Our Nsabi… comedian twemera ureke wa wundi ngo ni boss uza muri interview ngo ashaka babe serieux bareke ubugoryi as if comedie ari ubugoryi umuntu arisenya koko bahu… naze hano arebe interview ya Nsabi ambwire ko atari gusubiza neza aho biri ngombwa kandi yarangiza agacishamo tugaseka… iyi niyo interview sasa tuba dukeneye kumu comedian, thanks Yagoooo
Nsabi, uko witwara n'icyizere wifitemo kizakugeza ku rundi rwego. Keep it up, ufite ubushake, ubushobozi n'igikundiro. Na South Africa uhafite abafana.
@@turibamweali8661 Nagende kbsa aganiriye nabi pe!! Ngo inkandagira bitabo😨 Ahubwo x buriya we nimba yaragize amahirwe yo kuba inyicarira bitabo; buriya ari kumva aganiriye nk'umuntu wize cg ni Indisprine😮
Ikintu kijya kinsetsa nukuntu mujya musuhuza abantu mugahera muri Diaspora mugaheruka murwanda abemeranya nanjye munyihere twa likes 😢
Ubwo nahera i Rwanda naho abari hanze bameze nabo bazavuga🤗
@@nirenganira8433😅😅😅 ahubwo ka world remit kubahwe
Diaspora nimbehe yabo
Naherutse bavugango ujya gutera uburezi arabwibanza Ariko mbona isi yarahindutse nabantu barahindutse
@@ericmugwaneza6878
Byahatari!! Nabiwawe wabihakana wamaze kubona ahari nyungu nyinshi
Iyeego weeeeh 😅 ABAKUNZI ba nsabi nimwandikengo 💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯
💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯
100❤
💯💯💯💯💯💯💯💯🎉🎉❤
💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯💯
Buriya yago ntakuntu wazahuza nsabi na inyogo ye😂😂😂😂
Cane gse Yago uzuhuriz Nsabi na Inyogoye disi😂😂tuz dutwik
Twohwera nagatwengo 😂😂😂bicaye imbere zanje😅bogira
Ikigoyi nikirera 🔥🔥🔥🔥🔥
Sha nkeneye kubona nsabi ari kumwe ninyogoye
Kandi shahu
Nsabi ni mwiza di. Muzi yambaye ingofero. My stress killer😂😂❤
Ariko arira nabi koko🙈
Yagooo unzaniye Nsabi ubunkoreye💉please ubutaha uzamutuzanire na Bijiyobija cank Ndaranyubutumwa😅ababishigikiye👍👍
Yego pe
Ubundi abantu bajye batumira nsabi wenyine na boss we bamutumire ukwe wenyine 👌
Boss we ariyumva weee😂😂😂😂 abayumva abakozi be bamutwaza ninkweto
Our Nsabi… comedian twemera ureke wa wundi ngo ni boss uza muri interview ngo ashaka babe serieux bareke ubugoryi as if comedie ari ubugoryi umuntu arisenya koko bahu… naze hano arebe interview ya Nsabi ambwire ko atari gusubiza neza aho biri ngombwa kandi yarangiza agacishamo tugaseka… iyi niyo interview sasa tuba dukeneye kumu comedian, thanks Yagoooo
Nsabi, ugeze kuri mama wawe unyibutsa mama. RIP my mum. Muntu ugifise mama wawe umukunde Kandi umwubahe.
Nsabi turagukunda cyanee abanabanjye baragukunda
Pole
Ndumiwe nsabi yambaye neza pe agashya ndabarahiye
Big man himself, nanjye ndamufana cyane kabisa gs umutubwirire azakomeze na innovations nyinshi kuko abantu turahararukwa cyane but I trust him.
