Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
So lovely! Ariko Mpinga iyo ahaba byari kuba akarusho😂😂 kuko yari kutubwira nutsundi tsunu wowe utatubwira😜
Ooohhh I like your love story chry ngwino ndebe we loveee you deeply,❤️
Poupou ntago wabinkora maze kuza wenyine naringiz ng ni Mpinga😆 iyo uri wenyine birancanga kweri. Ariko naza ntimuzakiranuka. Thank you wabikoze bien😇❤️
Oya wowe!!! shaaaa ibibintu ntabwo wabidukora nukuriGusa Mpinga arakuniga icyo nzi cyoGusa umpamagare ngutabare
Ubuse Mpindanzima arihe Koko,twika ngwinonde azasange hagurumanye♥️💞
EGO ,WATUBWIYE KO UTARI WAMWITAYEHO,UTAMUBONYE.ARIKO WARI WABONYE ISAHA UKABA UTIBUKA UNUNTU UKIBUKA ISAHA,UKANAMENYA KO YANAYIHINDUYE.UBU MBA NUMIWE MU NKURU.
You’re so funny😂♥️♥️♥️..much love Ndebe♥️
Ngwi uziko ugisoje ataje koko😅 ndabakunda cyane❤️❤️
Yoo mercii bcp kutuganiriza! Nukuri uzagaruke utuganirize mothethood journey♥️🥹 Be blessed
Sha byari kuryoha iyo Joselyne AKA kavuyo😀🤗aboneka ark nubwo ntaribi gusa i like her vibe kbsa
Munjye mucishamo mukore na prank ziri muzizamura Cano
I love you Jumelle 💕💕💕Imana ikomeze to protect you and to Bless you
Much love ngwino ndebe mwiza
Uziko narimbonye uri MPINGANZIMA 🤭
Ndebe dis ❤❤ndagukunda koko
Iyo ugashirako at Guibert wumurundi🇧🇮😂🤣
Ndashaka kubabaza mwese honestly icyababaje cyane mumibanire yanyu yokubaka urugo????
Ndabakunda setu 👌❤️🤞🏾
Ibaze ko ikiganiro kirangiye ataje 😂
Much love Ndebe ❤️❤️❤️
Kuba uduhaye love story Mpinga adahari birambabaje😂😂 haribyo yari kujya akwibutsa akanaseka😂😂 Petit turabizi yitwa Olivier🤣
Ntago tubyemeye 😂 muzasubiremo mpinga ahari
Nimba Maputti mutongeye ngomubisubiremo ahari ntituzabyemera! Ubwose atarimo ngo akubwire ngo urasimbutse ubwo byaryoha Gute?
Gwino we your husband uziko muzi ntashidikanyaga arko uvuze muri bank mpita mumenya muri Equity bank🙊🙊🙊🙊❤❤❤❤wowwww ndushijeho kugukunda cyneee❤❤y
Ndumva navuga izina rye weeeeeee
Je vous amour aba twins😍😍😍😍
Natwe turagukunda! Umugabo wawe yitwa nde ko wakomeje ku mutsinda😅😅😅
Yoooo ndabakunda pe
Love you from ug🇺🇬Ngwino...
Hhhhh cyaze🥰
Ndabakunda ...ariko nubu sindamenya kubatandukanya pe keretse iyo murikumwe ariko musetse
Wabikoze neza chuchu💞unambaye neza 😊
you look good💞
Wallah crush wanjye mpinga yabuzemo but ntakundi
Keep up.........
