Yooo uyu mugabo ndamukunze rwose! M Charlene Imana imbabarire ariko rwose na language ye nayikemanze keraaaaa! Niba uvuga Imana yivuge ukuremo ubutiku niyo abwiriza sinjya numvamo Imana ni ugushaka succes gusa kugirango rubanda bakwiteho! Urugo ruberamo byinshi cyane ariko bikemurwa no kuganira no guca bugufi. Si ukujya gusakuza kuri social media no kuvangamo ngo kubwiriza. Et encore abavuga Imana bose siko bavuga ubutumwa bwiza. Ubutumwa bwiza ni Yesu gusa. Amatiku wapi
Commentaire yawe irimo ubwenge. Ntawukorera abandi babiri. Yanduriye soit mu biganiro, canke harya yaraye mu masengesho Claude atazi. Canke ahandi. Ico kintu ca "care", inzirakarengane zitabarika z' abagabo zirakizira. Kuko iyo care bahererwa hanze, bageze mu ngo zabo, kuko bazi ko atayihari nk' iyo bahabwa mu mpisho, bigatuma na dialogue Yarihasanzwe igaca ikama Neza Neza.. N' abagabo ni uko.
Wa mugabo we reka kuvunika mama charlene afite abagabo b,ibanga utazi batuma yanga ko musubirana,kdi n,ingare cyane yamaze kuba icyigenge ntiwamushobora.
Thank you for bringing papa Charlènne. Ndakunze ukuntu y encourager abandi kwubaka nubwo we bitamugendeye neza. Gusa Imana ibahe guhuza tuzobabone bahoberana barasubiranye nimba ar ubugombe bw Imana. Nahubundi uyo mu papa aricisha bugufi yabigaragaje mu gusaba imbabazi. Hanyuma muzomutibarize ukuntu yari yara traumatije ngo yaramukubita caaane hose Charlènne selon uko maman wiwe yabitubwiye.
Uyu mugabo Nshimye ko atavuze amatiku, I don’t like umuntu uvuga nabi undi, niba bibaye at least vuga bike muri byiza akora. Uyu mugabo ashaka umugore, nubwo utamenya ikibiri inyuma. Very hard to judge kbs.
Iby ‘ ingo birancanga ikirimo ni kimwe bose si shyashya , Gusa Umugabo arashaka Kubaka . Mureke ababishaka tuzabashyigikire tuzabutahe. Mama Charlene ahawe umukoro wo kugandukira Umugabo kuko Umugabo arashaka kubaka. Sinkunda gukora comments Ariko tuzishima mubanye. Mama Charlene wakemeye ukubaka koko ko Claude niba yarakubabaje yemera ko mwabana. Iyi film irababaje . Mumbabarire Kuyita film. Gusa nzishima mubanye. Be blessed mama Charlene na Claude
Sabin, ndatunguwe cyane no kubona umu Papa ari smart nka Papa Charlene. Abo bahanuzi bari single mothers tugiye kuza twigengesera cyane mu kwemera ivyo bavuga! Dushakire n'umugabo wa MUTESI nawe twemve side ye. Merçi Sabin!
Muraho,Sabin n'ukuli uri Intwali pe!!kumva Umuntu Umwe ibyo avuga hari igihe tudasobanukirwa gusa kuba uzanye uno Mugabo Nawe reka tumwumve.Urakoze pe kandi Nawe yakoze kwitaba.
Kuva iki kiganiro gitangiye kugeza kirangiye amarira yambungaga mu maso ariko birangiye yanze gutemba ajya munda! Uyu mugabo afite agahinda kenshi ndetse cyane. Niba hari n'amakosa yakoreye umugore we ariko azi guca bugufi no gusaba imbabazi kandi nicyo cyakabaye gifasha abantu kubaka urugo kuko ntawe udakosa! Icyo nzicyo abagabo bameze nk'uyu si benshi! Sinibaza rero igituma umugore we amaze iyi myaka 10 yaranze ku mubabarira! Sindi guca urubanza ariko biragaragara ko ikibazo gikomeye gifitwe n'umugore we Kandi biragaragara ko hari abantu bamushutse cyane kandi kenshi aho kumugira inama bigahurirana no kuba ashobora kuba yifitemo akantu ko kutaganduka. Ikindi kigaragara ni uko uyu mugabo yakundaga umugore we Kandi aracyamukunda utari kubibona ni uko adashaka kubibona! Nyagasani amurebane impuhwe we ureba mu mutima we agirire urukundo agifitiye umugore we maze bazasubirane Kandi babane mu munezero. Nyagasani natabare ingo yirengagize amakosa y'abashakanye maze abahe kwiyunga no kugira umunezero urambye!
The hidden secrets is not supposed to destroy a partner's image on social media cos it's not a solution. In addition of that, true Christians take all their burdens to God cos He is the only one who got solutions for everything.
Those who are judging maman Charlene....I would say, ntimurabona manipulative people, women and men. They are like snakes....very calm, show the best side but really are dangerous. I would say this guy or maman Charlene....maybe none of them is telling the truth . This guy is very smart and manipulative....He plays mind game whereas maman Charlene akina "mudomo", and talking game. With that said, anybody would easily blame maman Charlene because she said more and in anger than the ex who had a good time to think the way to come back to show that he is very nice and gentle...to shame the wife. He is very smart and knows how to play the game. Which is why I would be very careful before I totally condemn maman Charlene although I also believe that she might have exaggerated the situation but I don't think she is lying nor is this guy "innocent" or humble as he sounds.
I also believe so because normally narcissistic people know exactly what to say imbere yabandi. I know a woman who used to be mistreated at home by the husband, but when they reached outside the husband used to act like the nicest person afasha abantu hirya no hino arihira impfumbyi ariko umugore we yaramwicishije inzara n' ibitutsi. Ntiwamenya icyatumye mama Charlene avuga ibyo yavuze kuko agahinda ke niwe ukazi. Abantu nabaye mistreated bankunda kuvuga menshi because they think no one will believe them, kandi koko look at these comments.
@@daschalydiasahabo2857 uriya mugore niwe ufite comportement "narcissism" iri hejuru kubera yashoboye kuba ya manipula abantu benshi peee nabo ntibashoboye kubimeya ariko abazi kumva inbintu barabyumvaga ko bitari kuzarangira gutyo bitagize ingaruka wabonye ukuntu ashira abana be kuri social media abasabira ubufasha indirect kunyungu ze yifashishije abana mugusebya papa wabo biriya ni bibi cyaneee warizo ko nubwo papa wawe yakora ikibi agafungwa burundu muri prison abana bemerewe kumusura bashobora kwifashisha abarinzi ba prison iyo umubyeyi ari verry dangerouis ariko biremewe kubera ngo lien parentale iba hagati y'umwana numubyeyi bivuga ko umwana akenera kumenya ses origines na ses repère mu gukura kwe no muri personalité ye a developa iyo ari gukura none urambwira ko uriya mugore ushira abana ku karubanda kugeza abantu bose / benshi bari bazi ko papa wabo atakiriho ari iyihe repère abaha warizi ko amasengesho adahagije kugira ngo umuntu / umwana abone repère na refence mugukura kwe dore ko niyo yabaye mukuru asigarana des sequelles zibyo bibazo niyo mpamvu benshi bagiye mu byo gusenga bashaka aba pasteur bakababera ba dady na mamy murusengero kubera izo ngaruka. Ni mureke tujye dukosora amakosa maze twige ibyiza tunabikurikize twemera na za feedback. Ntimufatinye kuvuga ukuri ahubwo tukuvuge tunakosora ibintu nabandi babone isomo. Murakoze
This gentleman seems to have gone through a lot on his side. Since he doesn't talk as much as his wife, his answers to Sabin's questions are not straightforward. I think he has some feelings that he doesn't want to expose. My fear is that 10 years of separation is lot to reunite although it's possible.
