Uwo twemera turamuzi kuko dufite ubuhamya.Guma guma mubyeyi.Biragaragara ko ufite Roho Mutagatifu no mu ijwi no mu mvugo.Imana iguhaze ubwiza.Bikira Mariya agusabire.....
Ezechiel, ishusho si yo twunamira, si yo twikubita imbere, si yo turamya. Turamya kandi tukubaha uwo ishushanya. Soma igitabo cy'Ibarura 21:8-9 (Kubara 21:8-9)
Iki kiganiro ni cyiza uyu mubyeyi abisobanuye neza, bavandimwe abantu bareke gusebanya, ubu se nta ba pasteri bafite abagore bakabaca inyuma bagasambana! Niba hari utannye akitwara nabi siwe kitegererezo
@Michael Rugigana Purgatoire ntibaho muvandi, ni igitekerezo k'idini gaturika iyobowe na vatikani (paapa). Ahubwo ibaze uti purigatori yaturutse he ko Yesu Kristo atigeze ayivuga habe na rimwe, kandi vatikani yayizanye igamije iki? Nutihana ukiri muzima ngo utegereje kuzasukurirwa muri purigatori, Kristo ntabwo azakwinjiza mu ijuru rye ndakurahiye. Ntabwo ari jye utanga ijuru ariko Ijambo ry'Imana (Bible) niko kuri kuyobora abagenzi bajya mu ijuru kandi inyigisho za purigatori zihabanye nayo
@@michealrugigana8731 ubwo uwo Gitwaza niba yemera abatagatifu nawe ni ukumuhungira kure kuko afite indi myuka imukoresha kuko Uwiteka yavuze mu Gutegeka kwa 2 ko kwizera abantu bapfuye ukabiyambaza ari ikizira mu maso ye. Ikindi abo beretswe purigatori itanditse muri Bibiriya umuntu yakwibaza uwabahaye uryo yerekwa uwo ari we kuko uko byagenda kwose ntabwo ari Kristo kuko ntiyakwereka ibihabanye n'ijambo ry'Imana yaremye isi n'ijuru.
Ati bizashoboka bite ko nta mugabo mfite.... nibwo Malayika yamubwiye uko bizagenda.... ati ndi umuja wa Nyagasani ibyo uvuze bingirirweho. Wabihagaze neza pe. Ubuhamya bwubaka....... ingoma ya Kristu....
Ese ko Imana kugira ngo yigire umuntu, yegere umuntu kuburyo bugaragara ko ya Nyuze kuri Bikira Maria, kuki wowe utamunyuraho kugira ngo akugeze Ku Mwaña we no ku Mana yemeye kumunyuraho ngo yigire umuntu?
Ndasubiza André na Mukantaganira ko guca lmanza nabyo byakujyana Babuloni nk'uko mubivuga.Mwitonde mutagwa kuko ubwo buryo bwo kwiyemera ubundi ni ingendo ya Sekibi.Muce bugufi bavandi...
Rwose Imana igukomereze ukwemera nanjye ndongeraho ko Bikiramariya ari umuhire ( kuko yibutse umujawe utavugwaga guhera ubu bose bazanyita umuhire) Amen
Niwubahwe❤
Ndi umurundi numvise iki kiganiro ico numvise uyumuvyeyi hari inyigisho yigishijwe yaciye azifata n'ukuri ariko ivyiza nuko yosoma ico Ijamboryimana rivuga reka ntange akarorero . Kuvuga yuko yuda umwe yatanga Yesu kwatarubanza yomucira kandi yuko ngo umuntu amenya Aho nacumuriye ngwariko ntamenya aho yihaniye ivyo nivyo ariko Yuda ntaho yihaniye ntabi gumba gumba muvy'Imana reka ndabarungikire Ijambo ry'Imana mumenye icorivuga kuri Yuda
Bravo bravo wa Mumama we uri umukrisitu peeee. QUE DIEU VOUS PROTÈGE ET VOUS BÉNISSE !!! Amen amen Allelua Allelua Allelua 🙏🙏🙏❤️❤️❤️
Wamubyeyiwe IMANA iguhumugisha
Bikiramariya ntabwo yashatse ko avugwa cyane muri Bibiliya, ahubwo yashatse ko havugwa cyane Umuhungu we YezuKristu.
Naho ubundi ibitabo bivuga ubuzima bwa Bikiramariya ni byinshi.
