NIMPFA ntimuzandirire|AGAHINDA mfite ntikazashira|GAFARANGA aje kubasubiza ABABAYE CYANE

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 7 жов 2024
  • #Gafaranga_0788885475

КОМЕНТАРІ • 726

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  3 роки тому +28

    Niba wifuza kuvugana na Bishop Gafaranga: +250788885475
    Reba hano filime nshya ya Gafaranga: ua-cam.com/video/URQ5UKeJOwE/v-deo.html

    • @bintou4595
      @bintou4595 3 роки тому +5

      Gafaranga sinzi impamvu atanga numéro ye kandi namwoherereje message kuri WhatsApp ntiyasubiza abitekerezeho njye simba ikigali kugirango nkurebe.

    • @ngahotv5522
      @ngahotv5522 3 роки тому +3

      Cg woe nawe mufite icyo mupfa 😳😳😳😳

    • @angelicau9395
      @angelicau9395 3 роки тому +2

      @@ngahotv5522 gafaranga ndakwemera uzambabarire
      Nkubone

    • @fififietteakimana3455
      @fififietteakimana3455 3 роки тому +1

      Ndikuri kabisa uvugukuri

    • @fififietteakimana3455
      @fififietteakimana3455 3 роки тому +1

      Kabisa uvugukuri

  • @josianemukesha9307
    @josianemukesha9307 3 роки тому +20

    Sabin gafaranga n'umuhanga urenze Azi ibyo avuga kuko iyisi ntakiza cyayo Icyangombwa n'ukunyurwa n'uwuriwe,Ukamenya Yesu, Kuko wagira Amafranga ,utayagira ,ugira ibibazo Icyangombwa n'ukugira Yesu♥️❤️

  • @gisorefredy
    @gisorefredy 3 роки тому +230

    Abemerako bazahuza gafaranga na paster Antoine rutahisire nimumpe like

    • @ganamugangaantoinettetv1223
      @ganamugangaantoinettetv1223 3 роки тому +4

      Gafaranga azahuzwe na Rutayisire bamare amasaha 2

    • @realandhonest5143
      @realandhonest5143 3 роки тому +2

      Ndumva byaba byiza kuko Rutayisire azi gufasha abantu bashaka Imana kandi bagakura

    • @Iraguhaannechristella64
      @Iraguhaannechristella64 3 роки тому +1

      Yego pe nibyo

    • @rithaneza6354
      @rithaneza6354 3 роки тому +11

      @@esperancemujawiyera7986 ari perezida ari mudugudu bose ni abantu ,nabo bahura

    • @roseflower7387
      @roseflower7387 3 роки тому +7

      @@esperancemujawiyera7986 uvuze ubusa wigaye gusa ikiza nuko Pr Rutayisire adatecyeraza nkawe😊

  • @gabykarame5648
    @gabykarame5648 3 роки тому +71

    Erega abantu ntibashaka gutekereza ku isi, gafaranga ahantu ageze arapfumura akareba kure. Umubwiriza aravuga ngo byose ni ubusa, aho niho gafaranga areba. Turi kumwe bro.

    • @ganamugangaantoinettetv1223
      @ganamugangaantoinettetv1223 3 роки тому +1

      Komeza ubwirize abantu ubutumwa bwiza Umwami azaguhemba

    • @noellarutagambwa885
      @noellarutagambwa885 3 роки тому +6

      Kabisa yavuze akantu keza ngo dukore budget na plan yo gusenga nkuko dukora plan ya buri munsi! Nemeranywa na Gafaranga!

    • @Arch477
      @Arch477 3 роки тому

      True

    • @rubangisarwigema5214
      @rubangisarwigema5214 3 роки тому +1

      Gafaranga ntagahind'afite ahubwo arategur'imitima azagezaho isomo ry'ubuzima ubutaha,mugire amahoro y'IMANA

    • @prudencensaguye9411
      @prudencensaguye9411 3 роки тому +1

      @@rubangisarwigema5214 Gafaranga ni umuhanga ukomeye cane! Akwiye kwigisha za Kaminuza

  • @solangnyinawinka872
    @solangnyinawinka872 3 роки тому +50

    Ihangane kuko najye narinfite uwomubabaro kuko nunvaga nkenye yesu cyane. Nagezeh ntanga imyenda yajye yose nsigarana. Ubusa. Ariko nahuye nuwanyeretsesu. Kdi nari umurokore. Narimbimaranye 15 nunva nkenye. Yesu kuko uwobabwiraga mwitorero yaruwibitangaza nokumpa ibintu. Kdi nashakaga yesu. Imana yanzaniye umuntu acunbika iwajye aranyigisha. Yesu yankuyemo ikinyoma cyamadini

    • @tumsdave2995
      @tumsdave2995 3 роки тому +3

      Ibanga ryabaye irihe? Umvungurireho

    • @liliuwitonze
      @liliuwitonze 3 роки тому

      Yeah nibyo nashaka kumubwira niyizere Yesu amwirekuriremo azamuha akaruhuko gakwiye kuko ako gahinda afite numva karenze. Kandi hari ituze twaronkoye muri christo. Niwe soko yamahoro yacu.

    • @nsanzetito1453
      @nsanzetito1453 3 роки тому

      @@liliuwitonze namuha akaruhuko ntituzongera kumubona

    • @hakizimanaalex3730
      @hakizimanaalex3730 3 роки тому

      Uko Niko kuri

    • @justinemuhoza1802
      @justinemuhoza1802 3 роки тому

      Amen

  • @johnbaho678
    @johnbaho678 3 роки тому +28

    This Man is great. However, we have:-
    1. Physical Joy and happiness
    2. Psychological Joy and happiness
    3. Spiritual Joy and Happiness
    Gafaranga is struggling with a philosophical spirit . He is absolutely fine. However, True Joy comes from the first and the last philosopher who is God himself. Gal 5:22-23 and Ecclesiastes 12.
    He is facing a pain of false hope. But God loves you my brother.

    • @realandhonest5143
      @realandhonest5143 3 роки тому +1

      I couldn’t say it better!

