ICYACUMI cyazanywe na Anti-kristo Muve mumadini Jyoni ryanjye arabeshya. AMADINI 3 Satani yashinze

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 1 вер 2021
  • #WHATSAPP_0788266238
    #AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #25072888535 #250787898191
    Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
    Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
    Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
    Turabakunda.

КОМЕНТАРІ • 210

  • @kurudikwayesu1706
    @kurudikwayesu1706 2 роки тому +4

    Yesu ashimwe cane kubwajye uyu mukozi wi Mana ibyo avuga nibyo Kandi nibyo nubwo bigoye kubyunva kumtu wahisemo kuyoba nokutemera ukuri be blessed papa

  • @marieyosee3025
    @marieyosee3025 2 роки тому +2

    Sekibi, Yezu Kristu yagutsindiye mu butayu, Yezu Kristu yagutsindiye mu mutima w' imizeti, Yezu Kristu yagutsindiye Ku musaraba. Sekibi, sekinyoma ndakwirukanye mu izina rya Yezu Kristu wapfuye akazuka. Ubutabera bw' Imana buguhane. Ubusugi bwa Bikira Mariya bukujanjagure umutwe , jyenda ukongoke mu nyenga y' umuriro. Abana b' Imana uyobya ndabakwambuye mu izina rya Yezu wapfuye akazuka.

  • @FurahaElie
    @FurahaElie 6 днів тому

    Ndakwemera cyane nange ndumuvugabutumwa nkeneye abotwafatanya kuvugukuri

  • @dynakarire5002
    @dynakarire5002 2 роки тому +1

    Ndakumva gose Pasta komeza wamamaze Kristo,apana idini.kuko idini ni umwansi w'Imana.ninaryo ryishe Yesu nabigishwa biwe

  • @michelsadiki9228
    @michelsadiki9228 2 роки тому +3

    Ariko ubundi kuki twiyobagiza kandi tuvuga ko twese tugendera kuri BIBILIYA, unasanga ari yo tuvuga buri kanya. UKURI KURAHARI KANDI KURIGARAGAZA 100%. Ijambo ry'Imana rishingiye ku gakiza tubonera muri YESU no ku mategeko y'IMANA k'uwemera BIBILIYA. MATAYO 5:18 'Kandi ndababwira ukuri yuko ijuru n'isi kugeza aho bizashirira, amategeko atazavaho inyuguti cyangwa agace kayo gato, kugeza aho byose bizarangirira.' YAKOBO 2: 10-11 'Umuntu wese witondera amategeko yose agasitara kuri rimwe, aba ayacumuye yose kuko uwavuze ati " ntugasambane ni we wavuze ati ntukice." Nuko rero nimureke kujyana abantu mu muriro utazima mubabeshya, mutazabona akaga.

  • @evaristendayambaje8568
    @evaristendayambaje8568 2 роки тому

    Amahoro,nanejejwe cyane no kumva inyigisho za musisi,ariko ntabwo nagize amahirwe yo kumva uko yatangiye ajya mu murimo w'Imana kuko maze kumwumviraho byinshi ,bingaragariza ko urugamba rwa satani Ku itorero,rwatangiye cyera mu Madini hakaba harabaye ubuyobe bwinshi.nifuje kubona ibiganiro yatanze byose ngo mbyumve Ku murongo,kuko ndahamyako bizarangira maze gusobanukirwa neza Icyo nkwiye gufata nk'umwanzuro.ariko ndamushima cyane kdi kurushaho ndashima Christo Uri muri we.nanjye Niko nifuza ko yaba muri njye .Imana se w'Umwami wacu Yesu Christo ibinshoboze.

  • @leashima9665
    @leashima9665 2 роки тому

    Murakoze cyane Pasteur Musisi ! Gusa amadini azadusaza kuko bose bagusha kumaturo n'icyacumi. Imana ibahe umugisha hamwe n'umuryango wawe.

  • @bernadinekaneza9911
    @bernadinekaneza9911 2 роки тому +1

    Nanjye sijyaga ngitanga ngiye kumusozi gusenga nahanze umukozi wimana arambwira ngo uje gusaba iki usize uriye nicyacumi cyayo naguhaye suburayo wishyure ugaruke ubone umbwire ibyo wifuza kuva ubwo ntangira kubaha icyacu kuko uwomuntu ntiyarabizi ko ntajya ntanga icyacu.mube maso

  • @sosso1078
    @sosso1078 2 роки тому

    ndabihamya,kuko ivyaha vyaje cane kuvaho amahera atanguriye kubaho.mwibuke Yesu asesagura amahero murushengero ry Imana,yasanze basigaye bahakorera icuruza....

  • @ndayiragijeinnocent3069
    @ndayiragijeinnocent3069 2 роки тому

    Ndakuramukije Pastor, ibiganiro vyawe birimwo ubusesenguze bwinshi. Birampimbara cane
    mukomeze kutuyagira

  • @rukundodada3743
    @rukundodada3743 2 роки тому

    Musisi ni umuhanuzi w'ibinyoma mumwirinde kuko niwe muntu nabonye wahangaye gushyiraho amategeko ye 10 ayasimbuza ayo Uwitekaya ndikishije urutoki rwe. ngo none abantu bareke gutanga icya 10. ibi byo ni akumiro mwitonde cyane muve mu bantu musome neza bibiliya izabigisha. Amen

  • @agnesnzeyimana4279
    @agnesnzeyimana4279 2 роки тому +1

    Nshimiye Data kur'izi nyigisho. Abakunda Ukuri kwa YESU turashima ingene izi nteguro ziriko zidukiza ubuzimire. Muhabge umugisha na NDIHO.

