UBUTUMWA:Microchip Abantu barazitewe//Abantu batinye Umuriro kuruta Ibihe by'Imperuka//Pst UWAMBAJE
Вставка
- Опубліковано 28 лип 2024
- #IyobokamanaTV0783103298-wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap.
Facebook: Joel Jo Shobiz, e_mail: sengujoe@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-KCB ACCOUNT: 4402218276 (Joel Sengurebe)
-Moble Money: 0783103298(Joel Sengurebe)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Розваги
Abayoborwa n'Umwuka w'Imana nibo bana b'Imana
Yobu 2:5-6 mubyo Imana yatanze kuri yobu numubiri we warimo.ariko ubugingo bwo yabuhagazeho.
Yeewe hari ukuri uvuze ariko na none byose ntubizi mujye muvuga muziga muzirikana ko muri abantu ,ntawamenya byose ngo abishingeho agati ko abizi neza ,mujye mwisunga Imana kugirango mutazabazwa abo mwayobeje
Rwose pe
Imana ikugirire neza pastor kuko haraho urengereye,ngo salomon yavutse ku mugore w indaya? Umutukiyiki koko uriya mugore yakoze uburaya he?
Ngo paulo ntiyashatse ntiyabyaye? Byari impamvu zo kigira ngo aringanize se cg yashakaga uburyo arushaho gukorera Imana neza? Ngo Imana yabyaye umwe ngo ubwo yaba ifite ikibazo? Mbega weeee 🙆♂️🙆♂️
Ngo Aburahamu na Isaaka ? Bararinganije se pastor cg bari bararubuze?? Wakabije cyane kd warengereye
Sinzi niba ari uko ubyumva cg hari ikindi kibyihishe inyuma ariko Imana ishimwe ko dufite umwuka wera utuyobora naho ubundi🤦♂️🤦♂️
@@aliceuwamahoro8102Urakoze cyane kubw’iyi message yawe.
@@aliceuwamahoro8102 None wowe urahamya ko Salomon yavutse ku mugore wisezerano se ? Niba nyina yari mugore wabandi bihamya ko yakomotse mu cyaha cyuburaya se Dawidi yakoze na muka Uriya ni uburaya rero.
AHO NTITURYOHEWE NOKUMVA IBYO DUSHAKA KUMVA NDETSE N'IBYO KAMERE YACU IRARIKIRA TUKIRENGAGIZA UKURI? MWUKA WERA W'IMANA ADUSOBANURIRE KANDI ARUSHEHO KUDUSOBANURIRA IBYINO MINSI . IMANA ITURENGERE
izonyijyisho sinzemera nawe urumwe mubayobya intore zimanape mbegaweeee
Kuboneza urubyaro si icyaha, ikibazo kiri mu buryo bukoreshwa. Kuboneza mu buryo bwa kamere ni bwo buryo Imana yishimira.
Amene murakoze cyane abantu nibatinye icyaha ibindi babirekere lmana
Ikizira cy'umurimbuzi cyahagaze ahera, nigihe ingabo z'abaroma zagose umugi wa yerusaremu ziyobowe na Cestius bamaze gushyira amabendera yabo mu murwa ariko bitunguranye bakava mubirindiro byabo, ingabo. Ababibonye bamwe barahunze, nuko abandi bigumiraho baranezerwa ngo imana irabarwaniriye, mugihe cya pasika nibwo Titus yagotaga yerusaremu akayirimbura.
Ahaa a icyibabaje nuko ibyo mwabwirije murimo kubivuguruza Man tabara rwose ngo Onapo sicyaha koko ubuse ntawutajyira numwe kandi uriho nabi Iman igaruke kubantu bayo Onapo nubwicanyi bubi
Amena pasiteri, rwose rwose mubishoboye mwasobanura kukuboneza urubyaro ku buryo bwagutse.
Mukozi w'Imana Pasteur Imana iguhezagire cyane
Komeza wigishe uhucure abantu
Wigisgijwe n'Imana.
Ndafashijwe cyane
Imana Se w'Umwami wacu Yesu Kristo ishimwe cyane
Ubwo butumwa burakenewe muri iminsi y'iherezo.
