BIRARANGIYE🔥 URUTONDE RW'ABAGORE BAGIYE KUBA ABAPASTEUR MURI ADEPR🔥 Ese Koko ibi Bakoze NI IKIZIRA ?

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 14 жов 2024
  • #Plaisir_0786388010
    #ZABURI_NSHYA
    Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
    Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)

КОМЕНТАРІ • 458

  • @dancilleuwayisaba9683
    @dancilleuwayisaba9683 5 місяців тому +21

    Imana yacu nishimwe hari Doctrine Adepr igenderaho mbona itariyo urugero : Bibliya iravuga ngo abagore ntibakambarane n abagabo ariko Bibliya ntivuga umwenda batazambarana kandi mwibuke ko harigihe imyenda itaririho nyamara bibliya yari iriho ivuga ngo Bagore ntimukambarane n abagabo banyu icyo bivuze rero abagore buri kwezi barahumana iyo umugabo yambaye umwenda w umugore wahumanye aba ahumanye kera umugore ntiyamenyaga igihe yahumaniye cyane ko ntabikoresho bagiraga nicyo Bibliya ivuga si Ipantaro kuko ipantaro n akaruvati byazanywe nabafransa nyuma bivuze ko mbere imyenda yabonetse yari imikenyero amakanzu abagabo nabo bambaraga iyo myenda imikenyero amakanzu bose barayambaye kandi birinda ko umwe yahumanya mugenziwe Bibliya nta mwenda runaka ivuga . Imana ibarinde

    • @bihoyikijanvier8020
      @bihoyikijanvier8020 5 місяців тому

      L lo lp
      L

    • @tuyikundechantal1073
      @tuyikundechantal1073 5 місяців тому +1

      Cg bivuze umwenda wose umugabo yambaye hhhhubwo no kwifubika ikote ryu mugabo wawe byaba ari icyaha hhh

    • @uwitijeoliva5680
      @uwitijeoliva5680 5 місяців тому

      😂

    • @JeanneHatunga-JFT
      @JeanneHatunga-JFT 5 місяців тому +1

      Ivyo uvuze naje navyibajije incuro nyinshi. ico twize nuko biblia yakurikizaga cane imico yabariya bantu twita abayuda/abisrael. Rero bimwe vyagiye bihindurwa nigihe na development yibihugu. Amakanzu niyo yari imyambaro kuri iriya filime ya Yesu ariko nayo uziko yaje nyuma. Ivy Imana biragoye nugusenga gusa umuntu agasobanukirwa ku giti ce.

    • @littlebylittle85TV
      @littlebylittle85TV 5 місяців тому

      Ndumva interpretation ya Bible uyitanze. Bibiliya yanditswe muri Greece and Hebrew mu kuyihindura Ijambo ryazateza urujijo ryashyizweho insobanuramirongo. Niba hariya bitariho si byiza gushyiraho ibyacu . kdi ADEPR ntiyabujije abagore kwambara amapantalon bafite impamvu zo kuyambara.

  • @emmanuelrwibutso6491
    @emmanuelrwibutso6491 5 місяців тому +8

    Mwihangane ,mube Maso musenge cyane, mwirinde kurebera ku bantu kuko Yesu niwe wenyine nzira, ukuri n'ubujyingo, Kd Nyine mwitegire nibitaribi bizaza, ariko Ijambo ry'Imana niryo tabaza rimurikira Umukristo ngo atayoba

  • @isarotv6229
    @isarotv6229 5 місяців тому +6

    Yesu Ashimwe cyane! Igihe kiraje ndetse kirasohoye ubwo Abasenga by' ukuri Data ishaka ko aribo Bamusenga Imana n' Umwuka nabayise dukwiriye kuyisengera mu Mwuka. Setu

  • @louiseumuhoza7729
    @louiseumuhoza7729 6 місяців тому +25

    Sha simbaciye intege Ariko Isaïe Ari mukazi kose!ikibazo abakozwe kumaso bwa2 nibacye,benshii barikureba abantu bakabona aribiti bigenda,nivugiye Ibya yampumyi Yesu yakoze kumaso,abumva icyomvuze baranyumva,Adpr nimwe mwarimusigaye mwihangane natwe twarihanaguye cyera,Ubu ni ugucungana nubugingo gusa,icyitegererezo ni kristo gusa! Abantu bo bararangiye

  • @geraldinekamali832
    @geraldinekamali832 5 місяців тому +14

    Njye nasaba umuntu wese uri ADEPER yumva akijijwe neza, nakurikize ibyo abwirwa n'umwuka wera kuko na YESU KRIsto yavuze KO umwuka hari ibyo azatwigisha kurushaho. So niba utabasha guhamanya n'umwaka ukurimo uratakaye.🤷🤷🤭👌.
    🌾 Gusa ADEPER IRI gusohoza ubuhanuzi bw'impuzamatero ,abavuganye N'Imana soit miyigumemo mudahindutse cg musohoke mukore itorero ryo murugo 👌 setu

    • @ububyutse
      @ububyutse 5 місяців тому +1

      IMBUZAMADINI.EREGA BYARARANGIYE. BURI WESE KU MANA YE ARINDE IZAMU RYE

    • @genestekwizerimana7816
      @genestekwizerimana7816 5 місяців тому

      Nukuri pe

  • @AminaNidufasha-bu1cu
    @AminaNidufasha-bu1cu 6 місяців тому +16

    Bavandimwe dusabe mwuka wera atuyobore twe kuyoborwa nakajagari k'isi. Dusabe Imana iduhishurire byinshi kuko tugeze mubihe bidasanzwe.

    • @etiennemugiraneza
      @etiennemugiraneza 5 місяців тому

      Imana iturengere kdi itwambike Imbaraga

    • @isarotv6229
      @isarotv6229 5 місяців тому

      Yesu Ashimwe cyane! Uvuze ukuri, twekuboborwa n' akajagari❤❤

  • @HabimanaAugustin-w3d
    @HabimanaAugustin-w3d 5 місяців тому +2

    Yemwe yemwe bantu muri gutukana muri kwiyonona mubitewe nibyo mwumvise nimusigeho ntimwongere bana bl mana lmana lgomba gusohoza lbyo yavuze binyuze mubyo mubona buri wese nagume uko yarari agihamagarwa kuko bibiriya ivuga icyi kubyanditse 2 timoteyo :3:1 musome mwumve murakoze cyane yesu abe hamwe namwe amen

  • @bikoricinoeltv1829
    @bikoricinoeltv1829 5 місяців тому +3

    Iri jambo n'iryo kwizerwa: umuntu ni yagomba kuzezwa ishengero, aba yifuje igikorwa ciza. Nuk' umuzezwashengero akwiye kutabak' umugayo, kand' akwiye kuba umugabo afise umugore umwe gusa; abe utarenza urugero, adahugumba, aganza ingeso ziwe, akunda gutanga indaro, afise ubgenge bgo kwigisha, atar' umunoho wa vino, cank' umusinzi, arikw abe umugwaneza, atitoraguza, atar' inkunzi y'amahera,
    1 Timoteyo 3:1-3

  • @KubwimanaEgide-u6u
    @KubwimanaEgide-u6u 6 місяців тому +8

    kuko Imana itari iy'umuvurungano, ahubwo ari iy'amahoro. Nk'uko bimeze mu matorero yose y'abera, abagore nibacecekere mu materaniro, kuko batemererwa kuvuga, ahubwo baganduke nk'uko amategeko na yo avuga. Kandi nibagira icyo bashaka kumenya babibarize abagabo babo imuhira, kuko biteye isoni ko umugore avugira mu iteraniro. 1ABAKORINTO 14;33-35

    • @niyonsabaassumpta5605
      @niyonsabaassumpta5605 5 місяців тому +1

      ❤😅

    • @sanghokim5420
      @sanghokim5420 5 місяців тому +1

      Uyu ni Paulo wabivuze ariko.Ku bwawe kubera iki kudoda umugore umunwa?

