Dore abasobanuzi ba filimi Bakunzwe//Ibibi n'Ibyiza byabo //Rocky na Junior mu b'imbere:Top10
Вставка
- Опубліковано 9 лют 2025
- ABOUT US :
Channel 250 Is everything you ever wanted to know about Rwandan and international celebrities, Story,Love and tips .. .NOTE THAT WE TALK ZERO OR LESS POLITICS
Gumana natwe ukanda subscribe no kukazogera ujye ubona byose ku MYIDAGADURO
Twandikire kuri anickabby@gmail.com !
Rocky is the best my dear
Junior niwe champion wagasobanuye
Ntamusobanuzi usobanura neza kurusha pic kuko asobanurana ubuhanga buhanitse. Azi indi neza cyane, niyo avuze ijambo Murundi Rurimo aba yabanje kubivuga mu Kinyarwanda. He is the best. Ushaka ubumenyi buhanitse wabusanga kwa pic
Umbaye Kure mbankukoze muntoki
Ndumva naguha like nyinshi Nuko nemerewe imwe, ariko wumva ukuntusobonura neza sh'' Sha indimi arazizi pe! Arasemura nkanyurwa,
Nibyorata ni umuhanga cyane nanjye ndamwemera
Pk ni uwambere abandi nabi nzi
Mwakoze cyane kuba mutazanyemo umwami yanga the one kuko abo bose ni abana bo hasi cyane
urakoze nawe ! gusa yanga ntago agisobanura , nahundi ni uwibihe byose !!!
Rocky ndamwemera birenze
No 1 Junior Giti kimizi mirefu
1Junior Giti number uno
2Rocky number 2
3 Dilan Bebe
4 Savimbi
Nabo gusa ntabandi basobanuzi Bari murwanda tuzi
Witubeshya😠😠 Rock number 1
@@mukasekuruodeth8642 no
Sankara da premier 3
Nge ndemeranya nawe❤
Rocky na Junior ndabakunda.
Nyibwirira inkoreya baheruka gusobanura ndazikumbuye
Pg
Git
Junior& Sankara mugusobanura film zimirwano bari kumwanya wanders pic kuri flime zamateka zikubiyemo nimirwana ntawamuhiga1, yakuzazo we kubihinde ntanuwafungura udushumi twinkweto ze!!, rocky kunya flipine rwose nawe arihariye, muraba mvuze biri wese nuwambere mubye, ntabwo rock yahagarara imbere ya giti kimizi melefu muri flime zimirwano nkuko nawe ntawamusimbura munyaflipine, sirirwa mvuga pic we muramuzi kuzamateka ndetse zirimo nimirwano' Mwebwe mwakoze urutonde muri rusange kdi ntabwo byashoboka, iyo nshaka Films zimukubito ubwo nja kwa junior na Sankara, nashaka kudyoherwa nigihinde nkahita njya kwa yakuza, ninako mpita nja kwa rocky iyo nsha inya flipine, buriwese mubye ararenze
Rock ndi byose . Number one
Sankala number one1🇧🇮
Sankara the future Ewan n uwa1😍😘😘😘😘
Junior giti is the best
1Rocky byose ngombwa inyangamugayo umwe kumubumbe yarabarabiranyije bose ....
2 junior
3 Sankara
................
Rocky we ni byose kabx ntiyikoraho
Icyakoze Rocky na giti . Nimana irabizi rwoc ko batabaho kbx
Yes urutonde,rukoze neza cyaneee.
Rocky papa wagasobanuye ni uwambere aryoshya film kuburyo ashyiramo ibirungo akanaturemera ndamwemera
Bimeze neza. Peee ntago wibeshye cyane
Rocky you're the best kbs, Giti murarenze rwose 😍😍😍😍😍😍
No 1. Rocky
2.Junior Giti
3. Sankara da premier
4. Savimbi
Nuko mbibona
Yes
Murakoze cyane kd turabakunda bitavugwa nonex umusobanuzi saga mwiza twari tumwiteze nonex byagenze bite murakoze.
Yanga is the GOAT ...
