Ap. MIGNONNE Yakiriye Couples zifite UBUHAMYA butangaje/ WARUZIKO waba ikibazo murugo ntubimenye

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 13 лют 2024
  • WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
    _______________________________________________
    MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
    Airtel Money : +250 733 049 049
    _______________________________________________
    Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
    #Irene_0788208757 #Bohoka

КОМЕНТАРІ • 46

  • @yusufbahati7264
    @yusufbahati7264 3 місяці тому +4

    Iyi couple yabera benshi urugero, ariko cyane cyane umugabo wemeye gutanga! Ukareka inzoga kugirango ukunde umugore wawe. Glory to God.

  • @mimymignonne3367
    @mimymignonne3367 2 місяці тому +1

    Wow Joëlla ndishimye kukubona

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 3 місяці тому +1

    Ikintu ndiho ndibaza kuko muri Adventist vraiment harimo gutoza abana ndetse no gushishikariza aba kristo gusoma ijambo /bible verses soit Quarterly Sabbath studies donc birantunguye kandi na mwuka Wera Ntaho ataba iyo wiyambaje Imana ,ndibaza ko donc hari kuba umudventiste /utegereje nyawe no gusengera muri Adventist.Imana ikomeze ibashyigikire ndabakunda 😊

  • @BetterMe-px9ws
    @BetterMe-px9ws 4 місяці тому +21

    Ikibazo abagabo benshi bagyendera mu bigari,ugasanga har umugabo udaha agaciro umugore we,akumvisha n abandi bagabo ko umugore atagomba kuvuga imbere ye!!n undi upfa gukurikira ntashyire mugaciro ati nanjye ngiye kubikurikiza aho kugirango ahe inama uvuga gusuzugura umugore,Bagabo kunda urugo rwawe kuruta ikindi kintu icyo ari cyo cyose,nurwara niwe uzakurwaza,nukena niwe muzabigendanamo,inshuti zirahinduka!

  • @user-zc3zf8cn9k
    @user-zc3zf8cn9k 3 місяці тому +1

    Christian na Toto ndabishimiye cyane

  • @Vishia140
    @Vishia140 4 місяці тому +8

    Ati tukajya kuri beach disi uri mwiza cyane ubereye gusa neza hari ukuntu usanga umuntu Imana yaramwihereye

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 3 місяці тому +1

    Sometimes guceceka hari aho birinda gusenyuka kumuryango mais harigihe nawe depression /suicidal thoughts Imana ninziza ko yashyizeko iherezo

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 3 місяці тому +1

    Absolutely guca bugufi 😊

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 3 місяці тому +1

    Amen nukuri nubuhamya

  • @mushimiyejulienne2741
    @mushimiyejulienne2741 4 місяці тому +10

    Kuki Jentille avuze ko yabibitse ntihagire ubimenya mukaba mukomye amashyi kweri😢 turacyari inyuma mumyumvire.ibyo birica ninayo mpamvu byamurwaje Iyo abasha kubohoka ntayari kugera aho arwara kuko yarikuba ari gusohora umubabaro we.Imana ishimwe ko yatabaye .iyi couple narayikunze cyane kuko ivuga ukuri ariko dukosore ibyo guceceka kandi uri kumungwa sibyo mwibiha amashyi

    • @jahbless4997
      @jahbless4997 3 місяці тому +1

      shn uvuze ukuri kubika umubabaro birica cyane nanjye byambayeho nubu sindakira ndacyahanyanyaza Uwiteka Ajye Aturengera

  • @scholastiquemukambabazi3819
    @scholastiquemukambabazi3819 3 місяці тому +1

    Félix Wwwww !!!! Yesu Aguhe umugisha !!!

  • @abrahamuwiringiyimana23
    @abrahamuwiringiyimana23 4 місяці тому +4

    Iwacu I Kamatsira😢 Sha ndahazi nukuri Rambert Imana yamugiriye neza cyneeee ndaryohewe

  • @user-mz5ds4ps2b
    @user-mz5ds4ps2b 4 місяці тому +3

    Mbega ibintu byiza 😮

  • @user-zf3le2lp6z
    @user-zf3le2lp6z 4 місяці тому +2

    Couple yanjye exactly nyumvise muri izi

  • @Vishia140
    @Vishia140 4 місяці тому +6

    Mbega inkuru inejeje Ndanyuzwe reka nicare numve

  • @sumutunge
    @sumutunge 4 місяці тому +5

    It is very important to accept being vulnerable!

  • @audreyumutoni5545
    @audreyumutoni5545 3 місяці тому +2

    Nkunze uku P Felix yaje gusobanukirwa ko adakwiye kumva abandi more than 2 hours yarangiza ntiyumve umugore yashatse 30min.

