RUYENZI😭IBYARI UBUKWE BIHINDUTSE IMIRWANO|wamuhanuzi DAWIDI abenze UMUDIASPORA yaririye ama$$💔BYANZE
Вставка
- Опубліковано 16 лип 2024
- #ImpanuroTV
Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788211501
Kanda hano nawe wihere ijisho
ua-cam.com/video/07ANib0w2T8/v-deo.htmlsi=WvM9ldNykvcZ19Zf
Mwabanyamakurumwe murakabya urumva umuntu mumubaza imyaka muyisubiramo ngo mwumvisheko akuze mubiseka cyane,namwe mwisubireho pe
NIMIHIMBIRI YAKORANYE
Mwasize Carlos he wwe ? Kwarikigwari na Justin na Claude
Hahiye🤭🤔
@@jartininget773kweeeeeee
Arko basha mwagiye mukizwa koko, dore👉 umugabo wubaka rugakomera ni Yesu mwebwe ntibyari kuzavamo buriwese ategereze Yesu arko anakizwa
Ezekie wonjyeye gusubira muri byacitse😅😅😅 narinziko ugiye ku isubirahooo
Sha nanjye ubu ndumiwe
Ezekiel ubu noneho ndumva nagushyigira gushyira kumugaragaro ibyo bisambo kugirango ukore abandi kumaso kuko birakabije pe. Barimo baratukisha izina ryImana bikabije Ariko ibintu bifite ibimenyetso mujye mubigaragaza rwose
Uziko dawidi ariguhanura koko,mbese muri make asigaye abeshya abagore ngo azabarongora ashaka kubarira utwe,nigisambo koko dawidi subiza amafranga yabandi,nonese kowamubenze musubize utwe,yewe ba yongwe nibenshi koko.
Ntakosa mufise nukugaragaza ibisuma
Ariko utu ezekiel siwawundi wasabye imbabazi sha wowe rwose narabivuze pe ngo ntambabazi zawe
Uwo mu type siwawunde wasebeje Plaisir ngo yamusenyeye urugo ra😢
Oya siwe
Yego
@@bertinmudacumura8122niwe pe ni Davide pe
Sha niwe wamusebeje ngo yamwimye amafoto y'ubukwe aranamusenyera 😢 Dawid we ?????
@@bertinmudacumura8122 niwe cyane ahubwo!!!!
Ese Carlos we arimo kubagenda inyuma mwikote ni security wabo se?
37years ni myinshi pe tuza urye utwawe kuko kugura umugabo si imuco wacu.ariko kdi Ezechiel na Baraka rwose mukosore imikorere yanyu kdi muterane inkunga Ezechiel ajye kwiga English kuko ashiduka yavuze icyongereza gicuritse
Ibijura byibisha bibiliya bigiye ahagaragara,Imana iraje weeeee!!!!!
And karosi be carefuly gusenga mwabisimbuje amatiku hari abanyamakuru bahamagariwe imirimo nkiyo,nahomwe murivanga.
Muri mukazi cyaneee sisebanya nukuvumbura inzererezi zibisha bibiriya
Murumuna wa yongwe😂😂
Ubwose urajyakurega kobakubenze
Ariko koko muzajijuka ryari muha abahugu amafranga ngobabarogore gusa ibyurimo ntibiribuguhire uraruhira ubusa
ndi kureba karosi,Ezekiel nkumva ndasetse yewe mwanika abandi namwe mwiyanika mwikuye agahu kunnyo.Ubu koko mwabuze izindi nkuru zitarimo amatiku usibye ko nabibiriya ibitubuza nu muco urabitubuza .Aho umugabo aguye barenzaho utwatsi
Utu tugabo dukunda byacitse ubwo murunguka iki koko
Iyo mana musenga nzaba mbarirwa. Icyakora Imana irakomeza kubashyira ku karubanda
Ba siku za mwisho mungu tabara
Iraje ibanige mwese arabo mujya kureba namwe ubwanyu bwite.kuko mwaratagangaye.Ezekiyeli ukomeje kumenyera Imana ntabwo izakomeza kukwihanganira.
Kd arakomeje arasenga😚 Nyamara isigeze kumusozo wayo disi.
Kuri NARADA TV 📺 turabakunda cyane
Ezekiye mbega nubu nturakizwa mbe mwahamagariwe gusebanya mwabuze ijambo ry'Imana mwobwirabantu ngo bihane mukarekayo matiku nico gituma umuhanuzi yakuvuzeho kumbabazi wasavye ivyawe sivyuwamenye Yesu
Ntago Ezekiel ari gusebanya ahubwo bari gushira hanze ibisambo Byibisha bibilia
Uku sugusebanya
Mbeg ibihe tugezemo weeeeeeeee 😮😮😮😮
Akumiro namavunja😅😂😂😂 aba pastor bikigihe baratangaje😅😅😅😅
Uko musebyabandi namwe muzaseba birushijeho.