  • @etiennebanyanse8125
    @etiennebanyanse8125 2 роки тому

    Ivyo pasteur avuga nivyo Kuko amadini menshi agendera kumigenzo y'idini ntabwo agendera kw'ibwirizwa shingiro ry'Imana. None wovuga ngo urakunda Yesu atagendera mukirenge ciwe. Imana ibandanye kuguhishurira vyishi kugira tuze turivomera

  • @maguybuno
    @maguybuno 2 роки тому +4

    Amen turikumwe nanje nizeye Kristo Yesu, kandi nkuko Yohana 14:6. Ivuga, nukuri dukwiriye kuba Aba Kristo Yesu. Ukuri kose rero kuri muri Kristo Yesu. Abantu basabe Yesu Kristo Abihishurire. Pastor Musisi na Alayoni TV, mukomeze mwamamaze Kristo Yesu. Nukuri mba muri America kandi mpamaze igihe kitari gito, ndetse niho nigiye nikinyarwanda, ariko abantu benshi uyo mbabajije ko bakiriye Yesu Kristo nkumwami wabo numukiza, barambwira ngo basengera mwi dini runaka, nkuva rero abantu bizera abandi bantu .Ariko ntibaribizera Kristo Yesu. Yesu Kristo ni mwiza kandi Ibyo Akora byose nibyiza. May God bless you

    • @pollenpoll7260
      @pollenpoll7260 2 роки тому

      Mwabantumwe duhara ire gukudana naho ibi di byose tubiharire nya gasani

  • @ninsimamariam6604
    @ninsimamariam6604 2 роки тому

    Wamunyamakuruwe ubazibintu byubwenge Kandi nuyu musaza ndamwemera cyane

  • @vianneymunezero3233
    @vianneymunezero3233 2 роки тому +3

    Ndashaka mumbarize Pastor muti : ubundi what is your purpose in what you are doing? What is your boundaries?

  • @pasteurhabonimanajeanmarie5164
    @pasteurhabonimanajeanmarie5164 2 роки тому

    Nanjye nitwa Habonimana Jmv ndi pasteur,nanjye hari ubuyobe ntemera bwo gutanga icacumi aribyo bihesha umugisha kuko ntacyo twaguta umugisha uva kumana

  • @mbegawe
    @mbegawe 2 роки тому +1

    Wakoze pastor, ibyo uvuga nukuri. Imana iniga abantu ntamana iyirimo. Nkuko wabivuze umwuka wera twahawe niwe utuma ishyaka ryimana riturya munda.

  • @laparole8072
    @laparole8072 2 роки тому

    Imana yo Mw'ijuru ihe umugisha Pasteur MUSISI, afite ubwenge bw'Imana mubyo avuga 🙏🏿

  • @laparole8072
    @laparole8072 2 роки тому

    Oh, nimushyire hamwe rwose umuntu wese avome ibyo mugenzi we afite, we adafite byose mubigenzuriye mu byanditswe Byera 🙏🏿

  • @hategekimanaalex9309
    @hategekimanaalex9309 2 роки тому +8

    Mwiriwe neza igihe cyiraje ndetse kiransohoye ubwo abasenga data bakwiriye gusengera mu kuri no mwuka kuko benabo nibo Data ashaka ko bamunsenga

  • @gastonmpogazi1826
    @gastonmpogazi1826 Рік тому

    Uyu mugaba afite amagambo kakaye nugusenga tukamenya Imywuka iyoboye kuko turi mubihe bikomeye biruhije Imana yokabyara nidukomereze amaboko

  • @tunyuremukuriofficial9393
    @tunyuremukuriofficial9393 2 роки тому +5

    Uwiteka. Abahe umugisha rwose.

  • @ndakomejet8217
    @ndakomejet8217 2 роки тому +1

    Amena murakoze! rwose ngentacyo bavuga Imana ibaye umugisha

  • @fraternekibogora562
    @fraternekibogora562 2 роки тому

    Ayaloni TV mwijwi rya Pst Peter Musisi muradufasha cyane murino minsi yabarusahuriramunduru bitwikira umutaka wamadini

  • @victorntakirutimana3535
    @victorntakirutimana3535 2 роки тому +2

    I Burundi tubakurikirana 100%,uyu mupasitori musisi bimwe avuga ukuri ibindi n'amarangamutima.

  • @intunganetv9468
    @intunganetv9468 2 роки тому +1

    Gukiranuka tuguheshwa no kwizera Kristo gusa. Kuko umurimo we wo kuducungura watugize Abera mu maso y'Imana.

  • @rubabazadiogene384
    @rubabazadiogene384 2 роки тому +6

    Satani wiyoberanije akihindura malayika w'umucyo niwe abantu benshi munsengero baramya akenshi batabizi. Imana ishimwe ko iriho ikoresha nka ba pasteurs Musisi ngo abiyitaga aba Kristo basobanukirwe imikorere y'Imana y'ukuri (Uwiteka) n'imana y'iki gihe (satani). Tujye tumusengera Uwiteka amurinde kuko abayobozi b'amadini bazamurwanya kuko ariho abamenera amabanga.

