UMUSIRIKARE Azanye UBUTUMWA BUKOMEYE: Musenge cyane Haje IBITEYE UBWOBA😳 IKINDI CYOREZO😭GUMA MU RUGO
Вставка
- Опубліковано 22 чер 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR) - Розваги
Ndashima Imana ko yankijije imitego mibi yabashakaga kunyica ariko Imana iranyimana ndayishimye🙏🙏🙏
Imana idufashe
1.umuntu yatangira neza agakomeza neza ariko gusoza amateka ya yehu urazi Imana itugirire neza na sawuli
2. Tuzabamenyera ku mbuto bera
aha nta kwihana iby'isi bizashira
Hari abaturanyi bawe babisize
Twihane ibyaha ubwibone akugiriye neza
Turacyafite amahirwe yo gusoma Bibiriya tukanya uko tugenda
Ezekiyeli 33:3-4
nabona inkota ije iteye igihugu, akavuza impanda ngo aburire abantu,
maze uzumva ijwi ry'impanda wese ntiyite ku mbuzi, inkota yaza ikamurimbura, amaraso ye abe ari we azabazwa.
Nibyo
Ijambo. ry'Imana ritubuza guhinyura ibihanurwa ahubwo tukabigenzura uyu mugabo Imana imuhe umugisha
Ooh Imana ishimwe ko igiriye neza Apotre Gitwaza, nukuri ni umukozi w'Imana ingororano zirahari kubabiba barira
Yesu aguhe umugisha mukozi w Imana. Uvuze ukuri pe Gotwaza n umukozi w Imana najye ndabihamya. Umugeraho urushye ukaruhuka nubwo waba umwicaye imbere yigisha wumva amazi y UBUGINGO atemba mu mutima
Konumva mwamuhinduye Imana c?
No nanjye nubwo ntakurikiye iyi nkuru ark gutwaza simuzi ark mperutse kurira inzozi nziza kuri gitwaza rwose lmana ikomeze kumubungabunga akomeze akorere lmana neza
Ntabwo arukumugira Imana ,ahubwo Imana yaramwizeye imugabira umurimo wayonksndi imuha ubwo bintu(grace),kugirango abantu barushye baruhuke @@Pink.53
Ap Gitwaza yakoreye Imana ,benshi twamenye agakiza, abandi bize gukorera Imana bamureberaho,kuba yamugirorera rwose nibyo kwishimira
Urakoze k'ubutumwa utugejejeho, nanjye numvise ibya Gitwaza narasenze mbaza Imana irambwira ngo ni Umukozi w'Imana ni ukumuharabika kd nanjye sinsengerayo, ndemeranywa nawe
Muri abayobe
Mbonye umuvugabutumwa ukivugisha ukuri mu ijambo ry'Imana. Uri kmwe muri bake basigaye. Imana ikomeze igukomeze.
Imana igihe umugisha igukomereze intambwe ukomere udusengere abafire indwara sidakira
Yesu aguhezagire .Akwongerereze Aho wakuye mukudushikiriza ivyo lmana yagutumye.Ndi umurundikazi yagukwirikiranye
Uyu mugabo araciye ubgenge bg'Imana!
Amen amen amavuta amavuta mukozi wi lmana ikomeze iguhe imbaraga
Urakoze Mukozi w'Imana, gusobanura,kubyerekeye ibitambo,ukuyeho urujijo nokwibaza,byari byaratubereye amayobera .Imana iguhe umugisha.
Mutumishi Imana iguhe umugisha
Umuhanuzi w'ukuri avuga icyago akavuga n'umuti wacyo
Ubalikiwe sana!!!!
Imana igukomeze Kandi ikomeze igutume
Uko nukuri rwose mukozi w'Imana ntamuntu wakoreye Imana bagira igitambo
Imana itubabarire idukure mumwijima kandi idukomereze amaboko kugirango urukundo rube rwinshi muritwe kandi dkomeze kwera imbuto nziza
Mbega ukuntu twakomotse heza wee!! umva ubwoba nibushire💃🙌
None wowe ikitwemeza ko uri umukozi w'Imana yemera n'iki? Buri muntu namenye Izina ry'Imana yizera akorera! Imana iduhane umugisha🙏 Yesu atugirire neza!
