Bambwiraga Ko Aka GAKECURU ninkarongora Kazantera UMWAKU none nabaye UMUKIRE🥰MUKABUTERA n'UMUGABO we
Вставка
- Опубліковано 13 кві 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR) - Розваги
Uyu mu Maman ntabwo ari à l'aise ntanubwo yishimye ,wagiye utanga izindi ngero iby'umugore wawe ukabyihorera😢😢😢😢 pole mugore mwiza
Sha uyu nawe arimubakorera satan
Ngo atuke umuntu gutyo amupfobye amugirre ubusa
Birababaje😢
Erega uyu mugabo wagirango afite ikibazo.njyewe njya mureba niyavuye DRC nkabona ataba serier
Nukuri akomeretsa uyu mubyeyi aho gutuma yishima nukuri. Pole mubyeyi mwiza
Nanjye ndi umukristo ark kuba yahamya ibyo yakoze uburyo amuzunguza ubona ko derrière Les rideaux umudamu ari cishwaha naraguteturuye. Niba nibeshye ubwo Nuko mvuze ibyo mbona
@@ntakirutimanavalens4412 nanjye Niko mbibona pe
Jye numva gutanga ubuhamy aribyiza arko guhora uranga urugero k umugore wae umwita agakecuru nukuri nibibi ufite umugore mwiza ikindi umuntu wese uri mubukene agaragara nkushaje.
Njye narumiwe!
Uyu mudame ni mwiiiiiiiza ureke kumukorera ihohoterwa mbona ataco umusumbije😢
Iyi nayo ni torture yo mu kirokore. Ukuntu uba umushikanuza rwose bisa nabi. Ikindi, uzamwakire ntugakomeze kwerekana ko bisa nkaho mwabanye ku gahato k'Imana. Gusa nkunda cyane ukuntu uwo mubyeyi aba yiturije!
Aba yiturije kuko nta kindi yakora ariko ni ukuri ni bibi cyane
@@laparolededieu.6259ahubwose uyumugabo mubona atarumunyamahane,umva uzongera gushikanuza uwo mukabutera goreti tuzagutangira ikirego cyoko utoroture uwo mubyeyi,niba IMANA yaramugutsindiriye uzamwange,sinumvase ahubwo warufite zanyabingi ziwanyu.
Nonese yakora iki adatuje koko ?imana niyo igena .gusa uyumugabo agaragazako nubwo abana nawe ntarukundo arukubura ukwagira rwose ntacyubahiro abikorana sinzimpanvu abandi batamugira inama abapastor bakuru
😢😢 nanjy Niko mbibona
Reka reka nawe widupfunyikira urafata ibyo kunvira Imana ukabivanga nibyo kukorera muri kongo?
Wa mugabo we uzasabe Imana iguhe ubwege pee! Kandi Dubai , Chine ntabwo ari mu ijuru!
Sha wa mugabo we uwo mugore umukorers ihohoterwa rikabije ahubwo se uretse we wakwemeye ninde wari kukwemerana nicyo kinyabupfura hafi ya nyacyo,ntuzengere rwose
Narayobewe nange uyu mugabo abivugishwa nigikomere kuki ahora yumva afite ibyo kwisobanura
Ariko iminsi yimperuka dusohoyemo umuntu bamuha agatute aho kuvuga Yesu akivuga .
Pole sana
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Oooooh IMANA Ishimwe mwe muvugako adakwiye kumutangaho urugero ntimuzi Ibyo gukizwa iyo wamaze gukizwa unezezwa no kuvuga uwo wahoze uriwe
@@user-lh6yl8el3u ibyo gukizwa se ninde ubiyobewe ! Gukizwa ntibivuze kubura ubwenge ! Buriya se umuryango wuriya mugore cg abana be wimbwirako iriya ari inkuru nziza kuribo
@@user-lh6yl8el3ubareke umurirombyi yararirimbye ngo numara kumwemara nkumukiza wawe muhamye no mubandi ibyo yagukore ese Mukabutera yabigizeho ikibazooo nonese ko nawe atanga ubuhamya bwuko yarari tubigenze dute Abantu ntibashaka kwemera abo baribo bati 😂😂😂
Vuga ineza y'Imana vuga kumvira umwuka w'Imana, vuga gukora k'Uwiteka. Ubuhanya njyewe buranyubaka.