    • @Dulykelly250
      @Dulykelly250 2 роки тому

      Wowe uri kugenda usobanukirwa gusa uracyari murujijo rukomeye . Nturamenya satani uwo Ari we mubyukuri . Kuko ahubwo satani niwe baguhaye abaroma/abagereki muri bibiliya banwitwa *Uwiteka Imana* (Yahweh).
      Reba ino mirongo yo muri bibiliya uyimpurize : ( 2samweli 24:1,2 ) / ( 1 ingoma 21:1,2 ).
      1 Bukeye umujinya w'Uwiteka wongera gukongerezwa Abisirayeli, abateza Dawidi, ubwo yavugaga ati"Genda ubare Abisirayeli n'Abayuda."
      2 Umwami abwira Yowabu umugaba w'ingabo ze wari kumwe na we ati"Genda imiryango y'Abisirayeli yose uhereye i Dani ukageza i Berisheba, mubare abantu kugira ngo menye umubare wabo."
      (2 Samweli 24:1;2).
      * 1 Bukeye Satani ahagurukira Abisirayeli, yoshya Dawidi kubara Abisirayeli.
      2 Dawidi abwira Yowabu n'abatware b'abantu ati"Nimugende mubare Abisirayeli, uhereye i Berisheba ukageza i Dani, maze muze mumbwire kugira ngo menye umubare wabo."
      (1 Ingoma 21:1;2).

  • @alkebulanb5929
    @alkebulanb5929 2 роки тому +2

    NISHIMIRA IBIKORWA VYANYU BANTU BIMANA , IMANA IKOMEZE KUGUHEZAGIRA BIHAGIJE , AMAHORO Y' IMANA ABANE NA WE ITEKA RYOSE.
    UMUSE UMWE NZAZA NDAKURAMUTSE (NGUSUHUZE) , AHARI NZAKUMENYERAKO VYINSHI (BYINSHI) VY'AGAKIZA.
    🇧🇮⚘🇧🇮

  • @mbonyumugenzijeandedieu1718
    @mbonyumugenzijeandedieu1718 2 роки тому

    Uyu mugabo numuyobe wo murwego rwo heju uwamukurikirana yazarimbuka impavu avuga ibintu atarimo umwuka w'Imana ahubwo muzarebe neza uyu nuwo gusenya ibyubatswe mubantu bishobokako yavuye mumadoni namatorero kugirango agaragaze ukuri guke afate abafite imitima yo kuyoba

  • @boscokalinda317
    @boscokalinda317 2 роки тому

    Paste nusobanura bible mumubiri ugakomeza gukoresha ubwenge Muntu uzayoba cyane kuko bible ikurenze cyane ,ijyambo ry lmana ritavangiye hahirwa usoma ijambo akaryitondera akarikurikiza I by lmana ntiwabisobanura utuzuye umwuka wera wubwenge uturuka k uwiteka,paste ugaragara nkumunyabwenge kandi uvugana ubuhanga ariko uzayobya benshi cyane uraciriritse cyane mumwuka urakoresha ubwenge bw isi nkufite indi misiyo. Abantu batapfa kubona icyampabantu bakizera christo urantangaje ndibaza impanvu uvuganeza wagera kwipfundo ryo kwizerachristo nibiranga umwizera bikantangaza ,amaturo,icyacumi,impano z umwuka wera ubuhanuzi wibesha abantu ngo wizera christo oya oya muratandukanye cyane ufite umwijima ukabije

  • @umutinijolly7675
    @umutinijolly7675 2 роки тому +1

    Uyu mu postor numwe mubakozi basatani. Mumwitondere bibiliya iruzuzanya uhereye mwitangiriro ukageza ibyahishuwe. Nibayemera bible nayige asabe umwuka kumusobanurira hanyuma yekwirata ubwenge bwe mugusesengura ibidafite umumaro. Asesengure ibyandistwe.

  • @africacyprien6979
    @africacyprien6979 Рік тому

    Nonese, Iyo umuntu Imana imuhaye inzozi, nukuvugako nkabadamu batahabwa inzozi kuko ataraye yeteze igitambaro. Wapi, Imana ntiyita kuribyo.

  • @NdikuriyoEdidiee-zm8qz
    @NdikuriyoEdidiee-zm8qz 9 місяців тому

    Mukomere,ubundi humva ufit'amatwi,komeza ucukumbure kuko bizotangura uwobitahuye.

  • @NDAYISHIMIYE1000
    @NDAYISHIMIYE1000 2 роки тому +4

    Amajambo uvuga ni ukuri gusa ni ukwiga twiyiga twongera twiyigisha,hanyuma abo baguhinyura ubabwire ko nimba wihenda ni kamere kamuntu kwihenda ntamweranda abaho twese turi abanyavyaha hanyuma kwigishana birakenewe ntawumenya vyose,ayo madini 3 ndayazi narayize neza kandi turahuje cane ivyo ndayaziko nivyo uriko uravuga….

  • @nyirahirwajacqueline5162
    @nyirahirwajacqueline5162 2 роки тому

    Muraho neza ibyo mwigisha biranfasha cne knd Imana ibakomereze amaboko ,ndifuza nanjye kumenya ibijyanye nimihango yo mumadini harimo gusengeshereza abana bakiri bato murakoze ?

  • @kuradusengejeansothere6130
    @kuradusengejeansothere6130 2 роки тому

    Musisi bimwe avuga nibyo ibindi sibyo, niba akorera Imana ya Israel atishushanya niyongere yegere Imana n'abakozi bayo b'ukuri, arusheho kunononsora ibyo avuga, asabe Imana kongera kumuyobora, icyacumi kiremewe, ibya kayizari tubihe kayizari n'iby'Imana tubihe Imana.

  • @africacyprien6979
    @africacyprien6979 Рік тому

    Umwuka Wera ntukeneye igitambaro mumutwe kugirango abashe gukoresha ukiteze. Ahubwo akeneye Umutima umumenekeye. Igitambaro ntacyo cyungura.

  • @mignonneirakoze6838
    @mignonneirakoze6838 11 місяців тому

    Mwabantu mwe mukurikira izi mbuga mwisomere ijambo ry'Imana.
    Iyo title mwanditse siyo rwose.

  • @niyomugabotheogene2312
    @niyomugabotheogene2312 2 роки тому +2

    Turagushimira kubiganiro byiza utugezaho Imana yamahoro igukomereze mubuntu bwoyo.

