Murakoze Allah abibambere aha kw isi no Mw ijuru uwo musheikh Allah amuturindire amuzigame amurinde abamufiseko agatima kabi.ndasavye Allah yoroshe abobakebana abahuze.
Assalam aleikum Bantu ese ntimubona ko Islam iri kuzimwa . Imaam wa haraam taciriwe gufungwa imyaka 10 gusa ko yavuze ko umu kafiri bwa bazungu batabureka bwinjire saudiya. Gusa icyo cyatumye ahagarikwa kutazasubira kuba Imaan haram no gufungwa imyaka 10. Inyo rero ntibibatangaze Islam isasubira uko yatangoye Alla aduhe iherezo ryiza Amiin
Maa sha Allah Maa sha Allah Maa sha Allah Maa sha Allah Maa sha Allah Maa sha Allah Nyagasani turindire Aba sheikh bacu bahagaze kuri Sounnah , uzaduhe iherezo ryiza.
Intumwa y'Imana Muhamadi swalallahu alayhi wa salam yavuze ko mu bihe by'imperuka cg no mu bimenyetso byayo, ari uko kuba umuntu afite idini bizaba bimeze nko kuba umuntu afashe igishyitsi cyaka umuliro nta gitangaje rero gusa birababaje aba sheikh benshi mu Rwanda babaye corromper
Iyi dini siyumuntu runaka yaba sheikh nundi uwo ari wese cg organization nk R.M.c.....niy Allah.kutumva ibintu kimwe igisubizo sukumuhagarika nukwicara mugakorana ikiganiro buri wese Akerekana Dalili za Quran na hadith sahihi
Hadji we aba sheikh bo murwanda bakera bori majil na bafeke ,nikindi bazira umu sheikh ukunzwe na bantu Uzi kwigisha uri kuri Suna ariko Allah arahari.
Ukuri nink'inyama y'igihaha. Ukuri kuzakomeza kube ukuri. Kandi iyi dini ntabwo Ari ibitekerezo byuwariwe wese. Islam Ni dalil. Allah Akomeze Akurinde Ikibi cyose Aho kiva kikagera.
Ark abasiramu twabaye gute kko tuzahora turi ba ruvunwa kugeza ryari urarwanya aba bana bize neza ilimu kko iryo terabwoba muba mrisha mubeshyera bagenzi banyu mubona bizarishwa kugeza ryari ko iki gihugu ubuyobozi bwabavumbuye?
Assalam aleikum warahmatullahi wabarakatuh, Sheikh kuwa na subra, Allah na Mtume na Waumini wanaona kazi yako. daima ushikamane na haki na kuteteya coran na sunnah. Allah akupe kila la kheri. Waislam tuko pamoja na wew. Dini ya w'Islam unaharibiwa na viongozi wanao teteya misilaha yao.
Maskini Allah ukube hafi kuko ubwo bari hafi kugukurikiza ba Ally na Yusuf nuko babatangiye none imyaka irirenze ntanimirambo yabo twabonye ngo tubashyingure.
Ariko noneho ibi biteye agahinda ngo hari aya zabitswe mu kabati??? no izihe ngo zimenyekane, banatubwire impamvu zitagomba kuvugwaho. Abo babivuga baba bafite indi version ya Quran bazamurikira abasilamu ???? cyokoze 😊🤣 ...
Hari post ya Rizinde Shaffiy ari kwataka video y'uyu mu sheikh Faraj ari kuvuga ngo mtume ntago bigeze bamuririmbira ageze Madinat ariko ikibabaje n'uko uriya Lizinde yaje abinyomoza kandi ntanatange dalili ahubwo ari kwandika post ireshya n'umukeka..... Gusa birababaje
Kugeza nubu njye nibaza icyo rmc imariye Rwandan Muslim community sinkibone ese hari byibuze n.a. clinic mwigeze mwubaka I wish if H.E can find your intention akazi kanyu nukurwanira udusanduku gusa nothing else
Asalam Arayikum Warahmaturullah wabarakatuh
Ukuri Iyo Kwaje Ikinyoma kirahunga!
