🔴Pst Antoine Rutayisire adusobanurira kwezwa gutsindishirizwa kwatura no kuba mu mbaraga z'Umwuka
Вставка
- Опубліковано 10 бер 2021
- reka ngushimire wowe tubana hano kuri BOHOKA TV, Umwanya ufata ugakurikira ibyo tunyuza kuri uru rubaga, Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza hano. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero tukaguha amazina wanyuzaho.
Murakoze cyane. KU IJAMBO RY'IMANA. MUJYE MUZAMURA KA VOLUME, UMUNYAMAKURU.
MURAKOZE
Iman ikumpere umugisha mukozi wimana
Uhabwe umugisha mukozi w,Imana
Gutuka mwuka Wera nahoraga Nibaza icyo bivuze, narinzi ngo nukuvuga kwimana udashoye gukora like guhakanya Imana
Imana Iguhe Umugisha Pasta uhamanyije Nibyo Umutima Wanjye Umbwira
Imana ishimwe yo yaduhaye umuvugabutumwa mwiza nk'uyu kd ikiganza cyayo kimugumeho 🙏🏼
YESU yarakoze cyane amaraso ye yagize umumaro .murakoze cyane our pastor.
Amen murakoze cyane kutwigisha
Mwakoze cyane kuvuga kwiyo sujet ndanyunzwe
Imana.indufashe.ndamukunda.aringisha.neza.agasobanura.ntukabintahura.muhezangigwe.mwese
Uyuniwe mu Pasteur wukuri abantu bose bemera nomwijuru azoba mumwanya wimbere
Amen nukuri
🤣🤣🤣🤣Duhora twihana burimunsi 🙏🙏Imana ibahe umugisha
Amen nyishi
🙏🙏
Inyigisho nziza cane
👍🙏
Murakoze Canon Antoine. Ese mwemera ko umuntu wakijijwe agwa cyangwa ntagwa?
Ntawugwa yari yicaye, hagwa uwarahagaze,bisigurako uwukijijwe ashobora kugwa.
@@gilntihe4445 Mwaramutse. Murakoze kumbwira uko mubyumva. Ese koko umuntu wakijijwe aragwa akava mu gakiza akarimbuka, kandi Yesu yaravuze ko Intama ze azifite mu kiganza ntawazikuramo? Birasaba kwifashisha ibyanditswe byera
Inyigisho z'ubuntu ,ni ukuri . Ikibazo ni Ubuntu buciriritse
Pastor arakoze,
Ikibazo mbaza
Ese nitwe twakira kristo,
Cg twakira ukwakira twakiriwe??
Ikindi pastor avuze neza nuko iyo wamaze kuba umwe nakristo kwera imbuto birikora ,
Kuko ntibiba biva kuri wowe,
Kuko yesu yaravuzengo niwe giti,
Twe tukaba amashami,
Nubwo imbuto zifashe kumashami ariko ziva kugiti.
Arakoze pastor
Nonese aho uvuze kwihangana icyaha kandi ukagikora nkana nakamenyero kandi nambabazi, none Farawo kayinangiraga Umutima kandi Imana nayo koyavuze ngo nzamuteza kwinangira Umutima ikibazo mfite hano ni, ubwo umuntu yamenya ate icyaha akora Kari Imana itumye yinangira Umutima? Ese umuntu yaguma akora icyaha kugirago Imana igaragaze imbaraga zayo nkuko byabaye kwa Farawo?
Nukuri akana gakora ibyaha ukokangana🤣🤣🤣🤣🤣🤔🤔🤔🤔nutwana turacumura😒😒😔😔🤣🤣🤣
NDETSE NABO BANTU BASUZUGURA IMANA UKO TABAREMYE MAZE BAKIHINDUZA IBITSINA.
GEHENOMU IRABARINDIRIYE NIBATIHANA. KUKO BASUZUGURA IMANA BAVUGA KO TABAREMYE UKO BADASHAKA.
Nukuri ndafashijwe pee.....ariko bari ikibazo pastor yirengagije.....aho yari abajijwe ngo:hari idini rimwe rijya rivuga ngo niryo ry'ukuri ngo naho andi madini yose ni babuloni.
Masturbation ni ikizira IMANA Yanga urunuka. NI abomination!!! Bazarimbuka a babikora NIBATIHANA.
IMANA Izabatwika