Sebukwe Yamwise ISENENI😭Azanye iza Boaz Watwikiye Umugore N'uruhinja Mu Nzu😭Ngo Na Plaisir Yaryagaho
Вставка
- Опубліковано 21 тра 2024
- Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri #Romeo_Janvier_0788257655
- Розваги
Umaze kumenyera Imana bikabije cyane mucyecu mibigaragara umwami ukorera turamubona kukowishima hejuru yabavuye muby'Imana ushatse ugabanye nawe iyomyuka ukorera itarakwanika
Wagirango numupira arikogeza
Nigitinganyi ni Urangi rwuzuyabadayimoni niyompanvu yishima hejuru yabo bagwe barabarokore
Mugwiza narinkutegereje muri iyinkuru😂😂 ninde warutegereje mugwiza nkange nkandira kwifoto tumenyane
Uyumubyeyi ndamugaye cyaneeee. Ntamubyeyi wokuvuha amagambo yogukwena bagenzibe. Ubukoko yabuze ibyo gukora cg ibyokuvuga. Ariko natihana azarimbuka Imana ntizamurebera izuba
Ariko ntimugakabye ubwo se ahubwo utabakwennye ngo unabakomeeere ubereke ko bambaye,ikoti ry'ikirokore nyamara bagihetse kamere y'umwijima @@NiyonkuruOscar-hn1hq
Nanje❤❤❤😂😂
Uburokore twabwihishemo buraturinda mu myaka ya za 1999 SiDa ivuza ubuhuha ,abakobwa ba Kaminuza barara mu tubyiniro za Quadillac ... Abarokore Imana iturinda kwandavura ,iduhera mu kirokore amasezerano arasohora ,Aho isi ibimenyeye niho harimo kuza abescro😢😢
Nivyo pe .
Ubu c koko uri umurokore
Uburokore nubuzima
@@IgirimbabaziInnocent kabisa ubuzima bw' uzuye butanga ibyiringiro bya none n' ibizaza🎉
nubu turacyaburimo ntacyabudukuramo kuko uwo twamenye turamuzi Umwami dukorera turamuzi ibi rero ntacyo byaduhinduraho iri niterabwoba rya satani kandi abazi Imana yabo bazakomera iri muruhande rwacu kandi izahora iturwanirira ibihe byose
Ibi bigoryi byirirwa bisebya Imana izabihane byiyita abahanuzi kandi ari abatubuzi
Abarokore ni beza ,ubuzima bwa kirokore buraryoha isi yabivumbuye nyuma guhera za 2015 ,bahita bazamo ari benshi harimo abaje gutata umudendezo w' abana b' Imana ,Kubihahisha ariko batagana ijuru😢 satani ari gukoresha imbaraga ngo abusenye
Icyampa ugahura na Yesu kristo wahita umenya neza iyo myuka yabarangi ububi bwayo
😂😂😂😂😂😂😂😂,ndumva wifurije neza rwose mama mugwiza rwose,abavugako abayobotse itorero bakamenye YESU n'umwami wumukiza wamuvaho ukajyahe se ,murabose barangi?murabo bamfumu?murabo bacwezi ntibikabe rwose.,mama gwiza ntazi ukuntu abantu barikurwana nazakarande zimiryango byababyeyi babo,niyompamvu jyewe rwose namubwiyeko yahise monabi rwose mama mugwiza ,kera naramukundaga sana ariko numvishije aza kurwanya abantu babakizwa,akavugako arumwamijazi wiyomyuka mibi namwibajije cyane
Ahubwo icyaguha ubumenyi nkubwo mugwiza afite nibwo wamenya Ko wayobye nabi cyane byanagutera isoni cyane . Buriya njye mbabazwa nuko abirabura bakomoka kuritwe batwawe bunyago bajya kugirwa abacakara baturusha kumenya NYABIGHI cg nyabingi kandı yarakomotse hano hafi muri Africa yuburasira zuba. Kandi ho ntabacakara bahavanywe urumva Ko gakondo yabo batayitaye nubwo bajyanywe bunyago. Noneho uburyo bakoresha ibimera mukwirinda no kwivura indwara. Kandı bikabagwa neza .ndavuga abirabura batuye muri za Caribbean.. Nuko comment yanjye yarambirana naho ubundi mugwiza azakore website ye ajye yigisha ababishaka banamwishyure kubera Ko hano muri iyimihanda ntabwo byoroshye harimo abantu benshi bishwe nibyo bihanya umwami yuhi musinga yanze kuraga abanyarwanda. Maze harakabaho imana yirwanda.🙏🏾
Nonese Koko akorana nayo
Bariya ba Bowazi si abarokore ni rwa rukungu Yesu yavuze ngo mureke rukurane n' amasaka , ni aburiye ku kinke baza kota umuriro w' abarokore , bigize inzererezi mu butayu ntibakigira amatorero abarera 😢nta bashumba bumvira ,bigize ibyigenge bazerera nk' ibicu basenye ingo ,bahanuye babeshya ariko abarokore ni beza
Aya ma scandales, y'abarokore ubanza bazafasha kumvikanisha ibyo Mugwiza avuga!
