza ntibyatuma bavuga neza ubutumwa
Ngewe ndakureba nkabona ubabaje,
Ubwo si ubutumwa bwiza reka kubeshya rubanda wamutindi mubyimana we!
Ntabyo azi rata baba bishakira amaramuko nge nagiye mbibona Kubantu nzi mezaaa bakavga ibintu nkibi babeshya
Ubutumwa bwiza n,ubutumwa bw,amahoro bubwira abantu icyo Imana yabakoreye muri kristo yesu or mission yakuye kristo mu ijuru yo kurokora uwari ugiye kurimbuka , yakumva ubutumwa akizera Akabona ubugingo buhoraho akaba akize urupfu rw,iteka, nsibyo byanyu byitera bwoba kuko gupfa kumuntu KO kuzahoraho ntaho wabihungura , ahubwo hahirwa abapfa bapfira muri kristo yesu
Uyu munyanakuru afite ubwoba ,yakubwiye Ngo yesu yakoze ibyoyagombaga gukora ngumunyabyaha akize ubugingobwe ,nutabikora ukabirengaho ,yesu ntazitwa umunyagitugu
Ngaho Murushe cg umukosore . Yabivuga nabi yabivanga Abazumva bazumva Kandi ntabapinga ntibabura na yesu ubwe byamubageho. Gira umwete wo kumva no Gushaka ukuri. Twese turi Abantu dukeneye Gukura.
Genda sha twarabamenye abatekamutwe gusa ngo imana yavuze woe urasa nuwavuganye nimana
uvugana nayo asa ate? Mwajya mugabanya ubwirasi?
Bose baba babeshya ntanumwe uba wavuganye nayo abantu nkabo umuntu ahura nabo kenshi finally ugasanga ni ubutekamutwe bajye bicecekera nubundi Kuza Kuza kuri social media guca igikuba ntcyo bimaze cg nimba koko bavugana nimana bajye bayibwira ihagarike ayo makuba
@@rwangizamirerarwamuhandang7770 keretse RIB itambikanye ingegera iterabwoba mubaturage ntiryemewe
Imana iduhagarareho pe
Wamuretse akabanzakavuga ubutumwa yatumwe koko !
Igitabo cyumugenzi turacyemera weee have have ahubwo mwebwe ntimujya mumenya ibyacyo neza
Nyamaze uyumuntu afite umwaka were iman yavuze kunzara murapinga ubutuyicayemo mujye mureka gupinga ibyimana kuko tugomba kubitega imisi nibihe jyerose muteze amatwicyanerwose uwiteka abanenawe
Warangije Secondary,uhura niyo njije yumuhanuzi irakuyobya , none mwabaye kimwe!
Umunyamakuru yapinze umuvugabutumwa cyane,aramubazanya ikinyabupfura gike.Ashobora kuba avuga ukuri cg ibinyoma.ubundi umuhanuzi nyawe yemerwa ari uko ibyo yahanuye bisohoye.Na bâ Yesaya na bâ Daniel abumvaga ibyo bahanura siko bahitaga babyemera,nyamara byinshi byarasohoye,nyamara Yesaya bamukereye ijosi! Mumureke ushaka kubyumva akabona harimo ukuri abikurikize,ubona ari ibinyoma abireke.Nibiba ibinyoma ntacyo muzaba mutubiwe, azamwara.Ariko nubundi abacana amarenga ni abaherukana,ndumva abo yibutsa ari abize ubwo buhanuzi bwa Ellen GW
Erega ibyo bavuga biri gusohora biri ubyahishuwe 13;15.... turi kubona ba bwenge bwisi bahindaguribintu bya mahame y,imana
Ukuntu uyu munyamakuru yatajyiye asega wajyirago yari yuzuye umwuka wera, ariko uko yaje guhinduka umukiriya we amubaza amuhagamye, nkaho yari gatumwa kumukiriya we, gusa ntibyatumye ubutumwa numuburo bitajyera Kubo bureba,
Wamugabo we ufite ukuri kuzuye!!!!
Hagiye kubaho Cyber attacks ku isi yose kuburyo system zose zigwa hasi banks, Internet..... barashaka ko dukoresha ifaranga rimwe.
Mushake amakuru yibirimo kubera muri Nigeria amabanks ntamafaranga arimo gutanga.
Hallelujah Hallelujah Amen
Ariko rero komeza amashuri yawe! Mubuyobozi, muganda.. Hakenewe knowledge!
Ibyo avuga byose nibyo nabyize ntabyitayeho, ariko nagiyembyumva menshi ahonasengeraga. ,ntagomubyumva ariko birakome mwitonde.
Muraho neza,
Fungura urubuga INYANDIKO TV
Wumve ibirimo kuhavugirwa numiwe nawe urumirwa,
Umva wamunyamakuru ufunga siwe ufungura uwiteka akundenderere
Ibyo bintu avuze nimurebe kuki UA-cam mwandike NGO umugaru uteye ubwoba 2023