Ivyiza MU BUBAKANYE NI GUSUBIRA MU NTANGO Y,URUKUNDO RWANYU HAMA MWUBAKANE IVYABAYE NTIVYOBUZA UKUBANA NEZA KWA NYU MU NYUMA MWOKORERA IMANA BIKAGARAGARA IKABAHA UMUGISHA KUKO URUKUNDO RUFUKA IVYAHA VYINSHI CAAANE.
NAWE KANDA HANO UBUNDI NAKUBWIRA IKI: KANDA HANO WIREBERE: ua-cam.com/channels/2toyqfKXUxqMC2ZfVedhFA.html
Sabin ibintu byo kumva ubuhamya bw'Abagore bakubititse mu ngo zabo ndabona bikaze, ujye ubahamagara bazane n'abagabo babo kuko ndabona twarabeshywe byinshi
Eeeeeeee
Njyewe numiwe YESU aracyafite akazi,ubu c papa Charlene aravuga ukagirango nimalayika ,noneho mama Charlene yavuga bikarenga malaika.namwe nimumfashe Koko ubu c ninde ubeshya ninde uvugukuri,mwababyeyi mwe mbagiriye inama mwafasha abo bana mukabategurira ejo habo, kuko mwebwe mukeneye lmana bundi bushya pe
Sabin reka ngushimire umusanzu utanga kugira ngo umuryango nyarwanda ubashe kuba wagira byinshi wiga, cyane cyane mubashakanye dore ko ariho hari ibibazo byinshi bitakagombye, gusa mubijyanye n'ingo ni ukwitonda cyane, ikondi ndacyagusaba abagabo babiri hano kuko nziko hari byinshi bakungura societe, Pastor Zigirinshuti Michel na Antoine Rutayisire, ikindi uzadushakire umuntu wo muri Leta , atubwire leta ifite izihe ngamba kubijyanye n'abashakanye, ubonyengo igihugu gitere imbere ariko umuryango usebyuke birababaje
Ariko ndumiwe pe!Ntihazagire uwumva ayumwe.Mama Chalilene siwe wirirwa yigisha abagore ko bagomba kwikorera imitwaro yabo harimo abagabo babo n'abana ndetse ngo bajye bazigama n'imbaraga za nijoro kugirango babone uko batanga byabintu?ko yikoreza abandi imitwaro yamunaniye?Yewe turamumenye ,ari gucuruza ubuhamya koko!!!!??? Umugabo Uzi kwihangana pe! Uriya mugore ntazongere gucuruza kariya karimi ke Kuri social media ni materialiste.Sha uri umugabo mwiza inyuma no kumatima,Imyaka 10 yose wihangaye? Imana iguhe umugisha .azaze agusabe imbabazi apfukamye ajye agukorera ibyo yirirwa yigisha abandi bagore niho tuzemera ko ubutumwa atwaye ari ubw'ukuri naho ubundi ni ikirumirahabiri.
Sha reka nange ngire icyo mvuga, umugobo umwe muri benshi utinyuka gusaba imbabazi ni ingenzi hanyuma umugore utihangana ngo ababarire hanyuma akihutira kujya gusandaza amabanga yurugo mubinyoma bivangavanze ngo abantu bamwemere ntibikwiye umubyeyi uri kurerera u Rwanda n'Imana.
Yooo uyu mugabo ndamukunze rwose! M Charlene Imana imbabarire ariko rwose na language ye nayikemanze keraaaaa! Niba uvuga Imana yivuge ukuremo ubutiku niyo abwiriza sinjya numvamo Imana ni ugushaka succes gusa kugirango rubanda bakwiteho! Urugo ruberamo byinshi cyane ariko bikemurwa no kuganira no guca bugufi. Si ukujya gusakuza kuri social media no kuvangamo ngo kubwiriza. Et encore abavuga Imana bose siko bavuga ubutumwa bwiza. Ubutumwa bwiza ni Yesu gusa. Amatiku wapi
Interview nyirangije amarira azenga mu maso. Ati urugo ni ijuru ritoya nubwo njyewe ringejeje mu itangazamakuru gutya😭😭😭Maman Charlène wigaye, icyo uyu mugabo yakoze cyose, ntiwari ukwiye kuza mu itangazamakuru ngo mwihe isi yose. Ndatekerezako urugo rwanyu rutagize ibibazo birenze iby'izindi ngo. Abandi inama nabagira , mugire kwihangana. Ikikugoye cyose mu rugo jya utekerezako hari urundi rugo rwahuye nikirenze icyo maze wihangane. Usenge cyane. Ubwire inshuti ariko ntujye mu itangazamakuru. Ndababaye ko byageze aha kuri uyu mugabo numudamu we. Abandi bitubere isomo rwose.
My Brother ihangane gusa nge icyo mbashije kumvamo ndumva hari ahantu mwasenganaga bagerageje kubasenyera gusa nuko mufitanye Abana muzicare muri babiri gusa muganire ndabizi muzahuza ark nimuzanamo aba diakoni bizazamba.ntukizere abo wita ngo abomusengana.
Muvyukuri nawe siwe yararushe Kandi urevye igihe giheze ntakwatagize.
Ntukababazwe nubusa kubera ibyinyuma yurugo utazi ibirimo imbere.
Wahuye nicyiraya cyumugore
Commentaire yawe irimo ubwenge.
Ntawukorera abandi babiri.
Yanduriye soit mu biganiro, canke harya yaraye mu masengesho Claude atazi. Canke ahandi.
Ico kintu ca "care", inzirakarengane zitabarika z' abagabo zirakizira.
Kuko iyo care bahererwa hanze, bageze mu ngo zabo, kuko bazi ko atayihari nk' iyo bahabwa mu mpisho, bigatuma na dialogue Yarihasanzwe igaca ikama Neza Neza..
N' abagabo ni uko.
Am speechless pe!!!Gusa sibyiza gusebanya kubashakanye kabone naho umwe yaba mubi ntibikwiye gusa uyu mugabo numunyabwenge kuruta umugore kuko avuze bike birimo ubwenge ikindi mwibuke ko muri kwicira CV abana banyu mwitekerezeho.Sabin wakoze kumuzana Imana iguhe umugisha mwinshi.
I would always say the same thing this man is very smart.
family issues never take position my dear
100% true
Long as i am not judging anybody.
He is just smart because he is defending himself , I also believe this man is not good only trying to defend himself trying to protect himself
Exactly! Yes he is👌
Sabin ,
T'es un bon journalist ,
Coup de chapeau👌😍
Nanga ukuntu azimuza. Urabona ko uyumugabo ashaka ibanga ry' urugo yigeze gutunga
Sinjya ntera comments kubashakanye kuko urugo ruberamo ibintu byinshi
Ubundi abenshi hano batera coment ziri negative nabana bakiringaragu ariko abantu bubatse barareba gusa kuko ukuri komungo kumenywa nabanyirako nikuta zinzu
Sanaaaaa urugo numushinga muniniiiii
Kd urugo ni ikinege ntawubaka nkundi
Byaba byiza babahuje bompi ngaha nyene tumenye ukuri kko ndumva maman Charlene yama yarondogoye kandi sibyiza kumuntu mwashyakanye
@@jartininget773 nokubahuz ntacy byatang kuk uwagorany murug ntiyabyemera rero gikuru nibave kuma social ahubw basubirane byanze bose bihorere
I by,uvuze nukuri
Mm Charlene niyo utasaba imbabazi k'umugabo wawe, uzasabe imbabazi umutima wawe! Wahemukiye umugabo ugukunda kandi ukunda umuryango! Uzatungurwa no kubona abonye umugore umurema akamwibagiza ibikomere! Abana bawe bo muzabasobanurira kandi muzababwize ukuri! Niba utamukunda singombwa kumuvuga!