  • @haragirimanaoscar8629
    @haragirimanaoscar8629 Рік тому

    Mumwitondere ijambo afite nubwenge nta mwuka wera afite amadini yose yarayobye umwuka wera Yaba amaze iki? Yesu se Yaba yarapfire iki ? Imana yabitanze seyo Yaba yarakoze umushinga idazasohoza.ubeshye injiji.

  • @maryamarya4161
    @maryamarya4161 Рік тому

    Abantu murikomurazimiza imana izobakubaza

  • @kmundendy660
    @kmundendy660 2 роки тому +1

    Abantu bakwiriye kuva Mu madini koko usanga asenga, agahanura, akerekwa, agahabwa umwuka, etc by' imana itazwi ntinabibwire iyo ari yo bijyanye n'Imana ivugwa muri Bibiliya (Yohana 17: 6, 26 & Yesaya 12: 2 & Yeremiya 16: 21 )
    kandi bizira mu maso y'Imana nzima nk'uko
    (Gutegeka kwa kabiri 18: 20) habigaragaza. Dushakishe ukuri tujye natwe twisomera Bibiliya twe bwite aho kumva undi muntu gusa.

  • @twizeyimanadavid8838
    @twizeyimanadavid8838 2 роки тому +1

    Bantu b'lmana ntimuyobywe n'ubwenge bw'abantu batari mumurongo w'ijambo ryayo.
    Musome igice cya mbere cy'urwandiko rw'abakorinto

  • @Emma-qe7ql
    @Emma-qe7ql 2 роки тому

    Imana iguhe umugisha muntu w'Imana.

  • @venustenshimiyimana7958
    @venustenshimiyimana7958 2 роки тому

    Ubu iyuhangara ukavuga ngi Cyacumi cy'Imana ku gitanga nubuyobe,Ese icy'acumi na maturo ntibyanditswe muri bibiliya cyangwa ukeneye tuzaguhe imironko!!!!!!!!Paster birababaje rwose.ikindi gutanga icyacumi na maturo byahereye kera no mugihe cyintumwa za yesu baragitangaga :Nyine siwabwiriza bantu bagitange kungufu!!!!ariko wanabibwira bantu kokugitanga aringombwa biheshumugisha nyirabyo.kandi umu kristo udatanga icyacumi na maturo ntabukristo bwe ,ubuse abarimuruhe ruhande !!!yatagitanze abayibye imana kanda zagibwaho numuvumo.muzamutubarize ibyo yavuze sibyumvikana 🥺🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭Mba muri America muzamumbarize icyo kibazo ayaloni turabakunda cyaneeeee🤙🤙🤙🤙🤙🤙

    • @dusabimanaclement4314
      @dusabimanaclement4314 2 роки тому

      Mubwire matayo 23:23 icyo havuga musisi ntiyemera amategeko yimana kandi agahinyura abandi ngo bafite umwuka wa satan njyewe mbabajwe nabamukuri Kira buhumyi badakora research urugero 1yohana 5:2-3
      Uvugako amuzi (yesu) ntiyitondere amategeko ye ni umubeshyi ukuri ntikuri muriwe 1 yohana 2:3-4 nones umuntu ntiyemera isabato , ntiyemera amaturo n’icyacumi kandi bifasha mumurimo wimana no gufasha abakene ,gusa ndasaba IMANA ngo itabare bamwe bemeye ibyo yigisha buhumyi maze nabo basome biblia ikindi basabe IMANA ibahishurire.

  • @murengerantwariandre5752
    @murengerantwariandre5752 2 роки тому +2

    Jesus Christ is the Way, the Truth and the Life...... Let us trust in Jesus Christ and be the Light and the Salt of the World.
    Be blessed past MUSISI.... What you say is true.

  • @kamediobedi6605
    @kamediobedi6605 2 роки тому

    Pasita Missi ndagirango mbunganire kuri commanteri abantu babagisha impaka cyane nabantu barikumva ubutumwa bwanyu babuhereye Hagati nange nkitangira kukumva nahise ntangira kukurwanya nahubundi mujye mubabwira bahere kubiganiro mwatangije

  • @rukundodada3743
    @rukundodada3743 2 роки тому +2

    Tugeze mu bihe Daniel 9:27 yahanuye ko hazaza umutware uzasezerana nabenshi isezerano ryo kubuzanya gutanga amaturo. Uwo murimbuzi azaza kw'ibaba ry'ibizira. Ariko uburakari bw'Uwiteka buzasandazwa Kuri we. Mwisomere mwese bibiliya nimwizere abana b'abantu.

    • @mukabashimabeatrice5338
      @mukabashimabeatrice5338 2 роки тому

      Mbese paster Musisi uhakana idini agahakana icya cumi agahakana imirimo y umwuka wera akarwanya abahanuzi n abavugabutumwa ibyo bible ihamya aragirango abantu b Imana bagendere ku kwizera kuhe kutari ukwa bible?
      Abantu b Imana mube maso

