@@eugenerudatsikira2810 ahubwo nibagire vuba berure babivuge kumugararagaro. basibanure neza ko bari gushyira inyigisho za papa mungiro. icyakora muri abakozi batiganda bubupapa koko
Kubaha amategeko ni byiza kandi birakwiye. Ariko twibukiranye ko Hari amategeko ya Leta atubahisha Imana hano mu Rwanda n'ahandi ku isi. Hano iwacu twavuga nk'itegeko ryo gukuramo inda. Ahandi ku isi, navuga nko gushyingira abatinganyi, hari n'andi. Ubuyobozi bwose buva ku Imana ariko bumwe bugakora ibihabanye n'ugushaka rwayo. Reka twubahe amategeko ariko nanone dushishoze ko ari mu gushaka kw'Imana.
No gusurana ubwo bikwiye guhagarara, urukundo rukomeze rukonje. None se mu gihe cya Daniel harya si amategeko yari yashyizweho? Iyo amategeko y'abantu asumbijwe ay'Imana, icyiza ni ukumvira Imana kuruta abantu, kuko na Daniel ibi bihe yabiciyemo, ariko Imana izanesha. Ikindi iyo leta yahindutse umupasitoro biba bikaze pe, ntabwo amavuta n'amazi bijya bihura na mba. Leta nibanze yumve abaturage, ireke kugendera ku mpuzamadini, kuko imouzamadini ni yo iri inyjma y'ibyo byose.
Harya mu guhana icyaha ntiharebwa niba koko icyari kigamijwe mu gikorwa cyakozwe ari icyo cyaha koko? Hasesengurwe neza niba koko icyari kigamijwe mu gikorwa bakoze ari ukwigomeka hanerebwe inyungu bari kuba bategereje muri uko kwigomeka kuko uwakora ibintu adategerejemo inyungu yaba akwiriye kubanza gusuzumwa niba nta kibazo afite mu mutwe we.
Mujye mudufasha musobanure neza uko biba byagenze kuko niba abantu basurana bakabyina,bakarara barya banywa ntibafatwe,numva kuba abantu baturanye bahura bakaganira ku ijambo ry'Imana ,numva ntacyo bitwaye.
Icyakora icyo numvisemo ni uko ari abantu babarizwa mu idini ritemewe gukorera mu Rwanda.
Icyakora abantu mwige kwimenyereza kubana n'Imana ku giti cyanyu mutari mu kigare.Kuko amaherezo ibyahanuwe bizasohora.
Abahura bakarya bakabyina ntaho bihuriye no guhura bagakora iteraniro mungo rwose nibabice abasenga baSengere mu rusengero cg nihagira ikirori bakora biri ngombwa ko havugwamo ijambo ry'Imana bajye babisabira uburenganzira kuko amateraniro yo mungo mu butayu mu buvumo yiganjemo abeskoro ndetse nabigisha bibinyoma babice rwose
@@madimadi3112
Ribu niyo imenya abigisha bibinyoma s ? Ishingira kuki
Niba ntaruhare rwamadini runaka abiri inyuma
Nonese abakora ibirori anniversaries nibindi kobagira umudendezo ko ribu itaza kugenzura ko hari imico mibi ...
Ahubwo nimureke basohoze ubuhanuz. Berushazard yabonye ibikombe nibintu byo mubuturo bwera byaranyazwe aravuga ati nubundi ntakindi bikora nimubizane tubinyweshe divayi ninshoreke ze icyabikurikiye mwarakibonye.
@@eugenerudatsikira2810 ahubwo nibagire vuba berure babivuge kumugararagaro. basibanure neza ko bari gushyira inyigisho za papa mungiro.
icyakora muri abakozi batiganda bubupapa koko
Uwiteka abarengere bavandi mwige kumva no kumvira abayobozi nibyo iImana Idusaba ❤
ariko abayobozi batubuza gusenga Imana... nawe ngo nicyo Imana idushakaho! uzige neza ibyanditswe byera
Imana nyambere abandi bagakurikira kukijyanye nogusenga buriwese yegere Imana kugiticye kuberako turimiminsi yanyuma kand umuntu agomba gusenga ntawe agishije Inama murakoze
Gahunda yo gusenga ni uburenganzira karemano bw'umuntu, nk'uko kurya, kunywa, kuryama, kubyuka n'ibindi byose bidasaba uburenganzira. Isi irashaje, ariko abantu bitege ko Imana izahaguruka ikarwanirira abantu bayo.