Ariko mubyukuri
Uguhagarika yibuka Yuko anytime Allah yamuhamagaza Akamubaza. Mureke Sheikh Faradji Wacu Dukunda Atwibwirire Ibyo Mwaduhisheeeeeee
Urumuli iyo Rugeze Ahari Umwijima Urahungaaaaaaaaaa
Sheikh Faradji Komereza Ahoooooo
Turagushyigikiye Kubera Allah
Birababaje kubona mwaratwambuye umuntu waduhaga ubumenya arko imana niyo ibizi buriya twese kuturusha ,ndasaba Allah ko ubumenyi nagukuyeho bugyanye nogusari izàjye iguha kubyiza nzagja mbone buri uko nsenze😢🤲🙏
R.m.c ntacyo imariye rwandan muslim society. Ntaterambere ibagezaho,amashuri,na za kaminuza,amasoko,nugagarika gusa abasheikh basobanutse bafitiye umma intumbero nziza.nabokugambanirana bishyingiye kwishyari nubujiji kwidini .
قال الله تعالى(( أَمْ يَحْسُدُونَ النَّاسَ عَلَىٰ مَا آتَاهُمُ اللَّهُ مِن فَضْلِهِ .... )) الآية
Shekh faradji ndamukunze cyane
Kd nawe hadji Allah aguhe umugisha
Barakallah fikoum
Sheikh Wangu
Allah akurinde kandi aguhe ubuzima ukomeze utwigishe ubumenyi bukwiye
Sheikh rubangisa Allah aguhe ibyiza mwisi na jannah firdous wakoze cyane gutumira sheikh faradji
Hajj uzahamagaze umuyobozi wa Majilis atubwire impamvu birirwa bafungusha abasheikh
FARADJ muvandimwe twe tukurinyuma mpaka Allah akorohereze ukomeze ushikame
جزاكم الله خيرا
Murakoze Allah abibambere aha kw isi no Mw ijuru uwo musheikh Allah amuturindire amuzigame amurinde abamufiseko agatima kabi.ndasavye Allah yoroshe abobakebana abahuze.
Sha njye naheburiye Aho barwanyije Sheikh Gahutu Abdul Kalim ariwe muslam usigaye
Iyo uvuze ucikiza ntabwo uba utanze amakuru neza 😂
Ngo ariwe muslamu wari usigaye 😂mu isomo bita logic ubwo niba nawe uri Muslim, ubwo buslamu ubwivanyeho! Kandi ndakeka atariko washatse kuvuga 😂
Nibava mubiro murayo maca kubiri baze barebe ibi bazo abasilamu dufite
Ntabuyobozi dufite kd niko kuri guhari mwabihakana niko kuri guhar .
Muzatubarize Sheikh Nzanahayo Kassim icyo atekereza birababaje muzamutumire azaze asobanure ubwobutiriganya
A.A.w.w,komera ushikame ALLAH arikumwe nawe,ukuri kuzajya kwigaragaza,abasilamu dufite ntabwo bagitinya IMANA kdi biragaragarapeee.
Sheikh faradj rwose Allah amwongerere i'ilmu anamutabare amurinde Abanzii bidiini nkaboo basufii badashaka kumva ukurii
Ndangirango muzatuzanire uwamuhangaritse, kuko uyu mushehe afite ubumenyi buri hejuru kabisa, nibyo asobanura birumvikana neza,
Assalam aleikum
Bantu ese ntimubona ko Islam iri kuzimwa . Imaam wa haraam taciriwe gufungwa imyaka 10 gusa ko yavuze ko umu kafiri bwa bazungu batabureka bwinjire saudiya. Gusa icyo cyatumye ahagarikwa kutazasubira kuba Imaan haram no gufungwa imyaka 10.
Inyo rero ntibibatangaze Islam isasubira uko yatangoye
Alla aduhe iherezo ryiza
Amiin
Maa sha Allah
Maa sha Allah
Maa sha Allah
Maa sha Allah
Maa sha Allah
Maa sha Allah
Nyagasani turindire Aba sheikh bacu bahagaze kuri Sounnah , uzaduhe iherezo ryiza.
Ibyo uyu sheikh avuga nibintu byinyurabwenge.iyo habaye kutumvikana hagati yabasilamu nukubigarura ku mana n intumwa yayo .sukwirukira muri let niba muri abasilam bukuri.turabasaba kuzahamagara uwamuhagaritse nawe adusobanurire impamvu ze.
