Yewe kwigaragaza uko uri ni sawa 🔥🔥🔥 buriya se agakiza kaba mu misatsi koko, twese turi abera n abaziranenge muri Kristo Yesu ariko muri twe turi abanyabyaha kubw uko twavutse. Kuba yasuka cg aatasuka uyu muvandimwe JBaptiste ni umunyabyaha ariko ni umuziranenye kubw amaraso ya Yesu. Courage Timamu jya mbere!!!
The only way to escape denial stage of trauma is to face the loss that you have experienced. The only to grow and heal is to be willing to look at what happened. The last things he need is the numb. When we’re numb. We don’t feel life and We often shut down on those who need us
Icyo twemeranya ho ni uko umukristu nyawe atagaragarira mu nkweto, imyenda, imisatsi n' ibindi....ahubwo agaragarira mu bikorwa. Duharanire kwerera imbuto nziza bagenzi bacu n' isi yose muri rusange 👌
Timamu afite igikomere yatewe n'uwari umugore we n'abayobozi ba ADEPR uko yabizeraga siko yabasanze. Ndamukomeje kuko iyi ni trauma bamuteye kwiyakira biranga kuko uko yakundaga umugore we byaramushegeshe kdi ndahamyako n'umugore we yamukundaga cyane byicwa n'abantu. akwiye cancelling abone imbaraga zo kwiyakira. mais kugaragara mu isura atazwi ho ntakidasanzwe.
Timamu,Yesu Aragukunda mwana w,Imana.Sabin,ADPR ntabwo ariyo izamugeza mw,ijuru.Wa mugani wa Timamu,gukizwa biri mu nyungu ze,no kubivamwo,ni uhombe kuri we.Mwivunika mu mutekerezaho,ahubwo mu musengere nimba mu mukunda.Igihe cyawe,si cyo cye Sabin.Ibihe by,ubuzima umuntu anyuramwo,biratandukanye .Kandi byose birigisha.Umucamanza ni Yesu, WE, ureba mu mitima yacu. Baho Timamu.Ntuzave kuri Yesu Kristo,kuko niwe Yirura imitima.
Kdi timamu wacu rwose asanzwe ari mwiza cyane ari naturel. Kuva muri adeper ni droit yawe, ariko ibyo wakoze si ngombwa rwose, kereste niba wagirango adeper ikuzinukwe ikwibagirwe burundu, mbese uyiciyeho pe
Be yourself, dear. Umwami Imana ntabwo yitaye kumadini, namatwaza yaryo cg Imyemerere, icyo yitayeho numutima. Niba umutima wawe Ukiranukiye Imana thats all you need. You are loved and blessed!
Timamu komera, ntawe ubangamiye muri hairstyle yawe, so reka abanyedini bavuge kandi ntubahe amatwi yawe n' umwanya wawe, n' imbaraga zawe... Ibuka ibyo Yesu yavuze kuba nyedini, wibuke na story ya the Good Samaritan, wabonye abanyedini bakoze iki? Wewe ukomeze ukora ibikorwa byiza by' urukundo, ukomeze wubaha Uwiteka..ntakindi agusaba. Merry Christmas & Happy New Year to you.🙏
I totally agree with your argument and I can't even judge you , it's only God to do so. But brother that hairstyle doesn't look good on you . They are so many styles zakubera hhhh.
Timamu
YESU Aragukunda🙏
ALGA 😀
Yesu aramukunda cyaaane
Ndababaye kubwa timamu
Timamu araberewe, je mbonye abantu babigaye ndatangaye, je mbonye yaberewe kabisa
Yesu ndizey kur muruhande gwabawe 🙄utabagwe gose kuko Yesu aragukunda
Hari umuririmbyi wagize ati" Mwana w'umuntu nubona isi itangiye kugukomera amashyi👏👏uzibuke bya bihe wabayemo ntanumwe ukuzi😭😭😭burya Uwiteka niwe ushyira hejuru, ni na we ucisha bugufi niyo mpamvu yavuze ngo nugera I Kanani umaze kurya ugahaga ntuzibagirwe Uwiteka Imana yawe yagukuye mu gihugu cya Egiputa igukujeyo amaboko akomeyee🙁🙁😭
Mwene Data Timamu .Indirimbo yawe"Humura mwana wanjye ibyuvuga byose ndabyumva......"yaramfashije cyane kuko nari mbabaye mu mutima.Ariko Ndabona Satani yakugiriye ipfuye ryinshi nawe yipfuza ko ufuta ubutumwa watanze.
Ibikomere mwahuriye mu murimo w'Imana ntibikakubuze kubandanya urugendo ngo wihebe kuko Yesu aracagukunda .Iwacu Ni mw'ijuru umunezero w'isi nuwakanya gato. Muganire na Theo Bosebabireba kuko gusubira inyuma kwiwe ntaco yungutse.Yesu aracaruhura abarushe n'abaremerewe musange arakuruhura
Ayiwe Mana yanjye Timamu azize icyi Koko,Data we ubuse uramurekuye koko?