None se Yezu bogeza ko yavuze ko itegeko rikuru ari kunda mugenzi wawe nk'uko wikunda wowe nyine, nigute abazanye iyo bibiriya badukoreye ubucakara? Bivuga ko batwigishije ibyo bazi neza atari byo! Gusa sinzi uburozi bashyize mu madini ku buryo abanyafrika badahumuka ngo barebe ko ari uburyo bwo kuducakaza!
Mugwiza ndahiye Christo Yesu wampaye agakiza narumuslam nawe utuzuye narumunyabyaha akambabarira 🥲🥲🥲 uwomugabo azagufata umunsi umwe kuko ishaka ugirira ibigirwamana iryoshaka rizakorera Imana Nzima n'Umwana wayo Yesu Christo . Yesu twizeye mumutandukanye nibyo byobyose ariho, nimuzima, acyiza ibyaha , n'umunyembabazi n'urukundo rwinshyi😭😍
Mugwiza wanjye sha❤njye nitwa Karugwiza bajya bambwira ngo turasa we.naho abarokore bo mbese byaraducanze ntibashaka gukora birirwa basabirizwa kdi mubwenge noneho rero ibigoryi biti mukozi w 'Imana urimo neza ,hhhhh ariko ubundi ubuyobozi bwakemuye ibyabahanuzi.
Mugwiza please vuga ibyo uzi...ngo ntarubanza ruzabaho koko, koko? Wigishijwe n'a nde? Ukorera nde? Nubwo wigeze kwivugira ko uri umurangi.
Seigneur fait grâce, sauve le monde...
Muzabamenyera kumbuto zabo,igiti kibi ntigishobora kwera imbuto nziza kandi igitikiza ntigishobora kwera imbuto mbi, abo nibamwe Yesu azabwira kumunsi wimperuka ati mumve imbere mwankozi zibibimwe sinigeze kubamenya, rero ibyabahanuzi bikikigihebo muzabamenyera kumbutozabo naho kuvaga gusa umuntuwese yavuga ururimi ninyama yigenga nukuri 😊
Kuko Imana yakunze abari mw'isi cyane byatumye itanga umwana wayo w'ikinege kugirango umwizera wese atarimbuka
Umugore arabashya ni Kimasa wasohoye umwana mu muriro.
Ese umugore amena ibindyo bishyushye ku mugabo byagenze gute kdi ngo akijijwe da! Bose ni bamwe naho uburebure n'ubugufi sibyo bishakana. Cyokoza ngo uwanze kumvira SE na NYINA yumvira ijeri.
Ariko ngo umugore yajyaga amukunjakunja agahondagura ?! Nta Belise nta Boaz🤣🤣🤣
Cyane cyane uwitwa Pasteur Akim. Mumwihanize ingo arazimaze.