Much love Nsabi wacu❤❤❤
Nsabi ntubona ko cya gifura cyari cyatubihirije isanzure mwana wacu❤ Nkunda Nsabi ❤❤❤❤❤❤
Nsabi is the best Comedian everyone must watch .keep shining nsabi
Yego kbs abanyamure turamukunda cane
Ndamufanape yubahwe
Nsabi ndamufana kweri ❤❤
Niwe muntu ndeba mbabaye 😢namureba nkamwenyura nkumva mu mutima ndishimye aransetsa ❤❤
😂😂😂😂😂😂😂❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤nsabi nsabi hejuru cyane mwana utuma mwenyura 😂😂😂😂😂ntukabure amahoro
Nous aimons tellement ce comedien Nsabii
Depuis ville de Goma Congo Kinshasa.
Ndashima lmana yaremye nsabi ❤😂😂
Nsabi ndagukunda cyaaaaneeee ❤❤❤unyingerera iminsi yokubaho pe 😂😂😂😂from🇨🇦
Nubwo nta Diplome afite arko arasobanutse cyane. azi guteka neza, azi gufura imyenda no kuyitera ipasi, azi neza cleaning, Yagukorera muri alimentation, yagucururiza, ndetse afite Displine.
Ushobora kuba wamushakira akazi cg ukakamuha. Ndabinginze bagiraneza mumfashe mumpere madamu wanjye akazi Dufatanye Tubashe kubaho hano I kigali🙏. Murakoze.
Ushyireho Numero ye
Turwanya abantu bo KWIRENGAGIZA NKANA mumpe like 100k karanyubatse 😂😂😂😢❤❤❤❤❤
😂😂😂😂😂nkimubona ataranaviga mpita😂😂😂ndamukunda❤❤❤ndi muri Asia
Nsabi Ndagukunda cyane rwose.
Courage!
Your Fan from Canada😂❤❤❤
YAGO TV SHOW hejuru cyan wallah cyan ..nsabi. 😂😂😂iyo ndikureba. Komedi. Ndaseka. Gahwera wallah. Nsabi ❤❤❤from 🇸🇦🇸🇦🇸🇦
Mufana kubi uyu murara😇😇💞
Hhhh ni numurara byo 😅😅😅
Dr NSABI niwe wanjye ✌️✌️✌️
Love from Kenya 🇰🇪
Nsabi ndagukunda cyane 💝 💙 ❤️ 💖 💜 ubyumve
Courage Nsabii
Ugeze kuri Mama wawe nanjye emotions ziramfata ark humura imbere ni heza kubera Imana🙏
Badest number one my brother Nsabi✌✌✌
Nsabi ufite abantu Musa nabo naba comedian muri uganda tubita Abazeyi beBama iyo washizemo amadarubindi nakakagofero ❤❤❤
Nsabi mfite umwana umbwira ngo koko nzarinda nsaza ntabonye nsabi,ubwo biragize koko,ngaho gira azakubone,we. love you
Nsabi asigaye aduha happiness mw’izi minsi iruhije kubona happiness ❤️❤️❤️
Hhhh mbambona ariwoe mucomedian usigaye kbsaa😂😂
Nsabi wajye rwose ndagukunda cyane ❤️ pe utuma haribyo ntatekereza
Love this man ❤️❤️💪🏿
Ndakwemera cyn my Brother
Gusa uzagire ugire nyn urebe uko wadusesekazaho nkunda Nsabii nkabafana bawe
Don't give up much respect
Yoooo Amarangamutima aramufashe Disiii😢😢 Turagukunda cyane kbs ❤️❤️💯 Bugesera Nyamata
❤❤nsabi wacu disiiii tukwemera kubi love from Rwanda 😮🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼
YAGO ndakwera brother, you are a good man for ever ❤ Kandi longlive🎉🎉🎉🎉
😂😂😂😂😂😂 ubundi Nsabi nkimubona ntangira guseka ataranavuga ariko cyane iyoyambaye zarinete nibwombona avuga yisanzuye ubuwagirango yagize isoni😂😂😂❤❤❤
Nsabi imbere Cyane brthr unacangamo nakantu kokubaha IMANA ark.
Nsabi imbere Cyane brthr unacangamo nakantu kokubaha IMANA ark.