    • @gracenduwayezu8280
      @gracenduwayezu8280 3 роки тому

      Gafaranga nkubwire kera ntarakizwa nari mfite agahinda kenshi.umunezero ntuva kubintu tubonesha amaso jye nabonye utangwa na Yesu.

    • @gracenduwayezu8280
      @gracenduwayezu8280 3 роки тому +2

      Gafaranga fata amasengesho yiminsi myinshi turebe najye ngiye guhora ngusengera.kuko ibyo uvuga ndabyumva kera nfite nki myaka 20 nahoraga ngura imodoka nyinshi kandi nkarara ndira ntuye ahantu heza kumazi ariko nkarara ntasinziriye.ubu ibyisi byose nasanze ntacyo bimaze.umunezero uva kuri Yesu

    • @emmd1234
      @emmd1234 3 роки тому

      @@gracenduwayezu8280 Mutubwire uko umuntu yahura na Yesu, birenze inyigisho zo mu madini: gusenga cyane, kwemera...?

    • @marie-rosekambabazi7880
      @marie-rosekambabazi7880 3 роки тому

      @@emmd1234 Ni ukwakira Yesu nk'Umwami n'umukiza w'ubuzima bwawe. Ibyo bituma uhinduk'umwana w'Imana ukajy'ubana nayo nka Papa. Icyo gihe Yesu aza mu mutima wawe akaguh'amahoro n'umunezero nubw'ibyayakubuza biba bihari arikw'atuma ubaho unyuzwe. Abaroma 10:9-11; Yohana 1:12-13

  • @pierrineumulisa5916
    @pierrineumulisa5916 3 роки тому +32

    jyewe mbanunva gafaranga iyo avugakuriya mubyukuli ntabayivuga abavugira benshi baziko amaronko yisi atanga umunezero naho gafaranga arabiziko umunezero urimuri yesu,gusa nibwirako abizi ahubwo abafite impungenge zokuba yakwibagirwa Imana agatwarwa nibyisi ahorero ntabwo ushobora kunva umunezero ahubwo uhora umeze nkurikurugamba rwokutava mumurongo w’Imana kd bisaba kurenza amaso ibyo ufite mbese ubutunzi.Gafaranga urumuhanga kd Imana izakumpere ijuru muvandi.

    • @alphonsineuzabakiriho1650
      @alphonsineuzabakiriho1650 3 роки тому

      Cyane rwose aba avugira abandi kuko bigaragara ko we yamenye uyataga

    • @pollenpoll7260
      @pollenpoll7260 3 роки тому

      Niba wumva ntamahoro ufite harishuri urikwinga nurisobanukirwa uzabona u unsinzi ugire umunezero naho ubindi agakiza niko gataga umunezero

  • @IsimbiRyaChriss
    @IsimbiRyaChriss 3 роки тому +7

    Yezu agusure kdi ikwiyereke Gafaranga kdi uzamubona humura. Mushakashakane umwete uzamubona kdi uzabona ibyishimo waburiye ahandi. Uzananyurwa cyane. Uzagaruka hano utanga ubuhamya bwiza mu izina rya Yezu. Amen!

  • @uwamungujeanbaptiste9002
    @uwamungujeanbaptiste9002 3 роки тому +3

    Gafaranga we , wikwirengagiza ukuri! Amahoro Yesu aha abantu be ntagira akagero ntarondoreka. Mwizere by'ukuri igicu kibuditse umutima wawe kiveho.

  • @ukurinikokuzababaturatv4829
    @ukurinikokuzababaturatv4829 3 роки тому +14

    Muvandimwe Gafaranga, ako gahunda kawe igisubizo cyako, nuko wasenga ugira uti " Ubwami bwawe buze" kuko Umwami bw'Imana si ukurya no kunwa, ahubwo ni ubw'amahoro, gukiranuka no kwishimira mu Mwuka Wera ( Abaroma 14: 17).

  • @gygygyslaine5016
    @gygygyslaine5016 3 роки тому +45

    Abakunzi bagafaranga uburyo agiramagambo yubwenge kand atirata cane like

  • @realandhonest5143
    @realandhonest5143 3 роки тому +9

    Yesu ni wowe gusa mbonyemo amahoro nifuzaga! Najyaga nyashaka sinyabone ngasuhuza umutima iteka…… Gafara ndakumva cyaneee, dushake Yesu niwe byishimo n’umunezero, naho Umubwiriza ibindi byose yaravuze ngo ni ubusa gusa ni nko kwiruka inyuma y’umuyaga! Kandi mu babayeho sinziko hari uwamurushije ubutunzi cyangwa kubaho neza!

  • @alphonsinemusabyimana6688
    @alphonsinemusabyimana6688 3 роки тому +2

    Bishop Gafaranga ni umuhanga philosophies ze ziranyubaka. Sabin mumbwirire ako kantu.

  • @wellarsringuyeneza601
    @wellarsringuyeneza601 3 роки тому +1

    Gafaranga uri Intwari pe Imana Ikongerere iminsi.
    Uko kuri nta ntitujya tukuvuga. Gupfa nicyo kiruhuko. lmpamvu dutinya urupfu ni ukubera ibyaha tubamo.

  • @nsabiodario812
    @nsabiodario812 3 роки тому +58

    Usobanukiwe neza umubwiriza 7:4 (Umutima w'abanyabwenge uri munzu y'Imiborogo,ariko umutima wa bapfapfa uri munzu y'Ibyishimo)icyampa abantu bakumva icyo uri kuvuga.

    • @mukagihanaesperance5524
      @mukagihanaesperance5524 3 роки тому +3

      Ubyumva numunyabwejye nibake cyane bumvacyavuga

    • @mariechantalsibomana8239
      @mariechantalsibomana8239 3 роки тому +2

      Tuvyumva kimwe bishop ,big up👌

    • @alexandrentirenganya1962
      @alexandrentirenganya1962 3 роки тому +2

      Rekankubwire mukoziwimana gafaranga nibyokoko byose nubusa ntamahoro arikwisi kubwibihabera ark yesu numwami wamahoro kd uramufite ishimire muriwe ibindi ubyime Amaso numutima.