Ikosa ukora wa mugabo WE nuko uhora umuvugako yari agakecuru ahubwo ujye uvugako lmana yaguhaye umugore mwiza ukubaha ugukunda ibyo birahagije ibindi uzabireke
Ariko nge mbona uwo mukabutera atari mubi nkuko uba umuvuga ko ari umubare Imana itaguteranya nawe. icyambere ni urukundo ibindi ni ibyisi nta muntu numwe uzabijyana nyuma yurupfu Imana izavugana n'umuntu wimbere naho uwinyuma wo uzabora. si ikukurwanya mwigisha ariko reba ukuntu uwo mugore aba akureba nuzongere kumutangaho urugero umupfobya ni ugutsikamira uburenganzira bw'umugore kandi nawe byatuma ahorana igikomere cyo kumva ko mwashakanye utamubereye.
Urakoze umubwiye ukuri niyo ureba uwo mugore nta byishimo afite . Ni mwiza rwose kandi akwiye ibyiza
Uko nukuri pe
@mukayirangaeuphrasie8081 najye uyumugabo ajyandakaza iyo.apfombya mukabutera,ngo baramubwiyengo ,nagakecuru mbese karashyuha,😂😂😂😂😂😂😂😂😂,jyewe mbona mukabutera ahubwo uyumugabo ariwe mukuru kuri.mukabutera,kizamuca inyuma sha.
Abantu dupfa ukuntu dutahura ibintu nabi ntibisobanura ko atishimye kuko umugabo we amutanzeho urugero ibyo niwowe uhise ubibona uko ariko ubundi atamutanzeho urugero arutange kuri nde se?nico gituma bwitwa ubuhamya kandi Imana itoranya aboroheje,nta gaciro babaha kugira ngo ikoze isoni abakomeye ❤
Azamurenza abandi bagore vuba cyane.
Ese uyu mugabo confidence agira azikura hehe koko???
Gusa umugore we yaragowe pe; kubana n'umuntu ugukorera ihohoterwa rishingiye ku marangamutima kandi mu ruhame...
Mubyeyi mwiza jya wihangana, uwarushye ntaruhuka ni ko bajya bavuga.
Gusa Imana izakwihere ubugingo kuko aho ugeze noneho ntacyo ukiramiye mu buzima wari usanzwe wibereyemo.
Imana ishobora byose ifite uko izabigenza!
Buriya muzatinye umuntu ukora ibintu bibingamye imbere y'imbaga nyamwinshi, aho batamureba Akora ibirenzeho. Uyu mugabo plz rekeraho gukomeza utoteza umugore wawe. Ubundi wakabaye ariwowe ushimagiza ubwiza bw', umugore wawe, ariko ubare gestes, amagambo Atari meza yose wavuze ku mugore wawe kuva watangira. Hari igihe aceceka akakwihorera ariko abangamiwe, wowe ukagirango yafashijwe nibyo uri kumbwira abantu Kandi mumutima Ari kugusengera isengesho utazi
Nyamara RIB ibinabyo igomba kubihagarika kubera niyicya rubozo
Nukwambura umuntu agacyiro wongeyeho kwafite abaana ntabwaribyo
Njyewe mbona kuriya guceceka k'umugore we atari busa ubanza cyaramujujubije kimuca inyuma kikanamukubita😏 ukuntu kitamwubaha bindya ahantu
Uyu mugabo nigicucu araharabika umugore we n'ubwo acyecyetse ariko arabangamiwe. Gabanya ibigambo we.
Birambabaza cyane,ukuntu uba umushikanuzaaa,ngo ni agakecuru,ngo warasebye kdi warabyemeye😅😅rwose uzahindure izo mvugo kbs.niba waramwemeye kdi mukaba mumeze neza,ibyo niki uba uvuga kweli❌❌❌turakugaya kbs.nawe akakurebaaaaa
Najye igihecyose numva uyumugabo ahora yitotombera mukabutera,ngo bagakecuru,nagateramwaku,karikarishwe niminkanyarari,jyewe mbona munzu iyo zikomanye amahembe.ameze nkubimucyurira,uziko ahora abimucyurira mubantu,ntawumubujije.gutanga.ubwobuhamya ariko.ajye agira uko.abuvuga.