Abo bagutuka ntagitangaje n'Umwami wacu Yesu Kristo baramututse
Pastor Uwambaje Umwuka w'Imana ari muri wowe,Imana iguhe umugisha
Mwitondere abanyama dini ijambo ryi MANA nikokuri gusa naho abanyamadini barabaroha ntimuzi ibyobakoreye Yesu Kristo nintumwaze mwirinde???
Kugomeri Mana nicyaha kandi cyaha nibwo bugome? Abigisha bivanze Na Mareta yabo kuburyo abiga tiorogi benshyi babaye nja nimorodi bihimbiya kabogakiza? Udashakubyara abigizemo uruhare.urukundo Yesu Kristo ntirwaguma muritwe? Kuko ameze nkanyamutunzi narazaro,?
Pasteur insimbura ngingo ntaho bihuriye nako kuma kavugwa muri bibiriya
Ni ibisobanuro by idini ryabuze uko ribigenza. Barapfa gukubitagura ingero zidafite aho zihuriye n ikibazo cyugarije abana b Imana
Mukozi w Imana urakoze cane Imana iguhezagire. Ariko ibintu vyo gutandukanya imvyaro ariyo planning sindabitahuye neza kuko abakijijwe babikoze Imana yama yabibahoye. Umuntu yanka ko Imana imutuma azobona ibara.
Uyu mugabo ntangira kumwumva yararimo Umwuka Wera, none yatangiye kuwutatira.
Pole Pole!😢
Mwadushakiye liziki chatal koko turamukumbuye
Umu pasteur wanjye ! Imana iguh'umugisha mwinshi,izoguhe n'ijuru!
Pasteur nkunda w ubwenge Bwinshi n ubusesenguzi bwiza cyane .Amen
Vyose ubisiguye neza , ariko ico nibaza ko wihenzeko nuko : Umugeni wa Kristo niyazamuka , Impanuka zizaba !
kuko nk'urugero : Niba umugeni wa Kristo azaba ariko atwara Indege canke umuduga , hama akazamurwa , Wumva ata mpanuka izaba koko ako kanya ???
Ntabwo nyina wayohana yasabiye abanabe kwicaran na yesu yerekeje kukarengane bagombaga guhura nako ahubwo ibitekerezo bye kwarukugira ngwabanabe bazabeho neza kukobaribaxi ko yesu aje kwima ingoma za hano kwisi
Kuboneza ni cyaha ndabivuga nkumuhanuzi ubitumwani mana
Hoya pastor we, none se uzemera bagushireho ikimenyetso cy inyamaswa ,hanyuma uvuge ngo ntuzarimbuka koko!!!.
Ku bijyanye na Microchip, uyu mu Pastori ari kwibeshya cyane.
Nshimiye Imana kubwawe pastor , kuko uri pastor muri iki gihe, uhanuye utari kubwawe, ko covid- 19, ari ikimenyetso, ufite ugutwi niyumve! ibi ni nk'ibyabaye kumutambyi Kayafa mugihe cya yesu. Yoh 11:49-52.
Past uvuga Ute ko ako ka cip ntacyo gatwaye kdi kazahindura mind z'umuntu? Yewe Imana Iturengere Imenye abayo kuko ndunva ibyo kunva kurebera ku muntu byo byararangiye (hebur 12:2)
Kurebera ku bantu bizarimbuza benshi cyane.
Paul niwe wavuze ngo bagere ikirenge mu cye nk uko nawe akigera mu cya Kristo,nimumbwire ubu uwatinyuka kuvuga nkawe! Ubu koko agarutse yakangurira abakristo kuboneza imbyaro cyangwa guterwa kiriya cyorezo? Dutumbire YESU wenyene..ibindi byagamburuje n intwari...
Imana idushoboze kubana nayo gusa.
Itwereke inzira .amajambo nimenshi.
Ku bijyanye na Microchip, uyu mu Pastori ari mu buyobe.
Murakoze Pastor,njye nakubonye bwa mbere nasuye adepr Gakinjiro wigisha neza.Rwose Imana ikomeze ikwagure
DUKIZWE GUSA IBINDI NI YESU UBIYOBOYE NUKURI,AMEN IMANA IGUHE UMUGISHA MWINSHI NDAGUKUNDA
Ibyahishuwe 19:20 havugwa iki Pasteur Uwambaje
Imana iguhe umugisha Pastor , urakoze cyane.