    • @eugenieeuge9175
      @eugenieeuge9175 3 роки тому +3

      Amagambo y'umunyabwenge atahurwa n'abanyabwenge. Amana idufasha kumva idufashe no gusobanukirwa

  • @SereineNziza
    @SereineNziza 3 роки тому +9

    Amafaranga ntatanga umunezero. Ariko iyo myitwarire yawe ni depression. Ibyo bibaho ku bantu iyo bamaze gutera imbere batabitekerezaga batinya gusubira hasi. 😥😥😥 Tangira urwane no kwishakamo umunezero wowe. Ukore ibikunezeza💯

    • @kutulano1150
      @kutulano1150 3 роки тому

      Nanjye ndi kubona ari depression pe!

    • @linem6641
      @linem6641 3 роки тому

      Dépression.

  • @Never-h5h
    @Never-h5h 3 роки тому +36

    Sabe 🤭🤭🤭🤭🤭❌❌❌❌ntimukabe injiji Gafaranga ntabwo ariwe ubuze umunezero wenyine kuko arakubwira nabandi benshi babakire batunze ibintu Ariko ntibanrzerewe ibyo rero nibyo bishengabasha umutima wa Gafaranga, Gafaranga aravuga a Ngenerali in (general) Sabe Ntabwo wunva ikibazo cya Gafaranga. Icyo Ndi ndagisobanuye uwemeranya nanjye nampe like 👍 Gafaranga afite umutima wakimuntu Cyane pee. I love him . Abantu bakeneye ubwisanzure Namahoro nibyo bitanga umunezero rwose Naho Gafaranga nimuzima aravugiira buriwese

  • @prudencensaguye9411
    @prudencensaguye9411 3 роки тому +6

    Bishop GAFARANGA EST L'UN DES PHILOSOPHES CONTEMPORAINS! Bravo, mais beaucoup de gens ne vont pas te comprendre!

  • @mutimasarah1260
    @mutimasarah1260 3 роки тому +1

    Nawe arabizi ko mpora mbimubwira niwe muntu unyigisha kuba muriyi si nkumushyitsi Bishop Gafaranga Imana idusubize ibihe bya mbere

  • @nathanndamage173
    @nathanndamage173 3 роки тому +16

    Gafaranga uri umunyabwenge, ndakumva neza.

  • @Iblongtohim
    @Iblongtohim 3 роки тому +1

    Hari happiness, hari joy. Joy itangwa n'Imana. N icamwa ca Mpwemu Yera- Rero abafise Mpwemu Yera (Abana b'Imana yohani 1:12) bama ico Camwa.

  • @fabricesemahoro2360
    @fabricesemahoro2360 3 роки тому

    I'm sorry to say this : this humble man , this human man sounds like he is not gonna live longer! I dont know where these kind of words are from!he is not crazy, people dont undertand him he came as a comedian but he is a real preacher,he has a naturel smatness he is not talking about depression not at all , he is speaking out which is good becauz he is healing his soul, he is just preaching, please listen to him carefully , he has bad history , maybe he often see the images of his bad past , he is satisfied for sure and he is happy but he alwayz cares about power people, he is talking about an other word which is so far he sounds like he is at his last days of life! I'm sorry again for it ! I like him, his wisdom and his humility! May almightGod protect you bro!

  • @kajyamberejeandelapaix6297
    @kajyamberejeandelapaix6297 3 роки тому +11

    Gafaranga ndakumva cyane,byumva abakwiye kubyumva

  • @uwinezaoggie5768
    @uwinezaoggie5768 3 роки тому +31

    Agahinda kumuntu niwe ukazi mu mutima we rero Ntago nekereza ko Imodoka yakuraho uwo mubabaro rero ndagushyigikiye 🙏🙏🙏🙏🙏

    • @uwinezaoggie5768
      @uwinezaoggie5768 3 роки тому +2

      Havuyemo byabindi byacu byo kubeshya ko twishimye ninde wishimye guys don't be Hippocrates???

    • @tinatina2863
      @tinatina2863 3 роки тому +4

      @@uwinezaoggie5768 njye ndishimye. Sinkize, ndi divorcée, ariko ndi muzima, sindwaye, abana banjye bari amahoro barakura neza kubw, Imana, Imana inshoboza kwiha icyo nshaka, kwambara icyo nshaka no kujya aho nshaka. Numva rwose nishimye kandi nshimira Imana. Ikindi nemera Imana cyane, nemera Ushobora byose bituma mbaho ntabwoba. Ubwo nagirango nsubize message yawe ko abantu bishimye bariho barimo njye.

    • @uwinezaoggie5768
      @uwinezaoggie5768 3 роки тому +2

      OK nibyiza Chr wanjye kdi komeza ubiharanire kuko sibose babifite uwo munezero Njyewe story ninyishi kubizima bwanjye gusa ndacyari muto ejo hanjye ndacyeka ari heza.ndagukunze nubwo ntakuzi

    • @tinatina2863
      @tinatina2863 3 роки тому +3

      @@uwinezaoggie5768 Ubwo ukiri muto ni byiza. Icyo nakubwira reba inzozi zawe, ibyifuzo byawe, uharanire kubigeraho. Ntugategereze ikizava ahandi umuntu uzakurwanirira mubuzima ni wowe ubwawe. Ntuzizere umuntu, Imana yonyine niyo yo kwizerwa. Igirire urukundo bizatuma utemera ibikubabaza. Urakoze iyo sympathie ungiriye utanzi 💕

    • @musonialain6384
      @musonialain6384 3 роки тому +1

      Ndagukunze imana iguhe umugisha

  • @linazirikunama3454
    @linazirikunama3454 3 роки тому

    Ngo turondere ubwami bw Imana ibindi vyose ninyongera.Gafaranga ndagutahuuura rwose ntahandi twokura amahoro atari muri Yesu kristu.Tugaha umwanya Imana tukayaga nayo.Urakoooze cane kuvyo uvuz vyoose Imana yakuvugiyemwo kabisa.