Wallah twarinjiriwe gusa Allah Akbar... Imana niyonkuru, abayobozi bacu nukugaragara mumakanzu n'ingofero gusa nahubundi ntakigenda
Pole muvandimwe Allah arakuzi kuruta abandi bose kdi azakurengera abo bakuranganyije Allah azabagukoreza isoni
Asalam alaykum warahmatullah wabarakatuh,,,,cyakoze idini ya Islamu mu Rwanda Allah wenyine niwe uzayirinda ibaze kubuza umumenyi kwigisha kubera hari ibyo yavuze wowe utazi,,,amashyari,amatiku muba mufite hagati yanyu mujye mubikemura hagati yanyu apana gutera urujijo imbaga ya kisilamu muyobora yewe munigisha,,,ibi bintu birababaje cyaneee BAYOBOZI MWIKOSORE
Intumwa y'Imana Muhamadi swalallahu alayhi wa salam yavuze ko mu bihe by'imperuka cg no mu bimenyetso byayo, ari uko kuba umuntu afite idini bizaba bimeze nko kuba umuntu afashe igishyitsi cyaka umuliro nta gitangaje rero gusa birababaje aba sheikh benshi mu Rwanda babaye corromper
Uzatubarize sheikh ibijyanye nogushaka umugore mudahuje ukwera. Ariwe ahalal.kita'bu saw murakoze
Allah atuyobore.ikindi aduhe ubuyobozi.icyombona ubuyobozi bwabayisilam burumwe ayobora ukwe.sinzi inyito nabiha.niyompamvu ntacyo tugeraho ntanicyodufite.nibura ngoburimwana uvutse ajye avuga ati ibibikorwa nibyabasogokuru nabasogokuruza nabo bagire ishyaka ryokubaka ibindi banarinda ibyobasanze.ikindi yaba abasheikh cg se nabamwe mubayisilam bafungwa bazira akarengane ubuyobozi bwakisilam buba bwabigizemo uruhare.harumusheikh narimfite amawayiza ye na poste ye avuga ati abayisilam turaganahe umuyisilam afungisha mugenzi.atikuki twigisha ibyotudakora turavahe turajyahe.Allah akomeze aturengere nkomeje kumirwa
Yh 6:35 Yesu arababwira ati “Ni jye mutsima w'ubugingo, uza aho ndi ntazasonza na hato, n'unyizera ntabwo azagira inyota na hato.
Yh 6:36 Ariko nababwiye yuko mwambonye, nyamara ntimwizera.
Yh 6:37 Uwo Data yampaye wese aza aho ndi, kandi uza aho ndi sinzamwirukana na hato.
Yh 6:38 Kuko ntavanywe mu ijuru no gukora ibyo nishakiye, ahubwo nazanywe no gukora ibyo uwantumye ashaka,
Yh 6:39 kandi ibyo uwantumye ashaka ni ibi: ni ukugira ngo mu byo yampaye byose ntagira na kimwe nzimiza, ahubwo ngo nzakizure ku munsi w'imperuka. Yh 6:40 Kuko icyo Data ashaka ari iki: ni ukugira ngo umuntu wese witegereza Umwana akamwizera ahabwe ubugingo buhoraho, nanjye nzamuzure ku munsi w'imperuka.”
Asalam alaikum warahamatullah wabarakatu ewana shehk naramukurikiranaga sana kbs nakintu avuga nakimwe adatanze dariru' ahubwo abitwa abamwenyi bacyu cg abitwa abaduhagarariye nimwe mubyicya ngaho batwereke ibyo yahibye muri Qoran na suna tubimenye turabasaba nabaduhagariye mushire imbere Qoran na suna amatiku yanyu muge muyazana nyuma kandi muge mwicya maganire hagati yanyu nkabamenye kuko icyo muba mutumvikana aba ari Qoran na nasu apana
Please call sheikh again turusheho gusobanukirwa
Muzamenya ukuri ukuri niko kuzababatura. Mubuzima umuntu akenera icyamuruhura imigenzo ya gipagani nimirimo y’idini itageza umuntu kugakiza. Yesu niwe nzira nukuri n’ubugingo ntawujya kwa Data atamujyanye. Kandi nkuko Bibiliya ibivuga yesu ni Umwana w’Imana akaba ariwe wapfuye azira ibyaha byacu. Ntakindi cyakiza umuntu uretse kumwizera.