Uvuze ukuri cyane Pastor Imana iguhe umugisha
Paster ndafashijwe n'ukuri Imana ibahe umugisha
Pastor Ndashima ubwenge Imana yagushyizemo urakoze cyane gukomera abaribafite umutima uhabye, stay blessed.
uyuptsor numuhangampe
Mukozi w ,Imana urakoze kuduhugura kd kuduhugura Imana iguhe imigisha
Ntanisoni erega arabivuga namwe mugaseka😭😭😭😭😭😭
Amahoro bene data.
Ibintu byose pastor yitwara neza rwose, gusa ntasobanuye neza niba onapo Ari icyaha cg atariyo.
Za mpamvu zizwi/zigaragara ko zatera akaga ubuzima bwumubyeyi yongeye gutwita turazizi yizivuga, ahubwo natubwire niba kuringaniza urubyaro kuri we abyemera cg se atabyemera.
Murakoze cyane
Yooooo manawe koko bigira ubusa nukumva ngobavuye kwigabibiriya gusa mubemaso
Urakoze mukozi w IMANA kubwiza abantu ukuri
Urakoze cyane past. Uziko abahanuzi batera abantu ubwoba ukumva amahoro arabuze
Ndakwemera mukozi w’Imana.
Komera kumurimo mukozi w'Imana Yesu Kristo akwishimire.
Birambabaje banyarubavu ndabwira ukuri ndumurokore kuva mwamama ntarindi dini nabayemo ariko ndababwiye ibyaha uzirinda ukobyangana kose. Ariko. Ukisanga wafashe ikimenyetso canditse mubyahishuwe 13::h16::17:: uzarimbuka mubemaso mwabantumwe
Pst Imana iguhe umugisha iyi nyigisho iruzuye
Ubarikiwe Mushumba
Ndagukunda Mubyeyi
Ndasobanukiwe pe imyaka 7n'imyaka 1k Pastor Imana iguhe umugisha ikomeze iguhishurire ntabwoba itorero rikiri mu ISI nyiraryo araririnze icyacu tugume m itorero nukuvuga dukiranuke ibindi tubiharire Imana.
Pastor urakoze kuko nanje bitekerezaho bikicanga rwamugani ko nibizekuruza numwana wme
Pastor arakaze amaherezo azatubwira nibindi bagiye batubeshya
Izinyigisho ziyincuro nizo kwibazwaho pe njyewe simeranya nazo rwose.
Amen 🙏 nukuri pe
Imana iguhe umugisha Pastor
Kuko birimo itera bwoba ryishiiiiiiiiiiiiiiiiiii, ngo Imana ibara amasohoro yasigaye mugakingirizo ngo abo bantu Imana ikazabakubaza. Ntabwo byanyuze habe namba.
KUBYARA S AMAHITAMO Y UMUNTU
KUBYARA N UMUGAMBI W IMANA USOHORERA MUBANTU
NUKUVUGA NGO SATANI NAWE ARWANYA UMUGAMBI W IMANA NGO UDASOHORA ANYUZE MU BANTU
BIVUZE KO NIBA UMUNTU ADASOHOZA UMUGAMBI W IMANA ,ASOHOZA UWA SATANI,CYANE KO BENSHI BAFUNGA URUBYARO ATARI IMPAMVU Y UBURWAYI AHUBWO BATERWA UBWOBA N AMAJWI YA SATANI
Mushumba ibyavuga nukuri kutavangiye, abantu nibakizwe neza naho ibyo kwitwaza antikristo,babiharire yesu ,kuko niwegera kristo ugatinyicyaha nigisanacyo.ntakizabuza yesu kurinda abayo.
Pastor Emmanuel wari umushumba wa maman wanjye Nyarugenge, ndagukunda cyane 🙏🏼 Yesu aguhe imigisha 🙏🏼🙏🏼
Pasteur hari icyo bibiliya ivuga kubafite icyo kimenyetso mu byahishuwe
Ufite ukuri.Uwumva ari uwa Kristu niyirinde ibyaha kuko ariko gukiranuka kd Yezu arwanirira umwizira byukuri na ngo nimbaraga zikuzimu nta bubasha zizamugiraho.
