UBUYOBE MPUZAMADINI #84: UBUYOBE BUTANGAJE BW’ABAYEHOVA || ABAVUGABUTUMWA B’IYIMINSI

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 19 тра 2024
  • #PrMusisiPeter_0788506076
    Kudushyigikira ukoresheje Patreon: patreon.com/MUSISI
    YESU ASHIMWE mwendedata, tugushimiye ko usura
    Pr. Peter MUSISI Official, ushaka ubutumwa bwiza, natwe twifuza ko twakungura byinshi.
    Wifuza kudutera inkunga no gushyigikira uyu murimo dukora wo kugeza ubutumwa bwiza kuri benshi, wakoresha bumwe muri ubu buryo bukurikira:
    Become a Patron: / musisi

КОМЕНТАРІ • 22

  • @mukeshaalphonse7842
    @mukeshaalphonse7842 2 місяці тому +1

    Ubukwe... guherekeza uwawe wapfuye...Bibiliya n'ibitabo by'abayehova...kugufasha kwiga ijambo ry'Imana... byose mu itorero ryabo babikorera ubuntu. Ntibigurishwa. Uvuye nko mu Rwanda ukajya i Burayi wacumbika ku Muhamya ubonye wese nk'umuvandimwe, atakwishisha. Inyigisho z'ubutatu, kwizihiza za Noheri n' ibindi, ubu n'abandi bose batangiye kwemeza ko bikomoka ku migenzo ya gipagani. Buri wese azibarizwa ibye. Hakwiye ko ufata umwanya ukigenzurira. Niba ibyo Pastor Musisi avuga ari ukuri, ubwo ni we mukozi w'Imana, n'aho Abayehova ni kwa Satani. Niba kandi Musisi abeshya, ubwo arakorera Satani mu nyungu zayo arwanya abakorera Imana. Buri wese ni ukwishishoreza ku giti cye

  • @SleepyBirdNest-bx5bp
    @SleepyBirdNest-bx5bp 13 днів тому

    Abayehova bara yobye

  • @niyonsengafaustin2102
    @niyonsengafaustin2102 2 місяці тому

    Pr.Musisi Yesu aguhe umugisha. Izi nyigisho zirakomeye kandi abashobora kuzumva ni abamze kwitandukanya n'imyigishirize y'amadiniya none.Bisa nka cya gihe Yesu yavugaga ko ntawashyira vino nshya mu masaho ashaje .Ubuyobe bwaragwiriye ariko hari aho bidasaba ubwenge ngo tubisobanukirwe ahubwo n'amaso areba amatwi akumva umuntu yamenya ukuri .Urugero : Abagatolika biyambaza Mariya(baramusenga), abatagatifu n'ibindi.Muzadushakire ikiganiro ku bijyanye na Misa zo mu bagatolikaa kuko iyo umuntu abyitegereje abona haberamo imihango myinshi ya gipfumu na gikonikoni.

  • @aloyskayitare2217
    @aloyskayitare2217 2 місяці тому

    Bless you Pastor.
    2 Abakorinto 3:17
    Nuko rero Umwami ni we Mwuka, kandi aho Umwuka w'Umwami ari ni ho haba umudendezo.

  • @Johnmerry-cj2nb
    @Johnmerry-cj2nb 2 місяці тому

    Wabisomye hehe Musisi we

  • @THOMASRUKAMIRWA
    @THOMASRUKAMIRWA 2 місяці тому

    Komerezaho

  • @lindankurikiye9881
    @lindankurikiye9881 3 місяці тому +1

    YESU ASHIMWE
    Murakoze kunyigisho IMANA IBAHEZAGIRE
    Ubutaha mushobora gusigura kw'idini ryitwa KIMBANGU ??! N'idini nyabaki !?
    MURAKOZE

    • @j.c.maxima816
      @j.c.maxima816 3 місяці тому

      Pastor azatubwire no ku rindi rya Branham... Ayo madini: Kimbanguisme na Branhamisme byiganje muri Zaire! Bless ! 🙏🏽😅😅

  • @noendayishimiye3496
    @noendayishimiye3496 2 місяці тому

    Urabesheee
    Suko abayehova bigisha

  • @user-ic8pn4di3v
    @user-ic8pn4di3v 2 місяці тому

    Pastor muraho cyane

  • @linettebasa4170
    @linettebasa4170 3 місяці тому

    Yohana 20:17.
    Kolosayi 1:15
    Imigani 8:22-36.
    1korinto11:3
    Bantu b'Imana ntimwumvirize uyo mugabo n'umuhuni.
    Mwisomere ivyo vyanditswe mubizirikaneko.
    Abasavyi bimana tuzobamenyera kuvyo bama. Niko yesu yavuze.

  • @noendayishimiye3496
    @noendayishimiye3496 2 місяці тому

    Urasome igitabo ca révélation banditse niho uzavuga ivyabo

  • @sanoaimecesar4431
    @sanoaimecesar4431 2 місяці тому

    Wowe ufite ikibazo gikomeye cy'ubujiji nubuyobe aho kunenga ibyo abandi bakoze , njye abayehova ndabazi bemera umwuka wera ninawo wabagejeje kubikorwa ubona kugera ubu,niyo wabasebya ntakintu wabakora kko barinzwe na Yehova, na Hitileri yarabishe ntiyabarangiza. Wowe urinjiji iyobowe na Satani.byonyine uvuga nta confidence, wubitse umutwe usoma ibyo utabanje gutegura.

