😭🚑 Ubugome Bugendereye Abadive Nyakuri Bwihishe Mu Bushita Bw'Inkende/ Izindi Nkingo /Devaney Haupt

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 20 жов 2024

КОМЕНТАРІ • 35

  • @SabushimikeJeanmarie-q7d
    @SabushimikeJeanmarie-q7d Місяць тому

    ❤lman ldukunda cn.izaturinde idukomeze cn🙏🙏kand murakoze cn

  • @MupenziElizabeth
    @MupenziElizabeth Місяць тому +2

    Murakoze cyane kumpanuro muduhaye imana iduhe Imbaraga zo kuyizera nakugendera mukuri kwijambo ryayo.amen

  • @nikitumarthinne8909
    @nikitumarthinne8909 Місяць тому +2

    Murakoze cane Umwami Imana izokwibuke imirimo yanyu myiza.

  • @aaronsabayesuhamu3112
    @aaronsabayesuhamu3112 Місяць тому

    Ibihe turimo birakomeye cyane ariko nagira ngo mbwire buri wese ko hari Isezerano ryatanzwe muri ibi bihe.
    Mu bihe byose kandi ahantu hose, mu mibabaro yose no mu magorwa yose, igihe tubudikiwe n'umwijima kandi ahazaza hakadutera ubwoba, maze tukumva ducitse intege kandi turi twenyine, Mwuka Muziranenge azoherezwa atubere igisubizo mu gihe dusenze twizeye. Hari ibitubaho bimwe bishobora gutuma dutandukana n'incuti zacu hano ku isi; ariko nta bitubaho cyangwa intera y'aho duherereye byashobora kudutandukanya na Mwuka Muziranenge. Aho turi hose, aho twaba tujya hose, ahora iburyo bwacu kugira ngo adukomeze, adushyigikire, atubungabunge ndetse aduhe umunezero. UIB 455.4

  • @patricianiyonsaba9321
    @patricianiyonsaba9321 Місяць тому

    Imana iturengere kuko umuntu wese ashunguwe ntiyaburano inkumbi , kutary'imyama ntabwo ar'igisobanuro cy'ubutagatifu , ibyo kurya n'iby'inda , inda nayo n'iy'ibyo kurya kandi byose bizatsembwa.. Ibijya mu nda binyura mu nzira yabyo bigasohoka , ariko ibivamo nibyo biturimbuza .. sindwanya kwirinda kuko nanjye ndirinda ariko twisuzume muri byose nituureka imyama ariko tukagumana ishyari , inzangano , amoko , kurobanura kubutoni n'ibindi byose tutayobewe , ntaho tuzaba tuvuye nta naho tuzaba tugiye..
    Njye ninibona mu Ijuru nzarira nibaz'uko mpageze 🙏

  • @niyojotv7313
    @niyojotv7313 26 днів тому

    Ubundi se wumva uwo munsi ari uwuhe wavuzwe mu bahebulayo

  • @NiyonzizaInnocent
    @NiyonzizaInnocent Місяць тому

    Ndifuza kubaza, kandi *munsubizanye ubugwaneza* nk'Abakristo, ntimuntuke!
    -Heb 4:7: *"Imana YONGERA gutoranya umunsi..."*
    -Heb 4:8: "Iyo Yosuwa abaruhura, Imana ntiyajyaga kuvuga hanyuma *iby' UNDI MUNSI munsi."*
    "For if Joshua had led them into a place of rest, God would not afterward *have spoken of ANOTHER DAY."*
    *~~MBESE UWO MUNSI WUNDI ( ANOTHER DAY) IMANA YONGEYE GUTORANYA NI UWUHE?*

    • @Raggaf102
      @Raggaf102 Місяць тому

      Heb 4:7
      [7]Imana yongera gutoranya umunsi, ari wo uyu munsi, ivugira mu kanwa ka Dawidi nubwo hashize igihe kirekire cyane, ya magambo yamaze kuvugwa haruguru ngo“Uyu munsi nimwumva ijwi ryayo,Ntimwinangire imitima.”
      Again, he limiteth a certain day, saying in David, To day, after so long a time; as it is said, To day if ye will hear his voice, harden not your hearts.

    • @Raggaf102
      @Raggaf102 Місяць тому

      Uwo munsi nuwo gukirizwamo Imana yagutoranirije Imana yavuzeko Ari uyu nukuvuga uwo munsi ugezemo nimwumva ijwi ryayo ntimwinangire Imitima

    • @Raggaf102
      @Raggaf102 Місяць тому

      Rero ntago arumumunsi wo guteraniraho Imana yavugaga ahubwo nuwo kwemererwamo Kandi nuwo ugezemo cg wumviyeho ubutumwa bwiza

    • @Raggaf102
      @Raggaf102 Місяць тому

      Heb 3:15
      [15]nk'uko bivugwa ngo“Uyu munsi nimwumva ijwi ryayo,Ntimwinangire imitima,Nk'uko mwayinangiye mu gihe cyo kurakaza.”
      While it is said, To day if ye will hear his voice, harden not your hearts, as in the provocation.