Love ❤ from home heart of Africa..Malawi
Bati nsabi nti yee!😂😂😂😂😂 Cyakoze nsabi ntamutima mubi pe. Thax yago kutuzanira nsabi🙏🏿🙏🏿
Nkunda Nsabi ❤
Courage dushimira n'umubyeyi wawe
Merci, Yago.
Urakoze Nsabi wetu, nawe gira amahoro y' Imana.
Nsabi, uko witwara n'icyizere wifitemo kizakugeza ku rundi rwego. Keep it up, ufite ubushake, ubushobozi n'igikundiro. Na South Africa uhafite abafana.
Here in Uganda we like nsabi very much God bless him
Nsabi wacuuuuu najye mbangukurikirana nibereye Zambia gs wampa amahirwe yokukubonaho knd nawe ukomeze ukore cyane ugere kurwego rwa papa sava uvugako wubaha maze nawe undi uzaza nawe azakuvuge
Nsabi nsabi , nsabi !
Turakwemera unimenye !!! Uri UNIQUE mu Rwanda no ku isi hose, komereza aho, co Komera icindi ni ukuvuga ngo: “gira , komeza igire” Nifuza kuzahura nawe umunsi umwe 👍
Dr nsabinus nukuri na face yawe iransetsa fooo much love from Kigali 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Sinzi Aho bivuye iyi video irangiye ndikurira d'un. Coup...nsabi is real maman wawe yakire imigiisha yose umusabira ❤
Big up nsabi natwe ruragukunda hano Italy never give up wagwana👍👍❤️❤️
Esubu abantu babana nansabi bahisha amenyo Koko, nyabi mugihe nishimye yajya ansetsa nkapfa😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂Yama hejuru 😂😂ibaze jewe mpera nkimubona ubwinyo burihejuru nzakuma ikiganiro udusaya. Twanje. Twarushe 😂😂😂
Hhhhhhh ntago babishobora rwose 🤣
❤❤❤❤❤ nsabi kinda caneee pee agomagambo garadusrtsagapee niyomamvutugukundagacaee😂😂😂😂😂😂😂😂
Nsabi rwose utuma njyenda nivujyisha.malawi turagukunda cyane❤️❤️💕💞💗💗
Dr Nsabi on the top up🙏❤️👏✌️👍
He’s the best 😂😂🤗
Ewana Nsabi Nanjye mukurikira ndi USA arko twari duturanye Muri Sotilu aho bita kwigaraje Kwa Kalimwabo. Kandi courage kbsa Imana ikomeze imuhe Imbaraga
Nsabi ndakwemera KBS ndagucyeneye pfite umwana ngirango uzagirinama umubyeyi niyubahwe yago murakoze cyane
Love nsabi from USA 🇺🇲🇺🇲🇺🇲🇺🇲
Ndaza kuku bariza ntumve 😅
😂😂😂😂😂
Dr nsabi rwose ndamwemera cyane
Dr Nsabi the brilliant man ❤
All the way from Cameroon ❤
Disi emotions ziramufashe turaguunda Nsabi❤❤❤
Hhh😂😂😂😂Nsabi weeee turakwemera🎉🎉❤❤❤
Rwose Nsabi ajya andemera ibyishimo kbx ❤
Ndakwemeraga nsabi
NSABI he’s my favorite person 😂😂😂😂
😂😂😂😂 nsabi weee uti niba wigize imashini machina birangire hhhh😂😂😂😂😂 ndakwenera cyane kbs courage courage
Strongly agree 👍👍👍. Ndagukunda. Ni Wowe nemera mu RWANDA
Yegokooooo nonese burigihe nsabi azikuvuga neza atavuga igikiga cyane 🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔ndumiwe wamuhungu ufite Talent kbx
Nsabi courage Uzagere kure harushijeho Abana banjye baragukunda nanjye batumye ngukunda, ntuye imusanze umusumwe tuzahura