Mwitegereze iherezo ryingeso zabaganza mwigane ingeso zabo Yesu uko yararejo nuyumusi nikwari Hébreu 13:7-8 rero umuntu yavugaYesu karinzira nukuri hanyuma agahindu kwatari inzira mumwitondere
Amen 🙏 ubutumwa bwawe intigisho n'impuguro bikenewe cyane muri kino gihe Imana igihe umugisha
Imana Iguhumugisha urintwari. nibake kugirango umenyeko Apostle Gitwaza arumukozi w'Imana byukuri nandimahirwe,Biragoye kumenyako Apostle Gitwaza akorera Imana utarimo umwuka wintumwa, Kanadipe ntawarenganya abatabibona ,na we ababarire kuko amaso ntarebakimwe umuntareba ahwabasha kugera,hhhhh ugerahafi arebahafi,Ugerakure nawe arebakure hhhhhhh nabenshi bamurihafi nibake babihamya hhhhh
Habwumugisha n Imana satani ntiyanyaga umuntu Imana hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah
Vuga Yesu niba koko ari Yesu ukubwira, atari ibyo icara wige
Ndagushimiye Imana iguhe umugisha kutubwir ijambo ryimana iduhane umugisha 🙏
Ushobara Kubura Akazi Ejo Ukakabona Ushobora Kuba Ikennye Ejo Ugakira Igitangaje Nuku Wibagiwe Nogupfa Da Murasetsa Cyanee
Nta muntu uzi Yesu batamba,kuko nage barabigerageje Yesu aranyimana .Yesu yarabirangije kumusaraba.Yaratambwe kubwacu.
Imana ibahe umugisha nimwe mukenewe murikigihe.
Wamwibwiriye se kugera aho ari byarakunaniye😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂. Mbega ubutumwaaaaa😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢. Yesu yagendaga Niki se? Mbega ubusambooooooooooo
Rwose nibyo imana nitubabarire njyewe numuryango wanjye
Byose yesu arabizi.twe turi gusenga ngo abane natwe niwe udufitiye imbabazi .naho abavugabImana bi baratesha umutwe .
Yesu weee,Ndagushimyeeee kuhamirijye gitwaza mumaso yabanzi be.
Numugabo Yesu ndamwemera❤
Ese uyu musirikare ibyo Gitwaza yavuze ko hari izindi nzira zijyana abantu mu ijuru utanyuze kuri Yesu arabyemera natubabarire adusubize
None se abapfuye batamenye Yesu wibwira ko Bose barimbuka.
@@ikambaryakaruvaritvByose ni Yesu Ubizi gusa icyo nzicyo nuko Ari We Nzira Ukuri n Ubugingo ntawe uzajya kwa Data Atamujyanye icyo cyo ndakizi neza mu isi no mu ijuru ndetse yewe n i kuzimu birazwi ko ari uko biri nyuma y ibyo ibindi bizwi naWe gusa
None se Yesu ntiyahozeho, mbere na mbere hariho Jambo Kandi Jambo uwo yahoranye n'Imana....so nta muntu wabayeho mbere ya Jambo Kandi ntawe uzabazwa ibyo atamenye.
Gitwaza yavuze ibimurimo nuko abyumva ariko umuntu wapfuye ataramenya zyesu umutima yapfanye niwo azazukana Kandi mumuntu habamo amajwi abiri rimwe rikoshya irindi riguhana iyo wumviye rimwe muriryo niryo rizagutsindisha
Ariko ubundi mwajya musoma bible mwarangiza mukibukako Yesu Ari inzira y'ukuri n'ubugingo,mukagera ikirenge mucye ,Yesu ntiyagambanye,ntiyibye,ntiyasambanye nibindi byiza byose nawe ujye ubikora maze urebe ko haruzakuyobya
Imana inyohere kwera imbuto kbs kd impe kwanga ikinyoma kd impe gukomeza,kubwiriza icyaha kbs
Komerezaho Mutumishi wa Yesu
Imana iguhe umugisha uzakomera ikinejeje kurusha ibindi nuko uhamirije gitwaza
Gitwaza numukozi wimana byuzuye nabanyamashyari bamuharabika njyewe nkurikirana ibyigisho byiwe burimunsi kuri UA-cam yiwe ariko biba birimo ubwege bwishi cyane
Icyo umusaba aguhe? Ntabwo Imana yagutuma kwamamaza abantu..... Na Yesu baramuvuze bamucira amacandwe nkaswe Gitwaza. Wowe utirumbutse se? Naguhe agasosi winywere ubwo si ubitumwa
Matayo 24 hatubwira ko hazaza abiyita abahanuzi kandi bakora ibitangaza kuburyo byayobya intore z'Imana
Mwese murasetsa pe.Imana zibaye nyinshi
Hhhhhhhh Abahunuzi babaye benshi erega.