  • @sendegeyansengiyera647
    @sendegeyansengiyera647 2 роки тому +2

    Musisi n'ubwo asobanura ibintu byinshi neza ariko kurundi ruhande haribyo avuga ibitari ukuri. Kuko haraho ashingira kubwenge bwe. Nonese ko Yesu yatsindishije Satani handitswe ngo none kuki we avuga ko ibyavuga ariko kuri ashingiye ku mateka yasomye mubitabo by'ingirwa bwenge s'iyisi?
    Njye simvuze ko amadini ari ayukuri kuko iyo usesenguye usanga buri idini rifite ikinyoma rigenderaho. Nkuko Paulo yavuze ko ab'Iberoya bari beza kurusha abandi kuko bashakashakaga mu byanditswe bakamenya niba ibyo Paulo abigisha arukuri nanjye ndagira abantu gudhakashaka mubyanditswe bakamenya niba ibyo amadini abigisha ari ukuri. Ariko ntitugashingire kuntekerezo z'umuntu z'umuntu uwari wese ngo tuzifate nkaho ariko kuri konyine. Hari abantu Imana yagiye itoranya ngo bayivugire ariko ntibahe umucyo wose ariko tutavuga ko ari abanyabinyoma. Urugero twavuga nka Petero wumvaga ko Imana itaha umucyo abanyamahanga kandi batarakebwe ariko Imana yahagurukije Paulo kugira ngo amwunganire ariko ntibivuga ko petero yari umuhakanyi ahubwo niho ubumenyibwe bwagarukiraga ariyo mpamvu nshishikariza abantu gusoma bibiliya cyane ibyo batari basobanukirwa bagakomeza kurindira igihe gikwiriye ntihabeho gukomeza umutwe ahubwo buri wese akitegura kuba yahindura imyumvire mugihe abonye ibihamya byomwijambo ry'Imana aho gutsimarara ku kudini runaka udafite ibihamya byo mubyanditswe byera bikwemeza ko idini urimo ari ukuri. Icyatumye mvuga ko ibyo Musisi avuga byose atari ukuri ni uko yavuze ko abisirayeli banze ukuri bose bakarimbuka kandi ko igihe cyabo cyashize ariko njye nasomye mu gitabo cy'Abaroma igice cya 11 havuga ko abisirayeyi banze Yesu kubw'umugambi yari ifitiye abanyamahanga ariko ko izabagarukira nk'uko yabisezeranije ba Sekuru. Kandi ntitwiyumvise ko dushobora gusobanukirwa naburi kimwe cyose ahubwo icyaba kibi ni ukumenya ukuri ntitukugenderemo

    • @alineurusaro8296
      @alineurusaro8296 2 роки тому

      Ibyuvuga nibyo ntabwo Imana yareka abisiraheri burundu kuko itorero nirizamurwa agakiza kazasubira mubisiraheli ,ahubwo abari gupfa ubungubu nibo bari kurimbuka ariko nyuma ,Imana izababarira agakiza gasubire iwabo ,aho niho bazakizwa namaraso yabo kuko aribwo anti-christo azaba ari gukora kumugaragaro byeruye abatazemera kumwumvira bazakizwa

  • @kabagambemoses-uw1xq
    @kabagambemoses-uw1xq 2 місяці тому

    Thanks y'all! God bless you! Pastor Musisi azatwigishe ku minsi 21days(Daniel) na 40days(Yesu) yo kwiyiriza ubusa(fasting) ni ihame mu matorero ? Ko mu ma torero ari ihame ko tugomba kuyasenga?

  • @nshimyumuremyijanuary2987
    @nshimyumuremyijanuary2987 2 роки тому

    Mushumba wasobanuye neza uyobowe numwaka wera w'Imana

  • @michelsadiki9228
    @michelsadiki9228 2 роки тому

    Ubundi mujye muvuga ukuri kuko 1/2 cy'isi kizi gusoma kandi nutasoma yasomerwa cyangwa agasobanurirwa na MWUKA WERA. Mureke ibinyoma.

    • @florisnduwimana855
      @florisnduwimana855 2 роки тому

      Uratubwire ukuri kwawe muntu w'Imana tugire comparison nibi twumve uwuvuga ukuri plz plz!!!

  • @FatakiMugaga
    @FatakiMugaga Місяць тому

    Naje namupenda sana❤ Burundi

  • @nijimberebosco540
    @nijimberebosco540 2 роки тому

    Uko nukuri pe aba kenyezi batwitwikira mw'ikoranira baca kubiri na bibiliya uranashika ko bitemewe ko mw'ikoranira rya bera abagore batarekuriwe kuvuga mw'ikoranira ngo bigishe ijambo ry'imana kiretse muzinzi nyigisho iyo ni bibiliya

  • @bernadinekaneza9911
    @bernadinekaneza9911 2 роки тому

    Yesu yaravuze ngo sinaje gukuraho amategeko ahubwo naje kuyakomeza ,icyacumi nitegeko ryimana mubyemera mutabyemera utagitanga jyewe Imana yarangendereye imbwira ko udatanga icyo cyacumi atagera mubwami bwimana mube maso iminsi yanyuma yarageze ahubwo muyoborwe numwuka wera

    • @kayitanisamu9861
      @kayitanisamu9861 2 роки тому

      Ntago aruko byanditse handitse kuyasihoza sukuyakomeza

    • @Bizasobanukatv2
      @Bizasobanukatv2 2 роки тому

      Ese kuki ibi byose muba muba mubizi.ariko nti mubihamirize.mpyisi yavuze ukuri mwaratubeshye???

    • @Bizasobanukatv2
      @Bizasobanukatv2 2 роки тому

      Imana niba koko ibaho.kuki abayigometseho babana nayo kuki yabaroshye aho abatayigometseho baba hano mwisi? Imana urumvayo ikunda abantu? Nkiyabaremye? Kuki itarimbuye satani ko umuhinzi iyo agiye mubishyimbo iyo asanzemo icyaboze arakireka?cg agikura mubindi? Munsubize koko imana iradukunda?

  • @pasteurhabonimanajeanmarie5164
    @pasteurhabonimanajeanmarie5164 2 роки тому +1

    Icyo nakongeraho nuko aba pasteur benshi bataramenya gutandukanya isezerano ryakera nisezerano rishya,nibaza ko badasoma neza inzandiko za Paulo!