Yanga agarutse ba Rocky bajya guhinga amashu n'intoryi.
Ndababaye kuba mutajya mukurikira Sankara the future kabsa njye mbona asobanura neza cyane.
Rocky keep it up
Rocky number one
Mubye gusa nyine, ariko muzindi ntiyakoraho
Ubuse mwashingiye kuki mubahitamo Rocky umwana wejo mugasobanuye mumugize uwambera kurusha Sankara cg junior
Arakuzwe cyanee❤
Junior giti number one inkotanyi cyane
Ntabeshe rocky nuwambere
Rock ndakwemera rata uba urigukora akazi kose ushinzwe rock numvanshakakuganiranawepe.💞
Eee nabonye rock we nimurya mumugeraho. Murye mushiraho . Ndakwemera
Rocky ni number one
Junior niwe wakabaye ari uwambere
Bamwita kamurari
Rocky u are the best
Rock nibyose ino turamwemera🇧🇮
Top 4 100% ndemeranya namwe
Number one Rocky
Number one junijuni🙏🙏🙏🙏🙏💝💗
Sankara nuwambere rock 2 junior 3 abandi barinyuma yabo
10 guys Nat handsome
Uwo wibagiwe ni master P (M.Production) uriya wasobanuye jumong na mukristu n izindi arakunzwe cyane njye nd'umu Dj ndabibonq
MURAKOZE !
Rocky is the best ❤❤❤
Junior giti niwe number one kumubumbe❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Murabeshe junior Giti nuwambere uwakabiri Sankara uwagatatu sinior Rocky ntimuje mumuvuga n'a pipi
Junior sinzi niba aruko mwemera arankorera sana so for me is the first one
Rocky second
Filme itarimo Rocky cg Savimbi sinayireba
Pic we ntiyikoraho nimumwihorere asobanurana ubuhanga buhanitse azi icyongereza neza cyane kdi kuri ya asubiramo amagambo mucyongereza aba agirango wumve neza ijambo kurindi, pic numuhanga pee%%%%%
Abandi bakurikira Pk
Pic yari yagusobanurira indirimbo ngo wumve?? Asemura neza cyane!!! Ubintu bye biba birimo ubuhanga bwinshi.
Nizereko nawe umwemera
Mbarr Ukuntu nomutumira mur salle
Rwosec
Lock na gitiiii turabemer cyan kbx
1 yanga,2 sakara the primiar,3 rock , jonior and 5 yakuza
Rocky your the best 🎉🎉❤
Rocky ,junior ,pk ....pk icyobarusha ntahagarika film Kanda we asobanura film zicyongereza cyane kuko akizi
rocky niwe wange
❤
E Wana rocky number one
1.rock 2 Junior 3.savimbi
yanga ni namba on
Ntagasobanuyee ndeba arko i agree
Oshiiii mwabeshye mwebwe sha junior Ni the one and only
Sankara number 1
nawe urakabije rock ntabwo ariwe wenyine muri Netflix ariko wiyibagije b the great ntacyabaye Murano p, b the great❤❤❤
courage channel 250
Nibyo kbx GS natwe dukina comedy tukaba dukeneye cyane ubufasha bwanyu Ni respo from Mbagwe comedy
Mike ndamukunda na junior cyane
Ariko sha Rock uramwamaje umenya muziranye pe ,gusa ntacyo abikora neza nanjye ndamwemera,
Mwarenganije sankara the Future
Ygo kbs sankara niwe waga3 njyewe sinazi Savimbi😂😂😂
Sha rwose amanota ndayaguhaye urutonde warukoze neza 💪🤝
*DORE ICYO ABAGABO BATAJYA BAMENYA KU KUNYARA KW'ABAGORE N'ABAKOBWA*
Ubundi Umugabo unyaza yirinda ko igitsina cye kigwa, (niba utangira kunyaza ugahita urangiza reba ku musozo wiyi nkuru ubufasha)
Ikindi ugomba kumenya neza igihe umugore wawe arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu uri bugenzure umuvuduko wawe ndetse ukaza no kumenya niba agiye kurangiza mbere y’umugore bityo ukaba washaka uburyo uba ukuyemo igitsina cyawe gahoro gahoro ugasa n’ukorera inyuma mu rwego rwo kwirinda ko wahita urangiza vuba.
Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina hajya habaho kunyara,(Niba uri umugore bikaba bitakubaho hari inama bisobanuye ko ufite ikibazo)
Kunyara biba ku ruhande rw’umugore cyangwa umukobwa igihe asohora amavangingo ashyushye aturutse mu myanya myibarukiro ye bitewe n’uburyohe budasanzwe aba atewe n’uwo bakorana imibonano mpuzabitsina.
Ibi umugabo akaba abigiramo uruhare rukomeye ndetse abagabo bakaba bagomba kumenya neza uburyo bakwitwara muri iki gikorwa n’icyo bakora kugirango abagore babo bazane aya mavangingo.
Ese waba uri umudamu ariko ukaba nta bubobere ugira mu gihe cy'imibonano?
Ese waba uri umugabo ukaba urangiza vuba muri iki gikorwa?
Ibi bibazo ahanini usanga biterwa nibyo twabayemo, harimo nk'ingaruka zo kwikinisha, kugira imisemburo idahagije mu mubiri, uburwayi butandukanye bufata imyanya myibarukiro, umubyibuho ukabije n'ibindi bitandukanye.
Ariko hari amahirwe ku mpande zombi ku bashaka kugirwa inama, baba abagabo bagira ibibazo byo kurangiza vuba no gucika intege batera akabariro ndetse n'abadamu bagira ibibazo bitandukanye birimo kubura ubushake n'amavangingo, kubura urubyaro 'ibindi kuko hari umuganga ukugira inama zicyo wakora kandi niba hari n'uburwayi ufite akagufasha kubukuvura.
Dufasha abarwaye:
- igifu
- umugongo
- umwijima
- impyiko
- imitsi
- ubugumba n'uburemba
- amibe
- terekomonasi
- indwara z'uruhu
- umuvuduko w'amaraso
Wifuza kumuvugisha wahamagara kuri:
+250787835860
Hari imiti y'umwimerere akoresha itunganyije mu bimera kandi bikaba nta ngaruka bigira ku buzima.
Byemewe n'ikigo cy'ubuziranenge ISO ndetse na FDA.
Wabagana aho bakorera Nyarugenge kigali.
Mugire ingo nziza zizira umwiryane.
Giti the number one and then Rocky next
Giti the best
Roky ni uno kbs ndavyeza kuko filime asobanure zirasukuye kandi asobanura ivyo yumva kbs. Twohura nomuha akantu
Junior niwe wambere rwose bazina
Muzavuge kuri saga mwiza na b the great
Rocky rwose!!! Number one
B the great ni number 3
Mwibagiwe nether great
Locky nuwambere kabisa ndamufana
Kbx locky and junior naremeye kbx
1 Junior
Wowe turahuza
Abanjye ni
Rocky
Junior giti
Sankara
Pick
Bingo
Rocky on the top
Rock number one
Nukuri
Rocky ni byose batwike
Junior Giti1
Ngahooo
Junior nice wakabaye uwamber
Yakuza ni number uno
Shya Rocky arabikora kbs
Giti ni we 1 setu
Rocky ararenze 🔥
Didier nagahambirwe sha film ze nzanga kubi sha did sinkuzi arko nkufashe bundi umuntu yari yanga sha
Wap kwl pk niw number1
Gaheza is the best
njye nkunda uwitwa wiliamu the future
Rocky❤❤😊
B the great wamwibagiwe
Locky number one
William the future ko ntamwanya afite
Yanga ni we wambere abandi bagakurikira
Master P . Lee the creator barihehe
Rocky Ni uwambere
Wap hanyuma b the Great
Nn komutaz muradushirirak ifirim zamahesh babu Rocky zemuradushirirak
Uti iki mugabo ? 🥸
Kurinjye junior ni 1 Rocky 2 Sankara ni 3
Rocky,Shankar yunior,3
Rocky 1ndamwemera cyane!!!!