Nge mbona ari comedy aba akina pe wa mugabo we gabanya ubwibone naho uri ni Mukabutera
Ubuhamya bugayitse butarimo ubwenge bw, Imana. Ikibazo n, uko ushyize on record ihohoterwa ukorera umugore wawe kandi ntuzigera ubisiba ukundi.Sintekereza ko hari umuntu ushyira mugaciro bishobora gufasha
Ariko ubundi wamugabowe IMANA yiguha umukobwa wifuza ukamugira umugore,ubundi utatubeshye mwarigushobokana,jyewe mbona usa nkugira amahane mwariguhora murwana,uwomukobwa wifuza wenda aguca inyuma,sha wowe uba rwose warakoze divoruse kera ,kuko ufite ubukana bwinshicyane,mukabutera nawe nuko yirukanse mubagabo akiri muto,ariko simuluru nubwobwose afite abana 5,ahubwose wowe wamugabowe konawe ntamateka meza ufite ,wagiye ureka guhohotera mukabutera koko umugira inyigisho,ariko nawe ntabwo abaseka,ariko mukabutera aracyari muto,uyumugabo aramuruta ,kandi rwose mukabutera nimwiza pe ,inzobe.iraka ntiwareba,arambara akaberwa.
Nanjye ukuntu avuga umugore we simbikunda pe,ninde wakwemera gukaragwa kuriya usibye uyu
Hahahahaha 😂 uti gukaragwa!!! Nanjye arambabaje rwose! Ese ubu aba yumva ahesha agaciro umugore we?? Ese aba agira ngo tubone ko amurenzeho???
Ngewe ndananga cne kuko mbona atoteza uyumugore rwose
@@dativemanariyo3451 satani n'umugome aba azi ngo ari gufasha abantu naho babimwangira kugirango azasubire mu byaha Imana izamuhishurire ibi pe
Izi ntanyigisho zirimo pe ngo yarafite ubuheri😂 yewe umugabo nkuyu aragatsindwa ni Imana, ubu c umuntu umugira gutya mubantu muruho biba bimeze gute? Incyuro iba ari dange ubu koko abana buyu mubyeyi bavuga gute? Umva ubutumwa bwiza buraha😂😂😂😂
Ntabwo gutera ipfunwe umugore wawe muruhame ari ivugabutumwa
Ndumva nanjye runo rugabo runteyumujinya kbsa😢
Yesu ashimwe! Uyu muvugabutumwa Ari gutanga ubuhamya ariko abutanga nabi peeeeeee nta respect kumugore we, urabonako umugore we atanishimye rwose.... Plaisir mbona urimo umwuka w'Imana uzaganirize umu mukozi w'Imana.
i uyu mugabo ibyo Akora sibyo, hano ntarukundo rurimo pe,arikugaragura uyu mugore nkugaragura akana k',imyaka 15 ....Kandi avukako bashakanye akuze yagakwiye kumwubaha.uyu mugore ntiyishimye pe
Mukabutera nyamara ararakaye umunsi yaturitse tuzumirwa mba mbona areba uyu mugabo we nkaho yakavuze ati ibyuri kuvuga urabeshya
Yesu weee iyi family nyimenye nonaha sinari narigeze mbiha agaciro.yoooo Mama Imana ikumpere imigisha myishiii cyaneeee.hari mukuru wajye wagiriye neza.ndabamenye none ndabakunze
Sha nanga ukuntu Aba kristo nabo bigize inkomamashyi ubuse habuze umushumba mukuru umugira inama ? Izisinyingisho rwose ahubwo ndabona ubawaje kuvuga akarengane imana yagukoreye🤔🤔 ufite umwuka wubwibone bukabije noneho ubwobujajwa bwanyu ngo Imana yaguhaye inzu, imodoka, amakote sibyo bisobanura umurimo imana yakoze nabadafite sristo barabigira
Uri umugabo mubi, jya ushaka ibindi wigisha ibyo twarabihaze. Umugore wawe nimwiza, ntuzongere kumugira Icyigisho, iryo nihohotera umukorera, ntago bitunezeza
Umvugiye ibinu pe nukuri uyumugabo numugome yirirwa asebya umugore we 😢😢😢😢😢
Nukuri nkabana bayakurahe bakabona ibigambo Avuga kuri mamawabo bazamufata batekoko izi ntanyigisho zirimo
Nanjye umvugiye ibintu pe uyu mugabo avuga nabi cyane
Ukuntu se aba amujuguta amukoza hirya hino.