  • @jeanneandfrancislifestyle1518
    @jeanneandfrancislifestyle1518 3 роки тому +13

    Iyisi twayi babariyemo ariko harumunsi tuzabaho twishimye iteka Mana duhe ibyishimo byo mumutima 😢🙏🏽

  • @jeannedarckayitesi7878
    @jeannedarckayitesi7878 3 роки тому +4

    Cet homme est inspiré!merci beaucoup de ta philosophie de la vie!un message très profond

  • @BookSuccess2024
    @BookSuccess2024 3 роки тому +4

    Gafaranga Ari kumvugira ibintu ibyo uvuga nukuri pe nta muganga akeneye pe ahubwo afite experience kndi ibyo avuga ntiwabyumva utabizi twe tubyumva cyane ahubwo arakoze kutuvugira ibintu twe biturimo twavuze aho tubivugira

  • @Jrmabu
    @Jrmabu 3 роки тому +1

    Gafaranga aravuga ukuri ibintu ntabwo biranga umunezero hariho abantubenshi ibyobintu barara babiririramo
    Igitera umunezero nikimwe nukwakira Yesu wenyine Aho Yesu yageze habamahoro naho ubukire nubwokwifuza gusa uwakiriye Yesu ahorana ibyishimo nubwo yaba arumukene aranyurwa

  • @josephineabatoni3782
    @josephineabatoni3782 2 роки тому +1

    The emptiness you feel is hunger for transformation I.e being who God created you to be, and fullfilling God's Purpose in your life. That is why possessions won't bring fulfilment you desire.

  • @kjc5430
    @kjc5430 3 роки тому +19

    The true talk from Gafaranga. Everyone in this world needs happiness than any other thing and this does not come from what we own. May God fill us with what we need to be happy. It's now time to know the truth mainly from what we see in this dirty world of today. Thank you Sabin & the guest!

    • @andrewgasamaza2036
      @andrewgasamaza2036 2 роки тому +1

      I knew Bishop Gafaranga as a false pastor, I never knew that he is the big man like this , the words of full of wisdom , the new Socrates of Rwanda ,

    • @kjc5430
      @kjc5430 2 роки тому +1

      @@andrewgasamaza2036 Absolutely & thank you 🙏🙏

  • @khloecalala7606
    @khloecalala7606 3 роки тому +16

    Ntago ari ukutanturwa abantu ntago babyumva. Amafranga ntago ari umunezero at all, material stuff birafasha Ariko ntago byaguha happiness, kumenya Imana ukumva uyiringiye nibyo bitanga amahoro. Ikindi gitanga ibyishimo kumenya umuhamagaro wawe kurinosi, noneho uwo muhamagaro ukawukoresha to serve others rwose bitanga umunezero.

    • @nshimiyimanavedatse9906
      @nshimiyimanavedatse9906 3 роки тому +2

      Kwakira impano y'agakiza (umwuka wera) nicyo gusaaa kitanga umunezero na amahoro bidashingiye kukintu icyaricyo cyose ku isi.

    • @gracenduwayezu8280
      @gracenduwayezu8280 3 роки тому +1

      Ameenn

    • @emmd1234
      @emmd1234 3 роки тому

      Mudusobanurire: kumenya Imana bivuga iki, umuntu yamenya Imana ate binyuranye n'ibyo amadini atwigisha?

  • @freddymuzungu5976
    @freddymuzungu5976 3 роки тому

    Yebaba weeee,ndasetse ndawehara pee.Bishop gafaranga we sha umva nongeye kukumenya neza pe kandi ndemeye kabisa.
    Uvugiye Imana in modern way or new way. I'm so proud of you.
    None se bigende bite .reka tumenye ko amahoro yukuri atava mubintu ahubwo atangwa n,Imana.
    U love you guys

  • @solangnyinawinka872
    @solangnyinawinka872 3 роки тому +15

    Ndagukunda gafaranga. Imana iguhemahoro

  • @murenzijean8396
    @murenzijean8396 3 роки тому

    Nukuri Bishop gafaranga Imana irimuriwe umwuka w,Imana akomeze aganze muriwe ntahandi twabonera amahoro uretse ku Mana n,umwana wayo Yesu christo

  • @kanyanadaphy6896
    @kanyanadaphy6896 3 роки тому

    Udafite Imana byose ni ubusa, Gafaranga afite amagambo y ubwenge nta munezero wo muri iy'Isi,ariko harimo Imana ni byiza cyane, GAFARANGA Imana iguhe umunezero uturuka kuriyo

  • @faithiagift6614
    @faithiagift6614 3 роки тому

    Umunezero n'Imana uhutanga, Mr Imana yaradushiriyeho byinshi bidushimisha. Nawe ugomba gushimisha abandi and then Imana mawe iza kugarurira umunezero. Wakwihita Bishop utafite amahoro numunezero wigisha ibiki. Amafranga nibindi dutunga ntago aribyo bitanga amahoro. Wige gushira byose mubiganza by'Imana uzagira amahoro kuko niwe uyatanga. Think positive and you'll live in positive kuko ufite Imana. Uzajye kuri Pastor Theogen azagusengera anakwigisha kazashira ako gahinda, back ground yawe mbi nti kaze ikakubabaza ubwo biguhe umenezero wo gush'Imana ubonye Courageous wagize nawe hagukuye.

  • @muhozacaleb4897
    @muhozacaleb4897 3 роки тому

    Sha Gafaranga uvuze ukuri ibyo ufite byose ntamunezero uhamye byaguha. Umunezero nyawo ubonekera muri Kristo Yesu.

  • @ntazindajeanmarievianney1843
    @ntazindajeanmarievianney1843 3 роки тому

    Aliko ndagukunda Gafaranga. Ubundi abantu nazi ngo kuvuga ubutumwa, nukujya haliya ukiyemera. Amahoro isi ikeneye, Atangwa na Yesu wenyine. Naho aramahoro y'si, Geti,abayobozi bakomeye, b'iyisi benshi b'isi bana barahabonye. Ndabashimiye rwose

  • @mariembasabire5326
    @mariembasabire5326 3 роки тому +2

    Gafaranga umunezero wuzuye uri muri Yesu .kuko yasize avuze ngo mbahaye amahoro atari nkay' isi itanga mbifurije kura aya mahoro ya Yesu mwese mumugire uwambere mu buzima bwanyu bwose kuko niwe tuzajyana no mu rupfu

  • @gakenyerigoldstein363
    @gakenyerigoldstein363 3 роки тому +1

    Gabanya ubufilozofe bana! Kora cyane ushakire umwana ikizamutunga! Reka gutera abantu ubwoba! Icyo tugomba gukora ni ukwishimira intambwe turiho uyu munsi kdi dufite ikizere cyejo hacu!

