you all probably dont care at all but does any of you know a method to get back into an Instagram account?? I was dumb forgot the account password. I would appreciate any tips you can give me
@Roy Douglas Thanks for your reply. I got to the site thru google and Im in the hacking process atm. Takes quite some time so I will get back to you later with my results.
Mana weee!!!! Mbega ubuhamya bunkoze kumutima!? Maman Fabrice shenge na papa Fabrice!!! Sabin nubwo ntarakubona yaba Ku ifoto CG amaso kumaso ariko ndagukunda pe!! Byumwihariko nkunda ukuntu ukunda inzahuke nuburyo Uri hafi yumuryango wa paster Theogene kuva wabamenya kugeza nubu!!! Iyi couple inyibutsa iya Paster Theogene na Asia!!!!
Saben urakoze pe kugira neza kuzana iyi family pe gacuma ndamuzi cyane yari inshuti yange ariko ndanezerew kuba yarahindutse cyane rwose Imana ikomez intabwe ziyi family kdi izaba girire neza cyane Ndifuza kuzonger ukabasura pe ukabaganiriza uyu gacuma aduhe ubuhamya bwuzuye pe
Nari ikiraya cy'ikigabo , indaya ya nyuma yari iya 213 uyu tubana ni iya 214, iyi famille nibwo nyibonye, ndi Nairobi ark ngomba kubonana na familie Papa Fabrice, love you so much Romantic Family ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Papa na Maman Fabrice, murakoze cane !!!Nta munyabicumuro yokwihebura, ntakinanir'Imana !!Mwavuye kure basi !!Ndashimiye na Savin yabakoresheje iki kiganiro !!!Iyo ntahe irakomeye basi !!!Muhezagirwe !!!!!!
Kanda hano urebe ubuhamya bwa Mama Fabrice buheruka: ua-cam.com/video/CUMFqE6T2ZE/v-deo.html
you all probably dont care at all but does any of you know a method to get back into an Instagram account??
I was dumb forgot the account password. I would appreciate any tips you can give me
@Leonard Harlan Instablaster :)
@Roy Douglas Thanks for your reply. I got to the site thru google and Im in the hacking process atm.
Takes quite some time so I will get back to you later with my results.
@Roy Douglas It worked and I finally got access to my account again. Im so happy:D
Thanks so much you really help me out!
@Leonard Harlan You are welcome :D
Mama Fabrice ndagutahije saben urakoze kutuzanira iyi couple abavyinshimiye nkanj like
Sabin.ndagushimira cyane.ukora akazi kawe neza.nukuri turagukunda cyane pe.sasa wazatuzaniye umutoza witorero ibihame.witwa aimable.murakoze cyane.
Imana ikomeze kubaha umugisha.mwatuganiriye neza
Ngo chr genda wose umwana ugaruke tuvungurane.Mana Weeeee.muranyishe
Ibibintu ntibikwiye kuvugwa muruhame kuko bizatera ipfunnye abana babo mubandi
😂😂ndumiwe ndumiwe koko ngo 213🤔😂ahubwo ndabona munasa! muri beza rwose Imana ikomeze ibubakire
Niba wemerako Yesu atangubuzima mvugira ngw'Amen. Urabonukuntu basa neza.
Ameeeen
Ameeeen
Canee
Amen
Amen! Yego kabisa rwose naho Imana itakuvana
Gutanga ubuhamya bishobora gufasha ariko nibajije abana banyu icyo batekereza iyo babonye ibi biganiro mutambutsa babyeyi!!
Umuntu warubategereje nkanjye🙋 mbakunda kubi ,mpaka nsoje kubareba iyi interview numuriro thanks sabin
Abo i Rusizi muraho 🖐🏽😄
Uru rugo rwubahwe kbsa! Bafite amateka pee! 🙏🙏🙏
Yesu agira neza cane!!! Reba ukuntu ali beza❤️❤️💖💖💗💗💙♥️
Mwese mwaramaniga ✌️❤️ 🤣🤣🤣🤣 uti twarwanaga dufunze ,kanze niyumvire
Hoya umwe yari iniga uyund yari umujama
Ariko ubundi abantu muba musaba ama like niyihe nyungu irimo 😂😂😂 ubu njye byarancanze
Nanje sindavyumva🤣🤣🤣
Mbanumiwe banjye
Ntiwabona harimo ibiceri, bazatubwire
@@janviereingabire4414 ewana wasanga aband barikuryibicer turah twasamy😂😂
😀😀😀nukuri nange ubu narumiwe umenya harimo inote byo ntitubimenye
Imana yamahoro ibahe umugisha, musannye imitima yari yarakomerekejwe na Gihozo, mama charlene, na mama vanesa. Twari tumaze iminsi twumva ibisenya imitima gusa, mukomeze mutwubake kandi Imana ibageze kure.