Amen,amen.Imana iguhe umugisha kdi ikomeze iguhe amahishurirwa!
Reka tugaruke kurufatiro rizima arirwo kristo.
Nkunze ko yigisha atuje cyne mugihe abandi bigisha basakuza cyne babira ibyuya nkabikoreye imizigo, uyu umugabo yanatuma twihana turi benshi kuko azikwigisha kbs Imana yaramutumye koko ahubwo muduhe numero yee
Nanjye rwose numvaga umutima wanjye unyemeza ko arumukozin w'Imana
Ndagukunzep lmana iguhe umugisha
Imana idutabare kandi itubabarire.
Murakoze kutuburira.
Imana ibahe umugisha..🙏
Sinzateshuke kubwira abantu ngo bihane kbs
Yewe umwuka numwe nanjye narabirose ko Gitwaza yakoreye Imana peeee
Barikiwa mtumishi wa Mungu🙏
Yego rata uvuze ubutumwa buzima! Nukuri abantu batuka Mwuka Wera bakizwe, kuko basebeje Apotre Gitwaza bikabije na pastor Theogene nta bwoba bafite ku minwa yabo...😢
Alleluia, Imana Ihabwe icyubahiro 🙏
Imana ziba zingaje se?yewe ahaa udafite ihishurirwa muzamuyobya pe.
Uyu mukozi w'lmana yitwande ngo tujye tumukurikira
Yego rata balance ni imbuto ikindi satani gukiranuka byaramunaniye ariko ibindi nawe abakorera Imana bakora abasha kubyigana keretse gukiranuka
Abavuga ngo iravuze itavuze ni benshi
Ohhh Imana yacu ntabwo ireba nkabantu
Sha urabihuhuye urabyishe nta Mana yagutumye ,ahubwo wagirango ni gitwaza wagutumye ,njyewe sinanga gitwaza pe ,ntacyo atwaye nibyo bamuvuga byo kujya ikuzinu sinari narabihaye agaciro ,ariko kuvuga ko Imana imwemera ndetse ko agiye kujya ajyenda mundege ye bwite icyo wakishe ,uzasome uko pawulo yakoze umurimo nuko yarangije urugendo aciwe umutwe,uzasome uko barutirimayo yakuweho uruhu,uzasome uko petero yabambwe macuri ,usome uko yohana yatetwse mumavuta uraza kumenya abo Imana yemera uko baba bameze abaribo ,,ni abantu bapfuye kuri kamere bavutse ubwa kabiri ,nuko babaho bitandukanye cyane no gukunda icyubahiro cg ibyisi ,kandi nta muntu izina rye ryanditswe mugitabo cyubugingo utambwaho igitambo,hanyuma icyo nakubwira nuko nawe uri umuyobe ,ibyo uvuze birimo ibinyoma byinshi kubantu bazi ukuri kwijambo ry'Imana barabyumva
Rinda umutima wawe we guca imanza
Ngusubize Urusaro; kuba barababaye bariiya bose uvuze ntibivuze ko umuntu wese agomba kubabara. Oyaaaaa, Gitwaza rero numugabo wubahwa n'Imana o
@@joliejoie2010 oya ntuyobe ,navuze ngo usome neza uko bakoze umurimo ,muri make ivugabutumwa rya pawulo wahoze ari sawuri ntaho rihuriye nirya gitwaza ,ndetse nubutumwa bwiza bigishaga ntaho bihuriye nibyo yigisha ,ikibazo cyo muriyiminsi abantu bigisha ibijyanye nirari ryanyu mugakomamashyi ariko ikibazo ntibihura nibyanditse mw'Ijambo ry'Imana ,buriya we mumutima we nawe azi ukuri ,aziko itamwemera icyakora acyeneyeko mwe mumwemera Kandi ibyo nta mumaro
Buriwese afite uko abana nImana ye tubemaso Kandi turusheho gusenga kuko ibiri muba potre biteye agahinda kuko nange hariyerekwa nagize ritandukanye nibyo uyumugabo arikuvuga ubwo rero Imana iturengere
Vitwaza n'abandi bameze nkawe bazanyura mu kaga gakomeye cyane Imana ntabwo yabatumye ariko bahora babeshya ngo yarabatumye
Habwa umugisha 👏👏
Mwabura kuba maso ibyera byose si amata😢
Abafiripi 1:18
Uyogitwaza nawe ngo numukozi wimana yikigihe yikigihe yikigihe. Yinda
Yeweee.yesu atwihishurire .ubuyobe bubamye bwinshi.
