Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
Njye nabuze ko utali umukozi wa RIB gusa ahubwo uli n'umukozi w'IMANA. ikumpere umugisha
YooooNukuri
Ark Mana yangye, ujye uha umugisha Dr Murangira.Niyo avuga umubonamo ubumuntu ninama nziza rwose.Ohhh, God bless you so much.
Congs to our Rib, ni ukuri ubusambanyi bwahawe intebe murakoze cyane twakomeje gutabaza none harageze.
Ndushijeho kugukunda afande❤❤❤❤❤God bless 🙌
Yooooo uyu Mugabo Dr Murangira ubona ufite umutima mwiza peeeAkugira inama yitonze kandi ukabyunva.
Afande murakoze cyane abayobozi nkamwe nimwebwe mubereye urwanda rwacu izi you tube nikibazo gikomeye kurwanda rwacu twifuza murakoze
Mbega Sir thiery❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤rwose twibazaga niba urwanda urwanda twarabyaye indiri yubusambanyi bikatuyobera rwase RIB Imana ibongerere imbaraga
Dr.Murangira Nkunda ukuntu uvugana Ubwenge!! Imana ikomeze ikongerere imbaraga zo gukorera u rwanda na Banyarwanda! ❤❤
Muyobozi rwose ubutaha nugucyebura abaza kuvuga amabanga yingo zabo kukarubanda nabyo bimaze gufata indi ntera pe😢
Twebwe Tutarubaka Bidutera Ubwoba Sinkubeshye pe 😢
Ubwo abo ni isimbi Tv ya Murungi Sabine na Gerald Mbabazi
Dr. Murangira muvugutire umuti aba bantu bigize ABAHANUZI, kuko hari ibyo bavuga ugasanga bigumura abantu ku gukora ngo biteze imbere!
Ndumubyeyi iyondebye urwanda 1994 nkareba urwanda rwa2024 hashize imyaka30 rwose ndashimira Inkotanyi kubwobudasa abanyaRwanda nitwedufite kurinda ibyagezweho nInkotanyi RIB ndabashimira🏅mukazikeshi murimwo ntimwatinze mwaziye,igihe❤nisabira rwose ababa,UA-cams abigisha mumadini nibobakabije mukoreka abana bacu ariko iyombonye murangira mubupfura bwishi ufite nuburyo mutugaragariza ibisambo nizonkozizibibi turushaho gutekana ndabashimiye mukazi keshi keza Twibuke twiyubaka
Afande Murangira Imana yagukoze ku maso rwose. Ahubwo shyira mubikorwa bajye mwigororero
Mukurikizeho abahanuzi rwose
abahanuzi barabafashe mu minsi ishize
abajura ntibahanwa bihagije, umwaka umwe nibura atari 25. mubisubiremo ibyo si ibihano. uzi ukuntu umuntu ahangayitse. nanjye banyibye 10k £ sinabobye na rimwe yari umushoferi ngiye muri mission naraje ndishyura ahi mufatiye afungwa imyaka 2, iyo ndebye umuruho narushye njya ku mushaka mu gihugu gituranyi. nabinye ko nta gihano kirimo. cashless icyo gihe ntiyabagaho. ubu ntibyakongera ariko nt myaka 2 mbinye aha. babace akaboko nk mu bihugu bimwe ntavuze. birarambiranye.
Nukuri pe
Mana weeee bimaze urubyiruko😭🙏
You tube na biyita abahanuzi na biyita aba pastor mwinjiremo mukore isuku rwose Imana ibashyigikire ibahereze izo nkozi zibibi
Arikose baretse ibyobintu byurukozasoni koko,Ko twebwe twabiretse ubu ntidutuje koko??
Hhhhh Buryohe 😢😢😢 mwarahevye hhhh
Warakoze cyane rwose 👏👏👏byarambabazaga cyane kubona igihugu waruhiye ngo kigere ku mahoro ubu dufite, ukuntu wari ugiye kwangiza ubwonko bwabo waharaniye ko babaho!!!