Aba bantu uzabahuze na Pastor Theogene. Ikiganiro cyaba ari sawa
C sur barazinye
@@jackiemurebwayire8834 # Inzahare
😂😂😂 cyaba ari sawa kabisa. Ndabitekereje ndaseka
Abagabo bemera ubusambanyi bwabo nibake. Nintwali Papa Fabrice
Shn nihatari
@@umuhozalynca5682 Niko kubohoka kucaha ncuti
Wapi si ukubyemera ahubwo Ni ugusohoza ibyimana y amuteganyirije
@@francinenshemezi487
.
Guhuza no kuganira abantu babwizanya ukuri byubaka urugo cyane !!!!
Gose
Fabrice yari yaragowe disi😂😂😂
none n fabrice uwuh?
Kuko urugo rwubakwa n'UKURI uko gusa kose. Hirya y'ukuri kweruye haba amahoro yuzuye👌💕
Ukuri kuzuye Imana ikumpere umugisha ukuri Niko kubatura abantu.
😂😂😂😂! Cherie jya guhoza umwana ugaruke turwane❤️❤️❤️😘 sha muranshimishije!
Najye biratsekeje pee🤣🤣🤣🤣🤣
ABANTU MWESE MWARI MUTEGEREZANIJE AMATSIKO IKIGANIRO CYA MAMA FABRICE NA PAPA FABRICE NABA POPOYE 🖐️🖐️🖐️
URAKOZE CYANE SABIN KUKO WITAYE KUBYO TWAGUSABYE GOD BLESS U
KANICARE HASI SASA NUMVE IKIGANIRO NEZA NDICARA HASI KUKO NICAYE KUNTEBE NASHIDUKA NAGUYE KUBERA GUSEKA 😂😂😂😂
Ni ugusasa agasambi rata.😍
KBS urukundo rutangaje
@@jeandukuze1103 Niko bimeze da 😂😂😂
@@byugusengemarielaurance693 nukuripe
Arko uyu mumama nimwiza pe
Caneeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee.
Ndabasabye nimunterinkunga musurecanoyange murabamukoze
Manaweee ntaho Imana itakura umuntu pe.
Bagenzi kwiha Imana ntibirarengana. Uwiteka aduhane imigisha
Iki kiganiro kiraryoshye ariko Papa fabrice muri kumuca mu ijambo cyane .
Igo shn, bari kumuvugiramo😐
Mbaye muri 20 bambere mu batanze comments,mumpe likes.Famille ifite ubuhamya bwatuma abantu bava mu bituma basenya bakubaka.
Ukuli ni uku!!!Dore guhamya neza.Wakoze Papa Fabrice kwemera kwitabira ubutumire.Iyo uba utamukunda ntuba wabyemeye.
Sha Sabin akunda inkuru😂😂😂😂😂niyo ushatse kwibagirwa Sabin akwibutsa aho warugeze🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Mbona aribyo bituma video iryoha
@@globalvisualizationgis2855 Cyane Sabin numuhanga cyane ✍️
Hahha cyane byo arazikunda rwose
😂😂😂😂😂
Ntiwamucikana utamuhaye inkuru yose, izi nokubaza
Ntukaneshye wa mugabowe ntiwabona umwanya wo kubara indaya 200 gusha jyushima lmana ko yabigukuyemo..
Mama fabu turabishimiye cyane ark ntago aribyiza gukomeza uca umugabo mwijambo ntago utuma arangiza kuvuga imana ikomeze ibubakire
Mwubatse urugo rrukomeye, kandi mwubatse imitima ya benshi mukomereze aho!!!!
Naba namwe muruse Gihozo.
Umva ndabona aru wo ukuntu ufite umugabo mwiza wari wambayeikirezi utaziko cyera
Ngobaruse gihozo gutesubwora
Mana weee!!!! Mbega ubuhamya bunkoze kumutima!? Maman Fabrice shenge na papa Fabrice!!! Sabin nubwo ntarakubona yaba Ku ifoto CG amaso kumaso ariko ndagukunda pe!! Byumwihariko nkunda ukuntu ukunda inzahuke nuburyo Uri hafi yumuryango wa paster Theogene kuva wabamenya kugeza nubu!!! Iyi couple inyibutsa iya Paster Theogene na Asia!!!!