@@anjemolin4469😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂,jyewe mbona rimwe kizamuca inyuma ,kikajya kumva uko kurongora umumobwa bimera😂😂😂😂😂😂,agahinda kagiye kuzamwica ,ngo abantu.baramusetse ,ngonanubu baracya museka,akabi nugushaka umugabo ugahinduka inyigisho pe,kombonase ahubwo mukabutera arimwiza kurusha uyu.mugabo,nuko yabyaye akiri mutu ,nahubundi.mukabutera rwose ntari nomumyaka 45
Imana iguhezagire mukozi w"Imana ntibiba vyoroshe kwumvira Imana ariko bivamwo umugisha kandi ntibagucire urubanza kuvuga ubuhamya nivyiza komera na madame wawe ahora avyivugira
Ahubwo jew numv bimbabaje reka kubabaz umugore waw nimwiza lmana yabony muberanj umu prsesanta nabi Mana uturenger uduhe ingo imyaka itaraba agatwengo ndabigusavy ndavyizey amen kand ndavyakiriy nzineza kuzobikor🙏🙏🙏
Mwemera ukanumvira!
Ubundi se umuntu wasaze n'uwqbyaye ubwo mwese ntimwari muwaye rata😂 iyo mibare n'Imana yayihuje
Ndabakunda. Cyane Mukabutera si mubi, ariko uyu mugabo ntimumutere amabute we aba avuga mbere atararya ngo ase neza kuko mwe mumumenye yarabaye mwiza kuko amateka yahindutse. Mwibuke Kandi ko uyu yari akiri umusore undi yari abyaye 5nta kosa rero afite nakomeze atambutse ubuhamya
Igo rata
Papa ubwiriza neza ,ariko ugabanye kuvuga mukabutera,uzatuma atongera kugukurikira mu rusengero
Nubundi urajyarwaye ibyo ukorera umugore sibyiza ubwose urwo nurukundo umufitiye gusa inama nziza warekeraho gutanga ubwo buhamya urakorera nabi abana banyu urarega umupaka
Wigisha neza wa mugabo we Imana iguhe umugisha mufite n,ubuhamya bwiza gusa umugabo uzagabanye kuvuga ijambo agakecuru noneho n,amajeste ukora k umudamu ujye umukoraho n,imbaraga nke ibindi rwose uri umugabo mwiza
Wagabanyije kujya wirwa icugusa uwo mubyeyi Koko ,uburyo aba yiturije disi ,ucunge neza ibyo ukora ntibikubahisha rwose
Ubwo yabonye ariwe uzagushobora 😌😌
Uyu mubyeyi nyamara njye ndabona atanezerewe😂mbega uku ni ugusebanya wamugabo we.jyushimira mumutima ,byari Sawa ariko nukuri jyunamwubaha pe
Ufite ubugoryi Wangu!! Urabona ukuntu ubusebya uwo Mubyeyi we!! Ngo urashima Imana
Nimureke abarokore bajye bavunga imana biba byabarenze nonese mukabunterawe ntabyivungira mubona Koko antangoba nkuvunga imana mujye muvunga imana
Wamugabowe wagiye uha agaciro umugore wawe ko iyo atakwemera ntawundi mwarigushhobokana rekeraho kujya wirirwa umusebya ninamwiza kukurusha kuko we ntajya avuga ibibi byawe bivuzeko ari umugore mwizaa wumutima
