Umugore twashakanye yankanze ubugabo arabuturitsa/Yangize inkone ngo ntazabyara/Thimothe
Вставка
- Опубліковано 26 жов 2019
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap .Imana ibahe umugisha .
KORA LIKE NA SUBSCRIBE UBASHE KUBONA IBINDI BIGANIRO,INDIRIMBO ZA GOSPEL N'INYIGISHO Z'ABAKOZI B'IMANA NDETSE N'INKURU ZITANDUKANYE MURI GOSPEL - Розваги
Njyewe ndi umukristo ariko Kuva nakumva ubuhamya ibindumva Atari ubuhamya pe ameze nkurikwivuga imyato yarababaye pe ariko ntago ubuhamya bwe buteguye biravangavanze ikindi mujye mubanza mwumve ubuhamya mugiye gushyira hano muduhe ibidufitiye akamaro Murakoze
Bavandimwe ba IYOBOKAMANA TV, mukora akazi keza cyane. Cyakora muri iyi minsi byaba byiza mugiye muyungurura ubuhamya mwakira mbere yo kubushyira mu ruhame. Nk'ubu ndibaza nk'uyu mushiki w'uyu mugabo avugiye mu ruhame ikibazo bafitanye akanavuga aho akora… Mujye mubiyungurura. Murakoze Imana ibahe umugisha
Twumvikane.Komera mu byizerwa kuko ubwo umeze nka Yobu igihe inshuti ze zari kumugira inama yo kuva Kuw'Inteka ariko we yanambye Ku Mana kandi byamuhesheje umugisha.Ubundi uhore umusengera nawe wisengere.Imana izagutabara.
Imana igufash ikwugurur amaso kbs kuko ukwo ninkokwiyahura imana ikurenger arafis ikibazo nomumutwe
Imana iravuga ngo nubura ubwenjye nzaguta .kandi umenyeko ntakiremba cyizajya mwijuru nushaka rero wivuze kuko warayobye ahubwo
Hhhhhh nibyose ngo ntikizajya mwijuru?
Bavandimwe dufatanije kumva ubu buhamya Nange ndagirango mvuge uko nabwumvise, icya1.jyewe Ndabona ibi bidashobora kubaka umuntu uri murugendo rw, Agakiza mugihe , utubwira ko arumukozi w, Imana akivuga ngo , ibikomere mfite nzarinda manuka ntabyibagiwe icya2. Aracyafite amoko muri we ngo (abagesera) abanyankore , icya3. Mubintu byose yagarutse ho yavuze cyane kubutunzi bw,isi kuruta ubw, Ijuru icya4. Haraho Jyewe numvise ukuntu avuga ukuntu umugore yamutambagije amwereka inka nubutaka byumvikana ko nubundi ntarukundo yarafite yakurikiye ubutunzi 5. Ikindi numvisemo ni uburyarya bwinshi kuvuga buri kanya ko yababariye umugore akanavuga ko bazatandukanwa nurupfu yarangiza ati : ari mwebwe mwakwemera gupfa mutabyaye?6.kandi ibibi byinshi avuga arabivuga nyuma yo kuvuga Imbabazi 7.ikindi numvise nikintu gisa nubwiyemezi ,bushingiye kumashuri nibindi , kandi niba nakurikiye neza si umugore we bagiranye ibibazo gusa no mumuryango we nuko kd ntiwamenya , niba ntaruhare abifitemo, mubyukuri ibintu uyu muntu ibyo yivugira ubwe , Jyewe kugiti cyange ndabona ahubwo , umugore we avuze yavuga byinshi , igitekerezo cyange rero nuko nka Iyobokamana TV mwajya mudufasha gutandukanya abantu bakeneye kwimekanisha cyangwa se abatabaza mukabatandukanya n, abakozi b, Imana. Bafite aho bakura kd bakageza abari murugendo rugana isiyoni ,naho uyu muvandimwe nawe mumufashe kubona ubutaka , ninka nibindi kandi areke gusebanya ngirango mwumvishe aho avuga ngo umugore yemeye gutanga inka kugira ngo nubwo atabyara ngo ariko abone umugabo , bivuze ngo nubundi yashatse inka kandi, yige kuvuga make numvise ntaho abika ngaho , mukase , mushikiwe , abacamanza , abapasiteri , ibyo Inshuti zamuganirije .......kuba umuntu yagira umurongo1 cg2 avuga wo muri bibiriya sicyo kimuhindura umukozi w, Imana Reka mbe ncumbikiye aha murakoze
Nukuri uyu mugabo si umukozi wimana ahubgo ni umutoroma kuko yasebeje impande zose n ahubgo ntiwumvise nikindi arangirije kuri mushikiwe ngo asigaye yumva ko ntamahoro afitanye numugabo we gusa yaje gusebanya nahontbyo yaje kubaka yaje no kumena amabanga yurugo rwe. Icyo nasaba abari kwumva kuno gusebanya mwakwiteranya akavurwa naho ubundi arashobora no kwiyahura nibyo byongereza.