Allah Agushoboze Muva Courage Komera Kuri Ayat Na Suna Ikitari Muri Quran Nimigenzo Yintumwa Wacana Nacyo
Iyi dini siyumuntu runaka yaba sheikh nundi uwo ari wese cg organization nk R.M.c.....niy Allah.kutumva ibintu kimwe igisubizo sukumuhagarika nukwicara mugakorana ikiganiro buri wese Akerekana Dalili za Quran na hadith sahihi
Jazakumllah khairan
Assallam alaikum warahmatullahi wabarakatuh Sheik faradji jazakalahu khail mu byukuri birababaje kubona abasilamu bagenzi bawe bagera ku rwego rwo kugeza aho byagutwara mu nzego zu butegetsi byambabaje cyaneeeee cyaneeeee wallah 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Pole
On end kubera inda nini muzatuzanira na qorani yinyamerika wabona mutanazi ko ibaho
جزاك الله خيرا يا استاذنا الفاضل.
Allah akurinde inabi yabanyeshyari ya shekh
Sheikh inzira ya dawa ntago yoroshye Allah aguhe gushikama kukuri kuko niko ducyeneye kugirango tuzabashe gukiranuka.
Naam uyu mu sheikh akoresha dariri cyane kandi nabonye abiyita abasheikh ntabumenyi bafite rero ufite ubumenyi baramurwanya
Shukran sheikh ku bisobanuro utanze kdi bisobanutse.
Sheikh nukubigendamo gake kuko abo bagabo bakugerekaho ibyaha bikarangira uburiwe irengero nkuko twabuze Sheikh Yusufu Bigabiro abashehe bakuru aribo bamutangishije
Hadji iyo topic yabataburigh muzafufashe ayisobanure neza insha'allah
ALLAH AKBAR! umuvandimwe x ntago Ari kwigisha kwel
Assalaam alaykum warahmatullahi wabarakatuhu turasabako Sheikh Faradj yahabwa uburenganzira bwo kwigisha kuko yigisha Aqiida nyayo
Abaislam twihangane bizashira inshallah
Ma shaa Allah, uravuga ukuri ya sheikh
Asalam alaykum walahumtulah wabalakatuh uri mukuri
Ibyo nukuri uvuga kbs
Sheikh faradji Allah akomeze akuzamure mu ntera
Komereza aho
Hadji we aba sheikh bo murwanda bakera bori majil na bafeke ,nikindi bazira umu sheikh ukunzwe na bantu Uzi kwigisha uri kuri Suna ariko Allah arahari.
Njye nibaza icyo abaislam bapfa bikancanga kuko nziko nta kaminuza bagira nta hotel nta namacumbi nkubu koko kwabandi bapfa cash zifatika mwe mupfa iki? Nyagasani abatabare.
Bapfa kumvako barihejuru
Faradji ihangane ntanvura idahita dufite umubyeyi utureberera knd umunsi numwe bakumirwa mana we izinda iyo ziza kureba aho umugongo ureba ntizijye imbere
Ubutaha uzanjye umubaza ikibazo kimwe ureke asubize nezaa ubone kumubaza ikindi wamwimye umwanya kbsaa
Njye mu mutima wanjye ndagusabira Allah akomez akurinde ikiza gihari Allah azagaragaza ibihisha umunsi umwe gusa
Allah akwishimire ya sheikh hano iyo bavuye gushyingura mumico mbona hano no mubarbu barasura kdi barya ibyo bazanye , icyayi, ibiryo,i kawa, lmbuto ............, bagasiga na mafranga rero dushikame kumuco wa islam, twifuza mufti nka sheikh faradj mansha Allah
kbc birababaje kubon mwaratwambuye umuntu waduhaga ubumenyi p nikindi kibazo kibayeho???
Aww.Nkunze kumva havugwa ingabo Intumwa y'Imana yafpuye yaragwatirije kumuyahudi ndetse namwe murabivuze.
