Ap. MIGNONNE Yakiriye Couples zifite UBUHAMYA butangaje/ WARUZIKO waba ikibazo murugo ntubimenye
Вставка
- Опубліковано 13 лют 2024
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Iyi couple yabera benshi urugero, ariko cyane cyane umugabo wemeye gutanga! Ukareka inzoga kugirango ukunde umugore wawe. Glory to God.
Wow Joëlla ndishimye kukubona
Ikintu ndiho ndibaza kuko muri Adventist vraiment harimo gutoza abana ndetse no gushishikariza aba kristo gusoma ijambo /bible verses soit Quarterly Sabbath studies donc birantunguye kandi na mwuka Wera Ntaho ataba iyo wiyambaje Imana ,ndibaza ko donc hari kuba umudventiste /utegereje nyawe no gusengera muri Adventist.Imana ikomeze ibashyigikire ndabakunda 😊
Ikibazo abagabo benshi bagyendera mu bigari,ugasanga har umugabo udaha agaciro umugore we,akumvisha n abandi bagabo ko umugore atagomba kuvuga imbere ye!!n undi upfa gukurikira ntashyire mugaciro ati nanjye ngiye kubikurikiza aho kugirango ahe inama uvuga gusuzugura umugore,Bagabo kunda urugo rwawe kuruta ikindi kintu icyo ari cyo cyose,nurwara niwe uzakurwaza,nukena niwe muzabigendanamo,inshuti zirahinduka!
Uko nukuri cane nico gituma huzuye ama divorse
Christian na Toto ndabishimiye cyane
Ati tukajya kuri beach disi uri mwiza cyane ubereye gusa neza hari ukuntu usanga umuntu Imana yaramwihereye
Sometimes guceceka hari aho birinda gusenyuka kumuryango mais harigihe nawe depression /suicidal thoughts Imana ninziza ko yashyizeko iherezo
Absolutely guca bugufi 😊
Amen nukuri nubuhamya
Kuki Jentille avuze ko yabibitse ntihagire ubimenya mukaba mukomye amashyi kweri😢 turacyari inyuma mumyumvire.ibyo birica ninayo mpamvu byamurwaje Iyo abasha kubohoka ntayari kugera aho arwara kuko yarikuba ari gusohora umubabaro we.Imana ishimwe ko yatabaye .iyi couple narayikunze cyane kuko ivuga ukuri ariko dukosore ibyo guceceka kandi uri kumungwa sibyo mwibiha amashyi
shn uvuze ukuri kubika umubabaro birica cyane nanjye byambayeho nubu sindakira ndacyahanyanyaza Uwiteka Ajye Aturengera
Félix Wwwww !!!! Yesu Aguhe umugisha !!!
Amen Amen
Iwacu I Kamatsira😢 Sha ndahazi nukuri Rambert Imana yamugiriye neza cyneeee ndaryohewe
Mbega ibintu byiza 😮
Couple yanjye exactly nyumvise muri izi
Mbega inkuru inejeje Ndanyuzwe reka nicare numve
It is very important to accept being vulnerable!
Nkunze uku P Felix yaje gusobanukirwa ko adakwiye kumva abandi more than 2 hours yarangiza ntiyumve umugore yashatse 30min.
Abo Yesuu yagiriye neza weeee nibo bariko bavuga ubwiza bwiweee
Ariko nibyo muvandi,uwakomeretse agakira niwe uba ufite ibihamya bifatika,,ariko ugikomeretse ntabasha kuvuga nukuri
Hi
Félix
Naryohewe nubuhamya
Gentile urintwari ndagukunze❤
Shalom ncuti zanje,ndashimye ko numvise iki kiganiro ariko mfise ikibazo kuri mama pasteur joella mumumbarize ati imyaka yose wamaze muri Adventist church ntabwo wigeze wiga kuri mwuka wera?nta bible basoma ukumva amasomo canke se wakuriye murushengero ariko utari connected ahubwo ujayo kubw’abavyeyi?kuko ivyo uvuze binteye gutekerezako abantu bahita biyumvira ko muri church wavuyemwo batigisha Bible
I guess ko atashatse kuvuga ko muri SDA batigisha Bible,ahubwo ashobora kuba yari mu idini ariko Atari connect cyane n'Imana akabikora kubw'ababyeyi abantu benshi batarasovanukirwa bibabaho! Hari ikintu amadini mbona yibeshyaho cg se Twebwe ubwacu,Maze kubona ko kwemera umwami n'ukiza Atari ukubatizwa gusa! Kuko Hari benshi babatizwa ariko badafite Imana muribo🙈🙈ntabwo rero kuba mu itorero biba bivuze ko uri umu christo.thank you for this couples❤️❤️
Imana ishimwe kurimwe mwateye intabwe yokubahana nogutanga ituze mumuryango
Gusa ingo nyinshi zirababaye cyane mwijoro kurusha uko tuzibona kumanywa zagenda zishimye Kandi zirimo gusenyuka
Nange niko nibaza ko yasengera muri Adventist mais muri umu Adventist nyawe asoma ijambo ,ibyigisho bya buri munsi detse na Sabbath school kwisabato mbere yiteraniro .Bless you
Ibaze imyaka 11 ibiri akaba ariyo Wumva ko wubatse ubwo 9 ko byari AMARIRA
Birasanzwe cyane. Ahubwo naba n'aba ngaba ubu bari mu buryohe. Za ngo ujya wumva zisenyuka nyuma y'imyaka 20 cg irenga, burya ziba zarabayeho mu ngorane iyo myaka yose, gusa ababireberaga inyuma bakaba barabonaga ari ingo nk'izindi.
Hose nabagore bagogwa,,barigorewe!nicombonye
Mpise ngira amatsiko nubwa mbere numvise umuntu wemera ko murugo hari ibyatuma barwana ariko babicoca reka numve
Felix wigikondo,huum
Niwe rwose. Nyenyeri
Felix sha ahaaa!
Ariko umugore utegeka umugabo ibyo yambara,sibyo. Thats controling....
Ni Care mugenzi wanje
Oya we,nukwanganga ko agenda atameze neza,nukumwitaho
Yewe umugabo umuretse akambara ibyo ashaka wazumirwa
pee 😂
Ntabwo ari muburyo bubi, ahubwo, yakomeje kungira inama yuburyo naberwa. Ahubwo ndamushimiye.
Hari abagabo batazi kwambara peee uhuye nubizi nibyiza ariko utabizi ueamufasha cyane ko iyo yambaye nabi baseka umugore ko atakwitaho
Sibyiza mwana w'Imana kugereka. Akaguru kukandi noneho uri nabagabo byerekkanna ubugale cg ubushegabo murakoze
Oya nshuti
Wenda ushobora kuba ariko ubifata ariko hari igihe umuntu abayumva Ari comfortable
❤️
Nanjye sinakunze ukuntu ajyeretse ukuguru kukundi