MAZE IMYAKA 40 NDI UMUKURU W'itorero MU BADIVANTISTE NJE KUGARAGAZA Ibinyoma BYABO/Musohokemo
Вставка
- Опубліковано 5 кві 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp.com/LEMFjAjn9tI...
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Ni gute bavuze umunsi Yesu Christ azaziraho Kandi ntawubizi . Bitondere cyane ubutumwa buvuga ibyi dini gusa ahubwo dushake Kristo wenyine niwe banze ryo kwizera Amen
Jean Luck uwo musaza afite ubwenge buva kumana kuko uko yatangiye buko asoje biri kugaraza ko ashaka gusobanura byimbitse Imana imushyigikire cyane kdi umukore kumaso kurutaho ,nkunze cyane uburyo yemereye Umwuka wera akamukoresha ,byaba byiza atwibwiye neza cyanecyane imirimo yakoze yose muriyo myaka yose amaze muri Adivantist du7eme jour
Ntabwo isabato ariyabadivantiste nkuko babyigisha ahubwo niyuwariwewese .wemerankumwaminumukiza
Woweho uyobye kubarusha Kuko ndikumva bizasoza ukuyeho isabato ukarekaho Icumweru urumwe mubajezuwite wowe
Ariko simbona impamvu murwana numwuka mwebwe nimusome bibilia ibyo ibabwira mukurikize ibyo nahubundi niba waeafashe umwanya ushakisha ibyagufasha guhakanya abandi ,uzabibona .ahobwo fata umwanya wibaza niba wowe ukiranuka imbere y'Imana
Mfite impungenge ko utumira abantu ukabita abadiventiste knd ataribo njye ndiwe ark ibyomuvuga bihabanye nubutumwa dutwaye kuko abadive sibo bashyizeho itejyeko ryakane knd ntamudiventiste uvuga itariki yesu azagarukiraho iyonyigisho ntayo dufite ikindi niba uwomusaza yarabonye undimucyo yawukurikiye ark ntahimbire itorero ibyo ritamwigishije?
PASTOR PYISI YAJYAGA ABIVUGA TUKAGIRA NGO NAYABASAZA BURYA IBYO YAVUGAGA NIBYO.
Bibiliya itubwira ko icyingenzi ari ugushaka ubwami bw'Imana hamwe nogukiranuka kwayo, ibindi tuzabyongererwa.
Wowe wari umudiventiste.
Ntabwo itorero ry Abadiventiste rivugako itorero rya Laodokiya ariryo ryasigaye, itorero rivugako itorero ryasigaye ryitondera Amategeko yose y lmana kandi rifite guhamya kwa Yesu, n umwuka w ubuhanuzi.
mu badiventisiti ubukuru n'ubunararibonye ntibikora, twe twemera kuyoborwa na Mwuka wera, umuntu ashobora kumara imyaka myinshi ari mu itorero ndetse ari n'umuyobozi ariko akaba atari umudiventisiti w'ukuri cyangw se akaba yariwe nyuma akabivamo byose birashoboka
Uyumusaza ndamukunze cyane azadusobanurire byumwihariko isabato kuko abadivantiste baducira urubanzako tutazabona ijuru nitutayiruhuka njye nsengera ADEPR.
Nonese muramurenganya, aho kugira ngo yangize abandi nasohoke mu Itorero kuko ikirayi kiboze baracyijugunya ntago kiguma mubindi kitabyangiza. Warayobye muze!
Abantu benshi biziritse ku madini babarizwamo nyamara ibyaha babirusha abapagani ,nibatemera kuyoborwa na mwuka no kwakira yesu bazayarimbukiramo rwose
Imyaka umaze mu itorero ntabwo ariyo yakabaye ituma wumvisha abantu ko bayobye bene ako kageni! Kuko ndumva nawe ubwawe hari amahame utemera kandi ari muri Bibiliya! Witondere ibyo ubwira abantu utihamagarira kurimbuka
Yewe Imana ikugenderere utazasanga wararuhuye, uramwizera se kandi uhakana ukwerakwe?? 😢😢kristo agusange muzehe weee😢😢😢
Ariko Uyu musaza niba akiruhuka Isabato araharira ate ko atakiri umudive.. Bagenzi mwitondere amajambo yomuminsi yanyuma kuko satani afite inzira nyinshi zokuyobya ikiremwa Umuntu.!!!!!
Imana ikeneye abava mubyaha ubwo bwenge bwanyu ntaribwo ikeneye ,nonese uragirango baze basengere iwawe .Imana yananiwe kugutuma kubapagani bataramenya imana igutuma kubadive bibereye murusengero .iyo nimyemerere yawe ntabwo ari Imana yagutumye .
Wamugabowe rero ikibabaje nukuzisanga wararuhiyubusa imyaka 40 yosewabaye mwitorero none unamutse kumunota wanyuma ariko ntabwo byadutungura kuko byarahanuwe ubaye nkawamugabo wafashije nowa kubakinkuge kumunota wanyuma ibyoyaharaniye ntabigereho none nawe waruhiyubusa
Mwiriwe neza