  • @arseneoliviernijimbere6702
    @arseneoliviernijimbere6702 4 місяці тому +3

    Abo Yesuu yagiriye neza weeee nibo bariko bavuga ubwiza bwiweee

    • @uwizeyimanajeanne2560
      @uwizeyimanajeanne2560 3 місяці тому

      Ariko nibyo muvandi,uwakomeretse agakira niwe uba ufite ibihamya bifatika,,ariko ugikomeretse ntabasha kuvuga nukuri

  • @user-us3rb7mt1g
    @user-us3rb7mt1g 3 місяці тому +2

    Hi
    Félix

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 3 місяці тому +1

    Naryohewe nubuhamya

  • @jeannemukeshimana4501
    @jeannemukeshimana4501 4 місяці тому +1

    Gentile urintwari ndagukunze❤

  • @NaomieMasoka-xp4ob
    @NaomieMasoka-xp4ob 4 місяці тому +6

    Shalom ncuti zanje,ndashimye ko numvise iki kiganiro ariko mfise ikibazo kuri mama pasteur joella mumumbarize ati imyaka yose wamaze muri Adventist church ntabwo wigeze wiga kuri mwuka wera?nta bible basoma ukumva amasomo canke se wakuriye murushengero ariko utari connected ahubwo ujayo kubw’abavyeyi?kuko ivyo uvuze binteye gutekerezako abantu bahita biyumvira ko muri church wavuyemwo batigisha Bible

    • @mediaumurerwatv375
      @mediaumurerwatv375 3 місяці тому

      I guess ko atashatse kuvuga ko muri SDA batigisha Bible,ahubwo ashobora kuba yari mu idini ariko Atari connect cyane n'Imana akabikora kubw'ababyeyi abantu benshi batarasovanukirwa bibabaho! Hari ikintu amadini mbona yibeshyaho cg se Twebwe ubwacu,Maze kubona ko kwemera umwami n'ukiza Atari ukubatizwa gusa! Kuko Hari benshi babatizwa ariko badafite Imana muribo🙈🙈ntabwo rero kuba mu itorero biba bivuze ko uri umu christo.thank you for this couples❤️❤️

    • @rutagandaderrick2205
      @rutagandaderrick2205 3 місяці тому

      Imana ishimwe kurimwe mwateye intabwe yokubahana nogutanga ituze mumuryango
      Gusa ingo nyinshi zirababaye cyane mwijoro kurusha uko tuzibona kumanywa zagenda zishimye Kandi zirimo gusenyuka

    • @oliverkansiime118
      @oliverkansiime118 3 місяці тому

      Nange niko nibaza ko yasengera muri Adventist mais muri umu Adventist nyawe asoma ijambo ,ibyigisho bya buri munsi detse na Sabbath school kwisabato mbere yiteraniro .Bless you

  • @Vishia140
    @Vishia140 4 місяці тому +9

    Ibaze imyaka 11 ibiri akaba ariyo Wumva ko wubatse ubwo 9 ko byari AMARIRA

    • @placidehabineza982
      @placidehabineza982 3 місяці тому

      Birasanzwe cyane. Ahubwo naba n'aba ngaba ubu bari mu buryohe. Za ngo ujya wumva zisenyuka nyuma y'imyaka 20 cg irenga, burya ziba zarabayeho mu ngorane iyo myaka yose, gusa ababireberaga inyuma bakaba barabonaga ari ingo nk'izindi.

  • @giramahorocynthia1358
    @giramahorocynthia1358 3 місяці тому +1

    Hose nabagore bagogwa,,barigorewe!nicombonye

  • @Vishia140
    @Vishia140 4 місяці тому +4

    Mpise ngira amatsiko nubwa mbere numvise umuntu wemera ko murugo hari ibyatuma barwana ariko babicoca reka numve

  • @mukamurenziesperance4663
    @mukamurenziesperance4663 3 місяці тому +2

    Felix wigikondo,huum

  • @lindakaka1754
    @lindakaka1754 4 місяці тому +2

    Ariko umugore utegeka umugabo ibyo yambara,sibyo. Thats controling....

    • @DuduGloria
      @DuduGloria 4 місяці тому +5

      Ni Care mugenzi wanje

    • @jocelynetity5808
      @jocelynetity5808 4 місяці тому +1

      Oya we,nukwanganga ko agenda atameze neza,nukumwitaho

    • @uwiringiyimanaclarisse7372
      @uwiringiyimanaclarisse7372 3 місяці тому +4

      Yewe umugabo umuretse akambara ibyo ashaka wazumirwa
      pee 😂

    • @ntambarafelixfelix4283
      @ntambarafelixfelix4283 3 місяці тому +3

      Ntabwo ari muburyo bubi, ahubwo, yakomeje kungira inama yuburyo naberwa. Ahubwo ndamushimiye.

    • @claudineingabire4388
      @claudineingabire4388 3 місяці тому

      Hari abagabo batazi kwambara peee uhuye nubizi nibyiza ariko utabizi ueamufasha cyane ko iyo yambaye nabi baseka umugore ko atakwitaho

  • @user-yl3ee3sz9o
    @user-yl3ee3sz9o 3 місяці тому +2

    Sibyiza mwana w'Imana kugereka. Akaguru kukandi noneho uri nabagabo byerekkanna ubugale cg ubushegabo murakoze