Yesu we😭Germaine wari Indaya Cadillac atubwiye uko yahiriyemo yibye Imodoka yiwabo akiba 50 million
Вставка
- Опубліковано 25 жов 2023
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Part 2: ua-cam.com/video/BIYB7li1Ydc/v-deo.htmlsi=12mtf04goSWJuiQF
Shalom TUBAHE IKINDI GICE AHURA NA RIZIKI AJE GUHANURA KO KADIRAKE IGIYE GUSHYA GIRA UTYA👍NIMUBA benshi NIBWO MBAHA AYA MAKURU
Warakoze kutuzanira uyu mu pastor ♥️
Ok
Imana iguhe umugisha turafashijwe
Ooooh abo Imana yakuye mu byaha turi benshiiii🙌🙌🙌🙌
Imana ishimwe yaguhaye agakiza Kendiye 🙌 wari warananiranye kdi urumwana wo mubakire
Hallelujah mukozi w'Imana Imana yacu iratabara yo kabyara ndakuzi twarabanye ibyo byose uvuga nukuri kuzuye
Kendiye biraryoshye kumubona avuga Imana neza rwose.twiganye kukigo kimwe kwa Dodo disi gusa yigiriraga umutima mwiza
yego sha annjye twarahiganye ubwo nawe twariganye ndagusuhuje@@keza7926
Cyakoz Imana ikura kure pe uziko uyu Mubyeyi yabivugaga nkabona umugore twigeze guturana cyangwa nuyu nuko yanyuze Congo
Yesuuuuu warakoze gukiza Germaine 🙏🙏🙏🙏🙏
Courage mukozi w'Imana abakuzi turakubona tukazamurira Imana icyubahiro, bazatubaze ubuhamya bwawe kuva 2008 mukobwa wa Yesu, uwo Kristo atashaka ntiyamucika naho yajya hehe! Ndagukunda Candy ariko Uwiteka agukunda kuturusha disi❤❤❤❤❤
nge tuziranye kuva 1999 pe ari iniga turi abana we
Shyiraho akandi gace twiyunvire ubutwari bwumwami wacu rata!!!
Ndabonye mwenewabo na Maman Fabrice pe.Mukomeze muyikorere ikura kure cane kabisa weeeeeeeee!!!!!!
Imbaraga n'amavuta Pastor Germaine. Ibyo uvuga ni ukuri ubuhamya bwawe turabuzi.
Hashimwe Yesu waguhakagaye akaguha agakiza.
Amavuta yawe turayemera cyane uhanurira mu ijuru rya 3 njye ndi umugabo wo kubihamya.
Ariko harutwaha duto Kristo ataturengeye satani yadutegeyeko umuhigwe nuhebavyose kugura ikindikintu dushira kumibiriyacu ntabwobihimbara Umwamiwacu Yesu Kristo ashakako tuguma ukwoyaturemye guko yaturemanye ubwizabwayo Mana duhegukizwa mukuri satani atazotwitambahejuru.
Hallelujah hallelujah Imana ihabwe icubahiro yadukuye mubuja bwasatani warako Kristo wacu.
Kuba pasteur ntibivuze gukizwa igifisse ikimazi nuguhinduka. Uracari murugendo rwoguhinduka. Imana izabigufashemwo
yego pe mutinye Imana mucyaha
Yego nibyiza Imana ninziza ntabwo ubeshya kuko mwari mutuye ku kinamba
Nawe uramuzi nkanjye disi, jye naho ashakiye twakomeje guturana Imana imukomereze mu buntu bwayo
@@niyonagiraelianeofficially3251twize kukigo kimwe disi arumusazi byo gusa yigiriraga umutima mwiza nubwo yarikirara .
Munjye mwihanganira amagambo
Mabi uwamuhamagaye nizo nzara arazireba na maquiage nazo arazizi.
Gutunga agatoki nkwanyu sicyo gifasha abantu muzasigara muvuga abinzara na maquiage babasige mw'Isi.