Ayiwe Mana yanjye Timamu azize icyi Koko,Data we ubuse uramurekuye koko?
Nukuri Wirekura sha! Imana iguhe izindi mbaraga, Ubutumwa watanze muri Humura Mwana wanjye bwo kujya buturemesha ngo wowe ucike intejye, Soma zaburi 91: 14
Iyo umwe asubiye inyuma amarira aba menshi mu ijuru...ndababaye,ndababaye,ndababaaaaaaaaaye cyane
Yewe kwigaragaza uko uri ni sawa 🔥🔥🔥 buriya se agakiza kaba mu misatsi koko, twese turi abera n abaziranenge muri Kristo Yesu ariko muri twe turi abanyabyaha kubw uko twavutse. Kuba yasuka cg aatasuka uyu muvandimwe JBaptiste ni umunyabyaha ariko ni umuziranenye kubw amaraso ya Yesu. Courage Timamu jya mbere!!!
Ibi ni ingaruka z'abigisha bigishije ijuru ry'umunyenga n'imigati ya Yesu! Iyo bikaze abazimize bunguri babivamo kuko batigishijwe ukuri...ntibishoboreye...
Timamu afite trauma… stage arimo ni Denial! Sabin wowe umwegereye wamugira inama yo kwegera umu therapist! Imana ibimufashemo
True observation... only God
Uko nukuri peee
Theb
The only way to escape denial stage of trauma is to face the loss that you have experienced. The only to grow and heal is to be willing to look at what happened. The last things he need is the numb. When we’re numb. We don’t feel life and We often shut down on those who need us
Ketia, can you please define denial for us then we can see what you are seeing. Please do shed some light on that knowledge. Thanks
Abagezeyo baragwiriye, baranezererwa umwana w'Imana, abandi bari mu nzira. The last days.
Yobu 4:3-7
[3]Dore wigishaga benshi,Kandi wakomezaga amaboko atentebutse.
[4]Amagambo yawe yaramiraga uwari ugiye kugwa,Kandi wakomezaga amavi asukuma.
[5]Ariko noneho ni wowe byateye kandi urihebye,Bikugezeho nawe uhagaritse umutima.
[6]Mbese gukomera kwawe si uko wubaha Imana?Kandi inzira zawe zigororotse si zo ziguhesha ibyiringiro?
[7]Ibuka ndakwinginze,Ni nde wigeze kurimbuka atariho urubanza?Cyangwa hari ubwo umukiranutsi yaciriweho iteka?
Yoooo iyi ni dépression yigendera shenge aravuga nk'uwiyahura😭😭😭😭😭
Njyewe si ndi muri ibyo byo kugwa, ahubwo ikimbabaje ni résultats z'amadini yananiwe kurera neza abana, bagakura babakangisha Imana y'urutoto bayibeshyera , umuntu yakura amaze gusobanukirwa agahura n'intambara z'ubuzima ntawe yatakira bityo agahitamo gukora ibyo yakuze bamubwira ko ari bibi.bivuze ko uyu Timamu yageze ku rwego rwo kurakarira Ayo madini none aguye mu kibazo cya dépression iri sévère😭😭😭😭😭
Uzagarukire Imana n'a Théo yaragarutse🙏uyigirire ikizere izaguhe amahoro y'umutima, Kuko mpamya ko mu mutima wawe udatuje ahubwo umusego uraraho niwo ubizi😭😭😭😭
Violette MUGISHA@ ✅
@@mukundwa8071 reba ikiganiro yakoranye na Chita, urisubiza😂😂😂
Yesu niwe womora imitima ikomeretse kandi yajanjaguwe🙏mwemerere akomore Tima🙏nukuri niwe nshuti ihebuje🙏
Timamo weee gusa ufite uburenganzira kumubiri wawe nuwawe ariko nkubwije ukuri kuzuye tuvuye nokumadini nukuri urabihiwe pe cyane cyane inyuma kuba umustar nibisazwe ariko Iyondeba mbona igihagararo cyawe nukungana ibyo warukwiye kubirenga byaragusize. Cg warabisize
Kbs nukuri ntaberewe
Ibi babyita kwiyambura ubushwambagara😂😂😂😅😅
😃🤣😃😅😃😅😅😅😅😅
Reka nduhuke Yesu ugira neza umuhungu wawe uramuzi mugirire neza🙌😭😭
Izakudiha ubitegereze ubwonubwibone kd ngwimirimboyanyu siyokuboha imisatsi
Courage rwose Timamu ntawe ucana itabaza ngo aritwikirize Intonga kimwe nuko ntawe urizimya ngo rikomeze kumurika .Njyewe ndabona ntakidasanzwe yakoze kuko ibi bimufasha kwiyakira .