Ariko se ayo mabya yawe !!!!!!! , Wayavuje Kwara yawe eregaho
Uyu mugore wamukombye isesemi kuko yabonye nta mugabo ukurimo ,niyo mpanvu yagukanze ayo manyagwa yawe ,nta mugabo ukurimo ipuu
Mbega umuryango wee,umeze nkuwo nashatsemo pe.ihangane muvandi.
Wa mugabo we imitungo niyo yagutesheje umutwe, wowe shaka akazi ,ugire udufaranga twawe utwigegeho kandi uzagire amahoro ku mutima. Ubundise mwavanguye umutungo ,mugashaka umutungu muhahano , kuko uwo mutungo ni uw'umuryango,si uwe wenyine😁😁
Ubundi umuntu mubana, umugirira ibanga ntabwo umwamamaza gutja...ayo ni amabanga y'abashakanye .
Mbese ayo mabya bayakanze ntaho wayajyanye.?..
Yohhh uku niko umuntu asaba ubufashwa arabukeneye kuko uno mugabo aragwahe pe 🙌 mumwegere mumuhe ubufasha diii , dépression iramumereye nabi cane .
Yewe ubu nayobewe igisobanuro cy'umuntu muri ibi binyejana pe.
Iyo bijya gucika ngo numukozi w'Imana mujye nibaza niba iryojambo ritagiyeho tutakumva ibyo bavuga.
Imana se bayikorera bate? Jye nzi ko Imana arishobora byose. Ifite byose , rero mbona aba babeshya cyane. Nabivuze kenshi Imana irishoboye nta ba mutumishi wa mungu.
Wowe ukunze ibintu cyane niyo mpanvu
Ariko rwose ndumva ufite ijambo ry, Imana muri wowe! Nyagasani akomeze kubana nawe
Maman Jesus :Uyu ari muri babandi bibiriya ivuga baretswe n'Imana (Bible : Nubura ubwenge nzakureka)
Jya kwivuza mu ibanga. Jya kwivuza rwose. Ni ukugira ubwenge.
Ahubwo uwo mugore azakwica baguhambe nicyo gisigaye nah ubundi yarakwishe.
Amahitamo nayawe ubwo niba warahisemo kuzamwihambiraho akazakwica ntacyo bihitemo.ariko wivuze.wimera nka za njiji zirwara zikanga kujya kwa muganga NGO Imana izazikiza.va mubuyobe wivuze.
Guma mwisezerano ntampanvu rindira senga cyane gumamo lmana izagutabara iyemeyeko mubana yashakaga kukwigisha kandi humura musengere azahinduka amen
Omg!! Ubwose ntutinyako yazakurangiza!!!Manaweee
Uyu muntu azatsindisha abitwa abarokore benshi bakino gihe vyananiye kwubaka bitwaje impamvu bamenye ko imbere yijambo ry lmana ata mpavu;komera cane mukozi w lmana ndumva ufise gutinya lmana muri ww kandi Kristo Yesu azokwirura iyo mibabaro yose
Imana yaguhaye ubwenge bukoreshe wivuze cneko umugore wawe yakubwiyeko yifuzako upfa kwivuza kwawe atabyitayeho.
Mufashe uyu mugabo yagize ihungabana. Ubuhamya ni Sawa ariko mumufashe kuko ari mw'ihohoterwa rikomeye. Icyo namubwira n'uko Imana itishimira abiyahura. N'ubwo ugomba kwihangana, ariko kugira ushike aho Imana igomba, yaco wiyahura. Ubu mugore nakurangiza, ko wamenye ko yagombye kukwica Imana ikakurinda, uzayirenganya ngo ntiyakuneshereje? Imyemerere iragwira.