Ark mana wee😂😂😂😂 nsabi komera yagoo ndakwemer kbx
Avanyamule kbsa Sabin turamukunda and yago thanks usigaye wibuka I mulenge
❤️❤️❤️❤️❤️🔥🔥🔥🔥 niwowe wajye Nsabi
God is able to do just what he says he would
Much love all the way from Russia
Nsabii😂😂😂😂😂😂 umva ndakwikundira rwose😂😂😂kd courage courage wanjye
Good song message 🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥 tsabi
Natanzwe Mana kureba nsabe ❤️🥰🥰🙌🔥🔥🤝🤝🤝💪💪
yago hejur cyan♥️♥️♥️
Yego ndamwemera kbs
Useka neza kbs
Ndihano uganda 🇺🇬
Nsabi turamukunda Akora aka zike neza cyane
Uwazanyereka Nsabi Kubukwe bwee😂😂😂😂😂😂😂
Nsabi ndamwera unyogerera iminsiyokubaho❤❤❤
Ariko mana yajye nkundansabe ❤❤❤❤cyne cyane iyavuzengo ariko mana yajye jyewe nsabe naragowe😂😂😂🤦♀️
Yes Yago.Nsabi ndamwemera sana
Jyew Uganda ahondi sinigera mpaga story za nsabii 😂😂😂😂 killaman ntago ijya incika every day ndabakunda cyane 😂😂😂😂
😀😀😀😀ndagakoreshaga canee Ahwiiii
Dukeneye indi pt 2 ye ahubwo we na musirikare ni ksj ndabemera cyaneeeee❤❤
Yago ndagukunda
Mureke tugire dore na YAGOO aba yagize 🔥🔥❤️
Nsabi weee 🤣🤣🤣🤣🤣nkunda ukunda ajyavuga ngo “ oyaaaaaaaaa’’🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Nsabi ndagukunda iyoweho na mitsutsu iyomwahuye biba uburyohe ryewentuyemuri american ndagukunda ❤❤❤❤❤❤👏👏👏👏✌️✌️✌️
Love you nsabi❤❤
Ubundi ni wowe wanjye dogiteri nsabii 😍😍
Yago may God bless the work of your hand please we love you so much big love from Kansas City #Yagotvshow
Abamaman Bose buhahwe knd umugishaa myinshiii
Dr nsabi ndagukunda cyane pe 💛🧡❤️🙏🇷🇼
😂😂😂😂😂 Nsabi nukur 😂😂😂 Njye ndabura nico novuga kukubona Gus binter Agatweng 🤣🤣🤣🤣🤣🤘🤘🤘🤘🤘 Nukur uratwika shaahu 😂😂😂😂❤❤❤❤❤ 😂
Nsabigi ni ogi kbx 🙌🙌
Nkunda Nsabi peee cyane !!!!🥰
Nsabi ndamwera sana Uwiteka akwagure akomeze ubere umugisha mama wawe
Papa wawe ntago ari Bijiyobija?😂😂
😂😂😂
Warangije secondary wow. Narinziko uri inkandagirabitabo.wooow big Congz nsabi stay in lane go higher sky is no longer a limit 🔥🔥🔥
Rekada ? Ngo waruziko ari inkandagira ki?? Ndumiwe!!
@@SylvieMuhawenimana-rj4gjnonese nkaba ntibizwi nyine icyiciro babashyizemo ?! Ubwo nyine atangajwe nuko yize ! Ubwose ntacyo wumva ?
@@turibamweali8661 Nagende kbsa aganiriye nabi pe!! Ngo inkandagira bitabo😨 Ahubwo x buriya we nimba yaragize amahirwe yo kuba inyicarira bitabo; buriya ari kumva aganiriye nk'umuntu wize cg ni Indisprine😮
@@SylvieMuhawenimana-rj4gj ahubwo se yarebye asanga atunzwe nibyo yize ngo anamenyeko amashuri adahira bose ? Ariko uzi ukuntu abanyarwanda basuzugura wowe ?!
@@turibamweali8661 Arikp x ubundi biriya byo kuvuga ngo yarazi ko ari inkandagira bitabo yabivuze abikuyehe ubundi koko?? Gewe mukiganiro ntanaho nigeze numva Nsabi avuga ko yarangije Secondaire pe!!