  • @niyonkurudesiredamour8241
    @niyonkurudesiredamour8241 24 дні тому

    Musisi navuge nyene ntanukubaha Imana agira gusenga Gusa kunyeretse icubahiro ihabwa mukuyisenga ataco azi nahamagaze abandi bagire débat niyo imari impaka

  • @yizerevalensyv2503
    @yizerevalensyv2503 2 роки тому

    Ese iyo mufata ifoto ya Papa mukayishyiraho ihinduwe umwimerere mwamuhaye amenyo nk'ay'injangwe mwumva bibubahisha ntabwo muziko ari icyaha?

  • @austindadjnoomgijimi7052
    @austindadjnoomgijimi7052 2 роки тому

    Ndabasuhuje mwizinaryu Umwamiwacu Yesu kristo harikibazo igitabo cyumwukawu ubuhanuzi ngogisobanuraneza ko Adamu atacumuye ngo Eva yahaye Adam hanyuma Adam arakiranonehongo ntiyigeze atapfuna ahubwongoryashiriye kumatamarivungagurikangokubera ubwoba ngontiyigeze arirya ahubwobashakakwerekanako Imana arinkaho yarenganije Adam muzaturebereneza ukobyifashe kubyababenewacu murakoze.

  • @Johnpetermugarura
    @Johnpetermugarura 2 роки тому

    Uyu mu Pasteur nubwo hari bimwe tudahurizaho ahari kubera imyumvire yange, ariko aravuga ukuri Amadini yiyita aya gikristo akorera Antichrist muburyo abayayibora bazi cg batazi

  • @muchris302
    @muchris302 2 роки тому +7

    Ubuse uyu muntu w'Imana Yesu Christ abesyhe he?? I agree with everything this man is saying. And so why these evangelical people are against him?? Mr. Musisi komeza uvugisha ukuri nubwo bazakurwanya ntacyo bazagutwara, Yesu Christ ari hejuru ya lucifer . Ubu se ko Imana Yesu Christ agiye kugaruka? Byose bigiye gushyirwa kimurongo ahubwo nibihane hatarenga.

    • @knoxtv3237
      @knoxtv3237 2 роки тому

      Nubwo bazamurwanya ntacyo bazamutwara nyine. Ariko se , abo arwanya bo azabarwara iki ?
      🤣🤣🤣🤣🤣 ahubwo wowe uri kumushyigikira kubera amarangamutima gusa , ntabwo aruko afite ukuri !!!!…
      Think twice before you make your comment next time.

    • @muryeryeburora6589
      @muryeryeburora6589 2 роки тому +1

      Ahubwo nawe ukwiye gutekereza 2!
      Wambwira impamvu ituma amadini ari menshi ntibahuze kdi bavuga Kristo umwe.
      None c agabanijwemo ibice?

  • @kanyandekwevalens159
    @kanyandekwevalens159 2 роки тому

    Ayo mateka mwishoyemo atari ayanyu azabasaza nyamara ubu uwakubaza amateka y'u Rwanda ntiwamenyamo na kimwe cya kabiri!!!!

  • @burengo
    @burengo 2 роки тому

    turifuzako uyo Pasta yahurana nabashekh bomurwanda harico bokungura abantu

  • @jbwajesus705
    @jbwajesus705 2 роки тому

    Komereza aho mushumba

  • @alcoholdisque6400
    @alcoholdisque6400 2 роки тому +1

    Ngukunda kubi weeeeee

  • @intoredidier1939
    @intoredidier1939 2 роки тому

    Pastor turakwinginze uzadutegurir inyigisho yihariye kuri madam white kugira natwe tutari ab'adventiste tubash gusobanukirwa neza ibye, turabakunda cyaaane

    • @rukundodada3743
      @rukundodada3743 2 роки тому

      Wowe uzashake intambara ikomeye izagusobanurira neza ibisubizo wibaza naho gusaba abandi ngo bagusobanurire uzabiyoberamo. Kora nawe ubushakashatsi bwawe uzamenya ukuri.

  • @xavusabuwera8432
    @xavusabuwera8432 2 роки тому

    Tubarize Pr Musisi, uti" wabatijwe mu Mwuka Wera? Ryari ?

  • @bacumijuvenalniyibigira3543
    @bacumijuvenalniyibigira3543 2 роки тому

    nitwa bucumi nfite ikibazo kubijanye numubatizo YESU yatumye intumwa ngo bagende bigishe amahanga yose babahindure kuba abigishwa abemeye mubabatize mw'izinz rya DATA NIRY'UMWANA NIYRA MPWEMU YERA ( Matayo 28:19) Intumwa nazo zigenda zibztiza mw'izina rya YESU KRISTU ( ivyakozwebn'intumwa 2:38 ) ikibazo ivyo intumwa bakoze ukuri?

  • @tharcissemunyaneza3418
    @tharcissemunyaneza3418 2 роки тому

    Erega biragoye kugirango umuntu ahindure imyumvire amazemo imyaka magana.... yabwiwe nabo bita abakozi b'IMANA, urugero ni amacakubiri yazanywe n'ibinyoma by'abakoroni mu banyarwanda (TUBACEMO IBICE TUBATEGEKE) ariko nanubu hari injiji zikiyagenderamo zamunzwe nabyo,
    Pastor MUSISI ibyo avuga ni ukuri kwari kwarabuze ukuvuga mukuri kubera gutinya cyangwa kubera inyungu zishingiye ku FRW

    • @dusabimanaclement4314
      @dusabimanaclement4314 2 роки тому

      Uvuga ko azi imana ntiyitondere amategeko yayo uwo numubeshyi,ukuri ntikuri muri we 1yohana 2:3-4
      Soma 1yohana 5:3 pastor avanga ukuri nibinyoma mugerageze gukora research kubyomwakira byose bizabafasha cyanee,ikindi nibatavuga ibihuye niryo jambo (biblia) ntamuseke uzabatambikira

  • @chancematias8724
    @chancematias8724 2 роки тому

    Reka ngufashe muze yehova ni imana mururimi rwi gi chewa

  • @oliviergatabazi4777
    @oliviergatabazi4777 2 роки тому

    Pastor rwose ndumva ushobora kuba utemera Bible igice. Kuko utemera icyacumi ndi cyanditse muri Bibiliya.