Claude disi ndamuzi! Tuziranye i nyamirambo ni umuntu mwiza ukunda kuganira usetsa cyane! Yari umusirikare ! Uriya mudamu we nta muco afite niyo umugabo yaba yarakoze ibirenze mufitanye abana nkumumama wumuukristo ntiyarakwiye kuvuga asebya umugabo! Imana ubwo ifite inzira izabicishamo bakarera abana babo ....ntakundi pole saana
Mana weeeeeee iyinkuru inteye agahinda nkurikije invugo yuyu mupapa ariwe mugabo wa mama chariene ndahamyako imitima yabenshi bazunva iyinkuru izabohoka kandi bacumugani ngo ntawunva urubanza rwumwe ubunibwo ukuri kugiye ahagaragara we mupapawe Imana iguhe imigisha cyakora mama chariene we yanbaye ikirezi ntiyamenyako cyera ahubwo yibereye muribizinesi ngo arigusenga ngenda usabe umugabo wawe inbabazi waramusebeje ndore nawe yagaragaje guca bugufi kandi arumutware wawe nutabikora ntuzongere guta umwanya ngo urikuvuga ubutumwa
Ubuse wumvise ukuhe kuri nshuti ibyurugo namabanga nibo Bazi ukuri
Umugabo ugira ibanga ikinyabumfura uvuga aziga mbese namukunze cyane
Mbikugiremo mbahuze?
Muguhemo pass?
Ndikumva nacecekesha abantu mwese murigutukna abandi mugafana! Ndababwire ukuri ibanga ry'urugo rifiswe nabantu 3: Imana hamwe n'umugabo n'umugore! Nayo ku judgments zishingiye kubyo couples zivuze sibyo nagato! Ahubwo njye nabona ngo duceceke twoye kwiyanduriza ubusa. Thanks
Nange ndumva buri wese utukana cg ufana side runaka yakwicecekera, kuko rwose amabanga abera mu rugo ni menshi cyane, Kandi amenywa na ba nyir'urugo gusa n'Imana yabo
Sabin muvandimwe muri Kristu, wakozeeee cyaneeee. Ndagushimiyeeeee. uri umugabo mwizaaaaaaa. Uyu mugabo ni imfura cyaneee, aba barokore bakwiye kujya kumugaragaro. Nawawundi wasize number ye, njye naramuhamagaye, anyaka amafaranga, ngo ni mutere inkunga. Benshi nti bagenzwa na masengesho, ahubwo ni ukurya abantu peeee, ndababuriye. Niba mushaka gukorera umugisha, mufashe indushyi, zibikeneye, ariko zitari aba bitwaza ko basenga.
Yes
Baba Bari guteka umutwe nubucuruzi
Hahhh. Rose Marie..urakoze cyane
.niwowe utarubizi wenyine..bamaze abantu babacurika..hummm..igihe kirageze ngo indyarya zigaragare pe..
Hhhh yitwa nde ngo numve ko ariwe nanjye wayanyatse
@@espoirejane446 hahahahah Mutesi, erega bose nibamwe kandi babiziranyeho. Udufoto twa anniversaire bagira amayeri menshi utabara iyo wirangayeho barakumunga.
Ubundi mbere ADEPR yari idini y'umwuka ikaba iyabanyamwuka ariko noneho yarivanze, abantu baryohewe n'amafaranga bayasimbuza Imana.
ibi byose nibitunguranye nibindi biraje kandi byinshi cyane.
Nishimiye cyane uyu mugabo. Ni urugero rwiza rwo kwihangana.
Kubabarira ni indangagaciro nziza nkwigiyeho
Kumenya gusaba imbabazi nabyo ndavmbigukundiye.
Ikiruta byose ngukundiye ko utari biri hanze. Ko utemera kwandagaza amabanga y'urugo.
Ndasenga Imana yongere ibahuze. Kandi nsabe Imana kuzamfasha kwitabira ubukwe bwanyu.
Bikira Mariya umubyeyi wa Yezu n'uwacu abasabire kugira umutima utuza kandi woroshya. Ni wo muzakesha ibisubizo by'ubuzima bwanyu. Mukarera abana banyu hamwe mwishimye
Wa mugabo we reka kuvunika mama charlene afite abagabo b,ibanga utazi batuma yanga ko musubirana,kdi n,ingare cyane yamaze kuba icyigenge ntiwamushobora.
Cyakora umunwa urawushoboye wamugore we.
Ari@@kigalirwanda7429ariko avuzukuri ntayindi mpamvu yatuma atemera gusubirana numugabo, byanze bikunze harundi mugabo ubyihishe inyuma,
@@kigalirwanda7429ibyo avuga ni ukuri
Imyaka 10, ni myinshi. Senga, Imana iguhe umufasha. Uve kuri bwenge bw,isi. Umureke akomeze iyo nzira yo gukunda iby ' la.Ntiyahaye urukundo agaciro, arashaka ubutunzi. Isi irashirana no kwifuza kwayo kabisa.
Niyo MPAMVU ntakunze uyumugore rwose ntashaka kubana nawe ashaka kwereka isi ko yarushye kugirango aboneko ukomeza asabiriza ntambuto zakagiza zimugaragaraho kuko ukuntu avugira hejuru rwose imbuto ntazo
Voilà un homme fort...j suis ému par le charisme de cet homme..
.My God. Ndababaye ndumiwe. Ariko shimye Imana. Ukuri ntiguhishwa. Ntacagizwe ibanga kizobura kuja ahabona
Gsa uyu mugabo ni umuhanga cyane kd afite kwihangana kwinshi, God bless him! Naho iby'ingo byo biba bikaze
Uwo muntu niba akorera Imana kuki ataguha imbabazi ko Imana arinyambabazi?
Umugore wamenye imana ntasenya Niko bibiriya ivuga ibibintu byambayeho papa namama barabarokore bacyize baza gucyena batandukana nkaba jyewe nabandi bana tuvukana umukuru yarafite inyaka umunani twavukanaga turi bane papa atwara babiri namama atwara babiri jyewe natwawe namama ariko abagore barabeshya cyane nakuze bwirwako papa yanyanze kuva cyivuka kubera navunse pfite umusansi wirende akavuga ntaruwe bwirwako papa arijyisambo arwa icyiro cyubugari mbese ibintu byinci cyane bisebanya kuburyo najyeze ahomubona nkiruka ariko aho nakuriye jyira inyaka 20 naje kumenya ukuri ndumirwa abagore nibabi cyane uyumugabo ararengana cyane uzakomeze usenge cyane gusa ntuzashake undi mugore uzatejyereze niyibukako nawe yajyiriwe imbabazi nawe azakugarucyira
Imana izabagirira neza ubuzima buragaruka nukwihangana
Imana ishimwe ubwo wihanganye none dore nawe wateye intambwe yokwihanganisha abandi
Imana ige irengera abantu bayo,umuntu aba mugari.
Yoo, témoignage yawe irambabaje cyane komera nanjye ndi umugore ariko nzi abagore nanjye bazengereje abagabo ariko babeshya kubi KO bashatse nabi kenshi Abo bagore usanga barazengereje n'imiryango bashatsemo komera mama
Sabin icyo navuga njye buriya sinemeranije na maman Charlene kko nimba yaragiranye n'umugabo ikibazo, ntiyari kubishyira kuri social media! Njye nanyuze muri biriya bibazo ndagenda ndituriza sinigeze mvuga nabi uwo twatandukanye, naragiye nisengera Imana, kdi nawe sinigeze numva yansebeje, yatangiye ubwe buzima nanjye ntangira ubwanjye😷
yego rata mukaba imfura
Ubwo nibwo bupfura ndetse nokwihesha agaciro nshuti yanjye
namwe nimusubirane mwubake rero! wenda igihe mumaze mutabana buri wese yagize igihe cyo kwitekerezaho!