Kambe mfungisha ka channel kajye daa😂😂 ntakurikira xlage😅
Mudufashe kbs umuco wiwacu Irwinda barawuciye cyane cyane urubyiruko
Imana yagize neza kugarurira Ariane amafaranga ye ! Yize I Rwamagana agira umutima mwiza
Rwose izi channel turazirambiwe bamaze gukabya cyane barikwangiza urubyiruko muri rusange
Ahubwo numva ibyobinyamakuru byamamaza ibiteyisoni nubujura mwakagombye kubagaragaza nabo bagahanwa
Rwose icyigihugu cyabohowe nabantu baribafite indangagaciro ababana bashaka gutandukira nubwobumuntu RIB twebwe ababyeyi nimwedufitiye icyizere kandikoko turabizeye Murakoze
Number one here
Mbega abajura. 😢😢. Ni gute wiba umugore nk'uyu ufite amaso meza gutya?? 😂😂
Izo rambler muzikurikiraneHamwe na bank zijyana abakiriya murukiko igihebasezeranye kwishyura kitaragera.
Nukuri tugusabiye umugishaMunyarwanda ukwiye urwanda.Ufunge izombuga zigishaIbukozi bw ibibi.Turakwishimiye.
Izo UA-cam bazazifunge KBs bataye umuco
Mwambabariye bakabisiba ko byangiza urubyiruko🙏
Bazafunge abakoresha Jack ikiganiro kabisa
Rwose umudufashe izo UA-cam channel zamamaza ubutinganyi&ubusambanyi mubiteho bayobozi beza turakunda cyane #RIB
Narimbabaye numvisemo channel Y’imkuru z’urukundo narinhizengo n’ INKURU Z’URUKUNDOMix yo itandukanye niriya y’ibishegu bashyiraho inkuru za audio books z’ubwenge byahatari s’ibishegu hhhh
Rwese mubarwanye biratibangamiye
Uwo mugore ashinzwe iki barikumwe??
Felicitations bwana Dr RURANGIRWA Thierry wongereho turiya tubandi twirirwa tuvugango turahanura ntasengero zigeramo,dufite abantu babiherewe ububasha bakabikora neza ariko abantu ibintu bihaye byo kwirirwa basebanya sibyiza,muze muhagarare mu mwanya w'Imana rwose muzibe icyuho.
Ni Murangira
Congr rib
Mudufashe pe Nabari kwamamariza abapfumu bigira ngo batanga ubutunzi bamaze kwigira akananira bose bukurya amafranga yabantu Kandi babeshya RIB umubyeyi wabanyarwanda turabakunda
Respect kbs murimukazi
Nukuri ibi bintu birababaje
Mwari mwaratinze kubafungira rwose pe murakoze imvugo ibe ingiro
Rwose Congz turabashimiye cyane tunanyuzwe nuburyo musigaye mukoramwo akazi Nange nkora akazi ka reta ark iyombona ibintu bisigaye bikorerwa kumbuga nkoraranyamba numvagahinda kanyinshi ,nkibazaho kwabaga muri ,gsa bacumuganingo ibuye ryagaragaye ntiriba rikishe isuka ubwomwabibonye ndizerako bitazongera kubaho peee kd turabashimiye rwose nimutabishyiramwo imbaraga biroreka urubyiruko rwacu rwose kd umuco wqcu uhabanye nibyo bakora rwose singaye ndeba ibirihanzaha abantu bigize abanya Canada ,abantu bakoresha izo UA-cam bagashaka kwigana Dumba wikirara cyamazeyo uri Canada kd imico Ya Canada itandukanye cyane nuyu rwagasabo rwos
Bariya babeshya ngo barasengera umurwayi Koko kwirirwa babamamaza barahemuka
Ko utavuze buryohe tv se?
Ntakuntu bafunga naba jack birirwa biyambika ubusa ahubwo ko bica urubyiruko mubyigeho 😳🧏🧏
Bahere kuzo yaka mwana ahuriraho nibikobwa.mpamya ko bakoresha nibiyobyabwenge.baba banabinywa kumugaragaro
Izo bwa mwagiye muzica amaboko namabya
Ahhh ikigisambo gito wapi kbx ubuse umuntu wiba akajya gusamba kweli lmana basi imworohereze
Oyyeee ❤ rib ❤
ariko disi umenya dr Murangira ari umurokore.numuntu mwiza pe.
