AMEN AMEN 👍INZOZI ZIKWEREKA KO URI HAFI YO GUSUBIZWA 🙏NTWAHAGARIKA UMUGISHA WAWE👌🌾NUZIROTA
Вставка
- Опубліковано 30 тра 2024
- #NumeroYaPastorNtambabazi0788554028#UBUMWEBWABERAMINISTRIES
#chat.whatsapp.com/I5tDD5p2wBv...
#UBUMWEBWABERAMINISTRIES
#+250788554028
Niba wifuza gufatanya natwe mumasengesho yo gusenya karande ibicaniro nimivumo injira muri group uciye kuriyi whatsapp link
chat.whatsapp.com/KsxCm98e3H8...
Muraho neza Nshuti,
Tugushimiye cyane ko uza hano ushaka ijambo ryagufasha, natwe twifuza ko warushaho kunguka.
Imana iguhe umugisha!
WIfuza gushyigikira uyu murimo, watwandikira cg ukanyura kuri:
Tel: 0788554028 (World Remit & MoMo)
Account BK 100034844978
ECOBANK 6775018107 EUR
Mana nashaka kuvugana nanje ngendere mumwuka wawe Amen
Nkunda kurota nsenga ndwana namadayimoni cyangwa nsengera abantu barimo imyuka yabadayimoni bagakira
Murahoneza amahoro yimana akomeze kubana namwe nagiraga nimuza Kubonako nabandikiye muzatsubize kurota umanuka ukabona umuntu akaguhanurira ntumenye ibyo yakubwiraga murakoze❤❤❤❤❤❤ndabakunda
Yes Lord Speak with me now 🙏
Imana iguhe umugisha mwinshi
Mpora ndota nigisha ijambo ryImana nsengera umuntu upfuye akazuka.bampa agatuti nigisha mana we nguhaye icyubahiro kongiye kwakira igitangaza.
Amen
Uko n,ukuri ndabyemeza pe !!! Izo Nzozi ni zo mumwuka nanje zarankoreye pe!!
Nukurii imana ivugane nange
Mana vugana nanjye ngezaho umugisha wanjye
Nibyo nukurip amen
Yes my Lord ❤speak to me know
Imana ibongerera imigisha mushumba
Amen gumamo imana iguhe imigisha ninjyewe urimo ubwira pe
Amen
Imana ijye ibongerera umugisha
Imana iguhe umugisha Pastor nukuri ndasobanukiwe.Hari izo maze iminsi ndose muzo uri kuvuga sinari namenye icyo bisobanuye.Mana uri mwiza
MUshumba ndabakunda cyane nonese mwa nsobaburiye konarose nameze ibyatsi kumubiri murakoze
Yesu ashimwe.munsobanurire naronse mbona imvura igwa impande yanj ntiyanyagira ariko nkabona inyagira umuntu jw nzi ngo ndanka kumwugamisha ,yarafise igare muntoki acarizana ahondi ngo ndarimubikire
Imana ishimwe jewe nkunze kubona ndiko nsoza abantu mubwato bunini canke ndiko ngaburira abantu batandukanye kandi vyukuri sifise ariko nomukwakabiri nararose nbona nyagigwa nryamye nkabona ndanyagigwa mugainvura ntimbabaze rero mukozi wimana
Jye narose ndiho bwiriza abantu mpimbaza cyane,numva fite imbaraga,ariko bigeragezo mpagazemo ubu naracanganyikiwe kubera ibibazo
Komera disi,
Uwiteka akwiteho kdi akorohereze
Imana iguhe imigisha;Hanyuma kurota urikumwe numuyobozi wiguhugu ukabirota inshuro nyinshi kdi mugihe gitandukanye
Amen najye ndamurota kenshi cyane
Bisobanura gusurwa n’Imana
Yoo disi najyaga mbirota si menye icyo bisobanura Amen
Mwiriwe ngewe narose mpabwa impano yamadorari munsobanurire
Speak to me Lord amen ❤
@@CyuzuzoLynah Amen
Amen 🙏
Yesu nashimwe munsobanurire warose ugurisha Inka bivuga iki munsobanurire