Urakoze cyane Mubyeyi gusobanura ayo mayobera matagatifu yadhobeye benshi pe
Turakwemeye ndakwemeye cyane narasobanukiwe umubyeyi agikomeye aguhe umugisha.
Introduction mbi cyane mu mvugo itarimo kubaha umutumire! Uburere mu buryo bwo kuvugana nu muntu biba bikenewe!
Urakoze mubyeyi ubisobanuye neza . Nuko ubwira abatumva.
Uwo twemera turamuzi kuko dufite ubuhamya.Guma guma mubyeyi.Biragaragara ko ufite Roho Mutagatifu no mu ijwi no mu mvugo.Imana iguhaze ubwiza.Bikira Mariya agusabire.....
Urakoze mubyeyi mwiza, nkunze umutuzo wawe, urakoze ku mpuguro uduhaye.
Mbonye ko abarokore bafite amakuru atari ukuri kuri catholic
Mbega Umubyeyi biranshimishije Imana Iguhe umugisha uvuga Ibyo uzi
Mbega umubyeyi mwiza ufite ubwenge bwinci nukwemera.
Komera Godelieve kdi Imana iguhe umugisha.
Urakoze cane muvyeyi Ku bisobanuro vyiza utanze.Hezagirwa!
Urakoze cyane wa mubyeyi us
hubije neza komera
Imana ikongerere imigisha
Abo niyo wasobamurira mtibabumva rwose,mujye mubareka bavuge ibyo bshaka ,
Kliziya ya kristu Yezu urahigwa cyaneeee ariko mwese ntacyo mwayikoraho kandi ntizahinduka
Ndamwemeye urasubiza ibyo uzi
Yezu ajya gupfa yamuduhayeho Umubyeyi,igihe yambwiye Yohani ATI mwana doré Nyoko,abwira na Bikira Mariya ATI Mubyeyi doré umwana wawe
Nonese usanga aba Gatorika bavuga ngo tubumbire iyi shusho itunere Imana ?kubyerekeranye n ' amashusho , soma igitabo cya kabiri cya ' abami umutwe wa gatatu wose , uwa Kane wose .
Ezechiel, ishusho si yo twunamira, si yo twikubita imbere, si yo turamya. Turamya kandi tukubaha uwo ishushanya.
Soma igitabo cy'Ibarura 21:8-9
(Kubara 21:8-9)
Umva wakoze cyn pe kutuzanira umukatorike 🙏🙏🙏mujye muhora mubikora
Urakoze mubyeyi gusobanurira abobose bahakana bikiramariya
Mbega introduction mbii! Urabona ukuntu murikumuvugisha nikinyabupfura gike? Mujye muba abanyamwuga. Mwisubireho
Ntabwo dusenga Bikira Mariya turamwambaza. Kandi we na Yozefu baba bari hamwe. Nibo bagize umuryango wa Nazareti hamwe n'umwana wabo Yezu.
Buri muntu afite uburenganzira bwo kumva ibintu bijyanye nigihe arimo, ariko ukuri kw' ibintu kurahari.
Kwambaza no gusenga bitaniye he?!!!
None se kumwambaza mubikura he? Murashingira kuki?
Ntabwo umuntu ufite umuhamagaro wo kwiha Imana washobora kuvamo. Ntibishoboka.
Iyo avuyemo n'uko nta muhamagaro yaba yari afite.
Yego rata! Kuvamo kuwihayimana ni kimwe nuko abakoze marriage basenya bagatandukana.
Ese burya uwakoze divorce yakwirirwa aseka uwavuye muri bihayimana??
Yego rata. No mumihamagaro hari igihe umuntu ayoba. Kandi umwana was Mariya ntatana n'imibabaro. Kandi ntamuryango utabura i.…....
Ko mubivanga? Uwasezeranye muri marriage ni isakaramentu ryo kubana ubudatana . Naho kwiha Imana uba ugerageza kumenya ko Imana iguhamagara. Byaba byo ugakomeza ugasezerana burundu ariko nabwo si isakaramentu. Mbere yaho rero ubonye cyangwa abayobozi babibonye ko atari umuhamagaro uvamo ntagihango uba utatiye.
Abapadiri kugira abagore ni komwe numugabo waciye inyuma cg pasiteri waciye inyuma umugore .bose se baba bafite abana cg nabo lmibiri yananiye .kimwe nundi muntu wese waguye .birabareba abagusha abandi. Ibindi nabo ngo nabantu si abatagatifu .ntaho sekibi ataba.
