Hatangijwe ubukangurambaga bushyigikira 'Bibiliya'|Kalidinari Kambanda asaba Abanyarwanda kwitanga
Вставка
- Опубліковано 11 лют 2025
- Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yavuze ko kudahuza imbaraga kw’abakristu ngo bishakemo ubushobozi bushyigikira umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, biri mu mpamvu zituma Bibiliya ikomeza guhenda no kubura ku bakristu bayikenera.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki 21 Kanama 2023, mu muhango wabereye muri Kigali Convention Center wo gutangiza ku mugaragaro ubukangurambaga bwiswe “Shyigikira Bibiliya Campaign” bugamije gushaka inkunga yo kugura za Bibiliya.