Ahubwo uyumugore ninjajwa
@@urugendo2 Erega nubwo umwe muri babiri yasebya mugenziwe undi akamwihorera buriya ibihe bigeraho bikivugira. Maman Charlene kuvatangiye kuvuga nanubu agikomeza biteyisoni.
Thank you for bringing papa Charlènne. Ndakunze ukuntu y encourager abandi kwubaka nubwo we bitamugendeye neza. Gusa Imana ibahe guhuza tuzobabone bahoberana barasubiranye nimba ar ubugombe bw Imana. Nahubundi uyo mu papa aricisha bugufi yabigaragaje mu gusaba imbabazi.
Hanyuma muzomutibarize ukuntu yari yara traumatije ngo yaramukubita caaane hose Charlènne selon uko maman wiwe yabitubwiye.
Mwakoze ikintu gikomeye cane kuvugisha uyo mu papa.
Tubasabe
1.kuzoja kubaza abayobozi b'amatorero ico bafatiraho mukwemerera urya mudamu gukoresha za arutari yigisha.?
2. Ibinyamakuru biha mama Charlene urubuga bifatiye kuki?
Muzabitubarize navyo.
Umugabo nyamugabo pe, kandi w'ubwenge👍🏼🙏🏽👍🏽 Ndagushimiye cyane.
Ni wowe wahuye na Yezu kabisa!
@Sabin, iki kiganiro ugiranye n'umugabo wa Charlene akaba na Se w'abana babo, ni cyo mbonye cya mbere gifite inyigisho zisumba izindi zose mu biganiro wakoze nabashije kumva.
Bravo Claude👏🏼🙏🏽👏🏼Hahirwa abihanganye ! Komeza urwane intambara, nayo igize ubuzima tubamo hano ku isi, gusa wifitemo imbaraga zo kuyitsinda kuko ufite ubushake kandi Imana murikumwe, igufitiye n'umugambi mwiza.
Ngushimye n'ukuntu washoje ugira inama abifuza gushinga urugo.
Urakomeze kuba mu RUKUNDO no mu MBABAZI aho ugenda hose. Uri urugero rwiza.
👏🏼👏🏼👏🏼🙏🏽👏🏼👏🏼👏🏼
"VIVE LE PARDON" nk'uko notre Cher KIZITO MIHIGO yabiririmbye.
Nciye ntahura impamvu uriya mugore ngo ni Mama charlene ntigeze ndamwiyumvamwo umutima wanje ntiwigeze umwugurukira.🤔🤔🤔
Sha nanje kabisa
Nanjye pe
Nukuri erega ntamyitwarire myiza nigeze mubonaho rwose
Comment ziratwenz
@@awezayesu1779 ibitutse bye muri cmnt! C komutabivuga
Mwiriwe, maze kumva ubuhamya bwa Maman Charlene n'umugabowe. Ndumva ibyo umugabo avuga ari ukuri, kuko arabiviga akanatanga ibihamya.
None ko muri Adepr bajya bahagarika abantu kubera ubuhamya cg ubuhanuzi baba bavugako atari ukuri( Pastor ZIGIRINSHUTI). Kuki uyu mudamu we batamuhagarika bategereje iki koko
Uzi ubwenge
Aba bantu mubareke urukundo rwarashize,abantu nibabishyiramo uruhare kubwisoni bagasubirana bizarangira bicanye,mubareke umugabo ashake undi numugore nawe ashake undi hanyuma bombi baceceke bere gukomeza kwiga rubanda ntacyo byabamarira kwitamaza.
Imana irakiranuka, kandi ica imanza zitabera. Jyewe ndihanganisha uyu mugabo, kandi musaba gushaka Imana bundi bushya. Niyo yonyine ifite igisubizo cy, ikibazo cyabo, kuko niyo izi ukuli. Gusa mama charlene, nareke gusabisha ikinyoma, yigisha abana kubeshyera papa wabo.Bazakura bamenye ikuli, bimugaruke. Niyisubireho.
Birashoboka Ko umugore atikinwiyumvamo, iyo umugore agukunda ahubwo yakugwa inyuma. Ariko iyo atakikwemera ntacyo wakora ngo umushimishe, nkeretse wamugore utinya cg uha umuco agciro bigatuma yanga gusenya urugo,ariko iyo rwamukamutsemo , biragora ko yanagufungurira amaguru ye. Muri experience yanjye nasanze icyitwa care abagore bayiha agaciro kubera egoism ( selfishness)bamwe bagira. Muburyo kubera Care bakemera abana bakabura se pourvu que we abona satisfaction ahandi. Ikindi rero umugore iyaramutse avugira hejuru ntibimubera kandi abagabo bazira umugore witwara kigabo, utanavugirwamo. Ngibyo ibyamaze ingo
Uyu mugabo yaramukubitaga gukubitwa birazinura rwose pe
Munguweeeee maman Charlène tanga imbabazi nukuri musubire hamwe murere abana hamwe munasabane imbabazi nukuri bizashyimishya nimwasubirana nukuri
Nange nuko
Iyo utewe na satani ujyana amabanga yurugo hanze gusamwacanye umuriro
Uyu ntambabazi arigusaba,arikwiregura kungingo yize numunyabwenjye,ntamugabo wakubise umugore nagende kandi yarabyiyemereye
Uyu mugabo Nshimye ko atavuze amatiku, I don’t like umuntu uvuga nabi undi, niba bibaye at least vuga bike muri byiza akora. Uyu mugabo ashaka umugore, nubwo utamenya ikibiri inyuma. Very hard to judge kbs.
Imana ishimwe pe!, najyaga nifuza kumv uyu muPapa. Iki nicyo kiganiro kivuga ngiye kumva nkakirangiza kuko uvuga aravuga atuje kdi Avuga nk umugabo
Iby ‘ ingo birancanga ikirimo ni kimwe bose si shyashya , Gusa Umugabo arashaka Kubaka . Mureke ababishaka tuzabashyigikire tuzabutahe. Mama Charlene ahawe umukoro wo kugandukira Umugabo kuko Umugabo arashaka kubaka. Sinkunda gukora comments Ariko tuzishima mubanye. Mama Charlene wakemeye ukubaka koko ko Claude niba yarakubabaje yemera ko mwabana. Iyi film irababaje . Mumbabarire Kuyita film. Gusa nzishima mubanye. Be blessed mama Charlene na Claude
yewe nange Maman charlene mbona ameze nk'umugore wimbambare pe!ntiyakubaka ,kubaka bisaba guca bugufi ,avuga amagambo menshi .
Mbona aniyemera
Niba yivugira ko hari ibyo batumvikanyeho ntabwo bizakemurwa n'itangazamakuru.
Harageze ngo bombi ubwabo bifatire icyemezo nk'abantu bakuru kandi bazi Imana bareke kwiteza itangazamakuru!
Ni ubwa1 ntanze comment ku isimbi tv,Sabin burya mu muntu ni kure byaba byiza ugiye ubazana bombi(couples)
E.g:uyu mugabo n'umudamu we(M Charlene
Igihozo n'umugabo we
Kuko impamvu mbigusabye,biragora kubeshyera umuntu murikumwe but iyo hari umwe biroroshye ngo amakosa nyegeke kuwundi.
Kuko gushaka nikimwe no kubaka nikindi
Murakoze.
Byaba byiza ariko icyo cyifuzo cyawe cyagorana uti kuki baba nkaho bafite imbere yumuntu uri kubunga kd ntibavuga nkuko arikunga bakwifata cyagwa bagatukana bikaba bibi jye niko byumva
Oya byahinduka urubanza.gusa ajye ashaka abagabo babariya bagore .