  • @زهرغنيه
    @زهرغنيه 3 роки тому +1

    Savye madame wawe azeyirinde kugushavuza

  • @murekatetemega8051
    @murekatetemega8051 3 роки тому +1

    Ibyo gafaranga avuga ndabyemera 1000/100👌ariko byakumvwa numuntu mukuru gusa ntamwana wabyumva

  • @edmondmunezero661
    @edmondmunezero661 3 роки тому +5

    Muraho neza! Ibyo Gafaranga avuga ntawe utabyumva kandi buriwese ari kubyumvira kukigero cye,baca umugani mukinyarwanda ngo: uwiciwe n'ibigufi yikanga ibiyorero. ntamuntu numwe kwisi unezerewe.

  • @firstworldyhwh8604
    @firstworldyhwh8604 3 роки тому +6

    He Understands Himself.. respect Ach

  • @aloysshema2603
    @aloysshema2603 2 роки тому

    Bishop gafaranga. U're the best motivator. Keep up the good work 👍👍👍 rwose Sabin. Umunsuhurize👋👋👋

  • @nzabonimanadamien3743
    @nzabonimanadamien3743 3 роки тому

    Ndakwemeye umaze gukira nibantakibyihishinyuma kuko abakire ibije byose babibona nkibisanzwe abandi barikubyirukaho niba aruko nabayaravuye mucyaro agashakimana numutima we wose nakine amafirime yokuryamana nabakobwa imana niyo yonyine itanga byose n ishobora byose Amen from USA Kentucky

  • @tuyizereclaudine7641
    @tuyizereclaudine7641 3 роки тому +1

    Ubwami bw'Imana bukeneye abavugabutumwa nkaba bavuga ukuri bataguciye kuruhande , Uwiteka agukomereze amaboko nizeye ko aya Mahoro ukimara kumenya ko uyabuze Yesu n'umugwaneza ahita aya guha.

  • @emeryshalom7067
    @emeryshalom7067 3 роки тому +33

    un grand Philosophe Bishop Gafaranga

    • @anacletmanirakiza6987
      @anacletmanirakiza6987 3 роки тому

      Ndakunda Gafranga cane ndashaka

    • @anacletmanirakiza6987
      @anacletmanirakiza6987 3 роки тому

      Sinzi ko yompa inimero yiwe ya watsap

    • @Arch477
      @Arch477 3 роки тому

      @@anacletmanirakiza6987 bayitanze hejuru

    • @blessings1580
      @blessings1580 3 роки тому

      Philosophe avec P kabisa.Ce sujet est très intéressant:C'est quoi le bonheur absolu🤔

    • @charlottemushimiyimana3767
      @charlottemushimiyimana3767 3 роки тому

      Muganga witwa Yesu rata niwe utanga amahoro yaravuze ati mbasigiye amahoro Atari nk'ay'abisi batanga.

  • @analizaempire
    @analizaempire 3 роки тому +9

    Sabin na Pastor imbere cyane, ikiganiro cyiza.

  • @theskillstv1829
    @theskillstv1829 3 роки тому +1

    This world is not our home!
    Believe in God everything will be fine
    *STRESS FREE*
    Thanks Gafaranga

  • @videolyrics5040
    @videolyrics5040 3 роки тому +1

    Hari ibyo bita “Kwiha amahoro” ariko nyine icyemeza ko ari ukwiha amahoro, nuko ari amahoro y’umwanya muto . Abenshi ngo kugirango bihe amahoro, banywa inzoga nyinshi cyane, ibiyobyabwenge, bakarara bareba amafilime, bagasohokera ahantu kure ha bonyine, bakajya kwoga , bakaryama ku zuba n’ibindi byinshi ariko aho bitandukaniye n’ariya mahoro Yesu atanga, nuko iyo icyo gikorwa cyo kwiha amahoro kirangiye , wa muruho wose, na wa mubabaro usanga bikigutegereje aho wabisize ugatangira bwa buzima nubundi wari usanzwemo.
    Amahoro Yesu ayatanga biciye murukundo yadukunze ndetse akatwitwangira! Ibi wakumva ari ibisanzwe kuko benshi uwo Yesu baramuvuga ariko ntibamuvuga uko ari, Yesu bavuga bibeshya ni ubaha abana, amamodoka, amazu, nibindi.
    Ariko siwo Murimo Wamuzanye!!! Kristo icyamuzanye ni ugupfira ibyaha byacuu kuburyo urubanza ruri hagati yacu n'Imana ruvaho iteka. MAZE TUGAHABWA IJURU NTAKINTU DUKOZE( kUKO RIDAKORERWA) Iyo Umuntu yizeye byukuri, Uwo mwanya amahoro ataha mumutima we, kuko aba azi neza ko ntakintu cyamurutira kubana n'Imana iteka kandi aba yamaze kubona ticket. Uwo muntu nurupfu ntiyongera kurutinya. Iyo niyo nzira yonyineeee Ibonekamo amahoro KU ISI YOSE.

  • @Tter12
    @Tter12 3 роки тому +1

    Preach Bishop! Preach! Murakoze cane, gira Amahoro y'imana.

  • @munsabiregrace5421
    @munsabiregrace5421 3 роки тому

    Gafranga amahoro yabuze kuva kera! ibi no kubwa Yesu byahozeho . bamwe ntibari bayafite! So turi mwisi ntituri mwijuru muvandi! Ntamunsi abantu bazunva bafite amahoro. Nabavuga ko bayafite baba. Bihumuriza. Nitambukiraga da.