Kiranuka TV, Impanuro tv and Baraka TV mwubahwe cane mukoze igikorwa ciza cane imana ibahezagire cane
Yesu we,uzaza ryari ngo wimingoma yawe,ingoma yamahoro,abera baruhuke.turengere Data wa twese.
Kukarubanda😮
Arikose mubamucyina firime gusamuzigusebanya cyangamwarasaze
Hahiyeee hahiye ninde uhazimya.
Igihe kirageze Imana igiye gushyira hanze abarya ibya'abandi biyita abakozi b'Imana.
Igihe twagisohoyemo barikujya hanze
Uwo ndawind Niko yimerey nivyiwe😊
Mbega abahanuzi mukenyereye gusebya bagenzi banyu koko nibayemera kumusubiza ibye kukimubigize intambara ese ubu iyababararyamanye mubamuvuze angana iki?Ahubwo Dawidi senga cyane we nibura ndumva barigusenga wasanga yanihannye aricyokimutera kuyamusubiza naho mwe murabahanuzi bogusebya abandi mubunza camera ? Nimwihane pe
Mwese muri ibisambo mwitwaje ijambo ry'Imana mwa ngegera mwe😢😢😢😢 kd nimutihana imana izabahondagura, mwebwe musigaye muri RIB?
Ngo Ezechiel ni uminyamakuru wize amategeko hhh wa njije we wowe hari na
primaire wize ?
😂😂😂babaye ibisambo byiyita ibihanuzi iki bagifunge rwose
Abobahungu batagira ukuri mujye mubanikakugasozi
😂😂😂😂😂reka ntege amatwi numve ibiri kuriyi mihanda ngo nizabahanuzi😅😅😅😅😅😅😅
Ese mada wamuhaga ayo mafaranga akubwirako yubaka? Cg wamuhaga ayo kwirira? Hhhhh muba mwabuze aho muyashyira.
Mureke ayabapfu aribwe nabapfumu.
Ibi byose Ni inzara sha
Hhhhhh aba rokore baraha
Ezekiel, Ezekiel!!!!!
Va muri ibyo urimo, shakisha amakuru y ijuru ureke ibyo urimo bizakubuza ijuru, ubu Yesu agarutse ubu, yakujyana koko????
None ashaka amurongore kunguvu koko
Ezechiel Baraka nuwo Mugore mwese muri ibigoryi ntanumwe ufite umutima nkuwari muri Christ Yesu
Witukana Ezekiel yakoze gushyira hanze izi mbobo
Ndumiwe
Mbegubujura
Umugabo wuyumugore urikuvuga ngo umuharimo abantu bakomeye uyunumugore
Ese uwo niwo murimo w'Imana murimo? Nkawe Karosi nta n'isoni wumva ufite gushyigikira ibintu nk'ibyo? Ubwo se ubashoreye ujya he?
Ibyimana mwabigizemo business arko imana izajya ibashyira hanze tu, Ezekiel yaje yarigize umuhanuzi none yabaye umunyamakuru, agafaranga gatangiye kwinjira, muzajya mugaragara tu
Muri gutukisha Imana gusa!
Harya Kenya naho nimuri diaspora nabo bafite ikofi
Diasporas nahantu hose hatari mu Rwanda
Dawidi we ibyindangare umwami yarabitanze jya wirira😂
Dawidi ninikiraya nange yashanse kunzanaho uburyarya asanga iryarya ihimwa niryamirizi kndi ngo arasenga da mwabakobwamwe munge mubanza mushishoze bene nkaba duhura nabo ariko nugusenga cneeee
Yarariyarahaga agashimwaguhaye ngurinkecuru 🙄🤔😂😂😂🇧🇮
😂😂😂😂😂 ahwiiii biransekeje peuh
Ezeker nawe ngo numuhanuzi bahuuuu
Babyita gukora isuku
Ezekiel ukunda karabaye pe😂😂😂😂😂😂😂
Reka twihere show
Yaramuhemukiye pe kukuvana Kenya ukaza ari imitwe disi birababaje hanze aha hateye ubwoba mumugire inama nzima mureke kumubaza ubugambo budashobotse namwe
Ariko ubundibu ntimukoreshwa nabadayimoni ubukoko guteza akavuyo murugo rwabandi barigusenga iyo mutubashye abantu.ntimwubaha n'Imana murabapagani
😂😂😂uwomukecuru ngo ni ikise bamureka gusebya abantu
AHA IMANA YAVUZEKO IGIYE KUROBANURA INTAMA MU IHENE AHUBWO MUREKE IBAKOZE ISONI BABAKOZI BIMANA MURAJE MUBONE HAHIRWA ABAKIRANUTSI MURI IBIBIHE PE
Ariko koko kuki mubaza umuntu imyaka ye openly gutyo koko? Uziko ntazi ukuntu mutekereza we! Keretse niba iwacu uwo ari umuco mwiza ariko ubundi nibibi numuco mubi cyane! Mwarangiza ngo mwunvishe he ko umugabo agurwa? Koko ibyo mwabimubaza byibura mutari kuri camera mbese mumuhana! 😮😢muri abana babi ntago niteguraga ibyo bintu kuva kuri Baraka rwose!