Ni byo Ijambo ry´Imana riikurimwo kdi urashaka no kuba umugororotsi, ariko watangiye nabi 1. umugore yaguhonze(kuguze) inka z´i waba nicyo gituma basazabe bakuriho. 2. Umugore iyaba agukunda aba basi yaremeye ku kuvuza kuko nawe wamubabariye igifungo cya burundu kandi nubu umureze dossier bayisubiramwo. 3. nawe birumvikana ko millions 45 n´inka z´umugore nibyo bitumye ukiri kumwe nawe nubwo usanzwe udashaka no gutana n´umugore kuko ukunda Imana.
4. Nta mugabo ushakwa niho bwose byavuye ndavuga ibibazo....kandi basazabe ntibazakurekera itunga ryabo. Reka gutekereza kubyo umugore atunze ubanze wivuze none nutivuza uzagera naho utakibasha gutambuka kuko ubu ubasha kuko ukiri umusore muto...imyaka iraryana uzabaze wari kubanza ukivuza rero niba wumva inama..umugore wawe ntagukunda kuko nubu adashaka ko ukira... urukundo rwanyu 2 ntarwo habe 25% ubu muracyari kumwe kuko mufite 10% byo kwihanganiranira (nta rukundo--nawe ntu,ukunda uzabaze umutima wawe gusa wizeye ko umunsi umwe mwazahuza...uwo munsi ...Imana yawukora ariko kumenya ubwenge niko kujijuka muhu!!!!! Ntuzarenganye Imana yagyhaye ubwenge.
That's true
Warahungabanye kweri.nibakureke umugore yakubereye mubi pe
Ariko se yagukanze ayo "manyabugingo" gutyo gusa cyangwa nawe wari umugabo w'umunyamahane!! 🤔 Umva umenya hari abatanga ubuhamya ntibatubwire Le pourquoi du comment !!! 🤔 🤔 🤔
Ndabona ur umwiyemezi cyaaanee!! Urimo Gafaranga WA hatari
!!!!!!!
Benshi bibaza ko ibuhamya bwibintoma tutabutahura? Twese tuzi neza ko gukanda umugabo kumavya ni self defense, ubwo yayamukanze ari kwitabara
@@CetribeaBurundibwiza-tz5le yego rata
Rien que la verite.
Yewe ntabugabo bwe umuntu umenwa amabya n'umugore.🤣🤣
uri ikigoryi, ndumugore nge ukubwiye gutya ntanubwo urumugabo urimbwa mbi. ntasoni Umugore aragukona.
Ko utukana cyane?
@@marieclaireumuhire1252 uyu umurebye yapfuye mu bwonko kuko ntakomeye na gato
@@turibamweali8661 wapi kbs afite akabazo ni uko we atabizi,un psychiatre aracyenewe
Solange we uransekeje 😂😂😂😂😂
@@turibamweali8661 kkkkkkkkkkkk uko nukuri pe.
Imana iravugango mugire ubwejye umugore utakuvuza ushaka kukwica wegere abapasiteri bakugire inama ugomba gushaka uburyo bwokwivuza
Humura rata nyuma yubu buzima harubundi kandi humura Uwiteka arabizi azi nimpamvu byakubayeho.
Aha! Naragenze ndabona!!!!! Umugore ni umugome ariko nawe nta byawe wakurikiye ibintu! Kandi n’ubu nibyo ugikurikiye!!! Ubu se kubabarira umwanzi bivuga gukomeza kumwigemurira? Yarakwangije, umukiza igifungo cya burundu, ariko n’ubu ntiyakuvuza. Ikimugumishije aho si urukundo cyangwa iki ahubwo aratinya ko wakisubira ukamurega agafungwa! Ubu se utegereje ko akwica cg akakwicisha? Nzabandora ni umwana w’Umunyarwanda. Cyokora isomo rikuru: mwirinde ba sugar mammy!!!!! Bazabazanira ibyishi bagabo mukiri bato!!!!! Umva iryo sengesho!
Ububuhamya burakomeye Burababaje Burigisha. IMANA ibah umugisha.