Nabwo Imana izihanganira abayigomeye bangubutegetsi bwijuru
Ark mutubwire kanamuhanuzi uburira amadini kwica Amategeko yuwiteka bakurikiye ikinyoma rwose Matayo15:1-15
Ariko Mana weeee
Barakubeshyera koko
Iyo uvuga koazajya mu ijuru
Naho indege se niki????
Uwiteka agukomereze amaboko mukozi wImana isumba byose.ibi nibyo dukeneye igihe nk'iki
Ahubwo ubabajwe nukuri wumvise ukuri kuradyana vamubunyoma mukundukuri ibisigaye indege niki uyuvuko yashizwekwikimenyetso cijuru nabatagira ishengero barayigura nubuzima busanzwe ntagitangaza kirimwo igitangaza nukubonubugingo budashira menyukuri
Imana iguhe umugisha
Amen mukozi wimana
Nitwa uko nyine ubucuruzi twitirirwa Imana ,simbukeneye namba
God bless u man of God
Abantu bamusenej barajyahehe😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Nukuri uvuze ijambo ryubaka
Harimbaraga ziruta izindi mbaraga zose izo niza Yesu hallelujah 🙌🙏
Nawe rwose urarengereye pe!Gutukana gutya se bwo harimo indangagaciro????Niba utumva Umuntu ,icecekere ureke Gutukana rwose!
Ese kugura indege bimariye icyi abakiristo
Eeeeh imodoka se zo zibamariye iki?
Iterambere ntacyo ritwaye apfa kuguma ku Mana ntashukwe n'ibyisi
Uhoraho aguhezagire Mukozi WImana
Gitwaza turabizi ijuru riramwemera.
Urakoze cane nanjye namubonye munzozi arumukozi Wi Mana abamutuka bafite umuvumo
None se ni Imana yagutumye guhamiriza Gitwaza koko?Cunga neza niba utaravangiwe cg ngo ube uri mu maco y'inda
Amen 🙏
Njye ndumva ubutumwa itorero ricyeneye arububwira abantu kuva mubyaha naho ibintu nabikorera azabijyeraho kuko kugura indejye byakakwiye kubwirwa nyirubwite ahubwo abantu basigaye babyuka bakaza kuri UA-cam gutwika
Amen
Nibyo rata.
Abadayimoni ntacyo badufiteho,nta muntu w'Imana utambwa n'abadayimoni rwose
Please introduce yourself first
ariko Abava mu isezerano ari nta mpamvu, Ni bo bazakorwa n'isoni. ZABURI 25,3
Amen amen 🙌🙏
Unteye imbabazi urahejeje kwisambura wewe ubgawe ninde azosubira kumviriza ubuhanuzi bgawe?
Yegorata uvuzukuri kbx
Abubugingo izaturokora.
Amadini ni Ibinyoma nyine nabwo Mubizise? 😅. Habaho Imana gusa Ariko Amadini Ni Ibinyoma Byo kurya Imitsi yabaturage.