Hhhhhh Joël birakaze
Ingaruka z'ibikomere!
Ariko Yesu twamenye niba atadushoboza kwiyakira twaba turusha iki abo ducira imanza!?
Izi ni ingaruka z'ibikomere afite pe Gusa bazagushakire aga style keza kajyanye nimyaka ufite
Ukonukwihe amahoro Kandi ntamahoro yumunyabyaha Niko uwiteka avuga nubundi urumwiyemezi cyanepeee
Hhhhh Nibashake
Timamu weeeeeee, itondere abakogeza bagukomereza mubikomere watewe nabantu bakwerekako ukwiye nawe kwisanzura ngo werekaneko utaruwi dini, timamu weeeeeee, uririnde utazacyurirwa ubazwa aho indirimbo ninanga zawe ziri, mbabajwe cyane no kukubona usutyo warabaye akahebwe no kuvuga ibyushaka ngo uje gutwika hashye, rindira ndahunga ibikwirukamo inkwi numuriri birinyuma yawe, ariko yesu agutegeye amaboko ngo akuruhure kuko urarushye pe.
Ceceka wa njiji we and Go fuck urself ...ubwo uravuga ibigambo watumwe na yesu? reba ibyawe ibya timamu ubireke
@@soniamurego1616 ni mwenese
Icyo twemeranya ho ni uko umukristu nyawe atagaragarira mu nkweto, imyenda, imisatsi n' ibindi....ahubwo agaragarira mu bikorwa. Duharanire kwerera imbuto nziza bagenzi bacu n' isi yose muri rusange 👌
Umbaye kure
Ubivuze neza umuntu agaragarira mu bikorwa . Iyi myumvire yo muri Adeper irashaje , ntabwo imyambarire yabo ariyo ibagira abarokore , reka turebe ibikorwa byabo uko bimeze,?nimba hari idini ryari rikwiye gufungwa ni Adeper , abanyeshyari, kugira nabi , munyangire, inyungu, guca imanza etc…
Umukiza Abe Hamwe nawe
Mbisubiyemo Umukiza Abe hamwe nawe ✍️✍️✍️✍️🙏🙏
Wacanye umuriro koko ? Imana igufashe ntugutwike muvandimwe ubemaso satani atakuriganya🙆🏻♀️.
Urabona se yashya inshuro zingahe?
🤣😂🤣😂😂🤣🤣😂😂🤣
@@impanoabrahaminemaeliseego9758 😃😃😃
Timamu nkunze cyanee ko utagumye kwihisha mu mufuka, ukemera kuba wowe, agakiza no kwisukura biratandukanye, Turagukunda kandi Imana iragukunda cyanee
😭😭😭😭🙆🙆🙆.Timamu we,ni Aho ugeze!Ndababaye!Gusa mwene data icyo nzicyo Imana iragukunda Imana rero uko nyizi Aho kuguhomba izaguhombya!Ndakubwira ukuri sindi umuhanuzi ariko mu gihe kizaza uzamera nka wa mwana w'ikirara wisanze ari gusangira n'ingurube!!!Gusa Yesu agutegeye amaboko nugaruka azakwakira!!Bihe igihe gusa!!
Nibyo nukuri
Yewe,nakumiro pe,nawe ruriye abandi rutakwibagiwe
Timam ntiyahemukiwe na Adeper yahemukiwe abamwe mubakristo bitorero, rero mushyire hasi itorero. Kd njye ubivuze ntabwo Adeper ariryo torero ryanjye, nukomeretswa numuntu ntibisobanuye umuryango wuwo muntu,
Rwose pe
timamuweee ndagusaba usenge wongere usenge nkuko imyukaturwananayo iturushimbaraga ariko yesu arihejuru yabyose gusa ijambo ryi mana dushoboreshwa byose na cristo uduhaimbaraga
Shalom Shalom , Muvandimwe Timamu , komeza utere imbere kdi ugumane ,ubusabane n'Imana yawe,gusa niba warakoze ibyo byose haruwo, urimo guhima, bizakuvuna mumutima cyane, ariko nanone nzineza ko wowe ubwawe numutima nama wawe, uzi ibyo urimo, so courage komeza ukunde Uwieka ariko wange icyaha bizaguunga muminsi irimbere.kdi ntukavuge nabi aho wakuriye
Nivyukuri twakijijwe kubw'ubuntu non dukore ivyaha kugira ngo bugwire??uwiyumvira kwahagaze yiyubare ntarwe!