Mugwiza aba bantu bo kuri UA-cam ntabeo ari abarokore ni inzererezi zitwaza izina abarokore.nkusabiye kuzahura nabarokore nyabo bafite Yesu
Kabisa azamenya uburyohe bw' abana b' Imana🎉🎉
Sibyo se Nyine ! Ariko Sources zawe wifashisha Mugwiza zirantangaza kd mbona ugira ubwenge. Ubwo watuka abarokore wifashishije sources za Claude na Justin Koko ngo abarokore ngo basebye!!! Cyakora nagufanaga ariko ubu naguciye amazi pe! Gusa gutwika ntibikubereye nkurikije uburyo nkubona usa nuzi ubwenge cg imyaka ufite nkumubyeyi. Uzabireke pe! Jyukora analyse zubwenge kd urabizi pe! Ariko ibyo wagiyemo namakuru uhabwa ninzererezi wita abarokore ubireke pe!
Abana b'imana si abarokore gusa jama n'abandi batitwa abarokore nabo ni abana b' uhoraho
@@bampiriyegaudence7308
Nibyo RWOSE , Twese twaremwe na RUREMA, Rugira ... Imana ikunda bose idatandukanyije , udutsiko tw'amadini abantu bahimbye NGO bigarurire abandi mu nyungu zabo ... Bose bazakorwa n'isoni basanze twarapfaga ubusa😮😊
Abahanuzi bihaye kumenyera Imana ngo Yavuze itavuze Nukuri Ibagirire Ibambe Ibabarire😢
Yarakajwe nuko bavuga,none kobavuga,ninde umurusha kumenya ubuzima bwe,niba abyara cy atabyara amezi 9 yose nibwo akimenyako atayinda,umuntu azi ibanga ryubzima bwe yarangiza akijijisha,yaragize Imana umugore amukuyeho urubwa rwuko atabyara,none arijijisha,wagaragaye,kuko nubundi belyise yarikuba arengana kandi yibyarira,warakoze kwirwanaho rata ,Imana urabona umwana atarumugisha atarokotse
Ndumva ubonye icyuvugiraho nenga uwunenga naho kubyitirira abantu bose sibyo ubu murumuna wawe naroga nawe uzaba ubikoze
Ese madame ko wihaye abarokore utekereza hatari abazima yes barahari
Uyumukecuru nabahanuzi bibinyoma bantera iseseme pe nemera prohpte noel❤❤ nasikayitu mumbabarire mumurize sikayitu na prohpte noel jamvi bikore chou❤❤❤
Njye mbakunda iyo mutangiye kuvuga ibishegu, nibwo Romeo aseka😂
Ariko izi scandal 😮😮😊ziba mu barokore cyaneee 😢
Mugwiza ,abarokore bivamo nkinopfu
Iyaba waruzi ugutije umwuka uhumeka wamugorewe, waca bugufi cyane.
Kuko we ntabwo amenyerwa
Icyo ucyandike ahantu
Yesu agere hose, kandi yunva byinshi, Yesu yaratubambiwe kandi mukubatizwa turashimangira ko Yesu ali umutware wacu, tugabanye ibyaha, tumenye gusaba mbabazi!Babalira abatakwemera yesu!!!
Nkwifurije guhura na yesu, yaje gupfira abanyavyaha.
Amaraso ya yesu yaviriye i Gologota niyo yoza ivyaha vy'abari mw'isi.
Umwizera nta rubanza ruzomutsinda.
Kujya ku musaraba kwa Yesu kwarukugirango tuge tubasha kubona imbabazi z'ibyaha dukora
Nonese niba twe banyarwanda tuvangurana kuki mwumva ko ABAZUNGU ari abaraciste kubirabura!!! nubwo izo cases uvuga maman Mugwiza, wabanje gutohoza neza uko IBINTU biba byagenze, kuko turi babaramenshi nkabahahaze kubintu...niko nyoko MUNTU abayeho❤
N'ukuri abazungu ari abaraciste, ntabwo diaspora yakohereza ubufasha nkubwo bohereza...
Ikindi Europa ni nini hari ibihugu bya Europe umuturage akennye kuburyo bubabaje...iyo rero umwirabura agize umwaku akajya muri IBYO bihugu...no kwicwa yakwicwa... Ubukene mu mutwe no kubifatika, bishobora gutera urugomo..