Oya thimoth ntabwo Biblia ikubwira kwemera gupfa ,uwo muntu wamuretse ukikurikirana ukivuza koko urashaka kwiyahura uwo mugore ushaka kukwica wamuretse Imana iragukunda ahubwo tabara wivuze Imana itubwira kugira ubwenge
Joy Gihana arega harabantu bakizwa bujiji ubuse I Jambo ryimanaryo ntirivugango nuburubwenge nzaguterumugongo
uwo mugabo niyivuze areke ubugoryi kwisi umushobora kuba yagukunda numwana wabyaye
Icyigaragara nuko warumunyamahane nacyo niba waracyijinjwe imana ishimwe
Gusa nawe uyomugore imanimubabarire kuko nubwo yagukoshereza gute ntiwakwiyumvira kumukorera iryoshano
gusa icyo mbona nuko wakomeretse cyane kdi ubigumyemo ntabugingo yobozimaninzira
Ntabwo byoroshye ,gusa Imana irakiza kandi kuko wayikomejeho ntuzayice inyuma.gusa bibaye byiza wajya kwivuza kuko byashobokako umudamu wawe yakizwa cg agapfa ugashaka undi kandi wabyara.nyamuna Imana ntiyanga uwivuza.
Nakumiro noneho birenze ubwenge nubwambere ndavyumvise
Gusa ndumva mumivugire yawe urumwiyemezi kbs kandi umuntu wize iyarigutanga ubuhamya nago uba wemerewe kuvuga abantu mumazina umuntu wizekoko
Mukama wanje😳😳😳😳Abobagore Babaho koko
Ndumva ahubwo wararongowe niyo mpamvu amabya bayamennye ubu si ubuhamya pe
Ihangane natwe turihangana,gusa sinarinziko abagabo nabo bahohoterwa bigeze aho
Muge musengera muri groupe kanguka lmana lzabatabara .
Wakwiciriyeho c kukirimuto urahendahendiki ubutaha azakurangiza nitambukiraga🏃♀️
Manawe Tabara uyu mwana wawe kuko akeneye ubuta bazi bwawe kandi ugire macye mukigeragezo ubwire yesu
Uruhande rumwe uyumugabo afite troma yimitungo ntazi kwishakamo ibisubizo kandin lmana avugako yamenye ntayo azi kuko aravuga nkumuntu utariyakira
Ariko komumutera amabuye uyu mugabo murabona yaje kuvuga ubusa kuri television nyamara uyu mugabo arababaye.
Ubundi nkaza amarangamutima. Ariko uyu mugabo nta mbabazi namugiriye kuko akunda akanoti kuruta ibintu vyose. Gushika aho yemera akabora abona? Erega ubwo bugabo baturikije buzobora bumuvirimwo za cancer hama yipfire.
Imana iduha ubwenge ngo tubukoreshe. Kanguka wa mugabo we.
Amabya ndunva ariyo urata ,umugore wagushatse agukunda ntapfa kukwanga gusa ,ubwo yabonye ariyo umurereza imbere ntabwenge ,bwa kigabo ufite ,ubundise ko nunva waje kwigisha harikibazo ufite!!!
Iyi nkuru ko nyikurikirana sinyumve di
Cyore! Uracyabaho Thimothy we? Nguheruka kera twiga muri TTC ! Ko numva wagowe ra! Yesu weeeeee
Yesu weeeeee !!!
Ariko Mana kuba umugore atakuvuza harimo ubugome kdi uzashishoze kuko uru muntu wumugabo ubwose koko mubana gute njye ndumva ntabuhamya ufite kuko ibyuvuga uramena amabanga yurugo kdi abana bavuka kwishyari nukwihangana kuko ntuba warabihisemo
Yesu agukomeze wa mugabo we yooo
Umugore wawe nabe maso
Ahubwo wowe barakuroze ntuzi ibyo urwana nabyo. Akuyeho amabya uyu munsi ejo azakuraho umutwe!!! Uzarebe neza ko atakuroze ahubwo....
Ahubwo warangiritse mumutwe disi!
Ariko niba ataribintu ushaka nonese kuki utashobora kwivuza. Yesu se niwe wakubwiye ngo ntiwivuze? Ibyo uvuze nibyo warihanganye ariko kuvuga ngo ntushobora kwivuza .ntibyumvikana . Yesu y'a duhaye ubwenge OK reka kubyara ariko wivuze.
Izajye muri mental health bagufashe
Umuntu atibuka naho yakirijwe, none se twemere ?