    • @didi-dr1mj
      @didi-dr1mj 5 місяців тому

      Uyu munsi abagore munsengero ki 80% b abachristo ba ADEPR. Barahanura,bakaba aba evangelists ese ntimufashwa nabo? hasigaye iki?

  • @mariembasabire5326
    @mariembasabire5326 5 місяців тому +5

    erega buri wese abane n'Imana kugiti ke ,tuve mukigare cya madini kuko umuntu wese azabona ubugingo bwe n'imirimo ye

  • @ildephonsenzamurambaho1508
    @ildephonsenzamurambaho1508 5 місяців тому +6

    Shalom! Ibibazo byinshi wibaza biri mu gisubizo nacyo wibajijeho: "Ubusabe bw'abakristo". Abo bakristo ni ba nde?
    Icyo navuga ni uko gusengera cg kudasengera abagore atari doctrinal issue. Ni social politics and disciplinary issue.
    Urugero, mu gihe Pawulo yandikiraga amatorero atandukanye, hari aho avuga abagaragu n'imbata. Twibuke ko icyo gihe politike yemeraga icuruzwa ry'abantu. Uzacukumbure imibereho n'uburenganzira bw'imbata. Ubu rero politike iriho ku isi iha umugore umwanya kuko yari yarahejwe. No mu idini rero, abahejwe bagomba kwibukwa.

  • @rukundoprince5117
    @rukundoprince5117 6 місяців тому +11

    Ibi ngibi Esaie arimo gukora arabikora ku giti cye kuko Imana yamuciye kera byavugiwe i Nyarugenge mu materaniro ya ukiamuka, nta Mana bari kumwe n'ibindi azakora byose arahikora atenze. NTIMUYOBE KWIFATANYA N'ABABI BYONONA INGESO NZIZA. Kuko tugendera kuri Biblia niyo tegekonshinga y'abakristo, kandi ibi akoze bihabanye na Biblia, kuko Biblia ivuga umudiyakonikazi nta mushumbakazi twasomyemo.

    • @pacifiqueemmanuel1667
      @pacifiqueemmanuel1667 5 місяців тому +2

      Ni ukuri pe!
      Ariko se yazana ubutinganyi mu idini ayoboye, ibendera ryo gutingana rikazamurirwa imbere ye, urumva hari icyo atakora.
      Ibindi byose biraciriritse cyane rwose.

  • @rukundonishimwegratien4027
    @rukundonishimwegratien4027 6 місяців тому +9

    8 Nuko ndashaka ko abagabo basenga hose barambuye amaboko yera, badafite umujinya kandi batagira impaka.
    9 Kandi n'abagore ni uko ndashaka ko bambara imyambaro ikwiriye, bakagira isoni birinda, kandi batirimbisha kuboha umusatsi, cyangwa izahabu cyangwa imaragarita, cyangwa imyenda y'igiciro cyinshi,
    10 ahubwo birimbishishe imirimo y'ingeso nziza nk'uko bikwiriye abagore bavuga yuko bubaha Imana.
    11 Umugore yigane ituza aganduke rwose,
    12 kuko nanga ko umugore yigisha cyangwa ngo ategeke umugabo, ahubwo agire ituza
    13 kuko Adamu ari we wabanje kuremwa nyuma hagakurikiraho Eva.
    (1 Timoteyo 2:10;9)

    • @peggys.4125
      @peggys.4125 5 місяців тому

      Ese buriya umwenda w'igiciro cyinshi ni uw'fr angahe tugereranyije?

    • @sanghokim5420
      @sanghokim5420 5 місяців тому

      Irahari myinshi ya menshi cyane

    • @christinen8291
      @christinen8291 5 місяців тому

      ​@@peggys.4125
      Nkeka ari ya ma basin mbonana ba bagore babakire bo muri Adepr

    • @alexiauwinema8676
      @alexiauwinema8676 5 місяців тому

      Hhhh

    • @anoliverolivier9427
      @anoliverolivier9427 5 місяців тому

      rero jye uko mbyumva mbona ntagishya kigiye kuba kuko nubundi abagore babwirizaga kuruhimbi icyaburaga ni izina pasteur , nonese mwarimu ntayobora? ubwose aho bavugango ntayobora ntibikorwa? Pahulo ntiyavuze ngo ibyo bikurikizwe kw'isi yose ahubwo yabwiraga amatorero yari yashinze, aribyo rero nta muzungu w'umugire wazagera mwijuru kuko bafite imisatsi mire mire , ntahantu tubona Yesu avuga ko abagore badakwiye kubwiriza, sinzi niba bariya babwirizwa ku cyumweru bagakozwa habwirije umugore Imana itabemera? nibazako Imana ikoresheje umwuka wera ibwira buri muntu izi igikwiriye nikidakwiriye kuko ari nta dini rihesha umuntu agakiza ubwo kereka niba harabantu batuye murusengero bo bazagwa, ariko ufite uwo mwana ntacyo azaba ubuse baguteretse mugihugu cyuzuyemo abasilamu urumwadeper imperuka yaba ibaye kuri wowe ? Daniel yabaye mugihugu kitavugirwamo Imana arakomera bamenya Imana ye none abadeper bo mu Rwanda bagushijwe nabapasitori babagore bagushwa n'imisatsi, ese mwahamagawe n'adepr cg n'Imana ? ese uwakuraho adepr ubwo nijuru ntimwarijyamo? umuntu wese w'ubatse kwidini agiye kukwa, uwubatse kuri christo akomere, twebwe rero niyo hatabaho idini narimwe tuzakomeza, no muri covid ntaho dusengera Imana yavuganaga natwe, nushaka udushyire mw'idini ryambara ubusa hari uwo twamize yakomeza akabana natwe , nushaka ukureho gusenga Imana izaguma muritwe, musigeho ntadini izajyana umuntu mw'ijuru ariko biri adepr ntawe yagezayo nayo isanzwe irimo ibyayo

  • @mukabaranga04
    @mukabaranga04 6 місяців тому +28

    Genda Theogene Nikwibishaka uri umuhanuzi!!!

  • @fafari150
    @fafari150 6 місяців тому +7

    N'abatinganyi n'abahezagire uwo Isaïe ntacyo asigaje Jyoni ryanrye yari yarabivuze. Kumwe Aroni yategekwa n'abantu bagacura imasa bakayiramya mu bugararwa niko na Isaïe akuyeho itegeko ryavuzwe na Paulo ngo umushumba abe umugabo w'umugore umwe. Mureke daïmoni zitegeke itorero turi mu gihe cy'iherezo

  • @UWIZEYIMANAMariejosette-bi9ju
    @UWIZEYIMANAMariejosette-bi9ju 5 місяців тому

    Musejye cyane umwuka ako meze abahe ubwejye, technologies itatubuza ijuru mugire umunsi mwiza Yesu abarinde mwese nkabasesenguzi.