URUGERO: ugiye muri Pologne, Slovaquie,Roumanie, Bulgarie, Lituanie za Hongrie , ibyo bihugu kubobamo uri umwirabura ntibyoroshye, kuko nabakavukire ubuzima burabacanga, bakajya gupahasa mu bihugu bikize...
Nkunda mugwiza gusa ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️💯💯💯💯💯
Yesu numwami yesu numwami yesu numwami kdi afite iwe azatujyanayo
Itorero ryimana ryubatse kurutare naho amarembo yikuzimu yahaguruka ntazarishobora abarokore turahari kd turahamya ko yesu ari umwami wacu tumukomeyeho
Yesu yabivuzeneza ati muzabamenyera kumbuto bera ubundi imbuto umuntu yera niyo ikubwira uwariwe
Ark sha murasebanya!! Ark icyaha cyo gusebanya no kuvuga ibyo utahagazeho ubanza cyaravanywe mu mategeko!
Wowe ahubwo wararangiye! Gusa Yesu abishatse yakwiyereka. Bible ivuga ko Atari mwe mwamutoranyije Ari we wabatoranyine. Ikindi Kandi ntawe umusanga Data atamureheje. Kuba abayahudi batamwemera si ikibazo kuko yiyereka uwo ashaka.
Sha abarokore baragaciye pe
Mama mugwiza ndagukunda pe❤
Muvyeyiiiii mwizaaaa❤❤❤❤❤❤❤ Mugwizaaaaa
Vuga izo nsaku zo mu gihugu hama ivy Imana uvyihoze
Wamubyeyiwe ibibintu urikuvuga byose uzabibazwa gusa akagatwenge usetse karambabaje 😭😭. Mbabajwe nabakwe bawe cg abakazana bawe nibumva ayamagambo yogusebanya. bazakwita iki koko?
Mugwiza &Janvier 🤣🤣🤣🤣❤❤
Mugwiza arasubiza pe aragerageza ❤❤
Mugwiza Uzi kuzibara koko
kdi Mugwiza yarabivuze ati uyu mugabo aje gutwara abandi bantu. ndavuga umwe wavuze ngo yariye Théogène
Murwiza ndakwemera turemeranya ijana kwija
Wawooo
Uvuze neza rata ,yiyereka uwo ashaka pe
Mbegaweeee biteyisesemee
Biteye isoni. Ariko ikiganiro cyo gusebanya harya ngonicyo kinjiza amafaranga ahaaa. Icyo umuntu abiba nicyo asarura
Wabambiwe bimwe wakora kera utarakizwa,ariko byabindi ukora kandi witwa ko wakijijwe uzabihanigwa.Ariko urumva yaba yarabibambiwe ,dugahita dukomeza kubikora kugira ubuntu bw'Imana bugwire ?Biragehera.Ibyaha ukora uzobihanigwa,kandi christo yaradupfiriye mwa byemera mutabyera.
Iyo amahembe asanze urengana asubirayo nibyo.
Nibyo rwose
Ese ko utuka abarokore mwebwe abarangi nimwe bazima?🙄🙄 Ntamulyango ubura ikigoryi, abo uzi niba badakijijwe neza ariko hari abagerageza ntabapfira gushira ese ko uhakana ibyo bible ivuga kandi ukemera imana who is fulling who?
Ibyabibiriya byo 0 ntukabikomanteho kuko nibyo uvuze byose namagambo! Uravugasengo imyemerere yanyu wowe warumunya misiri abantu bajye bavuga cg basesengura ibyo Bazi apana ibyo wumvise ahaho ndikunyujijemo!
Mukecu ntugaseke usaduka nkutagira umuco umuntu azibarizwa ibye ubwo c wowe haruwakwigiraho umuco koko
uri umugome ukuntu utwenga kunkuru yumuntu wari uhiriye munzu wamugome we
Mukecuru we reka guseka nkutagira umuco kuba umurokore sicyo kibazo ntadini ritagira abagome
Oya bivuge mugwiza, abahanuzi bamereye nabi ingo zabantu
Muri ADEPR mukwiriye kuvugurura aba christo banyu kuko mwajwemo pe
Nitwa Yvette kandi ntiwansubije warasomye uranyihorera kandi nashakaga uwo dusazana kuko maze imyaka 14 nkoze divorce kaba nyirambiwemo.