Imana iguhe umugisha wogukomezakuyihamya
Mubyeyi ndagukunze cyane kuburyo utabyumva Ezechiel Yesu kristo akumpere umugisha kumutumira
Iki kiganiro ni cyiza uyu mubyeyi abisobanuye neza, bavandimwe abantu bareke gusebanya, ubu se nta ba pasteri bafite abagore bakabaca inyuma bagasambana! Niba hari utannye akitwara nabi siwe kitegererezo
Amen Amen Amen
Bikira Mariya Mubyeyi w'Imana n'uwacu usigare usingiza Yezu mu kigwi cyacu🙏❤️
Amen
@Dativa Niyibaho
Niba Bikiramariya ariwe ugomba gusingiza Imana mu mwanya wawe, ubwami bw'Imana buracyari kure yawe! Wowe urabura iki ngo wisingirize Imana yawe ko Yesu ku musaraba yavuze ngo "byose birarangiye?"
Wapi siko bimeze.
Ezechiel,uri kumva inyigisho z'ubuyobe n'ibinyoma.Mariya yarapfuye ategereje umuzuko wa 2.Abo rero biyambaza umuzimu ngo asabire abazima
Iby'agatolika nibo babyivugiye ko ari amayobera,bisobanura ibijijisha abantu
Yamubajije akabazo keza nushaka ubyemere ko Bikiramariya yaje i Kibeho kandi ni muzima
Yego baca bugufi imbere y'uruhimbi ruturirwaho igitambo cya Misa, (Kuzirikana ku byabaye mumurima w'Imizeti)
Kandi niho haba hari Tabernacle- Ubushyinguro Yezu Kristu yihishemo mw'isakramentu ry'Ukarisitiya.
Aho iyo bahageze baca bugufi.
Oya, ntabwo ari ibishushanyo, ahubwo reba icyo bishushanya.
Imana irabizi rwose, ntabwo Gatolika ibangikanya Imana.
Imana irabizi? Iyo Mana uvuga se yarabikwibwiriye?
Komera mukwemera kwawe mada komerezaho
Umunsi umwe Ezekiel azaduha ubuhamya ko yabonye Bikiramariya.
Bikiramariya yakiriye Yezu Kristu hano mw'isi, noneho nyuma yaho Nyagasani Yezu nawe yakiriye Bikiramariya mw'ijuru (ASSUMPTION), icyo gihe Nyasani yamutamirije ikamba ry'inyenyeri cumi nebyiri.
Kandi icyo gihe mw'ijuru habaye umunsi mukuru ukomeye cyane.
Ikinyoma. Icyo cyanditswe uzambaze nguhe ubusobanuro
Ibisobanuro ntabyo ufite kuko ntacyo ubiziho.Uretse kuyoborwa n amarangamutima yawe,ibyo utazi ntukirirwe ubivugaho,.Gusa muzi gusebya Église catholique,nyamara n ububasha bw ikuzimu ntibuzayinyeganyeza.
Wakoze mubyeyi mwiza
Komeza ube umulayiki mwiza cyane, nkwigiyeho byinshi
Godelive ImanaIguhe umugisha
Rya jambo ry'Imana musome Zaburi 109 : 6 .......ico wIjambo ry'Ilana rivuga kuri Yuda
Ikinyamakuru kirabeshya cya, ibyowanditse nibyo muvuga ntaho buhuriye. Uyu mu maman Imana igushyigikire.
Amen. Uwo mubyeyi Roho mutagatifu akomeze kumumurikira yaguke kurushaho .
Ese uyu ezekiel numunyamakuru kandi akaba numuburanyi wuwo yi interviewing
Oya nimutumire n abandi
Natwe tuvuge amabi y abarokore cyane cyane abapastoro
Si ugusebanya nibavuge idini ukoriri va kwidini sanga IMANA.
Biriya byoseeee binyuranye n inyigisho za kristu n intumwa ze
Munoze muvandimwe Imana yagutoye ngo ubanoze cyane ❤🎉Imana iguhe umugisha ikiganiro kirankomeje❤🎉
Uyu mubyeyi avuze neza. Imana imwongerere umugisha
Ntabwo muzi ibyo Babuloni iri gutegura. Mugende kwiga Ijambo ry Imana kuko mwese ntacyo muzi
Purigatori ni isukuriro rya Roho z'intungane ariko zizajya mw'ijuru.