Umushumba wangeeeeee🙌🙌🙌🙌🙌
Ibiganiro by’Imana biraryoha kdi nukuri birahindura
Yesu ashimwe, Umushumba ndamushimiye cyane. Azagaruke yongere atwigishe iminsi y'imperuka, kuzamurwa kw'itorero no kugaruka kwa Yesu Christ. Mfite ibi bibazo:
1. Ese Akarengane k'itorero kazaba ryari?
2. Ese ko handitswe ngo ubwo utazatunda kdi ntugure udafite ikimenyetso cy'inyamaswa, ibi ntibireba Itorero?
Murakoze.
URUMUYOBEZA WEWE,UZOBIBAZWA NUHORAHO
Nta Herode wubatse urusengero ahubwo ni Salomon warwubatse
@Donatien
Salomon Yubatse urwambere
@Donatien,
- Salomon yubatse Urusengero rwa mbere.
- Herodi yubatse Urusengero rwa kabiri.
- Urwa gatatu, ubu ruri mu mishinga y’abayuda.
Murakoze Cyane mukozi w'Imana dusobanukiwe byinshi gusa ngize ikibazo hariya mwatubwiyengo abayuda batemeye Yesu Bazababazwa na ant-kristo nyuma bahabwe agakiza Nonese Abayuda batemeye Yesu Bazaba Barapfuye ubwobo bo bizagenda gute? Ntagakiza bazahabwa??
Ibyo pastor avuga ndabizi. Kuringaniza urubyayo iyo Imana ifite umugambi kumwana inshinge zirakurwaza kugeza ukuyemo ubucafu umwana akavuka
😏
Ikiganiro cyawe kiba kirimo umwuka pe!
Ntibaziga,ntibazambara,ntibazarya,ntuzabishobora,ntuzabavuza ........
Nyamara Abanyabwoba n abatizera n abasambanyi ..... ingororano yabo nimunyanja yaka umuriro namazuko..
Yesu abahe umugisha 🙌🏿🙌🏿 iyobokamana TV, ubutaha muzatubarize past
Nicyaha Kandi nibibi nibyo njye namenye
Ukuri kose.ikimenyetso kikuriho mumwuka. Ibyukora bigaragaza ikimenyetso kikurimo. 2 timoteyo 2:19-20.
Umuntu wese acunge izamu rye kuko abayoboraga intama aribo baziyobya Uwambaje koko utinyuke uvuge ngo kuringaniza urubyaro sicyaha koko ndumiwe Gusa ndatangaye Uwera Nu Witeka Gusa
Mbega weee😢
Avuze ko na Microchip ko ntacyo itwaye.
Ntasoni ugira kwanduza ijambo ry'imana ngo nibwo washirwamo microcp ntacyo bitwaye ?nukuvuga'go bibiliya imbere yawe iyofata nkimvaho kangura ?abasenga byukuri bagusengere kuko warayewe
Murakoz ndafanyuzw ndanafashijw kubwiki kiganiro
Imigani 4:23 rinda umutima cyane. umubiri nibajombe nubundi nigitaka bajomba ibyabo bafiteho ububasha.ariko umutima ari muzima inkingo ntacyo zitwaye.
Inkingo ziragitwaye cyane
Vuga yesu arakiza mu buryo budasanzwe.
Abraham yabyaye Ababana 8; 1.Isaka kuri Sara
2.Ushimayeli kuriHagayi
3.Abandi 6 kuri Ketura(Itangiriro25:1)Bibiliyayera.
Ni ukuri pe ndababaye!!!Ikindi Abemeye Yesu bakizera izina rye yabahaye ubushobozi bwo kwitwa abana b,Imana. Rero Abana b,Imana turi benshi!!!kandi Yesu ni imfura muri bene se benshi(Romain8:29-30).
Mwiri ndizonyigisho
Indwara yigihuha
Yego rata Mushumba mwiza!!! Gumamo!!!!