Muvandimwe uyuntu turamuzi
Twaraturanye mujye mucunga ibyomwandika kuko twe turashima umwami IMANA kuko
Yamuhinduye kuko
Ibyo avuga twe turamuzi
Ikindi izomakiyaje ntizivaho
Zingohe noronginare.
@@irihotv7396AMEN
Ubuhamya bwawe nibwiza turasavye Imana yakuvanye mubutayu igukize makiyaje nizo nzaraa ubandika abana b'Imana baberwa nukwo baremwe
Kendien disi yarakijijwe yolo the queen wa 2005 . I was young and she was my neighbor gusa Imana irashoboye pe!!!
Chr ,uracyabivanga nubu kabisa.ariko rimwe Imana izagufata uhinduke bya Nyabyo.
Germaine wanjye ndagukunda rwose❤️🙏
Ariko izina pastor menya risigaye risuzuguritse pe ubu se uyu nawe yitwa pastor.ikindi arabeshya menya n ubundi urumogi yarunyweye kuko kuri apicur mu ruhengeri ni muri prive ntago boherezayo abatsinze
😂😂😂
Ariko ndahazi ntabwo ari prive iravanze
Ubuse turemera ibyande bahu gusa ikingenzi n'uko Yaba yarakijijwe pe.
icyo nzicyo nuko yize ishyogwe kandi yari leta ahubwo nyuma yo kuhava yize kubigo byinshiiiiii sinzi ko yaba akinibuka kubikurikiranya peeee ndamuzi rwose twariganye ,ni ukuri ntabeshya wenda ari kubicurikanya amateka ye ni maremare peeeee kandi iwabo sha babaga muri etage ,ise agira amahane,bakuru be ari abarokore , yari ininja wumve ,gusa yigiriraga umutima mwizaaaa nta bwirasi ,ni ukuri no kuba avuga IMANA cg YESU 97 /100 Yarahindutse pe
Ariko wowe watumwe na satani...wakumva ubuhamya ukareka kuza kumunnyega ushaka za negativity zidashinga
Manaa we ,Germaine disi kendiye twariganye twari ni nshuti nta mutima mbi wigiriraga gusa wari ininja mpise nkwibuka kuri style, courage peeeee
yesu nashimwe cyane ntugacire umuntu urubanza sibyiza
Yego ra
Yoooo,abarozi hooose barahari mbe se vyakugendey'uko😮😮Imana yarakoze caaane🙌🙌🙌👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏
Imana nishimwe yahinduye amateka.Courage uvugire Yesu
Pastor uzakureho izonzara wasizeho wagirango nizingona ntamupastir ukwiye kugira izonzara
Nonese umukuyeho inzara nkande rindira Yesu aracyakora si abana ba bantu
Zitwaye iki se
Ngo zitwaye iki?
Uko umwuka umurondora ajyenda abireka
ntabwo ubeshya peee kuko jyewe ndakuzi cyaneee Mana urimwiza peee
Mudufashe azaguruke aduhe part two
Imana ninziza pe Germaine twariganye mu wambere secondaire ni ukuri imirimo y'Imana ni myiza kuri twese .
ishyogwe cg kwa dodo hhhhh wasanga twariganye hh
Imana ninziza pe, Turacumura ikatubabarira, tuva mumasezerano ikatubabarira 😭😭😭 Imana ishimwe yatubatuye ububata bwa Satani
Germaine rwose uvuga lmana neza nkagukunda nukuri lmbaraga namavuta Ndagukunda rwose
Ariko Claudine ko utaduha indi ndirimbo bimeze gute buriya!??
Imana igush kubohoka can kuko izo nzara kandi uri pastr ntibijany!
Utubabarire uzagaruke uduhe ubuhamya
Imana ihabwicubahiro ihindura ivyanseguhinduka.