@Michael Rugigana
Purgatoire ntibaho muvandi, ni igitekerezo k'idini gaturika iyobowe na vatikani (paapa). Ahubwo ibaze uti purigatori yaturutse he ko Yesu Kristo atigeze ayivuga habe na rimwe, kandi vatikani yayizanye igamije iki? Nutihana ukiri muzima ngo utegereje kuzasukurirwa muri purigatori, Kristo ntabwo azakwinjiza mu ijuru rye ndakurahiye. Ntabwo ari jye utanga ijuru ariko Ijambo ry'Imana (Bible) niko kuri kuyobora abagenzi bajya mu ijuru kandi inyigisho za purigatori zihabanye nayo
@@messieroireine1056 oya ahubwo wowe vuga ko hari ibyo utahishuriwe cyangwa utahawe kumenya, maze ukomeze ibyo wahawe kandi ubikoreshe neza.
Imana ihabwe icyubahiro.
Abatagatifu benshi twemera bo buri gatolika bagiriwe ubuntu bwo kwerekwa mw'ijuru, ndetse n'ikuzimu , ndetse no muri purigatori.
Ubuhamya bwa APOSTLE Gitwaza buvuga ko yahinduwe cyane n'igitabo kivuga ubuzima bwa Mutagatifu Francis d'Assise.
Ahubwo ntimucikwe...
@@michealrugigana8731 ubwo uwo Gitwaza niba yemera abatagatifu nawe ni ukumuhungira kure kuko afite indi myuka imukoresha kuko Uwiteka yavuze mu Gutegeka kwa 2 ko kwizera abantu bapfuye ukabiyambaza ari ikizira mu maso ye. Ikindi abo beretswe purigatori itanditse muri Bibiriya umuntu yakwibaza uwabahaye uryo yerekwa uwo ari we kuko uko byagenda kwose ntabwo ari Kristo kuko ntiyakwereka ibihabanye n'ijambo ry'Imana yaremye isi n'ijuru.
Umukristu si idini ni ukwemera guherekezwa nibikorwa by urukundo
Ibikorwa ntibisigura kuba umu kirisitu,kuko naba Islam barabikora.
Ndakwemeye urasubiza neza ibyo Uzi neza
Mwamikazi wa Kibeho, udusabire.
Imana igukomeze mubyeyi mwiza.
Imana iguhe umujyisha wamubyeyiwe
Congratulations 👍 nakubonye knd ukonikokuri
Nibyo niryo jambo rya nyuma muri Bibiliya Bikiramariya yavuze ngo: "ICYO ABATEGEKA CYOSE MUGIKORE ".
Muzasobanukirwe ijambo yabuiye mariya Ari ku musaraba, ababxira yohana
Amadini yigisha iby umubiri ariko iby umwuka byarabihishe
@@margueritemukantaganira260 ariko se ufite iyihe nyungu mu guhinyura no kurwanya amadini???
Amadini tuyafitemo ubuhamya bw'ifatizo , tuzi neza uburyo twatandukanye n'imigenzo ya za ryangombe, ndetse n'ibindi byose twagenderagaho tutaramenya Imana yukuri.
Sigaho muvandimwe.
Yewe nta nyungu namba mfite muhinyuza amadini. Buriya ibya Yesu wabambwe igologota bifite banyirabyo, babifitiye inyota n inzara mu kumenya ukuri.
Niba rero wowe iyo nyota n inzara utayifite, namahitamo yawe .
None nkwibarize: Yesu n intumwa ze babarizwaga murihe dini???
2/ Nibande bagambaniye Yesu ?
3/ idini n itorero bitandukaniye he?
4/ NI ibiki Yesu yarangije ku musaraba ?
Mfite byinshiiiii nakwivariza, waba umbwiye ibyo.
ESE IYO BAVUGA BABILONI( MARAYA) WUMVAMO IKI?
Uyu mu maman ndamukunze caane.from Burundi.
Komera muvyeyi mwiza abatazi Bikiramariya bazokwama bamuvuga uko bashaka.kuko arikinyegezwa
Murabanyamakuru mubeshya kdi musebanya.
Mbese ko muvuga ko abapadiri bafite abana hanze mwe ko musoma ku gacupa mugakora nibindi byinci bidakwiye ?
Ibyo guca imanza mujye mubirekera Imana kuko twese turabanyabyaha.
Wakoze Godelieve gusubiza neza.