Yes
Amen 🙏🙏, none se kurota baguhisemo ngo ubayobore cg ubahe ibitekerezo
Nanyje Mana vugna nanyje
Amen amen amen
Urakozekudusobanurira izonzozi zosezumugisha narazirose ndishimye cyane
Imana ishimwe 🙌 ntawakwitambika Imana ❤
Njyewe izinzozi udusobanuriye zumugisha ndazirota cyane pe kandi nabonaga imigisha intungura simenye impamvu ariko ndasobanukiwe rwose Imana iguhe umugisha
Turagukunda cyane imana iguhe umugisha
Amen ndebye iyi video maze kurota inzozi nkizo
Imashimwe menye icyerekezo neza ndanyuzwe imana ibakomeza babyei
Amen amen pastor
God bless you iyo urose zimwe mirizinzozi ukazirotorera umuntu ntibyapfa
Amena
Mwamfashijegusenga nkaboma inzu yange yoguturamo. Thacien imanaibahe umugisha
Vugana nanje
Amen.Amen.Imana ikomeze igihe umugisha.
Aharinint maranye igihe kinini imyaka myinshi p kand sinda sobanukirwa ibtariribyo p mfasha ndakwinginze
Imana ishimwe jyee mperutse kurota
Nikoreye inyanya ngiye gushaka yep
Mfasha nyura kurusengero ndakomeza ariko mbura uwo fasha
Nihutanga ngo ngarucye gusenga uwo naramubuze sinzi aho nazisize
Nzagusenga ntecyereza ko ninsoza gusenga nsubira gushaka uwo gufasha mpita nkanguka
Imana ikwongere imigisha
Yesu nashimwe nukuri waje mu gihe gikwiriye kuko ubuhanuzi Buriho muriyi minsi buravanze ariko nemeye ntashidikanya ko inzozi ari ubuhanuzi butavangiye
Amen Imana iguhe umugisha
Amen'''''''''Amen'''ikokweli'''Mungu'''yupamoja'''nawe''''kabisaaaaaaaaaaaa
Warakoze kuza
Abantu benchi bazi ko kurota imvura igwa bisobanura ibigeragezo.
Mushumba mubyeyi,mwagize neza gutangiza iyi ministeri.
Turagenda dusobanukirwa🙏🙏🙏
Imana ibahe umugisha mwinshi
Urakoze Mushumba ,izi nzozi maze kurotamo 4 mugabo sinarinzi KO ari ndakumirwa pe
.Imana iguhe umugisha
Imana ishimwe
Ugire umugisha mukoziii wimana
Amena mena 🙏🙏🙏🙏
Imana iguhe umugisha Kandi izoguhe iherezo ryiza
Pasteur uzadusobanurire inzozi zerekeye imbunda
@@NdayisabyePotien yego
Mugabo Nagirango munsobanurire izindi ndarose ziranyobera,ndarose ntetse inyama muhira ndi gusenga nubugari bwibigori,mugabo ntabwo nabonye harubirya,ahubwo nabonaga umutware wanjye yaje kuko adahari Turi kumwenabana nawe twishimye KO yaje.ibyo bintu bishatse kuvuga iki KO vyanyobeye.
Mana vugana nanjye kuri iki kintu
Amen pastor kuko ndabirota bikaba pee ariko ndota ibyiza bikaba ngarota nibibi nkabibona nzakoriki listening from uganda
Imana Ibahe umugisha
Gusa hari uwandoteye ngo anzaniye igihaza cyinini
Yes that's my dreams
Mwiriwe neza nonese kurota arumuntu uguha amadorari bivugicyi
Amen 🙏🙌
Amen Kandi Amen 🙏
Imana iguhe imigisha❤️❤️
Yesu wange nago nakijijwe ariko izonzozi mpura nazo pe gusa numvanakizwa nkamaramaza ariko ubuzima ndimo bukansubiza mubyaha noneho iyomaze iminsi3ntatota ndasenga nkihana nzongera gusubira nkajyandota
Singizwa Mana Nziza wuzuye urukundo
Imana ishimwe igihe umugisha.