Uretse niburokore nimfura yararezwe yavuye munzu nziza
Aho kumushyira ku matelevision
RIB niturebere n abiyira abakozi b Imana, abahanuzi, n abandi
Mubyeyi wacu Dr Ubundi uri mwiza kumubiri no Kumutima no munshingano mushinzwe ubundi byabageze mu maboko Tayali Mubyeyi
❤❤❤❤❤❤ ndabikunze
Ese number zanyu umuntu yazibonute akajya abaha amakur😊
Kigali magazine ,Sawa saw,bigtown nibyo kbx
Afande nange ndabashimiye murakora mwamfatiye igisambo inaha iwacu mu Gakenke.
Mubyukuri murwanda bashyigikira abajura pe kuko uyumugabo ukoresha 5guys tv abamamariza ibitaribyo mubyukur niba haraho twarega mutubwire kuko uriya munyakuru junia niwe ubereka ukobakina Uzi flim kuko harinindi yarigezeho yobanayikinnye ndeba akabaha nigitekerezo mudufashe mubahane pe kuko nabo bakinisha nibabahemba mubyaro
Bitwazako ntaho baregerwa bagacuruza abantu mubiteho abantu barashize agahinda krabishe mubiteho
❤
Baburyohe banjye hejuru
Nibihira bake koko
Afande ubahaneeweee
Ark c uyu mana wumukobwa we ko akiri mutoya ibi bifaranga byoseee yabikuyehee hhhh anyway congs to RIB akazi mukora ko kurenganura abantu nindashyikirwa
Bajyane jack utukana
Indaya zarisanzuye zirakabya zihe ubusobanuro
Dr Murangira avuga yisekera ndamukunda kbsa.uwamunyereka yarakaye.ahora akeye mumaso kweri.
Rutebuka muzamufunge
Uwitwa Jacky we ajyanwe mukigo ngororamuco pe
❤❤❤❤❤
I like this guy " Murangira Thierry" nubwo umurimo we utoroshye.Bimugora iyo ageze muri affaires zihuye na politique. Aha ho RIB irabogama.
Sha uzanyihere akazi rata musimbure jye sinzaba nkae
Hy❤❤❤
Ese abo bantu babaza ko mutabereka abaturage ngo tubabone?
Nukuri RIB nidufashe umuco nyarwanda ugaruke pe.Indangagaciro zimaze gutakara .
Nyakubahwa nimuzifunge zirimo ziranguza u rwanda rweco. Ntacyo zimaze usibye kwonona abejo. Nazangirwa ba pastuers nabahanuzi. Twese twarumiwe izo channels nubaza ko zaje guteza distraction mubantu wagira ngo zikorera sekibi.
Barebe no kubahanzi nabo bafite indirimbo zamamaza ubusambanyi ngo baratwika!
Nivyo gose urakoze
Gusa Ababa gore bavugira imyanya y ibanga kukarubanda nabo nukubakurikirana baraturembeje rwosepe.
Uyu mugabo Afande Murangira Thierry mbona ajya kumeze nka H.E PK ❤bubahwe
Ni murumuna we, mu mico no mu myifatire 🙏
Ibi nibyakera cyane
Nuko
😢😢😢
Shitani yaragaragaye iminsiye ntayo😂😂😂😂
Ariko we mufata abajura!!!ariko umuntu akaburirwa irengero burundu koko!!!mwa dushakiye nabacu baburiwe irengero 😭😭abajura pe nabo bari barembeje abantu ariko bazahoraho kubera ubukene buri mubantu!!!
Chta nkomeza gukandaho kuncuti Zanje mpaka twujuje 500
Uyu mugabo ni imfura bigaragara pe!
Number one❤
Na keza tv show
bro yahise ajya kwirira ibyana 😂😂😂
Kabix
Ahhhhha 😂
Chita😂😂😂😂
Na Kasuku turamukunda ariko iyo yaje mu Rwanda akora ibiganiro by'urukozasoni.rwose yisubireho.
