BOSS yambwiye ko NDI MUBI😭|Banyise UMUHUTU|Narwaye agahinda kubera amagambo|Umunyamakuru Emmy Rwanda

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 8 жов 2024
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

КОМЕНТАРІ • 1,7 тис.

  • @billieeilish000
    @billieeilish000 3 роки тому +823

    Uri mwiza cyane ufite isura y'umunyarwanda mbisabiye like

    • @biganzaericempirestudios5498
      @biganzaericempirestudios5498 3 роки тому +1

      Uri mwiza cyane uribumusore ubereye u Rwanda

    • @odettemuka8673
      @odettemuka8673 3 роки тому

      Abo bibone bakwita mubi Imana iraje ibarimbure. Ubwibone, ubwicanyi, ubusambanyi, ubutabera burenganya hari uwabihanuye ko ibyo byose uko ari 4 byarakaje Imana ikaba ije vuba guhana.

    • @clauclaulolo7481
      @clauclaulolo7481 3 роки тому +1

      Fata like DJ rwose !🙏

    • @kabanyanacandide5151
      @kabanyanacandide5151 3 роки тому

      Uvuze ukuri rwose

    • @comoestas1766
      @comoestas1766 3 роки тому

      Intambara yakorewe n'abahutu il reconnaître ça

  • @irumvaolivier1987
    @irumvaolivier1987 3 роки тому +78

    Emmy weee uzumve indirimbo ya Rafiki coga yitwa bagambe umuntu nakubwira ko urimubi uzamubwire ko azikwitegereza arko uwabikubwiye we ubwo asate ubuse azapfa bamurye ikindi Emmy weee urimwiza kdi cyanee ababonako uwomuntu yibeshye nampe like numveko yesu agira neza!!!

    • @rosamuhimpundo4516
      @rosamuhimpundo4516 Рік тому

      Ni sepatic kandi gye nikundira abangabo basagurcya ni mwiza uyu mugabo afite ishusho ryi mana

    • @UwishemaFulgence
      @UwishemaFulgence Місяць тому

      Rekana nabo bagendera ku Moko nibyo byahekuye uRwanda inzirakarengane zabatutsi. Zigatsebwa ,Emmy twarakuranye ku gisozi

  • @martinhabimana
    @martinhabimana 3 роки тому +479

    Uwirata ubwoko wese yaba umuhutu cyangwa umututsi nimubi kuko ibyo byose ntakindi bimaze usibye guhembera inzagano gusa!

    • @mugabeyvette3610
      @mugabeyvette3610 3 роки тому +19

      vraiment ! d'accord avec vous 👌

    • @muhirekent5032
      @muhirekent5032 3 роки тому +22

      Nukuri pee, ukibaza kuba ari ubwo rukana we yaba afite amaraso yicyatsi? Cg nyatuma adapfa. Abantu bafite uburwayi bwo mumutwe, abakigendera kumoko

    • @mamaal6949
      @mamaal6949 3 роки тому +27

      Well said
      Imana yaturemye kimwe uwirata yirate Kristo🙏

    • @dariovap6658
      @dariovap6658 3 роки тому +5

      uwirata ubwoko bwe ahubwo aba akunda icyo ari cyo, ahubwo uwanga runaka ngo nuko yirase ubwoko bwe uwo ni uko aba atikunda, burya iyo umuntu atewe ishema n icyo ari cyo arakirata, wowe rero uvuga utyo ubwo nyine ntutewe ishema n ubwoko bwawe Niko abadatewe ishema n ubwoko bwabo babigenza barwanya cyane utewe ishema nabwo kandi umuntu nta burenganzira agomba kugusaba bwo kwirata ubwoko bwe ,ubwoko si ikibazo ahubwo ikibazo ni ishyari kuko ninaryo ryatumye abahutu batsemba abatutsi kuko buriya umuhutu ukunda icyo ari cyo ntiyari kwica umuntu ngo nuko ari umututsi rero buriya ujya kurimbura abantu kubera icyo bari cyo kuko uba udatewe ishema nicyo wowe uri cyo bityo rero ukumva ko kuba utari icyo abo bandi bari cyo ari nayo mpamvu ugomba kubavanaho kugirango ukunde ugaragare.
      Ariko uziko abahutukazi muri jenoside baririmbaga ngo abatutsikazi barashize ngo ibyo bitumye abahutukazi baragarara ngo kuko abatutsikazi babakingirizaga bagatuma batagaragara ngaho nyumvira pe ni ishyari rimwe ry umurandura nzuzi bari bafite nta kindi.
      Njye ntewe ishema n icyo ndicyo bityo rero nta kibazo na kimwe ngira numvise umuntu wirata ubwoko bwe ahubwo mpita numvako yikunda akunda icyo ari cyo nicyo kintu gihita kiza mu mutwe wanjye, urumva wowe rero niba icyo ari cyo kiza mu mutwe wawe nuko nyine udatewe ishema n ubwoko bwawe naho abazana ngo ubunyarwanda nubundi ntiwaba umunyarwanda udafite ubwoko kuko icyo gihe ntiwaba uri kavukire ntago rwaba ari gakondo yawe waba utaniyehe n umunyamahanga uza bakamuha ubwenegihugu akitwa umunyarwanda?ariko uzabaze ntawe baha ubwoko kuko ubwoko ni amaraso si ibipapuro ,uwirata ubwoko bwe rwose abwirate ibyo bituruka ko utewe ishema nabwo ,ikibi ni ukujya kwica umuntu umuziza ubwoko bwe aho ngaho uba wihaye uburenganzira udafite kuko udafite uburenganzira bwo kugena ubaho n utagomba kubaho kuko ntawe wazanye mu isi, naho kwishimira ubwoko bwawe ukabwirata sha uzajye ubikora 100% ndetse ubitoze n abana bawe kuko uba ugomba kwishimira uwo uri we(take pride in who you are) .
      iyo utishimira ubwoko bwawe rero uba wasenyutse kakubayeho kuko uba ufite kwiyanga(selfhate)burya ntuzagendane n umuntu wiyanga azaterwa ikibazo nuko wikunda, nahuye nabo kuburyo baba bashaka kugufunga umunwa ngo ntuvuge icyo uri cyo kuko baba bashaka ko ibintu biba rusange cg neutral kuko baba banga ko nuvuga icyo uri cyo undi aza kumenya bo icyo bari cyo kandi batabishaka ko bimenyekana ukavuga uti nonese njye nzahakane icyo ndi cyo ngo nuko mwe mutishimira icyo muri cyo,burya umuntu ufite selfhate aba ashaka ko nawe uyigira bityo kugirango mwese muhurire hamwe muri aba selfhaters (mwiyanga)wapi ibyo njye ntibimba mu maraso mvuga icyo ndi cyo mvuga ubwoko bwanjye iyo mbubajijwe sinjya kurya indimi ngo nivugishe ibidahuye kuko ntewe ishema nabwo kandi nkanaterwa ishema no kuba umunyarwanda kandi ubunyarwanda si ubwoko ahubwo ni igihugu ni ubutaka kavukire, ubwoko ubundi ni amaraso si ubutaka ari nayo mpamvu ubona abantu b ubwoko bumwe basa kuko bahuje amaraso mu gihe bashobora kuba batuye ku butaka butuwe n andi moko ibyo rero ntibibagira ubwoko bumwe kuko kugira ubutaka bumwe si ukugira ubwoko bumwe naho kugira amaraso amwe ni ukugira ubwoko bumwe ari nayo mpamvu abaherageje kurimbura abatutsi bari babamazeho habura gato kuko bareba amaraso yabo bakabamenya.
      ubunyarwanda rero ni ubutaka gakondo si ubwoko naho Tutsi,Hutu Twa byo ni amoko buriya iyo uhakana icyo uri cyo ntuba wihaye agaciro uba wiyanga udatewe ishema nicyo uri cyo ,iyo abandi bishimira icyo bari cyo bikakubabaza nuko udatewe ishema nicyo wowe uri cyo bityo rero aho kubabara ngo nuko abandi birase icyo baricyo ahubwo nawe wakwiga kwikunda ukirata icyo uri cyo aho kubabazwa nuko undi yirase icyo ari cyo warangiza ukabishakira n ibinyoma erega nonese kwirata icyo uri cyo bihuriye he n urwangano yegoko urababaje pe iyo ni imitekerereze y abiyanga bahita bahimba ibitajyanye kugirango babikoreshe bacecekesha uwirata icyo ari cyo kuko bo baba biyanga,rwose wowe wirata icyo uri cyo komereza aho ntukemere ko hari ugucecekesha kuko aba ashaka kukuzanamo kwiyanga ntuzemere rero ujye ukirata kigutere ishema kuko ni Imana yakugize cyo.

    • @habumugishadonatien3649
      @habumugishadonatien3649 3 роки тому +19

      @@dariovap6658 none c nkanjye ko ntazi ubwoko bwanjye nabumenya nte? Ko numva uvuga ngo nimeza? Ibya moko ntacyo bimaze Ahubwo ibyo twakwiratana nibyo umuntu amaze kugeraho ibindi byose ntacyo bimaze. Reba Icyo umaze kwigezaho Gusa naho ibyamoko byagufashaho iki? Nukena c ko Wanze gukora uzitwaza ubwoko ngo ukunde Ukire?

  • @waranyiyeretseaimeefabiola6642
    @waranyiyeretseaimeefabiola6642 3 роки тому +12

    Yes! Abanyarwanda turacyafite ikibazo rwose! Uko umuntu ameze siwe wiremye rwose...bayarwanda mureke dusirimuke tureke gukimeretsanya...cz ibikomeretsa kwisi nibyinshi...thx Emmy at least bamwe turaruhutse rwose.

  • @uwarwegoernestine4843
    @uwarwegoernestine4843 3 роки тому +727

    uri mwiza maa Mumpe like mbaye uwambere

    • @sefijoy1975
      @sefijoy1975 3 роки тому +20

      Komera uri mwiza ntibazakubeshye ibyo byose ni ubwibone bibatera ayo magambo mabi. Uri mwiza uko Uwiteka ashaka.