Banyamakuru beza ntimuzongere guha urworugabi ngo ni cloude ntirutontoma gusa abarikutumena amatwi ntanicyizima avuga kuva twamwumva
Urakamenya yesu
Mugwiza uzadusobanurire imikorere yamahembe nibitega ,
Nutihana uzarimbuka
Ibintu utaruyihe ntagaciro ubiha urandebera gutwika umuzirange agahinja
Ubwose bapimye umwana bagasanga aruwe wajyahe
Uvuga neza kandi ukuri ariko akantu kabarangi uba uteretsemo.niko kabi
Nanjy abarokore bigeze kumbwira ngo ntwite inzoka munda😂😂 abarokore nabantu babi cyane,, kera barasengaga ark ubyubu babaye ibisambo😭😭
Erega murabarenganya, abenshi ntibasoma UBUNDI BUMENYI...NGO N'IBY'ISI😊😊😮😮
Yego rata tugira bamalayika murinzi nibyo koko,kdi baraturwanirira,iyo uri umwere uba uri umwere
sha mugwiza bishime hejuru kuko nange sinkunda ubucakuru bwabo
Ubucakura gusaaaa ubugome n' ubugambanyi
@@kamaberajulie9797
❤❤❤❤
Ibyuvuga nukuri uzashake nkubwire ibyabarokore bazira
Genda abarokorese ni Bose??woe uriki,lmana ikuturinde,genda genda wamukecuruuwe
Ngubwo rero uramuhamije😅😅😅ubwo se arakuze kurusha Angelique Gatarayiha, Tidjara Kabendera, Apostle Mignone Kabera...listes ni ndende.. ubwo ari gukubita ahababaza...
UA-cam izaberekana bose
Ba wandika muvyeyi.ces auteurs turabakeneye
Ningirwa barokore mugwiza we😂
IYAPFUYE NTAYITAYIGERA IHEMBE. REKA NJYE KWIGURIRA AMAKARA NITEKERE IBISHYIMBO😢
🤣🤣🤣🤣🤣
Niwowe ngwino uziguhe
Bapimirahe bamenya umuntu ukwiranye nundi
Reka kubeshya abantu
Mugwiza ndagukunda cyane,abarokore jya ubambwirira kuko nta kigenda cyabo,mfite umubyeyi urwaye mbwira wampura kumiti
Banza umujyane kwa muganga kandi murwaze ubukira
Hhhhh ba umva yewe nyamara divorce zari nke😂😂😂😂
Abo si abarokore nabiyitirira ikirokore kugirango bakore amabi
Crode nawe Uri kazarusenya NGO ntabwo bakwiranye uzarebe asifi ko yashatse umusore muremure Kandi yaracitse amaguru yombi ubu Se ntibabanye
La Bibledit:
Le salaire du péché c'est la mort.
Ninde se utazapfa!!! Urupfu n'urwatwese❤
Ni Socrates ( philosopher from Athens....
Icyaha nigatozi ntimukicare musebya abantu
Hahaa. Ngo ku Ngoma ya FPR nta bwoko bihari!!! Apuuu ubuse uyu Boasi na Belse Kuba batari bakwiranye umwe ari mugufi undi ari muremure bisobanuye iki?