Iyo yake mu Rwanda bigobye kuvuga ?
Izina niryo muntu mukama, bihirabake nawe ntibimuhiriye
Ariko Gasaro ubwo ntibamurenganya.
Umuburo RIB irawutanze abumva bumve ibindi nugukosora imikorere.
Akazi keza afande kdi abangu bacu barikudukorera akazi kuko abajura bari bigize intakoreka kdi afande izo UA-cam Nuri twibazaga niba mwajyaga mubibona zikwirakwiza uburaya
RiB rwose icyokibazo UA-cam cano sirigikora ibiteyisoni cg ababeshyako harabavuzi batanga ubutunzi mubafatire umwanzuro kbs ?
Nonese abantu bazabaho gute
Gusa nibyiza ko ibisambo byafashwe Rero turasaba ko bakongera bagashyira imbaraga mugukangurira abishyurwa ko batayakira muburyo bwikorana buhanga
Iyooo ex large bye bye,250tv,na bact twarababwiye mwanga kumva murasebya u Rwanda
None Gasaro tv ntibamubeshyeye koko Sandrine ntakibi atangaza
Abajura bazahoraho kubera ubukene,ubuse abantu Bose bakenye nabajura?
Ama %inaha Nyagatare bamaze abantu umuhinziajya kumunyamafranga bakagira amasezerano umuhinzi akamusaba amafra akazamuha imyaka urugero niba ibishyimbo bizera bihagaze500ku kiro akamuheta kuri 200frs niba azamuha ibiro 100bagirana inyandiko ko amuguroje Iihumbi 50000frs kndi amuhaye 25000r ese ibi biremewe?
None ujya kuyamwaka udafite ikibazo ,mwagiye mureka ubujije harayo aguha kungufu siwowe ujya kuyamwaka
Afande ni ukuri uwo muntu yagenda nawe akavuga ibyiza yakorewe
Njye nabuze ko utali umukozi wa RIB gusa ahubwo uli n'umukozi w'IMANA. ikumpere umugisha
Yoooo
Nukuri
Ark Mana yangye, ujye uha umugisha Dr Murangira.
Niyo avuga umubonamo ubumuntu ninama nziza rwose.
Ohhh, God bless you so much.
Congs to our Rib, ni ukuri ubusambanyi bwahawe intebe murakoze cyane twakomeje gutabaza none harageze.
Ndushijeho kugukunda afande❤❤❤❤❤God bless 🙌
Yooooo uyu Mugabo Dr Murangira ubona ufite umutima mwiza peee
Akugira inama yitonze kandi ukabyunva.
Afande murakoze cyane abayobozi nkamwe nimwebwe mubereye urwanda rwacu izi you tube nikibazo gikomeye kurwanda rwacu twifuza murakoze
Mbega Sir thiery❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤rwose twibazaga niba urwanda urwanda twarabyaye indiri yubusambanyi bikatuyobera rwase RIB Imana ibongerere imbaraga
Dr.Murangira Nkunda ukuntu uvugana Ubwenge!! Imana ikomeze ikongerere imbaraga zo gukorera u rwanda na Banyarwanda! ❤❤
Muyobozi rwose ubutaha nugucyebura abaza kuvuga amabanga yingo zabo kukarubanda nabyo bimaze gufata indi ntera pe😢
Twebwe Tutarubaka Bidutera Ubwoba Sinkubeshye pe 😢
Ubwo abo ni isimbi Tv ya Murungi Sabine na Gerald Mbabazi
Dr. Murangira muvugutire umuti aba bantu bigize ABAHANUZI, kuko hari ibyo bavuga ugasanga bigumura abantu ku gukora ngo biteze imbere!