Ihangane wamfurawe nagahinda
Byaba bihindutse murukiko. Ubwo yatumiza numushinjacyaha n'abavoka🤣
@@bellab1924 rwose pe
Imana niyo nkuru, Imana niyo nkuru, Imana niyo nkuru, Mana koko utubikiye amabanga menshi warakoze,gusa harigihe kigera bikaba ngombwa ko amwe ajya hanze kugirango udukure murujijo cg se igihirahiro. Nukuri njye nakwishima kurushaho ibibazo byanyu birangiye burundu mugafatanya kurera abana banyu mwembi,Imana ibashoboze Amiin👏
Mungu akubari baba ikintu umukristo asabwa nukwihana Mm Charlene atihanye ahantuhose yaciye atezurubwa umugabowiwe nawe ntazababarigwa kuko tuziko utababariye uwundi nawe ntazababarigwa ijuru siryase nirya NDiHO watanze umwanawe wikinege kugirango ntituzaferubi ahubwo tuzaronkubugingo budashira Imana iguhumugisha Claude kumutima wimbabazi ufite
Uyu mu Papa rwose, Uwiteka azamuruhure umutima, umugore yaramukomerekeje bya hatari. Birababaje cyane.
Maman Charlene ivuga butumwa rye n’ubundi Ntabwo narishyiraga amakenga. Afite akabazo mu mutwe.
Ntakibazo afite mumutwe ahubwo ningare ninshinzi no kwiyemera.
Kbsa
yooooi amarira y'umugabo atemba ajya munda koko!!
Sh ayuyu we yaruzuye nukuri 😥😥
reka nirinde gu commenting gusa icyo nabwira aba babyeyi nibave kuri za social media ubundi barere abana
Oya reka umugabo avuge ukuri
God blss u
Uvuze ukuri mba nkuguriye fanta iyo umba hafi
Nange nkorera Imana ark umugore utangiye kurara mubuvumo munsengero burimunsi no kumisozi.urugo ruba rwamunaniye.baca umugani ngo inkoko yaraye mukigunda ihinduka inkware.
Uvuze ukuri rata biteye isoni kubona abantu bashakanye birirwa basebanya gutya ubuse babona Abana babo hari urugero babaha?
Umva mubyeyi maman Charlene jye ndumvaibintu byose yagiye avuga yarakwiriye kuza akagusaba imbabazi ukuntu yavuzengwarashimira abantu bambitse abana kandi ari wowe waziguze ndumiwe
Sabin, ndatunguwe cyane no kubona umu Papa ari smart nka Papa Charlene. Abo bahanuzi bari single mothers tugiye kuza twigengesera cyane mu kwemera ivyo bavuga! Dushakire n'umugabo wa MUTESI nawe twemve side ye. Merçi Sabin!
Aaah yayaya, Ngewe nubundi uyu Mudamu rwose sinjya mwumva andya mumatwi 🤷♀️🤷♀️🤷♀️🤷♀️Arasakuza akanabesyha bigaragara
Sha nange simwemera ninshakurambi🤔
Hhhhhh
Maman Charlene, subirana numutware wawe, wirinde abavugishwa bibinyoma. Imbuto twama zigaragarira muvyo dukora. Please, abo bana barakunda se, ntabwo uzotsinda urubanza imbere y'Imana, uduharira. Ca bugufi, ureke kuba attention seeker. Ureke gukurikira abavugishwa bibinyoma. Umugabo wawe iyoba ari mubi, ntabwo yarikuguma murusengero imyaka 10 akurindiriye ngo umubabarire. Bibiliya ivuga iti duharire kugeza kuri 7×70 kumusi. Icibahiro waruvuze kigiye kuzakuvako kandi bizakugirira ingaruka mbi. We love maman Charlene, ariko ja muri conseling outside the church guko biraboneka ko abapasiteri bananiwe
Mureke guca imanza ibyo mungo bimennywa naba nyirabyo
@@laetitialaetitia4793 Iyo bimenwa nabanyinavyo gusa ntituba turi ngaha muri comments. Nibo bariko babitwibwirira kandi nkashima ko Sabin yarondeye uwo mugabo kugira nawe avuge ivyiwe.
Mu ndebere comment 🙆🏾♂️ zose ziri kunenga mama charlene buriya abantu benshi iyo banenga ikintu haba harimo akantu niyikosore uri mudamu pe
Aba bantu baranyigishije cyane buriya bibaye byiza ntihakagire umuntu wumva uruhande rumwe nibikunda uzabahuze Sabin ndagushimiye cyane uri umuhamnga cyane Imana ikomeze ikwagure.
Nk' abachristo ijambo ry' Imana riduhugurira kwihangana ariko ninaryo riduhanura ko utababarira atazaragwa ubwami bw' Imana. Buriya rero utabaye maso umuntu ashobora kukubabaza ugakomereka cyane by' igihe kirekire kugeza umutima ubuze ubushobozi bwo kumubabarira burundu nyamara wakagombye kuba warafatiranye (umaze kubona ko ntacyo utakoze ngo urebe ko mwabana neza) ugatandukana nawe bitaragera kuri urwo rwego kuko buriya hari abantu bataremewe kubana nk' umugabo ni umugore bitewe ni imiterere ya bombi. Nka njye aah (mvuze njye) uyu mugabo w' indyarya wishushanya nk' umuntu mwiza hanze y' urugo rwe utarakoze amakosa (asa nk' aho ari ntayo!)! ariko usaba imbabazi akaba yarazimwe imyaka igera ku icumi yose ni umugore utarazimwimye ngo bigaragare ko wenda yashukagwa ni abandi bagabo sinasubirana nawe.uru rucabana ndaruciye maze abazi kwigira beza bashobora kubana ni abantu bose( doreko utazi kuba indyarya aba adashobotse mumuco w' abanyarwanda) muvuge ayo mushaka.
Muraho,Sabin n'ukuli uri Intwali pe!!kumva Umuntu Umwe ibyo avuga hari igihe tudasobanukirwa gusa kuba uzanye uno Mugabo Nawe reka tumwumve.Urakoze pe kandi Nawe yakoze kwitaba.
Ntabwo nabyemera ukurikije ubuhamya bwa Mama Charlene ukuntu y'akubiswe akuwe murusengero mubyukuri ntabwo byaba aribyo ikindi nukuntu yaba yararajwe hanze kenshi ariko akihangana nukuvuga ngo yarihanganye cyane birenze nkumubyeyi rwose rero Mama Charlene yarihanganye cyane rwose iyo byanze biba byanze
Congratulations kuba utuboneye uyumu papa rwose... ariko abantu birwa baharabika abandi bakabasebya rwose ... uyumugabo yarahuritse rwose
Bamwita gafaranga
Kwihangana n'imwe mu mbuto za Roho.Kubabarira niko kwerekana ko wakwiriye Jésus by'ukuri.Uyu mugabo Claude,Imana imuhe icyo umutima we wifuza. Nsobanukiwe n'ijambo kwihangana,guca bugufi n'urukundo nyarwo rutirarira....Sabin uri umunyamakuru mwiza, komereza aho.
Ur'Intwari ,Ubutwari bwawe ahobuhagaze,nukwatahowigez'ucokora umugore Wawe,Ibibazo vyoose ivyishurany'ubwenge🇧🇮🇧🇮👍
Uyu mugabo akunda umugore we ❤️❤️💕 bless them. Ark na none uriya mu mama tumwumve wasanga atamukunda so niba atamukunda tumwumve urukundo sirukinishwa ubwo niba atamukunda Ahubwo bose nibeza nibashake abandi bahuje.💕💕
Atamukunda c yari kumubyaraho abana bane bose? Wenda ibyo yagiye akora n'ibyo yavuze bimutera ipfunwe ryo gusubirana n'umugabo
Uyu mugabo yiyemereyeko yamukubitaga,umugabo ugukubita ugeraho ukamuzinukwa
Ariko Mukeshimana Emeritha s’umugore wa Claude kuko imfura yabo Charlene yamubyaye kuwundi mugabo, Ubwo rero uyumugabo arabohotse yashaka n’umugabo uyumugore s’uwe
Mama Charlene, Nakwitegereje nkikubona, Nkabona Udasanzwe. BIZAGUHIRE PEEE 😥😭
Ihangane Mugabo, Warakubititse. God is in control.