  • @aimakify
    @aimakify 3 роки тому +17

    Wow, My Gafaranga is one step close to the happiness he needs as he knows the fundamentals. He only must take actions. Happiness doesn't come from what you HAVE nor what you DO. Instead happiness comes from WHO you are inside of yourself. WHO you are is a matter of training to reprogram your mind by YOURSELF. That's the action to be taken. What happened to us is a foundation that should build us to become happy better persons. All what happens in this world is beautiful the way it is and is in harmony with the thing we call LIFE. Don't be attached to NOWHERE and be OPEN to everything. Let it go, surrender and don't dwell on anything. Work hard to your full potential but not harder than you work on yourself. Pray, meditate and consistently affirm yourself as the FEARLESS, HAPPY person you want to become. This is what will bring you happiness. This a matter of personal decision, no one else nor nothing else can give you happiness. There is God in you, believe you can do everything using this power that lays in you by yourself. Stay blessed my Gafaranga.

    • @nikkinikki3896
      @nikkinikki3896 3 роки тому +5

      Have you read Eckhart Tolle books? Or Sadghuru or of Dr Wayne Dyer ? Your comments just sound like you have been spiritually awaken..
      I think Mr Gafaranga is on a spiritual path, i wish he could read Dr Wayne book ( les 10 secrets du succès et de la paix intérieure) or if he could follow Eckhart Tolle teachings , think he will benefit from it a big time.
      He needs to find himself and the true purpose of his life here on Earth.

    • @aimakify
      @aimakify 3 роки тому +2

      @@nikkinikki3896 The Tolle teachings are the best for anyone who wants to spiritually grow and get peace of mind regardless of your Doings and belongings. The crazy thing is that when you detach from those 2, they come your way as they do love these kind of people....There is no way to happiness, happiness is the way...

    • @ahimunatube7497
      @ahimunatube7497 3 роки тому +1

      Thank u

    • @nikkinikki3896
      @nikkinikki3896 3 роки тому

      @@aimakify Very true indeed...
      Most people don' t have peace of mind( even those who go to church ) coz they don' t live in the present moment..like Mr Gafaranga..most of his pain is self - inflicted coz he is overthinking, he is also waiting for someone to tell him how to find peace of mind but he doesn' t know that NOBODY can show him the way to happiness and that peace comes from within...
      But am confindent he will find peace, it' s already a good start since he' s searching for answers....one day he will find what he is looking for within.

    • @acool5614
      @acool5614 Рік тому

      So true

  • @shinetheworld6346
    @shinetheworld6346 3 роки тому

    Muvandimwe Gafaranga, naringiye kukugira inama yo gusenga cyaneee, none urabyivugiye ! Igisubizo mwuka wera arakiguhaye ! Amahoro atangwa nuwiteka gusaaa ! Shirika ubwoba rero kuko uguha amahoro uramufite ! Umuntu yakubwira byinshi Ariko Uzi byinshi kundusha kuko you are a wise Man ! Komera rero kandi ndgukomeje ! Nyagasani akwiteho.

    • @shinetheworld6346
      @shinetheworld6346 3 роки тому

      Ubwoba wabushira cyane kuko Yesu uzi arawukiza cyaneee !

  • @coucoubye129
    @coucoubye129 3 роки тому +1

    Ibanga lyumunezero nukwakira yesu nkumwami numucunguzi ntahandi haba umunezero buretse kwakira yesu nkumwami numucunguzi mubuzima bwawe🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾

  • @adoreemimii7138
    @adoreemimii7138 3 роки тому +1

    Sabin. Gafaranga mukunda kubi wakoze kumugarura rwose .gafaranga imodoka natwe turazifite niyokukugeza aho ukeneye kukugeza ntarindi raha ririmo .gusa kumenya YESU nibyo bimara agahinda.ndagukunda Gafaranga.

  • @oliveugiriwabo4680
    @oliveugiriwabo4680 3 роки тому

    Imana yo mwijuru izakomore umutima kuko amateka ntakwiriye kugutwara umunezero wawe ahubwo bigutere gushima Imana yakugejeje kuri ibyo byose kuko Hari benshi bakora cyane ntibanabigereho rero Imana iragukunda ikugejeje Aho

  • @hermanniyonzima
    @hermanniyonzima 3 роки тому

    Gafaranga nukuri ndumva ariko agira irindi yerekwa kandi rigiye gufasha benshi, nanje iki kiganiro harimwo ibimfanshije gusubira kumva kumunezero ubonerwa gusa muri Kristo Yesu

  • @ayshasulaiman5026
    @ayshasulaiman5026 3 роки тому +4

    You have a point happiness comes from God Almighty.we ask for everything thinking it will give us happiness sometimes God give us of that and still we need more. Let's ask for happiness and contentment

  • @kabanamary453
    @kabanamary453 3 роки тому +12

    Mushakashake uko mwamenya ibyo Umwami ashima.
    (Abefeso 5:10)

  • @lxllxl7783
    @lxllxl7783 3 роки тому +2

    Gafaranga avuze neza "Le bonheur n'existe pas ici sur terre "!!!!!!Mu Mana gusa !!!Yarategereye sha !!!!!

    • @hunkyfn
      @hunkyfn 3 роки тому

      Yesu niwe utanga amahoro amen

    • @lxllxl7783
      @lxllxl7783 3 роки тому

      Abantu,abakuru,......bafise ibigendagenda hasi barara badasinziriye bangan'iki ????Aba millionnaires barara badasinziriye bangan'iki ????.......Ni birebire !!!!!Le bonheur est relatif !!!!Il n'existe qu'en Dieu seul !!!Tu l'as bien trouvé Bishop Gafaranga !!!!Bravoooo !!!!

  • @michelmulindankiko5203
    @michelmulindankiko5203 3 роки тому

    Gafaranga ikibazo afite kirakomeye ariko ikiza ni uko azi umuti. Inama namuha ni uko agira ibyiringiro bishyitsse mu Mana kandi ntiyishinje ikintu icyo aricyo cyose kuko byamubayeho mu gihe cyabyo none byararangiye. Ba inshuti na Yesu azakunezeza rwose.

  • @haganjechristian3802
    @haganjechristian3802 3 роки тому

    Sha Frere uvuga ukuri.nuko benshi batakumva.big up Frere. Uraciye ubwenge komereza aho ubwirize dukire mumitima.

  • @faustinmutangana7483
    @faustinmutangana7483 3 роки тому +1

    I like this gentleman"Gafaranga". Uvuga ukuri nicyo mukundira.