Ndumubyeyi iyondebye urwanda 1994 nkareba urwanda rwa2024 hashize imyaka30 rwose ndashimira Inkotanyi kubwobudasa abanyaRwanda nitwedufite kurinda ibyagezweho nInkotanyi RIB ndabashimira🏅mukazikeshi murimwo ntimwatinze mwaziye,igihe❤nisabira rwose ababa,UA-cams abigisha mumadini nibobakabije mukoreka abana bacu ariko iyombonye murangira mubupfura bwishi ufite nuburyo mutugaragariza ibisambo nizonkozizibibi turushaho gutekana ndabashimiye mukazi keshi keza Twibuke twiyubaka
Afande Murangira Imana yagukoze ku maso rwose. Ahubwo shyira mubikorwa bajye mwigororero
Mukurikizeho abahanuzi rwose
abahanuzi barabafashe mu minsi ishize
abajura ntibahanwa bihagije, umwaka umwe nibura atari 25. mubisubiremo ibyo si ibihano. uzi ukuntu umuntu ahangayitse. nanjye banyibye 10k £ sinabobye na rimwe yari umushoferi ngiye muri mission naraje ndishyura ahi mufatiye afungwa imyaka 2, iyo ndebye umuruho narushye njya ku mushaka mu gihugu gituranyi. nabinye ko nta gihano kirimo. cashless icyo gihe ntiyabagaho. ubu ntibyakongera ariko nt myaka 2 mbinye aha. babace akaboko nk mu bihugu bimwe ntavuze. birarambiranye.
Nukuri pe
Mana weeee bimaze urubyiruko😭🙏
You tube na biyita abahanuzi na biyita aba pastor mwinjiremo mukore isuku rwose Imana ibashyigikire ibahereze izo nkozi zibibi
Arikose baretse ibyobintu byurukozasoni koko,
Ko twebwe twabiretse ubu ntidutuje koko??
Hhhhh Buryohe 😢😢😢 mwarahevye hhhh
Warakoze cyane rwose 👏👏👏byarambabazaga cyane kubona igihugu waruhiye ngo kigere ku mahoro ubu dufite, ukuntu wari ugiye kwangiza ubwonko bwabo waharaniye ko babaho!!!
Kambe mfungisha ka channel kajye daa😂😂 ntakurikira xlage😅
Mudufashe kbs umuco wiwacu Irwinda barawuciye cyane cyane urubyiruko
Imana yagize neza kugarurira Ariane amafaranga ye ! Yize I Rwamagana agira umutima mwiza
Rwose izi channel turazirambiwe bamaze gukabya cyane barikwangiza urubyiruko muri rusange
Ahubwo numva ibyobinyamakuru byamamaza ibiteyisoni nubujura mwakagombye kubagaragaza nabo bagahanwa
Rwose icyigihugu cyabohowe nabantu baribafite indangagaciro ababana bashaka gutandukira nubwobumuntu RIB twebwe ababyeyi nimwedufitiye icyizere kandikoko turabizeye Murakoze
Number one here
Mbega abajura. 😢😢. Ni gute wiba umugore nk'uyu ufite amaso meza gutya?? 😂😂
Izo rambler muzikurikirane
Hamwe na bank zijyana abakiriya murukiko igihebasezeranye kwishyura kitaragera.
Nukuri tugusabiye umugisha
Munyarwanda ukwiye urwanda.
Ufunge izombuga zigisha
Ibukozi bw ibibi.
Turakwishimiye.
Izo UA-cam bazazifunge KBs bataye umuco
Mwambabariye bakabisiba ko byangiza urubyiruko🙏
Bazafunge abakoresha Jack ikiganiro kabisa
Rwose umudufashe izo UA-cam channel zamamaza ubutinganyi&ubusambanyi mubiteho bayobozi beza turakunda cyane #RIB
Narimbabaye numvisemo channel Y’imkuru z’urukundo narinhizengo n’ INKURU Z’URUKUNDOMix yo itandukanye niriya y’ibishegu bashyiraho inkuru za audio books z’ubwenge byahatari s’ibishegu hhhh
Rwese mubarwanye biratibangamiye
Uwo mugore ashinzwe iki barikumwe??
Felicitations bwana Dr RURANGIRWA Thierry wongereho turiya tubandi twirirwa tuvugango turahanura ntasengero zigeramo,dufite abantu babiherewe ububasha bakabikora neza ariko abantu ibintu bihaye byo kwirirwa basebanya sibyiza,muze muhagarare mu mwanya w'Imana rwose muzibe icyuho.