Ibyo ntibikuraho ko bagomba gusengera ahantu hemewe namategeko
Gusenga ntabwo ari icyaha. Kwanga Imana nta cyiza bizana.
Ukuntu nakundaga aba bayobozi bacu nukuntu banga abasenga ndababaye cyane.
Gusa uko nabasengeraga mbakunda ntibikuraho gukomeza kubasengera.
Gusa mwibukeko twese turiho kubera Imana
Ntabwo ubuyobozi bwanga abasenga ahubwo kunyuranya namategeko nibyo ubuyobozi bwanga, rero tujye twubaha Abayobozi
Uzarore kubasengera ubwo se amasengesho yawe abafasha iki Koko?
@mukeshimanamyriam884
Duhagaze mu minsi yo gusohora k' ubuhanuzi, muvandimwe! Mbese ujya wibaza impamvu kuvuga ko abasenga bigometse kuri Leta kandi barimo gusenga Imana? Ubwo ujya wibaza impamvu ibyo byose bije ntuma ya Covid-19?
Njya nshima Imana ko ibi byose Ibyanditswe Byera biba byarabivuze bitaranabaho!
Binyuze mu bagaragu bayo, Imana yahaye Abayahudi amahirwe aheruka yo kwihana. Yiyerekaniye mu bahamya be igihe bafatwaga, bakajyanwa mu nkiko, ndetse n’igihe bafungwaga. Hanyuma abacamanza babaciriye urubanza rwo gupfa. Bari abantu n’isi itari ikwiriye ko bayibamo, kandi igihe babicaga, Abayahudi bari babambishije Umwana w’Imana ubwa kabiri. Kandi ni ko bizongera kugenda. Abategetsi bazashyiraho amategeko abuza abantu ubwisanzure bwo gusenga Imana. Baziha ububasha bufitwe n’Imana yonyine. Bazibwira ko bafite ubushobozi bwo gukoresha agahato ku mutima nama w’umuntu, kandi Imana yonyine ari yo iwugenga. N’ubu barabitangiye; kandi ibyo bazakomeza kubikora kugeza ubwo bazagera ku rubibi badashobora kurenga. Imana izatabara abantu bayo bayiringira kandi bagakomeza amategeko yayo. UIB 427.3
Babuze Aho basengera disi
ibi nibitangira kuba muri amerika, igihe kizaba gisohoye kandi si cyera cyane! itegeko rizaza rivuga ngo uyu munsi niwo wemerewe gusengaho indi minsi yose ntiyemewe namategeko! mbese nshuti bavandimwe mutangiye kubona ko bizashoboka gushyiraho itegeko ryo gusenga kumunsi umwe wo kucyumweru?
Sibwo mwishyize imbere y'Imana ! Amategeko y'Imana niyo nyambere aya leta agakurikira, umuriro wa los angels waturutse kugushyira Imana inyuma
Urabizi ko aricyo cyawuteye? Urahazi mbese mwagiye muvuga ibyo muhagazeho. Utumvira umuyobozi yumvira Imana ate
Bantu b'Imana ibi n'ubuhanuzi buri kwuzura ntanunwe twatera ibuye.Harubwo tuvuga ngo yuda yabaye umugambanyi, ariko ubuhanuzi bwagombaga gusohora
Kubaha amategeko ni byiza kandi birakwiye. Ariko twibukiranye ko Hari amategeko ya Leta atubahisha Imana hano mu Rwanda n'ahandi ku isi. Hano iwacu twavuga nk'itegeko ryo gukuramo inda. Ahandi ku isi, navuga nko gushyingira abatinganyi, hari n'andi.
Ubuyobozi bwose buva ku Imana ariko bumwe bugakora ibihabanye n'ugushaka rwayo.
Reka twubahe amategeko ariko nanone dushishoze ko ari mu gushaka kw'Imana.