  • @dancilleuwayisaba9683
    @dancilleuwayisaba9683 5 місяців тому +1

    Ikindi ibijyanye nimisatsi soma 1abakorinto: 11:13,16 haragusobanurira umwenda imana yahaye umugore kumutwe sigitambaro numusatsi ariko Adepr iguha akarongo kamwe kicyogice: 6: wonyine ngo bike muze birakwiye ko umugore agira umusatsi mwinshi kuko nubwiza bw umugabo we .

  • @ndayisengavalens1447
    @ndayisengavalens1447 6 місяців тому +11

    Erega bigomba gusohora kugirango Yesu aze. Nibindi biraza vuba mubitejyereze

  • @joshuan5489
    @joshuan5489 6 місяців тому +9

    Nanjye nibaza impamvu itorero ryaba rimaze imyaka 84 kandi ntakintu bitwaye itorero, uyu Ndayizeye akaba azanye mo udushya nibaza niba atari intangiriro yo gusenya imbaraga ADEPR yari ifite? Twizere ko atari byo ! Gusa kuba RGB ariyo gashyize ho ubuyobozi bishoboka ko ari nayo yababwiye gukora ibyo! Ari njye nakwemera nkajya gukora imirimo isanzwe sinyoborwe buhumyi!
    Murakoze😢

    • @sanghokim5420
      @sanghokim5420 5 місяців тому +1

      Si wowe rero iturize buri wese azivugira ibye

    • @yizerevalensyv2503
      @yizerevalensyv2503 5 місяців тому

      Niko ubikeka ngo nta kibazo byari biteye wabaga mu nama bivugirwamo se uzabanze wumve Usta wa RGB numvise avuga ko muri raporo z'inama bakoraga mbere ya Isaie ngo babyigagaho none babyigagaho ntababizanye urumva umugore yayobora umudigudu (itorero) akahazorikirwa niba yigisha akabayobora ikindi ba pst bakora ni ikihe atashobora ahubwo kuki wumva umugabo yakora mu gituza cy'umugore amubatiza byaba bitwaye iki igituza cy'abagire kigiye gikorwamo n'abagore bagenzi babo

  • @aimealexnshimiyimana2590
    @aimealexnshimiyimana2590 6 місяців тому +13

    Ese plaisir ko utubajije ngo nikizira wowe urabyumva ute?

  • @baiampy1617
    @baiampy1617 5 місяців тому +2

    Icyo nzicyo nibaramuka nemeje ibyo byose uvuze, adepr izahita icikamo ibice, kuko harimo abantu babahezanguni, bemera umwimerere w'ADEPR, muravuga ngo ubushize barasohotse bapfa udukombe noneho baraje basohoke ku karubanda, baravuga ngo Imana uko yariri cyera nuy'umunsi niko iri.

  • @bizimanacelestine5047
    @bizimanacelestine5047 6 місяців тому +7

    Reka nkwisabire Plaisir uge ugerageza kudasigiriza ibidakwiye gusigirizwa nibashaka bazakwange nibakwanga Imana igukunda uzahomba iki?.kiranuka nawe ugeze no kwitanga ubwawe

    • @Hirwa_Promoter
      @Hirwa_Promoter 5 місяців тому

      Nonese ntujyureba ko plaisir umugorewe imisatsi imugera numugongo?? Uzitegereze neza mubyukuri nuko satani ajya aza yitoratoza none yanditimboye ubona Hari umuntu ujyira Naturere Bose sinabonye bajya gusokoresha mubyukuri mujye mugerageza mubaririze inzira zakera kd ntimugashingure imbago zacyera kd abatubanjirije barimo indashyikirwa Kaneziyo barinze basaza kugeza ubwo yitahiye Hari umuntu wigeze areba mumutwe wa madame niyo yabaga ari mubukwe ntasokoza Naturere ye aha narumiwe

    • @AhobantegeyeJeanneDarc
      @AhobantegeyeJeanneDarc 5 місяців тому

      Wicira imanza kumusatsi w'umugore wabandi kuko gukura kumusatsi ntibivuzeko haribyo yashyizemo aho nawe urarengereye bidakwiye wihane.

  • @UWIZEYIMANAMariejosette-bi9ju
    @UWIZEYIMANAMariejosette-bi9ju 5 місяців тому

    Plaisire nagirango mbabwireko nimukora nkuko Biriya muvuze ruguru mumahame yanyu, mushaka bizaba birangiye ko bamwe bazatakaza ibyumwuka nubuhanuzi,gusa ni bashaka ko aba Dame babwiriza murusengero bazabanze basome Bible,kuko harahanditswe ngo umugore ntakwiriye kuvugira muruhame adatwikiriye umutwe,gusa nibabikora muzitegereze neza ko batatwikiriye umutwe uriho nibindi byatuma abantu batakaza Ubu Kristo,basutse bagatega ibitambaro Bakaza kubwiriza barangiza bakagikiramo bakamera nkabandi byaba arimfabusa,mushishoze kuko is irikubatera kuva ku Mana yacu twamenye kndi twizera cyane kurusha ibyiyumviro byabantu yaremye.

  • @Samuelyeremiya51.20-2group
    @Samuelyeremiya51.20-2group 5 місяців тому +1

    Kwimika umugore ngwabe past ntakibazo
    Ikibazo dore Niki
    Igisuko k'umugore W'umukristo nikosa!!!!!!!?
    1Timoteyo2;9-15

  • @salimaisabelle-ds9lz
    @salimaisabelle-ds9lz 5 місяців тому +1

    Plaisir ,Yesu aguhe umugisha kubibazo umbarije .

  • @sophiemunezero2147
    @sophiemunezero2147 5 місяців тому +4

    Ariko se bantu ba Nyagasani gusengera Umugore akaba Pastor bitwaye iki koko
    Ubwo murashaka guhora mumigenzo ya kera nka Abafarisayo
    Yesu Kristo yaciye umwenda ngo Umuntu wese yigerereyo nimureke Abagore bakore Umurimo w'Imana

  • @MukarurangwaPelagie
    @MukarurangwaPelagie 6 місяців тому +12

    Igihekiraje. Kandikirasohoye. Ubwo. AbasengImana. Bayisengera. Mukurinomumwuka

  • @bikoricinoeltv1829
    @bikoricinoeltv1829 5 місяців тому

    Arabishura, ati Yesaya yavuze neza ivyo yavugishijwe n'Imana kuri mwebge indyarya, nk'uko handitswe,
    ngw Aba bantu banyubahisha iminwa yabo,
    Arikw imitima yabo iri kure yanje.
    Bansengera ubusa,
    Kukw inyigisho bigisha ar' ivyagezwe n'abantu.
    Ico Imana yageze murakireka ngo mwumire ku migenzo mwabgirijwe n'abantu. Kand' ati Nka ko mwagize neza gukengera icagezwe c'Imana, ngo muziririze iyo migenzo yanyu!
    Mariko 7:6-9

  • @julynyampinga6933
    @julynyampinga6933 5 місяців тому +2

    Ariko se Adeperi haruwo izafata kugakantu ngo imutrgeke ibyobyose,ubundi ko buriwese azabazwa ibye ubwo uzabikora Biramureba buriwese nagume uko yahamagawe,ubundi

  • @tuganishuri9120
    @tuganishuri9120 5 місяців тому

    ndimo ndagira inama aba christu bo muri adepr ngo basohoke muri adepr binjire muri yesu.