  • @jclaudebimenyimana5429
    @jclaudebimenyimana5429 2 роки тому

    Uyu muntu asigura ijambo ryIMANA ukutariko.mumenye KO YESU yabuze ngo Bazoza kuri mwebwe bambaye nkintama ariko mumitima yabo arinkamabingira.kandi ngo Muzobamenyera kuvyo bama.kuko ntawokenera insukoni kumunyinya

  • @kamediobedi6605
    @kamediobedi6605 2 роки тому

    Ntadini usebya kuko amadini afite gahunda zayo kubera abayashinze Ahubwo bumve ubuyobe bwigishwa mumadini yabo

  • @paulkanyenzi6877
    @paulkanyenzi6877 2 роки тому

    P.Musisi Tanga aho.byanditswe
    Ubugorozi bwu Mwukawera bwagombaga kuzuza igihe idinirya panthéiste ryatangiye wabisomyehe?

  • @nahimanaeric3093
    @nahimanaeric3093 2 роки тому

    Isi igushije ishano kuko satani ayimanukiye afise umujinya mwishi

  • @NYAXOCOMEDY-wk2kj
    @NYAXOCOMEDY-wk2kj 2 роки тому +1

    Pastor musisi wirwanya B Mariya nyina wa yezu

  • @jewemediatv3593
    @jewemediatv3593 2 роки тому

    Pastor kuvuze yuko abagore bose bakwiye kuvugishwa bambaye ibitambara kumutwe ngo vyanditswe muri Bible kandi muri 2 Corinthiens 5:16,17 uravye uko havuga nawe woba ukirabira umuntu muvyo kwambara ibitambara canke woraba Ijambo avuga kwari ukuri

  • @joshuason557
    @joshuason557 2 роки тому +1

    Hello ayaloni TV plz can u do such programs in English plz thanks 🙏🙏

  • @claireniyompamvu5420
    @claireniyompamvu5420 2 роки тому

    Indirimbo nziza caane abarundi turabasuhuj natwe

  • @kamediobedi6605
    @kamediobedi6605 2 роки тому

    Kuko nange narindi kubakurwanya nabanje kumva ibiganiro byishi byawe nibwo natangiye gusobanukirwa ibyuvuga

  • @pastorgashema
    @pastorgashema 2 роки тому +2

    Komeza gukomera kumurimo nubwo uri kuvugira ubutumwa mw'isi yanduje benshi kdi badashaka kuva mwirari ryibyo bararikiye

  • @umutinijolly7675
    @umutinijolly7675 2 роки тому

    Uyunumwijima wihinduye umucyo. Nimusange amategeko yimanq nibiyahamya.nimutavuga ibihwanye nayamagambo ntamucyo uzabatambicyira.

  • @justinemirembe5164
    @justinemirembe5164 2 роки тому

    Reka kwite papa kuko uvuga ukuri nkanyurwa birambabaza iyo umuntu agyakwivuga yatangira aka vugango shyubwe narunaka ariko yah ya nomubitaro akarinda at aha atamusuye yagya gushyira umwanawe akanga kumusezeranya biye isonyi

  • @rukundo3119
    @rukundo3119 2 роки тому +1

    Uyu mugabo afite byinshi atarasobanukirwa. Ariko njye uko mbibona byose abyanga abishaka kuko ubumenyi namusuzumye nsanga abufite. Ikindi ngo ntampamvu yo gucukumbura muri bibiliya kandi ahubwo aribyo bibiliya idusaba (Imigani 2:1-5). Ikindi asobanura ate 1 Corinthians 15:23-28: yesu ni umwana w'Imana kandi ntabwo angana na se. Ikindi nshaka ko yakwisobanurira kuko njye NTA interprétation nkeneye, simbwiriza kunywa inzoga ariko nanone ntacyo ndicyo ngo mpinyuze ijambo ry'Imana, mu Kubara 28:7 hagaragaza ibyagombaga gutambwa bigashimisha Imana, muribyo harimo ibisindisha. Wowe urinde ushyiraho standards zinyuranye n'iz'Imana mu bintu biyireba?

    • @kmundendy660
      @kmundendy660 2 роки тому

      @Rukundo.
      Nibyo rwose agaragara nkuwaba yashobora kugira ubumenyi nyabwo bwa Bibiliya ariko ikibabaje n'ubwo afite burajagaraye...AKABUGOREKA!
      Nkuko ubivuze Imana niyo yishyiriyeho ibyo bagomba kuyitura nyuma igerekaho ko ariyo yamejeje ibyatsi bivamo Vino(umutobe usembuye= INGOZA) yo kunezereza IMITIMA y'abantu (Zaburi 104: 14-15).
      .
      hahahahaa
      Noneho Salomo Ntiyanditse ibyo Imana yamuhumekeye kuvuga bigaragara (Umubwiriza 9: 7)!
      umvugo ye IHINYUZA(ivuguruza) Yesu we ubwe imuhindura umunyabyaha ko yahinduye amazi Divayi/Vino ndetse n'abigishwa be bahari bakayinywa (Yohana 2: 1-11) none se bisobanura ko gusomaho byasa nko kurigata ku muti w'Imbeba (ari icyaha) ku bakurikije icyitegererezo cya Kristo? Wisubize wenyine.
      Wamungani (Ibyahishuwe 3:14) ahasobanura gute....YISUBIZE wenyine nanjye ntabisobanuro nkeneye na gato!.

