Ev. Nzaramba J.Paul Ati ABANEBWE BIKOREZA ABANDI IBYO BADASHOBOYE/kwihana/kwatura bivuze iki
Вставка
- Опубліковано 4 жов 2024
- reka ngushimire wowe tubana hano kuri Bohoka, Amahoro y'Imana akomeze kubana namwe turabakunda kandi turabasengera ngo Umwami Imana abakomeza mwihanganiye mu gakiza twahawe na Kristo Yesu ndagusabye ukomeze kubana natwe kandi ujye usangiza abandi ibitambuka hano kuri #BOHOKATV #Ubutumwa_bukiza_bubohora
Wifuza gusengerwa by'umwihariko cyangwa kugisha inama, kudusangiza ubuhamya bwawe, ijambo ry'Imana cyangwa ikindi cyose waduhamagara kuri:
Call/ Watsapp: +250788208757 (Ruhogo Irenee )
Bibiliya ivuga ko kugira ngo Mose ashobozwe ku manika amaboko ngo Abisirayeli bakomeze gutsinda urugamba bariho, yagize abamufasha Miriamu na Aroni natwe dukeneye ko nawe udushyigikira ngo Dushobozwe gukomeza kwamamaza Ubutumwa bwiza n'ubuhamya bukomeza abandi.
Mwuka Wera nakubwira ngo kora kubutunzi bwawe udutere inkunga wakoresha:
_____________________________________________________
Momo/Worldremit/remitly/rwandacash/Dahbshil :250788208757 (Ruhogo Irene)
AirtelMoney +250733049049
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero tukaguha amazina wanyuzaho.
_____________________________________________________
Tubashimiye ko mwumvise Impamvu nukugira ngo dukomeze gushobozwa gukora uyu murimo w'Imana, zana impano yaguhaye natwe tuzane iyo yaduhaye dukorere Uwiteka, ubutumwa bugere hose.
UWITEKA ABAHE UMUGISHA MWESE TURABAKUNDA CYANE, ICYO DUSABA IMANA KANDI TUBASABIRA NI UKUZAGIRA IHEREZO RYIZA RY'ABAKIRANUTSI.
USHOBORA KUBANA NATWE KURI WATSAPP GROUP
BOHOKA GROUP LINK
______________________
chat.whatsapp....
Komeza gukurikirana inyigisho kuri BOHOKA TV uzisangiza abandi...
Imana ukomeze kukugirira neza Uwiteka aguhe icyo Umutima wawe ukeneye Amen
Amen mukozi W’Imana JPaul
J P ndagukunda nkunda ijambo ryawe ribarifite imbaraga Imana igukomereze amaboko
Amahoro✋ mwakozecyane lrene kudutumirira Umwana w'lmana ugabura neza ibya Kristo Yesu Ndamukunda cyaane Nukuri lmana ibakomeze Rwose Abavuga yesu Neza Nibo bakenewe sawa Irene Mugubwe Neza Na madame Zerine🙏🙏🙏
Imana iguhe umugisha uramfashije
Amen. Mbifulije umugisha. uyumukozi wimana ndagukunda nkundako utigisha nkabikigihe balimubuhanuzi nomumugisha. Gusa harutwaha nanjyaga nkora twarananiye kutureka nanjya niyiliza bikanga pe, aliko nagiye mbona tuvaho halinigihe namaze nsengera mumubili nkasengisengesho Ntahali nkabandigusenga intekerezo zilimuli America aliko yesu yarabikoze. Imana ibahumugisha mwishi cyaneeeee🌹🌹🌹🌹🌹🌹
Mrs Nzarama J P ndagukunda cyane kubera uburyo utanga ibikurimo , iyo wigisha ntabwo ucaresa abantu ( caresses , uvuga uko riri, sinabona uko mbisobanura ) !
Ruhogo nawe na team yawe rwose mukomere ze aho kutuzanira abigisha badakikira ku mpande nka Barakagira 🙏
Muyobozi ndagukunda
Nukuri ndafashijwe nongeye kumva natangira kuko nsanze ndigutsindwa cne kucyerekeye namasengesho yokwiyiriza pe
Imana imbabarire nintege nke
Namwe muhabwe umugisha n'Imana muradufashije irène & j.poul
Murakoze cyane turize kandi dusobanukiwe byinshi. Imana ibahe umugisha 🙏
Murakoze Bakozi n'Imana.ndashimira Jean Paul agira fermeté nkunda cyane imfasha,nkibuka Yesu yayigiraga nta marangamutima abogamye.Irene ndakwizeye none ngusabye ngo Jean Paul azagaruke bitari kera Umwuka amwemereye atuganirize n'ibyo gutanga imbabazi mu buryo bwazo bwose.Uwiteka asubize Aho mukuye.
Amen
Ndafashijwe imana ibagirire
Imana iguhumugisha wigishije neza
Message nziza!très édifiant
sorry to be off topic but does someone know a way to get back into an Instagram account??
I was stupid lost the login password. I would love any tips you can offer me!
@Cayden Decker instablaster ;)
@Eric Ibrahim Thanks so much for your reply. I got to the site thru google and I'm waiting for the hacking stuff now.
Takes quite some time so I will reply here later with my results.
@Eric Ibrahim it did the trick and I finally got access to my account again. Im so happy:D
Thank you so much you saved my account!
@Cayden Decker you are welcome =)
Amina Amina 🙏 ndafashijwe nukuri
Yesu abahe umugisha utagabanije
Hari umupastor wavuze ngo iyo ugikeneye uguherekeza mu butayu uba utaramaramaza. Ugomba kumaramaza Kandi icyaha baragihunga
Ukozi w,Imana imukomeze kandi imwagure pe
Ese umuntu afata imiti buri munsi, adashoboye kwiyiriza amasengesho ye ntiyumvwa
Mugabanye publicités svp!
🙏🏾
Sobanukirwa UMUGAMBI wogucungura umuntu
Ruhogo reka nkubwire nukuri nkunda uyu mugabo kuko mbona ari umunyakuri rwose muzaduhe Telphone ye.
Ikibazo kucukwisonzesha urikukazi ka buri musi Imana ntivyumva?
Abashumba benshi ntibakiri imva benedata. Niyo mpamvu kwihana kwagabanutse.
Amata aramutse amutera allergies yo yayahitamo? Yagombye gutekereza inyungu cg igihombo kuri ibyo bintu ahawe guhitamo.
Imbaranga na mavuta
Shalom.ibihe birindwi nukuvuga iki?
Urakoze mukozi w lmana uhezagigwe caneee. Harivyinshi unyigishije !! icompa nkazosubira kwumva inyigisho yawe nawe Irène wamutuzaniye ndiho aguhezagire.
Ahubwo se muri impanga?
urabona dusa hhhhh
Yes. Paul is honest like you. You are adorable people. Stay blessed guys
Murantubatse muhabwe imigisha myinshiiiiii
Murantubatse muhabwe imigisha myinshiiiiii
@@mahorogilberte2644amen