    • @paulkaga6215
      @paulkaga6215 3 роки тому +28

      Sha, ugomba ahubwo guhita wishima. Kuba bakwise umuhutu you must be proud of that. Umuntu uwariwe wese ni mwiza, igihe akora ibintu byiza. Ububi bw’umuntu ni ibikorwa bibi akora. Ubwose ukekako hari umuntu wishe abantu mwiza? Wapi. Kandi abicanyi bari mu batutsi ndetse no mubahutu. Wowe rero uri mwiza niba ntamuntu wagiriye nabi byo kumucisha umutwe.

    • @akezabonita9384
      @akezabonita9384 3 роки тому +6

      Nawe se ko ngo wabwiye bruce Melody ko ari mubi ko Ntaho azagera kandi ko Ntaho umu umuziki wamugeza kuberabuko asa

    • @mrelie8877
      @mrelie8877 3 роки тому +1

      Nibibe atarukurenzaho

    • @nikkinikki3896
      @nikkinikki3896 3 роки тому +1

      @@akezabonita9384 ni freedom of speech. Ntabgo ategerej gukunda Bruce M.

  • @alpn113
    @alpn113 3 роки тому +22

    Ndarize kabisa. Unkoze kumutima pe. Umuntu umwe yijyeze kubwira yuko ntagira Ikibuno nkagira numubiri ukomeye. Nyuma yaho umugabo yaje kusigira abana babiri. Nariyanze kugeza aho numva nafata umuti. gusa agahinda kawe ndakumva. Gusa nagiye mbona abantu banyita mwiza ndongera nigirira ikizere. Ubundi nakuze nkundwa cyane. Ariko nyine nkuko ubivuze, usanga ububi se wabukoraho iki?. Gusa Nukwishakamo ubundi bwiza burenze, ubwabantu bashaka

    • @nsanzetito1453
      @nsanzetito1453 3 роки тому +4

      Kumukobwa cg umumama birumvikana ariko umugabo??????????? Ntamugabo mubi kwisura umugabo aba mubi kumutima ariko umugabo ngo baramubwira ngo nimubi ? Oya abantu abantu weeeeeee bagabo mukomere tugume turabagabo mbisubiremo tube abagabo kugirango abagore batuze bamenye koturabagabo yemwe

    • @mukakarangwaassie3196
      @mukakarangwaassie3196 3 роки тому

      Imana ntireba benibyo bera abana bawe ishema kdi nawe urababara Imana niyo nkuru

    • @mukakarangwaassie3196
      @mukakarangwaassie3196 3 роки тому

      @@nsanzetito1453 nta muntu nubu ku Mana isi up siyacu

    • @mukakarangwaassie3196
      @mukakarangwaassie3196 3 роки тому +1

      Nta muntu mubi ku Mana isi siyacu iwacu ni munda yisi

    • @uwayoelisededieu6315
      @uwayoelisededieu6315 3 роки тому +1

      Nuku interahamwe zacengejwemo amatwara n'inyigisho mbi zigishwa ko umututsi ari umwanzi, ari inzoka, ari inyenzi, ... batwicira abana, abasaza, abakecuru, aba papa, abamama kubera ururimi rubi
      None uwo nawe uti "uri mubi" ubwo se yakwise mubi ashingiye ku ki? Knd ubwo ntazakurikiranwa ngo asobanure.
      Sabin ubundi boss wa Emmy ninde ?

  • @laudemgloria9225
    @laudemgloria9225 3 роки тому +52

    Uri beau gars! Kandi ufise amaso meza, useka neza!
    Imana igukomeze 🙏✌

  • @dady-de-maximo-mwicira-mitali
    @dady-de-maximo-mwicira-mitali 3 роки тому +1

    Ariko Mana. Ubu koko ninde utabona ko ufite umutima udasanzwe. Wihariye, umugabo uzi kubana neza. Sindahura nawe ariko kenshi twaganiriye sindabona umunyamahoro nkawe. Ijambo ni ubuki kandi rikaba inkota, ijambo ribi nanjye ndabizi aho kubwirwa nabi byangeze kugera aho numva koko ndi mubi, abantu baguha akato nawe ukageraho ukiheza, ukiyanga. Ubwo bwiza bw’inyuma bavuga rero kubugira bikaberaho umurimbo ukabukoresha usenya abandi nta muvumo uruta uwo cyane ko bwo bwonyine butagira umuntu.
    Ngukomeje nzi uko igikomere gitinze kica, haguruka weme, ukomeze ubuzima, ufite abagukunda kandi bubaha uwo uriwe, naho aho gusa neza inyuma ufite umutima wamunzwe nkuwuwo wagukomerekeje naba uko we yifuza uko ambona ariko nkakora ibyiza atashobora, umubi ubona ububi bw’abandi ukinga ingabo y’umutima ntawinjiremo kuko yishyikira aho areba ariko aho atareba niho umuntu aba, aho rero ntiyahagera kuko yarabihishwe.
    Kubakiri mu moko tukayakoresha iteka ni ukwiyibagiza amateka yacu, ukiyarimo si uwo kwihanganira kuko u Rwanda rwo ntanumwe rwihakana, nkibaza aho twe duhera twihakana abandi Banyarwanda muri 2021 sibyo kwihanganira, twarokotse ikibi cyavuye ku ijambo kikagera ku muhoro, Umututsi aratemwa yariswe inzoka, inyenzi, benshi bararebera baranuma, radio, ibinyamakuru birandikwa baranuma kugera aho imbaga yishwe urubozi mu 1994, Abatutsi baradukirwa kubera ijambo ryaberekanye nk’abantu babi bagomba kuvanywa ku Isi, kandi birigishwa hose, abakuru bicyo gihe baraceceka, abandi barica, abandi baba ba ntibindeba.
    Ubu rero turi bakuru, nitwe bo kurinda ubuzima, ni natwe babonye Uko jenoside idakwiye kuba ahandi hose ku Isi, ibi ndabivuga nyuma yo gusoma comments ziri hano, ushaka kuraga umwana we amutegurira aheza azabaho neza atakiriho kandi nawe akabikorera abo azasiga, ivangura ry’amoko ni igiti kitera imbuto nziza narimwe, ushaka kugitera si uwo kwihanganirwa, kandi ufite ipfunywe nawe ni ukwirenganya kuko ntacyo yahindura kucyo yumva we aricyo, yabigirira isoni nibyo agomba guhindura kuko igiti uko ugifumbiye ukacyuhira nubwo haza ibiza ntikibura urubuto rwiza; bivuze ko uko wiyumva ugakora ibyiza uzagaba amariza kandi uzagabirwa ibyiza bidasaza.
    Twanyuze mu mateka mabi kubera kutarwanya ijambo ryica, rikimikwa bamwe bakaba inyamaswa bakica, ubu nibyo guhindura twese tukabungabunga ibyiza biva ku ijambo ryubaka igihugu, kuko uko byamera kose turi hamwe ntawuzasohora inyabutatu zivugwa mu mateka zagize u Rwanda ngo avanemo imwe, ntibizashoboka, hamwe tuzabana paka kandi gutandukana ntibizabaho rero mutuze tubane nta mubyigano, ntanuhumeka umwuka wundi ngo turacuranywa !!!
    Kuva rero tuzaba hamwe mu Rwanda paka, mubyange mubikunde, niko bimeze niyo mpamvu tugomba kwirinda imvugo yose yatuka undi wese ngo mubagendera mu moko bayakoreshe batuka abandi ngo ni ububi ! dukwiye kurinda ubwo buhanya ko bwatura mu mutima wamara kubusasira inshinge ukabutwerera abandi inyuma cyangwa ngo bugereke ku bwoko muri rusange, iyo mitekerereze ntikwiye nuyikoresha cyangwa n’abakomeretsa abandi bibagiwe ko twese ntawuvuka ngo abe yarasabye aho yavukira bamenye ko nta muryango utagira ikigoryi, banza iwacu naba cyo ariko se iwanyu, iwabo, iwacu ni bingahe bitakibarirwa mu mfura ? Ubupfura na muntu biragendana. Abeza n’imigenzo n’imigirire ntaho bataba; yego n’ababi kuko bariho peee ndavuga ab’imitima yamunzwe babaho banabayeho cyane ariko ubu muri 2021 ntibyakwiriye kwitirirwa rusange oya oya ntacyo twaba twubaka. Kereka niba koko bimwe bavuga ngo akabaye icwende ntikoga niba twemeye ko koko biba ukuri. Gusa comments ziri hano ziteye ubwoba. Ariko abantu abeza bariho kandi nibo benshi twe guca ibikuba.
    Muvandimwe Emmy; Ntugomba kumva ko uri mubi niyo usetse umuntu muzima abona ko ufite ubutunzi bw’iteka butagira benshi. Ibihe turimo biragoye mu buzima bw’igihugu cyacu, twirinde ururimi rubi kuko igihugu cyacu gikeneye abana bacyo twese ko tuba ka kagozi ka Bugingo kabuza u Rwanda gucika, cyangwa ya mashyiga atatu iyo habuze rimwe inkono ibirira muziko. Wabuze ababyeyi uri muto, igikomere nkicyo cy’ijambo koko cyagushegesha nkaho bakubwira ngo abantu barashize hasigaye urutwe rwa Kayiranga! Uwabikubwiye nawe siwe buriya ibikomere tubyikorere bitatuvunnye kandi twirinde ko byagiza ibyiza byinshi dufite, yagize nabi uzamubabarire kandi wasigaye ngo uwo mutwe yavugaga uzamuhinyuze hasohokamo ibyiza gusa kandi wabivuze byinshi warondoye, ahubwo uzawubungabunge niba ugihari uwanga kuko ni isoko y’ibyiza Imana Yakwihereye ngo utugabire ibyiza biva mu buhanga wagabiwe ; ibyo wanyuzemo n’intimba nkiyo byagiye bizana irahagije kuyikorera izindi wongererwa n’abantu nkatwe ntibikwiye ahubwo dukwiye kugukomeza ngo intambwe wagezeho waranyuze mu bigoye iyikomeze kandi uri uwo kwizihira.
    Guceceka tukarebera byagaragaye kera byatugejeje kuri jenoside yakorewe Abatutsi, u Rwanda ubu rukeneye ko ijambo nkiryo ribwira umuntu ko ari mubi adakwiye kujya ahagaragara ntirikwiye nagato ni ahacu twese bo kuryamagana. Naho kuba umuzungu, umwirabura, umwarabu, umunyaziya, umusilamu cyangwa umukirisitu, abandi bati umuhutu, umututsi cyangwa umutwa, buriya umubi ntagira ubwoko yitwa mubi kandi hose izina ntirihinduka bitewe nibyo rikikiye; kubakigendera mu moko rero niba mu miryango tugira abantu babi mu mikorere, imitekerereze, ibyifuzo, imitima isohokamo ubugome, tukagira abantu beza ku mutima muri ayo moko yose abayahoza mu kanywa, ndumva ubwoko bubi ari kuba mubi mu mutima nibwo bwoko bubi kuko nta muntu ku Isi yaba uruhu rwe n’ubwoko bwe utarahura n’umubi, turabagira iwacu, iwanyu, mu Banyarwanda ho ni uburo bweze iyi minsi na kera bahozeho nubwo atari bose kuko abeza bariho benshi nawe urimo Emmy.
    Ikintu cyo gufata ububi bw’inyuma rero bitewe nureba icyo aha igisobanuro kubyambika ubwoko sibyo kuko noneho turebeye inyuma gusa hari uwo bakubwira ko abyarwa no kwa naka cyangwa ari uwo mubwoko ubu nubu ugahakana bitewe nuko biba byaramenyerewe uko bivugwa, ukigaya niba ukibigenderamo, kandi nkuko nabivuze Isi iba nziza kubera amabara ayigize, rimwe ryonyine hari ibyo ritashobora, ntitugahinyuze Imana Yabikoze uku ngo tubane hamwe nuko buri wese yamuremanye umwihariko n’Impano zihariye, yewe nabo murugo rumwe ntibahuza byose ariko bishyize hamwe bigendeye ku byiza biba agahebuzo.
    Kuba rero hanavugwa ngo ni igihutu ntawe bikwiye gutera ipfunywe kuko ntacyo yabihinduraho ikibi nukuba cyo ukanaba numugome ruharwa nkuko nanjye naba iki niki nkaba umugome umutindi mubi ntabwo byakwitiriwe benshi ubu 2021 imitekerereze nkiyo niyo guhinduka. Ikindi gitangaje nuko no mu bisobanuro utanze benshi bagataganzwa ko banibeshye, umuntu yakwibazango hari icyo byongereye ku isura y’inyuma ? Reka rero kwiyaturiraho ibyo uwo yabonaga twe siko tubibona ; Oya ntacyo binahinduye kuba twagukundaga ngo uyu munsi kuko tumenye intimba yawe ngo bikugire inzobe cyangwa igikara, buriya uwagukunze kera by’ukuri ntawamuhindurira ijisho akubonamo ubu, nuko umutima we ukubona ubu ngo nuko wiswe iki niki: « uwawe w’ukuri ntaho ajya » kuko abahishuriwe ubwiza aho buba tukahamenya kandi tukabanira umuntu ntitubanire aho akomoka ni ukuri njye ntagihindutse uko uwo wakwise mubi icyo gihe uko ntabibonaga icyo gihe nubu udusangije urugendo rugoye wanyuzemo njye ntagihindutse uko nagufataga ahubwo nsanze uri intwali kabiri kurusha uko nari nkuzi.
    Wanyuze muri byinshi kandi ntawe wabikangishije uriyubaka kandi wishakira inzira abo baziko ari beza benshi batabasha kunyuramo. Ngukomeje rero nundi wese wakomerekejwe n’ijambo kuva mu buto bwe kugeza magingo aya. Ibyo twiratana kenshi ntibiramba, usibye amagufa n’umusatsi wo ubaho mu nzara, mu bukene, mu burwayi, mu mvura no muzuba ntaho ujya, ubaho iteka yewe no mu mva, urasigara utanduranyije, utabyiganye, kandi ukagaragara nubwo wawuhisha ute...ni nako ibyiza dukora kandi tukabikorera abandi bigira aho byiyandika bikazahatinda kugera ku mpera y’igihe bikanaduherekeza ijabiro. Ubwiza bwawe rero unkundire buzabe uburamba nkiyo nseko isohora ibyiza ku mutima, kandi uharanire kutazahutaza uwariwe wese utarasabye ko avuka.
    Baho rero wuse ikivi naho abantu bimika ibigaragara inyuma ntabwo baziko twatijwe tutanabiguze, nubitindaho ntibiramba na nyuma y’urupfu iminsi myinshi bitinda ni 8 ariko imirimo yawe kandi yacu niyo izaduherekeza muvandimwe. Genda, Baho kandi Uzabe.
    NB: Icyo uzahindura ni ukuvuga agashyushyu oya rwose bavuga inshyushyu hahahahahaha banza ari nubwambere byanditse uku nzaguca amande hahahaaha dutahe cyane mugabo w’umukozi kandi w’ibigwi, ntihazagire umubi uhina iyo nseko. Gwiza ibyiza. Hanika
    Umuvandimwe wawe
    Dady de Maximo Mwicira-Mitali