1.Ndibaza ese bivuze ko lntumwa y'Imana yapfanye ideni?
2.Nonese iryo deni ryaje kwishyurwa iyo ngabo iragaruzwa?
Bivugwa ko intumwa yimana ishaka gupfa yarifite ideni hanyuma ihereza ingabo umuyahudi (imwishura iyo ngabo umwanya w'ideni)
Ukuri nink'inyama y'igihaha. Ukuri kuzakomeza kube ukuri. Kandi iyi dini ntabwo Ari ibitekerezo byuwariwe wese. Islam Ni dalil. Allah Akomeze Akurinde Ikibi cyose Aho kiva kikagera.
Ba Islamu nabagira inama yo kwakira Umwami Yesu kuko niwe uduha isezerano rizima ryuko azatuzura. Tugatera umugongo inyigisho y’ubushukanyi igamije kujyana abantu mu kutimbuka. Yesu arabakunda ni muze abaruhure abahe amahoro
Hari incuti yanjye y'umuyislam yarambwiye ATI abayislam Bose barakundana,sinabihakanye cg ngo mbyemeze,arko ndabona ntaho amashyari n'urwango bitaba nomuribo bibabamo
Sheikh uri intwari ico nogusaba nugushikama umurimo wa Daawah s icoroshe umuntu ahura nimitego yubwoko bwose ariko Allah agukomez naho tubaye ibibazo bene ibi turabibona ariko ntibibuza aba sheikh gukomeza batanga inyigisho kuko ukuri kurababaza benshi turabizi ko batishimira inyigisho zitangwa.kuko jewe ndazi uburerere utanze nkinyigisho zibuza itabi ninzoga uri umu imam baca bakwirukana kuko uba uvuze ibibakora kumitima.kimwe wicika intege i Burundi turagukunda knd turagukurikrana
Allah akorohereze faradji kdi akurinde inabi yababi
Ark abasiramu twabaye gute kko tuzahora turi ba ruvunwa kugeza ryari urarwanya aba bana bize neza ilimu kko iryo terabwoba muba mrisha mubeshyera bagenzi banyu mubona bizarishwa kugeza ryari ko iki gihugu ubuyobozi bwabavumbuye?
Assalam aleikum warahmatullahi wabarakatuh, Sheikh kuwa na subra, Allah na Mtume na Waumini wanaona kazi yako. daima ushikamane na haki na kuteteya coran na sunnah. Allah akupe kila la kheri. Waislam tuko pamoja na wew. Dini ya w'Islam unaharibiwa na viongozi wanao teteya misilaha yao.
Allah akurinde abanafiqi ariko birababaje kubana rmc ihagarika umuntu utanga ubumenyi biturutse ku kagamane
Allah akbar
Ikiganiro ucyigize kigufi pe kdi cyari cyiza
niko ibihebyanyuma bizaba bimeze abavuga ukuri bazateshwa agaciro bimakaze abavuga ibinyoma
N'ugushikama nta kundi ni rya kara ryaka upfumbase mu ntoki zawe Allah aguhe gushikama
Maskini Allah ukube hafi kuko ubwo bari hafi kugukurikiza ba Ally na Yusuf nuko babatangiye none imyaka irirenze ntanimirambo yabo twabonye ngo tubashyingure.
Ndugu yangu Idini murwanda yarangiritse ni Allah wenyine kdi ibibi byinshi bitangiye kuvaho Gahutu aviriyeho,Bitangirira kuri Kayitare bigeze kumucada wa FPR Salimu Idini ihinduka FPR nsasa,!!!
Kdi Reka mbabwire,Aho islam igeze murwanda haramutse habaye idega nkiya 94 hakagira abasilamu bahungira mumisigiti benewabo babatsindamo ndakurahiye!!!
@@themagnet4236 Allah atworohereze anatuyobore Ameen
Abasheh n,abarimu benshi ni indyarya
Sad and hurtful
Sheik ndamukunda cn sinajyaga ncikwa ninyigisho ze mubiryogo hamwe nomumugi
Erega ya shekh nimutinyuke muvuge abagambanyi bubuslam bihishe muri Ako gakundi kitwa ko kayoboye ubuslam murwanda nkubu nka Sindayigaya mussa nubugambanyi bwe hari utabuzi ariko nubivuga nabandi bazatobora babuge Uzi uko bagushinja ibinyoma agahinda kakakwica ukibaza niba aribo dini ese nkubu babaye aribo bonyine bahari hari uwabakira biteye ubwobwa kimwe yaba kassim nabandi...