Uyu twamwitaga kendiye
Hatavuyeho nakimwe rwose ibyuvuga nibyo twarakuranye lmana igiraneza njye matonze kwemerako wakijijwe pi warumujura iwanyu warsbajujubije mbese yesu arakomeye
Ushobora kuba uvuga Imana neza ariko gerageza wisanishe nabyo pe. Ntiwaba umurokore ufite izo nzara nkiza kagoma, iyo minwa isa uko, iyo tiro. Cg nibyabindi ngo mwumve ibyo mvuga ntimurebe ibyo nkora.
Utinda mubyabandi ugakererwa gukora ibyawe,wabona ukiri mubyaha ukaba uhise wigira umucamanza wabandi.rekera Imana akazi kayo sakawe,twe abamuzi turashim'Imana KO yakijijwe .
Gukizwa ni procédure wamuntu we ! Abamuzi barabonako hari icyahindutse nibindi bizagenda biza
Uyu muntu ndamuzi ku Kinamba Kendiye yari ateye ubwoba nta muntu utamuzi ku Kinamba cya Gisozi. Muvandi, ujye witondera amafoto ukoresha kuri Thumbnail kuko nayo avuga ubutumwa (bwiza cg bubi)
Imana idutabare abarozi badukozeho🙆🙆🙆🙆🙆🙆
Bantu bimana mujye mwibuka ibyo mubihe bwanyuma, ibyo nibiki bimuri kumaso? Akuremo igitambara🤔 you still need more prayers from Jesus Christ 🙏🙏
Buri muntu mwitorero Abe uwejejwe muriryo wica imanza niba uri umupantecode Bose sibo
Amen
Mavuta mavuta Mutumishi wa Mungu ndakwemera
Ariko ayamafoto yurukoza Soni mushiraho Kuma Chanel yiby'Imana ntabwo akwiriye tutazanga Imana irimwo kutugaya Kandi twibwirako turimwo gukora umurimo wayo
Yesu we mbega ubuhamya bubabaje😭
Courage Kendie wacu ndakuzi najye ahubwo icyo nsaba Imana nuko Data Ya gukomereza amaboko
Ubwo akuze wabona abikomeje
Amen imaniguhimbaraga nyinshicyanee
Amen 🙌🙌🙌🙌🙏
Ndagukunze
IMANA irakora rwose ndamuzi
Kera kukinamba
Ndakumvaaaaa
Yoooo Imana irashoboye kedie wari ikirara pe
Hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah 🙏🙏
Yewe nubu ntagakiza nkubonyemo p.!!
Yegoko😂
Kizwa neza uhereye aho utuye
Gusa icyonakwisabira kuko byarangoye cyane kumwako wakijijwe kuko ukowisigaga tiro inzara nkumva nukubeshya ntacyahindutse pe uzagabanyeho kuri mecapu ariko uwimbere byo yarahindutse
Ariko abantu muri ba ntamunoza kuki mubonibibi gusa? Ntayivuka ngo yuzuringobyi Kandi guhinduka nurugendo. Kuko nawe uwakugenzura ntiyasanga Uri umwere Wenda . Plz ntitugace imanza.
Rwose byaba byiza ukavuga Imana uri naturele hose utarebye ku banaturele babyangije cg babyangiza.
Esubu warahamagawe cg warihamagaye imana yacu igetugirira neza
God is almighty
Iyo uri naturere byumvikana neza kurushaho
Ntihez
Yesu agora neza rwose.
Iya warubonye umupasteri ukuze Kandi ukijijwe akabanza akakurera neza.....
mbabajwe nuko numvise ngo uri pasteri..
ntabwo warugejeje igihe. ariko ntawamenya.
Basi fata umwanya unasome Bible bihagije kugirango amagambo ayirimo asimbure cyangwa yunganire ubuhamya bwawe basi.
Ntago usa nabyo.
Agiraneza Yesu kristo ndamukunda
Nibyo ntabeshya pe narumwana ariko ndamuzi pe
Yesu yakoze ibikomeye
Nubu nturakizwa neza. Ndabira iyo minwa nubukomo! Izo make up ni mutazireka ntimuze murire ku munsi w'urubanza ngo ntimwaburiwe.