M.charlene azagusabe imbabazi mubane
Nkuko nawe wamuciriye
Bugufi.
Imana izabibafashemo.
Abana bakurire mubayeyi bose.pole.
Muzongere mudushakire Maman Charlene nyuma yubu buhamya bwa Claude yihane kuko yaharabitse umutwate we n'Itorero ry'Imana.Claude rwose ni umugenzi ujya mu ijuru.
Kuva iki kiganiro gitangiye kugeza kirangiye amarira yambungaga mu maso ariko birangiye yanze gutemba ajya munda! Uyu mugabo afite agahinda kenshi ndetse cyane. Niba hari n'amakosa yakoreye umugore we ariko azi guca bugufi no gusaba imbabazi kandi nicyo cyakabaye gifasha abantu kubaka urugo kuko ntawe udakosa! Icyo nzicyo abagabo bameze nk'uyu si benshi! Sinibaza rero igituma umugore we amaze iyi myaka 10 yaranze ku mubabarira! Sindi guca urubanza ariko biragaragara ko ikibazo gikomeye gifitwe n'umugore we Kandi biragaragara ko hari abantu bamushutse cyane kandi kenshi aho kumugira inama bigahurirana no kuba ashobora kuba yifitemo akantu ko kutaganduka. Ikindi kigaragara ni uko uyu mugabo yakundaga umugore we Kandi aracyamukunda utari kubibona ni uko adashaka kubibona! Nyagasani amurebane impuhwe we ureba mu mutima we agirire urukundo agifitiye umugore we maze bazasubirane Kandi babane mu munezero. Nyagasani natabare ingo yirengagize amakosa y'abashakanye maze abahe kwiyunga no kugira umunezero urambye!
Ukuri nimwe babiri mukuzi, mwiyunge hma murere abana banyu neza. Nivyo ndabifurije.
I can't judge any one only God knows about the hidden secret.
U're right
Yeah sure!
The hidden secrets is not supposed to destroy a partner's image on social media cos it's not a solution. In addition of that, true Christians take all their burdens to God cos He is the only one who got solutions for everything.
@@JackSon-sl3ct I can't judge please.
@@JackSon-sl3ct but she is disturbing him to much can u imagine the person who talks about you 10 years we are human not God
Ariko nubwo mwagiranye ibibazo "ITORERO" ryanyu naryo rifite ikosa kuki rimuha icyemezo cy'ivugabutumwa.
Ntago itorero rijya rimuha icyemezo kuko ntago yemerewe kwigisha muri ADEPR
ntibyari bikwiye pe
Exact none ngo ntinahawe umugisha mu itorero
Abavuga bitumwa namwe nabamwe bacingero my Friend.
Winsetsa
Maman charlene Imana asenga si umuntu disi we.
Gucishwa bugufi n Imana muraje mubibone Imana y abarokore. Byatangiye azatura birenze ibi.
bitubwire neza?
Umungore shitani yamuneye umutwe no umutima Mm sharirene ibyo yavuze kumungabo wiwe biteye isoni Kandi mubinyoma rero abura aho azahera babana akumva biteye isoni cg bamuseka kubera umango meshi umungore ajyira koko aravunga cyane
Those who are judging maman Charlene....I would say, ntimurabona manipulative people, women and men. They are like snakes....very calm, show the best side but really are dangerous. I would say this guy or maman Charlene....maybe none of them is telling the truth . This guy is very smart and manipulative....He plays mind game whereas maman Charlene akina "mudomo", and talking game. With that said, anybody would easily blame maman Charlene because she said more and in anger than the ex who had a good time to think the way to come back to show that he is very nice and gentle...to shame the wife. He is very smart and knows how to play the game. Which is why I would be very careful before I totally condemn maman Charlene although I also believe that she might have exaggerated the situation but I don't think she is lying nor is this guy "innocent" or humble as he sounds.
I also believe so because normally narcissistic people know exactly what to say imbere yabandi. I know a woman who used to be mistreated at home by the husband, but when they reached outside the husband used to act like the nicest person afasha abantu hirya no hino arihira impfumbyi ariko umugore we yaramwicishije inzara n' ibitutsi. Ntiwamenya icyatumye mama Charlene avuga ibyo yavuze kuko agahinda ke niwe ukazi. Abantu nabaye mistreated bankunda kuvuga menshi because they think no one will believe them, kandi koko look at these comments.
@@daschalydiasahabo2857 uriya mugore niwe ufite comportement "narcissism" iri hejuru kubera yashoboye kuba ya manipula abantu benshi peee nabo ntibashoboye kubimeya ariko abazi kumva inbintu barabyumvaga ko bitari kuzarangira gutyo bitagize ingaruka wabonye ukuntu ashira abana be kuri social media abasabira ubufasha indirect kunyungu ze yifashishije abana mugusebya papa wabo biriya ni bibi cyaneee warizo ko nubwo papa wawe yakora ikibi agafungwa burundu muri prison abana bemerewe kumusura bashobora kwifashisha abarinzi ba prison iyo umubyeyi ari verry dangerouis ariko biremewe kubera ngo lien parentale iba hagati y'umwana numubyeyi bivuga ko umwana akenera kumenya ses origines na ses repère mu gukura kwe no muri personalité ye a developa iyo ari gukura none urambwira ko uriya mugore ushira abana ku karubanda kugeza abantu bose / benshi bari bazi ko papa wabo atakiriho ari iyihe repère abaha warizi ko amasengesho adahagije kugira ngo umuntu / umwana abone repère na refence mugukura kwe dore ko niyo yabaye mukuru asigarana des sequelles zibyo bibazo niyo mpamvu benshi bagiye mu byo gusenga bashaka aba pasteur bakababera ba dady na mamy murusengero kubera izo ngaruka. Ni mureke tujye dukosora amakosa maze twige ibyiza tunabikurikize twemera na za feedback. Ntimufatinye kuvuga ukuri ahubwo tukuvuge tunakosora ibintu nabandi babone isomo. Murakoze
@@JojoJojo-sn3uv ariko nawe ibyo uvuze byerekanye utigeze uba muri situation nkiyi....manipulators and abusers nuku bameze bagira beza namwe mukemera kuko abenshi muba mushaka gushyira amakosa yose kuwundi cyane cyane iyo ari umugore. Noneho kuba uriya mu mama yaremeye akarera abana be wenyine nuko yarafite icyo ahunga ahubwo kuri njye she is a hero iyaba abandi bagore bameze nkawe ntibabaho babaye
Uri umuhanga
@@cindyrutagengwa07 burya muri situation nkiyo ujye ukora analys utabogamye kuko ubu ndumva wabaye umu feministe peee kuko abagore iyo bagize ikibazo bumva ko abantu bose babashigikira nubwo baba bari mu makosa kandi bidakwiye urebye nuko agenda avuga uriya mugore urumva neza ko afite esprit ya seduction kuko yivuga ko ari mwizaaa ko yagombye kuba ata merita ibyo yahuye nabyo akongeraho akagira na manupulation yerekana ko yagowe umugabo yamutaye ...... akibagirwa ko abamwumva atari injiji nubwo aba yateye imbabazi ubundi iyo utanga message uhora urira muri public imyaka irenga 10 ntabwo ari normal biriya ni manupulation total nabahanga bavuga ko iyo uhuye nikibazo habaho igihe cyo kubabara ukanarira peee hakabaho no kwiyagira ugatambuka crise kurira bihavaho ariko amarira ye ayakoresha nka "arme de guerre"( nk'intwaro yo kurwanisha ) kugira ngo majorité bamwumve neza kandi atere n'imbabazi akongera agakoresha iyo " arme de guerre" ashira abana n'abana be kuei social media ngo akunde abone ubufasha ntiwabonye ko na za telefone z'abana azitanga. Ukongera akumva ko ari victime w'umugabo ..... kandi mwibuke ko yajyaga avuga ko atagira nababyeyi nta na famille agira naratangaye numvise ko afite ababyeyi nabavandimwe. Ngaho nawe ngo ntabwo nigeze mba muri situation nkiriya!!!! Erega numugabo we n'umuntu agira amarangamutima ababara kandi akishima ntimukumve abagore gusa ngo mube ba feministe mujye mwumva impanze zombi maze mukore analyse mutabogamye cyane ko numugabo yasambye imbabazi ntazimuhe bitavuze ko bagomba kongera kubana ariko amushire hasi areke kumusebya byonyine birahagize cyane ko harimo nibinyoma mubyo amusebya. Ahubwo uriya mugabo iyo atanga ikirego cyuko yashize abana kuri social media waruzi ko bamuhana kuko nawe abana bamwanditseho ubundi ibindi bihugu bifite amategeko akaze kubijyanye nabana baguhana neza ukishyura n'imperekeza ureke uriya mugore yifatiye abantu kugeza ahp bagira ngo abana ntibagira papa wabo, ahubwo na ministere y'umuryango/ ubuyobozi bw'umuryango bwagombye kumwiyama. Si uwambere ureze abana wenyine si nawe wanyuma hari nabaciye ibirenze ibye kure ariko batuje uzi abagore bahohorewe muri genocide bakabura abana nabagabo ariko uyu munsi baturanye nababiciye kandi batanze n'imbabazi kuri bo ndetse batagira numwana basigaranye batagira numuryango numwe namwe mugashigikira ibyo akomeje gukora nibyo yakoze reka reka ntabwo aribyo.