    • @Raggaf102
      @Raggaf102 Місяць тому

      Uwo munsi nuyu ugezemo

  • @martinndaribike5003
    @martinndaribike5003 Місяць тому

    Mwitanjyiriro , iMana , ntiyatanze , inyama: ubwo se kucyi itazitanze?? Niko bitari murigahunda yi Mana ko hajyira , icyintu nacyimwe , cyicwa : kub11:33. harabana bi Mana bifuje , inyama bahita bicwa nu Witeka: reka , abana bumubi: (satani) barye , inyama:) ariko , abana biMana , iMana , ibashacyira , ibyiza , ntabwo , aribibi: 1timot6:6.. icyakora Koko , iyo kubaha , iMana , gufatanije , no kujyira , umutima , unyuzwe , kuvamo , inyungu nyinshi:

  • @nshimyumukizajacques7074
    @nshimyumukizajacques7074 Місяць тому

    ZABURI 104:14 "Amereza inka ubwatsi, Ameza imboga zo kugaburira abantu, Kugira ngo abakurire umutsima mu butaka",.....

  • @patricianiyonsaba9321
    @patricianiyonsaba9321 Місяць тому

    None muhamya yuko umudventiste urya inyama , unywa amata , agakoresha amagi , amafi (mbese ukoresha ibitari ibimera) atazabona ubugingo buhoraho ?
    Ese mwaduha ibihamya byabyo muri Bible atari mu bitabo by'umwuka w'ubuhanuzi gusa ?

    • @Prudence517
      @Prudence517 Місяць тому

      Ubwo se uwo muntu ukirya inyama, n'ibindi byose umaze kuvuga, ubwo uwo muntu ni umudiventiste w'umunsi wa karindwi? Ntabwo uwo ari umudiventiste w'umunsi wa karindwi.
      Muvandimwe nta tandukaniro ririb hagati ya Bibiliya n'Umwuka w'ubuhanuzi kuko ibyanditse muri ibyo bitabo byombi byaturutse ku Mana.
      Ubwo rero uwo muntu ukirya ibyo bintu uvuze rwose natabireka nta juru azajyamo.

    • @emmynduwayezu12
      @emmynduwayezu12 Місяць тому

      Kandi Imana irababwira iti "Dore mbahaye ibimera byose byera imbuto biri mu isi yose, n'igiti cyose gifite imbuto zirimo utubuto twacyo, bizabe ibyokurya byanyu.
      (Itangiriro 1:29)

    • @nyirahabimanagenereuse2132
      @nyirahabimanagenereuse2132 Місяць тому +1

      Mwaramutse mute nshuti? Nukuri ibyo kurya no kurekwa siyo etape ibanza kumunyabyaha. Icyambere ni ukwihana nyakuri no kumenyera mu ntekerezo mu bikorwa no mumivugire kubama n' lmana igihe cyose. Imbaraga nke usaba kuzongererwa Kandi lmana ibona ko ubikeneye ikabiguha. Nange ndi munzira ariko sindabireka byose. Ikingenzi nukwizera yesu nkumwami n' umukiza wacu. Tugire umunsi mwiza

    • @impandayimperukaministry6509
      @impandayimperukaministry6509  Місяць тому

      Yesu ashimwe!
      Umudiventiste wahinduwe na Kristo, azabona ko ari inshingano ze kubahiriza ibyanditswe muri Bibiliya n'Umwuka w'ubuhanuzi.
      Bibiliya yagiye ica amarenga kubyo kurya inyama ko atari ibyizerwa, kugeza n'aho ibuzanyije no kuba mu bazirya.
      Imigani 23:20
      [20]Ntukabe mu iteraniro ry'abanywi b'inzoga,No mu ry'abanyandanini bagira amerwe y'inyama.
      Umwuka w'ubuhanuzi wo wareruye cyane, ugaragaza ko ukurikije ibihe tugezemo, Abadiventiste b'Umunsi wa Karindwi batahindutse ngo bareke kurya inyama burundu bazakurwa mu bwoko bw'Imana iteka ryose.
      Murakoze.

    • @impandayimperukaministry6509
      @impandayimperukaministry6509  Місяць тому +3

      Nitwemera ibyaha Imana itwemeza ko ari ibyaha, harimo n'uko kurya ibitemewe, nibwo tuzamenya ko dukeneye Kristo.
      Intambwe ya mbere rero si ukwizera, ahubwo ni ukwemera ibyaha byacu ndetse tukamenya n'ibyo dushobora gukora.
      Aho rero niho tumenyera Kristo, maze tukizera ko kubwo gufashwa nawe twatsinda.
      Uko kwizera nyakuri niko kuduca ku ngeso mbi n'ibyaha byose. Nuzirikana ko ari inshingano yawe kureka ibyaha byose, uzamenya ko ibyaha byose ukora ukwiriye kubireka uyu munsi.
      Imana ntiyaduhaye urutonde rw'uko tugomba gukurikiranya kureka ibyaha, ati uhera kuri iki, maze ugakurikizaho iki.
      Imana idusaba kubireka byose uyu munsi.
      Imana idushoboze twese. Murakoze.

  • @martinndaribike5003
    @martinndaribike5003 Місяць тому

    Mwitanjyiriro , iMana , ntiyatanze , inyama: ubwo se kucyi itazitanze?? Niko bitari murigahunda yi Mana ko hajyira , icyintu nacyimwe , cyicwa : kub11:33. harabana bi Mana bifuje , inyama bahita bicwa nu Witeka: reka , abana bumubi: (satani) barye , inyama:) ariko , abana biMana , iMana , ibashacyira , ibyiza , ntabwo , aribibi: 1timot6:6.. icyakora Koko , iyo kubaha , iMana , gufatanije , no kujyira , umutima , unyuzwe , kuvamo , inyungu nyinshi:

    • @karangwasamuel4841
      @karangwasamuel4841 Місяць тому

      ikigisho ikiza arko ntiwabona uko ugisangiza abo tutizera kimwe kubera titre yacyo. yuzuyemo ubwaka no gukabyape. muge mutekereza neza kw'izina muha ikigisho