ABAKUNDA ISIMBI TV MUMPE LIKE
Waoooo vyizacane ntwenze nkibabona 😁😁😁😁😁😁😁😁😁❤❤❤❤❤🙏🙏🙏🙏👍👍abajama bubahwe🙏🙏🙏🙏👍👍👍
Uyu mama ujyuhora umutumira nukur
Imana ishimwe ko ijya ibasha guhindura ubuzima bw'umuntu || Mukomeze mukurikire ibiganiro byiza kuri channel UBUKIRE NYABWO TV
Maman Fabrice, ubiyaga neza cane !!!Ur'intore sana !!!!Nagukunze basi !!!Félicitations à tous pour la conversion !!!!!!
Murasa neza pe maman fabriss uzubakira abagore benshi
Waouh mama Fabrice twari tungutegereje cane ndabakunda cane courange na famille yawe
Yooo, ntaho IMANA Itakura peee. MANA NDAGUSHIMIYE Kuvyo wakoreye aba bantu, habwa Ishimwe ni cyubahiro.
Sha uru rugo rurandijije pe iyi Ni story ibabaje pe gusa nyinye imana ishimwe kuba mwishimiye urugo rwanyu gusa mukomeze mumererwe neza murambe
IMANA ni Izina bwite ritangizwa Inyuguti nkuru
Maman Fabruce Imana ujyekuba imbere ariko nomubakristo habamo abashukanyi ujyewitonda
Mbaye ntanze comment ndaza kureba ikiganiro nitonze hhhhh gusa aba Babyeyi bubahwe sana
Uzabahuze na paster Theogene
Harikintu nibaza
Ubuhamya nkubu nibwiza mugihebbutangiwe ahantu mubantu runaka butagiye hanze nkibaza kubushyira kukarubanda abantu ntago bafata ibintu kimwe nkubu ntago byazagira ingaruka mbi kubana babo bitewe nibyo bumva kubabyeyi babo
Aba Bantu bafite amateka akomeye cyane ariko yigisha,nibakomeze bakurikire uwo bamenye akabahindurira ubuzima.
Imana ibahe imigisha.... kandi mukomeze murwana kuko Satani ntabwo yimishira ivyo mukora kuko mufasha benshi Muhamya mutanga ariko Yesu ni muzima kandi Yarastinze... Ibana ibazigame . Ndabakunze cane .
Sha muranyemeje pe
Ngogenda wonse umwana ugaruke turwane mwari balambo kabisa 🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠🤠
Lovely couple😍😍
Manibahumugisha mwinshi Imana Data wa twese Ishimwe Iteka ryose Yakoze imirimo n'ibitangaza
Uyumuryango umvugiye ibintu mujye nubivuga kuko nanjye ndabivuga imana yadukuye habi cyane uwiteka ashimwe
Saben urakoze pe kugira neza kuzana iyi family pe gacuma ndamuzi cyane yari inshuti yange ariko ndanezerew kuba yarahindutse cyane rwose Imana ikomez intabwe ziyi family kdi izaba girire neza cyane Ndifuza kuzonger ukabasura pe ukabaganiriza uyu gacuma aduhe ubuhamya bwuzuye pe
Nari ikiraya cy'ikigabo , indaya ya nyuma yari iya 213 uyu tubana ni iya 214, iyi famille nibwo nyibonye, ndi Nairobi ark ngomba kubonana na familie Papa Fabrice, love you so much Romantic Family ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ibi,ntacyo byubaka rwose mwaramaze niba mwarakoze ibyo byose ubundi se urumva abasambanyi,bahuriye mubusambanyi bakubaka urugo rwabasambanyi,sibisanzwe!!!!!!
Imana izabubakire musazaane
Imana ibahe imigisha pe
Ndabakunze imana izabahe umugisha
Yesuwe, ntakure imana itakura umuntu. Sabe wakoze kutuzanira agama swingi 😁😂mama fabrice uzamuhuze na pasteri Teogene bahujije byinchi 😂🥰
Ndabakunda mumvugira Imana neza
Muri umuryango, mwiza Muraduhembuye.
NDAGUKUNDA KD NAWE URABIZI GUMA MURI YESU
yesushimwe imana ninjiza ufise umugabo mwiza iman igira neza
Intahezawe mama zirankomeza can gos❤❤❤❤🎉🎉🎉🇸🇦🇧🇮🇧🇮
Imana ibahe umugisha pe, ndabakunze cyane.