  • @rukukaiwacutv4473
    @rukukaiwacutv4473 3 роки тому +56

    Emmy rwanda we are proud of you nukur ,rekana namagambo yabantu ahubwo keep it up💞💞

  • @bebetobelgique12
    @bebetobelgique12 3 роки тому

    Urimwiza cyane Imana ijyikwirindira kdi iguhe ibyishimo numugore azaza ugukwiriye ugukunda ukwubaha uzi ukuntu uri ibogare jyawishimira uwuriwe uzicyushaka nicyowifuza kugeraho abo bavuga jyubima amatwi kubatoneka kwawe nuko uterimbere ukagera kunzozi zawe ukabasiga murubwo bugambo ibikuruhura ntukabyiyime kujya kuri camera rwose biranakubera bigufasha kuganira neza numutumirwa natwe tukakumenya kuganira nabantu bakubona nibyiza turagukunda cyane big up

  • @nezerwatv2117
    @nezerwatv2117 3 роки тому +35

    Emmy humura uri mwiza kdi cyane.sabe nange muzampe umwanya ntange ubuhamya.abantu birinde gukomeretsa abandi koko urabivuga bikarangira ariko abantu bibuke ko ururimi rwica kdi ruroga.uziko abantu baziko kwica arigukoresha intoki gusa nururimi rurica.humura musore.nage simbice kure uri mwiza.cyane

  • @amahoroyimana8143
    @amahoroyimana8143 3 роки тому +8

    Komera nshuti. I went through same thing. Abantu bambwira ngo ndi mubi. Ariko nageze mu mahanga abantu bose nahuraga nabo bambwiraga ko I'm very pretty. Ujye ureka aba haters nshuti. Icya mbere nuko utera imbere. 💛💛

  • @balancedlifetv
    @balancedlifetv 3 роки тому +50

    Komera witurize, hashimwe Yesu watugize umwe, muri we nta sura, nta moko, nta dini, icy'ingenzi ni uko ufite ubugingo buhoraho, aho ho boss ntiyagira ijambo!!! Iyo sura jya uyishimira Imana kandi ntukagire ipfunwe ryayo kuko wisanze uyifite nta ruhare ubigizemo.

  • @Mu.2501
    @Mu.2501 3 роки тому +15

    Bibaho rwose ! Akenshi umuntu abura akazi uko ngo ni mubi ukagirango hakora ubwiza gusa !!Emmy you're handsome and keep up bro!

  • @kamanzifabrice9965
    @kamanzifabrice9965 3 роки тому +64

    Ntabwo uri mubi Man.ntibakaguteremo spirt of rejection.urimwiza mumaso y'Imana kimwe naburiwese.u so unique

    • @josephineuwamarya7119
      @josephineuwamarya7119 3 роки тому

      Useka neza namaso yawe ni meza.

    • @lamanene8848
      @lamanene8848 3 роки тому

      Mbegay'abamubihoo ikibinicyanyiracyo cyuwamuremye ntabindi...arikoafite ibibingabyiza

    • @lamanene8848
      @lamanene8848 3 роки тому

      @@josephineuwamarya7119 🤣🤣🤣🤣

  • @marinadukuze5150
    @marinadukuze5150 3 роки тому +5

    Merci Emmy pour cet extraordinaire partage. Tu es un enfant de Dieu. Nobody is physically perfect on earth.
    J'aimais tes travaux sans me rendre compte de ce que tu racontes.
    Maintenant, je les aime encore plus! Que Dieu te comble de tout son bonheur my little bro!.

  • @DarkAngel-cj6sx
    @DarkAngel-cj6sx 3 роки тому +41

    Beauty is the eye of the beholder.
    Turi beza twese imbere y'Imana.
    Ugomba kwireba ukabona ko uri mwiza.

  • @uwimanajeanette8452
    @uwimanajeanette8452 4 місяці тому

    Ohhhooo!! Ndababaye cyane rwose. Emmy Ihangane Abo bantu ntanubwenge bagira

  • @Queen-ze1tm
    @Queen-ze1tm 3 роки тому +179

    Ngo uri mubi, uri igihutu?? Nizereko uwabikubwiye azatura kw'isi nk'umusozi kuko ndabyumvako we atazajya no mubutaka/ imva kubera ubwiza afite shenge😭😭

    • @kalisajeanpierre4798
      @kalisajeanpierre4798 3 роки тому +1

      Emmy komera biragaragarako byakubabaje peee kandi koko turacyafite abantu bakomeretsa abandi kuko nomuri génocide yakorewe abatutsi barabivugaga nimurekwe tubirwanye

    • @paulkaga6215
      @paulkaga6215 3 роки тому +18

      Sha, ugomba ahubwo guhita wishima. Kuba bakwise umuhutu you must be proud of that. Umuntu uwariwe wese ni mwiza, igihe akora ibintu byiza. Ububi bw’umuntu ni ibikorwa bibi akora. Ubwose ukekako hari umuntu wishe abantu mwiza? Wapi. Kandi abicanyi bari mu batutsi ndetse no mubahutu. Wowe rero uri mwiza niba ntamuntu wagiriye nabi byo kumucisha umutwe.