Mubigaragara uwo mubyeyi ushikanuza imbere yiteraniro urikwica ubutumwa shaka ukundi uzajya ubivugamo cg ujyutubwira ijambo ry Imana wiyoboza igitugu uyu munama aritonda ariko yashatse umusazibyo
Jyugabanya ibintu byo kwirirwa umushikanuza ntago umwubahisha pe
Yego rata
Mushumba dusengere twere imbuto nyinshi agakiza kagapiratano turakarambiwe mukabutera abivuze abanje gusuhuza. Umutima kubyumugabo we avuze ni yo magambo yo nyine arengejeho bivuze iki yabwiraga umugabo kuko yarambiwe iri hohoterwa
Ariko uzabanze ugere kumusara neza ushyire Kristo ubwo bwibone bwawe a guhindure neza ureke gutoteza Uyu mubyeyi kandi wibuke Ko afite abana ibi utekereza abana babifata bate 😢😢
aboneka nkuwiyemera uvuzeneza yakuricyiye cash none ababeshya beshya
Nukuri nimba yamutwaye avyaye 5 kubivuga numva atakosa ahubwo bibere isomo abasore bakiri bato kurukundo
Arugwambere kandi nabakobwa bamaze gukura ntibihebure. Unwewese igihe
Kigeze. Imana ikura kucavu
Imana iratera iteka amen
@@Mbosso-G Hoya kubivuga nibyo kandi biratangaje ariko urya mu papa uburyo abivugamo nibwo bubi harizindi nzira yakabaye abivugamo atarukumukurubana kuriya
Niba mwarakundanye kuki umuvugaho Ibyo byose uramugirira Nabi cyane.
😢😢😢 iryo ni ihohoterwa rishengura umutima kandi igihe kimwe uwo mugore azahumuka aboneko ibyo ukora Ari ukumutoba
Ese agaciro uri kumuha ni akahe
Sinagukurikiye cyane ariko ibyombonye birahagije ndakugaye
Esubwo murugo umugira. Gute koko uzige guca bugufi
kugeza iyi saha kwiyakira byarakunaniye kubera uyumugore ufite niyo mpamvu uhita witanguranwa ngo amezatya.apuuu njyewe uhora untangaho ingero urumugabo wanjye naguta uri mubi p uyu mugore yararushye ntajya aseka umuteza abantu gusa icyonzicyo ahubwo irari ryabo wifuza ryarakumaze harigihe wavuze ngo Warabyemeye ntakundi ngo kdi nawe warabibonye kwarimubi ntasoni apuuuu twarabatahuye ntawundi wari kukwemera ataruwo wagowe wirirwa ushikanuza abantu bagorewe mumadini p uyumubyeyi nawe arambabaza
Wigisha neza gusa umugore wawe yaragowe yabaye imfadhanyigisho
Mujye mgira u bwenge mumyigishirize,uwo urimo ugiragutyo numuntu,kandi waramwemeye,ntampamvu yo kumusebya muruhame.wabona imyaka ufite warayikozemo ibibi byinshi kumurusha,kd ariwe mukuru nkuko ubivuga
Uyu mugabo n’umurwayi akirutse ibisazi ahubwo nta n’ubwenge.
Uwo mugore yahuye n’ikirara cy’igisazi Kabisa.
Ubuhamya bw’ubugoryi nk’ubwo nta kigenda.
Azengurutsa umugore akaraga ijosi ukabona harimo ubugoryi bwinshi.
Ariko Itorero rimuha agatuti naryo nta kigenda.