Sha ukuntu uri mwiza👌👌 ntuzongera kwimyoza cyangwa kuvuga ngo ahreeeee🙈🙈🙈uhita uba mubiiiii sha,anyway ndabakunda muribeza😘😘😘nkunze love story yawe numvaga itarangira shenge
Complicated, ntacyo bitwaye rwose
Much love ngwinondebe
Mukora neza cyane kd mukomerezaho
Ndabakunda cyaneee setu
Chr wanjye ❤
Look nice
Ndagukurikiye 5kuri gatanu
Ilove ur love story
subu kui mutazanye koko🥺🥺🥺
Ninde wapfuye ninde love you Ngwino
Love you more ❤️💓💓
Urakoze
Love 💞💕💞💕💕💕
ESE wabaye iki kumunwa cherie
wamugurishije umwana wacuuu😂😂😂
😂😂 adusobanurire
Ndabakunda cyane
Uri mwiza bambe ura natuje mpinga arasetsa çyane iyo muri kumwe ndaseka birenze nago jyantuza
Uri mwiza cane
Yoooo❤
🤩💯
❤❤❤
Mana uzabahe kurambana
Love you much❤❤🌹🌹🙏🙏🙏🙏
❤
Ni woe wange chou love you 💋💋♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
guibert yakinaga neza nibyo. Ni uwo muri IPRC Kgl
❣️❣️❣️
♥️♥️♥️♥️👌👌👌
Humura urabikora neza chch
🥰🥰🥰🥰🥰
Nabwo mbakunda ariko nizereko muzi ko kwerekanako urukundo rwawe rwari rugukeneye utarukeneye bibabaza
uwo mutype yahuye nuruva gusenya haahhahahahah
Hahahahahha
❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Courage bato beza ababaca intege mubime amatwi na amaso❤️
Butoya 😂😂😂
🥰🥰🥰🥰🥰🥰💝💝💝💝
🎉❤❤❤❤🎉
Mana we cyakora ntuzongere gukora ikosa ryogusiga mpinganzima
Uwo mutype arihangana ndake!!!!? Nonese please uzansubize nko mukwezi kwabiri gushize niwumvaga urukundo rugiye kuza!????????? Please uzansubize muri commentaire
Ni nkuru nziza ariko harimo kutwereka ko yamwirutseho cyane.yabikabije cyane.niba se utaramushakaga kuki wemeraga invitation ze.yego hari igihe umuhungu umuhora gato.NKA MPINGA YABIVUZE NEZA. URI KUTWEREKA KO KO KO.NTUSHOBORA KUBA UDASHAKA UMUNTU NGO MUMARE AMEZI 2 CG 3 UTAREMERA.ANY WAY.INKURU NKIZO NDAZIKUNDA.
@@kamikazi477 Ikibazo nibaza !!? Kuri uyu musister byageze nibura kukwezi kwa gatatu nakantu kurukundo Kari kaza!?????? Nabasore bake bakwihangana kugeza kuri ruriya rwego!!!!anyway ngewe mpinga niwe nakunze ibye
🇧🇮🇧🇮🌹🌹
Munjye muzana woweee kuko ubu mpinganzima ayizi kukurusha
🤣🤣🤣
Ubundi nta mpinga ntacyabaye ndabakunda koko
Ntukagakore ikiganiro mpinganzima adahari ntibiryoha nkiyo murikumwe jyewe nibyo nkunda
Uba wiriye cyane
Nonese bitwayiki?
Sha ntabwo uberewe uri wenyine😔
🇷🇺🇷🇺🇷🇺
Bank yabaye Bank ariko...
Ibibintu byokuza mwirya ntaco bimaze
SUKOO.
Wowe wakwiriye se
❤️❤️❤️
So lovely! Ariko Mpinga iyo ahaba byari kuba akarusho😂😂 kuko yari kutubwira nutsundi tsunu wowe utatubwira😜
Ooohhh I like your love story chry ngwino ndebe we loveee you deeply,❤️
Poupou ntago wabinkora maze kuza wenyine naringiz ng ni Mpinga😆 iyo uri wenyine birancanga kweri. Ariko naza ntimuzakiranuka. Thank you wabikoze bien😇❤️
Oya wowe!!! shaaaa ibibintu ntabwo wabidukora nukuri
Gusa Mpinga arakuniga icyo nzi cyo
Gusa umpamagare ngutabare
Ubuse Mpindanzima arihe Koko,twika ngwinonde azasange hagurumanye♥️💞
EGO ,WATUBWIYE KO UTARI WAMWITAYEHO,UTAMUBONYE.ARIKO WARI WABONYE ISAHA UKABA UTIBUKA UNUNTU UKIBUKA ISAHA,UKANAMENYA KO YANAYIHINDUYE.UBU MBA NUMIWE MU NKURU.
You’re so funny😂♥️♥️♥️..much love Ndebe♥️
Ngwi uziko ugisoje ataje koko😅 ndabakunda cyane❤️❤️
Yoo mercii bcp kutuganiriza! Nukuri uzagaruke utuganirize mothethood journey♥️🥹 Be blessed
Sha byari kuryoha iyo Joselyne AKA kavuyo😀🤗aboneka ark nubwo ntaribi gusa i like her vibe kbsa
Munjye mucishamo mukore na prank ziri muzizamura Cano
I love you Jumelle 💕💕💕Imana ikomeze to protect you and to Bless you
Much love ngwino ndebe mwiza
Uziko narimbonye uri MPINGANZIMA 🤭
Ndebe dis ❤❤ndagukunda koko
Iyo ugashirako at Guibert wumurundi🇧🇮😂🤣
Ndashaka kubabaza mwese honestly icyababaje cyane mumibanire yanyu yokubaka urugo????
Ndabakunda setu 👌❤️🤞🏾
Ibaze ko ikiganiro kirangiye ataje 😂
Much love Ndebe ❤️❤️❤️
Kuba uduhaye love story Mpinga adahari birambabaje😂😂 haribyo yari kujya akwibutsa akanaseka😂😂 Petit turabizi yitwa Olivier🤣
Ntago tubyemeye 😂 muzasubiremo mpinga ahari
Nimba Maputti mutongeye ngomubisubiremo ahari ntituzabyemera! Ubwose atarimo ngo akubwire ngo urasimbutse ubwo byaryoha Gute?
