Mana wee😱 Mwitegure Ama Robot Agiye kwigisha😭 Pst Barore wa RBA na RUTAYISIRE/Mureke UBUTUBUZI
Вставка
- Опубліковано 28 кві 2024
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Habwa umugisha pastor Barore kuko ufashije umutima wanjye, najyaga nibaza ukuntu umuntu yandika titre kukiganiro gihabanye n'ubutumwa bwatanzwe bikanyobera, gusa wakoze kumvira umwuka ugahugura abashumba kugirango nabo bazahugure intama bashumbye.
Izi nyigisho ninziza cyane ziradufasha benshi.Imana ibakomeze ntumwa z'Imana❤❤❤❤
Be blessed Past Barore
Wawuuuuuu barore ndatunguwe burya abantu baba bacecekanye byishi peeeee lmana iguhe umugisha mwishi❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Pastor Liliose we love you ❤
Our pastor liliane from ROC(LEVERATION OF OMEGA CHURCH) KAGUGU💕💕💕💕💕💕💕💕💕💕💕💕💕💕
God bless You.
Amen
Ndashimira cyane Antoine kuko hari Aho yadukuye Kandi hari naho mbona twerekeza Imana imuhe umugisha
Yobora ADEPR barore we Mwizina rya Yesu christo w inazareti fata inkoni yubushumba
Abatarize yahita abamaramo, kdi nubundi byaratangiye
Nibyiza cyane izi nyigisho ninziza kuko bizatuma urubyiruko ruzatuma tumenya uko dukwiye kwitwara mu isi ya AI ( Artificial Intelligence
🙏🙏
Nkunze iki kiganiro wayobowe n'umwuka wera pe
Ibyo uvuga ni byiza ariko se, nkubaze?!, YESU yabwirije ubutumwa bwiza muruhe rurimi? Ese Yohana we yaba yaravuze mukinyarwanda ?
Ngewe mbona aho bipfira aruko abantu bitwa abavuga butumwa bo muriyiminsi bihimbaza aho guhimbaza Imana,
Igikenewe sukumenya ururimi rwabantu bose, ahubwo igikenewe nukumenya Imana nayo ikakumenya
Abaroma 8:29
kuko abo yamenye kera yabatoranirije kera gushushanywa n'ishusho y'Umwana wayo, kugira ngo abe imfura muri bene se benshi. ABA YESU KRISTO ARABAZI NABO BAKAMUMENYA si ngombwa ururimi rw'isi yose, icyangombwa nukumenywa n'Imana, kuko Imana irobanura kubutoni mumahanga yose ....
Turirimbane numuririmbyi wa 388 niho hari igisubizo mugitero cya 2 , ururimi rukenewe nugutunganira Imana, ngo bose bazamenya ko ubana na YESU bareke ubugome bitabe YESU Kristo, none ni bangahe bazamenya ko ubana na Kristo bakareka ubugome (1Yohana 3:4)
388.Tunganir'Imana ubudasiba Jy'uhora uyisenga Kand'uyumvire Jy'ubana n'abayo, jy'ufash iindushyi Ntusibe na rimwe kuyikorera
ii.Tunganir'Imana Jy'ubana nayo Nutumbira Yesu Uzaba nka We Bose bazamenya k'ubana na We Barek'ubugome Bitabe Yesu
ii.TunganirImana, ikuyobore N'uterwa n' ibyago,jy'usanga Yesu Ntiyirengagiza, mwiyambaza Uyoboke Yesu ni we Shobuja iv.Tunganir' Imana,tuz'umutima Muby'
ukora byose wihutiraho Jya wumvir Umwuka Gwiz'urukundo Nta son'uzagira,n' ubona Yesu
Sorry 🙏 Imana ntirobanura
Ariko yavuzeko nabatarize bakenewe. Kdi nanone ntago abapasteur bize barakenewe cyane nabo ariko bafite umwuka w'Imana
uko byagenda kose bigomba guhinduka rwose gusa nabantu bazahinduka ndabaza barore uvuga ko avuye muri ADPER uhuza Ute doctrine na discipline yitorero ko byatumaga hanabaho umwimerere kdi ninaho kuzura umwuka wera byavaga ese kuri wowe ibyo biracyari ngombwa cyangwa imico nimyambarire nimisatsi ese nibabwiriza abo hanze bakwiye kubivugaho nabyo ko itorero ryacu ritabyemera bizakorwa mu Rwanda gusa se cg naho ntibikiri ngombwa nibyakera nuko tugomba guhinduka azabivugeho,murakoze.
Mugabanye ubwenge bwanyu
Muraho neza abadamu nabakobwa bakeneye imikandara wambara igahisha inda nibicece turayifite uyikeneye watugana Aho dukorera nyarugenge tukayiguha cg ukatubwira size yawe tukayikoherereza Aho uherereye hose haba hano mu Rwanda no hanze yigihugu Europe USA na Canada ikugeraho Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho mugakandaho Mukazibona murakoz Cyane
Ariko se nibyo koko?
None ururimi rwacu ruzamenyerwa ryari?
Hhh nonese ubu utegereje ko umwongereza utuye mubwongereza azafata umwanya we wo kwiga ikinyarwanda ngo akunde yumvw ubutumwa bwiza bwa pastor Mignonne 😢😢 kuko dukeneye kumenyekanisha ubutumwa bwiza nitwe tugomba kwiga izo ndimi zabo
Ngize akabazo, hanze ntababwiriza babayo, Kona somye ngo ubuze ubwenge abusabe Imana kuko itanga byose itimana itishama, kwiga nibyo bidindiza umurimo??? Mu gihuguse Bose barabwakiriye ubutumwa bwiza???? Twarwa mumutego tutazi byagenda gute??
none c mufite ikihe kibazo komunivugira ko abiti namabuye ko nabyo byayivugira