Mwe n'Imana muraziranye kand iragukunda🙌🙌
Timamu afite igikomere yatewe n'uwari umugore we n'abayobozi ba ADEPR uko yabizeraga siko yabasanze. Ndamukomeje kuko iyi ni trauma bamuteye kwiyakira biranga kuko uko yakundaga umugore we byaramushegeshe kdi ndahamyako n'umugore we yamukundaga cyane byicwa n'abantu. akwiye cancelling abone imbaraga zo kwiyakira. mais kugaragara mu isura atazwi ho ntakidasanzwe.
Aragifite ariko ibyonti yabibwira Imana kuko Imana iduhatira kwihangana mubikomeye gisa sina mucira urubanza nibyiza ubwo yeruye
Timamu,Yesu Aragukunda mwana w,Imana.Sabin,ADPR ntabwo ariyo izamugeza mw,ijuru.Wa mugani wa Timamu,gukizwa biri mu nyungu ze,no kubivamwo,ni uhombe kuri we.Mwivunika mu mutekerezaho,ahubwo mu musengere nimba mu mukunda.Igihe cyawe,si cyo cye Sabin.Ibihe by,ubuzima umuntu anyuramwo,biratandukanye .Kandi byose birigisha.Umucamanza ni Yesu, WE, ureba mu mitima yacu.
Baho Timamu.Ntuzave kuri Yesu Kristo,kuko niwe Yirura imitima.
Erega ntawuzazira idini asengeramo, buriwese azazira ukwemera kuri muriwe. Si ndi umu ADEPR ariko, kuba mu idini iryariryo ryose ni amahitamo yaburi muntu, rero iyo uhisemo idini ujyamo ni uko uba uhamanya n'imyemere n'imyitwarire iri muriryo. Ntampamvu nimwe umuntu yakabaye yitwaza ngo yari yarapfukiranwe nkaho idiri ariryo ryamusanze aho kuba ariwe warisanze yabyihitiyemo. Kereka niba Tima hari amasezerano wari waragiranye na Eglise yawe ntiyubahirize. Kora ibyawe utekanye wegusebanya kuko, urufatiro rwawe rwari rwiza none utazavaho usoza nabi, Umuntu Imana imuhora isezerano yagiranye nayo. Byose wabitewe no kubona Idini nk'ahantu agakiza kawe kari nyamara siko biri, amadini ni addresses/urubuga dukiniramo mu busabane n'Imana.
Iyo muva murazikwiyorohereza igihombo nicaw. Iyurikuraja urahabona kanduzoshikayo tu
Timamu nyumva nturakazwe nibyo ngiye kukubwira umbabarire ,ubungubu uri guseka unezerewe cyane namafiyeri menshi ,ariko ......ntacyo mvuze rindira gusa imana ntizaguhomba ariko izaguhombya byo byitege kdi ndikubyumva ,gusa ntunyumve nabi kdi ntuntekereze nabi ,Herode yazize kwimura Imana yishyira hejuru,
Noel Maniraguha@ Timamu mwimutega iminsi, ahubwo mumwumve, Timamu yabayeho akurira ari mu kiziriko n'iterabwoba rya ADEPR, bamuhahamura, kandi ntabone imbuto cg c umusaruro w'ibyo arimo, rero iyi ni Depression ariko reka akore ibyo ashaka abohoke, n'agacupa buriya arakagotomera!agahamba icyaka, niyinywere rwose, nyuma azashyira ku munzani, akore ibikwiye kandi bimuhaye amahoro! Nta kosa yakoze
Yewe nimvugo yawe
Yesu weeeee
Pastor Charles
Yaraguhemukiye se!
Ko winjiye muyindi isi!
Timamu ibyo akoze haricyo Bivuze
Abaye nkawamuntu ufata ibuye akaritera mugihuru kugirango arebe ikivumbukamo
ashaka kuvumbura iki se?🤣🤣
Wowe wabimenye rata be blessed
Nibyo
Mwami yesu tumugushyize mumaboko n'ubundi naho azagucikira
Amaraso yawe amutwikire nzi neza ko umukunda cyane kuruta twebwe abantu
Ariko disi biranababaje 😫😫,sha Timamu iyo upfuma uva muri Adepr ,basi ukaguma usa uko waruri ,kuko idini nubundi ntawo rizajyana mw'ijuru ,ariko rero umugabo w'umunyarwanda asa neza cyane iyo ari naturel ,noneho nkawowe rero uratwumije😎😎
Kdi timamu wacu rwose asanzwe ari mwiza cyane ari naturel. Kuva muri adeper ni droit yawe, ariko ibyo wakoze si ngombwa rwose, kereste niba wagirango adeper ikuzinukwe ikwibagirwe burundu, mbese uyiciyeho pe
😭😭😭
Be yourself, dear. Umwami Imana ntabwo yitaye kumadini, namatwaza yaryo cg Imyemerere, icyo yitayeho numutima. Niba umutima wawe Ukiranukiye Imana thats all you need. You are loved and blessed!