Ni Murangira
Congr rib
Mudufashe pe Nabari kwamamariza abapfumu bigira ngo batanga ubutunzi bamaze kwigira akananira bose bukurya amafranga yabantu Kandi babeshya RIB umubyeyi wabanyarwanda turabakunda
Respect kbs murimukazi
Nukuri ibi bintu birababaje
Mwari mwaratinze kubafungira rwose pe murakoze imvugo ibe ingiro
Rwose Congz turabashimiye cyane tunanyuzwe nuburyo musigaye mukoramwo akazi Nange nkora akazi ka reta ark iyombona ibintu bisigaye bikorerwa kumbuga nkoraranyamba numvagahinda kanyinshi ,nkibazaho kwabaga muri ,gsa bacumuganingo ibuye ryagaragaye ntiriba rikishe isuka ubwomwabibonye ndizerako bitazongera kubaho peee kd turabashimiye rwose nimutabishyiramwo imbaraga biroreka urubyiruko rwacu rwose kd umuco wqcu uhabanye nibyo bakora rwose singaye ndeba ibirihanzaha abantu bigize abanya Canada ,abantu bakoresha izo UA-cam bagashaka kwigana Dumba wikirara cyamazeyo uri Canada kd imico Ya Canada itandukanye cyane nuyu rwagasabo rwos
Bariya babeshya ngo barasengera umurwayi Koko kwirirwa babamamaza barahemuka
Ko utavuze buryohe tv se?
Ntakuntu bafunga naba jack birirwa biyambika ubusa ahubwo ko bica urubyiruko mubyigeho 😳🧏🧏
Bahere kuzo yaka mwana ahuriraho nibikobwa.mpamya ko bakoresha nibiyobyabwenge.baba banabinywa kumugaragaro
Izo bwa mwagiye muzica amaboko namabya
Ahhh ikigisambo gito wapi kbx ubuse umuntu wiba akajya gusamba kweli lmana basi imworohereze
Oyyeee ❤ rib ❤
ariko disi umenya dr Murangira ari umurokore.numuntu mwiza pe.
Uretse niburokore nimfura yararezwe yavuye munzu nziza
Aho kumushyira ku matelevision
RIB niturebere n abiyira abakozi b Imana, abahanuzi, n abandi
Mubyeyi wacu Dr Ubundi uri mwiza kumubiri no Kumutima no munshingano mushinzwe ubundi byabageze mu maboko Tayali Mubyeyi
❤❤❤❤❤❤ ndabikunze
Ese number zanyu umuntu yazibonute akajya abaha amakur😊
Kigali magazine ,Sawa saw,bigtown nibyo kbx
Afande nange ndabashimiye murakora mwamfatiye igisambo inaha iwacu mu Gakenke.
Mubyukuri murwanda bashyigikira abajura pe kuko uyumugabo ukoresha 5guys tv abamamariza ibitaribyo mubyukur niba haraho twarega mutubwire kuko uriya munyakuru junia niwe ubereka ukobakina Uzi flim kuko harinindi yarigezeho yobanayikinnye ndeba akabaha nigitekerezo mudufashe mubahane pe kuko nabo bakinisha nibabahemba mubyaro
Bitwazako ntaho baregerwa bagacuruza abantu mubiteho abantu barashize agahinda krabishe mubiteho
❤
Baburyohe banjye hejuru
Nibihira bake koko
Afande ubahaneeweee
Ark c uyu mana wumukobwa we ko akiri mutoya ibi bifaranga byoseee yabikuyehee hhhh anyway congs to RIB akazi mukora ko kurenganura abantu nindashyikirwa
Bajyane jack utukana
Indaya zarisanzuye zirakabya zihe ubusobanuro
Dr Murangira avuga yisekera ndamukunda kbsa.uwamunyereka yarakaye.ahora akeye mumaso kweri.
Rutebuka muzamufunge
Uwitwa Jacky we ajyanwe mukigo ngororamuco pe
❤❤❤❤❤
I like this guy " Murangira Thierry" nubwo umurimo we utoroshye.