😅😢😢❤
Abarokore barahari wamupagani weeeee Ubuc niwoe muzima ra nurwasaya nkurwinka😂😂
Ubu se nawe uri umurokore we?? Nibyo bitutsi byawe? Nizere ko ari abandi uvuze wowe utarimo😊😊
@@umwizakabanda3187
Erega bihisha inyuma ya bible... ntambuto berera abo bita abapagani 😢bafite za kamere niyo mpamvu bisanga muri aka kavuyo ka UA-cam 😊😊
MATAYO10:34
Abana bacu bazakirizwa he ko satani akataje kugira ngo abangishe gusenga ,ingaruka zizaba urubyiruko rw' intamuco , homosexuals,drug abusers, abatumvira kugera ho no muri bus ntawugihagurukira abakuze😢
Ndumiwe koko ariko ugombe kuba urumurangi too utemera amaraso yayesu
Ariko yarabyivugiye kwariwe avugako arumukuru wabacwezi
Yari declaye ko ariwe😢😢 Amaraso ya Yesu amuhindure
Ako kantu KO kureshya Na se Niko Kabi 😂😂😂
Jyewe mugwiza sinzongera kukumva succes! Urigipingakumana
harigihe uzamugarukira Abantu twanga ukuri
@@ingabiresandra3312 uvuze ukuri cyane
Nyamara igihe kirageze ngo dutangire gutekereza neza tureke kumira ibintu buhumyi
Iki kigore sinacyumva
Yewe ubu ntiwihemukiye kumutuka
Hareke hashye 😂😂😂😂🤔
Iki gikecuru mukirinde cyoherejwe na Satani kiragahura na Yesu
😂😂😂😂😂kumurya wenyine nikokabi
Ariko kuki umuntu akoze ikosa muryitirira abantu bose nkubu mugwiza iyuvuga abarokore nabi wibwirako abarokore bose ari babi cg bakora nabi bose ubu umwana wawe akoze ikosa bazaryitirire umuryango wawe wose cyangwa ikosa rikwiye kwitirirwa uwarikoze mbese umurangi umwe nakora nabi bazabyitirire abarangi bose konawe uriwe ? Ese ushakako twese tuzaba abarangi kugirango wishime mwanjya mumenya ibyanyu ibyabandi mukabireka
Agusubize numvireho !!
Nawe uransekeje urashaka umuntu wumurangi avuga iki kuba Kristo koko? Urumva koko ukeneye kumva igisubizo cya Mugwiza ? Bible uravuga ngo Kristo azi Abe kdi yabashyizeho ikimenyetso kuba rero umuntu yakwiyita umukristo no kubawe biratandukanye cyaneeee.
Sinshyigikiye abarangi arko abo biyitirira IMANA nicyo gihe ngo bagaragare babote rero uwuvuze ko nyirurugo yapfuye siwe uba umwishe ikindi siwe ubabwira gusenya Ingo zabandi, kujya mubagore, kwihekura Nandi mahano yose ari kugaragara mumureke abavuge nyine bagaragaye
@@tuyishimelarissa4803 ntawumubujije kuvuga uwagize nabi ariko nuko ubona yifitemo ikibazo cyo kurwanya ubukristo muriwe cyaneeee hanyuma se bakora ibyiza baba Kristo nibura KO atabavugaho Bose ababi nabeza agashyira hamwe WE abaganga ba gakondo Bose bakora kimwe mugihe gishize sibyo yizeraga ? Hubwo kuki ntabyo WE ahagararamo? Mu munsi ishize ntibavugaga KO yari muba yohova ahari yigayo nyuma ngaho ngo source du Nil buracya ngo abarangi hubwo nawe ntiyorohewe asenge Kristo amutabare nkabo bose.
Abarokore arabibasiye disi Kandi ntazi ko hari urukungu ,hari abamenye ibyiza biba muribo ,amahoro Yesu atanga bakaza gutata umudendezo w' abana b' Imana😢
Toka kure wamupaganewe ikikigore nikidayimoni umurangi gapuuuu abarokore banditse izina wagipfuwe
Umurokore se yandika NKIBI, wanditse"NGO WAGIPFUWE😢😢 yewe ubuzima buragushaririye....Pôle
@AnnikaNiyoyita hhhhh,umva irondo ryivanze nibisambo
Hhhhhh
Blasphemy
Ariko wewe mucyecuru murwiza urinshinzi pe
Wowe wa mugore we uri umukozi wa satani
Antikristo ni we uvuga ko Yesu nta byaha yapfiriye.
😮😅😅😅😅😅😅