    • @KC-wj7yh
      @KC-wj7yh 3 роки тому +12

      Ahahaha.ndumurundi,sha Evariste yarababwuye ko muri iryarya muramutuka. Mureka kuvuga amoko kuminwa imitima yaraboze.

    • @clarabato7616
      @clarabato7616 3 роки тому +8

      Ariko izi nyamaswa uwazibwiye ko abahutu ari babi ni nde,buri bwoko bugira abeza

    • @judithnyirankumi3541
      @judithnyirankumi3541 3 роки тому +2

      @@clarabato7616 imanikubabarire

  • @GasigwaTheogene-c4m
    @GasigwaTheogene-c4m 11 днів тому

    Umusa jyawihaangana kbx. Ibyo bireze cyane! Igisubizo kizima ukitege ku Imana yomwijuru. Apana kukiremwa muntu

  • @batamurizajeanne8220
    @batamurizajeanne8220 3 роки тому +78

    Urimwiza kandi uri uwagaciro,
    Uremye mw'ishusho y'Imana.

    • @concilienankunda184
      @concilienankunda184 3 роки тому +1

      Imana iraraba ivyo yaremye vyose ikabona ko ari vyiza caane (Génèse 1-2). Kandi baca umugani bati nta muntu ahema aba mubi, imva ni yo iba mbi!

  • @ahishakiyemarychantal8700
    @ahishakiyemarychantal8700 3 роки тому

    Pole Sana bro komera kugirango ukomeze nabandi kdi turabavandimwe bawe humura nturiwenyine gusa ubupfubyi nubuzima biraryana ark twarakuze Niyomahirwe dufite

  • @mwambutsadidosofficial
    @mwambutsadidosofficial 3 роки тому +8

    Ndagukunda Emmy, i really like your show.big up sky is the limit!

  • @jalba1458
    @jalba1458 3 роки тому +5

    Uwo wabikubwiye akugirira agashyari, kdi ntakagucire ishati kuko urarenze already, ikindi nutarya urukwavu byibura yakwemera ko ruzi kwiruka. Burya umuntu utekereza amoko niwe mubi cyanee societe itunze. Ndagukunda ❤

  • @gym-kd1qk
    @gym-kd1qk 3 роки тому +24

    Njyewe. Iyo mbonye umunu wigWanyeho ndemera you strong man never give up

  • @muramutsaplacidecesar4107
    @muramutsaplacidecesar4107 3 роки тому +1

    Emmy humura. Abeza bose Imana ibahe umugisha. Mbifurije kuzajya mu ijuru badapfuye.
    Wowe ubaye intwari urabivuga!

  • @dusabejeanclaude7879
    @dusabejeanclaude7879 3 роки тому +13

    Iyi Intro nayikunze Sabin...1-Aho umuntu yavukiye
    2-Age, Marital status, Siblings, Ahi wigiye amashuri cyane Primary&Secondary,....
    KBS Ibyo bituma twebwe tureba ikiganiro tumenya umutumirwa neza ,bituma ikiganiro kirushaho kuryoha iyo uzi background y'umuntu....

  • @khloecalala7606
    @khloecalala7606 3 роки тому +1

    Emmy umva rwose wamuntu we ukuntu wateye inda umukobwa ukamwandagaza ukanamutuka kumugaragaro narakugaye ntago wari kumugira kuriya umuntu mwakundanye etc. None ho reka nvuge ko wenda nawe ibyo wamukoreye waba warabitewe nibikomere nawe wifitiye!! Ariko se ko Ubungubu ukuze basi seek help urebe ko wakira ibikomere nawe ureke gukomeretsa abandi cyane cyane niba umuntu nkuriya mukobwa wandagaje. Uzamusabe imbabazi kuko niba ukunda mama wawe nubwo atariho May she RIP uko umwubaha ariko uzajya wubaha igitsinagore cyose especially uwo mwabyaranye/ mwakundanye. Ibuka akebo kajya iwamugarura ibyo dukora tubisanga imbere so gira neza wigendere. Kandi tuge twishyira mumwanya wabo twakosereje natwe twibaze niba dushaka gukomeza iyo chain

  • @zebrielmukampfizi6839
    @zebrielmukampfizi6839 3 роки тому +38

    Emmy urimwiza cyane sinzi uko abantu bareba you are so handsome brother

  • @gasanamimi6793
    @gasanamimi6793 3 роки тому +1

    Yooo Mana yanjye 😭😭😭 ariko ubu tuziga kubwira bagenzi bacu amagambo abubaka ryari koko ? Emmy you’re handsome, you’re smart, you’re loved, you’ve been created in God’s image, you’re worthy. Imana ikomore ibikomere byose watewe n’abantu cg nibyo waciyemo. Impore

  • @gacuobserver1640
    @gacuobserver1640 3 роки тому +4

    Emmy..ibaze noneho ababibwirwa kandi koko bari muri ubwo bwoko buvugwa agahinda babana na ko🙈🙈😪..gusa u Rwanda nk'igihugu ntikizaha intebe abantu nk'abo. Be strong dear

  • @clementinemahoro1437
    @clementinemahoro1437 3 роки тому +1

    Emmy iyo buri wese yirema yari kwigira uko ashaka. Ibyo ntukabihe igihe rwose ngo ubitekerezeho cyane. Ujye wishimira uko IMANA yagutanaze rwose.

  • @louisrudasingwa3367
    @louisrudasingwa3367 3 роки тому +29

    Emmy you do a great job, pay no attention to ignorance, we are Rwandans. Onwards and upwards.

    • @safarijeandedieu775
      @safarijeandedieu775 3 роки тому

      Rudasingwa do not kidding rwandans , we know that kind of abuse and harassment manifest its self in our nation .

    • @christineserugomb8210
      @christineserugomb8210 3 роки тому

      Uwabonye ububi bwa Emmy yuzuye abazimu.Sha abo ntubahe umwanya muri wewe, urimwiza rwose!

    • @ndabaniweperusi9546
      @ndabaniweperusi9546 Рік тому

      Kuberiki wigaya imana ibonurimwiza uzorabe ayomasoyawe nabandintayobafise uwabivuze azoreme nkaweturabe kwamushobora

    • @ndabaniweperusi9546
      @ndabaniweperusi9546 Рік тому

      Iyumunta akugaye abatustimana yakuremye

  • @martineric4653
    @martineric4653 3 роки тому

    Birababaje ahotujyeze kuba harabantu bakirangwa nironda koko umuntu wese yaremwe nlmana ntampamvu yo kumuvogera umwitukushaka uyumwanda wamoko rwose ushirane nimizi yawo kuko ntacyo bigufasha icyo byazanye twarakibonye nubu turarwana ningaruka zabyo kubumututsi cg umuhutu ntacyo bimaze byazanywe nabo tutazi ariko uko twisanze twese dukwiye kubishimirlmana ntawiremye niyompamvu udakwiye kuzizumuntu ukwari uzabibaze lmana yamuremye ndibuka nanjye naratotejwe cyane ntazicyonzira aho nakubitwaga burimunsi nijyeze gukubitwa uwankubise yarambwiyengo nakwica kuko nishe benshi naje kumenyako yanzizaga ubwoko bwanjye naratotejwe cyane iyo mbitekereje birambabaza cyane ndashimira kristo ko yambereye umucyo akanyomora ibikomere byose nagize kuber,amateka brother Emmy ihangane

  • @jovinpaulnziza6605
    @jovinpaulnziza6605 3 роки тому +20

    Imana yaturemye mwishusho yayo yaba umuzungu, umushinwa, umwirabura, umwarabu, umumetisi ..... amako ntacyo amaze, ubwoko bwiza nuburamya uwiteka umwami Mana.

    • @gateraqueen5102
      @gateraqueen5102 3 роки тому +2

      Rero mana njye ubu ikiremwa muntu cyanyobeye ukuntu giteye nukuri umuntu mwiza nusa gute? Ese umubi we numeze ate!!? Njye nizera ntashidikanya ko nubwo umukobwa aba mubi agatukisha bose nukuri harimo nabantu batarebwaga na genocide ariko bari impfura ndetse barusha ubupfura nabazi ko arizo so banyarwanda ubwoko ntahantu buhurira numuntu wubumuntu uwakubwiye ko urimubi azisuzume arebe kumubiri we niba hari igice afite udafite njye nzi abantu benshi biyita abantu ariko atari bo mumico nomumyifatire ndetse nubuhemu bukabije nukuri twige gushyira hamwe nkabanyarwanda tuve mumatiku ikindi abakoze ibibi babibazwe ariko umuntu yekuzira uko yavutse kuko umuntu ajya kuvuka ntiyahisemo ubwoko azavukiramo emmy urimwiza peeeeee nabihamya nkanisiga amarange kubwawe.

    • @nsabimanapascal772
      @nsabimanapascal772 2 роки тому

      Ibyobintu mwihaye imana izabibahora kandini mwe muteje Africa ibibazo

  • @semutochristine688
    @semutochristine688 3 роки тому

    Pole sana Emy. Ubgiza bgumuntu buvana nukureba. Ubgiza ninkubgenge.buri.muntu afite ubge.

  • @brianaetsamamandamour4030
    @brianaetsamamandamour4030 3 роки тому +39

    Birababaje cyane 2021 koko turacyavuga umuhutu n'umututsi turi abanyarwanda 👍

    • @sabokwiginabernadette5894
      @sabokwiginabernadette5894 3 роки тому

      Uri beau sana

    • @ikuzwemilenahjadeanderson6572
      @ikuzwemilenahjadeanderson6572 3 роки тому +8

      Erega ubwoko si ikibazo ahubwo ubukoresha ashaka kugirira abandi nabi ni we kibazo.
      Nagiye muri Tanzania nahabonye ubwoko bwinshi kandi nta n'icyo bibatwaye, rero ubwoko si ikibazo ikibazo ni ubwitwaza ngo arenganye abandi.