1 Nuko bene Data, ndabin ginga ku bw'imbabazi z'Imana ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishimwa n'Imana, ari ko kuyikorera kwanyu gukwiriye.
2 Kandi ntimwishushanye n'ab'iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.
(Abaroma 12:1;2)
Ark wagirango aba christ bikigihe ntibagisoma ibyanditswe byera, nukuri Imana ikomeze idushoboze
Imana ikumpere umugisha kubwaya magambo
Feel you bro,just hangin there,depression ni rwaserera muvandimwe.
Mbonye ugaruka mu nzu y'Imana usaba imbabazi kuko nawe urabizi ko ibyo urimo bitakubereye.
Nibakwirukana wiyizire muri Catholic nta satani tugira ndabeshya da ? niba mvuga ukuri munyihere like kk ntako nagize
@Alphonsine Uwamahoro barazubaha ark babashije gusobanukirWa no kumva neza ko imyambarire nimisatsi ntaho bihuriye nanyagasani
@@Cynthiakushi_7 volume nyinshi twebwe ntabwo tugendera kumarangamutima yinyuma kk Imana ireba mumutima w'umuntu ntabwo ijyendera kubyinyuma so turakwakiriye muri Catholic nanone situjya dukomeza ubuzima kk twamajije kwisobanukira
Erega nubundi igiti cyiza cyose kizamenyekanira kumbuto zacyo ,kandi iby'umuntu 'ari imbere nibyo biba inyuma Ndumva rero ntampamvu yogutinda kubyo umuntari kuko abana b Imana bayoborwa n'Umwuka bagasohoza iby'Umwuka ashaka ntibasohoza ibyokamere ishaka niba warahamagawe na Adpr nuko nyine uzasohoza ibyo Adpr ishaka ariko niba ari Yesu uzasohoza ibye kuko n' Abahanuzi n Intumwa bahuye nibibazo byishi nitotezwa ririmo basohoza umurimowiyabahamagaye bihanganira ibibagerageza byose abo nibo batubere icyitegererezo natwe
Wa mu type we si nkuzi ariko ufite trauma si gusa !! Ubwo se wivumburiye nde???? Ufite ikibazo sha
Ibi nugusara pe!
Imana ikwishire. Baho neza. You're so smart.
Yooooo timamu weeeee urabe maso umwanzi ataguca murihimye😭😭😭😭😭😭😭😭
Avuze ukuri 👍
Wow! Be blessed uziko ntarinzi uwaririmbye iyo ndirimbo ❤👌
Timamu komera! Uri umuntu w'umugabo kbx. Abantu benshi bahisemo kugira inshuti nyinshi bibahindura kuba abanyabinyoma, iyo uvuze ukuri uba uvuze umuntu, uwo muntu yabaye ino kw'lsi yitwa Yesu, Yesu rero inshuti afite nke. Komereza aho lmana Iguhe umugisha!
Timamu uzi gusobanura kandi uvuga ukuri pe!👌
Yesu weeeee, ubwiza bw' Imana iyo bwavuye ku muntu asa ukwe ()
Timamu mubemaso
Niyompamvu nshima Yesu watumye mbibanzamo ubu ntahamu yabyo ngira
Iyi vision ra. 😏🤔
Ariko agakiza iyo tuvuga ngo kaba kumutima gusa Niki?
Agakiza kameze nkuko umugore atwita, gutwita bibera munda, ariko ibimenyetso byuko atwite bikagaragarira inyuma(iseseme, guciragura ...) Ninako agakiza kamera, tukakira kumutima, ariko imbuto zako zikagaragarira inyuma.
Ariko nubwo bimeze bityo, urufatiro rw'Imana ruracyahagaze ndetse rwanditsweho amagambo avugango""Uwiteka azabe""
Amenaaa nkunze content yawe 💛💓🤩
@@kundaruthofficial7950 vugwa ngo Amen
@@umusarabatv8746 Amenaaa 😂😂😂
Nonese imbuto ziba mu musatsi???
Nkunda indirimbo zawe,cyane cyane Nzahora nshima nubahe izina ryawe sinzabiterwa nibihe,byiza cg bibi kuko ibimbaho byose Mana uba wabyemeye...
matayo 12;43 “Dayimoni iyo avuye mu muntu, anyura ahadafite amazi ashaka uburuhukiro akabubura. Akavuga ati ‘Reka nsubire mu nzu yanjye navuyemo.’ Yagerayo agasanga irimo ubusa, ikubuwe, iteguwe. Ni ko kugenda akazana abandi badayimoni barindwi bamurusha kuba babi, bakinjira bakabamo, ibyo hanyuma by'uwo muntu bikarusha ibya mbere kuba bibi. Ni ko bizaba ku b'iki gihe kibi.”