Nagahinda gs
Imana izabakoza isoni niba badashaka kwicuza
Turagukunda
Abasheikh bo mu Rwanda ibyabo mubyereke Allah ntahuguza..Aho babyiciye naho bihaye kwambara ingofero zumutuku .umutuku kubazi ucyo usobanura bariya bagabo si Abo kwegera nabo kwirinda kuko ni danger
Mushake ibyo mukora ikibashyamiranya ninzara singombwa ko mwese mwirunda mu isafuriya imwe nkisenene kuko ntacyo muzageraho,ese iyo minadef itabajyana Darfur.....ubwo koko mwahagurutse mugakora
Ubwo wajijutse uzamujijure ark iyo umuntu ajya gufata iyambere agstuka mugenzi we ngo ninjiji hubwo we niwe uba ufite ikibazo ijijukire wowe shaaaaa
Warukwiye guhuza uyumusheikh nabamuhagaritse kuko avuga ukuri kose
Better mudushakire na version ya MAJLIS
Assalam alaikum warahmatullah wabarakatuh! Allah akujye imbere ntibagufunge muvandi,kurubu ukuri nta mwanya ku kigira.
Anyibukije Bigabiro ManshaAllah. ALLAH AMWOROHEREZE aho aryamye.....
Sheikh Rubangisa ubwo twari 1930 muri 2016 hari abana 2 bari bahari bazira imyemerere gusa twe twari muri rusange badushinjaga kuba turi kumwe nabatari abemera ngo turabasuhuza tuganira nabo dusangira nabo gusa rimwe umufasha wumwe azana ibyo kurya mugihe cyigisibo ifutari kwakundi batworoherezaga maze abazanira ibyo kurya byinshi noneho babuze uko babimara batangira kubiha abatemera maze ndababaza nti mubihaye bande babura icyo basubiza ndababwira nti ALLAH agaburira uwo ashatse yaba umwemera cga utemera bityo twihangane kuko ALLAH abana nabihangana.
Arikose mananyagasani watabaye ababa sh he babanye shyari ukabahi ndurakoko
Ariko noneho ibi biteye agahinda ngo hari aya zabitswe mu kabati??? no izihe ngo zimenyekane, banatubwire impamvu zitagomba kuvugwaho. Abo babivuga baba bafite indi version ya Quran bazamurikira abasilamu ???? cyokoze 😊🤣 ...
Iki kiganiro cyari gikenewe
Rwose abantu bahagaritse chekhe faraji nyagasani azabibaze kd ntazabagirire impuhwe kuko nishyari
Naamu rwose Dawa RwandaTV mwaziye igihe!
naho icyonavuga kuri Faradji Afite îlimu ark nanone ibimaze kumubaho byose nibimwinjize mu ishuri ryitwa Hikima(ubugenge). nasobanukirwa irisomo bizamufasha muri îlimuye.
AAWW, Nabonye kukaburi ya Arafat bashize dal ifuka mwanandani. None ni haramu canke umuntu yabikora ntakibazo?
Uyu mugabo namukunze
Hari post ya Rizinde Shaffiy ari kwataka video y'uyu mu sheikh Faraj ari kuvuga ngo mtume ntago bigeze bamuririmbira ageze Madinat ariko ikibabaje n'uko uriya Lizinde yaje abinyomoza kandi ntanatange dalili ahubwo ari kwandika post ireshya n'umukeka..... Gusa birababaje
Abo ni injiji kuko ntibaba basobanukiwe idini
Ubwo se nigute yabihakana ntana daliil bafite
Dalili @Chaffi yarazitanze pe ahubwo Wenda wowe harukitazemera Icyo nikindi...
ariko zaratanzwe bro
@@gatanamkuda9706 hadith ibivuga nimwe kandi nayo ni dwaifu Sinzi niba ibyo ubizi
Ibyo sheikh faradji yavuze ni ukuri ntandirimbo Muri islam icyo ukimenye
Aba tabuik bakora gute ni bantu ki?