Wakabaye warasenze mbere yuko uhaguruka kuko yesu niwe nzira yukuri
12:12
Uyumugabo ni umuhemu ,ni numujura pe nta bu kirisito bwe,namusubize amafaranga ye.
Hhhhhy❤
ngewe nsigaye mbona mudakorera Imanap kuko mbona mubintu byose mukora musebya abakozi bimana rero mwebwe ntimukiyitirire abakozi bimana rero ibingibi mukora bizabagaruka kd ndabibabwiyep
Yoooo ihangane peeee
Icyo ni icyaha yakoze
Eziel na karosi murabo gusebanya mwese murikimwe
Igicucu
ark mugira amatikushahuwee
Ngufite imyaka ingahe urabeshya ufiteninyaka nka senkani
Muhe abagabo mujye mwirinda Impaka muzagarura abo umwanzi yafashe mpiri
Ese ni Dawidi wuhe
Umupfumu dawidi arikubapfu nyikira ikibiribiri
Nukuri mwese lmana izabahana kandi izabasyiraho ikimenyesto kizagaraggarira buriwese mwese mwabanyamakurumwe murikurya amafaranga yomubyaha gusa murigusuzuguza lmana riko iraje nitinze nizi cano zanyu lmana izazifunga mwambare ubusa kugeza igiye mwogeye gusenga mukagarukira lmana suko bahuza abantu ayo namafaranga adafite icyo azabamarirara muzabiibona kera bidatinze
Ndumva ntacyaha bakoze kuko niba Imana yaravuze ko igiye gushyira abantu kukarubanda izakoresha ibiti cg nabantu so wica urubanza rero wasanga babaye ikiraro cyogushyira hanze izi mbobo zabajura biyitirira christo
@@titybyukusenge3954 uyamuha ntabagabo watanze, subira mukiboyi kko abisi n, abagome, uramusebya nawe utiretse
Kuvogera mu rugosité ryumuntu si vyiza nukuri pe
Hhhh 😂😂😂 ubwose mupfuye cash mubyukuri ntimwakundanaga
Ngo urucira mukaso rugatwara nyoko koko sinaherutse yataka uwo kuri zaburi shya ngo lmana igiye kumushyira kukarubanda none ndabona lmana irimo kubaheraho😂😂😂😂😂😂😂
Ariko se uyu mukobwa we ni muzima? Cyangwa kuba afite 37 ans yarihebye! Natuze no kuri 50 ans barashaka pe.
Ariko se murumva uwomujura ntashaka ko abantu bumvaibyo uwo joseAvuga
Ariko Dawidi ni umuhanuzi koko?
Ubwose wowe wita abantu ibisambo nkande ?wabashinje gute? Ko wigize umushinja cyaha numugenza cyaha icyarimwe?
Nigisambo kibisha ubwenge yihesheje ikintu cyundi akoresheje uburiganya
Cyakoze mukunda byacitse?!Gusebanya bibungura iki?hoya nanone mubona Amafr yagatwiko mutakomaka
Bikubere isomo ntuzongere
Muvumbure izongegera
Ko dawidi ntutamubonye
Ariko koko mugiye gusanga abantu bari gusenga ngo ni ukugirango mushyire umuntu hanze?umva namwe muzabona ishyano pe!!ubwo se Koko murumva muri mukuru naho yaba yarakoze amakosa mwarangiza mukagaba igitero kubantu bari gusenga?icyo gitero namwe bidatinze baraje bakibagabeho kuko si Imana muri kurwanira ishyaka ndababwiye
Nonesubwo arasubira mumwukara? Abachristusebo bunvise ibyobintu baravyitwaramo gute arikomanawe Tabarka Abo waremye isi igezekure kbs
Hhh
Hoya ntagwaruwawundi wasabye imbabazi uyubundi
Ariko se koko ukuntu agire kukurongora hanyuma ugire no kumuha cash zawe koko? Ariko rero abagore dutaye agaciro ahwii Mana mbega abagore naha tugeze koko?!
Ayi digiri mini digi" gusakuza ni nonaha, kujya ku muhanda ni nonaha 😂😂😂
😂😂😂😂winsetsa ati gusakuza ninonaha
ariko abahemu baragwiriye mubiyita abakozi blmana nukuri barahemuka pe ukuri kwarabuze mubantu
Karosi yavuzeko Exechiel bidashoboka kuva imbere ya caméra 😂😂😂😂😂😂akunda vyacitse
😂😂😂😂😂 ayaguhepe