Nukuri pe
Timamu Imana ntitwaza igitugu iyo uhisemo neza Imana iragushyigikira ,ariko iyo uhisemo Nabi irakureka , iyonzira utangiye ntago arinziza usubize amaso inyuma urebe ibyo wanyuzemo numurongo warimo Kandi Umugisha uhagazemo wasanga ukomoka kumasezerano wahawe ukirimunzira wibuke ko Imana yambwiye abisilayeli ngo nibarya bagahaga ntibazibagirwe.
Umukiranutsi mwiza nugwa akabyuka🥰Timamu mwiza nibakureke kdi Uwiteka azi abe🙏
Yesu weeeee ndumiwe Timamu ibuka aho wakuye ukagwa.
Manayanjye😭😭😭garuta Timamu mumurongo ndabiziko ucyicaye kuntebeyimbabazi yibuke ibihebyebyakera acyacyira yesu nkumukizawe
Ntagisa no kwisobanukirwa.. Kuvuga kwabantu ntago kwashira. Imana igukomeze..
Ibuka aho wavuye ukagwa mbega Timamu reka nkugire inama nubwo utanzi kubivamo siwo muti kandi kubireka sicyo gisubizo ukuntu indirimbo zawe zihumuriza umutima suko wari kubigenza
Yego Rata Nubu Arakumva Bantu banyasani Uyumugabo Ijuru riramuzi cyaneeee kuruta uko m'Umuzi kd Rimukunda kuruta Uko mwamukunda muvuge Muziga
Nihitiraga Indirimbo ze Nzikunda kubi Nubwo Yagwa mucyondo sinamucaho mbisubiremo Umukiza Abe hamwe nawe bambe 🥰
Ubikoze ushaje disi!! Iyo mutangiye guta umurongo mwigira abayabwenge cyane 😄YESU
Akube hafi nshuti
Nibwo biryoshye
Bro proud of you 🙌🏾😂 do whatever makes you happy 🙌🏾🙌🏾
PAPA MUGISHA EP O3 : Maitre Nzovu Amukoreye Ubutekamutwe None Umugore Arasaze / Film Nyarwanda 2022
Yesu weeeeeeee
@@rehemagrace5198 whaaat 👀
Yesu we
Yesu weeeee 😭😭😭 Mana weeeee mbabarira utabare timamu ibinibikomere kbs😭😭😭😭
iri ni ihungabana rwose lmana ikugarurire hafi pe agahinda karamfashe
Namahitamo yawe papa icyonzicyo ntibyakunda kubakure y'Imana nukuri wakoreye Imana.komera papa uzakunde Imana nawe iragukunda
Ariko abantu ntibakagwe,ngo mwitwaze madini ngo ntiyabahaye care,gikizwa ni umuntu kugiti cye,no kugwa nikugiti cye,gusa Abazi Imana yabo bazakomera bakore iby'ubutwari !!!
Kbs ivyamadini bitwaza jew biranarya mumutwe ukanka kwambara neza ngonikubera amadini
Njye ndabona asekeje!!iby'amadini abivemo!!!kdi inama iruta izindi yegere DJ Brianne bakorane collabo kuko hari ibyo bahuriyeho.
Timamu komera, ntawe ubangamiye muri hairstyle yawe, so reka abanyedini bavuge kandi ntubahe amatwi yawe n' umwanya wawe, n' imbaraga zawe...
Ibuka ibyo Yesu yavuze kuba nyedini, wibuke na story ya the Good Samaritan, wabonye abanyedini bakoze iki? Wewe ukomeze ukora ibikorwa byiza by' urukundo, ukomeze wubaha Uwiteka..ntakindi agusaba.
Merry Christmas & Happy New Year to you.🙏
Amahitamo y'umuntu yubahwe 🙄 Timamu 😂😂😂😂
Cyaneee
Guhitamo gusubira inyuma si sawa!
Si sawa si sawa
@@bizimanaildephonse6201 haha none se numwana kuburyo yaba akora ibyo atazi nimumureke buriya nicyo gihe cye
Courage Timamu we love You man
Timamu uraberewe Imana ikineye agakiza k'imbere apana physically. Kora ikinezeza umutima wawe, kunezeza abantu biragoye
Proud of you Timamu😂🤝👍🏼i totally agree with you👌🏼
PAPA MUGISHA EP O3 : Maitre Nzovu Amukoreye Ubutekamutwe None Umugore Arasaze / Film Nyarwanda 2022
Jye ndabona ntacyo bitwaye👌gukizwa ntaho bihuriye no kwiyitaho,niba bita kumyambarire ubwo ni gereza niho bambara uniforme
Nuko ye!! nonese urabona adafite ibikomere koko! gusa Yesu Christ aracyamukunda!!