    • @SunShine-rq9yy
      @SunShine-rq9yy 3 роки тому +4

      @@ikuzwemilenahjadeanderson6572 nibyo rata kuvuga ubwoko ntacyo bitwaye ikibi ni ukubukoresha mu nzangano. Gukora nkaho butabaho nabwo ni uburyarya.

    • @ikuzwemilenahjadeanderson6572
      @ikuzwemilenahjadeanderson6572 3 роки тому

      @@SunShine-rq9yy Abenshi rero barijijisha ngo nta moko abaho nyamara ugasanga hari byinshi bayareberamo
      Njye mbona ubwoko atari bubi ahubwo ababwifashisha mu bibi ni bo babi.

    • @dericksibomana9644
      @dericksibomana9644 3 роки тому

      Mbega vyiza weee ese no mumitima ata byoba biriyo weee byaba byiza kurusha naho kubihora mubyuzuranye mumitwe ntimuzanakira banyarwanda weee

  • @mupenzifely1364
    @mupenzifely1364 2 роки тому

    Pole sana uriho nanjye ndiho nturi wenyine Ijambo ribi ritual uba umugabo Humura Abishe Bashakaga ko twashira ariko turiho

  • @ukuriubumweubwiyunge3381
    @ukuriubumweubwiyunge3381 3 роки тому +11

    Mpore mama knd Courage
    Abana nkawe bafite ibibazo byinshi IMANA izabahoza

  • @Jo-vk3my
    @Jo-vk3my 3 роки тому

    Uri mwiza imbere n'inyuma, ugasa n'imfura nyinshi nzi zo ku Mayaga! N'ikiganiro ni icyambere!!! Thanks a lot

  • @nikkinikki3896
    @nikkinikki3896 3 роки тому +11

    Uyo mu boss yamubwiye ngo" uri igihutu kibi" ubanza nawe kera bahora bamutukaga ngo " wa nyenzi we, wa nzoka we"....amateka y' Urwanda ni mabi cyane...we need to break the vicious cycle of hatred and bullying

    • @nbilwlos7400
      @nbilwlos7400 3 роки тому +1

      Hahh oya si boss wabivuze uwavuze ko ari mubi n uwamwise umuhutu ni abantu 2 batandukanye nta nubwo uwamwise umuhutu amuzi ahubwo nuwavugiye kuri social media uyu emy rero yumvise ko agomba kubicomekeranya kugirango bikore inkuru ya byacitse njye ndumva atari ikintu cyo kuririra ibi ni ibisanzwe kwita umuntu mubi birasanzwe n abavandimwe barabyitana yewe njye nibyo by amoko niyumviye abahutu babyitana nonese ikibazo cyamuhangayikisha ni iki hano koko?ntacyo mbona pe ahubwo ikibazo niwe utikunda nta kindi njye hari uwanyise mubi ndaseka kuko nziko ndi mwiza sinabigize birebire,uyu rero ni inyaryenge ahubwo yacomekeranyije ubwoko n ububi kugirango bikore ikiganiro cya byacitse ikindi kandi yashakaga kuza kubwira abantu ko se ari umututsi njye Niko mbibona.

    • @nikkinikki3896
      @nikkinikki3896 3 роки тому

      @@nbilwlos7400 urabisobanuye neza cyane🙌 nanjye inkuru ya yambereye confusing..ahubwo byagaragara ko umusore Emmy afite ibindi bibazo mu mutima kuko urabona umusore arira ngo bamubwiye ngo ni mubi, bikamurya bikamubuza gutora ibitotsi???? Nhye narumiwe koko kuko nzi neza ko ibyo bibigwa benshi..haraho wasanga nababyeyi tukiri babwira abana babo ngo " rutwe" " wa kigoryi we" nahora mbona abana duturanye bababwira ayo magambo ariko nta rwango rwaba rurimo...abakobwa nibo bakunze kubabazwa na physical appearance kuko bagira ama complex menshi...
      Ahubwo Emmy ntabgo ariyakira ko ari imvange, amateka ye nibyo yabonye muri jenoside byaramugoye kubyakira nk' umwana w' ikivange. Ikindi kimugoye kwakira, ni kuba umututsi ariko afite isura y' abahutu bamwiciye se...ubgo rero arikeka all the time ko abantu bibaza ngo ni umuhutu barebye ukuntu agaragara, kandi nanjye mureba mbona agaragara nk' umuhutu.
      Agubwo ikibazo abantu bakwiye kwibaza ni:" kuki abahutu bangako babita abahutu? Ni igitutsi se?? Kuki abatutsi batababara babise abatutsi? Abahutu bakwiye kwiyakira, bakagira self- esteem, bakikunda , niho bazatuza mu mitima bakanakira umutima wokwama bashaka kurimbura abatutsi. Biyakire rwose bizabafasha cyane kugira amahoro y' umutima!

    • @clauclaulolo7481
      @clauclaulolo7481 3 роки тому

      @@nikkinikki3896 MWESE MURIBESHYE NTIMWAKURIKIYE NEZA ; BOSS WA KERA YAVUZE KO ARI MUBI KO ADAKWIYE GUKOMEZA KUGARAGARA MU MA VIDEOS , SUPER MANAGER WE AVUGA KO ARI IGIHUTU ; MUSUBIREMO IKIGANIRO CYOSE KABISA !

    • @SandraMaria-vn4qu
      @SandraMaria-vn4qu 3 роки тому

      @@nikkinikki3896 kubera tuziko interahamwe zavuye mubahutu zikica abatusti...
      None abatusti benshi bo bivugirako *abahutu aribo babiciye* biryo bigatuma umuhutu adashaka ko bamwita umuhutu kuko baba bashaka kuvugako uri interahamwe.
      Umutusti we nawe kwitwa umutusti ahubwo wunva ari ishema.
      Par contre muri 94 bakwise umutusti warabyangaga cg ukanabihakana.
      Mbere ya 94 umuhutu cg se umutusti bwarubwoko gusa ntawabyitwazaga. Umutusti yarongoraga umuhutukazi. Numuhutu akarongora umutustikazi

    • @nikkinikki3896
      @nikkinikki3896 3 роки тому

      @@SandraMaria-vn4qu ibintu by' abahutu- tutsi mu Rwanda n' i Burundi biteye agahinda! Bigiye kuzaba nk' ibyabazungu n' abirabure muri Amerika...kubona uduhugu duto cyane kw' isi turyana kubera amasura ( physical appearance) biteye isoni..umuntu yakwibaza niba abantu bafite ubwenge kuruta inyamaswa....abantu kw' isi biyita abanyabwenge ariko burya nasanze inyamaswa ziruta ubwenge abantu: ntabgo zirya inyamaswa nkazo z' ubwoko bumwe, ntabgo zangana kubera zidasa ku ruhu nkuko abantu tubikora...
      Umuntu wese yagakwiye kumva ko yuzuye uko Imana yamuremye, akishima kandi muntu wese akubahiriza abandi bantu atitayeho ibara ry' uruhu rwabo, uburebure cange ubugufi bwagbo nibindi byose bya nonesense bivangura abantu!!

  • @urinzwenimanaildephonse45
    @urinzwenimanaildephonse45 3 роки тому

    Pole sana ndugu yangu.Ubu buhamya burerekana ko mu Rda tugifite abantu bafite umutima w'urwango rw'amacakubiri.Ariko komera bareke bavuge ntacyo bazagutwara.Imana irakuzi.

    • @espoirejane446
      @espoirejane446 3 роки тому

      Gusa se ,amacakubiri y abanyarwanda njyewe mfite igitekerezo cyiza ko u Rwanda barugabanyamo agace kamwe k uburundi akandi Congo Uganda urwanda ngo bye bye

  • @mutoniclementine2751
    @mutoniclementine2751 3 роки тому +5

    Umusore mwiza nkawe wibogari,♥️Emmy abantu sibeza Niko babaye,muzatwereke uwo wabikubwiye turebe ubwiza bwe😏gusa uri umusore mwiza pe ,kdi ihangane bibaho

  • @mireiamoreno3182
    @mireiamoreno3182 3 роки тому

    Umuhungu mwiza cyane wimana, humura kandi ukomere bennshi twabwiwe ibiteye agahinda, ariko uwitela aratwishimira wa Aleluya, ndagusabira mwizina rya Yesu ko uzazamuke mubukungu kugirango uwo nguwo, uzamuhe akazi, mwizina tya Yesu ndabigusabiye mwijuru namarira menshi, ngo Uwiteka azagukuze

  • @kagerukamilleire1023
    @kagerukamilleire1023 3 роки тому +5

    None c ntago uri umuhutu erega kuba umuhutu nibisanzwe hariho nabatutsi ahubwo twese turi Abanyarwanda. ❤️

  • @kibongemoral7284
    @kibongemoral7284 3 роки тому

    Va ibuzimu ujyibuntu sinumvimpamvu wababajwe nuko bakwise umuhutu ukababara
    Kuko si bicyibwa nkuko weho wabyishizemo, kwigisha nuguhozaho ,hakenewe izindi ngando kuko imvugo mbi nkizo zoguhembera amacakubiri nizo zavuyemo ubwicanyi ndenga kamere,bwo
    kwicumuntu urupfu Rubi nkuwicyinyamaswa ,
    Umututsi ni umunyaRwanda umuhutu nuko numutwa nuko
    Mureke dukundane twiyubake twubake uRwatubyaye(muve mu masura ntacyamaze!) Mwe gutizumurindi abanzi b'igihugu
    Njyewe icyo wanyita cyose ukampamahoro ngumana moral.
    Imana igukize ako gahinda mwenedata!.