Abantu mwese mukomeje kuzira gusenga Imana by'ukuri ndabakomeje
Ntabwo bazira gusenga bazira kutubahiriza amategeko ni injiji gusa
@@madimadi3112 reta ivuze iti tuguhaye umudendezo wo gusenga. ariko mumasengesho yawe ntuzigere uvuga izina yesu, kd bikaba Ari itegeko ryigihugu, ubwo uwo mudendezo waba Ari nyabaki? nurugero natangaga. rero wibita injiji ahubwo reta irebe ayo mategeko ihatira abaturage niba ntakibazo afite. kuko nubwo reta ibitegeka benshi ntibavuge ntibanagaragazeko bibabangamiye, ariko mumenyeko kwiha Ububasha bufitwe n'Imana ubwayo yonyine, bitajya bigwa neza uwabikoze. bitinde bitebuke.
Koko! ngo umuntu agomba kubumvira, akabona kumvira Imana! mbega ikinyuranyo!
Bayobozi rwose mushaka mwareka abasenga kuko ntacyaha barimo gukora.
Nndababwiza ukuri harigihe namahoro igihugu cyacu gifite tuyahabwa nabobantu birirwa batakambira Imana.
Kandi namwe murabizi iyo mufite ikibazo ntahandi muturiza
Mubijyana imbere yimana .
Rero mujye mwibukoka iyo turimo gusenga ntabwo twisabira twenyine dusabira nabayobozi bacu.
Iryo nibanga rya satani abana babantu batazi.
Mushakishe abanywa urumugi nabarara mutubari nindaya nibindi nkibyo.
Imana ibane namwe kandi tuzahurire mwijuru.
Mwarivanze murarengera mbese abaturage bararekaremye ko babangamiye uko gusenga kwahawe umurongo n'isi wapi. Kabisa
Ahaaa...umunyarwanda yise umwana we byumvuhore😊
Bizatinda bisobanuke.
Amategeko y'isi kuyubahiriza ntibisobanurako uba wubashe Imana
Kandi kutubahiriza amategeko ya l'ETA ntibisigura kutubaha Imana. Mumenye uko mutwara ibintu
Imana izi byose
Babafungure ntibazongera tubasabiye Imbabazi. Mubababarire Bayobozi bateshutse ku mategeko yashyizeeho ariko ntibigometse.
Ntago byoroshye..... something is going on
Nibyizakumvira ubuyobozimubyiza budutegeka ariko iyobudutegetse kudasenga bubaburi kutuyobya, nimba RIB ishyira abantumurucyiko Imana nayo izabashyira murucyiko mbese ribu izatsinda Imana ntibishoboka, nabobakwiriye kwihana, ariko abasenga muhindure ingamba mwiyirize ubusa musenge Imana izazana ubutabazi.
Arko igikombe cyacu cyaruzuye Koko ; abajura,abasambana,emwe n'abicanyi babikoreraho bashaka kdi bagomera I'mana ,ntawujya kubirukaho, iyisi 😢 nimwihangane so ureba ahiherereye ???????
Nyamara abateranira mungo banywizoga ntakibazo.Abasenga nicyokibazo?
Imyumvire yawe iraciriritse pe banza umenye gutandukanya ibyo uvuze
@@madimadi3112ese wowe abantu Bose mudahuje ibitekerezo ni injiji?ko muri comment abantu Bose wabazengereje?ahaaaaa
Ijambory'Imana riravugango uryanaho abandi iminyago nawe azawuryanwaho.
Banyarwanda banyarwandakazi niba mutumvira ababayobora kd barashyizweho n'Imana ubwo murumva muri mu kuri . Abantu benshi bafite ikibazo cyimyumvire biragoye kubumvisha ko ibyo bibwira atari byo
Banya Rwanda ni murebe Hari ibibazo muve muguca igikuba gusenga sikibazo kd mbona ibi bidakwiye no kujya mubinyamakuru Ngo bimanure inzego zigihugu
Kwanga Imana nta terambere ririmo. Kwangira abantu gusenga kungufu zanyu, ni ugushyira umuturage ku musonga.