Mugabo reka kwihangana gusohoze umurimo wako ikirutabyose nkwifurije iherezo ryiza!
imana igutabare
Nahitamo gusenga IMANA ikigaragaza ikankiza bakayimenya
Wowe n'umugore musenze mugahuza mwakira mwese mukabona abana muracyali bato, aho kwiheba ngo aguhime . YESU KRISTO abiteho
Yewe nagushaka umugore ukurusha ubushoboz
yoooooooooooo Sesu komeza
Ariko se !!!!Iki kinyamakuru rero nacyo kigire gihindure izina
Mutuzanire umugore nawe atubwire
Harimo no kwiyemera da!! Ndavuga imivugire.. Ikindi iyo utanga ubuhamya amazina y'abandi na adress zabo ntibyemewe. Unavuge amabanga y'urugo ngo umubwira kwivuza yaranze urasenye hubwo ntago ukuze mu mutwe rwose... Ahubwo washatse ukiri muto ukurikije iyo mari.. Kandi urasa nuwaba umugome 🤔🤔🤔 njye ntago ndi convaincu 🤗 wafashe Bibiliya mu mutwe ntuzi kuzigama amabanga y'i wawe!!!!? 🤔 😭 😭
Ko utavuga icyongereza se? Murushako rwawe wariyoboye wibeshyera Imana
marie u Ureba hafi uyu muntu yahuye n' ibibazo ariko ntarakira ibyamubayeho ngo abone abitangemo ubuhamya
Ubundi iyo mwakurikiye imitungo birabagaruka
Wishimiye inka ,naza miliyoni none utangiye kubogoza
Aka kantu.
Yakurikiye ibintu none bamuciye amabya!!!!
Nihonkiboniyinkuru,nyibonyenteba,ndumiwe,mbuzicomvuga🙄🤔😭😭
Ariko mana weee ! Yego ngo ntuburana umutungo wa maman iyo akiriho,ariko nukuri maman wawe yararengereye nako biteyubwoba, bareke urumugabo uzarye utwawe uko twangana kose!
Timote nu mwana wi wacu ;yooooo pole Imana izaguhoza amarira isi ntamuwe igira.
Ihangane ariko ntukavange indimi
Nikonse ko uri kubivanga ntushaka gutandukana numugore kd ngo bene nyina nibamujyane
Mbegaweeee sinarinziko abagome bakibaho
Utuyehe?
Uri kijuju cu mugabo
Niba ufite Christo,mukorere imitwaro yawe yose wigira bimwe wiyemeza kuzapfana.Twese dufite ibyatugoye ariko twahariye Christo.
Ufise ubuhamya bubabaje Imana ikurinde
Reka uwo mugore nimba ufite mumutwe hazima
Ndumiweeeee
What does the bible say?
Joël, buriya ubuhamya butangwa na babiri, kirazira k'umuntu ufite ubwenge kumva ubuhamya bw'urugo bw uruhande rumwe; buriya umugore aje akavuga twasobanukirwa ibindi , uyu mugabo afite ibikomere byinshi akeneye gukira
Ubu c Koko tubifate ko arugkizwa cyane bituma wihangana cyane? Uwo mugore ntiyatuma ubona ijuru pe
Yarwaye mumutwe
Mpayinka data ibi sibibazo di kandi satani yaje mu isi asigaye ahatuye
Biranagoye ko ahubwo yazajya mwijuru sinca Urubanza ariko nkurikije uko avuga ntabwo bizamworohera ntabwo yajya mwijuru afite intimba imeze gutyo aravuga ko yababariye ariko mubyukuri ntiyababariye afite agahinda kenshi yagomba kwishakira undi mugore kuko ikibazo atari we wakizaniye ahubwo cyakora gusa Imana izamufashe agire iherezo ryiza .
Ndumiwe pe habaho umugabo winjinji pe ubwo wapfiriye umugore utabyara kd ufite ubwicanyi nkubwo urashaka kwiyahura kubera ik? Ubuse kutazapfa vuba uzababarira mwisi kujyeza ryari ese ubugingo buzatangwa nuwo mugore kweli yewe niyo wakoropa ntazabyara tu nibi kubura ubwenge pe
Uyu mugabo ndamusabiye igihe Ari butahe uyu mugore aramwivugana noneho
Aba Bose yavuze amazina abitege kuko agwije abanzi
Izi mbabazi avuga yahaye uyu mushiki we ntazo mbona kuko niyi nzu avuga atuyemo nyagatare arayimusohoramo
Uyu mugabo washatse akurikiye Inka nimirima nta rukundo ababere isomo mwabasore mwe
Imitungo izabagezayo, wamukunze kubera yakweretse imitungo namafaranga, ntiwigeze ibisengera ahubwo wafatiyeho kubera imitungo
Nange bisigaye bincanga ukuntu ibintu byose babyegeka ku Mana ngo nabisengeye byose nabatekamutwe bakurikiye Imali kubagore bati Imana yamunyeretse mumasengesho etc etc😢😢
Mana we uyu mugabo akunze imutungo kuruta ubuzima bwe!!!!!!rekura imitungo !!!icyo basigaje nukukwica icyo batakubwiye Niki ki byose numva bakubwiye batanaguciriye amarenga koko!!!! rekura ibintu ujye kwivuza wamugabo dore uracyari muto"""""
@Grace bajya bavuga ngo amatwi arimo urupfu ntiyumva!