  • @ericmurenzi1912
    @ericmurenzi1912 3 роки тому +11

    Ukubwira ko uri “mubi” aba yifuza kukubababariza umutima,... ariko aba avuze ikinyoma,... ntukabyakire ngo ubishyire mu mutima wawe kuko ni IKINYOMA🌷

  • @claudesinayobye6000
    @claudesinayobye6000 3 роки тому +2

    Birababaza kumva umuntu akubwiyeko urimubi hanyuma akongeraho nibyubwoko wihangane shakisha ubuzima ibindi umenyeko waremwe n 'Imana ntamuntumubi Imana yaremye

  • @uwashemamary7910
    @uwashemamary7910 3 роки тому +32

    Yooo Emmy uri mwiza shengye kdi ikirenze byose urasa n’IMANA Kibondo HUMURA KDI KOMERA

  • @kamirembugu4447
    @kamirembugu4447 3 роки тому

    Uwo wakoreraga iyo umuvuga abantu bakajya bamenya abaribo kuko mwene ibi bikwiriye gucika mu rwanda. Ukurikije aho wakoze biroroshye kumenya uwo ariwe, aho ni ku Inyarwanda niho honye owner ataba mu rwanda akagira abamusigariraho Kigali. Uwo owner (Izina reka ndireke) aba USA ariyemera kubi.. ubuse iki kinyamakuru ubona kitaraheze inyumaaaaaaaaaaa!Mujye mureka gukabya, muharanire iteka kuba abantu bubaka abandi aho gusenya... Hari benshiii bakuvumaga, ariko ujye ureba aho bariiii. Komera cyane Emmy

  • @Hmkl-p3n
    @Hmkl-p3n 3 роки тому +8

    Pole sana brother mungu azidi kukuinua Imana irakomeye cane

  • @mbandiwealexandrepacifique7248
    @mbandiwealexandrepacifique7248 3 роки тому +1

    Ihangane nturiwenyine. Niduhura tuzaganira. Kugera kure siko gupfa. Jya wizera Imana

  • @trinajanetkirabo9853
    @trinajanetkirabo9853 3 роки тому +8

    Nawe wanga abantu kandi ugira ishari kubandi pe!!gusa umuntu nawe wakwise ko uri mubi nawe sumwana mwiza kuko ntago tugomba kureba ububi bwabandi tugendeye kumarangamutima yacu.
    Pole pole Emmy ariko reka twizere ko nawe wahindutse!!mujye muba positive mu bandi.

    • @habumugishadonatien3649
      @habumugishadonatien3649 3 роки тому

      Njye muzi mu itangazamakuru gusa ntakibi muziho. Ubwo Abo babana kenshi nibo bamuzi neza. Gusa mbona Emmy Ntaribi rye rwose ntawushimisha bose. Gusa nanone isi niko iteye kandi tugomba kuyibanamwo twese kandi muamahoro. Ahubwo musabe azakoreshe interview Sabin mukiganiro akora (Yambi TV)

  • @fabienmatsiko995
    @fabienmatsiko995 3 роки тому +2

    Komera Emmy. We are all one people.
    Imana Iradukunda Twese.

  • @mathieuhagenimana8827
    @mathieuhagenimana8827 3 роки тому +14

    Komera musaza , bibaho social media zizagaragaza byinshi biri mu mitwe y'abantu gusa mu maso yange umwiza ni ushoboye kdi ashobotse ibindi ni ukwikina!

  • @uwaseasaliyvette8300
    @uwaseasaliyvette8300 3 роки тому

    Ndababaye cyane umuntu wese wakubwiye ayomagambo ninjiji.kd ujye umugenderakure aguciyurwaho yakwica.kuko arakwanga cyane,ariko siwe wagushyize kwisi.

  • @danielhakuzweyezu
    @danielhakuzweyezu 3 роки тому +66

    Ahubwose koko umuntu mwiza nkawe ninde maana weee umva most handsome one

    • @orukde5062
      @orukde5062 3 роки тому +1

      He is very handsome boy

    • @hogozaasiaabudar837
      @hogozaasiaabudar837 3 роки тому

      11!₩1ap10+0+0000`0`0``
      Q0
      Q0Q0Q0Q0Q0
      Q0Q0Q0
      Q0
      Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0Q0
      Q0QQ00Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0Q0Q0
      Q0
      Q0Q0Q0Q0Q0q00Q
      0q
      0q
      0q00q00q
      0q00q
      0q00q
      0q00q
      00q
      0q
      0q00q00q00q00q00q
      0q
      0q00q
      0
      0q00q
      0q00q00q00q00q00q
      0Q
      0q
      0q00q00q00q00q00q
      0q00q00q00q00q00q00q00q00q00q0q0
      0q00q00q00q00q00q00q0
      Q
      !!!!
      !
      Laal)l)
      L
      0Q0Q
      0Q0Qlqlq
      lqlq
      Lq
      lqlqAlllqlq
      lqlq
      LQllllq
      LQLL
      lqlq
      lqlQl
      lqlqlq
      lqLql
      lqlq
      lQAlllqlq
      Lqllq
      lQlLQL
      Lalllq
      lqAll
      lqlq
      lq
      lQl
      lQllQ
      llqlq
      lQllq
      lqlqLqlLql
      lq
      lqlq
      Lqllqlq
      lqLql
      lqlqlq
      lqlq
      lqlqlqlqlq
      lq
      Lqlqlqlqlqlq
      lq
      lqlqlqlQLllq
      lQllQ
      l0q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0
      Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Qq0
      lqlQl
      lQlLqllqlq
      lQlLql
      lq
      lqLqllq
      Lql
      lq
      lqLql
      Lqllqlq
      lqllqlq
      lqllQl
      lqLqlLqllQllq
      lQllQlL
      lqlq
      lq
      LQLqlq
      lqlqLQ
      Lqlqlq
      lqlqlqlq
      lqlqlq
      lqlqlq
      lqlQll
      llLq
      lq
      lqlq
      lq
      lqlqlq
      lqlqlqlq
      lqlqlq
      lqlqlqlq
      lqlqlq
      lq
      lqlqlq
      lq
      Lq0Q0Q00Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q00Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0
      0
      0Q0000q
      0q
      0q00q
      0q
      0q
      0q
      0q00q
      0q00q
      0q
      0q00q
      0q
      0q00q
      0q
      0q
      0q
      0q00q00q
      0q00q
      0q
      0q
      0q0
      00
      000
      Q0
      Q0000Q00
      0Q00Q00q
      0q
      0q
      0Q
      00Q0
      0q
      0Q0
      00q00q00q
      0q
      0q
      0q
      0q
      0q
      0q
      00
      Q0Q0Q0
      Q0Q0
      Q0Q0
      Q0
      Q0Q00
      Q00
      Q0Q0Q0Q00
      Q0q
      0q00q
      0q00q
      0q
      0q
      0q00q
      0q
      0q
      0Q0
      00q
      0q
      0q
      0q
      0q00Q0
      00Q0
      0q00q
      0q
      0Q0
      0q00q
      0
      Q0
      Q0Q0
      Q0Q0
      Q0Q0Q0
      Q0Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q00
      0Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0

    • @hogozaasiaabudar837
      @hogozaasiaabudar837 3 роки тому

      11!₩1ap10+0+0000`0`0``
      Q0
      Q0Q0Q0Q0Q0
      Q0Q0Q0
      Q0
      Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0Q0
      Q0QQ00Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0Q0Q0
      Q0
      Q0Q0Q0Q0Q0q00Q
      0q
      0q
      0q00q00q
      0q00q
      0q00q
      0q00q
      00q
      0q
      0q00q00q00q00q00q
      0q
      0q00q
      0
      0q00q
      0q00q00q00q00q00q
      0Q
      0q
      0q00q00q00q00q00q
      0q00q00q00q00q00q00q00q00q00q0q0
      0q00q00q00q00q00q00q0
      Q
      !!!!
      !
      Laal)l)
      L
      0Q0Q
      0Q0Qlqlq
      lqlq
      Lq
      lqlqAlllqlq
      lqlq
      LQllllq
      LQLL
      lqlq
      lqlQl
      lqlqlq
      lqLql
      lqlq
      lQAlllqlq
      Lqllq
      lQlLQL
      Lalllq
      lqAll
      lqlq
      lq
      lQl
      lQllQ
      llqlq
      lQllq
      lqlqLqlLql
      lq
      lqlq
      Lqllqlq
      lqLql
      lqlqlq
      lqlq
      lqlqlqlqlq
      lq
      Lqlqlqlqlqlq
      lq
      lqlqlqlQLllq
      lQllQ
      l0q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0
      Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Qq0
      lqlQl
      lQlLqllqlq
      lQlLql
      lq
      lqLqllq
      Lql
      lq
      lqLql
      Lqllqlq
      lqllqlq
      lqllQl
      lqLqlLqllQllq
      lQllQlL
      lqlq
      lq
      LQLqlq
      lqlqLQ
      Lqlqlq
      lqlqlqlq
      lqlqlq
      lqlqlq
      lqlQll
      llLq
      lq
      lqlq
      lq
      lqlqlq
      lqlqlqlq
      lqlqlq
      lqlqlqlq
      lqlqlq
      lq
      lqlqlq
      lq
      Lq0Q0Q00Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q00Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0
      0
      0Q0000q
      0q
      0q00q
      0q
      0q
      0q
      0q00q
      0q00q
      0q
      0q00q
      0q
      0q00q
      0q
      0q
      0q
      0q00q00q
      0q00q
      0q
      0q
      0q0
      00
      000
      Q0
      Q0000Q00
      0Q00Q00q
      0q
      0q
      0Q
      00Q0
      0q
      0Q0
      00q00q00q
      0q
      0q
      0q
      0q
      0q
      0q
      00
      Q0Q0Q0
      Q0Q0
      Q0Q0
      Q0
      Q0Q00
      Q00
      Q0Q0Q0Q00
      Q0q
      0q00q
      0q00q
      0q
      0q
      0q00q
      0q
      0q
      0Q0
      00q
      0q
      0q
      0q
      0q00Q0
      00Q0
      0q00q
      0q
      0Q0
      0q00q
      0
      Q0
      Q0Q0
      Q0Q0
      Q0Q0Q0
      Q0Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q00
      0Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0