Imana ikongerere ubwenge.
imana iguhe umugisha
Amen MANA shimwa narose mfite imodika ihenze yitwa land Rover Imaza izabinkorerep Urakoze data
Paster narose nsengera umuntu ngo ufite umwuka wabarangi arko naramusengeye cyane pe
Mana vugana nanje.nshitsaho umugisha.
IMANA iguhe umugisha .
Urakoze
Mushumba muraho
Nubwambere mbabonye
Ariko narose ndi murusengero
Numva imvura inyagiye
Nkaho ibati ritobotse
Nibukako ninjiye izuba riva
Ndebye kumuryango mbona imvura nyinshi
Munsobanurjre
Murakoze
Muzahamagare ejo mbafashe kuko ntibikwiye ko nabasubiriza hano
Amen kd habwumugisha nimana mushumba
Thx
Amen Amen Amen
Yesu vugana nanjye
Amen amen
Vugana nange Mwami wange.Imana iravuga
Nkunda ibiganiro bya Révérend Ntambabazi nuburyo abitangamo , mu Buhanga buhanitse . Uwiteka Agukomereze amaboko Mubyeyi .
Imana ibahe umugisha murakoze kutera Imbaraga
Mwiriwe neza narose nzangira numuyobozi dusangira arko mutaho ibiryo hajyaho akazinga mubwirako ndi buyifure munsobanurire
Exekurota urikumwenamugenziwawe ukamuhitishamo gutega igarengo mutahe cyangwango afate igare yitware yarangiza agatega ngewenkitwarakwigare nkagera ahanunkugama ninyagirwe nimvura noneho wewateze igare imvura ikamunyagira akansanga ahonugamye bisobanuye iki
Paster❤❤❤ nimunsobanurire narose umugore duturanye arimo akubura mwibaraza lwanjye
Nsobanurira iby'izo nzu
Imana iguhe umugisha mushumba ❤
Mana nanjye vigana nanjye!🥰🥰🥰
Imana iduhe mugihugu amatorero afite ba Joseph pe
Muraho,mpora ndota amazu meza nyarimo Kandi nibera mu isanzwe
Mushumba ndabakunda nkunda kubakurikira nimunsobanurire ndota inzozi nkakanguka nazibagiwe
Senga Imana utsinde dayimoni kdi ubyuke mu gicuku usenge
Kwibagirwa inzozi ,ni mbaranga zumwijima ziba zaguteye go zitazasohora,nujya ujya kuryama uge utesha agaciro imbaranga zumwijima
Mudakoma cane pastor
Imana iguhumugisha muvyeyi mwiza
Namwe muhabwe umugisha
Amen biherutse kumbahobnyoberwa icyobisobanuye mbona imvura igwa ndigutonora ibishyimbo byimitonore ariko ntiyanyagira
Izo zonzi ndunva nzikunze Mana ziduhe kandi
Mana vugana nanjye
Ameeeeeen
Murakoze cane uyumusi nayabonye ndayaharura .mumfashe gutahura inzozi nabonye ngura inyama ndi kurusengero ariko umuntu naziguzeko ntamahera ntamuhaye knd ntanuwo nasubiye kubona .nabonye mfise igunira ryumuceri mbona abantu imbere yanje arikk nari mfise muke muntoke .
Bisigura ubukire
Niyimpe yarayinyeretse weee!
Iyo mvura narayirose by"akarusho inanukamo ifi nini
Imana iguhe Imigisha kugikorwa ukora
Ndawakiriye Kandi namwe ubabeho
Yego Mana nanje vugana nanje