Maman Charlene ndamwiyiziyi neza
Turaturanye ariko ntakijijwe.muhere kuri biriya bifilm basigaye bakina Ku iyobokamana TV.biriya ntaho wabisanga muri Bible; nibyo bihangiye byo guca amaco yinda bitwaje ijambo ry'Imana.
Gusa njyewe namugaye kujya mumwuka akavuga mundimi zImana kandi ari gukina film.yavuze Imana itavuze rwose yishe ivugabutumwa Rye kubera iriya film yakinnye noneho numutware we rero ashyize ukuri ahagaragara .niyisubireho
Film zimusohoreyeho haaaa
Yarikinaga 😁😁😁
Abagore benshi birirwa basakuza Kuri social media bavugako abagabo babishe urwagashinyaguro ,n' abana barezwe n'ababyeyi batababyaye bavugako NGO babagiriye nibi ,bajye babaha adress yabo basebya nabo mubashake the kumva iryomwe kuko abenshi basigaye bacuruza ubuhamya kugira ngo babone imfashanyo .Nibareke ubutekamutwe.Uhugabo usaba imbabazi ni imfura pe!
Oya gukizwa kwokwo ntakijijwe namba uriya mugore; uyu mu Papa arabonekako atakabi kiwe naho ivyo mu ngo bigoye.
Manawe uno mugabo He’s very humble and kind mama Charlene they should stop her 😔
Sha nanjye Abantu ni beza bazasubirane!!!Abantu barakosa ariko no kubakarira nibyiza cyanee cyanee Aba Kristo!!!Mwiyunge musubirane peee
Maman Charlene, yihangane ace bugufi kuko ibyo avuga bitandukanye n'ibyo akora,nasenge ahishurirwe ibitero satani yabagabyeho.kuko ubutwari si ugusebya abandi,niyigire Kuri Esther n'abandi bahamagariwe gukora umurimo w'Imana.
This man looks serious and truthful
Nzaba Mbarirwa uby'aba bagore babonye uruvugiro kuri Social media, ibi bisa ngo kwambika ubusa uwo mwashakanye ukamushyira mu isoko. Niba urugo rukunaniye ujye uceceka uhe Amahoro uwo mwashakanye kuko kumwanika ntanyungu uretse guseba gusa. Inama natanga Ma Cherlene na Pa Charlene mugende muganire, ibiganiro nibyanga muceceke muve mu itangazamakuru.
Uvuze ukuri!
Mana yanje harivyotubona nukuri ariko ivyogusubira mubuzima mwabanye pe
Isi ya social media erega ntiyoroshye muvandi.
Na we urabibona ko youtube channels zagwiriye.
This gentleman seems to have gone through a lot on his side. Since he doesn't talk as much as his wife, his answers to Sabin's questions are not straightforward. I think he has some feelings that he doesn't want to expose. My fear is that 10 years of separation is lot to reunite although it's possible.
Ivyiza MU BUBAKANYE NI GUSUBIRA MU NTANGO Y,URUKUNDO RWANYU HAMA MWUBAKANE IVYABAYE NTIVYOBUZA UKUBANA NEZA KWA NYU MU NYUMA MWOKORERA IMANA BIKAGARAGARA IKABAHA UMUGISHA KUKO URUKUNDO RUFUKA IVYAHA VYINSHI CAAANE.
Uyumugabo arababaje mbega mama chaliline wee😏🙁
Reba umuntu yatangiye kwigisha charirene kuyja kwitangazamakuru ubwose numuco nasubize abana mumuryango barerwa na papa namama areke ubushinzipe turamuzi cyane
Sabin aho niho ifundo riri ubuhanuzi bupfuye umuntu akifata ngo Imana iravuga ngo umugabo suwawe mu maranye imyaka ni myaka
Ibaze 🤔
Nabo babatumira go barahanurira abantu bajye bihanurira nyuma bazatekereza abandi nyuma
@@fortunecadette8919 ibazeko aribyo akina muri film🤔
Sabin nka investigator nta mpamvu yo kumva Mma Charlene ibye twarabyumvise, none fatiraho uzatunge camera ababyeyi ba Mma Charlene tubumve, ukurikizeho abaturanye nabo, ubuyobozi bw'itorero ryabunze buheruke tubumve nyuma conclusion viewers tuzayibabwire kuko twe nta corruption twahura nazo ngo tubogamire kuri umwe.
Umugabo asabaimbabazi nintwarinukuri
Ingo zibamo byinshi kwirirwa mubwira ibyanyu abantu sibo babubakira musenge Imana cyane kuko satani yahagurukiye ingo buriwese avuga ibye ntawamenya ukuri
Umugabo agomba kugaragara mwitangazamakuru kugirango nawe avuge ukuri kwe kuko umugore yari yaramwambitse icyasha
Uriya mugore ngo ninmaman Charlene ntamwuka w'Imana agira habe na muke ni Satani umukoreramo yaramusajije amutera ubwibone no kwishyira hejuru.
ntamudamu uzi Imana witwara kuriya ngo yambike ubusa umutware we.
njye sinigeze mwiyumvamo nkimubona kuko mubyo avuga ubwona huzuyemo ibinyoma no kwishyira hejuru n'ishyali.
alogance yamubanye icyorezo kd ni umu narsiste
Bien dit najye narabibonye
Ntabwo arivyiza guca imanza kimwe ukuri kuri hagati yabo n,Imana isura imitima ,buretse Yesu azabahuza
Kbsa nanjye niko mubona!