Mumureke Abe we! After all it's all about you and your God
Timamu courage kdi Imana ikomeze igushyigikire.nkunze ukuntu wiyakiriye
Wenda tuve no kwidini wasengeyemo no nubuzima busanzwe ntamusore cyangwa umupapa wigizatya nge ibibintu yikoze ni byabatinganyi pe gusa umurengwe maze kubonako atarikintu ubu akakanya uribagiwe peeee Sha wagatwitse mubindi ariko ubunububwa mbankuroga ubuse niwigiribi umugore uzashaka azigiribihe
ibyo byanditsehe muri bibiriya muvandi ?
Timamu afite depression. Ntihagire umucira urubanza!!!
Timamu bihorere imana niyo izi abe
Muvandimwe Timamu abaye nk'abagaratiya, Yatangije ibyumwuka none aherukije iby'umubiri 🙄🙄🙄🙄🙄🤔🤔🤔
ICYO mukundira timamu bakunda nguseka bikaryohera nkunda umuntu wirekura munguseka arikonawe ajyira meshi cyane cyane kbs
I totally agree with your argument and I can't even judge you , it's only God to do so. But brother that hairstyle doesn't look good on you . They are so many styles zakubera hhhh.
PAPA MUGISHA EP O3 : Maitre Nzovu Amukoreye Ubutekamutwe None Umugore Arasaze / Film Nyarwanda 2022
GUKIZWA NI MUMUTIMA NTIHAGIRE UGUCIRA URUBANZA. TIMAMU.
Muvyeyi timamu nukuri ibihe vyakumaze imbaraga yoooo ndababaye kubona usigaye. Umezukwo yooo imana. Yo mwijuru ni kurengere
Niko bimzeze ni mumutima . Ndahamya ko imyambarire yabo atariyo igatagaza ibikorwa byabo byiza , twagiye twumva ubuhamya bwo muri Adeper butari bwiza , iri ni dini rifite ubu menyi mugucira imanza abandi , ibikorwa ni zéro .
Yesu aramukunda cyane
Ishimire ubusore bwawe rata
Harya umuntu wiyirukanye aravuga ngo bamwirukane gute? Iyo umuntu adashaka gukurikiza amahame ngengamyitwarire ye,hari ikindi aba agitegereje? Uyu yamaze gusohoka muri ADEPR ahubwo arashaka kwanduranya ku abayobozi.
Timamu 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 uzi ko bikaze 🤣🤣🤣🤣❤️❤️❤️❤️❤️😍😍😍 so much.. tubisokoze uko byogoshye😂😂😂😂
Baho ubuzima uko ubwumva apana kubaho ukwo abandi bashaka big up timamu 👌
Woow! Ndabikunze cyane ukuntu abanyarwanda turimo kwisobanukirwa tukava mumatiku ya madini. Ibyiza birimbere bro be blessed
Niyo wava muri ADPR ntabwo wakigira gutyo ubuse koko umugore wawe ko yagutaye akagenda ubu aho ari ntari kuguseka koko avugako yakize byinshi sh wishyize hanze .
Mubyukuri arabirangije yishyize hanze yerekanye ko uwari umugorewe yacyize byinshi agaragaje ubugabo bwe rwose
Niba nishyize hanze ndamaze hhhhhh
@@igihozotv6949 Imana ikube hafi
Erega ADPR ninkayanzira ifunganye abantu muba mufite imizigo myinshi ntimwapfa kuyinyuramo uko mwiboneye! niyo uhatirije ukanyuramo urakomereka cyane kwihanganira ibikomere byakunanira ugasohoka ugasubirana imizigo yawe rero nabandi muzanjya mubabona gacye gacye!
🤣🤣🤣🤣gusa nukuri biranryoheye kuba wemeye kwigaragaza uko uri,kuko harabahora bakwitiranya arikubu bakumenye uwo uriwe👌ubona nabandi bacihishahisha boza bishira kumugaragaro nkakuno byaba byiza kurusha.abayisenga muburyarya buca bamaramara.
Ubundi se andeperi niyo izatanga ijuru Bo sabagwira bijyendera turabazi cyane timamu uzibere umuslm amenya ibye abarokore bajyira amangambo meshi
Imana igufashe rwose.Iyo watangiye kwisanisha n'abadayimoni ntawe ibyawe byafasha.Naho abasigiriza rwose baguhumuriza nibagucyahe kuko ndabona usa nugifite ubwenge buzima.Uteye isoni
Umuriro wacanye uzawota wenyine
Niyompamvu atabakwiye kujajinga ukumuntu ari
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🥰🤣🥰🤣🤣😅😅😅😅😅😅ati uzawota wenyine
Wabanje ukamenya uwo wacanye niba uzawota ntugutwike nawe ukamureka akazimenyera uwe wa mucyamanza we??