Ubundi ibintu byo kwirirwa muzana amabanga ya family mu itangazamakuru ninde wabibabeshye ko arimwe muha icyuho umugome
Njye inama naha Umugabo wa Mukabutera nukuri hari Abasore bashaka abagore bakuze kuruta Mukabutera ikindi kuba wari umusazi akakwemera jyubiha agaciro cyane kuko ntawupfa kwemera uburwayi nkubwo rero simvuze ko umwanga arko hindura imvugo umuhe agaciro umwite akazina keza kari romantic,bizatuma ubwiriza dufashwe kuko ufite ijambo arko kuvuga agakecuru ibiheri iminkanyari sibyiza pe
Eeeh niba rero yari umusazi ibyo avuga birumvikana burya naho yakira hari ubwo kagarukamo ndamubabariye
Mukabutera komera wubashye Imana pe uyemerera kumushaka
Mbambona ahubwo mukabutera akuruta rwose
Sha wamugabo we ibyuvuga kumugore wawe ntakinyabupfura kibirimo pe ubaha umugore wawe kdi umwubahishe abagabo bazima bagenzi bawe bazaguhugure kuko ibyuvuga ntabwenge bw Imana burimo kuko wowe uba umeze nkuwishyira hejuru ugasuzugura umugore wawe
😂😂😂
@@byukusengeclementine5990Nshyigikiye iki gitekerezo cyawe ahubwo ndabona uyu mugabo yifitiye dayimoni ariko bashobora kuba bamutinya bakabaye baramuhuguye
Umugabo ungira nkibi yambabaza pe,ikiboneka nuko uyu mu dame atishimye nukuri😮
Mwene da nukuri rekeraho kujya utanga ingero kuruwo mubyeyi ibyobitera ipfunwe ntugahore umwibutsa ukoyarameze kuko ntiyabyibagiwe buriya nawe hari uruhande IMANA yarebye ibona ariwe ugukwiye kdi rwose usibye imyumvire yamuntu Nimwiza mukabutera agwa neza nonese wowe kowamushatse ubizi ko yarumukene wihanganiye inzara ikamwica ngo adahemukira Imana niyo mpamvu yakuzanye ngo umugaburire kuko ibyutunze n,Imana nawe yabiguhaye kdi rwose mumibereho yawe ntukumveko IMANA yagukoreye ibiremereye kuguha butera abo bose bakwerekaga ko aribeza burya kenshi ninyuma imbere usanga ari udutadowa ducumba .
Umva wamugani we ugakabya iryo vuga butumwa riteye ubwoba NGO warasebye nushaka igihanda nkawe biragoye PE untera umutima mubi ataringe URI kuvuga ubwose uwo mugore yatimizwe pen yahuye nikigeragezo
Ariko uyu mugabo plaisir nta butumwa atanga bwubaka peee aratugusha abari n abatevarugori Nyabuneka Plaisir
Rata wamugabo we wumviye Imana izakwihere umugisha ,bangahese banakijijwe batari kwemera mukabutera barebeye mumubiri,ariko wowe Imana yagushyizemwo,kuyubaha,nokwizerako ibidashoboka bishoboka,wamwaturiragaho amagambo meza rataa
Bareke bavuge aribo nabo bavuga ese Mukabutera yabaririye ahari😢😢😢
@@user-dy3oe6xo5u byahehese mugihe cyokumva ikigisho ningero atanga babifatukundi
Gabanya ukomeje kumutera ipfunwe umushikanuza gutyo mubuhe buryo ufite ubwibone bukuzuye
Nge ndabona umugore wawe atishimye ntanubwo nakomeza kugukurikira
ihohotera rya mbere rikorwa n'abiyita abakozi b'imana!! uyu mubyeyi ndumva ambabaje ! igihe cyose mbonye inyigisho z'uyu witwa umuvugabutumwa aba acunaguza uyu mubyeyi! urabona ko no mumaso h'uyu mubyeyi rwose atanezerewe!!
Ntakinyabufyura ugira reka gutoteza uwo mugore
Uyumugole kwarimwiza
Ikikigabo kuki kimusuzugura koko
Mwigisha rwose ntuzongere kuvuga ayo magambo apfobya umugore wawe nkaho ari impuhwe yagiriwe ngo mubane. Uzahindure uburyo ubivugamo kuko nawe uriwe ntiwanezerwa bagutangaho urugero gutyo.
Akunda kumukina kumubyimba mbona ari harassment 😢
Nanjye mbona iri ari ihohoterwa uyu mudamu akorerwa pe
Ni harrassement sha
Nonese ubundi twese iby'Imana idukorera simpuhwe😢😢😢
Gushikanuza umugore no kuvuga cyane k’umugore imyaka ye isura ye ntabwo byiyubashye rwose
Mukabutera nawe yakunze umusazi
Mbaaaa.