Uko ni ukuri
Njye nagira ngo numwuka wu gupinga undimo untera kutamukurikira naho ubundi afite akarimi gatyaye katabereye umukozi w'Imana
Umva rero mama Charlène wabuze umuntu ukugira inama ibyo mwapfuye jye sinkeneye kubimenya ndagirango nkubaze ikibazo kimwe ukunda abana bawe? Ukunda ababyeyi bawe ?ushima Imana yaguhaye umugabo nkuyu utabaho ?baca umugani ngo ufite ikirezi nta menya ko kera uno mugabo yuzuye urukundo yuzuye igikundiro (Icyo bita Charmes)ntugirengo haricyo mushakaho ndi mukecuru mfite umugabo jye simpanuye ariko n’udasaba uyu mugabo ugusaba imbabazi ukazimwima uzabyicuza senga ubaze Imana Igusobanurire
Papa et Maman Charlène ndabahereje Imana Mushoboravyose ibahuze. Ariko bazobane babanje gusezerana imbere y'Imana n'amategeko
Ndumiwe gusa . Nkurikije ijambo mama Charlene yigeze kuvuga ngo umugabo udatanga care ntagire n'amafaranga . Nkahita mbihuza nibyo uyu mugabo avuze nsanze mama Charlene harabayeho kutanyurwa hakiyongeraho nubuhanuzi buvangiye
Nanjye ndabona arumugore utarihanganiye ibibazo
Innocent Murenzi jye namufata nkuwaba anigurisha muba paster nkuko sbivuga ngo hari indaya zomunsengero
Yabuze kwihanganira ubukene banyuzemo, " ngo umugabo utagira care ntagire amafaranga ngo urwo rugo ni gehenomu"
Exactly
Birashoboka
Yewe papa we ihangane ntabugome ufite disi biragaragara
Elie mu nda ni kure nshuti. Abantu bigaragaza neza mu bantu iyo inzugi zifunze baba abandi!!
@@jeannedignite5425 burya umuntu avuga ukuri araboneka
Dignite tunjye tuvugisha ukuri
Uyimugabl ni honest rwose ,niba uriya mugore arumu kristu yakagobyr kumubabarira urumva .
Buriya se nibu christ nyabaki koko
@@jeannedignite5425 uvuze ukuri uyu mugabo afite ibyahishe byinshi
yewe cyakora ndumiwe! hari abantu bazi kwishakira indamu batera imbabazi, bagaharabika abandi! uyu mugabo ni umwere ahubwo uriya mugore afite amagambo y'amakabyankuru agamije kwishakira indamu,akabeshyera umugabo kandi ndabona uyu mugabo ntacyo namushinja.
Uyumugore ntazongere kujya imbere yabantu avuga ubusa, Ubuse yakwigisha gutanga imbabazi koko nawe atazitanga
Ndabona bikomeye ntarugo narumiwe rutagira ibibazo ikihari numusubire munge ubumwe murere barya bana.
Wamugorewe hinduka nibwo uzabona Imana
Ndishimye ukuri kujya hanze!
Yebabaweee wamugabowe uzajya mwijuru pee!! Ufite impano nziza yokwihangana nogutuza gusanyine utubabarire twagufashe uko utari
Claude Imana iguhezagire caane. Ufise umutima w urukundo... Maman charlene niyihane... Atahure Ubuntu bw Imana... Agaruke mwubake.. Murere abana.. Imana izobakoresha ibikomeye.. Muri couple.
Nubundi hagiyemo agatotsi, nibarekurane burundu, sha iyo umugore yakwanze biba byarangiye ,uracyari umugabo ukomeye mwihorere nawe ufate undi murongo
Impande zose mubyukuri ntawuzi uvuga ukuri kuko umutima niwo uzi ukuri .gusa icyo navuga nuko abantu twitaye cyane kumpano z'umwuka kurusha imbuto ( abigisha bose bafite impano ariko nta mbuto z'umwuka bamwe bagira.zimwe my mbuto harimo 1.urukundo
2.ibyishimo na mahoro
3.kwihangana no kugira neza
4.ingeso nziza no gukiranuka
Ibi rero iyo byabuze naho wakwigisha gute abantu bazafashwa ariko wowe ugume uko.birakwiye ko abo twita spiritual father na momy tutabarebera mu mpano bafite ahubwo tubarebera mu mbuto zabo. ( NB:twigishaga mwizana ryawe.........azabasubiza ngo si nigeze mbamenya Imana ireba imbuto zacu ntireba impano zacu
Pole sana Claude !! Uri umugabo afise ukwihangana kurenze
Ukuntu mwari couple nziza👏👍Imana rwose igusubize urugo rwawe!
Igo disi bari baberanye
He is real and gentle two wrongs can't make a right. Nobody is perfect
Umugore amaze kurengwa cyane ntiyakwemera isi yaramuryohanye
Mukuri uriya Mumama njya mwumva gusa si keshe kuko nkunda kubibona kuri status ya abashuti banjy, muringewe niyumvishaga ko akabiriza ibintu, gusa kimwe cyo namusaba nuko bakemura ibyabo rwose, mukuri bagerageze ku ineza y'abana babo! Birababaje rwose kuko satani yarabaziye cyane. Mbese wakwigisha gute kwihangana wowe utihangana, rwose pe abayobozi b'amatorero basengeramo babafatire umwanzuro yemwe ni biba ngombwa babahagarike rwose kuko ntabwo biriya bihesha Imana Icyubahiro. Mana Y'amahoro WoWe Utananirwa Sura aba bantu bose kuko Uzi Ibirenze kubyo Twibwira. Mana Tabara Uyu Muryango! Imana NiYo Nkuru Kandi Irashoboye. Amen! James 1:2-3.
Apastor basenya ingo zabantu bitwaje gusenga nyine bisaba kuba maso.sha m Charlene ntiyakabaye ajya kwigisha ngo azanemo uwo bashakanye kuko nukumukomeretsa pe. Ibyo byumba byamasengesho mujye mubibamo maso njyewe nzi ahandi hano bisenye urugo twahirimye burundu pe.
Warakoze kwihangana Claude,kdi ntuzatezuke ngo ushake umugore wakabiri uwambere akiriho.
Uramushutse pe
Maman Charlene agaragara kwarumuntu akaze cane
Musubirany.vyodushimish.Cane.kuko.ubukene.riba arishuree.ntimubipf
Turekeraho gucira urubanza uwo ariwe wese, intamabara zurugo zimenywa nabarurimo. kd ababurana ari babiri buri wese aba yigiza nkana gusa uyu mugabo avuze neza cyane ,sibyiza gucira urubanza umuntu cyane witwa ko azi Imana kd asenga kuko isaha n`isaha yahinduka akaba mwiza uko utabitekerezaga.Musenge Imana ibaruhure kuko murarushye mwembi,
M,ch agendana nabagore bamabandi gusa nawe simushira amakenga
Ahhaaa!ukuri kuzwi namwe ndetse n'Imana.gusa wa mugabo we usa nuca bugufi Imana Yongere Ibahuze mwunge ubumwe kk murimo umuryango mwiza.
Sabin urumugabo pe.very professional
Ni comment! Ukuri ko mu rugo kumenywa na babili!!
Bad doctrine covenant, the church must consider who can stand on altar while having heavy issues
Ndababaye uyu mugabo numugore we basabane imbabazi bonjyere babane nibwo bazemererwa kwinjira mubwami bwimana. Bitabaye ibyo bazarigarucyira kumuryango.mudufashe mubahuze muraba mukoze icyintu jyikomeye. Murakoze cyane.
Ntabwo tuzaba icyo abantu bavuga ahubwo tuzaba icyo imana yavuze.
Papa charlenne rwose wihangane urwa n'urugamba kandi rurusha urw'amasasu, wihangane kandi ukomeze kwegera Imana, niwe mucamanza utabogama udaca urwakibera. Imana izakurenganura