Wamugabo we urikigoryi pe
Mutubarize umugore wiwenaw
Ahaa uyumugore numigome
ahaaa Imana ijye iguha kwihangana
naho uwo mugore we yakoze amakosa
Ivangamutungo niribi rirakwicisha iyurebye nabitu
Ukunze imitungo siwe ukunze
Oya ubu ntabwo ari ubuhamya bwo kunyuza ku iyokamana.tv. Abenshi ndabona ntacyo twavanyemo cyubaka imitima yacu
Uyu mugabo ntakunda akanoti ngo asigaze kabisa!!! Nayo urukundo nareke kubesha abantu. Yabanje akikunda maze akivuza agakira.
Haaaaahaaaa!!! Aravuga ngo ntazata urugo!!! Ahubwo ntazata iyo mitungo!!!!
Amagara barayamenye ntibigikora.
None ubwo buriri abushakamwo iki??? Ntabana bafise ngo avuge ko yanse guta abana. None agumijweho niki kiretse iyo mitungo???
Uyu mugabo uarakwiye gufata uyumwanya muri mental therapy, instead of " complaining testimony ".
Ibyo yaba yagukoreye byose ntawashyigikira ibyo yakoze 😭😭😭
Nibyo pe. Akeneye ubufasha. Iri n'ihungabana s'ubuhamya.
Mpore disi imana ibandanye igukomeza ndumva imana yakuvanye murupfu ubundi yashaka kukwica kabisa.
Ndumva warakubiswe
Uyumugabo njye yacanze pe sinzi ibyo arimo ntakwihangana kuraho
Nabwirize areke ubwo buhamye
Babonye kukunda ibintu uza bizira
Yaje kwiyemera gusa.
Nayobewe ibyo avuga ,nama bya nyine!
Ariko mbega isi weeee!!!!
Vuga byose bituruke imuzi, reka guhishahisha
Yaramaze buriya wasanga warayandarikaga ahubonye hose .
Urinjiji yakwishe mumutwe hazanzamo canseri
Uyumutyp yaberwa nogusoma kukagwa kakamusindisha
Ngo yarafite amabya 3 ahh ahubwo umugore azamusengerere kuko yayakanze arimo kumuvura
Akenshi abagore bakorera ibi abagabo ba baciye inyuma. Gukandwa amabya sha yaraguhamije. Muli karate uribeshya bakubitaho umugeri ugasara none uyu we ngo bamuturikije imbuma 😱😱
Njye nubwambere numvise umugabo bakanda amabya akagarama
Hahahahaha ese ubundi yarihehe gusa ayamagambo aba avugitse nabi yarigushaka Indi mvugo
Hhh muzadushakire umugore nawe atubwire icyabimuteye
Egome nukuri, nibashake umudamu we, atubwize ukuri
Marie wowe uranyishe🤣🤣🤣🤣
Marie Mukarugiza
Abantu mu bandi dukabije ubugome ndabarahiye!
Ahaa ni dange pe satani arimo kwica abantu bahagaze
Urintwari pe
icyo mbonye cyo uyu mugabo afite ibikomere birenze pe. naho urugo rwo ntaruhari rwose. ikindi kdi akomeyeho ni imitungo si umugore. araremerewe Imana imutabare pe. nawe se mukanya aravuga ati numuntu ubona basaza buyu mugore wanjye ababwire bazaze batware umwana wabo. mukanya ati njye ndashaka umugore wanjye ntacyantandukanya nawe. Mna yanjye imiryango irananiwe pe.
icyo namusabira ni urubyaro uretse ko narwo atariryo zingiro ryamakimbirane bafite ikibazo ni imitungo
Ahubwo afite ihungabana rikomeye ndabona hano atari ubuhamya yatangaga ahubwo aravugishwa kubera ihungabana!!!
NYIRANZEYIMANA Marthe uzubwenge kbx uri mukuru
Ibya bararikanda pe
Haha