Imana iguhe umugisha no mujisho biragaragara uri serious wasanga utameze nkabandi bo muriyi minsi
Kwera imbuto ubwabyo ntibihagije kuko na ba ngesonziza barazifite kandi nyinshi!
Kwera imbuto no kuba ngesonziza biba bitandukanye nshuti,iyo umuntu yabyawe n'Imana abasha kwera imbuto nziza ntashobora gukora icyaha,ariko ngeso nziza aba ari aho ari umuntu mwiza ariko akora nibibi mwibanga,niyo ibigeragezo bije ngeso nziza ntanesha kuko atabyawe n'Imana ,nta kindi kintu na kimwe cyakwereka umuntu wabyawe n'Imana uretse imbuto ,ahubwo ntabwo urasobanukirwa kwera imbuto no kuba ngesonziza
Mwishuri nta munyeshuri ukosora undi ,umunyeshuri akosorwa na mwarimu .none ko twese turi abanyeshuri mwe muhera kuki mwiha gutanga amanota .igihe cyose tuki murugendo tutaragera mwijuru nta murokore uba mwisi abemera skristu aribo baskritu tureke kwiha amapeti tukiri kurugamba ibyo nibyo bivuga ubwibone.
Imana bayitubwiye kwinshi ,ntanumuntu wayivuga uko iri niyo yonyine yo kuduhumura amaso .Ntanumwe uzayisobanura ukwiri kubwiriza nibashaka babyihorere.
Afite isezerano yuko lmana izamuha indege ye uri mumuka mukozi w'lmana data aguhe umugisha mwinshi cyane
😅😅😅 ngo IMANA Izamuha indege !!!! Aliko kuki mwitiranya IMANA Se w Umwami wacu YEZU KRISTU n imana y amafaranga .Nakumiro peee ,ni CONFUSION peeee
Nabonye kurizi UA-cam utazigiriyeho ubwenjye za gukura ku murongo pe abantu musengeshe Umwuka iteka mw' itandukanye ni ibyaha ubundi Imana izatugirira neza kwirirwa mwamamaza amadege na mazu ntacyo bimariye Imana rwose kuko ibyo abisi barabibarusha ese ko dayamond yayiguze kera none kuba uwo yayigura urumva hari ibirenze rwose murino minsi abigisha ni mwigishe abantu agakiza abemera bihane kuko ino minsi siyo kubwira abantu ibintu kuko Yesu Christ ni tumwumvira ntacyo atazaduha mugihe abona icyo agiye kuduha cy' Imufitiye umumaro
@@abizeyejeanbosco369 uko nikuli ,ulikumwe n IMANA neza ,IMANA Imunyera icyo akeneye cyose ,aliko kidashobora kumuvana munzira nziza imujyana mwijuru .Isengesho rya Dawe uli mwijuru litubwira ko dusabe ifubguro ryacu rya buli munsi ( a chaque jour suffit sa peine ,)
Ubundi iby isi bidufasha murugendo tugana iwacu w ukuli .Twese turabagenzi ,kwibanda gusa kuby isi utareba aho ugana mbyita ubujiji .Ababifite nibabishakemo iticket yo kujya iwacu w ukuli kuko iby isi byose tuzabisiga kandi nitwambuka buzadufasha murubanza ,kuko buli muntu azasibanura uko yakoresheje neza ibyo IMANA yamutije ngo mumufasha murugendo dufatanyije nabandi
Ndabona nawe utaramenya gusobanura ibyo uvuga. Umwuka sinziii....😢😂
Nimwe se mubahamya?yeweee!!!!??
Abarongorwa nampwemu nibobana bImana
turagushimiye mukozi w'lmana yesu aguhe umugisha Kandi no kuvuga umushumba wacu neza turishimye
Ariko mwavuye mubuyobe,amuvuze neza niki kikubwiye ko ari Imana yamutumye ? Ibi ari kuvuga nawe wabivuga nshuti bitewe nicyo ushaka kugeraho ,ahubwo se Niki kikwemeza ko atari gitwaza wamutumye hhhhhhhhhhhhh
🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