Gwino we your husband uziko muzi ntashidikanyaga arko uvuze muri bank mpita mumenya muri Equity bank🙊🙊🙊🙊❤❤❤❤wowwww ndushijeho kugukunda cyneee❤❤y
Ndumva navuga izina rye weeeeeee
Je vous amour aba twins😍😍😍😍
Natwe turagukunda! Umugabo wawe yitwa nde ko wakomeje ku mutsinda😅😅😅
Yoooo ndabakunda pe
Love you from ug🇺🇬Ngwino...
Hhhhh cyaze🥰
Ndabakunda ...ariko nubu sindamenya kubatandukanya pe keretse iyo murikumwe ariko musetse
Wabikoze neza chuchu💞unambaye neza 😊
you look good💞
Wallah crush wanjye mpinga yabuzemo but ntakundi
Keep up.........
Sha ukuntu uri mwiza👌👌 ntuzongera kwimyoza cyangwa kuvuga ngo ahreeeee🙈🙈🙈uhita uba mubiiiii sha,anyway ndabakunda muribeza😘😘😘nkunze love story yawe numvaga itarangira shenge
Complicated, ntacyo bitwaye rwose
Much love ngwinondebe
Mukora neza cyane kd mukomerezaho
Ndabakunda cyaneee setu
Chr wanjye ❤
Look nice
Ndagukurikiye 5kuri gatanu
Ilove ur love story
subu kui mutazanye koko🥺🥺🥺
Ninde wapfuye ninde love you Ngwino
Love you more ❤️💓💓
Urakoze
Love 💞💕💞💕💕💕
ESE wabaye iki kumunwa cherie
wamugurishije umwana wacuuu😂😂😂
😂😂 adusobanurire
Ndabakunda cyane
Uri mwiza bambe ura natuje mpinga arasetsa çyane iyo muri kumwe ndaseka birenze nago jyantuza
Uri mwiza cane
Yoooo❤
🤩💯
❤❤❤
Mana uzabahe kurambana
Love you much❤❤🌹🌹🙏🙏🙏🙏
❤
Ni woe wange chou love you 💋💋♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
guibert yakinaga neza nibyo. Ni uwo muri IPRC Kgl
❣️❣️❣️
♥️♥️♥️♥️👌👌👌
Humura urabikora neza chch
🥰🥰🥰🥰🥰
Nabwo mbakunda ariko nizereko muzi ko kwerekanako urukundo rwawe rwari rugukeneye utarukeneye bibabaza
uwo mutype yahuye nuruva gusenya haahhahahahah
Hahahahahha
❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Courage bato beza ababaca intege mubime amatwi na amaso❤️
Butoya 😂😂😂
🥰🥰🥰🥰🥰🥰💝💝💝💝
🎉❤❤❤❤🎉
Mana we cyakora ntuzongere gukora ikosa ryogusiga mpinganzima
Uwo mutype arihangana ndake!!!!? Nonese please uzansubize nko mukwezi kwabiri gushize niwumvaga urukundo rugiye kuza!????????? Please uzansubize muri commentaire
Ni nkuru nziza ariko harimo kutwereka ko yamwirutseho cyane.yabikabije cyane.niba se utaramushakaga kuki wemeraga invitation ze.yego hari igihe umuhungu umuhora gato.NKA MPINGA YABIVUZE NEZA. URI KUTWEREKA KO KO KO.NTUSHOBORA KUBA UDASHAKA UMUNTU NGO MUMARE AMEZI 2 CG 3 UTAREMERA.ANY WAY.INKURU NKIZO NDAZIKUNDA.
@@kamikazi477 Ikibazo nibaza !!? Kuri uyu musister byageze nibura kukwezi kwa gatatu nakantu kurukundo Kari kaza!?????? Nabasore bake bakwihangana kugeza kuri ruriya rwego!!!!anyway ngewe mpinga niwe nakunze ibye
🇧🇮🇧🇮🌹🌹
Munjye muzana woweee kuko ubu mpinganzima ayizi kukurusha
🤣🤣🤣
Ubundi nta mpinga ntacyabaye ndabakunda koko
Ntukagakore ikiganiro mpinganzima adahari ntibiryoha nkiyo murikumwe jyewe nibyo nkunda
Uba wiriye cyane
Nonese bitwayiki?
Sha ntabwo uberewe uri wenyine😔
🇷🇺🇷🇺🇷🇺
Bank yabaye Bank ariko...
Ibibintu byokuza mwirya ntaco bimaze
SUKOO.
Wowe wakwiriye se
❤️❤️❤️
❤️❤️❤️
❤❤❤