    • @kmundendy660
      @kmundendy660 2 роки тому

      @Rukundo umenya nanditse nkaho ari wowe bwira..oya Nakunganiraga bwira uriya Mugabo

    • @ericndakaza5159
      @ericndakaza5159 2 роки тому

      Ngo yesu si ikiremwa ? hanyuma se abagalatia 1:15 yahasobanura ate?

  • @katabirorakivejuru6563
    @katabirorakivejuru6563 2 роки тому +1

    Amahoro bene muntu?
    Ndibariza buriwese.
    1. Ese guterana kwera bivuze itorero cg idini???
    2. Ese cyagitabo mwahaye agaciro karenze akamuntu haraho kivugako idini cg itorero biva kuri yesu??
    3. Kuki hatabaho kwibaza impamvu amateka tuyigishwa nabavuye mumashuri???
    4. Ese mujya mubona ko kwiga kwari gukenewe mu ubuzima bwa muntu???
    5. Ese bibiliya ivuga iki mu kwiga amashuri yi cuke, abanza, ayisumbuye, kuminuza no gukomeza, mutubeshya ko mutera mukirenjye cya yesu kd bikaba bivugwa ko atize ishuri narimwe, kuki mwe mwiga ???

  • @bizashira2108
    @bizashira2108 2 роки тому +1

    Nabonye injiji ariko uyu wiyise pasiteri we aranyumije! Satani yatangiye kera kuko yatangiriye muri Edeni ariko uti mu kinyejana ya 17....

  • @nshimiyimanajeandamascene7408

    Jyoni ryanje ntamuhanuzi imirimo arahimba

  • @buregeyauwimana305
    @buregeyauwimana305 2 роки тому

    Yitwa pastor yaherewehe iryo zina niba ntatorero abarizwamo

  • @ericksuzu5747
    @ericksuzu5747 2 роки тому +2

    Pasteur ndakwemera kukl nkubomo ubwenge ikibazo ikimenyetso cyumwuka wera wowe wemera nikihe❓
    Bonita kimwe ESE ubundi wemera ubuhanuzi⁉️

  • @davidkwizeraartist9750
    @davidkwizeraartist9750 2 роки тому +1

    Pst ndabashimiye kudusubiza kubibazo tuba twabajije. Gusa haraho ntanyuzwe neza kukibazo nari nabajije mbaza niba hariya havugwa h,amatorero 7 yo muri Asian habaho Koko? Ahantu hitwa Laodikia habaho? Simuluna habaho? Pergamo habaho? Nahandi.... Niba hahari ni mutuhe duce? 2: Kubyubuhanuzi aribyo wise ubupfumu. Uravuga ngo Ntiwemera ubuhanuzi mukanya ngo umuntu agomba guhanura apfutse umutwe; uko guhanura ko nukuhe? Ese Koko guhanura no kwerekwa... Ntibyemewe? Cy biremewe ahubwo nuko bamwe babivanga?

    • @mbegawe
      @mbegawe 2 роки тому

      Muvandi, ubuhanuzi bubaho ariko igisigaye kiriho muriyi minsi nubupfumu yewe bunakabije cyane. Mpereye naho nsengera muri adepr byarivanze cyane kuburyo bukabije. So tuyoborwe numwuka wera nibwo tuzakora tukanavuga ibyo Imana ishaka.

  • @mugiranezanaphutal1764
    @mugiranezanaphutal1764 2 роки тому

    Mwiriwe Musisi yitonde kdi namwe mutanga comment mumushimagiza nuburenganzira bwanyu ariko niba mufite ibyanditswe Byera Bibiliya mwari mukwiriye Kumera nk'Abiberoya mugacukumbura mw'Ijambo ry'Imana

  • @theogenesingirankabo1692
    @theogenesingirankabo1692 2 роки тому

    Uwomugabo afite ukuri

  • @ukurinikokuzababaturatv4829

    Anti-christo niwe wanditse Bible ko cyanditswe muri Bibliya?

  • @twagirayezusavier7653
    @twagirayezusavier7653 2 роки тому +1

    Musisi turagukunda ariko kunegurana sumwuka wimana

  • @m.joseenyiraburanga5523
    @m.joseenyiraburanga5523 2 роки тому

    Ko ibyo avuga ari ivangura n'ubuyobe!!!!!! Byonyine no kutagira aho ubarizwa ni ubuyobe

  • @samandaribeatrice2879
    @samandaribeatrice2879 2 роки тому

    Mbega ko uvuga ko atadini ufise, iyo bibliya ufise yanditswe n'abandi , batumwe n'ande??? IYO BIBLE IVUGAKO DUSENGERANIRA UTARI MURIRYO DINI UCUBIBWIRANDE??? HUUM URAGIRA ATTENTION KUKO URUKWI RWARIKO RURAKA CANE, UKARUKURA MUMURIRO UKARUSHIRA KURUHANDE RURAZIMA RERO MWITONDERE IVYANDITSWE MUGENZI

  • @mukabashimabeatrice5338
    @mukabashimabeatrice5338 2 роки тому

    Ese uwo mugabo ko yemera bible
    Kandi agahakana ibyo bible ivuga bite bye?

  • @eugenee2274
    @eugenee2274 2 роки тому

    Wisenya jnoni menya ibyawe shatari jnoni yabwirije ndacyizwa mureke

  • @chimamandamosesoffice8109
    @chimamandamosesoffice8109 2 роки тому

    NDABAZE ABA MORMON