  • @ububyutse
    @ububyutse 6 місяців тому +18

    Ibyahanuwe byose bigomba gusohora byaba byiza cg se bibi. Kandi ntawabyirukana mw Izina rya Yesu ngo bigenge. Inama nziza n uko buri wese yashaka Imana ku giti cye kuko UBUGINGO BUHORAHO ni GATOZI

  • @rukundoprince5117
    @rukundoprince5117 5 місяців тому +11

    Mwibaze impamvu ibyemezo nk'ibi bifatwa ntibitangazwe kuri platforms za adepr hari radio, Facebook, X, UA-cam channel aho hose ntacyo bavuze ahubwo bitagazwa na Iyobokamana. Ibi bigaragaza umuntu udashobora guhagarara ngo asobanure ibyo yakoze kuko nta busobanuro afite, kandi namwe muzi umuntu utanyura mu irembo icyo Biblia imivugaho

    • @sanghokim5420
      @sanghokim5420 5 місяців тому +2

      Imana niyo idahinduka naho abantu barahinduka,n'ibihe birahinduka.Ubwo rero uhagaze neza ntacyo waba

    • @salimaisabelle-ds9lz
      @salimaisabelle-ds9lz 5 місяців тому +1

      Abaheburayo 13:8,natwe ntidukwiye guhindukana nibihe.

    • @mukarukizaimmaculee-ku2lu
      @mukarukizaimmaculee-ku2lu 5 місяців тому

      Turababaye mutubarize Izayi abagabo muri Adpr babaye bake nonese yirukanye abagabo kugirango yimike ababore mbega amahano

    • @mukarukizaimmaculee-ku2lu
      @mukarukizaimmaculee-ku2lu 5 місяців тому +1

      Barashaka gusa nayandi mahanga?
      Baretse abafite irari ryibyisi
      Bagakayja aho babyemererwa

    • @mukarukizaimmaculee-ku2lu
      @mukarukizaimmaculee-ku2lu 5 місяців тому

      Ubundi Imana ikeneye abantu bakijijwe ntabwo yabatumye abantubenshi
      Bibiriya ivugako muminsi yimperuka bazigwiriza ababigisha babigisha ibihwanye nirari ryabo
      Irari ryagwiriye kubayobozi ba dpr

  • @umwubatsitv8118
    @umwubatsitv8118 5 місяців тому +4

    Amaso yacu ari kubona ibyahanuwe bisohora. Nta hantu na hamwe muri Bibiliya Imana yigeze ihamagarira umubyeyi (umugore) kuba umushumba cg umusaserdoti!!! Najyaga mbinenga mu yandi madini none na hano birahageze!!! Musohoke mu madini yarinjiriwe mwa bantu mwe.

  • @UPSBackup-l6q
    @UPSBackup-l6q 5 місяців тому

    Erega mbose babyigeho p abo banyambwenge babohore abanyu bakore ibyo bashaka njya ndumva bavuga ngo Imana ireba mumutima dusigarane Imana yo mumutima ahaaa byiza cyanee,

  • @WONDERFULTVLIF
    @WONDERFULTVLIF 5 місяців тому +3

    1 TIMOTEYO 3-2-4 umuntu uzasengera umugore kuba umukuru w'itorero azabanze asome aho muri TIMOTEYO, nasanga hamuha uburenganzira azamusengere, arebe niba ibikwiriye kubahwa mbere yo gusengera umukozi niba bihura nuwo bagiye gusengera. ADEPR we urambabaje. Iyaba waruzi iyo uri kwerekeza wakagarukiyaho

    • @laurence7961
      @laurence7961 5 місяців тому

      Ni agahinda pe!!! ADEPR koko ibaye nka'yandi madini!!!!

    • @bagirigomwagonzague
      @bagirigomwagonzague 5 місяців тому

      Numiwe peeee ariko mana we tabara

  • @NyiranezaClaire-l4e
    @NyiranezaClaire-l4e 5 місяців тому +4

    Ariko mureke mbabaze mwabantu mwe ko abagore birirwa babwiriza bahanura cg bayoboye gahunda! Ntago mubatega amatwi kandi mugafashwa! Nonese ababaririmbyi babagore n,abakobwa baba bafite za naturel nyinshiiiii ntibarara basutse ibituta ninjoro uziko niyo bateze ibitambaro kenshii baba babisutse bakanga ko bigaragara ariko rwose baba basutse nibareke abantu bisanzure cyaneko lmana ntacyo ipfa nimisatsi mureke kuboha abantu nimwe mutuma bahorana kwifuza mumitima kandi nicyo cyaha kibi cyane murakoze

    • @rukundoprince5117
      @rukundoprince5117 5 місяців тому +1

      Biriya bitandukanye ni nshingano zubupasteur

    • @JNissi-pu2rq
      @JNissi-pu2rq 5 місяців тому

      Kristo Yesu ashimwe!
      None c uravuga ngo bareke kuboha abantu hari uwo bazanye ku ngufu?
      Abo uvuga bagiye aho babikora ko ari henshi.
      Iyo wagiye mu kintu wijyanye ntabwo wavuga ngo uraboshywe mu gihe hari ahandi bakora ibyo wita ko bikuboshye kandi ntawakubujije kujyayo.

    • @amavutaamavuta5553
      @amavutaamavuta5553 5 місяців тому

      Ndumiwe😢ubuse koko abantu mwiza mwabuze ahobemerewe gusuka ngo muzajyeyo??? Amatorero abikunda kdi abikora simenshiii mwagiyeyo

    • @genestekwizerimana7816
      @genestekwizerimana7816 5 місяців тому

      ​@@rukundoprince5117yes !barya baba Ari abavugabutumwa ntibiba Ari abapasterikazi.

  • @NzabahimanaJean-s7h
    @NzabahimanaJean-s7h 5 місяців тому +6

    Cyera, Abakrisito niyo yitwaga, Inamankuru nirworwego rwafataga iywanzuro none ubwo rwego rwakuweho. Itsinda rito nibyo ryiherera rigafata Imyanzuro
    Ariko, Itorero rifite nyiraryo. Azarirengera Kandi vuba.

    • @ububyutse
      @ububyutse 5 місяців тому

      None se byose bagomba kubihindura

    • @littlebylittle85TV
      @littlebylittle85TV 5 місяців тому

      Noneho abarimu babaga muri ADEPR ntabwo wabemeraga? Umushumba ni iki se? Si umuntu ashumbye intama? Buriya inyito nicyo njyewe mbonamo ikibazo. Kuko Pastor/Rev n'ibindi mbona ubihinduye mu kinyarwanda byaba Umwungeri CG umushumba. Nonese abagore bashumbye amatorero ko bitateje impagarara bayabaha bika biteje impagarara bagiye kubarambikaho ibiganza? Baradushumbye igihe kirekire rwose kandi bakora neza umurimo. Mubareke rero nabo bahabwe inshingano y'icyubahiro

  • @bikoricinoeltv1829
    @bikoricinoeltv1829 5 місяців тому

    Bakunda ivyicaro vyo haruguru aho batumiwe, n'intebe z'icubahiro mu masinagogi, no kugirwako bgakeye mu tuguriro, no kwitwa n'abantu: Rabi . None, ntimukitwe Rabi, kuk' umwigisha wanyu ar' umwe, namwe mwese mur' abavukana. Kandi ntimukite umuntu wo mw isi Data, kuko So ar' umwe, ar' uwo mw ijuru. Kandi ntimukiyite umuranzi, kuk' umuranzi wanyu ar' umwe, ari Kristo.
    Matayo 23:6-10 Arik' umukuru muri mwebge az' abe umukozi wanyu. Uzokwishira hejuru azocishwa bugufi, kand' uzokwicisha bugufi azoshirwa hejuru.
    Matayo 23:11-12

