IPIRAWU Y'ABASIRAMU NI UBUROZI KU MUKRISTO🔥INGO NYINSHI UBU ZIMEZE NK'UKUZIMU ABANTU BABAMO😭AGAHINDA
Вставка
- Опубліковано 18 чер 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Розваги
❤❤❤❤Uhoraho Abahezagireeee Muramfashije cane. Ipirawu yaba Islam ntabwo nayirya nziko ndiko nsangira nimana yabo.Urakoze mukozi w'Imana.
Amen
Amasezerano twagiriye Imbere y'Imana tuyakereho burimunsi.
Ipirawu twarayiriye Imana iratwihanisha ndetse bisaba no gusengerwa ngo imitongero ituveho, nyirya nayitecyeye
Nta mukristo muzima ufite umwuka wera ugomba kujya kuvumba ibiryo byabasiramu ubundi ntanumurokore ugomba kurya aho abonye .
Mubyeyi mama Deborah Ingo nyinci abantu bazirimo bihanganiranye. Kubera abana
Iyopirawu lmana yayinyihanishije nkikizwa insobanurira abadayimoni babamo nibenci
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Byihorere ntubibuge pe nibirebire
Ukuntu bafashanya baraba abarwaye ipfuvyi kusurana twitonde kuvuga
Yesu aguhe umugisha peeeee
Gusa muzabasengere bamenye christo, kuko muri Bo harimo inyangamugaye zitaha abantu ibyaterekerejwe🙏
🙏🙏🙏aho Pamphile uvuze ukuli ,muli bantu bamenye ibyobemeye ,ntuzongere kwivanga mubya KILIZIYA GATOLIKA ROMAINE,
Hhhh, ariko se ko urwana ku Idini cyane? Wakurikiye Kristo Yesu cg wakurikiye KILIZIYA GATOLIKA ROMAINE.
Kwer ibiryo vyabo bifite amakenga, iyo bakoze irayidi inyama ndaziteka ariko madame akaba ariwe ashiramwo ibirungo jewe ntahari, ubu nafashe ingingoko atavyo nzongera kurya,
Abagabo nabagore bakoresha ibitsina mu buryo Imana itabigennye ntaho bataniye nabatinganyi. Ni icyaha
Ahubwo harinibindi ugomba kuganiraho ibintu byateye ngo umuntu numwisaramu yanze kubireka kandi akeneye namasengesho yabarokore sha babamaramo imbaraga muzasenge wowe wifata ngo urasengera umwisiramu wanze kubireka ngo kubera umugabo umva nukugupfumuraho kandi akumaramo imbaraga
Wa mubyeyi we urakoze cyane.Ahubeo se abantu nkamwe mwabaga mwihishe hehe koko ? Murakenewe Imana ibahe imugisha Mama Deborah
Igihe cabo ntikiba kiragera
Nukuri nibyo peeee uziko ibibintu biteyubwoba
Ibyo bihomora nibihomorakazi bige bishakana
😮Ibibazo nibyinshi mungo Kandi umutima mubi umenywa nanyirawo ariko iyo ibiwihishemo iyo bigaragaye ukwari ukuri guteshwa agaciro
Ivyo uvuze nukuri iyo pirwu natwe haheze imyaka irenga cumi nitanu tuyihevye kuko twamenyeko biba bigumanye
Abapagani bo murusengero barutwa nabapagani batabivanga bo inzoga bayinywa kumugaragaro abandi baroga barimunsengero ubwo lero
Ariko pamfiri koko ipirawu nikibazo cyangwa nikindi mupfa na islam
Cyakora Pamphi Imana ijye igukomereza ubudahangarwa kuko haribintu uvuga biteye ubwoba pe.reka mbabwire rero ngewe kuva nabaho sindarya biriya biryo kuko ndabitinya kuva nkiri umwana.ahubwo icyo nibaza ese na nyuma yuriya munsi kurya ibiryo byaho nabyo nikibazo? Hanyuma se kugura inyama zo muma boucherie yabo nabyo tuba dukoze icyaha?
Soma muri1 corinto 10 uhere20 ugeze aho igice kirangiriye hari igusubizo
Pamphile wee😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 uransekeje pe.nukuri Imana imbabarire 😢 mperuka kuyirya last year 😢😢
Nukuri lmana ijye igushoboza uvuga amagambo akomeye
Mpirutse kubwira umuchauffeur wanjye ko azajya azakunjyana gusenga kucyumeru avuye mwitorero rye ,mubuza kongra kwinjira mu missa yitwaje ko amperekeje .Koduhulira kukazi akora ,ko tutaza bipfa ,cyeretse yihaye kwivanga mukwemera kwsnjye .Nti menya IMANA aho wayobotse ,ukulikize amabwiliza yanyu aliko hano amenye ko ali murugo rw uwabatilijwe muli KILIZIYA Gatolika Romaine, ko Bikira Mariya arufitemo umwanya ukomeye ko ntifuza kuzabona yangiza ibyo nubaha
Imana ibabarire pe
Ahubwo se ni igihomora gusa ko ari ikiburaburyo😢
Sha imana imbabarire pe
Na le16/06narayiriye
Njye hashize nka 2 ans nyiriye, dusabe imbabazi Imana imbabazi ariko twihumanuze n'amaraso y'a Yesu Kristo adukureho ibyaduhumanyije
Tuyakomereho
Nubwa mbere na kumva umuntu avuga ukuri ku bya bayisiramu na ba christ ntabwo dusenga lmana imwe ibyo nukuri
Ibi mvuga ndabizi kuko nakijijwe haciye igihe kitari gito mvuye muri islam.
Pamphil kudatinya aba lslam bazakumerera nabi .
Ufite YESU KRISTO muri wewe watinya iki se ?
Ese kuki aba islam batarya ibyacu twe ntamisimikuru tugira?nubwo yaba arumuvandimwe wawe ntiwamutumira kuri noheri ngwakwemerere .ariko abarokore dufite insdambi wagirango nindogano.inyama zabo bazibaga zitongereye niyo mpanvu ninaha muburayi baba bafite amasoko yabo bahahiramo .nubwo yaba arinyama yinka nangwa ihene ndetse ninkoko ntiwabona babihahiye mumasoko yabandi.
Ukuri kuku bamo ,mwami yesu anjye agushyigikira,
Byitwa kubitongera
Mpa fire mukundakubi mwa ufite imbuto ureke babandi bavugisha umunwa ntambuto
Nivyo
Ariko narumiwe pe ngo ngw'iki? Ngo mukanwa?
journaliste urakoze kunyibira ibanga sinarinziko mumabagiro handitseyo ayo majambo.ndihanye aho nariye ntasenze
None se byatuma umuntu atabona ubugingo ?
muba christo bana barozi naba islamu piyanabandi bose
Ntakuyirya uri umukristo imana zabo siyo yacu barabitongera biba ari ibizira kuri twe.
N'inyama zose zigomba kubanza gusengerwa kuko akenshi zibagwa nabo,iyo atari bo,bo ntibazigura nyamara twe ntitubyitaho 😂
Mbonye umutwe wikiganiro gusa umutima umvamo Mana weee none twebge tuhabaye tugirente 😢😢😢Mana dutabare nukuri