Mufungure insengero zujuje ibisabwa, ibyo bizafasha abakunda gusenga kubona aho babikorera. Uburenganzira ni uburenganzira. Wamugabo we, ibyo uvuga ni ihohotera
Mbere na mber'Imana Thierry we muri mugihe cyanyu abo ntacyo batwaye nta muturage babangamiye keretse abisi na Shebuja gusa
Biragaragara ko uri injiji pe utigushijwe kd utajya unumva ijwi ry'Imana,
Imana basenga irabereba kdi irabazi,,
Ariko njye numva niba aba bantu barasengeye murugo kuko aho basengeraga hafunzwe ntibakwiye kubizira; kuko kubaho ubuzima butarimo gusenga biragoye
Nonese aho mu rugo niho hujuje amabwirza?
Iyaba mwamenyagako muriho kuberako abasenga baba babahikiwe kumana bayinginga
Ase umuntu wese bafashe usengera mu rugo bavuga ko yigometse kuri leta ate???
Nonese ntaba yakoze ibinyuranyije namategeko ?? Gusenga bifite aho bigenewe mu gihe ari abantu benshi bateraniye ahantu hamwe
Mugihe ibyago bikomeje gusatira isi yacu ishaje, abantu bo bahugiye mu kugenzurana gusa, mwibuke ibya Morodekayi ku irembo ry'ibwami.
Gusa Imana izarengera icyubahiro cyayo.
Ijambo ry'imana rigomba gufatwa nkirisumba amategeko yose y'abantu .
Niko "Uwiteka avuga" ntibigomba gusimbuzwa ngo niko "itorero rivuga" cg "niko leta ivuga .
Ibyakozwe n'intumwa p47.
None c banze gutanga mutuweri ?banze umuganda?cyamgwa ejo heza ?ngirango nibyo byitwa kwigomeka ! Ubwo c babangamiye abaturanyi babasakuriza ? Ntacyaha cyo gusenga muyobozi !
Kayizari yaratatse mugir'ubwenge nk'ubw'Inzoka nkuko Kristo yavuze nah'ubundi akarengane karavuzwe mbere
Harubwo bizaba amahitamo: Kwubaha Imana# Kwubaha umuntu.Urupfu ruzaba kuri benshi
Urasoma igitabo ça Daniyeli muyobozi ivyuze iribeshe uvuze nkuwatazi ijambo ry’Imana
Ndagukunze Imana iguhe umugisha
Muzahanamuruhe nikuberikimudatata anyakabari abasambanyi abajura ibyonubangamira umutimanama ntimukarwanye Imana gusakudatanga mituweri kutajyamumuganda nibinditezaimbere igihugunikosa akokubaumuntu asenganyenamugenziwe bagahanwanuguhohoterwapee nosekobasangira urwagwa barangizabakabyina byirimbabakarwana gusamugemushishoza murebeimpanvu murakoze Imanahibahe imyunviremizima tuzajyanemwijuru Amena
Gusamba kunywa inzoga nibindi utavuze nabarokore barabikora
Abera Muhumure!
Amen
Imanairajeibibazoibirangizenkibirikubamurerika
Abasinzi nindaya oyeeeee!!! Biteyagahinda.
Mukomeze mukorere lmana lzabahemba kandi muba muvuga ukuri kuri mumitima yanyu.
Ariko nubwo mvuga uko hari nabasenga mu buryo buteranye ibibazo ariko abasenga mu kuri Imana ibakomeze
Ndababaye rwose utubari barara banywa basinze mpaka buckeye niba umuntu asanze mugenziwe ngo yigometse koko
Iyo igihugu kubuzemo Imana.....😢😢😢😢
Murabura gufata abirirwa biba abaturange, abanywa ibiyobyabwenge nabirirwa bambaye ubusa none ngo murimo gufata abasenga? bayobozi b, urwanda nimukomeza gutya Imana izabahana yihanukiriye
Uwomurongozi wa RBI ashobora kuba atavy'Imana ahagaciro. Kubaha Imana ntibisigura kw'ubaha amategeko yigihugu. Igihe cose amategeko y'igihugu anyuranye nivyo Imana yategetse abayubaha, kwubaha Imana nivyo bija imbere fusumba kwubaha ama leta. Nasome bibiliya azobitahura. Paulo yahama abakristo abaziza kutubaha amategeko ya leta ya roma nkuko nawe ariko abisigura, ariko amaze guhura n'a yesu nawe yacitse uwutubaha amategeko nawe asigara ahamwa naya leta nyene yakorera ubwambere mbere bamufunga kenshi bamwagiriza kutubaha amategeko, mbere Paulo nkabandi bizera bose bahagaze kukuri Imana yaduhaye, roma yaramwishe bamuziza kuba yarwanije amategeko ya leta(Roma).