Iyi couple iri sympatique cane. Imana ibagirire neza bimwe bizasakuza. Et vous les deux Sabins may God bless you both a lot
Sabine,ur'umuhanga sha mu kuganiriz'abantu !!Ubishimirwe !!!Bravoooo !!!!!!!
😂😂😂😂Uti sabine😂😂😂ubwose iyo e uyishyiriyehwiki
Papa Fabrice lmana iguhe umugisha you are truly servant of God.
Imana izaguhe iherezo ryiza rwose.
Uzatumire Mama Fabrice aikumwe na pastor theogene
Mbega igipara we! Nsigaye ngenda munzira abantu bakabona ndiguseka kubera ibyo mbona nkibi. Mukomere cyane mama fabrice na boss Imana izabubakire
Papa na Maman Fabrice, murakoze cane !!!Nta munyabicumuro yokwihebura, ntakinanir'Imana !!Mwavuye kure basi !!Ndashimiye na Savin yabakoresheje iki kiganiro !!!Iyo ntahe irakomeye basi !!!Muhezagirwe !!!!!!
Yesu, ni mwiza🙏
UWITEKA GUSA NIWE MANA
Hello mama fabrice ndagukunda pe nifuje kuzaganira nawe kuko ibyo wanyuzemo biratwubaka bitewe naho ugeze ubu
Kandi ubwo ntimugirengo izondaya si bamwe mubagore b’abagabo bamwe sha bumiwe nanubu nawe akaba umugabo w’indaya. Ntihagire uwumirwa sorry
Mbegumugabo mwiza!
Shn bose nibeza pee, birarenze😍😍
Yoo dis Nateranye nabo mur adepr segem numvise ubuhamya nabo live Imana ishimwe yo yabatabaye
Mbega couple ifite ubuhamya!? Imana izi kurinda pe kdi umugambi wayo kubayo urahambaye. Mbasabiye umugisha kandi Uwiteka Imana ijye ikomeza kubagura muri byose. Mbifurije kugumamo ubundi tuzahurire mu murwa w'amahoro. Ndabakunda uko mama Fabrice yigisha ijambo ry'Imana anatanga ubuhamya bwe. Ndabakunze RWOSE
Sha maman nanubu uri Rasta kbx
Uru rugo ruzahirwa.kandi ndabibifurije muzarambane
Imana ishimwe ku mugambi wayo kuri mwe.... Iyi couple nari nyitegereje kbsa ... Murakoze cyane kudusangiza ubu buhamya bwanyu!!!!
Thanks for helping us
uwumvako uyumudamu yatubeshe nkange atubwire.
wow wow ndabakunze cyane .bari honest cyane .Thank you
Umwami Yesu nimwiza arabohora aragahezagirwa nubwo ariwe aduhezagira
Ayiiiiiii!!Mana warakoze shimwa.
Yeweyeweee urugo nurunguru kbs
Mwari iniga peeee
Nubwo ntarabikiganiro cose ndi hanze yigihugu unkumbuje kumuhima muri Adore hakiyobora pasteur yobubu diyakoni pancarasi gasinzigwa viyana wayobora urubyiruko
Nubwo ntarabikiganiro cose ndi hanze yigihugu unkumbuje kumuhima muri Adore hakiyobora pasteur yobubu diyakoni pancarasi gasinzigwa viyana wayobora urubyiruko
120rf bagateraho ninyama 😂😂😂😂😂
Yoooooooo Imana ikomeze ibishimire.
Ndababwizukuri ibibintu bizagira ingarukambi kubana sibyiza kukarubanda nibakura bizabababaza nihitiraga
Iyi famille ni top kabisa
Urakoze Sabin, izi témoignages ziratubaka cyane pe. Komera mama Sabin.
Ko mama faburise atareka umugabo ngo avuge Ari kumuvugiramo
Ndagushimye Mana ntaho utakura umuntu nta naho utamugeza. Nukuri ubuhamya bwanyu buranejeje. bwafasha abantu benshi. Imana ibahe umugisha.
Cyakoza Mufite ubu hamya kweri kweri!!
Ubu se nta SIDA mwakuye muri ubwo buraya!??
Murakoze cyaneeee kutwereka umutware we ndabakunze❤❤
Mukomere cyane Yesu abishimimire cyane narabakunze sana
Imana nibakomeze.nanjye mumfashe gusenga .Amen!