Yegoko! Nudushya hose hose, habe mubitorero no hanze yaryo! Uwo mugore yaragowe.
Inyigisho zari nziza ariko akantu ko guhora umushyira imbere ku gatuti niko kabi. Jya utanga ubutumwa utamujunguje gutyo tuzajya tubwumva
Uyu mugabo ntajya amfasha pe kubera ukuntu atubaha umugore we aramushikanuza umujinya ukanyica
Mufite ubuhamya pe ariko wa mugabo we wisibireho nta kinyabupfura na gike ugira
Umugisha w'Imana ankenshi iza upfunyitse mu gipfunyika gisa nabi.kuko uje mu gipfunyika gisa neza abadayimoni ntibatuma ukugeraho❤❤❤Amen
Nibyo nukuri
Mana yo mw’ijuru ni urukundo ntiyaha umuntu ikigeragezo cy’umugabo nkuyu wee 😢, mbega umugabo basi mwubahire nuko yakwemeye kuko uragoye pe. Ariko rero nabamuha kubwiriza bafite ikibazo pe ubuse nubuhe butumwa koko mumbabarire munsobanurire
Wa mugabo we Imana ikubabarire kwandarika umugore wawe!
Ndabona IMihanda yanyereye yemwe Murabeho ibyiyiminsi n,Agatereranzamba
Abantu kucyi batanyurwa mwaretse Umukozi wimana Akivugira lmana kunyomoza ibyo bavuze kumufashawe bitwayiki Rata mukoziwimana Amavuta nagukunze?
Nonese kuba ugeze mu Bushinwa bikwerekako uzagera no mwijuru ? Ese imitungo yibyisi nijuru bihurira he ? Uyu mugabo ni umugome cyane uyu mugore arahohoterwa cyane
Imyumvire yabakozi 'Imana bo muriyiminsi baransetsa 😂😂 mubushinwa c ni mu ijuru 😂😂 naho n'iku isi 😂😂 bumva umuntu wuriye indege byose biba byujujwe 😂😂 cyakora uyumudamu wawe arihangana!sha uzamurwaza depression!!
Kubera ukuntu utimbagura umugore wawe utuma mbona utarumuvuga butumwa watumwe n'Imana😢
Woya p nibyishimo biba byamurenze.
😂😂😂😂
Dufashwa bitandukanye kandi nawe kubyumva aho ageze yari umusazi mukabutera ari umukene reba aho bageze kubera Imana nibwo buryo bwe ntibigucumuze.nawe uzatwereke uko uwawe umufata dufashwe
Suko hhhhhh nabishobora se harinabadaterana intambwe nabo hano Kandi baramutera amabuye hhhhh@@nikomezegrace1595
Wamugabo we ukeneye guhura na kristo bindi bushya.
Gusebya umugore wawe bene Ako kageni bitwerekako utarikumwe na kristo
Ntambuto zawe tubonye 😢😢
Bivuge ntacyobitwaye❤❤
Nabivuge Twibuke Ineza y'Imana itarobanura sha
Imana iguhe umugisha mukozi wimana 🙏 rata ubuhamya nibwiza jya ubutanga, hari benshi basubizwamo imbaraga kubwo kubwumva , birakwiririyeko twumvira
Imana tudakwiriye kwiyobora 🙏 Imana ibakomereze amaboko
Nukuri Ijoro ribara uwariraye nukuri
Uyu muvugabutumwa mushake uko mumukorera igitabo cy'izi commments. Ahari zagira icyo zimuhinduraho. Ajye agisoma na cyo akigishe.
Ariko ibi Mukabutera yabibatumye menya😂😂
Sinangombwa kwamuvugirubuhamya rwose yajyareka akabwivugira burikiganiro amuhindagura nibitambaro bikavamo uziyuko biboneka Ko mukabutera abayagizisoni
Asigaye akurusha ubuto rero wowe wabaye igisaza
Ngo uyu mugore,abana be ntibahuje ba se😂😂hanyuma byatumarira iki kumenya ko adafite abana bahuje base???
