Yooo...WA MUKOBWA DISI WATEYE MU KIDENDEZI, UMUGABO BIMWANZE MU NDA AMUGURIRA IMYENDA
Вставка
- Опубліковано 9 лип 2019
- / @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Розваги
Choir ukuboko kw,iburyo ndabakunda cyane,indirimbo zanyu ziranyubaka
Iyindirimbo umuntu wayihimbye Imana imuhe umugisha nukuri
Twanyuze muri byinshi ariko Imana ntiyadutaye nukuri pe!
Murimo neza rwose
AMEN nanj ndizey ngiy gut amarinet kabis
Claudine,Aimable,Riza,Ndagiro,Imana mukorera izabahemba
Amen
Nta wamenye yesu yakozwe nisoni kizire🙏🙏🙏🇧🇮
Ameee icubahiro ni cawe mama ntiwadutaye ntiwadusize twenyene haleluaaaaa
Amena ndabakunda imana imukize igishakwe cyamaso
Umugish ub nokur jew ndik ndabakurikiranir kur UA-cam Amen
Rwose ndabakunda Arukohano mwaririmbanye ubwiyemezi uyumukobwa yishe lndirimbo kubera kwirys
Ubundi Reka ngire icyo nivugira Kuruyu munsi
Imana yacu ibahe imigisha arko pe uyu mukobwa wambara amarinete Wowe Ho harumunsi uzaririmba abantu bakaguruka nkinuma ntakindi Kizaba kibiteye nuko wenyegeza igicaniro ukavuga Imana ukavuga uko iri neza nkumva ndagifashijwe
Umunsi muheruka mu ivugabutumwa muri Paroisse ya REMERA narimfite ikifuzo cyumuntu Narindwaje arko mwaririmbye har'umuntu waruri ikidendezi mpita mbwira Imana ngo uwomuntu wanjye nawe Imana imugereho.
Nabonye ukuboko kwayo none nongeye kwibuka imirimo nane nitabare kuko birankomeranye satani nakorwe nisoni ntakatwishime hejuru kd ntaruhare naruto adufiteho.
Ndabakunda kd uku Niko biri ndabakunda pantecote itaha Mukomeze kuyisengera kristo azabashoboze kwamaza kristo.
Murakoze
Ntiwadutaye Mwami wabami ntiwadutaye!!!Amen
it 's so grateful.
may God bless u for ur good service!
Ameeeeeeeeen murakoze
Amen byizaaaaaaaaaaaa ndafashijwepe ndabakunda
murakoze kubwibihangano birimo umuka wimana. ariko uyu witanze ntabwo byari ngombwako abivugira mugiterane kuko niyo amusanga kugiti cye
Imana imuhe umugisha ariko dukwiye kumenya ubwenge
Niba Imana ariko yamubwiye wowe wavuganye nayo?nushaka kumuha uzamuhe mwibanga.muzikuvuga gusa
Amen Amen Amen
!!
Amena imana izabahe,ijuru
Yesu ni umwami!
Icakoze uyumukobwa arakunda ama lunette,umuntu asengegwa gutya agasubiza kumaso 😄😄😄
Amen Amen
Imana ukomeze ikonjyerere amavuta nimbaraga turagukunda
Yooo Mana we Kugukorera nibyiza nukuri
I want to download the first music that they are singing but I don't know the name. Their is someone can help me ?
Naho ibibazo byabaye byinshi ariko ntiyadutaye ntiyadusinga twenyine. Yemera ko biza bikatungeraho ariko ibiturindiramo .
Choral zo Mugatenga mugeze kurwego rwiza
Uriya Mukobwa yitwande ra?
Mumbwire amazina ye!
Hari umuntu nshaka kubabaza amakuru ye!!
Mwanyemerera?
Iradukunda Clever ubwose si Gikundiro ra😂😂😂
Irashoboye byose kumukuza amaso biroroshye kuriyo
Ariko gukorera hanze biravuna pe amajwi usanga umuyaga uyatwara
Adepr rubonaa
njyewe ndababaye pe iyo ndirimbo ko mwayiririmbye neza mbere ubu byagenze bite oya pe wagira ngo simwebwe cg numucuranzi?wapi kbsa
Christophe Jacqueline hh live niko imera cherie
Uyumugabo bamwita shinga Fidel.?? Ndamuzi ar
Amen Amen ,ntiwadutaye cuti yacu ya bugufi
Yoooh!! Claudine disi najye ndagukunda IMANA ikomeze kukwagura
Amen amen ndabakunda mwabaririmbyimwe yesu abahe umugisha
imana ijye ugufasha
@@ishimwejeovanis1574 turihanze ariko mujyemudusengera twabuze ukodukorera imana amarira araguye pe😃😃😃😃😃
Ariko mana ko iyikorari nyikunda cyane Imana ibahe umugisha weeee
Imana ni hatari.
Ati arakiza kandi asubizamo uturinete ariyambarira.
Hahahhaa
Imana nishimwe kubyo idukoresha kdi twizeye yuko izatugeza mu ijuru tutaguye isari
Amen
Amen
Amen