Bimugora iyo ageze muri affaires zihuye na politique. Aha ho RIB irabogama.
Sha uzanyihere akazi rata musimbure jye sinzaba nkae
Hy❤❤❤
Ese abo bantu babaza ko mutabereka abaturage ngo tubabone?
Nukuri RIB nidufashe umuco nyarwanda ugaruke pe.
Indangagaciro zimaze gutakara .
Nyakubahwa nimuzifunge zirimo ziranguza u rwanda rweco. Ntacyo zimaze usibye kwonona abejo. Nazangirwa ba pastuers nabahanuzi. Twese twarumiwe izo channels nubaza ko zaje guteza distraction mubantu wagira ngo zikorera sekibi.
Barebe no kubahanzi nabo bafite indirimbo zamamaza ubusambanyi ngo baratwika!
Nivyo gose urakoze
Gusa Ababa gore bavugira imyanya y ibanga kukarubanda nabo nukubakurikirana baraturembeje rwosepe.
Uyu mugabo Afande Murangira Thierry mbona ajya kumeze nka H.E PK ❤bubahwe
Ni murumuna we, mu mico no mu myifatire 🙏
Ibi nibyakera cyane
Nuko
😢😢😢
Shitani yaragaragaye iminsiye ntayo😂😂😂😂
Ariko we mufata abajura!!!ariko umuntu akaburirwa irengero burundu koko!!!mwa dushakiye nabacu baburiwe irengero 😭😭abajura pe nabo bari barembeje abantu ariko bazahoraho kubera ubukene buri mubantu!!!
Chta nkomeza gukandaho kuncuti Zanje mpaka twujuje 500
Uyu mugabo ni imfura bigaragara pe!
Number one❤
Na keza tv show
bro yahise ajya kwirira ibyana 😂😂😂
Kabix
Ahhhhha 😂
Chita😂😂😂😂
Na Kasuku turamukunda ariko iyo yaje mu Rwanda akora ibiganiro by'urukozasoni.rwose yisubireho.
Iyo yake mu Rwanda bigobye kuvuga ?
Izina niryo muntu mukama, bihirabake nawe ntibimuhiriye
Ariko Gasaro ubwo ntibamurenganya.
Umuburo RIB irawutanze abumva bumve ibindi nugukosora imikorere.
Akazi keza afande kdi abangu bacu barikudukorera akazi kuko abajura bari bigize intakoreka kdi afande izo UA-cam Nuri twibazaga niba mwajyaga mubibona zikwirakwiza uburaya
RiB rwose icyokibazo UA-cam cano sirigikora ibiteyisoni cg ababeshyako harabavuzi batanga ubutunzi mubafatire umwanzuro kbs ?
Nonese abantu bazabaho gute
Gusa nibyiza ko ibisambo byafashwe
Rero turasaba ko bakongera bagashyira imbaraga mugukangurira abishyurwa ko batayakira muburyo bwikorana buhanga
Iyooo ex large bye bye,250tv,na bact twarababwiye mwanga kumva murasebya u Rwanda
None Gasaro tv ntibamubeshyeye koko Sandrine ntakibi atangaza
None Gasaro tv ntibamubeshyeye koko Sandrine ntakibi atangaza
Abajura bazahoraho kubera ubukene,ubuse abantu Bose bakenye nabajura?
Ama %inaha Nyagatare bamaze abantu umuhinziajya kumunyamafranga bakagira amasezerano umuhinzi akamusaba amafra akazamuha imyaka urugero niba ibishyimbo bizera bihagaze500ku kiro akamuheta kuri 200frs niba azamuha ibiro 100bagirana inyandiko ko amuguroje Iihumbi 50000frs kndi amuhaye 25000r ese ibi biremewe?
None ujya kuyamwaka udafite ikibazo ,mwagiye mureka ubujije harayo aguha kungufu siwowe ujya kuyamwaka
None ujya kuyamwaka udafite ikibazo ,mwagiye mureka ubujije harayo aguha kungufu siwowe ujya kuyamwaka
Afande ni ukuri uwo muntu yagenda nawe akavuga ibyiza yakorewe