  • @emmanuelnsabimana9454
    @emmanuelnsabimana9454 5 місяців тому

    Abaye aribyo byaba ari ikibazo gikomeye kuko abayobozi bacu nibagendera ku marangamutima y'abantu, ngo ni ibyifuzo by'abakristo, itorero bazaritoba, imyizerere bayihindagure bazisange itorero barigize icyo ntazi. Abahigi benshi bayobya imbwa. Biriya bintu byari biriho, ibyinshi byashyizweho n'Umwuka, ibindi bishingiye neza kuri Bibiliya, ibyo bazashyiraho nyuma bizaba bishingiye ku marangamutima, pressure ya RGB, pressure y'abashaka gusenya itorero, ubwo wabona na rya tangazo ryo kudefiriza no kwambara amapantaro ku bagore twabonye ubushize riri muri uwo murongo w'ibishaka guhindurwa.

  • @gisenyi1franchise545
    @gisenyi1franchise545 5 місяців тому

    Muzatubarize umurongo wo muri Bible bashingiyeho bavugako abadamu bemerewe kuba abapasteur,kuko njye ngerageza kuyisoma kenshi gashoboka ariko ntawo nabonye,Kandi witegereje neza mu isezerano rishya ntabwo Imana yashimye gushira abagore mu myanya yo hejuru keretse ku mwanya w'ubudiyakoni,no kugenda twamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu KRISTO mu mahanga(duhereye mu ngo zacu),nanjye ndi umugore ariko nemera kuyoborwa na Bible kurusha kuyoborwa n'ibindi(ubuse mu ntumwa hari umugore Yesu yatoranyije,mu banditse isezerano rishya Bose hari umugore urimo),twe bible itugerereranya nk'inzabya zibumba zoroshye niyo mpamvu ntekerezako idashima ko tujya mu buyobozi b'ukuri,ariko idini rigomba gusohoza ibyaryo uko rishaka gusa abaKristo b'ukuri bo bazakomeza kuyoborwa na Mwuka wera(kuko abayoborwa n'Umwuka w'Imana nibo bana b'Imana), murakoze.

  • @SosthèneNkurunziza
    @SosthèneNkurunziza 5 місяців тому

    Ariko nibwira ko iyo umuntu avuze ko habaye ubusabe bw'ikintu runaka bagomba kuba habaye % yababisabye kdi ikemerwa iri ku kigero cyo hejuru. Ese ADEPR bavuga ko + de 3'000'000 ubwo nibangahe babisabye?

  • @sifabatamuriza2255
    @sifabatamuriza2255 5 місяців тому +3

    😢😢😢😢ariko noneho Mbashije kumirwa gusa ndababaye cyane

  • @twagirayezuemmanuel8312
    @twagirayezuemmanuel8312 5 місяців тому

    Njye ndumva niba abayobozi ba ADEPR bibananiye guhagarara kuri doctrine yaryo barisenyurira mu yandi matorero yemera ibyo byose kuko ntampamvu yaba igaragara yo kubaho kwayo. Bibaye ari ukuri kwaba ari ugutsindwa kw'ingoma ya Isaie kandi yaba ahaye inkunga ikomeye opposition ye.

  • @JNissi-pu2rq
    @JNissi-pu2rq 5 місяців тому

    Kristo Yesu ashimwe!!!
    1) NTA KIZABUZA IBISITAZA KUBA ARIKO UBIZANA AZABONA ISHYANO
    2) IBYO UMUKRISTO AKORA BYOSE ABISHINGIRA KURI BIBILIYA NK'UKO AMATEGEKO YOSE AGOMBA GUSHINGIRA KU ITEGEKO NSHINGA
    3) TUGENZURE IKIRERE UKO CYIFASHE (IBIMENYETSO BY'IBIHE, IBYAHANUWE MURI BIBILIYA)
    4) MWIBUKEKO ICYO MWITA AMADINI CG AMATORERO KIGIZWE NAWE NANJYE.
    ESE JYEWE CG WEHO DUHAGAZE MU MWANYA KRISTO YISHIMIRA, DUHAGAZE NEZA, NTABWO TWARANGAYE SATANI AKINJIRA, TWABEREYE MASO UBUGINGO BWACU, TUBERA MASO AYO MADINI CG AMATORERO????
    5) HANO TURAVUGA IBYO DUSHAKA, TUKANENGA, ABANDI BAGATUKANA BAKISANZURA, ABANDI BAKAYOBORWA N'AMARANGAMUTIMA, ARIKO TWIBUKE KO:
    6️⃣) UMUNSI UMWE BURI WESE AZAHAGARARA KU GITI CYE IMBERE Y'INTEBE Y'IMANZA CG BURI WESE AZABAZWA IBYE.
    NSHUTI Z'UMUSARABA, TWIBUKEKO AKAJAGARI KA HANO KAZARANGIRA, TUMESE IBISHURA BYACU MU MARASO Y'UMWANA W'INTAMA KANDI AMATABAZA YACU AHORE YAKA, TUTAZABA NKA BATANU B'ABAPFU.
    BURI WESE KU IZAMU RYE!!!!

    • @salimaisabelle-ds9lz
      @salimaisabelle-ds9lz 5 місяців тому

      Yesu Kristo aguhe umugisha mwene Data ,Uwiteka aduhe kuba maso.

  • @AdolpheNsabimana-mn1mv
    @AdolpheNsabimana-mn1mv 5 місяців тому

    Amahoro 'imana abane namwe.gusa adpr nzi yakera yagenderaga kuri bibiriya n'ubundi niyo yo kugenderamo kurusha Andi maranga mutima ayariyo yose,nituda kora ibyo itubwira imana tuzaba twarigishije ibinyoma.ibyi misatsi,amahereno,kwakira abavuga butumwa bo muyandi matorero,kujya kuruhimbi kwa badamu bacu n'ibindi bijyanye n'impinduka za adpr.uko biri muri bibiriya.adpr ninyuranya nabyo izaba ihindutse MBERE ya bibiriya.n'ugusenga cyane tutagwa mumoshya imana iduhane umugisha.

  • @ntivuguruzwajean9269
    @ntivuguruzwajean9269 5 місяців тому

    Ne data ibibihe turimo birasubiza bamwe mu rungabangabo abandi mubisa no guca hejuru yljambo lylmana ubona yo babemerera niyo misatsi ko wenda haraho bibiriya ibivugaho ko bagomba kwirimbisha abagabo ntabwo babyemererwa ariko Umwepiskopi agombakuba ateye ate?bazongereho muri bible ko agomba kuba uwumugabo umwe nilyo riburamo ariko njyewe ndisaziye abajyambere musenge kubabishoboye utu munsi twigishijwe ngo IMANA IRI MUKAZI Nimuzamere nka wamutware wisinagogi wabonye Yesu akijije umugore ubumuga bwo gihetama umugongo agakira abandi bakarakara muhumure IMANA IRIMUKAZI PE

  • @lukafilsmercy
    @lukafilsmercy 5 місяців тому +3

    Buri wese arinde irye zamu, dusabe Imana ituzigamire igitsibo.