Imana yarabahuje kugira ngo yereke abantu gukomera kwayo,ubuhamya bwiza cyane ku bantu bashaka gusobanukirwa imikorere yImana
❤
Nukuri turabyumva cyane 😢😢
Ahubwo ubutaha ntukajye ubishyira kubandi ujyuvugako woe ark ubibona or wabibonaga uwomubyeyi agize ubwiza agize ubwitonzi ahubwo muhuriyehe ko bakubeshye gusa turabazi abagabo nkamwe mwishyizeho murahari kd ngo murasenga ikindi murongora ababaruta mwarangiza mukagenda muvuga ubusa 😅😂😅😂
Urmva ukuntu mukabutera asuhuza umutima ysrashize
Ibaze kwisebereza umugore ngo uri gushimisha abantu😮😮😮
Ndakwibuka Udusura Nkomangwa
Mana nonjyewemo imbaraga zokugutenjyereza❤❤
Aho bigeze ubuhamya bw', urushako rwawe uzage ureka umugore wawe Abe ariwe ubwitangira bizaba byiza kurushaho
U're right!nareke umugore we ajye abwitangira
Uvuze neza rwose
Mukabutera nawe arabutanga iwacu n'Irubavu
Mukabutera usang arikwameze asa neza bisa nkahamufashe neza aravyibush yambay neza rero uko niko batey nibaza kwataribi baba bariko baravug ubukuru bw IMANA
Ibitangaza by'Imana nukuri Kandi ijoro ribara uwariraye bati
muyandi magambo ushatse kuvugako uwo mucgecuru yagushatse urimanzi😂😂😂😂😂
Ahubwo ibi avugira kuri camera bari kumwe amubwira ibingana iki koko😢😢😢Mukabutera uri mwiza kdi amavuta yawe nayukuri
Mba numiwe pe ! Buri gihe Koko !!
Kandaho kwifoto tubane nanjye ninkunga yawe❤
Wa mugabo we sigaho gusebya umugore wawe !!ese urumva ubwo buhamya hari umuntu bwafasha?ese urabona umugore wawe atabuze uko agira guhagararana nawe aho urimo uvuga ibyo?
Sha uvuga Imana neza uramfashije
Iri ni ihohoterwa rikabije!Nta mukozi w'Imana wakwitwara nkawe!
Uyu mubyeyi arahohoterwa cyane, niba ariku abikora imbere yabantu ubu iyo bari bonyine amabwira amagambo ameze ate? Wamuvugabutumwa we jyawibuka ko uwo uvugaho umuhohotera gutyo afite umutima nukuri uramubabaza kandi umukoza isoni imbere yabantu ntaba yishimye pe nukuri muhe agaciro database sinayirangiza ndabebayeka
Iki kigabo ntabwo kitwubaka Uyumubyeyi kiramushikanura nabi cyane🙆🙆🙆
Ese yabibatumye😂😂😂
Ikikigabonikibi mukabuterakirushubwiza
😢😢😢😢
Ubwo se ko mumutuka mumurusha iki gukiranuka ahari???
Ahubwo nugusa murasa abavuga.ntibaribazi integuro y Imana
Uyu mubyeyi abayeho muri torture pee, guhora umutagaho ingero nkaho kumushaka ari faver wamugiriye.
Asyiiii rwose umu kristo ntakora ibintu kibyo rwosee.
Ubwo iyo muri babili umubwira iki?
Ba fière y’a mama wabana bawe.😢
Manu na Mukabutera ntimubererekere Satani, ashaka kwinjirira urugo rwanyu ngo arusenye, kubera ishyari.
Mujye inama, mubagarire urukundo rwanyu, musenge Imana, mugwize gukiranuka, ntimuve kuri ya sooko y'agakiza mwasangiriyeho, mutunge mu mitima yanyu inzira zijya i Siyoni.
Ubuhamya bwanyu njye ndabuzi, Urugo rwanyu rwubatswe n'Imana, murukomereze kuri yo.
*Zab.124:1*
Nanjye ndabazi habay'Imana
Umugore biba bimubangamiye
Urimo urishongora kd nawe waratomboye gusa urworugero sirwo ntuzongere 💪