    • @hogozaasiaabudar837
      @hogozaasiaabudar837 3 роки тому

      11!₩1ap10+0+0000`0`0``
      Q0
      Q0Q0Q0Q0Q0
      Q0Q0Q0
      Q0
      Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0Q0
      Q0QQ00Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0Q0Q0
      Q0
      Q0Q0Q0Q0Q0q00Q
      0q
      0q
      0q00q00q
      0q00q
      0q00q
      0q00q
      00q
      0q
      0q00q00q00q00q00q
      0q
      0q00q
      0
      0q00q
      0q00q00q00q00q00q
      0Q
      0q
      0q00q00q00q00q00q
      0q00q00q00q00q00q00q00q00q00q0q0
      0q00q00q00q00q00q00q0
      Q
      !!!!
      !
      Laal)l)
      L
      0Q0Q
      0Q0Qlqlq
      lqlq
      Lq
      lqlqAlllqlq
      lqlq
      LQllllq
      LQLL
      lqlq
      lqlQl
      lqlqlq
      lqLql
      lqlq
      lQAlllqlq
      Lqllq
      lQlLQL
      Lalllq
      lqAll
      lqlq
      lq
      lQl
      lQllQ
      llqlq
      lQllq
      lqlqLqlLql
      lq
      lqlq
      Lqllqlq
      lqLql
      lqlqlq
      lqlq
      lqlqlqlqlq
      lq
      Lqlqlqlqlqlq
      lq
      lqlqlqlQLllq
      lQllQ
      l0q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0
      Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Qq0
      lqlQl
      lQlLqllqlq
      lQlLql
      lq
      lqLqllq
      Lql
      lq
      lqLql
      Lqllqlq
      lqllqlq
      lqllQl
      lqLqlLqllQllq
      lQllQlL
      lqlq
      lq
      LQLqlq
      lqlqLQ
      Lqlqlq
      lqlqlqlq
      lqlqlq
      lqlqlq
      lqlQll
      llLq
      lq
      lqlq
      lq
      lqlqlq
      lqlqlqlq
      lqlqlq
      lqlqlqlq
      lqlqlq
      lq
      lqlqlq
      lq
      Lq0Q0Q00Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q00Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0Q0
      0
      0Q0000q
      0q
      0q00q
      0q
      0q
      0q
      0q00q
      0q00q
      0q
      0q00q
      0q
      0q00q
      0q
      0q
      0q
      0q00q00q
      0q00q
      0q
      0q
      0q0
      00
      000
      Q0
      Q0000Q00
      0Q00Q00q
      0q
      0q
      0Q
      00Q0
      0q
      0Q0
      00q00q00q
      0q
      0q
      0q
      0q
      0q
      0q
      00
      Q0Q0Q0
      Q0Q0
      Q0Q0
      Q0
      Q0Q00
      Q00
      Q0Q0Q0Q00
      Q0q
      0q00q
      0q00q
      0q
      0q
      0q00q
      0q
      0q
      0Q0
      00q
      0q
      0q
      0q
      0q00Q0
      00Q0
      0q00q
      0q
      0Q0
      0q00q
      0
      Q0
      Q0Q0
      Q0Q0
      Q0Q0Q0
      Q0Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0
      Q00
      0Q0Q0
      Q0
      Q0
      Q0

    • @hogozaasiaabudar837
      @hogozaasiaabudar837 3 роки тому

      L)l)
      0)
      0
      ++++++++1+++!!!°°°!!!!!!°°°````111111```°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°°``1111111111111````°°°°°°°°°°
      a
      111°01°°°10
      1010
      1000
      000
      010000
      1]
      Llllll0p
      !)!)0
      Qll
      +
      AP!)aaaa₩!
      1Q
      A1
      A1Q
      1
      1
      1
      Q
      +
      Q
      +
      a
      +q
      +
      11!01!0+!0!1!0!1!011a011aq0q0q0
      q0qaa
      q0q0q0q0
      q0q0q0
      1
      !0!1a01a011a11a0
      1a011a011a011a
      1a011a011a0
      1a011a011a0
      1a011a011a0
      1a0
      1a011a0
      1a011a0q0
      q0q0a
      q0q0q0
      q0q0q0
      1
      11a0
      q0q0
      11a0
      1a011a011a011a0
      1a011a011a0
      1a011a011a011a0
      1a011a011a0
      1a0
      1
      111111a1111a1a1a1a1a1a1a
      1
      11101110a10a1pa1pa1p1pap
      a
      1

  • @jeannejeanne5242
    @jeannejeanne5242 3 роки тому +1

    Uri mwiza rwose, Imana yakuremye igukunda, uri special amagambo ntacyo avuze.

  • @umuhozasolange5097
    @umuhozasolange5097 3 роки тому +84

    Impore Emmy urimwiza shenge kdi komera

    • @fannyumulisa8791
      @fannyumulisa8791 3 роки тому +1

      Humura waremwe mwishusho yu Witeka kd turagukunda rekana nababaswe na shitani yumutima mubi Emmy komera pe

  • @tuyizerebetty3888
    @tuyizerebetty3888 3 роки тому

    Yoooo emmy uri mwiza cyane ! Hanzaha harabanu birata cyane uwo wabikubwiye ahembera urwango impore imana iragukunda .

  • @delphineposset8421
    @delphineposset8421 3 роки тому +5

    Ufite charme! Abantu benshi ntibasobanukirwa na beaute y’abahungu-abagabo! Uri mwiza pe! Don’t worry about what other people think about u! Just go foward! Dit-toi que tu es un cadeau du ciel! Aussi: la beauté est relative! Ufite na peau nziza! 👌

    • @idrissou9835
      @idrissou9835 3 роки тому

      Merci Delphine
      Kbsa la beauté est relative ça depend de celui(celle) qui aime

  • @lianal4100
    @lianal4100 3 роки тому +1

    Ariko se twavuye mumatiku atagira aho atugeza umuhutu cg umututsi ninde utava amaraso dushyire hamwe aho tugeze nikure cyane kuva aho twavuye twese turi abavandimwe kandi harigihe ugira inshuti nziza ikakurutira uwo wita Ubwoko bwawe so dushyire hamwe tuve mubyabatutsi cg abahutu! Ubu turashingirana cyane abagifite ingengabitekerezo ni injiji !

  • @muhanguzidavid1323
    @muhanguzidavid1323 3 роки тому +5

    Umuntu witwaza amoko yaba uwiyita umututsi cg umuhutu niwe muntu mubi cyane rwose, kumubiri no kumutima. Plz banyarwanda bavandimwe ibyo bintu mubivemo peee kuko numwanda gusa

  • @josianeahishakiye3859
    @josianeahishakiye3859 3 роки тому +1

    Emmy urimwiza nukuri knd cyane p njyewe nkukundira umutimamwiza wigirira ndetse burumwe wese uje agusanga ntabwo umusubiza inyuma Imana ijye iguha umugisha Emmy your unique

  • @heavenagakiza6272
    @heavenagakiza6272 3 роки тому +3

    Bambiii nukuntu uri mwiza Emmy.... incwiiii ❤️ numutima mwiza ugira bambiiiii.Imana iguhumurize.ndagukunda Emmy na Sabin.Emmy urimwiza kuko nImana ninziza kuko ni So womwijuru📖📖🙏

  • @yvesndayizeye4976
    @yvesndayizeye4976 3 роки тому

    Imana ibabarire abo bakwise ayo majambo uyu mu journalist ndamuzi yaraje ibujumbura mukazi ndanamubona numwana mwiza byahatari giseka neza🦋 uri kibogard nyene.

  • @murenzihyacinthe335
    @murenzihyacinthe335 3 роки тому +7

    Hoooo! komera rwose,disi warakomeretse birakwiye ko tugira positive thinking.kdi tukaba proud yabo turibo.uri umusore mwiza rwose 😍

  • @mamydupont5750
    @mamydupont5750 3 роки тому

    Impore, akabura ntikaboneke ni nyine w' umuntu. Imana yakire abawe bose bapfuye. Kandi kuba uriho n' uko ikigufitiye umugambi.

  • @mr-rutasha
    @mr-rutasha 3 роки тому +19

    I wish all Rwandans should be living a life late KIZITO MIHIGO lived,
    Hutu and Tutsi
    should come after a word Human being,
    we're all people and created equal

    • @Enjoy-250
      @Enjoy-250 3 роки тому

      ubuse uwabishatse arihe

    • @emmanuelnibaruta5834
      @emmanuelnibaruta5834 3 роки тому

      Africa niho idatera imbere tuguma turi mu bintu vyubujuju

    • @nbilwlos7400
      @nbilwlos7400 3 роки тому

      Ninde wakubeshye ko abantu bagomba kwihakana ubwoko bwabo se? amoko ni ay abantu nonese nyine hari imisozi yitwa ayo moko ko aya ari ay abantu ahubwo vuga ngo abantu bagomba kwiga kwikunda kuko nibakwita icyo uri cyo ukababara si ikibazo cy ababikwita ni ikibazo cyawe ko utikunda. Wowe ubwawe wavuze ko uri umunyamulenge bakubajije icyo uri cyo ntukivuga se vana ubujiji aha no kwiyobagiza ahubwo njye ndakangurira uwiyanga kwikunda.

  • @yvonnegasengayire2922
    @yvonnegasengayire2922 3 роки тому

    Ohhh uri très très très sympathique pe . Kandi mwana w I rwanda uri mwiza pE . UrI ikiremwa cy Imana . Kandi ubwiza ntibuba physique buba imbere cyane

  • @Reine257
    @Reine257 3 роки тому +13

    Yooo humura Emmy 😭🙏kuki abantu tuvyuka tukumva twoterekamwo igikomere umuntu 😤😤😤😭Emmy urimwiza uvuga na neza usa numuntu afise umutima mwiza 🙏❤️ufise ishusho yimana🙏❤️

  • @mugabolaurent8985
    @mugabolaurent8985 2 роки тому

    Man byarakubabaje cyane kabisa kuko urabivuga ufite umujinya .ariko ujye wihangana

  • @anickkanyamuneza1345
    @anickkanyamuneza1345 3 роки тому +3

    Umva rero bavandimweee ntimwite kubavuga ahubwo nimwishyakemwo imbaragaaaa igihe imana izavugaaa
    Ngo bane banjye muri babiii icyogihe
    Muzambyiteho so komera nibatabakunda se muratakaza iki igikuru nuko mufise guhumekaaa💕💕💕💕💕💯🙏

  • @munyuzangaboserge6235
    @munyuzangaboserge6235 3 роки тому

    Bareke bagambe iyo udahindutse ibihe biraguhindura iturize ubareke ubundi x bakurusha ubwiza ?