Ducyeneye abantu bameze nkawe mubyeyi
Umushubije neza cyane
Ikibazo cyabiyita abarokore nimpakazabo ngirango nibujijibubibatera naho ibyagatorika birasobanutse birikumurongo abayobozibabo barizebihagije
Katolika yaturemyemwo amacakubiri gusa ntakundi. Ganocide yabayahudi niyabatutsi,kilisiya yabigizemo uruhare rugaragara. Nabandi mabi ntarondoye. None se kuki Yezu WE ataza ababonekera?
Nibyiza gusobanura iby'ukwemera Kwawe ariho ntibibe impaka
Uri umuhanga cyaneee ,washubije neza .
Yezu akube bugufi,ndagukunze
Kiriziya nimwe itunganye gaturika kd ikomoka kuntumwa nkunda cyane.🥰
Abantu dushyirwamo imyemerere yaho tuvukiye .yatamiye gatorike , kuyoborwa n IMANA n idini bizamucanga. Kdi Nahitamo IMANA idini rizarakara .
Ezekiye Kubera iki mwebwe muka za Kanyarira n' ahandi ?
Ati bizashoboka bite ko nta mugabo mfite.... nibwo Malayika yamubwiye uko bizagenda.... ati ndi umuja wa Nyagasani ibyo uvuze bingirirweho.
Wabihagaze neza pe. Ubuhamya bwubaka....... ingoma ya Kristu....
Ese ko Imana kugira ngo yigire umuntu, yegere umuntu kuburyo bugaragara ko ya Nyuze kuri Bikira Maria, kuki wowe utamunyuraho kugira ngo akugeze Ku Mwaña we no ku Mana yemeye kumunyuraho ngo yigire umuntu?
Wambaye neza madame! Sinzi niba wivuze izina ariko uratuje. Ibyo uvuga byo,simbyemera! Gusa uri umunyabwenge. Kdi guma mubyo wemeye! KomERA,uraberewe kuruta benshi
Yajyannywe wese
Igiti cyera imbuto nicyo giterwa amabuye!
Urakoze mubyeyi mwiza 1:25:26
Uwiteka mu izina rya Yesu Christo uduhe umucyo no kugusobanukirwa
Mubyeyi urakoze babwire ukwemera kwawe kandi ugukomereho
Ariko ubundi kuki abiyita abarokore bivanga kubijyanye nukwemera kwa gatorika Kandi ntanarimwe gatorika yivanga mubyayo Kandi mugira amafuti nimwe musigaranye Ibyo kuraguza Ngo muri kubaza Imana Kandi ni umuntu
Uyu mudamu yasobanuye neza cyane.imana imukomeze
Erega abantu ntibashobora kwiyumvisha ibijyanye nukwemera kumuntu
Kuby'abatagatifu nagirango nongereho KO twemera ko umuntu ataba umutagatifu igihe Kiriziya ibyemeje ahubwo aba yaragiye mu ijuru akimara gupfa cg nyuma yigihe runaka yamaze mu purigatori ahubwo IMANA ifite uko ibyerekana mubitangaza imuha gukora mu isi kugirango bimenyekane ko yamaze kumwakira
Kandi abari mu ijuru bose ntibari mugitabo cy'abatagatifu bitewe nubushake bw'Imana
Inzaduka z amadini zibamo ibinyoma byinshi cyane
Kliziya yashinzwe na Yezu ayiha intumwa ze kuva tariki ya 01/01/0001 kugeza none uyu munsi
Icyaha nicyumuntu kugiticye sitegeko ryidini abarizwamo
Aha keretse IMANA niza igakubita nabyo tuzabyita ihindagurika ry ikirere , ko na Yezu idini ryamufashe nkumutamutwe
Niba abashakanye nabo bacana inyuma.nabihayimana bagwa mumutego wa sekibi nkuko abandi bantu bacumura
Kiliziya ni imwe itunganye gatulika,ishingiye ku ntumwa.Yashinzwe na Yezu ubwe.
Ndasubiza André na Mukantaganira ko guca lmanza nabyo byakujyana Babuloni nk'uko mubivuga.Mwitonde mutagwa kuko ubwo buryo bwo kwiyemera ubundi ni ingendo ya Sekibi.Muce bugufi bavandi...
Uyumudamu arasobanitse ndamushimiye
Komera mubyeyi
AMEN. NIBYO RWOSE BIKIRAMARIYA AHORA ATUBWIRA NGO TUREBE IBYIZA TWABONA MURI BAGENZI BACU.