    • @abrwandatv2889
      @abrwandatv2889 2 місяці тому

      Ubwo se wowe uwo mwuka urikuvugisha ni uwiImana?niba anenga muvuguruze ureke gutukana nubuhezanguni

    • @user-km3kz9ju2v
      @user-km3kz9ju2v Місяць тому

      Utukana uyobowe nuwuhemwuka??

  • @francoisndondo1714
    @francoisndondo1714 3 місяці тому

    Ahubwo ndakwumvirije nsanze uwo muntu yarakoze ibintu bidasanzwe mu kwemera. Numva ahubwo noja mu Vyabona vya Yehova...

  • @user-ic8pn4di3v
    @user-ic8pn4di3v 2 місяці тому

    Njyangukurikirana cyane kuri you tube ariko ikinteye kukwandikira nibintu stranding kumbuga zabantu birirwa bavuga ko bavuye mw'Ijuru cyane cyane bano bantu nabadamu yego harimo nabagabo bacyeya ariko nabobarimo ndetse bagwiriye muri ADPER .mubyukuri nanjye nsengera muriryo torero ndanarikunda ariko ntangiye kugira akabazo kurabo bantu cyane"ndavuga abavuga ko bajya mwijuru bakagaruka"ntakibazo nfitanye nitorero ryanjye pe.
    Nkumusesenguzi wa madini wowe ubibonute?
    Murakoze nitwa Joseph kabanda IMANA ibashoboze.

  • @ntambukaperes526
    @ntambukaperes526 3 місяці тому

    Ni byo rwose 100%,
    Ibi byiswe iterambere mu ubukungu, mu imibereho rusange, muri science , muri technology, mu amashuli, mu uburyo bw'uzuye ni umurongo wa satani mu urwego rwo gushyushya ubwonko bw'abantu no gutuma batita ku ikingenzi Ari cyo kumenya Ukuri k'umugambi wa satani ku abantu.

    • @j.c.maxima816
      @j.c.maxima816 3 місяці тому

      Ku bwanjye iterambere ubwaryo si ribi, kuko na Yesu yifuzaga ko conditions de vie z'abantu ziba nziza, iyo bitaba ibyo ntiyari kubabazwa n'uko bashonje ngo abagaburire (gutubura imigati, guhindura amazi divayi,...). ARIKO biba bibi iyo ibyo bintu bifatika "MATERIALISME", bidutwaye umutima wacu wose, n'imbaraga zacu zose, akaba ari byo biba intego y'ubuzima bwacu, Imana ntigire umwanya muri twe! Ikibabaje materialisme imaze kugera no mu matorero ya gipentecote, kandi ari ho hakabaye ari espace de spiritualité ! 😊😊

  • @francoisndondo1714
    @francoisndondo1714 3 місяці тому

    Amahoro neza Pastor. Mpora numviriza kenshi ivyo wigisha, bimwe nkavyemera ibindi sindavyemere. Kimwe nokubwira n'uko umuntu wese yigisha Imana y'ukuri arafasha abakeneye kumenya Imana. Nokumenyeshako aba uvuga, Ivyabona vya Yehova, bari mu bantu jewe ubwanje naho ntarimwo, kuko muri uno mwanya nta dini na rimwe ndimwo kandi ntaryo nipfuza kubamwo, abo bari mu bantu mbona bavyifatamwo neza, ndabagereranije n'ayandi madini mbona. Ico ndabashimira n'ingene bagerageza kwitandukanya n'iyi si. Gusa rero ico noguhanura, n'uko woreka gusatira amadini, kuko nawe ntiwera ijana kw'ijana. Nk'uko nabikubwiye hari muvyo uhagararako ( positions) natwe tukwumviriza tunenga muga ahanini muvyo uvuga dufata ivyo twumva vyotwubaka. Jewe nkaba ndi umuintu akurikiranira hafi ivy'ibihe vyanyuma, ,kuva mu mwaka wa 90. Hanyuma wibukeko na Sauli yabaye Paulo...Gira amahoro y'Uwuhoraho.

  • @linettebasa4170
    @linettebasa4170 3 місяці тому

    Ivyakozwe 7:56 herwkana ko stefano yabonye umwana wumuntu ahagaze iburyo bw'Imana.
    Umwana wumuntu avugwa ninde? Si Yesu? Muragabe uyo mugabo ntabazimize.

  • @byabenejean5497
    @byabenejean5497 3 місяці тому +1

    Ese ubutatu muvuga ko Russell yahakanaga, mwe mwumva ko ari ukuri ni ubuhe? Ko tuzi ko inyigisho y' ubutatu bw' Imana yatangijwe na Kiliziya Gatolika, ko ari na bo badukanye iyo mvugo, ifite n' igisobanuro cyihariye bayihaye?
    TRINITY (TRI-UNITY, Three Unities). Ni uko Kiliziya Gatolika yatangiye isobanura inyigisho. Niba iryo jambo risigaye rikoreshwa ukundi bashaka kuvuga UBWIRU BW'UBUMANA, bishobora gutera urujijo hagati y' Ubumana bw' ukuri n' ubumana bwigishijwe batangiza inyigisho nyirizina y' Ubutatu.
    Iki ni ikigaragaza ko na terminology itava muri Bibiliya, ahubwo yavuye mu mashuri ya theology, ari iyo kwitondera, ndetse na cyane.