  • @ismahtv299
    @ismahtv299 3 роки тому +10

    RWANDA ni byarwo ntibizashira. Emmy be strong uri imfura yi manzi reka a bavuga bazivugire nothing can change your personality and your attitude. Be Hamble be loved. You so handsome like your father. (Rip)

  • @beckteta5697
    @beckteta5697 3 роки тому

    Yoo pole, amacakubiri aragahera, so ww njembona wifitiye amaso y'Abaganwa nturi mubi pe. umubi nisatani

  • @kagerukamilleire1023
    @kagerukamilleire1023 3 роки тому +11

    Ikiganiro Cyambere kuva mwabaho. ISIMBI COURAGE ❤️🙏🏾

  • @assielkaruranga6330
    @assielkaruranga6330 3 роки тому

    Uri mwiza, icya kabiri, uri ishusho y'Imana! Wiyakire ikindi ukunde Imana kugira ngo udahindanya ishusho yayo.

  • @martinhabimana
    @martinhabimana 3 роки тому +39

    Emmy, abo bantu babwira abandi kwari babi ujye ubabaza uruhare bagize kugira ngo babe beza. (Niba ariko bibona ko ari beza)

  • @ريمالريم-ح2خ
    @ريمالريم-ح2خ 2 роки тому

    Pole sana

  • @mutsinziaugustintonny6220
    @mutsinziaugustintonny6220 3 роки тому +96

    Abahaye MUTSINZI like ndabashimye.harakabaho urwanda nabanyarwanda.

    • @niyosibotv5991
      @niyosibotv5991 3 роки тому +2

      Emmy icecekere, abafite inkovu z'ibyo turi benshi. Njye nabibwiwe n'umuyobozi wanjye kandi ashinzwe kubirwanya, kandi nawe abantu bamushidikanyaho n'ubwo ari umuyobozi

    • @nsanzetito1453
      @nsanzetito1453 3 роки тому +2

      @@niyosibotv5991 ntaco arico mugihe afite uwo mutima Ni bure kabisa komeza uterimbere cane

    • @manijackson5682
      @manijackson5682 3 роки тому +2

      Pore

    • @bellyb1250
      @bellyb1250 3 роки тому +1

      @@niyosibotv5991 komera nukuli

  • @jeromengarambe7943
    @jeromengarambe7943 3 роки тому

    Hari abanyabarwanda baremanywe ubwirasi,abo ntibakadutere umwanya,kuko ntacyo wabahindura kuko duteye bitandukanye,dutekereza bitandukanye,icyangobwa ni ukuba abo turibo,umuntu akiremera ibyishimo bye,akibera inshuti ye kugitike akikunda nkudakundwa nundi uwo ariwe wese,kuko inshuti uyumunsi yaba umwanzi,ikindi Niko icyo utagizemo urquhart utahindura kandi Wenda kibi,uharanira kukigira inshuti,ukumvako harimpamvu Imana yabikuremeyeho gutyo.komera Emmy

  • @TreyMax
    @TreyMax 3 роки тому +23

    Cyeretse niba uri mubi kumutima jya wicisha bugufi, naho kw'isura urumujama nkabandi...kandi ubu numva twajya dukoresha imvugo "abiyitaga abahutu bishe abo bitaga abatutsi cg inyenzi nandi mazina yamataziirano" kuko amazina ya nyayo ni ndi umunyarwanda no more than that

    • @bievenuendanyuzwe7706
      @bievenuendanyuzwe7706 3 роки тому

      Yemwe ibi byabahuntu nabantutsi ntabyo twebwe ntuzi peeee kubantu babaye congo ibyo twabimenye ntungeze rwanda gusa abantu bagitukana plz insi irarangaye twense nibwabutaka ntuzanjyamo njyewe ndakwikundira peee

  • @ama8921
    @ama8921 3 роки тому +2

    This guy has a very good personality and very hardworking. Don't listen to haters they only give negative thoughts to keep u down

  • @pastorgashema
    @pastorgashema 3 роки тому +11

    Ihangane muvandimwe wacu Yesu aragukunda

    • @BizooposteTv
      @BizooposteTv 3 роки тому

      Twese twaremwe mwishusho yimana

  • @UwishemaFulgence
    @UwishemaFulgence Місяць тому

    🎉shuti ibi bintu mu Rwanda birahari cyane najye umukobwa dukundana yarabibwiye ngo abahutu twese turibamwe byarambabaje kuko umuryango we wose urahari

  • @nasra7921
    @nasra7921 3 роки тому +5

    Uri ikibogari cyane 🥺🥺🥺♥️♥️♥️♥️

  • @eversalvera7472
    @eversalvera7472 3 роки тому

    Uri mwiza cyane ndetse. Ubundi ujye ubihorera ababivuga. Twe babitubwira kenshi twaramenyereye. None se tuziyahure? Ubwo nibyo baba bashaka kandi bazababazwa n'uko tutaziyahura tukajya duhura batubona turiho kandi duteye imbere. Komera shenge .

  • @ericmurenzi1912
    @ericmurenzi1912 3 роки тому +6

    Sabby,...uri mukazi bro,... keep it up!
    Emma sinarimuzi ariko namukunze,...umubyeyi wabyara igihungu kiza nka Emma Rwanda yaba ari umunyamugisha😅

  • @nkunzaboalphonse5668
    @nkunzaboalphonse5668 3 роки тому

    Pole,muvandi ntawushimwa nabose,urimwiza pe

  • @princesslili5481
    @princesslili5481 3 роки тому +11

    Oooooh I love you Emmy ❤️❤️

  • @niyonzimaagnes4945
    @niyonzimaagnes4945 3 роки тому

    Abantu bakwiye kurinda indimi zabo pe! Ntabwo uri mubi kuko umubi mubabi yakugize impfubyi kuba mubi ni k'umutima naho ubundi ubwiza ni amaso yureba abigenda bigendeye munyungu abifitemo. Courage Imana muri kumwe

  • @hastlerbby
    @hastlerbby 3 роки тому +4

    Ihangane Emmy, icyambere nuko uziko waremwe mwishusho y'Imana abo nabo bafite ibindi bibakoresha Ubwiza bwawe harububona kd n'Imana yo mwijuru👌Data wa twese ushobora byose ihora itwitaho uri mwiza nukuri ntibakakwice roho ngo ubatege amatwi💔💔💔

  • @espoirejane446
    @espoirejane446 3 роки тому +2

    Nanjye hari abantu 2 nanga ,
    Simeon ndakwanga twiga secondaire 1ère wambwiye ko ndi mubi.
    Fabien nawe ndakwanga warambwiye ngo kera nahoze ndi mubi.
    Ibi ibintu birakomeretsa pe.
    Gusa amahirwa abambwira ko ndi mwiza baje kuruta abambwiye ko ndi mubi.

  • @mr-rutasha
    @mr-rutasha 3 роки тому +32

    abahutu baragowe , ese ababi bose Ni abahutu ?? Mwagiye mubaho nk'Abanyamulenge ko twe tutagira abahutu n'Abatutsi sha, Abanyarwanda muri injiji kweli kandi nimukomeza ibyo ntakabuza muzahorana umwinjyane !!
    ibyo muzabireke ntaho bizabageza

    • @wintijejacqueline8250
      @wintijejacqueline8250 3 роки тому

      Kbs

    • @gatesiyvonne6017
      @gatesiyvonne6017 3 роки тому +1

      Umbaze kubaze kibondo ababi Bose ngo nabahutu Koko ibibintu biranzengereza iyo mbona haruwo babwiye gutya

    • @claudetterusaro1007
      @claudetterusaro1007 3 роки тому +5

      Abanyamilenge ntavangura bagira🤣 wari wavuze neza iyo utabeshya wishyira heza

    • @trinajanetkirabo9853
      @trinajanetkirabo9853 3 роки тому

      🤣🤣🤣🤣🤣

    • @natukundahyacinthe7808
      @natukundahyacinthe7808 3 роки тому +3

      niba abanyamulenge ntavangura bagira bisobanuyeko ntanabandi barigira kuko muhagarariya abarigira

  • @familyrecipesnow
    @familyrecipesnow 3 роки тому

    Emy uri uwa agaciro rero niba utarubizi, nta photocopie ugira ubyibuke. Naho waba uri mubi nubwo utariwe waba uri mw'ishusho y'Imana kandi Imana ngo yaturemye mw'ishusho yayo.
    Ndengana abanyarda murakomeretsanya mumagambo yanyu, mwitonde cyane

  • @chany9950
    @chany9950 3 роки тому +7

    Ariko abantu bubahuka gutuka uno musore mwiza disi pore cheri ❤

  • @dusengeolive6589
    @dusengeolive6589 3 роки тому +2

    Imana yaremye muntu Mu ishushu yayo, nubwo abantu tugaragara nkaho tudasa, Iyo Imana itureb niho igubwa neza.ubudas bwacu nink indabo zamabar atandukanye mu ivase imwe. Igitum umukororombya ugaragara neza nuko ugizwe namabara atandukanye. Umubiri ugizwe ningingo zitandukanye kd zuzuzanye mumirimo yazo itandukanye. Iyo rumwe rugize ikibazo zose zirahungabana. Dukundane turi abumubyeyi umwe ,twuzuzanye.

  • @WavyGoldco
    @WavyGoldco 3 роки тому +7

    Urimubi c yarakuremye just live life bro 😎

  • @clarissemanzi9733
    @clarissemanzi9733 3 роки тому

    Pole rwose!yaragukomerekeje for nothing!umuntu aba mwiza bitewe numureba!kdi uri na mwiza!