Faradj nagaruka azadusubize(azabatubwireho)
Hadji Suleiman Rubangisa ndagukutikira kensh Allah akomeze kuguha imbaraga zo gukorera ijuru kd nkwifurije iherezo ryiza
Na karengane
Muraho neza! Nkeka ko preview y'iminota 5 ari ndende muyigabanyije byaba byiza
Sheh kassim yigize kwigishako kurya riba ntakibazo hhhhhhh ngo dwarura sha kassim we nudakora tawuba iyondayawe izaguta kugasi
😂🤣😂😂😂😂 uransekej nukur NGO riba kuyirya ntrb
None ko Allah yamaze guca iteka ubwo arashaka guhinyuza Amagambo ya Allah?
Wabonye se nubundi ariho ate?Siwe nabonye ajya kurwana numugore batandukanye bapfa inzu urukiko rwageneye abana?Buriya biriya ni ibihano byo kwisi asigaje ibyomumva no kumunsi wimperuka naticuza ngo yiyeze.
Uyumugabo yigeze kuza kumusigiti wa kirihura murubyiriko rwahuye. Esebya ali pepe abasiramu bazenga Amarira kumaso none nyaguhwera yarasebye kagame wacu asanga abasiramu barabeshyewe erega inda iyo yagutanze imbere nuyigababurira ababizi kwarigihuru .. kassim numuntu wanzwe kwikaburiyawe hazavugirwa menshyi wamunafikiwe
Subuhan Allah
@@rusinegaitan5746 muhishire
nuko babaye ntibagikeneye nkabo bigisha imico ya rasuru
Muve mubyo murimo mumenye neza Icyo Allah adutegeka ndetse Ni ibyo Muhamad (S.a.w) yatwigishije. Kuba mudafite icyo muhurizaho ni uko ari ibihimbano byabaye byinshi mugata iby'Intumwa mukifatira iby'umuco Nyarwanda. Wallah nimudatinya Allah mwarize Idini muzajya Mumuriro ntakabuza.
Kugeza nubu njye nibaza icyo rmc imariye Rwandan Muslim community sinkibone ese hari byibuze n.a. clinic mwigeze mwubaka I wish if H.E can find your intention akazi kanyu nukurwanira udusanduku gusa nothing else
Asaalam Aliyikum ww Hadj Rubangisa Allah akongere na shehk , gusa birababaje abamenyibacu bamara inyaka biga ariko usanga arabafana owo, uhakana tabulighi nuko yize saudia ari nayompamvu obona Aba shk bize sudani badahuza nuwize misili kuko bigishya ihithilafu zama dhebu nta islam bigishwa ndashaka shk nagaruka azatubyire atubyi madhebu y'intumwa y'Imana Muhamad sw. Yarimo kuko bose batubyirako bakukiza koloani na suna
Cyakora aka nakumiro koko ubu umushehe wese utwigisha ibintu bizima bitarimo bidaa azajya ajyanwa muri gereza birababaje kbs abayobzi nibatinye Allah bareke abana batwihere inyigisho turazikkeneye twebwe
Ikiriho nuko ubuyobozi bwabaislam murwanda bwiganjemo abize muri lybia akaba ariyompamvu bahora babangamirana nabavugabutumwa kuko babarusha ubumenyi no kwibombarika mwidini mugihe abandi bameze nkabahakanyi bihisha muri islam nka Byagusetsa mubona ari mushehe ki?
Asalamu alayikumu warahimatullah wabarakatuhu hadji ugera kubashekhe Bose uzabwireko barimo guhuguza abayisilam kuko dukeneye inyigisho nkizo zatuna tutayoba umuntu ashobora gukurikira agatsiko aziko Kari mwidini atabizi guhagarika umuntu wabyize Uzi nokubisobanura nuguhuguza abayisilam
Aaww hadji ibinibyo mora mvuga dufite abayobozi babipeee bo babashaka inyunguzabo iza islm nibakeneye nokuzimenya.mbese nabuze icyomvuga bigisha ibintu wumva ukumva sibyo ibikenewe murakokanya tuba turimo gs jye mborambasabirako allah yabafungura amaso