  • @_iTangishaKa
    @_iTangishaKa 3 роки тому +2

    Ariko Gafaranga turemeranya 100% Sabe. Koko uwumva abayeho neza akaba anezerewe agatoki heju😂😂

  • @musangImfura
    @musangImfura 3 роки тому +8

    Azashake aline Gahongayire baganire. Gahongayire ifise impano ikomeye ntyabura icamufasha

  • @LogOn-RW
    @LogOn-RW 3 роки тому

    yooo sha gafaranga njye ndakumva cyane kbc nanjye byijyeze kumbaho nkazajya nirirwa ndira nkumva ndashaka Imana ariko sinyibone. gusa humura uko wumva ko wabuze umunezero Imana irabireba harigihe uzumva Imana yaguhaye amahoro utazi uko byagenze uge wicara wumve urishimye ntacyabaye

  • @woody_video7700
    @woody_video7700 3 роки тому +1

    🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🤲🤲🤲🤲🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼 ntumpiteho mukiza we,umvukonganya ubwugendererabandi najye ntusige,yes we mukiza umvukonganya ubwugendrerabandi najye ntusige,gafaranga rwose ukomeza benshi mumitima,nkunda gukurikirana ibiganiro byawe jya usenga nibyo byangobwa ninacyo cya mbere ibyisi birashora,ariko ijambo ryuwiteka ntirishira.

  • @maggiesmith6340
    @maggiesmith6340 3 роки тому +1

    Gafaranga ndagukunze pe IMANA Irusheho Irusheho kukuyereka no kuguha Amahoro arambye.

  • @jeanneirakoze7248
    @jeanneirakoze7248 3 роки тому

    YESU KRISTO niwe wenyine atanga umunezero udatangwa nabisi nababyeyi bawe nabavandimwe bawe ntawundi atari KRISTO YESU wenyine nshuti numwiyegurire wese

  • @chantalvumilia9779
    @chantalvumilia9779 3 роки тому +5

    Nkunda gukurikira ibiganiro bya Zacharie mubyukuri hariho abibeshya bakagirako ubutunzi butera umunezero .rekada uretse guhura nubuntu bw'Imana gusa.90% yabatuye isi nabafite ibikomere .tubyambariraho super naza bazin ,ama costum imodoka inziza bwakwira tukaraza agahinda mumiturirwa zinzu tukakurirana indege ubu dutuye muburayi duturanye nako.impuhwe z'Uwiteka nizo zadutabara kumuntu wizeye.

  • @bamurangesandrine1152
    @bamurangesandrine1152 3 роки тому

    Imana iguhe umugisha Gafaranga ibyuvuga nukuri kuzuye Cristo wenyine niwe utanga amahoro Isi ntampuhwe idufitiye nagato, twikomeze Ku Mana honyine niho tubonera amahoro.

  • @habimanayasin4223
    @habimanayasin4223 3 роки тому

    Gafaranga rwose ndakwikundira uranyubaka cyane . Uvuga ukuri nubwo bamwe tutakunva kimwe . Sabin ibiganiro nkibingibi bitwigisha nibyiza cyane kurenza abaza kutubwira amabanga yingo zabo kukarubanda mbona ntabanga bigirira muribo .

  • @umwaliazeleny
    @umwaliazeleny 3 роки тому +1

    Amahoro Yesu aha abantu be ntagira akagero ntarondoreka, ajya ahumuriza abatayifite nutayata ntabwo wayakurwahoo. Umunezero Ni Christo Yesu wenyine

  • @bazimyaemmanuel2822
    @bazimyaemmanuel2822 3 роки тому

    Uwampa Imana igatuza Yesu christo mu mutima wawe umunezero ushaka wawubona niyo waba nta kintu na kimwe kindi ufite. Kristo niwe munezero wacu wacu, niwe mahoro yacu niwe soko y'ibyishimo byacu.

  • @emuw2916
    @emuw2916 3 роки тому

    Urakoze muvandimwe uravuga ukuri abandi batavuga. Kuko turi mwisi ibeshya ishaka ko twerekana ko umunezero « mugurano » ariwo wa mbere! Nyamara Yesu mbere yo gusubira mwijuru yratubwiye ngo mbahaye amahoro atari nkayabisi. Ndakumva cyane, kuko ukiri mubukene wabonaga abatunze barageze iyo bajya , Imana iguha ubukire nabwo ariko ntiwabona umunezero kugirango umenye ubukire nyabwo. Ubu rero ubwo wabimenye kandi ukanabivuga , ukavugira benshi badatinyuka uriho uriho uregera umunezero biruta uko ubitekereza kandi uriho urakora ubutumwa utabizi! Suko utavuga mundimi zumwuka ko udafasha abantu. Humura ntizahorana agahinda, Yesu agiye kukomora byukuri.
    Imana Rurema igusetse !

  • @calvinlucky1320
    @calvinlucky1320 3 роки тому

    Ntawutababaye ibyo Nukuri pe, najyaga nibwira ko ningera hanze nzishima nkanezererwa Arko ntabyo nabonye nimodoka ngenda nyiriramo, yesu adusange bavandimwe

  • @uwishemalosine4252
    @uwishemalosine4252 3 роки тому

    Amahoro meza yuzuye atangwa n'Imana👏kuko isi ntamahoro yuzuye yaguha.waba ukize waba ukennye isi ntamahoro itanga.gusa Imana idutabare iduhe amahoro

  • @esperancemugurwanyana6108
    @esperancemugurwanyana6108 3 роки тому

    Uburyo utangira ibiganiro byawe ujye ubihindura(varier)
    Uvuga la même chose buri gihe.
    Par contre j aime ta voie. Nkunda igitwenge cyawe.
    Par dessus tout ugira abatumirwa b ingeri zose.
    Chapeau!

  • @jeannekaze560
    @jeannekaze560 3 роки тому +2

    Uwishimye nuwufise mpwemu yera muriwe saba Yesu azomuguha kuko mbona ubabaye cane 🙇‍♂️

  • @iragabaannick5317
    @iragabaannick5317 3 роки тому

    Gafaranga komera,gusa nubwo nta byishimo byuzuye twabona tukiri mwisi,byibuze uzusaba Imana kukwibagiza kahise kabi.Umuntu arashobora kuba imbata yahashize he agahora ari imbohe.umunezero Wuzuye ni Kristo uwutanga.
    Imodoka irashobora kukwunguruza ikakugeza iyo ushaka ariko ntiyaguha ibyishimo.
    Inzu nziza nigitanda cyiza nibyagura ibitotsi.
    So Amahoro yo Mu mutima Ni Kristo uyatanga.
    Murakoze.