  • @CyizaDonath
    @CyizaDonath 5 місяців тому +1

    Niba ubikunze nkandira hano kwifoto tubane nanjye ninkunga yawe ndayikunze❤

  • @alberttuyisenge9504
    @alberttuyisenge9504 5 місяців тому

    Ariko Isaie agomba kunezeza uwatumye ajyaho ,niyo mpamvu afite gahunda yo kuyampa itorero kera ADEPR ntibari barize babayoboraga nk 'Intama ;ariko ubu siko bimeze .Uyoborwa n umwaka w 'Imana niwe mwana w 'i Mana. Isaie mumureke azabibazwa.

  • @RiverBlessFamily_TV_TrustinGod
    @RiverBlessFamily_TV_TrustinGod 5 місяців тому

    There is neither Jew nor Greek, there is neither slave nor free, there is neither male nor female; for you are all one in Christ Jesus.
    (Gal 3:28)

  • @NyiramisigaroAgnes-x4d
    @NyiramisigaroAgnes-x4d 6 місяців тому +3

    ❤ ndumubyeyi ariko ndagukunda nkunda zabushya ahura hose ndahareba

  • @nkeramugabapascaline3865
    @nkeramugabapascaline3865 5 місяців тому

    bantu mudasobanukiwe icyo kuba pastor aricyo. ntago arukwigisha gusa ahubwo nukuragira intama za christo. ukayikurikirana ukamenya ko yariye, ukamenya ko yavunitse ukayunga, nibindi byinshi. uyu numurimo Imana yageneye umugabo. mwibaze impamvu ntamugore wabonetse muntumwa za yesu 12. nuko yabuze abagore se cyangwa?

  • @DavidiMbonyimana
    @DavidiMbonyimana 5 місяців тому

    Bashingiye kubusabe byabantu abantu nibobakorera cyagwa dukorera imana harya nkumugore urimumihango azarya kubatiza mumbarize abobayobozi muntumwa zayesu hariharimo abagore bangahe ibyahanuwe ezayi niwe ubisohoje

  • @pierrembarushimana1677
    @pierrembarushimana1677 5 місяців тому

    Barakubeshya kwimika abagore ntabwo aricyifuzo cy'abakristo nicyifuzo cya RDB yimitse abantu baharanira inyungu .........

  • @mukarukizaimmaculee-ku2lu
    @mukarukizaimmaculee-ku2lu 5 місяців тому

    Ubundi nuko turi mugihe cyubuntu izayi nabamushigikiye aho agejeje Itorero ry'Imana yarakwiye gushyirwa kukarubanda nkuko cyera bagenzaga uwishe isabato cg uwasambanye agaterwa amabuye

  • @geraldinekamali832
    @geraldinekamali832 5 місяців тому +2

    Oya inzoga ntizikabeho mu izina rya YESU.

  • @TuyisengePierre-fr1fj
    @TuyisengePierre-fr1fj 5 місяців тому

    Ndange nduwo muri adpr ariko ikigaragara batubeshye imyaka myinshi lmana ntihinduka bo barahindagurwa nibihe gute! Ubuse ngo kudatanga icyacumi nicyaha kunywa inzoga no kwambara mini nibindi ubikora ntazajya mwijuru mwabanyamitwe mwe birababaje

  • @ShangweDeliphine
    @ShangweDeliphine 5 місяців тому

    Mudusobanurire ubundi amategeko ya ADEPER yashizweho nabantu cg ni lmana kuburyo isei Yaba yarengereye muturangire ahanditse amategeko ya ADEPER muribibiriya niba ADEPER ariko uzajya mwijuru abandi baba baganahe? amadini ni aderese naho itorero nirya kiristo

  • @anoliverolivier9427
    @anoliverolivier9427 5 місяців тому +1

    umuntu avuze comment ndumirwa, ati tureke ubuhezangu kuko Adepr iri mu rwanda gusa , none ubwo abanyarwanda nibo bazajya mwijuru gusa? udakomeye agiye kugwa ukomeye nakomeze akomerere muri adepr uwejejwe agumye yezwe nuwanduye agume yandure

  • @chissuacabeneditoarmando1225
    @chissuacabeneditoarmando1225 5 місяців тому

    Nibanyimikire Ev Joseline Mukatete gusa naho abandi ntabwo ari ngombwa

  • @NutsinziFerdinand
    @NutsinziFerdinand 5 місяців тому

    Ariko se bera b'Imana,hakorwe iki ko uyu mugabo ari gatumwa?
    Ntibihaye gucyoza Jyoniryange! None dore iyo bigeze.
    None se umunsi ashorera Jehova jireh no kwa cardinal,ninde wamenya imihango yakozwe?
    Ibyazimaniwe abashyitsi se ninde uzi byaratongerewe iki?
    Ariko mubona ya makarikari ya kirokore agikanga sekibi kandi asigaye abaha amabwiriza yaramaze gufata intebe y'ikambere?
    Iyaba twiyumvagamo imbaraga y' ubutwari ,tukazenguruka karindwi kandi bucece ;twarangururira rimwe ku iherezo ikizira cyadagadwa!!!

  • @HabanabakizeDiogene
    @HabanabakizeDiogene 5 місяців тому

    Bazabyemera ibyo se ko babyemeye ,ahubwo biroroshye,kukise amapantaro agiye kwambarwa nabagore,rero mukenyere ,nanjye ndagari

  • @christineumuziranenge3118
    @christineumuziranenge3118 5 місяців тому +2

    Ahaaaa!!!Ubwo reka twitegure no gusuka kwambara udupantalon,utuminu jupe,n'udukabutura banadushakire ubusobanuro tuzaha abatubwiraga ko twigize abaturage twaravukiye i Kigali,dushyingirwa n'injwiri abandi badefiriza,....Ese ibi bintu ni umwuka wera ubizanye?cg ni uko turi kwinjira mu mubiri cyane??Reka dutegereze tuzarebe final da!

  • @salimaisabelle-ds9lz
    @salimaisabelle-ds9lz 5 місяців тому

    Yeweeeee,ndumiwe pe nakataraza kazaza numa yibi mubona. Abaheburayo13:8

  • @nzizarabbitsfarm9118
    @nzizarabbitsfarm9118 5 місяців тому

    😅yooo ahubwo se udatumiye Israel mbonyi cg ngo wigishwe na Antoine wa kwigishwa nande? kandi njye mbona ivugabutumwa ryacu ADEPR. Atari mpuzamahanga kandi muri krist Yesu twese turi abana b Imana
    1ipantalon se itwaye iki
    2umusatsi wo utwaye iki
    Gusa kuko twabyemeye ko tutazabikora tubireke kugirango tutagirwaho urubanza ariko niba dukomorera tuzambare tunasokoze rwose

  • @JoselyneGateraTV
    @JoselyneGateraTV 6 місяців тому +6

    Plaisi ,,,abazi Imana yabo bazakomera bakore ibyubutwari.ikinicyo gihe ngobakore ibyubutwari.sindi umwa ADEPR ariko ndumukristo.

  • @UwingeneyeDelphine-dw5bi
    @UwingeneyeDelphine-dw5bi 5 місяців тому

    Uwiteka we tabara ubwoko bwawe bene data dufatanyije urugendo rujya mwijuru ndababwira nange nibwira uwera nakomeze yere uwandura nakomeze yadure kuko umuremyi wibihe aribugufi aha haratambuka intwarane pe Imana iturengere.