Satani agira amayeyi meshi kugira bamukurikire kumbe afite intego
Cane.@@Emilienne-pf3kx
Urinde uciri undi urubanza ? Yooooo....... Satani WE waratsinzwe Kendiye yaragucitse.naho mwe muca imanza muri bande KO akazi atarakanyu? Mbese mwe murera ? Uwibwira KO ahagaze yirinde atagwa
Umucamanza naza azaca izihe
Yewe yewe iyi ni Imana peee
Ko utavugako twakwitaga kendiye mwana wo kwifishi ariko pe lmana igira amabiko akomeye
komera ALICE mwana twiganye kwa Dodo,abo twiganye ndabasuhuje,kendiye wamubonye?
Yoo amen amen 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Ndafashinjwe
Arikose ubu burumbo bwanditsehe muri bibiliya ?¿ Mwagiye muhuguraabantu bagiye guhagarara imbere yabantu
Imana ishimwe nukuri
Yewe agakiza ntikaraza pe none se inzara ,amaso eregango ntawucana itabaza ngo atwikirize intonga ngo imibiri yacu ninsengero zimana
😅😅😅😅😅ntakinsekeje kiyi tattoo kiriya nigiki bamushushanyijeho??😅😅😅😅😅
Nibyiza rwose. Ariko izo nzara niyo minwa ntibishimishije na gato peee
👍
Amavuta mukozi w’imana
Amena gumamoneza
Ubuhamya bwe buravangavanze muzamutumire abuduhe neza atabwiriza ese ababyeyibe baracyabaho?
Amen 🙏 🙏
Halleluaaaaaaa
Nukur biragoye wowe ubu wamenye lmana
Nubundi ntibiremera neza
Tatuwaje ntabwo ishyirwaho nababaye ibirara gusa
Kuko ntampinduka ntago agakiza karagera kumubiri kandi burya niho gahera
Ariko nubundi karacyarimoo
Aliko ibigoryi nkibi mubihe umwanya w icyi ninde se udasambana muli ibicucu pe bikore icyi se kubyumva.
Ubabajwe nuko yagusize mu buraya c...none uje gutukana...nawe nivuba ukaza kutubwira ubuhamya
Ntasoni biteyepeee
N ubwo drogue irimo.
Nubundi karacyarimo tu njye uko nkureba ucyeneye kumena
Hindura nokwisura yumubiri tubona nahokubindibyo sawa
Cyakora Imana ntireba nkabantu hashimwe Imana yo yakubinye ika kubenguka (Kendier )
Ubuse warakize we?
Ibyo sibyo wakwirata ahubwo ,ahubwo irate Yesu waguhaye agakiza
Ariko rwose iyi cover muba mwakoze sinziza mwatuma dukora unsubscribe kubera cover zitari nziza. Uru rubuga turunenyereho abantu bigisha ubutumwa bwiza gushyiraho iyo cover nukuduhindurira pee. Cover mbi rwose mwavuga umutwe ariko mudashyizeho umukobwa wambaye ubusa
Ngo ntawagutwara umugabo? Bamujyana ukumirwa uburara nuburaya wabayemo ntibyatuma batamujyana mujye mwirata Imana ntimukirate ibibi mwakoze ngo mwumve ko aribyo byabubakira
Ntamwuka wera ukuriho urumwi bone p
Utekerezako iyo myuka haraho yagiye c ?ihora izerera ishaka kuguconshomera nutaba maso nubundi ntaho yagiye komeza wamamaze iyo myuka nigaruka izaza yokubye 7
Ndebera inzara ufite ntabwo urakebwa wowe bakwitondere
Ubu ntuzi babarokore badafite izo nzara birirwa baroga babasambanyi...nturakizwa peee ukireba ibyinyuma
@@janviermuhire689 ntibikuraho ko ikibi cyitwa ikibi n'icyiza kititwa cyiza ,