  • @Dorika004
    @Dorika004 3 роки тому +19

    Ufitumunezero
    NufiteYesu
    Nahoibindi nubusa
    Nkuko nasalomo yaravuzego byosenubusa

  • @jeaninehan
    @jeaninehan 3 роки тому

    Ewe Gafaranga uri umuhanga cyane, warasobanukiwe! Sabin uwo mu filisophe uzajye umutumira kenshi yigishe abumva ikinyarwanda ubwenge bw' ukuri. Ni by' ukuri Yesu niwe mahoro y' isi. Nta mu psychologue urusha Gafaranga ubuhanga, wapi ntabaho

  • @janviernshimirimana2036
    @janviernshimirimana2036 3 роки тому

    Gafaranga..uratunaniye. Turashaka kuzokubona uvuga ku isimbi waronse umunezero. Sabin mumushakire umugore ari romantique.. ngira niwe azomumara agahinda kuko batubwira ko urugo rwiza ari"ijuru rito".

    • @pierrineumulisa5916
      @pierrineumulisa5916 3 роки тому

      oya wivanga ibintu muvandi!gafaranga azi ibyo avuga koko nibyo ibitwirikamo ntabwo biduha umunezero!umugore yavuzeko amufite,kd umugore uri Romantic ntabwo yaguha umunezero gafaranga ashaka.reba kure wunve icyo abavuga.thanks

  • @salamaumulisa6112
    @salamaumulisa6112 3 роки тому

    Amen 🙏… brother urakoze cane pee Yesu nibyose Imana ishimwe kuba amahoro ari muri YESU 🙏👏

  • @mathiasyamuremye4875
    @mathiasyamuremye4875 3 роки тому +4

    Gafaranga nincabwenge cane 🇧🇮👍

  • @MusabwaGrace-f7j
    @MusabwaGrace-f7j 8 місяців тому

    Gafara nge ndakumva pe amahoro aratandukanye uko nkumva urashaka amahoro yo mumutima Pana ayo mubutunzi kandi ayo ntawubyifuza wayaguha atangwa na Yesu wenyine .

  • @onesphorenduwimana5548
    @onesphorenduwimana5548 3 роки тому

    Umunezero nyawo ni ukwimenya no kwiyakira uwo uri we, ibyo utunze, Aho uba, amateka yawe, abawe,... Ukiyakira mubyawe byose by'akarusho ibyo ukabibanamo n'Imana. Gusa bishobora bake Imana ijye ibidushoboza!

  • @ericne1975
    @ericne1975 3 роки тому +2

    gafaranga ashyiramo philospher nyinshi niyo defaux, ariko ubundi ni sawa cyane ntaribi rye pe avuga ukuri rwose

    • @emuw2916
      @emuw2916 3 роки тому

      Ntabwo ari défaut niko aviva. Paulo, Petero nabandi ntibatangaga ubutumwa kumwe. Ahubwo biterwa numwva.we nta théories ashyiramo avuga uko we yiyumva kandi mubyukuri niko abantu benshi biyumva. Sinshidikanya ko benshi bamwumva ! Cyane cyane abo twita ngo baratunze muri iyi si.

  • @gagedamoursarusaru8079
    @gagedamoursarusaru8079 3 роки тому +1

    Impore bishop Gafaranga ❤️kristo arakureba kandi arakuzi nibikubabaje byose! Mwiringire ntazagutenguha, ntajyatenguha abe

  • @deborahnunu7839
    @deborahnunu7839 3 роки тому

    Amahoro Yesu ampa aruta ayo narinzi....Imana itubabarire kubwamasengesho acuritse twasenze.Imana ikomeze iguhe ijambo usangiza abandi

  • @nibigiraspesioza3842
    @nibigiraspesioza3842 3 роки тому

    Yewe Gafara biragoye kobantu bumva umuntu U munezero w Umutima utandukanye nuzanwa nubutunzi aha ukumva nuwo muhuje gusa kandi si wowe gusa uhura niki kibazo yokutumva nabantu beshi duhura nabyo cyane

  • @huguetteimboneza4919
    @huguetteimboneza4919 3 роки тому +1

    Mr Gafaranga Yesu wenyene niwe utanga umunezero ncuti abe ariwe urondera niwe wenyene ashobora kukumara agahinda kose ufise

  • @moisenkurikiyinka3759
    @moisenkurikiyinka3759 3 роки тому

    Muvandimwe gafaranga ndagukunda kagambo meza akomereye beshi kubyumva kuko twigishijwe nabi dukeneye gusubira kwisoko christo yarumwami numukiza ntiyatunze byishi kugirango abukomeye ahubwo abakomeye abatunzi bamusangaga bababaye ngo abatabare kuko babuze amahoro muvandimwe amahoro adatagwa nubutunzi, no gukomera abonerwa muri christo yesu niwe utanga amahoro yomumutima atagira impinduka

  • @mukantihinyuzwataussi147
    @mukantihinyuzwataussi147 8 місяців тому

    Gafaranga rwose wowe uvuga ukuri nkunda cyane pe!.

  • @jeanpaulhabumugisha6529
    @jeanpaulhabumugisha6529 3 роки тому

    Nyamara urwanda rushobora kuba rwaroherejwe numuvuga butumwa ubohora imitima yababaye ariko benshi tukaba turabimenya kuko tukimubonera muri comedy .njye natangiye kwegera Imana kubera Gafaranga

  • @uwimanaemelda6491
    @uwimanaemelda6491 3 роки тому +10

    Gafaranga arabiga ukuri , ntamahoro yo mwisi kweli

  • @mugwanezaviateur3492
    @mugwanezaviateur3492 2 роки тому

    Ahantumbonye gafaranga ndamureba mpakansoje ikiganiro gafaranga iyo izakwiga uba💪