Plaster lmana iguhe umugisha kubyigisho unduhaye
Yego rwose pastor abantu nibaguke muntekerezo bamenye gutandukanya ikibi n'ikiza bave mukigare cyubujiji.
Inkingo ni mbi
Ndagukunda pastor, Imana iguhe umugisha 🤗
Ukunda umuzimu akorera ise Dayimoni na Ellumineti
Yesu egoko paster
Ahaaa!pasta wagumye ukowahamagawe Koko kurimo guhinduka?
Past uransobanuriye pe
Atubwire neza uburyo bwo kuzamuka kw'itorero uko bizagenda ? Ndagukunda Pastor usobanuye neza
Wewe uhaye umenya ico uri kuvuga ?
Microchip urazi icarico ?
Ukuri gufitende ?bibiliya wowe go ntacyo bitwaye ese umubiri ntimwatubwiyeko arurusengero rw'lmana Kandi na bibiliya irabitubwira none ibije byose nibihindura uwomubili tubyakire ,Ndagukunda pe (kuko kenshi nkurikira ibyo mwigisha) ariko noneho inyigisho ubu....?Onap si cyaha?gusa tugeze mugihe cyakarindagire pe .
Byose wabivuze ntacyo nongeyeho.
*Pastori aho urabeshye, maman wa Salomo ntabwo yari indaya.*
Uko nukuri mushumba
Ntambabazi + Uwambaje
Abanyamakuru bazobahuze mudusigurire neza ibibujijwe k umukristu dufatiye kuri technologie igezweho n ivyoherezo bihanze isi
Uko nukuri
Amen🙏
Mpise numva isi shya abayohova bajya bavuga.
Nanjye nuko ndabyumvise Tuzamara imyaka igihumbi muri Paradizo
Uligisha nkanyurwa bihagije
Uyu Pastori ubanza yarize Theologia niyo mpamvu ari kuvuga ibintu bimwe birimo ubuyobe.
Koko iyo ushimye ahumuntu ababara aratega bagashima kubera ariyo mwese muri baburoni namwe muvandi ntibagice intege ukuri kuzaba ariguke mwisi kubera batinya ibyago bizageraho yooooo
Ndikobona harumusaruro byabintu birigutanga
Mwampa contacts z'uyu mukozi W'IMANA
Turasaba mumutubarize ko hari abavuze ko Imana yababwiye ngo ntituzemere gukingirwa kandi nabo tubona ko ari abakozi b'Imana barimo pasteur Zigirinshuti micher hari nundi mukozi w'Imana witwa Kamanzi Patrique none nawe numukozi wa NDIHO kandi ko mwese tubemera nkabakorer'Imana vyukuri tuzamenya twakoriki canke tukareka iki please Joel muzatubarize tumenye ukuri
Izina ry'IMANA ya Abrahamu, Isaki na YAKOBO, yibwiye Abrahamu izina ryayo iti ndi'' UHORAHO; NDIHO. Ugicumbi wumve ko ari ....HO.
Ntantangiriro, nta n'iherezo. Naho uw'iteka ni uw'igihe kizaza nyine ; kuko iteka bishatse kuvuga igihe kizaza. Hari ibyo mugendamo mutabizi
Ibyo Pasitori ZINGIRINSHUTI Michel na Patrick KAMANZI bavuze nibyo by’ukuri.
Inkingo za Covid=Ubuzozi.
Mumps inyandiko itugaragariza ko he rode ariwe yubatse urusengero rwayerusslalemu?
Ni Herode warwubatse ( Urusengero rwa kabiri )
Ushobora kubona informations via google
Allelua
Dukeneye imirongo isobanura uko itorero ruzimurwa nuburyo isi izasigara gahunda zokwisi zikihari?Kuko njye uko nsoma nuko kristo natunguka abisiraeli nabanyamshanga bose bskiranutse bazazamukana nayesu noneho abandi bose bazasigara barsmbaraye hasi nkamase noneho nyuma yimyaka igihumbi abasigaye bazahsbwa kuzuka nogushaka guttera umurwa yerusslemu uzaba ummanutse nyuma yaho yesu azabarimbura burundu maze duture
Mwisi ysgizwe nshya
Nifuza nanje kuzoba mubukwe bwomw'iru