  • @aimeeishimwe2948
    @aimeeishimwe2948 5 місяців тому

    Yesu yubahaga umuco w'ahantu ari. Urugero, n'abo bagabo muvuga, ntago bari bemerewe kuvuga imbere y'itorero mbere y'uko bagira imyaka 30. None ubwo abavugabutumwa bahagarara imbere y'iteraniro tubite ikizira kuko muri bibiliya ntawabikoraga? Umuco urahinduka, kandi iyo atari ibintu byica ubugingo, nta mategeko ahana evolution no kwaguka mu bitekerezo. Ubu ibintu byose itorero rya none rikora ubu, bitanditse muri Bibiliya tubyite ishyano n'inzaduka? Ubu Imana yakunze umugore ikamuha agaciro gakomeye, Ikemera kubyarwa nawe, Ikamupfira, kumuha umuhamagaro wo kubwiriza ubutumwa bwiza cyangwa no kuyobora itorero nibyo bintu bikomeyeee...???

  • @HabumugishaJeandamour-fm2qd
    @HabumugishaJeandamour-fm2qd 5 місяців тому

    Ifrayimu yivanzee nandimoko amera imvi zurutarutaru Kandi pe ibyobintu Imana ntibirimo izabahana

  • @hanyurwabakeamon8647
    @hanyurwabakeamon8647 5 місяців тому

    Ese ko mutsimbarara kubyari bisanzwe,kuko ibyaha bikabya kuba byinshi muri Adepr Imana rero yararakaye niyo mpanvu igihe gukoresha abagore nkuko yahindukiriye abanyamahanga Israel yanze kubaha Imana
    Zbr 68:12, mugafunzo hari umugore wari umupasiteu muriAdept,dukwiye kwaguka mu bitekerezo,tureke guhagarara ku mihango y,idini ahubwo dukizwe, neza abo bagabo nzabemera neza nibakora badahembwa ,

    • @umwaliazeleny
      @umwaliazeleny 5 місяців тому

      Yitwaga Rodia ahitwa I Mukoma hhh

  • @BYoungboy
    @BYoungboy 5 місяців тому

    Isi Turimo igomba kugera no mwitorero rwose mureke ibyahanuwe byose bisohore kd mubareke bagende ikuvunge kuriyorodani bizagaragara

    • @sanghokim5420
      @sanghokim5420 5 місяців тому

      Ubundi se ibyahanuwe byose ni ibyaha cg ni ibimenyetso by'ibihe?Mufunguke

  • @siloam2023
    @siloam2023 6 місяців тому +3

    Ahaaaaa mba ndi aho numiwe pe! nuko nyine ntari umunyedini ariko kimwe mu byatumye Abisiraheli bagwa mu butayu harimo ikivange cy'abanyamahanga bazanye nabo bambuka inyanja itukura , batangira kwifuza iby'iwabo aba isiraheli nabo babura ubwenge barabigana, Nukuri nta mw'ADEPR w'ukuri wasaba bene ibyo ahubwo bamwe mu bivange nibo bashaka kwanduza abari birinze.so, nibashaka barebe neza bataba bari kurwanya Imana

  • @Just_Nicole794
    @Just_Nicole794 5 місяців тому

    Birababaje basigaje kuvugango nibasuke nugusenga gusa naboubundi birababaje 🫢🫢

  • @erichakizimana8529
    @erichakizimana8529 5 місяців тому

    Riziki Chantal yari yabihanuye ko harimwo amabandi amasarigoma ibipasiteri ibirura bigomba gutsontsomera umugeni wa Kristo none birasohoye mwirinde bene data nibindi biri inyuma

  • @NdatimanaBernard-jo8sp
    @NdatimanaBernard-jo8sp 6 місяців тому +4

    Kutatweretse urutonde rwabobapasiteri😊😊😊😊😊

  • @Just_Nicole794
    @Just_Nicole794 5 місяців тому

    Abafashe icyocyemezo imana ibababarire 😢karabaye

  • @drocellemukarushema362
    @drocellemukarushema362 5 місяців тому +1

    Àbantu nibayoborwe n'umwuka w'Imana bakomeze urugendo

  • @bikolimanajeanclaude
    @bikolimanajeanclaude 5 місяців тому

    Uwiteka afite agahinda kabo yahamagaye agashyira murugo benshi muribo nibo rukozasini afite bahaye urwaho abanzi b,uwiteka ngo bamutuke !!!!! Efulahem yewe efulahem. we dore wabaye nk,inyuma y,injiji. ....

  • @Jeannette-q3s
    @Jeannette-q3s 6 місяців тому +1

    1timoteyo3:2
    Ushaka ku a umwepiskopi ni abe umugabo w' umugore umwe,... Ntago ari umugore w' umugabo umwe! Birabusanye ,ngaho babanze bahindure bibiliya nyine ,ubundi banezeze irari ryabo! Icyo nzicyo,uwatoranijwe ,uri mu itorero riri mu ibganga w' umugore ako kazi azakendera kure!!!!

  • @vallloyd9653
    @vallloyd9653 5 місяців тому

    Mana ibibintu narabirose mbibwira mama arambwira ati ntibyashoboka, none mbonye iki kiganiro ndumiwe, sinkiri umu ADPR ariko ngo nasubiye gusura chorali naririmbagamo ngo mbona bamwe muribi barasutse abandi bambaye jewels 💎, ngo ndababaza ngo byagenze bite hama barambwira ngo barakomorewe ngo bisigaye byemewe kubishaka, ........ sinzuko izo nzozi Zaje 🤷‍♀️

  • @ishimwejosiane1705
    @ishimwejosiane1705 5 місяців тому

    Mugeni tv kurikirana ijambo ry'Imana

  • @GahutuJean
    @GahutuJean 5 місяців тому

    Abarwanya abagore ko bataba abashumba,ubundi se basanzwe batatuyobora Kandi bikagenda neza,nonese abagore haricyo bapfa n,Imana kuburyo bataba abashumba,ni mureke iyo myumvire

  • @j.damascenendayisenga3077
    @j.damascenendayisenga3077 6 місяців тому +3

    Plaisir , Imana idushyigikire ADEPR turafitwe.

    • @Izibyoseleah7
      @Izibyoseleah7 5 місяців тому +1

      Oya humura nshuti yange ,iyatangije umurimo irahari kd ni yo kwizera. Don't be afraid bcz of these changes. Imana irahari kd ntakinya kuba kuntore zayo itazimenyesheje

  • @ndikumanaflorence6952
    @ndikumanaflorence6952 5 місяців тому

    ADEPR yaguye kera, iha abagore uruhimbi,kuko nabyo bible ntibyemera ibindi ni suite nta gishya cyabaye iwanyu😢😢😢😢😢

  • @MukarurangwaPelagie
    @MukarurangwaPelagie 5 місяців тому

    Arikotwebweho. Iwacu Nimwijuru. Nihodutegereje. Umukizakwazava. Imana. Ishimweko. Twamenye Amategeko. Namateka. Byurugendo. Rujyameijuru. Yesu yaduhaye. Umwukawera. Tuzi. Gutandukanya. Ikizanikibi. Imana. Ishimwe

  • @mutatismutandis900
    @mutatismutandis900 5 місяців тому

    Amadini yose (umwuka wayashinze) ni udutsiko twamabandi yitwaje bibiriya kuko ntawe Yesu Kristo yatumye wabuze uko avuga ubutumwa bwiza atisunze idini

  • @HabanabakizeDiogene
    @HabanabakizeDiogene 5 місяців тому

    Ntagitangaza,kuko ibyo umwuka wera yavuze bigomba gusohora kd bigasohora kw 'Itorero ryayo.Ikindi kd bagomba kuba nkabandi kugeza igihe u bubyutse bugarutse.