Ese ukugene wari Mwiza hama bakakubesha ngo ntugashake urabona Utari warazimiye
Komera Ezekiyeri. Ndi umu-katolika. Nkunda ibiganiro byawe.Ngushimiye uburyo waganirije uyu mubyeyi ukamubaza mu kwemera kw'andi matorero. Nagusaba ko, bigukundiye wazanaganiriza n'umwe mu bihaye Imana Kugirango amwuzuze. Urugero wazareba nka padiri Rushigajiki Jean Pierre bakunze kwita Pierrot, cyangwa se undi mupadiri wakwemera kukuganiriza. Kuko kiliziya katolika abantu bayivugaho byinshi kandi bitari byo
hhhhhh...urambabaje, nanjye guseka ndabizi disi! Ngo sinkarwane n'undusha amaboko? Inde se? Bikiramariya? Mfite umukiza wamfiriye ari we Kristo umwami n'umurengezi w'ubugingo bwanjye, anshoborera byose kuko arihagije. Yanyunze n'umuremyi wanjye ari nawe Data wo mu ijuru kubw'igitambo cy'amaraso ye, ibyo byangize uw'igiciro gikomeye cyane imbere y'umuremyi wanjye kuko nizeye umwana we w'ikinege ntamubangikanyije n'ibigirwamana byo mu madini! Wowe wumva ugomba gufata Kristo, Imana ubwayo ukamugerekaho bikiramariya kuko wumva ko nta bushobozi buhagije afite, komeza urugendo rwawe nakubwira iki. Gusa ushobora kuzasanga waribeshye nzira
@@messieroireine1056muransetsa cyane iyo mukunda umwana mukanga nyina
Sinshaka isabato ndashaka dimanche , ntukareme ishusho sinyishaka ndafata irya cumi ngabanyemo 2 kgo ngire amategeko 10 rimwe narihishe . Nibi
Ikibazo cy'amatsiko:
ABATAGATIFU (si ikinyarwanda) ariko ni abatu bacu bapfuye tubakunda kubw'ibikorwa byabo by'indashyikirwa kuri twe.
Mu kinyarwanda buriya ntituba dusenga ABAZIMU?
Kuki tudasenga Yezu ko atubereyeyo tugahitamo kwitabaza imyuka y'abapfuye?
Iyi si igiye kurangira dukwiye kwagura intekerezo tukava mu myizerere itari yo.
Yezu aherekeze ijambo rye.
Uyo Mariya mubeshera kumunsi wimperuka azobihakanako atabatumye iryo juru nyamba ariwe warimujanyemwo
Ezekiel ku wa 5/3/2023 uzajye gusengera mu Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe mu Ruhango ibyo wibaza byose uzavayo Yezu Nyirimpuhwe agusubije kandi uzajyeyo. Ubwo nutajyayo ntuzongere kurushya uwo mubyeyi. Kuko ibyo muvuga sibyo muzajyeyo muzavayo mwahuye n'impuhwe z'Imana kuko si Padiri Obaldi byabayeho gusa.
Hari ibitabo byinshi bivuga ubuzima bw'abatagatifu bajye babisoma kandi biraboneka iyo ubikeneye.
Ikindi kandi bajye basoma ibitabo bya Catechism/ Catholic, isobanura ibintu byose bijyanye n'amahame - doctrine n'imihango yose yo muri Kiriziya gatolika.
Ezekiyeli se xowe ntuvuga ko weretswe abantu hmmm nikimwe nabantu berekwa kwerekwa ni kumwe hose. .iyo wizeye byemewe nijuru uwiteka akoherereza imbaraga numwuka wera akemeza abantu
Abarokore nta kuri bagira ibyabo ni amazimwe hagati yabo bakimuka bakinjira mu by abandi
Padri ni intore ya kristu Yezu
Mwe mworamye mu bitsina
Agire ubuzima bwiza uwomubyeyi . Nubwa bibiliya arintagatifu ibitabobyo kuruhande nihatari .
Uyu munyamakuru ntandero afite azabanze yige uko avugisha umutumirwa imyitwarire yawe ndayinenze kwigira icyasama sibyo uyu mubyeyi yakurushije kukumanajinga
Iki kiganiro kiraryoshye ndagikunze Ezekier azampamagara tuganire
Uyu munyamakuru ajye amenya umuntu aba yatumiye, hanyuma amenye uko amuganiriza. Ubunyamwuga ni buke tu!