@@trinajanetkirabo9853 😂😂😂🤭
Yooooo😭😭😭😭😭😭😭😭watangiye neza none ushoje nabi disi😭😭😭uburyo indirimbo zawe zanyu baste none yooo ariko mana yanjye shitani numuja pe😭😭
Ntimugacire urubanza umuntu kk ntabwo uziko Imana ntireba inyuma ireba imbere
Burya kabishwa umugoramwanze burya maze kubonako abagore barushye urarwbukuntu satani arikumugaragaza nibindurabitwereka burya ntamugore upfa gusenya ndabibonye pe umugabo ufitimyitwarirenkiyi ntimwabana ngobikunde
@@ICyambutv igo disi uribuka uburyo yaje agaharabika umugorewe ngoyaramunaniye ahubwo kandi ariwe kirara gusa nta nubwo aberewd yabaye rubi
Abadiyasipora baragowe buriya haruwagiye gupfunyikira buriya umugabo wananiranywe numugore ntiyubaka bitandukanye numugore umugore yakubaka ariko ikintu kimezuku nubundi kubaka biragiye haaaa
Jenumiwe koko
Mwicira Umuvandimwe urubanza. Musigeho ahubwo Bene Da! Ubu ashinze Nk'umuryango ufasha imfubyi; ukita kuncike; nibwo mwabona Ikibi cy'idini. Muzumirwa. Sinzi Umutima we ariko Nyagasani azamushyigikire mu ikiri icyiza no mucyagirira abandi Umumaro.
Ariko imana irakuzi iherezo ryawe ariko mwibuke kotwijyize kunganira ngaba kujya kumacano ntimwumva erenga uzibere umuslm byakubera ntawujyenda umuntu nkabarokore kuko byararajyiye barangutereranye cyane cyane
Yesaya 5:20
None se ko wamaze kwitenga utegereje ko bagutenga bagukuye he ko aho wagiye byarangiye.
The real Timamu
Yesu weee wabanje ibyumwuka none uherutse ibyumubiri iba urumwana wubugingo Yesu azongera akugarukeho
Bishop Brigitte nyama ajya avuga ukuri🥰🥰🥰🥰
Hatwike hashye rwose
Timamu warababaye
Ibyo urimo kunyuramo ni imbuto zibyakubayeho.
Ndagukunda mba nifuza kubonana nawe tukaganira. Imana ibishatse tuzabonana.
Timamu eeehhhh Yesu weeee Imana igutabare.niho nkibona ico kiganiro.iyo mosho ninyakuzimu nureke kwihagararako.aho gusaba isengesho ngo bagutenge.wariciroyeko Iteka naw.gusa niwahindukira Yesu aguteze ibiganza aracagukunda.
Erega abisobanuye neza pe mbere yarameze nabi none ameze neza harumuhanga wavuzeko ubundi abagabo iyo umuhaye amafaranga ntago yihishira so nikokuri
Umutwe nuwawe wukore uko uvyumva.wew rinda umutima waw abanyamadini ubihorere.
Humura Mwana wanjye,yaramfashije cyane,Uwiteka azayikwibukire Timamu we!
Sha imyizerere ngaho gubwa neza, umuriro wawucanyr iwawe
Buriya yihishaga mu idini byari bimurimo, biteye agahinda rwose! namubwira iki rwose akore ibirenzeho.
Mubure kumwegera ngomuramucira urubanz ikibazo camashengero ntibita kuba christo babo bafise ibibazo murabona uyu adafise dépression
Uvuzukuripe niyobaguhagaritse murusengero ntibagusura,ahubwobarakuvugacyanepe hubwobamubehafi timamu nakurikiye ikigarirocyambere,numvayarahungabanyecyane
That's a depression and trauma 100% umez nkaho washyizeho ibyo bintu kugira bagenzi baw bab ADEPER babivugeho gusa nubw yab atariy mpamv ibyo bintu ntibikuberey p !sinjy ntang negative comments ark rws mvug ibintu uko mbibon
Kubera byo ntibimubereye , ark ntabwo agomba kubura gukora ibyo ashaka kuko umusatsi ntabwo ariwo ujyana mwijuru
@@uwerajuliet780 bihorere bajye bareba inyuma gusa imisansi se bitwaye iki niba we abishimye
@@mukundwa8071 bajye bareba abantu bahumeke kwizera nu kumutima wumuntu
Ese weho ibyufite uziko bikubereye cyangwa wabishizeho kuko ubikunze kandi wumva bitaguteye ikibazo so ntampamvu
Kandi amaso yacu twese ntareba kimwe kandi ntidukunda look zimwe ba uwushaka kuba uguhesha amahoro