Nukuri umukristo mwiza ategerezwa kwubaha mategeko igihe cose ayomategeko adatuma agambanira Imana.
No gusurana ubwo bikwiye guhagarara, urukundo rukomeze rukonje. None se mu gihe cya Daniel harya si amategeko yari yashyizweho? Iyo amategeko y'abantu asumbijwe ay'Imana, icyiza ni ukumvira Imana kuruta abantu, kuko na Daniel ibi bihe yabiciyemo, ariko Imana izanesha. Ikindi iyo leta yahindutse umupasitoro biba bikaze pe, ntabwo amavuta n'amazi bijya bihura na mba. Leta nibanze yumve abaturage, ireke kugendera ku mpuzamadini, kuko imouzamadini ni yo iri inyjma y'ibyo byose.
Ubuse aba bayobozi ubagize injiji ubonye batazi gutandukanya abashyitsi basanzwe nabakoze iteraniro?
Harya mu guhana icyaha ntiharebwa niba koko icyari kigamijwe mu gikorwa cyakozwe ari icyo cyaha koko?
Hasesengurwe neza niba koko icyari kigamijwe mu gikorwa bakoze ari ukwigomeka hanerebwe inyungu bari kuba bategereje muri uko kwigomeka kuko uwakora ibintu adategerejemo inyungu yaba akwiriye kubanza gusuzumwa niba nta kibazo afite mu mutwe we.
Ngo bazababeshyera ibibi batigeze batekereza
Musome ibyahishuwe 6:15 maze mwumve!
Ariko thiery ukuntu nagukundaga sinarinziko warwanya n'abasenga😢😢
Beretware
Nigute Koko gusenga bihinduka icyaha. Imana irengere abantu bayo pe.
Turi muminsi yanyuma pe 😢😢😢 icyampa Yesu akaza adatinze
REKA BAJYE KUBWIRIZA NO MURI GEREZA,KANDI NIYO BAPFA NTAGASHYA NIYO MATEKA .❤NONE AMADINI YO YEMEJWE NAYO NTAKWIYE GUTERANA?
Gusenga byabaye icyaha murwanda abiba bararekurea hagafugwa abasenga
Ubwo ko abashumba bashinzwe kubwiriza amategeko y'Imana barabihuza no kubwira abantu kudasenga ?
None se abaterekera, ababandwa , n'abakora ibirori ko bo badafatwa, ayo mambwiriza akazwa n'uko abantu bavuga ijambo ry’Imana koko????
abatabizi nibo batabisobanukirwa. igihe umuru w'igihugu yavugagako bagomba gushyira inyigisho za papa mungiro, utekerezako yasezerenye ibyo atazakora? kd tuziko izo nyigisho z'ubupapa zahitanye abarenga miriyoni 50.
kd bibiriya ivugako ibyabaye aribyo bizongera kubaho.
Ahhh a mbuze icyomvuga gusa Mana tabara abantubawe.
Nonese mubukwe bubera mungo ntibagasenge
Nahano kugisozi bireze mumago yabantu
Igihe kirasohoye Mana tabara
Ntampamvu yogutinya abica umubiri ntagire ikindi awutwara.Ahubwo twatinya uwica ubugingo.ninawe dukorera
Yewe nakumiro noneho
Muzaf
kurwanya imana iraje
Nta mana ntabuzima
Aba Bantu bafashwe basenga babakatire byibuze umwe imyaka 5 bari muburoko kuko nibyigomeke ntibumvira ariko mwiyibagije akajagari kabahanuzi bihererana abantu mubyumba bakabangisha igihugu ubwo se abaturage banze igihugu kubera ibihuha byabantu wabayoboza iki hanyuma?abayobozi bareba kure hari impamvu babikora byose nineza yabanyarwanda
Banya Rwanda ni murebe Hari ibibazo muve muguca igikuba gusenga sikibazo kd mbona ibi bidakwiye no kujya mubinyamakuru Ngo bimanure inzego zigihugu
Imana izi byose