  • @MukagatsinziBeatha
    @MukagatsinziBeatha 5 місяців тому

    Iyi nkuru ni nziza kuko n"abagore barashoboye !

  • @pastorosine
    @pastorosine 5 місяців тому

    Twese tuvugako ADEPR Ari itorero ry'umwuka, Kandi abumvira umwuka nibo bana b'Imana.
    Umwuka yababwiyeko hagezweho n'inkoni y'ubushumba ku bagore

  • @BushiEmmy
    @BushiEmmy 5 місяців тому

    Nibitaraza bizaza haje abatinganyi haje impuza matorero none naba paster babagore Erega isayi yashyizweho na RGB ntago yashyizweho N'Imana rwose. Ikizira cyageze ahera murarame murebe hejura ibyaditswe birigusohora.

  • @wamaharochantal6401
    @wamaharochantal6401 5 місяців тому +2

    Ngo bashingiye kubusabe bwabantuu? Ntanubwo arikucyo ijambo ry,Imana💔😭

  • @GasigwaCharle
    @GasigwaCharle 5 місяців тому +3

    Ubundi yesu atoranya abagabo akabita intumwa yarayobewe gutora abagore mube maso

  • @amavutaamavuta5553
    @amavutaamavuta5553 5 місяців тому +1

    Yewe amafranga yaguzwe umwana w'Imana koko😢 buriya amfranga yabatinganyi niyoyab'agiye kunyeganyeza itorero akakageni????? Imana ntizabyemera kd muzabibonesh'amaso yanyu

    • @bakundamahorochance4794
      @bakundamahorochance4794 5 місяців тому

      Koko se ? Ubuse Imana yavuganye natwe yarabeshye ra?

    • @yizerevalensyv2503
      @yizerevalensyv2503 5 місяців тому

      Ese ubahe utunguwe na pst w'umugore EAR, EPR,...ukeka badakizwa se muve mu bujiji ubu koko Anglican ubuse abapagani ni gihe bafite n'abahowe Imana b'ibugande muve mu bujiji

  • @kananijean2696
    @kananijean2696 5 місяців тому

    Yesu ashimwe! Ibi kumugeni wa Christ birarushaho kumukangura nokumwerekako agakiza kacukatwegereye kuruta igihe twizereye mukanguke mudasohorwaho n'Imigani14:15,naho ubundi nibyanditswe birigusohora musome Ibyahishuwe17:igice cyose muramenya ukuri mukomeze nomubyahishuwe igice cya18 murahasanga iherezo ryibitubona kandi nitwige kubaza Bible ahokubaza abantu kuko ariyo itabeshya umuntu arahinduka Matayo7:15-21 lmana DATA ihishurire abana bayo ukobagomba kubaho muri ububuhenebere bukabije!

  • @hirwafelix9817
    @hirwafelix9817 6 місяців тому +5

    Ahaaaa nakataraza kazaza ubundi babatinganyi wasanga nabyobiri mubyabazanye

  • @ububyutse
    @ububyutse 5 місяців тому

    Byaravugwaga cyeraaa sinari nzi ko bizasanga ndi mw isi, none mbirebesheje amaso. " BANA BANJYE MUWUSOHOKEMO"

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 5 місяців тому

    Yewe ndi umugore Ariko ndabyamaganye muizina rya yesu
    Ababayebo aho batugeze
    Puuuuui

  • @SHAMI-B
    @SHAMI-B 5 місяців тому +1

    Nonese Plaisir nanjye mbabaze umbarize ADPR ko mubabuza kudedriza kdi mukabemerera gutera kanta yewe mukanabemerera kwitukuza mwaretse imigenzo y idini ko tubina abaciwe badefrije ariko abitukuje nabateye kanta nimubavugeho murumva mutarayobye koko

    • @cecilebukuru2298
      @cecilebukuru2298 5 місяців тому

      Uvuze bike pe.Ivyaha vyuzuyemwo barabizi.Nabo nibisuzume.Ico caha ca defriza nico bahora bavuga,ubugome ko ntarabona uwu bashira inyuma uwabeshe,amashari,ubugome etc...

    • @yizerevalensyv2503
      @yizerevalensyv2503 5 місяців тому

      Ufite imyumvire mike mu gutandukanya discipline na doctrine waba warasomye doctrine ya ADEPR ugasangamo iby'imisatsi,...ukwiye gusoma ukajya uvuga ibyo uzi sinzi idini ubamo ariko uzarebe neza urasanga naryo rigira discipline haba mu myambarire y'abariyobora no mu minywere urugero Gatulika ababikira bambara igitambaro mu mutwe EAR umwigisha aba yambaye ikanzu, abadiventiste aba JA bagira imyenda yabo,...ntaho wajya ngo ubure akantu bashyizeho katari muri bibiliya kabatandukanya n'abandi ariko ntaho Kaba gahuriye n'icyaha urugero ADEPR ikunda gutega igitambaro ku bagire ariko si icyaha kutagitega sinzi niba utabazi batanagira igitambaro ese wari wabona jehovajireh choir yiteze? Ku mapantalo nabyo si icyaha kuko ADEPR yahisemo ko mubuzima busanzwe hajya hambarwa imyenda yiyubashye bahitamo kuyambara kenshi ipantalo ariko si ihame bitewe n'umurimo ugiyemo wemerewe kwambara ipantalo nk'abaganga abasirikari abapolisi, abakanishi abafundi rero kwibwira ko aba ADEPR batambara ipantalo byaba Ari ubujiji no kudasobanujirwa k'uri kubivuga reka nkubaze wari wabona umubikira wambaye amaherena cyangwa wambaye ipantalo ariko se idini ryabo ntubizi ko babyambara nkeka rimweukeiye kujya mumenya uko ibintu bikorwa akajagari ntabwo kagaragaza umuntu ugira gahunda

  • @annelunyirandikumana9671
    @annelunyirandikumana9671 5 місяців тому +4

    Mana we ,ubwo se mwavuga 84 years iryo hishurirwa ni Isaie warihawe .
    Nyamara ibimenyetso by,ibihe .

    • @didi-dr1mj
      @didi-dr1mj 5 місяців тому

      Ubwinshi bw imyaka ntibivuze kutayoba mama.uzi imyaka aba juifs bamaze bagitegereje umukiza kandi yesu yaraje ? Ibyo se bibabuza ko ari ikinyoma ?

    • @yizerevalensyv2503
      @yizerevalensyv2503 5 місяців тому

      Niba utekereza ko Yesu agarutse yaza yambaye ikanzu muri 2024 uratangaje ubwo ni ubujiji

  • @ndikumanaflorence6952
    @ndikumanaflorence6952 5 місяців тому

    Umuhanuzi William Marion Branham yavuze ko aba pentekote bazaba babi kuruta Andi madini, none ndabona bibasohoyeho😢😢😢😢; muri bible biriimo ko pasteur agomba kuba Ari umugabo ufite umugore umwe+ afite abana bizera. SI umugore w'umugabo umwe no